Niba hari ikibazo cyangwa igitekerezo ufite kuri kino kiganiro twandikire: Email: amategekoyacu@gmail.comWhatsApp: +250788566872Wananyuza igitekerezo cyawe muri comment
Murakoze kukiganiro cyiza turabakunda nifuzaga kumenya kukintu kitwa Aho abantu batuye muburyo bw'amategeko cyane cyane kubakozi baba barubatse ariko bakajya gukorera kure yaho batuye ariko bahagera rimwe narimwe Kandi badakorera hamwe
Asante sana nabazaga iyo hari imitingo umuntu yiyanditseho mudasangiye ho bigendagute
Aya makuru nigira kamaro merci
Maitre murakoze!
Turabakunda turabakurikira
Courrage Me,Avocat Maurice nukuri turagukurikira Kandi turagushimira, uri Umwalimu mwiza nzagaruka kugusura kuri Office yawe Kimironko.
Ubundi se umwe yangira mugenzi divorse ashaka iki koko! Gusa imitungo niyo ituma umeze neza ashaka guhima undi!
Ese iyo mutasezeranye bwo bigenda bite.ndabinginze muzansubize
Hello none umwe murimwe iyo ibyo mumvikanye atabikoze bigende gute?
Пікірлер: 9
Murakoze kukiganiro cyiza turabakunda nifuzaga kumenya kukintu kitwa Aho abantu batuye muburyo bw'amategeko cyane cyane kubakozi baba barubatse ariko bakajya gukorera kure yaho batuye ariko bahagera rimwe narimwe Kandi badakorera hamwe
Asante sana nabazaga iyo hari imitingo umuntu yiyanditseho mudasangiye ho bigendagute
Aya makuru nigira kamaro merci
Maitre murakoze!
Turabakunda turabakurikira
Courrage Me,Avocat Maurice nukuri turagukurikira Kandi turagushimira, uri Umwalimu mwiza nzagaruka kugusura kuri Office yawe Kimironko.
Ubundi se umwe yangira mugenzi divorse ashaka iki koko! Gusa imitungo niyo ituma umeze neza ashaka guhima undi!
Ese iyo mutasezeranye bwo bigenda bite.ndabinginze muzansubize
Hello none umwe murimwe iyo ibyo mumvikanye atabikoze bigende gute?