UBUYOBE BW'UWASHINZE IDINI RY'ABADIVE IGICE CYA 1: IBYARANZE ELLEN WHITE

#PrMusisiPeter_0788506076
Kudushyigikira ukoresheje Patreon: patreon.com/MUSISI
YESU ASHIMWE mwendedata, tugushimiye ko usura
Pr. Peter MUSISI Official, ushaka ubutumwa bwiza, natwe twifuza ko twakungura byinshi.
Wifuza kudutera inkunga no gushyigikira uyu murimo dukora wo kugeza ubutumwa bwiza kuri benshi, wakoresha bumwe muri ubu buryo bukurikira:
Become a Patron: / musisi

Пікірлер: 53

  • @bahatighislain3880
    @bahatighislain38806 ай бұрын

    Pastor mubyubahiro byanvu, Kuvuga kubuyobe bwamadini uriwenyine ba nyira ayo madini badahari ngo bisobanure n'amafuti, kubera n'undi wese ashatse yakora Video akavuga ibyo ashaka kumuntu wariwewese , rero ubutaha uzahamagare umu Adventist muganire live bizaba byiza cyane, Maze Imyaka Irenga 30 muba Adventist ariko sindunva bavugako Ellen while Ari umuhanuzi wabo,Aho urikubeshya audience yawe!

  • @user-dg8xz9vx8c
    @user-dg8xz9vx8c5 ай бұрын

    Urakoze pastor Musisi. Biragaragara ko nawe ukorera mu mwuka wuwashinze idini rya The holly Living church. Muri make nawe ukurura wishyira Kandi iyo niyo mikorere yidini ryose. Nakwemera nibura uwavuga ati jyewe iryanjye muryihorere akarekana akabayobora muryo adasengeramo. Ahoho ya atikunda ngo akurure yishyira. Kubwibyo rero amadini yose akorera mu mwuka wo gukurura yishyira.

  • @user-oz4ff6jc5g
    @user-oz4ff6jc5g6 ай бұрын

    Mushake umwami yesu wenyine elen wayite yayobeje abadiventiste cyane abigisha amategeko ya bayuda amasabato nimigenzo ya bayuda kutarya ibiribwa bimwe musome 1timoteyo 4:1-5 paul yamuvuzeho ngo mugihe cyanyuma hazaza abigisha babanyabinyoma bafite inkomvu zubushe ni byaha byishi babuza kurorongorana baziririza ibyo kurya Imana yaremwe elen wayite arimurabo abadiventiste aho kwizera umwami yesu biringira uwo buyobe eleni wayite

  • @biganzamoise8816
    @biganzamoise88166 ай бұрын

    Ikindi ubeshya abantu n’ uko lmana nta gihe itigeze igira itorero rigaragara mu isi, ltorero rya Abisirayeli 2 1 lntumwa 12 ryagereranijwe na Efeso, kugeza kuri lawodokiya rya 7. Nkibaza nti wowe iryawe n’ irihe? Urikimanuka se? Ariko Yesu yabwiye umusamariyakazi ati dore mwebwe musenga icyo mudazi, twebwe dusenga lmana tuzi kuko agakiza kava mu Bayuda. Yohana 4:22, kandi umusamariya nawe yavuga ko asenga lmana ya sekuruza Aburahamu, uremenye rero utazarwanya ukuri kw’ Abayuda, uwiziba amatwi ngo atumva amategeko gusenga kwe na ko ni ikizira.

  • @UwinezaFeblonie-uc1po
    @UwinezaFeblonie-uc1po6 ай бұрын

    Kuruka ibyowariye biragoye Imana ibihishurire

  • @entv2504
    @entv25045 ай бұрын

    Aba dive ni amadayimoni ajyenda❤❤❤

  • @user-iu9cj3kg4s
    @user-iu9cj3kg4s6 ай бұрын

    Pastor Imana ibakomezr kdi mudusabire Uwiteka adukangure rwose duhumuke

  • @HamdunG1000
    @HamdunG1000Ай бұрын

    Muzehe wacu urakoze 😊

  • @biganzamoise8816
    @biganzamoise88166 ай бұрын

    Ubundi ntabwo wibasira umuntu? Kuko nawe ubu urigisha iki? Ibitabo wandika uzabisoma akaba yakifashisha bibaye bihuza na Bibiliya hari icyaha cyaba kirimo? Pasteur zana ibinyoma yavuze arwanya lbyanditswe Byera ni cyo cyaba kiza kuruta uko warwanya ikintu utazi utasomye

  • @user-oz4ff6jc5g
    @user-oz4ff6jc5g6 ай бұрын

    Mumenye ko nintumwa za yesu abayuda baziryanyije cyane zaziza ngo ntizikurikiza inyigisho za mose amategeko nimigezo ahubwo bigishaga kwizera umwami yesu ubwo rero intumwa nazo zarenganaga zizira isabato nibindi byimihango iyo wizeye umwami yesu akakubatiza umwuka wera biba bihagije

  • @ganzanasli
    @ganzanasliКүн бұрын

    Eheee murabayobep Itorero ryabadiventisite ni Imana yarishyizeho rero muribeshyap Imana ntago iyoba 😂😂😂

  • @josephnshimiyimana5776
    @josephnshimiyimana57765 ай бұрын

    Nta kintu kizima ubwira abantu urata igihe cyawe ugimfusha ubusa. Ca bugufi wisuzume urebe niba utari kwigisha abantu kugomera Imana. Ntacyo uri kudufasha

  • @user-rv8do4it7k
    @user-rv8do4it7k6 ай бұрын

    Harahantu wasomyeko daholy living church yanditse muri bibiriya

  • @severindusabumuremyi7135
    @severindusabumuremyi71356 ай бұрын

    Abadive iyo uvuze Ellen G white baguta mu ruzi nyamara bo birirwa bavuga abandi nabyo ni ubugwari

  • @ufiteyezupatrick7699
    @ufiteyezupatrick76993 ай бұрын

    Niba ufite yes muri wowe akaba arrive ukugenga, vuga ibyo yagukoreye nuko yagukijije icyaha nibyaha BIBE ubuhamya be gukiza imitima. Naho Ellen with Nana badive sicyo yesu yagutuma kubwiri. Niba ataribyo banza usibiri kwirembo rirasukirwaho

  • @severindusabumuremyi7135
    @severindusabumuremyi71356 ай бұрын

    Abadive se nibo avuga bonyine? Jya ukurikira Kristo ntugakurikire ikidive ntakiza cyabyo

  • @user-oz4ff6jc5g
    @user-oz4ff6jc5g6 ай бұрын

    Nonese haraho bibikiya ivuga ngo icyumweru kizahangana ni sabato ubyo nubuyobe bukabije cyane

  • @user-kn1uh5mb3q
    @user-kn1uh5mb3q6 ай бұрын

    Umuhanuzi wibinyoma nugoreka ibyanditswe

  • @user-vz2xx4xd1c
    @user-vz2xx4xd1c6 ай бұрын

    Uwarishinze ninde se ra😅😅😅 urinjiji gusa icecekere

  • @user-dg8xz9vx8c
    @user-dg8xz9vx8c5 ай бұрын

    Musisi ati "mu isezerano rishya tuyoborwa n'Umwuka wera naho Mu isezerano rya kera bayoborwaga n'amategeko". Mbega ikinyoma cya Pastor Musisi! Nonese Imana yabayeho mu isezerano rishya Gusa? Cyangwa no mu isezerano rya kera yari Ihari? ushobora kuba utumvise neza ibyo nkubwiye ariko ninkaho nakubwiye yuko Mwuka wera wayoboraga intumwa Pawulo nizindi ntumwa mu isezerano rishya ni nawe wayoboraga umuhanuzi Eliya nabandi bo mu isezerano rya kera. Nakumvise Kandi ndi numudiventiste w'umunsi wa karindwi. Kandi mbona buri dini rukurura ryishyira. Utabikora nabihamye turebe. Nawe ubwawe uri gukorera mu mwuka w'idini yawe. Ndashima Yesu Kristo kubw'ijambo rye yashyize mu isi rirampagije kungira uwumudendezo.

  • @RodrigueDusenge-vh5cb
    @RodrigueDusenge-vh5cb5 ай бұрын

    Ibyo uvuga nibinyoma ndabona utazi amateka ya adventiste Ellen white siwe fondateur mbere yokunenga ibintu cg umuntu ugomba kwiga amatekaye.ibyo uvuga ntaho bihuye namateka ya adventiste

  • @user-rv8do4it7k
    @user-rv8do4it7k6 ай бұрын

    Nonese Musisi ugirango ibyo Yohana yigishije abayuda barambyemeye nonese Niba abadive bubatse kuri Elina harumoni Wowe itorero ryawe ryakomotsehe

  • @user-kn1uh5mb3q
    @user-kn1uh5mb3q6 ай бұрын

    Ubuse ko wavuze ngo abadive bigisha batera abantu babatera ubwoba niki baigisha kitagaragara ubwicanyi bukorwa urabubona kyangwa ntabwo ubona intambara zirahari inzara irahari kwikunda gusambana amadini yuburimba

  • @user-kn1uh5mb3q
    @user-kn1uh5mb3q6 ай бұрын

    Wamugabowe vugango ibinyoma bisakare hose kuko wananiwe kubwira abantu ibyanditswe urikoroza ubesha iyodini wakabaye uyivaho sabato yaratunaniye abenshyi nabadive benshyi yarabananiye soma bibiriya yose

  • @SamirAl-afasy-vq2uw
    @SamirAl-afasy-vq2uw6 ай бұрын

    Urigipfu

  • @twagirimanajeanclaude254
    @twagirimanajeanclaude2546 ай бұрын

    Ariko wowe uriki? Abo wita abahanuzi wabibwiwe Niki kwaribo? Ubwo buhanuzi utubwira ko arubwukuri wabukuyehe? Amadiniyo yarayobye yose nibyo pee, ark c woe ubigisha ibyanditse Byers cyangwa namateka, nzagushima cyane nubabwira amategeko Yi Imana no kuyakurikiza, nawe Kandi ukayakurikiza, kuko uwishe rimwe abayishe yose Kandi Yesu ntanarimwe yakuyeho.murakoze

  • @RutarindwaAnselme-wq5hw

    @RutarindwaAnselme-wq5hw

    6 ай бұрын

    Bantu b'Imana Ese mwaba mwaramenye Imana rurema ? mwayimenyeshejwe nande? Ese ni amategeko si kristo Yesu wayitumenyesheje .nonese amategeko ,ubuhanuzi byoze ntisohoreye kuri kristo kuki muhanze amaso amategeko sore byose bisorera muriri ngo (URUKUNDO) Ese dukunda Imana ,Ese ukunda mugenzi wawe nkuko w'ikunda mwakire itegeko ry'Umwuka apana imihango mwasigiwe ho akarande mumenye Imana y'Ukuru ko ari Kristo yesu

  • @twagirimanajeanclaude254

    @twagirimanajeanclaude254

    6 ай бұрын

    Ibyo ndabyemeye cyane, uwamenye Kristi Yesu umubwirwa Niki?? Umuhanuzi wukuri umubwirwa Niki ?? Amategeko nu mushorera ukugeza kuri Yesu Kristo, uwamymenye ntagengwa n amategeko, ayoborwa na mwuka, ibyo dukora nibyo tuvuga nimbuto ziduhamirizako tumuzi.

  • @louisharera905
    @louisharera9056 ай бұрын

    Yaga uvuga ukuri kwuzuye

  • @NdahayoFurigence
    @NdahayoFurigence4 ай бұрын

    yesu. akubararire ariko umuntutuka umwukawimana ntazababarirwa 😂

  • @biganzamoise8816
    @biganzamoise88166 ай бұрын

    Efeso ntabwo ryari itorero rya Kristo? Nonese Yuda yavuyehe? Irya Abayuda se ntibavugaga ko bamwemera ariko se sibo bamugambaniye none se Banidodemu ntibamwemeye, Irya Mose se byagenze gute kuri mushikiwe Miliamu bavuga ko nabo lmana yabavugisha kuko ivugisha Mose. Imana se izihishurira abantu wowe wari yayibonaho cyangwa ni byo wize kandi wigishijwe na nde? Ni lmana?

  • @user-kn1uh5mb3q
    @user-kn1uh5mb3q6 ай бұрын

    Abashumba gufasha amareta imitwe ya. Gisirikare aho niho bigeze hano ahomba abshumba gufatisha abahutu kubica kubaherza kagame abarokore aho niho mugeze

  • @user-rv8do4it7k
    @user-rv8do4it7k6 ай бұрын

    Umfashe umpe iho itorero ryaweryaturutse

  • @kezabooomutinta3177
    @kezabooomutinta31776 ай бұрын

    Ubu wabuze ibindi wavuga udasebanyije?? Ubu ntusinzira kubera abadive ? So fun

  • @AnnikaNiyoyita

    @AnnikaNiyoyita

    6 ай бұрын

    Amatiku niyo gusa ...kujogora abandi... Mutuye indirimbo ya Mani Martin (Idini y'urukundo Amahoro n'urukindo biturange

  • @alphonserutembesa1956
    @alphonserutembesa19566 ай бұрын

    Mwanga umujakazi w'imana kuko asenya imyizerere yanyu y'ibinyoma nko: Nkwishyiriraho isabato y'ikinyoma (Sunday) itazwi muri Biblia, Gusenga mwicaye cyangwa muhagaze kandi intumwa n'abahanuzi na Yesu ubwe ntawigeze asenga ahagaze cyangwa yicaye, kwivanga na Leta z'isi kandibibuzanijwe muri Bibila. Ibyo byose n'ibindi byinshi nibyo mukora ari nayo mpamvu mwanga EGW kuko asenya iyo myizerere yose ihabanye n'ukuri kwa Biblia. None wasenya imyizerere y'abandi kandi nawe iyawe irimo gucirwa urubanza na Biblia ???

  • @intekerezo2023
    @intekerezo20236 ай бұрын

    Abigishamategeko baraguhitana pe!

  • @shumbushojobs1796

    @shumbushojobs1796

    6 ай бұрын

    Hhhhhh, harya ubwo namatego yahe? Ese mubyukuri amatego yavuyeho? Mu kuva 20 cg iyimuka misiri hari amategeko 10 kdi yikimenywa bose nkurugero ngo ntugasambande,ntukice,wubahe so na nyoko, ntukagire izindi mana mumaso yawe w'ibuke kweza umunsi w'isabato n'andi mategeko..... ariko nkakubazango ubu murikigihe waba wemerewe gusambana no kwiba? none se muri matayo 5:17 havuga ngw'iki? None se paul abenshi bakunda kuvuga bagoreka ibyo yavuze kdi bakizanira kurimbuka yavuze ngw'iki kumategeko gusa icyo nakwibutsa nuko yavuzeko tudakwiriye guhinduza ubusa amategeko ubunduntu ngo ahubwo turayakomeza gusa kuko umwanzi yanga amategeko y'Imana iyo havuzwemo isabato intambara ziravuka niho honyinye hari ikibazo ariko mpamya neza ko nawe ubizi ko gusambana ari icyaha kdi no gusenga ibirwamana nabyo aruko kdi ntahandi wabikura ko ari icyaha buretse mumategeko. Ikindi nakubwira nuko amategeko ubwayo adakuraho icyaha ahubwo arakikumenyesha.

  • @user-ge6fc1xr9b

    @user-ge6fc1xr9b

    3 ай бұрын

    Yesu yavuzeko umukunda yitondera amategeko yee

  • @intekerezo2023

    @intekerezo2023

    3 ай бұрын

    @@user-ge6fc1xr9b, Hhhh...

  • @AnnikaNiyoyita
    @AnnikaNiyoyita6 ай бұрын

    Icyo nkundira abarokore, nukwirirwa muca imanza... Kuki mukora akazi k'uwaturemye??? Body language yawe inatwereka ukuri kwawe... Kuki utangiza ikiganiro, NGO bafyonde ku nzogera, etc... Mwigishe kubana amahoro, aho kwicamo ibice

  • @byabenejean5497
    @byabenejean54976 ай бұрын

    Nuko aha bamwe kuba intumwa ze, n'abandi kuba ABAHANUZI, n'abandi kuba ababwirizabutumwa bwiza, n'abandi kuba abungeri n'ABIGISHA , (Abefeso 4:11). Kwigisha niba byiswe guhanura, guhanura byo biritwa iki? Nidutangira kwitiranya ubukozi 5, biratubyarira kuyoberwa inzira Imana inyuzamo Ijambo ryayo ngo rigere ku baryumva. Niba Ibyanditswe bitandukanya ABIGISHA n' ABAHANUZI, kuki twe dushaka kubihuza? Kuba umukozi w' Imana ashobora kubiba byombi, ntibivuze ko bikwiye kwitiranwa.

  • @relaxreal4674
    @relaxreal46746 ай бұрын

    Ikosa Ellen G white yakoze nukwiyita umuhanuzi uva direct kumana kandi azi neza ko avuga ibyo yitekerereje atabibwiwe n'Imana

  • @kabera2
    @kabera26 ай бұрын

    Kombona abadiive baguhagurukiye?

  • @user-ge6fc1xr9b

    @user-ge6fc1xr9b

    3 ай бұрын

    Ayo mategoseyo mwarayamenye muzi mwamenya ubuyobe murimo muzabanze mumenye ayomategeko ibindi muzabyisobanurira Uwite ahagarare kube

  • @alphonserutembesa1956
    @alphonserutembesa19566 ай бұрын

    Iyaba abahanuzi bose b'ibinyoma bigishaga nka EGW isi yahinduka paradizo.

  • @ndacyayisengavital8607

    @ndacyayisengavital8607

    6 ай бұрын

    Uwakubwira ibyo Ellen white yakoze bibi munyigisho ze.

  • @alphonserutembesa1956

    @alphonserutembesa1956

    6 ай бұрын

    @@ndacyayisengavital8607 Ni ibihe, bivuge werekane n' inyandiko???

  • @TuyizereWellars
    @TuyizereWellars6 ай бұрын

    Harikintu nabonye muri ino isi satani numuhanga uyu mugabo haribyo avuga byukuli ibindi nibinyoma umunyabwenge niwe uzabimenya! Yanga Elen G w kandi ntazi nibyo yanditse! Ukuli avuga nuko ubungubu amadini yose yarayobye nkuko abivuga ariko elen G w yari yabihanuye kobazayoboka igishushanyo kinyamanswa! Gusa uyumugabo nawe natihana azarimbuka! Amateka ya adive ntayo azi!

  • @louisharera905

    @louisharera905

    6 ай бұрын

    Ivyo EGW yavuze naho vyoshika vyose ntibisigura 100% ko yatumwe na mwuka w'Imana. Kuko n'a satani ntiyonanirwa no kuvuga imigambi yiwe.

  • @irishura5
    @irishura56 ай бұрын

    Stop your lies. Imana ntikunda abahinyura abandi. Igisha Bibliya, ibisigaye ubirekere Imana ni yo yonyene ica imanza. Jewe ugitangura numva umengo wigisha ukuri. None nasanze atakuri wigisha. Iyo wishize hejuru ukavuga ko ari wewe gusa uvuga ukuri, uba wahejeje kwitsinda wewe nyene.

Келесі