ISHYANO RYA 3 Ellen g White yazanye/Abadive batandukanye n'abaKristo/DORE INTAMBA IHITANYE PAPA😨
#WHATSAPP_0788266238
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #250726888535 #0788733808
Kora Subscribe hano / @ayalonitv2992
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe.
Turabakunda.
Пікірлер: 87
Muze gutukana ni icyaha Imana ikubabarire abagaturika ni abavandimwe bacu kuko Yesu twese yaduvunguye ariko kuko gaturika ayobora abantu kuri shitani kandi papa yishyira mu mwanya wisumba byose Imana izamuhzna twebwe uwo twizeye turamuzi twaramubonye
Yesu yivugiyeko atazanywe no gukuraho amategeko n'ibyahanuwe ahubwo yaje kubikomeza ni Nayo mpamvu ugendera mu ijambo rye atazagendera mu mwijima na hato. Gusa uvuga ko avuga ijambo ry'Imana ajye yIrinda ko ngera,gutubya cyangwa kurigore kugoreka iryo jambo kuko mur ryo harimo ubugingo.
Abantu murarushye cyane mwaragowe, mwapakiwe inyigisho nyinshi zi ibinyoma. Isabato, icyumweru byose nta gakiza karimo. Gusoma inyuguti nyinshi cyane ntibitanga agakiza. Agakiza ni ukwimenya , ukamenya uri urusengero rwu mwuka wera. Yesu yaje kuducanira urumuri, urwo rumuri ni umwuka wera. Iyo wuzuye umwuka wera urakanguka ukava mu mwijima, ukabona urumuri, ukarukurikira rukakubera umurinzi, kugeza winjiye mu munezero witeka ryose.
Igihe kirageze aho abasenga data mu by ukuri bazamusengera mu kuri no mu mwuka. Ntibizaba bikiri ngombwa kujya i Jerusalem. Amategeko yananiye abakurambere bacu ari nayo mpamvu Kristo yaje. Halleluah
Nkunda ibiganiro byannyu cyane.Nkeka ko ababikurikira bashaka kumenya inzira y'ukuri ya Yesu Kristo bazahumuka! Itorero rya Kristo rya none,ryubakiye ku rufatiro rw'Intumwwa n,,Abahanuzi.
Hegelian directic ! Mwibaza ngo mwotujijisha rero! Ihame ryanyu turarizi na roma yabatumye muzarimbukana nayo!
Mubaheburayo harabisubiza mwivunka isabato yukuri no yesu
Eric,va kumigenzo y,idini izere Yesu Kristo,menya aho urugendo rugeze muri Kristo:Egiputa,Kanani,Yesu ku isi,Nyuma y,urupfu rwe. Uhagaze he muri ibi bihe? Buri hose hafite inyigisho zaho. Humuka reka kwinangira umutima.
Njyewe ndimo kugenda nkomeza gusobanukirwa nukuri Uwiteka abahe imigisha kandi azabahe ubugingo buhoraho!
Abaheburayo 8:10(kuko iri sezerano ariryo Nzasezerana n'inzu ya Isirayeli, Hanyuma yiyo minsi Niko Uwiteka avuga, Nzashyira amategeko yange mubwenge bwabo ,nyandike mumitima yabo, kandi nzaba Imana yabo nabo bazaba ubwoko bwange. Iri niryo sezerano rishya dufite uyu munsi
Benedada bavandimwe mwitonde kuko turi mu bihe bikomeye, aho Yesu yahanuye ko hazaduka abahanuzi b'ibinyoma...; ikibazo cy'ibihe n'amategeko mubyitondere musabe Mwuka Wera abasobanurire, kuko nta mutegetsi ujya apfa kuvuga ijambo ridafite impamvu, rero Imana ntiyari kubivugaho bidafite impamvu soma muri Daniel 7: 25 Ni we uzavuga ibyo kugomera Isumbabyose, kandi azarenganya abera b'Isumbabyose. Azigira inama zo "guhindura ibihe n'amategeko", kandi bizarekerwa mu maboko ye kugeza aho igihe n'ibihe n'igice cy'igihe bizashirira. Uwiteka abagirire neza.
Ndatangaye cane,kubona umuntu nkuyu wumusaza atitura itegeko rya4,ariko naho mwokorana mwese ntabwo muzigera mukuraho isabato
Eric sinamurenganya kubera urwego rwe mu badive kuko ameze nkawa mwana ubona Arya ariko atazi aho amahaho ababyeyi he bayakura. Cyi kimwe naba gaturika no hasi cg se abayehova nandi madini menshi usanga abo hasi bayagise batazi inkomoko numwuka Ayo madini yashinzwemo. Ushibora kyba uri umu kristo mwiza rwose ariko witegereje neza uzasanga uruhare rwidini Ari ruto cyane. Iyo wumva ukirwanira idini uba ufite ikibazo. Mudive rero, iyo bavuze ko abo wita role model bawe bakoreye muyindi myuka bitwaje bibiriya, ntabwo wowe uba wiswe umupagani rwose, ahubwo nuko USA nurwanira ishyaka abatakuzi (abacuravwenjye babadive)
@Prudence517
Жыл бұрын
2Abatesalonike 2:11-12 Ni cyo gituma Imana izaboherereza ubushukanyi bukomeye cyane, ngo bizere ibinyoma: kugira ngo abatizeye iby'ukuri bose, bakishimira gukiranirwa bacirweho iteka. Pastor Musisi ni intumwa ya Satani yahawe impano yo gushira amanga. Ni gute Pastor afata umugabane umwe w'ibyanditswe byera undi akawuhakana? Abizeye ubushukanyi bwe muzakanguka mutagifite igaruriro
Isabato irimumategeko y,Imana niyompamvu nyemera kand nikimenyetse kigirwaho impaka
Birakwiye ko twiga ijambo ry'Imana tutagendeye ku by 'amadini biragaragarako Eric arimo arwana ku idini rye,ariko inama namugira abanze yivanemo ibyo yize mu idini ahubwo yumve icyo Bible ivuga turi mu isezerano rishya, niryo twagakwiye kwitaho cyane kurita iryakera.
@birandikwatv4608
Жыл бұрын
Ibyo avuga biri muri bibiriya
AYALONI TV ndabashimira ku nyigisho nyinshi mudushakira kugirango tutibeshya ijuru. Please mumbarize Pr Musisi uko twakoresha isezerano rya kera kandi twahawe isezerano rishya.
Pasteur Musisi arampimbara, Aranyigisha nkumva ndanyuzwe, Iyonsiguro atanze kubijanye n'Isabato irakwiye!!!
@raggadee77
Жыл бұрын
Aho kunyurwa nibyo Imana ivuga Kandi yandikishishe uranyurwa ni bya Musisi umuntu nkawe,mbese wowe urumva atakwibeshya cga ngo akubeshye!😄😄😄😄 Umuntu aratangaje! Erega Imana ntigira isezerano rya cyera nirishya,ntabwo yavugango iki nakivuze cyera;Imana ntiyivuguruza!
Pasta Musisi Imana iguhe umugisha urimo Mwuka Wera
Shalom shalom Bakundwa ba Yesu. Pasteur J Luc, murabe neza iki kiganiro uko mwagifashe hagomba kuba harimwo erreur.
@rwigambalouis5835
Жыл бұрын
Hihhhhhh!!!! J.Luc Ntuye ahitwa I Gitwe aho abadive batangiriye miri Africa yo hagati Past Musisi arantangaje peee!!!ariko ibyo avuze ni ukuli kutavangiye Ndemeranya nawe mubyo avuze usibye gusa icyanyobeye cye nuko avuga kutajya mu Madini kdi nawe arifite harabo wumvise avuga idini rye ryububyutse icyakora usigaye unyohererza Ibi Byigisho Ndagushimiye
ERIC MUVANDIMWE KIRAZIRA GUTEBA KUGITI CABUZANIJWE. ABA BAKORERA KURIYI CANO NIKUBASENGERA DATA WOMW'IJURU, ABAGIRE ABIWE.
Urumva ubuyobe bwabantu NGO uwo wundi munsi ni yesu,
Past Musisi is convincing us.
Wowe undwanya lmana urahakana ibintu byanditse muri bibiriya
Ntimukage impaka muhugurane
Ndabakurikira muri mukazi bene data
Inama nagira mudive niyi: Kuganira neza nuko uba witeguye kunguka mu bwenjye, bigaragara ko uza utiteguye kumva ahubwo uba witeguye kumvisha. Ikindi kibyerekana ntabwo mugenzi wawe avuga uteze amatwi niba avuga ibizima, ahubwo uba utegereje ko asoza ngo nawe uvuge. Ikindi kibigaraaza nuko basoma ibyanditswe nkingingo baburanisha aho kugirango uzibasibanurire niba Koko baravumvuse nabi, ugahita usoma ibyawe bitari nubugororangingo kubyo wita kuyoba, nta character zumuganirizi mwiza rero ugira niyo mpamvu nahandi bizakugora kugira icyo wunguka. Ndabakunda mwese ntàwe, nsengana nawe ariko yezu tubanye neza cyane kubera Ijambo rye.
@uwiringiyejanvier212
Жыл бұрын
Umudive ikintu naba namubonyeho agendana inyuguti nibyoyize Kandi kumenye uwatumweniMana sukumwiga nukumuhishurirwa nasabe lmana ubwenjye bwayo
@mutatismutandis900
Жыл бұрын
@@uwiringiyejanvier212 very powerful comment kbsa
Umusaza pastor mpazibirego muzamutumire atuganirize na pastor Musisi
Tunaburudikaaaa ❣️❣️❣️
Ntiyishuy neza eric paul yavuze nez abaza kuko aba Kristo bambere bo bakorana imisi nka yose ariko abayuda bo bagumany ubwo buyobe
Uyu musisi afise inyigisho z'ikiyoka, ari muri zangabo zateye uruzabibu rw'Uwiteka nkuko Yoweli yabihanuye!
Mwasinze inyigisho za Babuloni
Bavandimwe bacu baba kiristo dusenga kucyumweru ariwo wambere wisabato kubera ko yezu yazutse kuwambere wisabato twizihiza umunsi twacunguweho
@ekitofu
Жыл бұрын
Ntabwo byanditswe muri biblia
Jean luc abadiva nabayobe biragoye guhinduka mukomere twe tuzi uwufise Kristo ko biba biheze mbe ca gisuma nticamwizey gusa barayovye nibumva banzumva
Uyumusisi numupagani wumuhezanguni urwanyimana amategekoyimanantazavahonagce uzabeshabatakuzi
Muteye ikigongwe nukuri,imana ifashe ,
Mufite ibibazo mwabajesuit mwe
Ibyo Pastor avuga ni ukuri100/100.
@Prudence517
Жыл бұрын
Huuuuuuu.... Ahubwo Pastor Musisi ni intumwa ya Satani 100%. None Celestin , Yesu ubwe yubahaga Isabato akaruhuka kandi akajya mu rusengero( Luka 4:16, Luka 13:10), intumwa zaruhukaga Isabato kandi zikajya mu rusengero( Ibyakozwe n'intumwa 13:14,; 16:13; 17:2), Itorero rya mbere ryubahirizaga isabato. Isabato yavuyeho nyuma y'imyaka 220 intumwa ya nyuma imaze gusinzira(Intumwa Yohani). None dukurikize umunsi w'izuba( Dimanche/Sunday) washyizweho n'umwami w'abapagani ugashimangirwa n'abapapa? Ikibazo: Kuki intumwa zitubahirizaga icyumweru? Kuki abakristu bo mu itorero rya mbere batubahirizaga icyumweru? Bibiliya bakoreshaga se si yo twe dukoresha? Ubu se Pastor Musisi asobanukiwe Bible kurusha intumwa cg abakristo bo mu itorero rya mbere? Pastor Musisi ni umushukanyi. Intumwa ya Satani . Satani yamuhaye impano yo gushira amanga kugira ngo ayobye imitima idakomeye mu byo yizeye
Igitangaje abo bantu bose bareze bibiriya!
Ese aba-SDAs bemera biriya bitabo byatawe birimo Abamakabe?
Satani ni umuriganya cyane. Yifashishije abavuga ko bakorera Imana, arimo gukoresha Pastor Musisi ngo ayobye isi yose. Byanditse he ko Yesu yahinduye isabato? Ese kuki amaze gusubira mu ijuru intumwa zayikomeje? Gusenga ku cyumweru byatangiye nyuma y'imyaka 220 intumwa zose zimaze gusinzira. Ese dukurikize umunsi washyizweho n'umwami w'umupagani maze ushimangirwa na Kiriziya Gaturika. Maze turwanye umunsi na Yesu ubwe yaruhukagaho? Ntanze umwanzuro mvuga ko Pastor Musisi ari intumwa ya Satani. Eric urasabwa guhagarika ibiganiro byose ukorana na Pastor Musisi kuko Pastor Musisi ni intumwa ya Satani kandi ntateze guhinduka. Ayaloni TV ni inzira ijyana abantu mu irimbukiro. Mbaye mbaburiye.
@mediatormugisha3690
Жыл бұрын
Haha yewe nawe ntamakuru ufite intumwa zakomeje kujya mu isabato kuko bari abayuda ariko uzasome iteka bateranaha kuwambere wasabato nkabakristo bakamanyura umugati bakibuka kristo ndete Yesu amaze kuzuka ntiyahiye my iteraniro ryo kwisabato ahubwo yabateranyaga cg yazaga kubareba kuwambere w'isabato biba akamenyero.
@user-mx7vf7id8v
6 ай бұрын
Paster kukowizebyinshi wanayobeye muribyinshi ngaho uzasobanure igitabo cya daniyeli ahavugwa uzahindura ibihe urumukozi wa anti
Ahubwo wowe warayobye itegeko rya Kane uraryica peuhhhhh
Ndumiwe!
Abayezuwiti babaritsemo
Mbega ubuyobe!!!!!
Ahubwo musisi urigukoreshwa nasatani uyobya abantu knd ubawumva irimukuri bibiriya ndabona ntacyo ikumariye
Muri bible habamo igitabo cyitwa yuda makabe
Ahubwo kuko Imana arinyembabazi nkuyu musore w'abadive Imana ikomeje kumuha amahirwe yo kuva mu buyobe ariko buriya suko Atari kumva ko ibyo musisi avuga kwarukuri ahubwo arimo gutecyereza amagana yose yabantu bakurikiye inyigisho za cyidive ukuntu aribenshi, akumva ko bitashoboka ko Bose bayobye nyamara Dusoma ko benshi bazayoba bakurikiye imigani y'ibinyoma. 1Yohana 2:18, Eric nahindukire areke gufunga umutwe
@Prudence517
Жыл бұрын
Ese nkubaze? Abantu mushyigikiye ubushukanyi bwa Pastor Musisi, ndababaza" musobanukiwe Bibiliya kurusha Yesu(Luka 4:16, Luka 13:10), mwumva Bibiliya kurusha intumwa?(Ibyakozwe n'intumwa 13:14, Ibyakozwe 16:13, Ibyakozwe 17:2) Ese mwumva Bibiliya kurusha abakristu bo mu itorero rya mbere? Bose baruhukaga isabato. Isabato yavuyeho nyuma y'imyaka 220 intumwa ya nyuma imaze gupfa. None rero dukurikize urugero rw'umwami w'abapagani n'ubupapa turwanye urugero Yesu yaduhaye, intumwa zirarukomeza n'itorero rya mbere rikarukomeza. Ntibikabeho. Nimukurikire ubushukanyi bwa Musisi ariko muzakanguka imbabazi zarangiye. Igihe cyo kwihana ni iki ngiki.
Ellen g white niwewandyanditse muri bleble
Pasiteri musisi nange ndumudivatisite Ntabwo niyumvamo inyandiko za erenewaiti Icyo udasobanuraneza ubona ubwibone bwaba biyita abakirisitu buzagezahehe? Koburitsinda ryiyitaryiza niryari imana izabahagarara hagati? Kuburyo Ariyo ibwayo izivugira abukuri? Muhora mushinjanya ibyaha kandimwese murabanyabyaha mwesemwemwernera Ubuntu ariko buritsinda rikiharira ubwobuntu ko arubwabo nonepasita Murabona abantu bazi ibyo bemera? Nazi iyobajya? Mwese nsigaye mbabona kimwe murindyarya cyangwa ntimuzi ahomugana yohana 3:16
@eugenerudatsikira2810
Жыл бұрын
Muvandimwe icyo utazi urabaza niba uri umudive utazi ibyo urimo ubwo nturiwe ahubwo aho kugwa murudubi nkuko mbona byakubayeho ca bugufi usenge kndi wizere umuntu wese utasobanura impamvu zokwizera kwe akoreshe bible uwo ntaho aba ahagaze naho musisi na Éric buri wese azi ibyo arimo kndi ntanjiji ibarimo ahubwo harimo uwigizankana ukora akazi yahawe uzi nezaa ko arimo ashuka abantu aba bose ubashunguze bibiriya kndi nayo isobanuye mubusobanuro bwa giprotestant niho uzamenya muri aba uwigizankana
@ntakirutimanaphilippe2237
Жыл бұрын
Yesu ndamuzi naramumenye yankuyemo ugushudikanya kose ubwovabwo Kugizubu kumenya yesu kwange nibigishingiye kwidini kwitsinda iryariryoryose kumategeko cyangwa imisimo myiza ni Ubuntu wanyiyeretse angira incutiye kandi yaranduhuye NB nsubiremo mbabazwa nabiyemezi nabonye mumadiniyose mumatsindayose mubantukugiticyabo bishakamo uduhamvu twogucira abandi. Imanza ko aribobazwibonyine basingiye kuturimo twuzuye uburyarya umwanda nokwiyerekana bakibwirako aritwodutuma bemerwa kuruta abandi bakadukoresha baca imanza ibyorero ntabwo aribyo kukoyesu yatwemeye ukotwaritumeze Ntakiguzi ntanuwamugishije inama Biburiya iravugango Bose barayobye ntibashyikira ubwiza bwimana Mubefesonaho iti twagiriwe Ubuntu bitavuye kumirimo kugirango hatazagira uwirarira rero turabavandimwe murikirisito
@mukunzidiogene9230
Жыл бұрын
Ps musisi ntabangaze uyu nu mukozi wa bajezeiti.
@eugenerudatsikira2810
Жыл бұрын
Yakobo 4 : 11,12 Usebya mwene se cg agacira mwenese urubanza aba asebya amategeko ,kndi ninayo aba aciriye urubanza .kndi nucira aamtageko urubanza uba ubaye umucamanza . 12: urinde wogucira mugenzi wawe urubanza? Amadini kuko yaja avuga ko aje gukora umurimo w'Imana ninaho hagomba kubera isibaniro ry'umwanzi hagati y'ikibi n'ikiza Niba woe waragiriwe ubuntu ukamenya ukuri nabo banyamadini bababagukeneye ntukabasebye cg ubacire urubanza nubundi niho intambara izabera kndi
Uridayimoni
Zero
Iki kiganiro ugisubijemwo
@birandikwatv4608
Жыл бұрын
Asigaye abigarura ariko ashyizemo ibyo bakasemo kuko biba bifite iminota myinshiii
Musisi ,yesu itegeko rikuru yaguhaye n'amatiku yo kumadini?
Ese ko abantu dukomeje kurwanya Isabato ariko ntibashyigikire kwica, kwiba, gusambana nibindi? Igihe kirageze kugirango Satan arwanye Isabato byukuri.
Uyo mu divantiste ntadonoka.kandi amaze kumva vyinshi.birababaje
Uyu musaza ntagukeka n'intumwa ya satani pe
PST ati isabato niyo mwisezerano rya kera nge ndi muri shya,abari murya kera bagumane isabato yabo!binteye kwibaza ese mu isezerano rishya amategeko yabaye icyenda?ese Imana igira ibishya ni bya kera?😃😃😃😃😃 Umunsi urarikoze! Ese bavandimwe mu jya mwibuka ko Paulo nawe yari umuntu,Imana iravugati ujye uruhuka kuri uyumunsi nawe uti umuntu yaravuze ati guhitamo umunsi uwo Ari wose ntacyo bitwaye!?
@theophile2524
Жыл бұрын
Isabato iri ku mwanya wa kangahe mu bizatubera ikiraro cyo Kujya mu ijuru???
@raggadee77
Жыл бұрын
Erega Impaka tugira ni zubusa,igifite akamaro ni ugukiranuka no kudakiranuka,kudakora icyaha no gukora icyaha,nonese ko gukora icyaha Ari ukwica itegeko Kandi ukora icyaha nibwo cyaba kimwe atazareba umwami Imana keretse yihannye ubwo wowe urumva isabato iri kumwanya wa kangahe?Kandi Imana yakuyeho urujijo ko uwishi itegeko rimwe nubwo ryaba ryoshye aba Ari umucyaha urumva Atari umwanya wo gutekereza kuri iyo sabato Niba Andi mategeko yose uyagendera mo!
@ntwaridonatien2723
Жыл бұрын
Mwisezerano rishya amategeko yabaye abiri
@raggadee77
Жыл бұрын
Ese yabaye abiri mu isezerano rishya!? Noneho uwavuze ati sinaje gukuraho amategeko ni ayo 2 yavugaga?
@fideleamani4750
Жыл бұрын
amategeko ni abiri, ni ugukunda Imana no gukunda bagenzi bacu ... ni ibyo Yesu yavuze ni na cyo yadusabye kwigisha.
Uyu musaza Hari byinshi Ari kwirangagiza gusa kwizera kwacu Kuri muri bibilia Uyu musaza Kwa senga Ku cyumweru ya nyereka Aho tugomba kuruhuka Ku cyumweru Aho byanditse muri bibilia uretse gusebanya gusa mzehee reka guhinyuza ibiri muri bibilia
Uteye agahinda wowe urwanya I Sabato y'Uwiteka.urwanya Imana kimwe na PApa
None uyu numumenyesha makuru aja mumpari afite abatumirwa,
Musisi ni intumwa ya Satani muburyo bweruye! Ntabyo narinzi
@ntakirutimanavedaste4267
Жыл бұрын
Ubwose Warwanya Isabato Ukaba wemerako Imana yaremye, Ahubwo se waba wemera Amategeko Y'Imana. Imana yaremye Isabato Iyiha Umugisha irayeza Kandi irayiruhuka .ubaye utayemera waba ufite Akaga Gakomeye
Patsori miss namba satani harico mupfana Kiko nawe yanka amategeko yimana Mariko 7:7 Yesu :yavuza ATI basengera ubusa kukinyigisho bigisha nabantu icagezwe cimana mwarakiretse
Ahubwo wowe warayobye itegeko rya Kane uraryica peuhhhhh
Ahubwo musisi urigukoreshwa nasatani uyobya abantu knd ubawumva irimukuri bibiriya ndabona ntacyo ikumariye