Uru ni urubuga rugufasha kumenya amategeko rugatanga n'ubujyama mu by'amategeko nta kiguzi.
This channel provides to you legal awareness and legal advisory content for free. All we need from you is to subscribe and share our content with others.
Mwiriwe, ikibazo mfite nagize I byago mbura mama ark data araduta none ashaka niyatwitaho none ashaka kujyana imitungo yose yashakanye na mama itegeko riduteganyiriza iki? ko tutitaweho ,ubwo mwigabana bizagenda bite?mbabarira umbwire p
Ndabashimira cyane kubwikiganiro mwatugejejeho. Ariko ndibaza iki kibazo: ko ubutaka twabukodeshejwe na Leta mu gihe cyimyaka 99 cg 20,iyi myaka 20 cg 99 nirangira ubutaka buzaba ubwa nde? Ko uyu yabubonye abuguze Frw Leta izayamusubiza?
@NIYOYONSAALINE25 күн бұрын
Asante sana nabazaga iyo hari imitingo umuntu yiyanditseho mudasangiye ho bigendagute
Ese uramutse uguze ubutaka bwanditse kumuntu ufite ibizo byimisoro ya campani ariko ubutaka atari ibwiyo company nyirayo ya gukorera mitation bigakunda mutubwire?
@gagarukoreradidier4763Ай бұрын
ufite uko wagenda nkúmugabo ukishimisha, ukanagaruka nta mpamvu ya divorce...
@paladisMugabeАй бұрын
Duhereye ku iki kiganiro umuntu yagiranye amasezerano y:ubugire bw'ishyamba bahana igihe azamwishyurira kirarenga none yatangiye kuritema ataramwishyura wabakiza ute ?
@paladisMugabeАй бұрын
Umuntu yaguze ikibanza n'umugabo n'umugore kiri mu ngwate ya bank basigaje kwishyura 50000frw umugore anfa batarakora ihererekanya , bank ije gutwara ingwate yayo byagenda bite ? Amategeko avuga iki ?
@asiimwesusan7854Ай бұрын
Aya makuru nigira kamaro merci
@user-wk2oh5fr6gАй бұрын
Amasomo yawe ni meza ariko nkeneye No zitegeko rishya r'ubutaka
Пікірлер
Bigenda bite
Nonese iyo uri uburwayi bwakomotse mukazi
Mwiriwe, ikibazo mfite nagize I byago mbura mama ark data araduta none ashaka niyatwitaho none ashaka kujyana imitungo yose yashakanye na mama itegeko riduteganyiriza iki? ko tutitaweho ,ubwo mwigabana bizagenda bite?mbabarira umbwire p
ese umuntu ashobora kuburanira ubutane aharihohose mugihugu cg ningombwa Aho wasezeraniye?
Ça c'est injuste pour les femmes
Muduhe nibindi murakoze turabAKUNDA❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤🎉
Kbs ndakwemeye uradufasha kbs
❤❤❤ nukuri uwiteka ajya aduhere abayobizi bacu umugisha kuko barebakure harabagabo banga gusezeran n' abagore babo bibwirayuko bazajya bagaragara nki ndaya ba kumvayuko nta cyo wabaza kubyo mwabonye mubana
Ufite igitekerezo, ikibazo, ikifuzo kirebana n'iki kiganiro watwandikira kuri email: [email protected] cyangwa ukatwandikira kuri WhatsApp 0788566872, cyangwa ugasiga ubutumwa muri comments.
Thanks
Asante mourice kd crg
Gusa nabonye kukwandikira eg kubabona bigoye gusa crg mon frere
WhatsApp is better. No call
Urakoze cyane kujijura rubanda
Urakoze cyane Maurice. Benshi rwose barabyitiranye cyane cyane iyo basezeranye ivangamutungo risesuye, ibi nibyo bituma umuntu yakwibwira ko ari muri byose byose.
Murakoze Ku biganiro byanyu. Amategeko rwose ntitujya tubona amahirwe yo kuyamenya byoroshye. Waziye igihe rwose. Imana igushyigikire.
None iyo umuntu yasezeeanye murukiko agakenera gatanya atarabana numugabo bigenda gute
Murakoze cyane 😊
ok .kiratarits cn
Guhindura ivangamutungo bijya muvanguramutungo risesuye ?
Iyo,umuntuashakagukatosha
Mwiriwe iyo waguze ubutaka ukagurira kwa noteri nyuma bakakubwirako buri mumutuku bibabyatewe Niki
Frederic gasayo tubashimiye ibisobanuro muduhaye buradufasha cyane ❤❤❤❤
Frederic gasayo tubashimiye ibisobanuro muduhaye buradufasha cyane ❤❤❤❤
Ndabashimira cyane kubwikiganiro mwatugejejeho. Ariko ndibaza iki kibazo: ko ubutaka twabukodeshejwe na Leta mu gihe cyimyaka 99 cg 20,iyi myaka 20 cg 99 nirangira ubutaka buzaba ubwa nde? Ko uyu yabubonye abuguze Frw Leta izayamusubiza?
Asante sana nabazaga iyo hari imitingo umuntu yiyanditseho mudasangiye ho bigendagute
Mwaramutse umukozi wakuricyiranwe nurucyiko kucyaha cyibiyobyabwenge agakatirwa amezi 6 asubitse yemerewe gusubizwa mukazi.
Mudusobanurire ababana badasezeranye iyobatabyaye umugabo akibyarira hanze iyo umugabo apfuye bakabana gute Kandi barashakanye im8tungo
Mwiriwe muzadusobanurire kubaba badasezeranye ntibanabyarane ariko bakabana numugabo numugore igihe kirekire nkimyaka15 bobagabana bate ariko ar
Dukeneye numero yawe pe
Mwiriwe neza !twabasabaga ko mwaduha numéro z'urwo rubanza jugiez ngo tuzarwifashishe Kiko icyo kibazo tugifite Turin benshi kandi dushaka kurega .Mudufashe rwose murakoze nitwa Jean
Ngewe narabikoze byose ariko ubu ndimurubanza nduguhuguzwa ubutaka mfite mumazina yange nokubukoresha binge unabusorera
Duhenimero
Nonese imperekeza bayibarira kuri Gross salary? Cyangwa ni Net salary
Murakoze kudusobanurira
Mwiriwe neza ese umuntu ashaka igitabo cy'amategaeko ahana murwanda yakibona ate?
Mwongere.mutubwire.iyo.mibare
Ese uramutse uguze ubutaka bwanditse kumuntu ufite ibizo byimisoro ya campani ariko ubutaka atari ibwiyo company nyirayo ya gukorera mitation bigakunda mutubwire?
ufite uko wagenda nkúmugabo ukishimisha, ukanagaruka nta mpamvu ya divorce...
Duhereye ku iki kiganiro umuntu yagiranye amasezerano y:ubugire bw'ishyamba bahana igihe azamwishyurira kirarenga none yatangiye kuritema ataramwishyura wabakiza ute ?
Umuntu yaguze ikibanza n'umugabo n'umugore kiri mu ngwate ya bank basigaje kwishyura 50000frw umugore anfa batarakora ihererekanya , bank ije gutwara ingwate yayo byagenda bite ? Amategeko avuga iki ?
Aya makuru nigira kamaro merci
Amasomo yawe ni meza ariko nkeneye No zitegeko rishya r'ubutaka