Sobanukirwa uko wakirinda ko uwo ugiye kuguriza amafaranga azagusiragiza mu nkiko yanze kukwishyura.
Niba hari ikibazo cyangwa igitekerezo ufite kuri iki kiganiro twangikire kuri Email yacu: amategekoyacu@gmail.com, cyangwa utwandikire kuri WhatsApp: 0788566872.
Пікірлер: 23
Urakoze cyane Mm kuri kino kiganiro, ukomerezaho ibi bazafasha abanyarwanda kukudahora mumakimbirane noguhora munkiko. Abantu baratwambuye baratumarije kubera gutanga amafaranga kukizere umuntu nyuma akakwambura urebera kabisa
Yego ikiganiro no kiza. Ese umugurije kdi y'amasezerano akaba yujuje ibisabwa yemwe afite n' umutungo wakwifashishwa kuzavamo ubwishyu igihe bibaye ngombwa, ariko wamutungo agahita awikuzaho agamije kuzakwambura hakorwa iki? Murakoze
Murakoze,niyihe ngano yamafaranga wakorera inyandiko kd ikajyayo umukono wa Notaire?
Muraho neza.., Murakoze cyane kubumenyi muri kutugezaho..!!, nimukomerezeho rwose..!!!, ndabasaba ngu muzadukorere ikiganiro kindi mu kwishyuza insurance companies..!!, ndetse mutubwire n’ amategeko wakurikiza kugirango umuntu Abe yabakurikirana murakoze
Muraho umugabo washatse abagore 2 umwebarasezerany amazekwitaba imana asezerana nuwakabiri hashize umwaka umugabo arapfa none umuzungura wuyumugabo ninde? Murahoze.
Komerezaho urimo neza kabisa.
Murakoze cyane kudusangiza icyo amategeko avuga! Mukomereze aho.
Amahoro turagushimira cyane mfitanye urubanza numuntu twafatanyije ubutaka turi bane muburyo bungana atwandicyira amasezerano yu bufatanye ariko aduha kopi ajyana orojinari ariko tumusinyisha ho kurizo kopi none avuga ko impamvu afite orojinari ngo nuko ntacyo twamuhaye wangira iyihe nama
Noteri yishyurwa angahe?
Amategeko menshi nayo asenya Societe ndakurahiye kuko uburyo ubisobanura ubanza utajya uguriza abantu nyamara Munyana yigeze kunguriza
Mwaramutseneza ese banoteri bigenga batangiye gukora
Ndashakako wazatugezaho principles zomumategeko ariya yomururimi rwikigereki
Me ko hari amasezerano inkiko zanga kurangiza kdi ariho kashe ya Noteri waduha ingingo ibivuga neza! Thx
Ese Notel ntabishyuza Menshi?
Umuntu yarambwiye ko muha amafaranga ngo mugitondo aranzanira imari nkuko bisanzwe ntiyayizana ntiyanayansubiza nzabikore gute?
Nanjye mfite umuntu umbereyemo umwenda umaze imyaka 5 ese namwishyuza gute?
Birasobanutse byuzuye
Sinjya njya mu bintu byo kugurizanya kuko sinaka inguzanyo no kuri bank sinjyayo.
Hello,waduhaye number yawe
MURAHO IBIGANIRO BYANYU NI BYIZA UMUNTU YARATSINDIYE UMUTUNGO UTIMUKANWA BAJYA KUWUMUHESHA BAGASANGA YARAWUBARUJE KUBANDI BANTU HARICYAKORWA BADASUBIYE MUMANZA?IBYANGOMBWABYABWOSE UBWO BYABONEKA GUTE?MURAKOZE
@parfaithoualakoue9227
Жыл бұрын
Ramber yururimi igira agaciro
Muraho umugabo washatse abagore 2 umwebarasezerany amazekwitaba imana asezerana nuwakabiri hashize umwaka umugabo arapfa none umuzungura wuyumugabo ninde? Murahoze.