KIRIZIYA Chatholic NTBWO Ikomoka KUNTUMWA Reka mbabwire aho YAVUYE/Mu Indiri y'abacinyi RUHARWA
#WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp.com/LEMFjAjn9tI...
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga
Пікірлер: 89
Wabyemera wabyanga kiliziya Gatolika izahora Ari iya 1 kdi ntabubasha nabumwe bw"ikuzimu buzayitsinda kuko na Yezu Ari ku isi baramurwanyaga yakiza abantu abigishamategeko n'abafalizayi bakavuga ko yigereranya n'Imana kdi ko ngo afite ububasha bwa barizeburi ariko yaratsinze kuko Ari Imana namwe rero ibyo wavuga byose ntacyo wabihinduraho kuko Kiliziya Gatolika izahora Ari iya 1 kdi koko ishingiye ku ntumwa uzasome amateka y'abakitisitu bo mugihe cya Nero nibwo uzumva amateka ya Kiliziya Gatolika.
Ufite amagambo yubwenge. Kd IMANA iguhe umugisha. Uduhe nimero zawe.
Wibagiwe akajagari Kari muba yohova naho uzahagere❤❤❤
Murakoze cyanerwose mkomezemuburire abanturwose turabakurikiye cyane kandi ukurikuzatsinda ikinyoma
Ndakumva cyane rwose ariko nigute koko ko amadini yatugize imbata ninde wansobanurira ukuntu umuntu yiga akaminuza agashyiraho na za doctora yarangiza akirirwa inyuma yigishushanyo cyibumba kcyabajwe na bana babantu ngo atimumutambagiro arumuntu wize ckz gaturika yambweshye nkiri umwana muto ndabyibuka marene yambwiraga ko ngomba kugera kushusho ya bikiramariya nkayunamira ckz ubuyobe buraha ibaze ikibumba cyahirima kikajanjagurika ariko ugasanga abantu barangariye kucyiramya no kugisingiza aho guha imana yabaremye icyubahiro umva wa mugabo we ndakumva gusa ntakintu kigiru muntu imbata nkidini gusa komerezaho wenda harabazahishurirwa ibyo uvuga bamenye ukuli kubabature imana iguhe umugisha
Ese iyo kiliziya itabaho ayomagambo uvuga warikuyakurahe menyaneza ko niba byaraturutse kubantu bibabyararangiye ark niba byaravuye kumana nimuzabishobora
Icyo Yezu Kristu adusaba ni ukugira urukundo ibindi byose ntakavuro ndumva nawe icyo wagombwe kwigisha Ari urukundo impuhwe n'imbabazi ibyo bindi wihagusesengura ntacyo bimaze
Ayaloni tv mukomere mugiye kwitwa amazina mabi ariko mukomere kuko umugambi w'Imana uzasohora nubwo bitoroshye mugiye nkiki kigoramye
Komeza uyobye abantu b,Imana uzabona inyungu
Uyu Mugabo namuherukaga kera kuri Radio imwe yavugaga ukuri gusesuye , AMAZING GRACE. Uzampe Numero yawe
SI TU ne lis pas, tais- toi!!!!!! Mais c' est UNE verité incontournable
Ikibabaje urimo uravwira abantu baciriweho Iteka batagishobora kwihana. Kandi nawe ubwawe ntuzi ko umwuka ukoyoboye ari uwa Kidini, ariwo wo kwikururiraho abantu, kugirango badakurikira Kristo. Mwese Mesiya azababwira ati: Nimumve imbere sinigeze mbamenya.
Urakoze muvandi Imana ibakoreshe ibikomeye muribibihe byumwijima igukomeze rwose
Wowe uri gutanga iki kiganiro ntabwo ukorera Imana nzima ahubwo sekibi yaguhanzeho,amagambo yawe niyo atumye tumenya ko uri guta igihe uvuga ubusa.
Nyamara niba uyobowe na Rohomutagatifu Humura ubushobozi uramufite ariko niba uyobowe n'indi Nini ntabushobozi bwo gusenga itorero ry'Imana
Imana iguhe umugisha ariko ibyumwuka byumvwa nabanyamwuka gusa ibi uvuga harabo bihishwe ubwenge bwabo kuko birababaje kuba hakiriho abantu babazwa nuko idini rivuzwe nabi nkaho twakababajwe nubugingo bwacu bushobora kurimbuka tutabaye maso. Bavandimwe niba hatanzwe umuburo reka tweguhatana turwanyana ahubwo dusabe lmana iduhe ubwenge bwo guhishurirwa icyo idushakaho mu lzina ry'umwami wacu yesu kristo.
Nubwo harabantu batabyunva ariko ubutumwa IMANA iguhaye buragaragaza urukuñdo rwimana abantu bazakomeza kwinangira IMANA izabatera umugongo .
Uyumugabo murikonona ubutumwa yavuze mwikosore
Mukomeze gusoma mugusobanurira abazimiriye muri islam
Babwire izontumva ivyobipfamatwi !!
Nyamara uri mukuri p
Mukomeze murwanye Intumwa na Kiliziya ye ubu murimuzasabwe mwebereye mumanjwe yi nyigisho ziva kuri shitani muzsshiduka Musa na ze iyorwa na Roho Mutagatifu muzs he se ?
Urimo umwukaw'lmanape komerezaho lmana igushigikire ni Augustn ndagukundamuvandi kandindifuzakukubona
@shyakagerard4914
28 күн бұрын
Uyu ahubwo ni Intumwa ya Satani mubantu. Ibi ni ugushaka Views.
La verité blesse, mais ce n' est pas la faute à Celui qui la dite, c' est la faute à la verité.
Biraryoshe kuvuga ivy'abandi?! Nawewe ntawobura ivyo akuvugako Kandi vyishi iii. Ntabwo Uri Imana rero wavuga make ukigendera kuk N'imana gusa iziukwo izaca urubanza.
Amahoro Bavandimwe Ndashaka numero za Jean Luc cyangwa Iza Nicolas Murakoze
Mukomereze aho, Imana ibahe umugisha
Sha ufite ikibazo gikomeye
Unyibukije Triumvirat( pouvoir confié à trois personnes)!
HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUA HALLELUAAAAAAAA URAKOZE GOOOSEEE YESU CHRISTO 👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏👏📯📯📯📯📯📯📯🎸🎸🎸🎸🎸🎸📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢📢
Kangura abantu ubahumure uzabihemberwa
Ibi byose ni ugushaka gutoteza abakristu na kilizia kd intsinzi ni iyuwatumeneye amaraso kumusaraba azadufasha no gutsinda iyo sekibi yaje mumayeri nae oroshya ibyo uvuga bitazaguhindukirira
Mugume mwicururize mubone amaviuze ayo namaco yinda isebanya siryiza knd amadini ni nkamashyaka mureke kuyobyabantu nawe ntabwo uri perfect mubyo uvuga reka kuyobya abantu ubateranya,knd wibukeko imana ari urukundoe,banza wigishye urukundo ureke kubibaeamacyakubiri mubiremwa byImana
Imana iguhe umugisha iyo umuntu ashiriste ubute akisomera bibiriya àmenya ukuri nanjye navugaga indimi zitamenyekana nazivuze imyaka 24 iyomyaka yose nayimaze ndimurujijo nifuzaga kumenya ukuri 1Abakorinto.14.27.havugako.niba hariho uvuga ururimi rutamenyekana hagombakuba hari usobanura ibyavuze yaba adahari uvuga indimi agaceceka ntanumuntu warigushobora gusobanura ibyonavugaga kandi abantu barabikundaga nababariraga abantu ibyaha ibyobyose byaterwaga nokutisomera ngowimenyere ukuri. Eeeeeeree Ukuri kuzahisha ariko kuzagaragara amaherezo.ntikuzahera .
Nukuri
Ubwose ushaka gukuraho itorero kweri!
Ikizwi gusa nuko ariyo utwo dushyaka twutudini ariyo twavuyemo kubera kutanyurwa
Urimukuri kbsa nubwo bagupinga urimukuri kbs
Ahubwo wibagiye abatinganyi Ekelezia nabatinganyi uwo mupapa ushigyikira abatinganyi Wamushobora
Wowe ntaho utaniye nashitani ibyo nisebya dini,
Muhezagigwe cane
Mukomeze muryoherwe no kuyobya l abana b'iMANA , none Rogo Mutagatifu ajya acyinimanza ? Mutitondere amajambo muvuga ! Mbese mwagiye mureba iby'iwanyu=mukareka ibyabandi papa niwe wabaye inyigidho zanyu ?
Ese ko numva ubyise ibinyoma ubwo niki se kandi
Nuko kuri uwo munsi Roho Mutagatifu amanukira kuntumwa mundimi zisa n'izumuriro Bose buzura Roho Mutagatifu batangira kuvuga muzindi ndimi uko Roho abahaye kuzivuga..... Batangira kwigisha inkuru nziza bahereye i Yeluzalemu kugera i Roma bageze i Roma bahashinga ibirindiro bahindura abaroma benshi bava munzira za gipagani benshi bahinduka abakirisitu nuko Petero na Pawulo n'izindi ntumwa bapfira Kiristu i Roma maze benshi bakarushaho guhinduka ngiyo inkomoko ya Kiliziya Gatolika (bivuga abemera Bose ) urabyumva wamugabo we Kiliziya Gatolika imaze imyaka 2025 tumenye inkuru nziza ahubwo turagutumiye kuzizihiza yubile y'iyo myaka tumaze tumenye inkuru nziza tuyikesha uruhererekane rw'intumwa n'abasimbura bazo ( abepisikopi/ abapapa)
Aho ikomoka hose ntacyo bimaze igifite agaciro imaziki nonaha ?
@Raggaf102
Ай бұрын
Imaze iki ko arukuyobya abantu
Nkongerereho akantu Gato imihango ya yaRoma ikomoka I babuloni yo kwa Nimurodi ltangiriro 11 uzakore ubushakashatsi(iyo mihango niyo yimuriwe I Roma)ntabushobozi uko nzshobozwa ijambo rimwe kumunyabwenge rirahagije
Mubyahishuwe itorero rya pergamo ubuyobozi bw'Itorero bwivanze na portique ya Leta biyoborwa na papa ubupagani buhabwa intebe mw'ltorero
Ntabwo ikomoka ku ntumwa ikomoka kuri Ayaloni TV 😂😂😂😂😂
Tugeze aho tubwirwa kuvuga nka ezekiel 3 babwire nubwo bakumva nubwo batakumva kuko arinzu yabagome
Harya mwe mufite bike kuvuze abaprotestante ,abakatorike ,abadvantiste ,mwe mulibantuki ?
Hello babwire
Ja Erick niyumve ko ayobya abantu avuga ko Antkristo ngo azaza itorero yarimuwe? Kandi yaraje uwamubuzaga amaze kuvaho izo n’ intumwa za Yesu, urugero igihe Ananila ba Safira bariganyaga ngo binjire mu itorero Petero ababsbaza impamvu bariganya Mwuka Wera. ANTKRISTO ni umuntu urwanya ijambo ry’ lmana kandi nta muntu wabishobora izibye ubwami bwa Roma.
Impakazamadininiwowe uzitangije
Umujura yiba aho biri. Kikiziya gatorika ibabumbye mwese, ahubwo wagakwiye kuyisabira nkuko usabira Nyoko ukubyara. Ibizazane Nyoko yanyuzemo kugira ngo ukure , ninako Kiliziya yanyuze mu bikomeye kugira ngo nawe ube wivovota gutya.
@MusaBenimana-vd1wf
Ай бұрын
Cabugufi
@Raggaf102
Ай бұрын
Waba uzi akaga gategereje babuloni yabapapa
Bambwirira kbs kuko ubu hari mpuzamadini ahubwo abakritso nibahame hamwe satani arabagera amajanja kbs njyewe numijwe nuburyo ADPR yagaragayemo idarapo rya batinganyi ckz birakaze imana niyo yonyine izatubabarira nahubundi amadini yo yaduhishe byinshi ku bwinyungu za bamwe mubayayoboye
Kayisari diocletien yashinze inkingi yandikaho ngo iyinkingi ihagarifswe kubwo kuzimya amadini yabakristo
Ni byiza kugira ishyaka ryo gukangura abana b'Imana ukababwira ububi bw'amadini, ariko wibuke ko ba 12 bari bakoze communauté. Gusa nyine umwanzi akoresha ayo madini n'amatorero byubu bikayobya benshi ariko ntibikuyeho rwose itorero rishingiye ku butumwa bw'Intumwa. None se Bibiliya usoma wowe wayikuye he cg yanditswe na nde? Yahanutse mu ijuru ubona ikuguye mu kiganza?
@Emma-qe7ql
2 ай бұрын
Kuba Bibiliya yaranditswe ikaba iriho ntago ari Ubushake bw'abana babantu. Itorero rigomba kubaho yewe na communaute yabana n'Imana gusa ikibazo kirihi nuko amadini yaremye community zabantu batigeze bamenya Kristo. Kubwubushukanyi byamadini, afata abantu bose batigeze kwihana ngo bababarirwe ibyaha byabo mwizina rya Yesu, amadini afata abantu bameze gutyo akabita abakristo, Abana b'Imana. Gufata umupagani ukamwita Umukristo Kandi ari umupagani. Ibi bintu rero ni amahano kuburyo abakristo bambere bagarutse bakareba ibiriho none bose bagwa mukantu.
@twagirumukizafidele1621
Ай бұрын
Ibi uvuga ndabyumva pe. Njye icyo navugaga nuko Abakristo batagomba guhakana aho bakomoka
@user-np7fr3bn7r
Ай бұрын
Nihehe handitse ko yesu Yari umudive?
Uyumutipe ndashakakuzamubonarwose mumasohe simuzi😂😂😂
N
Tuguteze Amatwi
Ese mukeneye iki, murashaka abayoboke??!
Ko namwe se numvise muvuga mu ndimi kandi ni J. Eric
Umva uri kukazipe !! Humura ukwezi nigushira you tube izaguhemba. Kuko nawe siwoe.
Catholicism ni ijambo ryahimbwe nyuma rivuga Universal bivuga church ihuza abantu bose ko ntawe uhezwa. Ariko Kiliziya bigazobanura Ecclesia aribyo bivuga Itorero. Ubwo rero sinzi uko wahakana ko itorero rikomoka ku ntumwa. Uramutse usobanukiwe n'ibi byose nibwo wamenya impamvu bavuga ko ikomoka ku ntumwa. Nemeranya nawe ko hari aho yageze mu mateka ikavangirwa ariko ntibyayibujije ko ikomoka ku Ntumwa. Kuko iyo itabaho nawe ibi wigisha uyu munsi ntiwari kuba ubifite. Niba hari ubuyobe bwagiye bubaho ntibyakuraho ko intumwa zari 12, Yuda yagambana amaze no gupfa yiyahuye, yasimbujwe Mathias kugira ngo umubare Yesu yashatse ukomeze kuzura. Tuzi uko izo ntumwa zagiye zitotezwa nuburyo zajyanywe I Roma,..., ayo ni amateka. Ntabwo ibyaha by'abapapa cg abayobozi b'iyo Kiliziya byakuraho ko yakomotse ku ntumwa pe
@rwangizamirerarwamuhandang7770
2 ай бұрын
Erega aba bantu ni za mpumyi Yesu yavuze zishaka kurandata ababona, aba kubabwira amateka ni uguca umugani kuko bigisha amarangamutima yabo.
@Emma-qe7ql
2 ай бұрын
Kugira ngo Kiriziya cg itorero ribeho nuko habaho uruhererekane rwibiraanga itorero. Itorero Bibiliya ivuga ko ari Umubiri wa Kristo. Itorero/Kiriziya rimaze gutyo rikomeza kuba umubiri wa Kristo, niryo riba rikomoka kuntumwa. Itorero rikomoka kuntumwa niryo Yesu yasize Kandi azasanga nagaruka. Kuba gaturika yabaroma nabapapa barashimuse ibyaranganga ubukristo, ikabwinjiramo kungufu ikica igahindura ubutumwa mbwiza inyigisho mpimbamo, ntago aribyo byerekana ko gaturika yashyizeho nintumwa kereka iyo bakomeza kgira umwimerere wubukristo wibyari byarashyizweho nintumwa. Gaturika yazanye imisengere nimikorere byomuburyo butari ubwo mubakristo bambere. Gatulika yazanye imikorere itandukanye nuko intumwa za Kristo zakoraga. 1. Gatulika yazanye ibitambo bya Missa, ibi ntanaho bigaragara muri Bibiliya. Gusa Mumisa hakorwamo imihango yagipagani, 2. Gatulika yazanye gusenga ibishushanyo bya Bikiramariya, abatagatifu, bya Yezu,.. 3. Gatulika yazanye gusenga Bikiramariya. Bikiramariya basenga atandukanye na Mariya nyina wa Yesu, 4. Gatulika yazanye ihame ryuko Yesu ari muri Ukaristiya, Ibi ntago ari ukuri. Ntago Imana ibi mubintu biri material, Imana ni Umwuka Yaba gusa mumutima, 5. Gatulika yazanye inyigisho zuko nyuma yo gupfa abantu bagusengera uri muri purigatori ukajya mwijuru, Bibiliya ivuga ko umuntu yagennewe gupfa rimwe ubundi akazukira urubanza, 6. Gatulika yazanye gusenga abantu (abatagatifu), Twahawe gusenga mwizina rya Yesu gusa kuko Yesu niwe uduhuza n'Imana, nabyo bugira agaciro iyi turi muri iryo Zina, 7. Gatulika yazanye amasakaramentu, babeshya abantu ko aya masakaramentu ari matagatifu, ko uyahawe ahabwa inema zimana umutagatifuza ariko ni ukubeshya, ntawe waboneka wakujije ibyaha nuko yahawe ayo masakaramentu, 8. Gatulika yazanye ubusaserodoti (ubupadiri), ishyiraho ihame ryuko Padiri ari mukimbo cya Kristo. Ibi ntago ari ukuri, buri wese afite uburenganzira kuri Kristo. Buri wese yigererayo, Yesu amaze gupfa umwenda wavuyeyo. Ibyaha wakoze uragenda ukabyihana uri mucyumba Iwawe, Yesu akakubabarira waba umaramaje akaguha kugira umutima mushya, 9. Kiriziya yazanye ikizira gikomeye cyo guhuza ubukristo nubutegetsi bwo mwisi. Politque yisi yitwa igishushanyo kinyamaswa, rero mumaso y'Imana politque iravumye. Iyi wivanze na Politique uba wikururiye umuvumo, ntamukristo ukwiriye kujya muri Kristo o Kandi Niko Yesu yakoze ninako intumwa zambere zakoze 10. Kiriziya gatulika yashyizeho ahantu hatagatifu ivugako ujya gusura ugahabwa inema zimana. Bimwongerera agakiza. Ni uburiganya bukomeye, Yesu yabuze ko igihe kugeze abashaka Imana bose bakayishakira mumwuka nomukuri 11. Kiriziya yazanye ubupapa, nkumuntu ahagarariye Imana mwisi, ibi byo ni ubujiji, ubugome, amahano mwisi, Muvandimwe, ibi byose ni ibikorwa byumwijima mubijyanye no kwizera Yesu byazanwe na Kiriziya gatulika, igamije kuzimanganye ubutumwa bwa Yesu Kandi ibyitirira ko ikorera Yesu. Ibi byose kimwe nibindi ntarondoye bitandukanye nibyo Yesu yari yarigishije Kandi bitandukanye nibyo intumwa zari zarigishije. Kiriziya rero iyo iba yarakomotse kuntumwa yari gukomeza ubutumwa bwa Yesu Kandi ubutumwa intumwa za Yesu zari zifite: Kwigisha abantu kwihana no kubabarirwa Ibyaha no kwizera Yesu, ubundi umuntu akabaho ubuzima butunganye muri Kristo Yesu. Kiriziya gatulika yayobowe nabapapa bishe abantu batangira ingano muntambara ishaka kwigarurira Yerusalemu hamwe nigisikikare cya Papa cyabaYezuwiti, Kiliziya yishe abantu bose banenganga ibikorwa byumwijima yari yarazanye mubakristo.
Mt 23:2-3: “Abanditsi *n'Abafarisayo* bicaye *ku ntebe ya Mose."* *Mbese kuba Yesu yaravuze ko ABAFARISAYO BICAYE KU NTEBE YA MOSE, *ibyo bituma Yesu yaremeraga ibyo bigisha?* -Mbese ubundi ibyo bisobanura ko Mose ari we washinze Icyo gice cy'Abafarisayo? Oya rwose. Ntabwo ari Mose washinze Abafarisayo. - Nonese *ni gute Abafarisayo bari bicaye ku ntebe ya Mose?*
@JESUSCHRISTESTLEVRAICHEMINTV
Ай бұрын
Impamvu ibyo abantu batabyumva nuko *batekereza ko ibintu by'umwuka bigira ihererekanya nk'iryo ubwami bwo mu isi,* kandi sibyo namba. Iyaba ibintu by'umwuka bigira ihererekanya nk'iryo ubwami bwo mu isi, iki cyanditswe cyaba kibeshya : -Mk 9:38-39: "Nuko Yohana aramubwira ati “Mwigisha, twabonye umuntu wirukana abadayimoni mu izina ryawe, *turamubuza kuko adasanzwe adukurikira.”* Yesu aramusubiza ati *“Ntimumubuze,..."*
@NiyonzizaInnocent
Ай бұрын
Uri umwana w'umwami *ugasanga umuntu wihaye kuba igikomangoma* kandi mutamuzi mu bikomangoma, wamufata ukamufunga kuko aba yarengeye: *Kuba igikomangoma birahererekanywa.* - Nyamara kuvuga ubutumwa bwiza ntabwo bihererekanywa: *umuntu wese iyo ahamagawe atangira kwagura ubwami bw'Imana atagombye kuza gukurikira ba runaka.* - Niyo mpamvu Yesu yasubije Yohana ATI: "Ntimumubuze": Kandi uyu muntu NTIYARI MURI GROUPE YA BA YOHANA.
@JESUSCHRISTESTLEVRAICHEMINTV
Ай бұрын
*Umuntu wese wigishaga ibya Mose,* yari yicaye ku ntebe ya Mose, mu buryo bw'umwuka. Niyo mpamvu Yesu yavuze ko Abafarisayo bari bicaye ku ntebe ya Mose. *-Umuntu wese wigisha ibya Kristo,* yicaye ku ntebe ya Kristo. *Igisigaye ni ukumenya icyo akorerera kuri iyo ntebe, niba adakoreraho ishyano.* * Mbese Ku ntebe ya Mose abafarisayo ntibakoreragaho ishyano? * Mbese Papa n'abandi banyamadini bose Ku ntebe ya Kristo ntibakoreraho ishyano?
@NiyonzizaInnocent
Ай бұрын
*Papa kwirwa yiratana ko yicaye ku ntebe ya Petero, ntacyo bivuze rwose, kuko n'abafarisayo bari bicaye ku ntebe ya Mose.* - Ahubwo *Papa yagakwiye kwibaza niba iyo ntebe yicayeho adakorereraho ishyano* nk'iryo Abafarisayo bakoreraga ku ntebe ya Mose. - Papa kandi *yagakwiye kumenya ko intebe ya Kristo atari we uyicayeho wenyine,* kuko si intebe y'umubiri, ahubwo ni iy'umwuka, natwe twese twigisha ibya Kristo twicayeho.
@NiyonzizaInnocent
Ай бұрын
Twebwe twicaye ku ntebe ya Kristo, *twagakwiye kumenya ko TUZACIRWA URUBANZA RURUTA IZINDI. ( Yak.3:1)* - Bityo *niba tuba twishakira udufaranga twa KZread, cg amaturo, cg icyacumi,* tukivugira ibyo twiboneye kugirango twibonere indamu, tumenye ko izo ndamu tuzirya ariko *tuzazirutswa karindwi,* kuko Imana ntinegurizwa izuru.
Ayaloni TV yatumwe na satani mugusenya amadini,none basoke mumadini basengere murugo iwawe hhhhhh ,amadini yibinyoma arahari ariko Uzi ubwenge azasama aye kuko Yesu niwe uzaza kujonjora intama mu ihene.Gusa abadive ubashyire hasi Imana itazagukubita urushyi,Waruziko na Yesu yari umudive.
@alfredhebertv3461
Ай бұрын
Ngo Yesu yari umudive. Gute se? Kandi bo baravutse ejobundi?
@eugenendayisenga1074
Ай бұрын
Ese Satani ko musigaye mumuhimbira nibitamureba , Ubu we agiye abarega ibirego mwakwihana bikabakundira
@eugenendayisenga1074
Ай бұрын
Ariko Adventists ntimuzisanga mweruye mukatubeshya ko nijuru Ari mwe muzaritahamo gusa, Kuki musoma ntimurangize ibyanditswe , Mugarukira ku mategeko nayo ntimuyumve. Namwe muzabazwa Byinshi
@AimeJururito-rm4st
Ай бұрын
@@eugenendayisenga1074 umva ntabwo ndi umudive ariko isabato nukuri pee.
Babwire ndagushigikiye
Talking truth is great news brother I understand you better I courage you to do it
Uravug.mak.uzabazw.mak.warabay.umusirikar.
Wew vyagucanze komeza guhenda abantu ko uvug kiriziyy nabadiva kubera ibitabo vyabo ico gitabo co iriko uvug co sigitabo mbegz weho wobewe ko uri umukobwz wa kiiziya k mbona mwizera ivyo bizera.
Kiliziya ni imwe Ntagatifu Gatolika kandi ishingiye kuntumwa.Muhumure mukomere Imana namwe irabakunda.Hhhh Bwa bubasha bw'i Kuzimu ko ndeba bwasaze ra.