Uko wahitamo imicungire y'umutungo w'abashyingiranywe cyangwa ugahindura uburyo wahisemo
Murakoze cyaneee Mr Maurice ndakwemera cyaneee
Erega mushobora gukora urugo hanyuma mukazakorana ama deal cyangwa mukunvikana ko muzakora compte muhuriyeho mukagura imitungo muhuriyeho. Ibyo kuvanga imitungo bizageraho biveho. Icyambere ni inshingano cyane ko amategeko abitegeka ko buri wese agomba kwitaho urugo, amashuri yabana, guhaha …
Asante Maurice
Maurice, naganiriye nabantu benshi cyane cyane abakunda busness usanga babangamirwa nabo bashakanye ku bijyanye no gukoresha imitungo. Abo navuganye nabo ni abagabo cyane , baba bavuga ko urugo rwabo rubishye ntacyemezo bagifata kuva bashaka ko busness zabo zicumbagira kuva mu buzima bwabo harajemo undi muntu. Baba bavuga ko bagendeye mu kigare bagasezerana ivanguramutungo. Sasa Hari akantu ntasobanukiwe, nigeze no kukabaza ariko ntiwansubiza. Iyo musezeranye ivanga mutungo muhahano bivuga ko ugurishije nkinzu wari ufite mutarabana hanyuma ukagura izindi nzu izo nzu muhita muzandikwaho mwese. Donc ntushobora kubyaza inyungu umutungo washakanye numuntu ufite ngo ibivuyemo bikomeze bikwandikweho wenyine. Muri make kugira ngo ubigumane ni ukubirebesha amasa ukirinda kubibyaza indi mitungo ?? Bibaye ariko uko bimeze abakoze itegeko ntabwo baba bararyizeho neza !
Thanks uza dukore kuri types za donation
Пікірлер: 5
Murakoze cyaneee Mr Maurice ndakwemera cyaneee
Erega mushobora gukora urugo hanyuma mukazakorana ama deal cyangwa mukunvikana ko muzakora compte muhuriyeho mukagura imitungo muhuriyeho. Ibyo kuvanga imitungo bizageraho biveho. Icyambere ni inshingano cyane ko amategeko abitegeka ko buri wese agomba kwitaho urugo, amashuri yabana, guhaha …
Asante Maurice
Maurice, naganiriye nabantu benshi cyane cyane abakunda busness usanga babangamirwa nabo bashakanye ku bijyanye no gukoresha imitungo. Abo navuganye nabo ni abagabo cyane , baba bavuga ko urugo rwabo rubishye ntacyemezo bagifata kuva bashaka ko busness zabo zicumbagira kuva mu buzima bwabo harajemo undi muntu. Baba bavuga ko bagendeye mu kigare bagasezerana ivanguramutungo. Sasa Hari akantu ntasobanukiwe, nigeze no kukabaza ariko ntiwansubiza. Iyo musezeranye ivanga mutungo muhahano bivuga ko ugurishije nkinzu wari ufite mutarabana hanyuma ukagura izindi nzu izo nzu muhita muzandikwaho mwese. Donc ntushobora kubyaza inyungu umutungo washakanye numuntu ufite ngo ibivuyemo bikomeze bikwandikweho wenyine. Muri make kugira ngo ubigumane ni ukubirebesha amasa ukirinda kubibyaza indi mitungo ?? Bibaye ariko uko bimeze abakoze itegeko ntabwo baba bararyizeho neza !
Thanks uza dukore kuri types za donation