BIRANGIYE ASEZEYE MU IDINI Y'abadive/MBEGA IBYO BAMUKOREYE/Ashyize hanze ubuyobe bwa Ellen ge white
#WHATSAPP_0788266238
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #250726888535 #0788733808
Kora Subscribe hano / @ayalonitv2992
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe.
Turabakunda.
Пікірлер: 161
namwe muzamenya UKURI, kandi niko kuzababatura, Imana iguhe umugisha kubwo kuhirimbanira gukomeza kumenya UKURI rwose, kandi ndizera nabagifite igitwikirizo kumaso bazavirwa n UMUCYO umunsi umwe, be blessed
Nimureke ukuri kuvugwe abazemera kubwumva bazakira. Badive benedata mureke twegufunga umutwe ahubwo dukanure satani wayobeje Elina white twe tumucike twizere yesu christo. Ushaka kumenya uwoyarariwe azarebe imvaye ayigereranye niyabacardinale babagatutika azamenya ukuri. Tuve muri fanatisme turebe imbere ukuri kuraryana ariko kurakiza
Iyo IKIVUNGE cyose gihumye, Yesu yisangira umuntu ku giti cye: " Dore mpagaze ku rugi ndakomanga, UMUNTU niyumva ijwi ryanjye agakingura, nzinjira iwe dusangire." ( Ibyah.3:20)
@asiimwelillian286
Жыл бұрын
Umwukawera twarawuhawe abemera twese
@asiimwelillian286
Жыл бұрын
Abizeye yesu kristu twese twigererayo
Nibyiza kubona Ko wayobye ugahita uhindukira
Muzehe Nepomuscene Mvunabandi ashyize ukuri kose hanze abumva nibumve basoke murujijo bahe welcome Umwuka Wera w, Uwiteka Imana abayobore kuko Kristo Yesu aje gutwara itorero vuba bidatinze.
@tunyuremukuriofficial9393
Жыл бұрын
Amen
@andreemuhayimana5030
Жыл бұрын
Ufite byinshi utarasobanukirwa
Iyo mwibasiye aba adventistes mba numva nabakubita,murakabya rwose kuko umuntu aba yumva muryohewe cyane iyo mubonye ingingo ibavuguruza(muri iki kiganiro ndetse n'ibindi mwakoze).Mwigishe ubutumwa bwiza bwa Yesu ark mureke gutunga intoki abandi .
@RekerahoJeanBaptiste
2 ай бұрын
Wabakubita!? Niwo mwula w'abanyamategeko. Abayuda ntubazi?
Byahanuwe numuhanuzi Yoweri 3 /1_2 avugango mubihe byanyuma Uwiteka azasuka umwuka wera kubamwizera bose
@andreemuhayimana5030
Жыл бұрын
Ntuzavuge ko wizera Yesu utagenda nkuko yagendaga
Jean luc Yesu abahzagire cane kutuzanira uwumukozi wa Ndiho yahubuts muga Yesu uratanganj humura abandi bayovye abasenga ba mariya nibindi vyubuyobe batahure Kristo Uwariwe
NGO ndasezeye!!!ubuse ko usoma igitabo canditse na matayo ,na luka na ba Daniel ,wizera abo karibo kristo,canke wizera kristo wanyawe,gusoma ivyanditswe numuntu sukuvugako umwizera ,ushima abantu dufise ubwenge buke harinivyo biri muri bibiriya bahakana kandi ubimwereka ko vyanditswe
Uyumusaza umwuka wera yaramugendereye
Imana iguhe umugisha ni byo Muzame ya ukuri niko kuzababatura twabe nshywe kenshi Nyamara Imana ni yo ubwayo izigisha abantu bayo Ntabwo ari dini rizigisha abantu Bubatse iyobokamana yabo Ariko n'Imana yubatse Ukuri kuzuye ku binjyanye na gakiza ka Muntu.
ukokuri.ndakwemeye100%100 IMNA iguhe umugishape!
Ok. Mwatumiye uyu muntu uvugako abadventi bayobye. Munyamakuru nagusabaga gutumira abayobozi b'adventi kugirango twumve icyobabivugaho
@Kktvrwanda2025
Жыл бұрын
Uwo asanze agiye kumwakirana yombi 👉kzread.info/dash/bejne/c5-kqdaShq6Zcrg.html
Yewe nanjye nari umudive ukomeye cyane ncirabantuho iteka ntibyoroshye pe. Umwuka Wera niwe wampishuriye ukuri ntamuntu wari kunshobora.
Imana igusobanurire Aho ukwiye kwerekera
Yari yaratsinze cyane.
Murakoze
Pasteur Ezra Mpyisi muzamusure kuko nawe avuga ko yibeshye akanabeshya abakiristu ataremenya ukuri
@UwimanaViviane-yg4jw
Жыл бұрын
Vayo va mubuyobe n'Imana ikurengeye pe abantu bakwiriye guhumuka
Yesu aguhe umugisha cyane ukuri
Kubasezera sibyo wari kubabwiriza batanyurwa nabyo akaba aribo bagusezerera ibi uvugira aha ukabivugira mu rusengero. Ikibazo kivuka ni ukudakorera ivugurura mu itorero. Imana igushyigikire
@isaiedushimimana6628
Жыл бұрын
Biragoranye kuko byasaba kujugunya ibitabo bya Ellen G White kandi ni byo idini ry' aba Adventiste rishingiyeho. Bivuze ko byaba ari ugushwanyaguza imyemerere yabo. Kandi icyo utazi ni uko mu idini bari kumwirukana nk'uzanye ubuyobe.
Urakoze kyane
Uwiteka Mana ishobora byose dusengeye Bene Data babadive bagifite ubuyobe ariko bafitemo umutima wokugushaka nokugusobanukirwa ubiyereke ubasobanurire, kdi mwuka w'Imana akomeze agendagenda mumitima ababohore , abageze munzira ya christo wenyine
Uradutegurira kbs Imana iguhe umugisha ni ukuri
@emmanueltwizeyimana4025
Жыл бұрын
Thanks a lot
kubwange.nshimye IMANA kubwibyo bimenyekanye nange nahozeyo
Ndasubiza uwitwa Seti Nsenga: Abantu batagushaka ntabwo baguha umwanya wo kubabwira ibyo badashaka. Ahubwo Dushime IMANA Yaremye abanyabwenge bakatubonera umuyoboro wo kwamamaza ubutumwa busanga umuntu aho ari hose kw'isi.
@tunyuremukuriofficial9393
Жыл бұрын
Cyane rwose!!!! Uwiteka akwiriye ishimwe!!! Kdi nawe Uwiteka akomeze aguhe guca bugufi arusheho kuguhishurira byinshi kuko inyota irenda kutwica
Twamusaba kuza aduha ayomasomo ayakuye mubitabo by'umwimerere ndavuga mucongereza kuko haraho usanga basemuye igitabo nabi
Komerezaho musaza uwiteka agushyigikire
Shimiye Imana ko wamenye Ukuri waruteyubwoba kwidini
Imana iguhe umugisha muntu w'Mana
Ntabwo nari nziko abadive biyitirira lawodokiya
Komera
Iyi ntambara murabona muzayitsinda ra? Itorero ry'lmana ryubatse kurutare ntiriteze guhungabana. Ntibigitinze ko abantu bazabonako bibeshye.
@Kubwimana321
Жыл бұрын
Namwe se muravuga nka kiliziya ngo ryubatse kuri petero, hhhhh ubwo gushyira inyubako hejuru y'igituro cy'umuntu bishe urw'agashinyaguro ni ko kumwubakiraho itorero Yesu yavugaga? Gusa sinarinzi ko abadive ari bamwe na kiliziya gatulika ndi kujyenda mbibona ubu.
@byiringirobosco
Жыл бұрын
@@Kubwimana321 urutare tuvuga ni Yesu. Umva nshuti yanjye sikera ni vuba cyane abantu bakabonako bibeshye.
@uwamaliyaphilomene4251
Жыл бұрын
Ntabwo Yesu yabwiye Petro kwamwubatseho itorero nkawe winyama namaraso ahubwo yamubwiragako kuguhishurirwa yaragiye bwo kumenyako ariwe christo w'Imana.
@byiringirobosco
Жыл бұрын
@@Kubwimana321 Nonese haraho navuze petero nshuti yanjye ?
Amadini agiye kuzasaza benshi koko.
Muze impamvu wahishuriwe ukuri kuzuye ni uko ariko washakaga umwuka wera waguhishuriye dusabire n,abandi bahis🎉hurirwe ukuri
Usengerahe
Mumbarize niba icyo gitabo barigeze bagifata nkaho aricyo kwizerwa cg nkaho aribwo butumwa
Yesu christo amaze kuzuka yabujije wamugore yiyeretse kumukoraho kuko atarajya kwa se , nyuma agarutse yemerera toma kumukoraho ,byumvikaneko yari yavuye kwase atajyanye amaraso yibitambo ahubwo atwaye aye bwite kdi nayo yagombaga kuyahumanuza mwijuru kuko kuva satani yagoma ntabwo harihakezwa , Hari hategereje ibitambo cya christo ubwe ngwahumanure byuzuye ijuru nisi
Yooo garuka rwose!
Ngobaza bagambanyi babagenzibabo ngobaza rinkoramutimazasatani igihecyirageze pe imana iducyize umujinya wasatani
@habinezaisaie3023
Жыл бұрын
Ntuzi no gutandukanya Imana n Imana none uragaya Vunabandi ,iyaba nawe wamenyaga ukuri nawe wamukurikiza
h🤣🤣🤣🤣🤣 idini ntaho ryakugeza muze, kwemerera yesu nkumwami numukiza nibyo bizatugeza mwijuru
Yewe yarasomye cane kandi kumenya ukuri nivyiza ariko inyigisho twahawe itwigisha neza ni Bible ibisigaye ninfasha nyigisho kandi Yesu niwe nzira nagakiza nubugingo uwumwizeye nahoyoba yarapfuye azobaho
Njyewe ndacyarushaho gusobanukirwa impamvu munzozi nabujijwe gusoma ibyo bitabo by,umwuka w,ubuhanuzi ngo ntazayobywa.
Byarahanuwe ko tutagomba kuzatungurwa nabari bakomeye mwitorero .bakagwa bagera hanze bagasebya ijambo rylmana
Ibyo uvuga by'abamarayika ba 3 wabitubwira unadusomera aho ubikura cg n'imyumvire yawe?
Ntimugasebanye kk ntanumwe ufite ukuri abantu bayoboka amadini kunyungu runaka bashaka Ellen whati ntabwo ariwe abadive bizera yababwiye uburyo bagomba kwitwara knd yavuzeko bagomba kwizera ibyanditswe byera gusa kk Uwiteka aribwo azabasukira imvura Yi itumba niyumuhindo
- uwo mugabo mbona yarinjiye mu itorero ry’abadventiste ntamuhamagaro abonye niyo mpamvu yamaze imyaka irenga 40 aririmo, ryo rita murimo! Ariko ukuri yumvise ntiguteze kuzamuvamo! - mu ntumwa za Yesu 12 harimo 1 itaratowe air iyo [ Yuda Iskariyota], ariyo mpamvu mu minsi yose yabanye nawe ( Yesu) nyiyigeze amunenya, kandi mwibukeko yakoraga ibitangaza nk’izindi ntumwa, birangira anamugambaniye nkuko uwo namwe yajyanywe mwitorero no kurineka. - muvandimwe mbabajwe n’abo wabeshye mugihe cy’imyaka 40 yose, akandi ukaba ukataje ujya kubeshya n’abandi! - ariko usenge Imana nta buryarya irakugirira imbabazi kandi ikwereke inzira iboneye ujya mu Ijuru!
@kabandaapeacee7933
Жыл бұрын
Nihe wasomye ko yuda yakoze ibitanganza nkizindi numwa koko?
@pastorsamwel
Жыл бұрын
Nukuri nabandi bazza lmana ishimwe ko irikumva amasengesho twasenge abafarizayo bita abadive ngobarategereje kndi bagana mwirimbukiro bate.mera mwukawera.?
@viateur4781
Жыл бұрын
Nkaho uvuziki? Imyaka myishi yubutamenya yarayibabariwe
@eugenerudatsikira2810
Жыл бұрын
@@pastorsamwel Ninde wakubwiye ko abadive batemera mwuka wera? ! Ese ko mwirengagije amategeko kndi amategeko ari ay'umwuka?! Abaroma 7:14 Bible itubwira gusenga mukuri no mumwuka usize 1 ntaho uba ujya Urukundo muvuga komukunda yesu mutamwumvira ni uruhe? John 14 : 21 ufite amategeko yanjye akayitondera niwe unkunda kndi unkunda azakundwa na data nanjye nzamukunda mwiyereke Iyerekwe ritagira amategeko riva hé? Matayo 5: 17,1,yohani 5:2 ,luka 16: 17, ibyahishuw 14:12.... Muvandimwe cabugufi uwiteka akwigishe
@jeenali3991
Жыл бұрын
Turahari abadventist turiguhumuka kbs komerezaho
Uwomusaza I'mana imushyigikire kbs
Ibyamayerekwa ya Ellen g white azasome neza ntabwo yigeze avuga ngo Abe aribyo biga ntiyigeze avuga ko arubutumwa bwiza niyige ubutumwa areke kuvuga Ku bandi
@uwamaliyaphilomene4251
Жыл бұрын
Nonese harumwigisha ushobora kujya kuruhimbi ntasome igitabo mubya Elina white
Njye ndumva inyigisho zose zimaze kuncanga pe buriwese kuri TV avuga ibye none dufate ibihe koko?
Idini ntiryakujyana mu ijuru ahubwo mureke amaso tuyahange Yesu Kristo wabambwe!! Amadini ni ibanga ry,abazungu bashyizeho kugiirango badutanye(Divide and Rule) Mwende data Nepo ndagirango urebe neza icyo GITABO Ntabwo ari icya Ellen Gould White Reba umwanditse wacyo urasanga atari we
Mwitonde uyumugabo yarameze nkasauri mumwete mubwo akora gusa mama madamuwe yarumwigiswa wayesu mwibanga numushisti winjyiye iwe yagombaga kubanza kumenya itegeko ryisabato ndakuzi pee ahubwo birakomeye pee yesu agiye kuza koko
uwongera azongererwa ibyago byanditswe muri cyo kandi nukuraho azakurwa kumugabane wabazarya kuri cyagiti cyubugingo. bibiriyagusa niyoyo kwizerwa nukurikiza ibrimo uzakizwa musabe mwuka wera kubayobora mukurikose .
Nonese ibyo ellene g white yanditse byose .kowabisomye ubwo tuvugeko biphuye
Manaweeee Imana Irakora nta numudive mwisi Uteyubwoba nababana Yabakubitiraga kubahiriza Isabato fasha mume nomeroze uwo yarandeze
Uratubeshya umunsi woguca urubanza wari umunsi wokweza ubuturo bwera ishyanga rikaba ribabariwe
Yemwe bandanya mubabwire ariko sunziko bomvyumva kuko umwuka wa Elen G.white waramaze kubahuma amaso hunga ntidupfe!
Nonese muzehe koko,ubu uhungiye kurihe torero ridafise ubuyobe.Njye mbona guhindura idini ntakibazo ubonye ko haribyo utumvikana naryo, ariko kugenda musebya,musebanya subupfura,sibyiza na gato, sukuyoborwa numwuka wera…
Nomero ntizuzuye mwongere muziduhe
WAMESHE KAMWE KUKO NTIWAKEZA ABAMI BABIRI AHUBWO ITORERO RIZAKUJYANE MU NKUKO USOBANURE UBURYO RIRI MUBUYOBE UBUNDI C URIJYAMO MBERE Y,UKO UJYA KWIYAMAMAZA HARI UBUTUMIRE ITORERO RYIGEZE RIGUHA?USHAJE NABI.
Badive muraburiwe namwe nimugenzure murebe yuko ibyo mwakurikiye niba koko ibyo babavugaho niba aribyo, ntabwo twese twaremewe ijuru.
Uwo musaza ariko mumwitondere Aravuga ukuri Burya amategeko Ntaho yoshikana umuntu
@ndacyayisengavital8607
Жыл бұрын
Abagaratiya 3:12 Nyamara amategeko ntagira icyo ahuriraho no kwizera,ariko uyakomeza azabeshwaho na yo.
Uyu musaza azige neza ibijyanye nubuturo bwera aracyari hasi cyane mu kumenya ukuri
@andreemuhayimana5030
Жыл бұрын
Arino umuntu.ukoresha ibi biganiro nta kindi kintu ugamije koko?
Nonese niba niba umuntu akoze ibinyuranyije nijambo rylmana kandi akomeye mwitorero.bivuzeko ugomba guhita uva mwitorero? Iyo bigenze uko biba bivuzeko kwizera kwawe gushingiye kubantu kudashingiye kumana
Hahaha ! Ahubwo uwo muntu ubwo Ari mu bontu Azi neza !!!
Uziko urukunyi gisha kutandizimyenda mbonyeko ayariyi twmbara abibwo arimitima yabo wamugabowe yesu ubwe yavuzengo taba ndazavuba ! Non urikuvugango Nanubuntaraza
Bibiriya ivugako muminsi yimperuka hazabaho ubuhakanyi mwitorero none nawe birangiye uhakanye inyigisho zaho wigendeye gusako rata ntawakurenganya nonese kubuhanuzi butazasohozwa nibiti namabuye byagenda gute gusako uzahirwe
Mubyumwuka uri lmpumyi ihane wamugabo we usabe mwuka muziranenge utazacirwaho iteka
Aho urigerejeko,lrishengero ntaryo uzi ababigeragejebosevyarabatayekuwamazi.Garukirahobigishoboka
Kumarimyaka myishi mubadive ntibisigurako arikwokugira ubwenge nasatani yamaze Imyaka myishi mwijuru ubuse arih
Ntawihuta nkuwayobye.Ariko wowe Jean Luc na bagenzi bawe muzabona ishyano peee .Buriya mufashe umwanya wo kwinenya no kwisobanukirwa,byaba byiza kuruta kwirirwa mutokora igitotsi kuri ku bandi,mwirengagije umugogo uri mu jisho ryanyu.Ukuri mushaka kumenyesha abantu ni ukuhe muvuga?Mujye mu ijambo ry'Imana,Nyirijambo azabayoboza Mwuka we wera abahe gusobanukirwa neza mwo gacwamwe.Iki ni ivihe cyo kwihana no guhinduka gusa,si igihe cyo guta igihe .Imana ibahumure amaso ibavane muri uko kwirirwa murindagirira hirya no hino mubidafite icyo bibungura.
Uyu mupapa Yaba Ari Nepo musene Ikabarondo??
Murumva izo.ngero.muri gutanga koko
Azayobya n intore niba bishoboka. Gusa musenge kd mukomere
Azayobya nintore niba bishoboka.
Uwo musaza harigitabo we yaba yaranditse niyivuge
Uyumugore Ellen g yarumuhanuzi wibinyoma
Uyu mugabo agiye murihe dini
Wakoraga iki mwidi mweneda
Yebabawe urumwaka usubiremubyanditswe urigutana ubwo urwanya umwukawubuhanuzi ntamucyo ufite
Uwo mugabo yinjiye muba Dive ari ineko imyaka 40 yayimaze akora mwikikuki atavuyemo cyera? Yarariye arahaze murebe Amasomo 87 avuga ko Isabato arumunsi wa Karindwi Itangiriro2:1-3 Nehemiya9:14 Nehemiya13:15-22 ,Luka 6:6-9 ,Kuva12:16-31,Luka 13:10 Kuva16:22-28,Yesaya56:2-4,Luka13:14-16 kuva16:28-30
@alineurusaro8296
Жыл бұрын
Erega nibyo ni umunsi wa karindwi ahubwo uburyo muyizera kuruta uko mwizera Imana nicyo gitangaje ,njyewe nnjya nkurikirana inyigisho zabadive natangaye ubwo numvaga umwe mubigisha avuga ngo yizera ibitabo bya Ellen g. White nkuko yizera bibiliya numva ndatangaye cyane kuko bibiliya ubwayo irihagije umwuka wera nkumufasha niwe udufasha kuyisobanukirwa ibindi biba ari imfashanyigisho
@lilianeishimwe9630
Жыл бұрын
Ikigaragara ni uko iyi chanel ifite ibindi ihishe. Maze iminsi ngerageza gukurikira messages zinyuraho ariko nasanze bitazoroha .
amadini cg amatorero ntamuntu numwe azakiza pe umukiranutsi azabeshwaho nokwizerakwe.
Uyumugabo anafite ijwi ryiza ryabavugabutumwa
Uyu musaza ntabwo arasobanukirwa nama yerekwa ari kuyafata mu uburyo bwumubiri nubwo nanjye ntemeranya nibitabo byose bbya Elen g white ariko uyu musaza nawe yaravangiwe elen g white we yivugiyeko nitubona mu bitabo bye hari ibidahuye na bible tuzumvire bibiliya kandi mu wi1901 hari umu damu washatse kumuvangira mu bitabo bye yandikamo andi magambo ariho yavuze ati ntabwo ibitabo byose bivugwa ko aribye aribyo yerekanako bamuvangira ikindi Niko uwo musaza atazi ko ibitabo byumwuka wubuhanuzi by a Ellen g white aribi bikurikira;intambara ikomeye,uwifuzwa ibihe byose,abakurambere nabahanuzi,abahanuzi nabami,na kugana yesu
@NSHIMYIYERA09
Жыл бұрын
Uvuze neza rwose ibyo ni byo bitabo bye ariko n'INYANDIKO Z'IBANZE WACYIBAGIWE. Muri ibyo bitabo icyitwa *Intambara ikomeye* igice cya 18. UMUGOROZI W'UMUNYAMERIKA. Uyu ni William Miller wiswe umugorozi w’umunyamerika, wasomye Daniyeli 8:14 ngo agahishurirwa ko iminsi 2300 mu buhanuzi isobanura imyaka 2300 kandi ko izarangira mu 1843 ahereye muri 457BC. Bityo agahera ubwo abwiriza ko ubuturo bwera buzezwa ari isi, ko Yesu Kristo ari bwo azagaruka hagati ya 21/03/1843 na 21/03/1844, Yesu atagarutse iyo tariki irenze barahindura bati habayeho kwibeshya ahubwo azagaruka ku itariki 22/10/1844 kuko ari yo tariki ihura n’umunsi wa cumi w’ukwezi kwa karindwi muri calendrier y’abayahudi ari bwo habagaho umunsi wo kweza ubuturo bwera. Ibi nabyo bitabaye Ellen Gould White ati neretswe *ko ukuboko kw'Imana kwatwikiriye ikosa*. Ngaho tukiri aha twibaze ese koko William Miller ni umugorozi? • Yesu Kristo: Ariko uwo munsi n'icyo gihe nta wubizi, naho baba abamarayika bo mu ijuru cyangwa Umwana, keretse Data wenyine (Matayo24:36). Nuko mube maso kuko mutazi umunsi Umwami wanyu azazaho (Matayo24:42). Nuko namwe mwitegure, kuko igihe mudatekereza ari cyo Umwana w'umuntu azaziramo (Matayo24:44). Nuko mube maso, kuko mutazi umunsi cyangwa igihe (Matayo25:13). • William Miller: Igihe turakizi ni hagati ya 21/03/1843 na 21/03/1844. • Yesu Kristo: Arabasubiza ati “Si ibyanyu kumenya iby'iminsi cyangwa ibihe Data yagennye, ni ubutware bwe wenyine.” (Ibyakozwe n’intumwa 1:7). • William Miller: Umunsi turawuzi ni itariki 22/10/1844. Ese kugeza aha noneho uyu muntu aracyari umugorozi cg yagoretse ibyo Kristo ubwe yivugiye? Nyamara Ellen Gould White ati ni umugorozi, none ngo twemere ko ari umwuka w'Imana wamuyoboraga? Mu gitabo cyitwa “INYANDIKO Z’IBANZE (EARLY WRITINGS)” harimo aya magambo: “Nabonye ko imbonerahamwe yakoreshejwe mu 1843 yari iyobowe n’ukuboko k’Uwiteka, kandi ko idakwiriye guhindurwa. Nabonye ko imibare yagaragaraga kuri yo yari iri nk’uko Imana yabishakaga kandi ko ukuboko kwayo kwari kuyihagarikiye ndetse gutwikira ikosa ryari riri mu mibare imwe kugira ngo he kugira umuntu n’umwe uribona kugeza igihe ukuboko k’Uwiteka kwakuriweho”. 45 {IZ 78.1} UKUBOKO KW'IMANA KWATWIKIRIYE IKOSA? Mbega imanaaaaa
@niyonzizamugasainnocent1509
Жыл бұрын
@@NSHIMYIYERA09 Ngaho nibahakanye uku kuri turebe!! Batinyuka se?
@rebeccasanyu
Жыл бұрын
@@NSHIMYIYERA09 Nonese amakosa yawe yo ntabwo ukuboko kw'Imana kuyatwikira? Kutayatwikiriye yahita iguhana arko iyatwikira irindiriye ko wihana,Imana ishobora kureka ikosa rigakorwa kugira ngo yigishirizemo abantu
@NSHIMYIYERA09
Жыл бұрын
@@rebeccasanyu Ese buriya ibyo bisobanuye kimwe muvandi? None se ko kwatwikiriye ikosa kugeza igihe ritwikuruwe ubusobanuro bukaboneka (according to your prophetess) ubwo ibyo urumva bihuye? Okay may be you are right. Yakobo 1:13 Umuntu niyoshywa gukora ibyaha ye kuvuga ati "Imana ni yo inyoheje", kuko bidashoboka ko Imana yoshywa n'ibibi, cyangwa ngo na yo igire uwo ibyohesha. Ahari wenda mushiki wanjye wambwira niba kubeshyera Imana ko yaguhishuriye itariki Yesu azaziraho atari icyaha.
@niyonzizamugasainnocent1509
Жыл бұрын
@@rebeccasanyu Ibyo William Miller yigishije BYOSE ni ibinyoma ( ITARIKI ni ikinyoma, IBYAGOMBAGA KUBA nabyo ni ikinyoma) - Kuba rero Helen White yaravuze ko itariki (1844) yo ari ukuri, iryo ni ishyano. - Kuvuga ko kuva 1844 umurimo wa Kristo W'UMUHUZA WARANGIYE ni ishyano : ( Ubwo se niba Kristo atakiduhuza n'Imana, ubwo TWAYIGERAHO GUTE kandi twanduye, yo Yera? )
Waziye igihe kweri kandi Imana data watwese izaguha umugisha n 'igihembo nyamukuru aricyo bugingo
Ukuri kuriburanira kandi igihe cyizakugaragaza,naba bagabo muzamenya ngo ninde wabatumye ny iriyi channel aba bagabo azana bose barakorana ngo bakunde bagoreke ukuri kuko ari cyo cyibanze batumwe gukora ngo bazamurwe muntera rero nubwo gusebya umuntu byatuma asuzugurwa ntabwo bishobora kwanduza imico ye.
Yewe n'ukuri n'ubwo ndumunyakabi satani yagarutse ahera gute ?Imana ibaharire nibizere Bibiliya gusa ibyo by'uyo mugore babive inyuma
Imyirondoro yawe ko uvuga ko uri umudvantist urwandiko wanditse bite?
Abaheburayo 9:12 hagira hati " Kandi ntiyinjijwe Ahera cyane n'amaraso y'ihene cyangwa n'ay'ibimasa, ahubwo yahinjijwe rimwe n'amaraso ye amaze kutubonera gucungurwa kw'iteka". None abadiventisti mukurikiye iki kiganiro mwikuremo ibyo gufana musubize amaso inyuma murebe, mbese aba ba Pawulo bavugaga ko yinjiye ahare cyane barikinaga? Cyangwa se muravuga ko isezerano rishya ryanditswe nyuma ya 18844? Please nimwiyoroshye mu mutima uretse n'abadiventisiti nta dini na rimwe utabonamo ubuyobe, banza urebe umusaraba uri mu kirango cy'abadiventisiti udacuritse, none se iyo si blasphemy koko. Munanze mumenye amazi muri kunywa isoko ari guturukaho bavandimwe.
@Kubwimana321
Жыл бұрын
Aho ku mwaka nibeshye ni 1844
Nagusabaga kowampa inomero yawe
Uwomugabo abarizwa murihe torero
Uwugutuka ntagutorera. Uwomugabo ashaka ko Yesu aguma arumuhuza gusaaaa atinyako aba umucamanza kandi Se yaramuhaye ububasha?? Yohana 5:22 ikindi yomenya urubanza rutangurira mubinzu y'Imana nyene nareke kugugumwa yiruka ngwabadiventiste bavuzeko yesu arumucamanza.N'Umucamanza nyene.idini wohungiramwo ryose azorugucira kabisa.1Petero 4:17. Vyarikuruta yuko wewe Vunabandi upfa utamenye ivyabadiventiste.ko wabimenye amakara kumutwe muragendana Mumbabarire ni commentaire ntanze mbaje kwumviriza bike muvyuwo mugabo yavuze.
@rekerahojb1504
Жыл бұрын
Nkunze ko ushoje comment yawe Usaba imbabazi. Nawe urabizi ko intangiriro yiri torero Ari ikinyoma. Ntiwakubakira kurufatiro rw'ikinyoma ngo ibyo wubakiraho aribyo utegamo umusaruro w'ukiri. Iri torero ryubakiye ku nyigisho za William Miller Wari wakoze imibare itariyo atangaza itariki yo kufarika kwa Yesu. Alina Hormone waje Kuba Madame White agahinduka ukomeye muri iryo dini rishya na Yohana Bates umubasta wabigishije iby'isabato ntize babishyize hamwe biba itorero rishya. Ariko mu by'ukuri intangiriro y'iri torero ni ikinyoma.
Ibyo uvuga biragaragara ark advantiste ntibibona
Vuga ukuri uwo gukira nta kabuza kuzamukiza. Error begets error From the misinterpretation of Daniel 8:14 and false predictions of William Miller emerged SDA movement sticking on his calculations to be true and interpreting Bible prophecies through the so called Spirit Of Prophecy from EGW's visions. • Great disappointment of 22/10/1844 was interpreted as Revelation 10:1-11. • Miller's failed prophecy of Jesus's second coming between AD1843-1844 was interpreted as 1st Angel's message of Revelation 14:6-7. • Failed second coming of Jesus on 22/10/2022 was interpreted as Christ's moving from the Holy to the Most Holy place to cleanse the HEAVENLY SANCTUARY and start the INVESTIGATIVE JUDGEMENT. This opposes the Bible: Hebrews 4:16, 6:19-20, 9:24-26, 10:12-18,19-22. • Those who embraced this failed prophecy of Wiliam Miller were considered as 5 wise virgins of Mat25 and as The Remnant Church of Rev12:17, 14:12. • All those who did not endorse millerites' set time were called "opposers", "enemies", "in the dark", "evil servants", 5 fool virgins of Mat 25, rejected of God and lost, just because they did not believe in setting time for the end. EGW states this in her book EARLY WRITINGS p.101 "As the churches refused to receive the first Angel's message [Miller's work], they rejected the light from heaven and fell from the favor of God". Mu gihe satani (se w'ibinyoma) yabonaga ko ikinyoma yanyujije mu nyigisho za William Miller kigiye kugera ku musozo kitarengeje imyaka 10, yaje kubona indi nzira yo gukomeza kugishimangira anyuze mu itsinda rito ryari rikomeje gutsimbarara rihatiriza ibyanditswe byera guhuza na ya nyigisho y'ubuyobe yemezaga kugaruka kwa Yesu ku itariki 22/10/1844, kandi koko byaje kumukundira kuko kugeza n'ubu imyaka 178 ishize ikinyoma cyarahinduwe ukuri bihereye mu kugoreka no gusobanura umurongo umwe gusa (Dan8:14) uko utari. Mt 27:50-51 [50]Ariko Yesu yongera kuvuga ijwi rirenga, aratanga. [51]Umwenda ukingiriza Ahera cyane h'urusengero utabukamo kabiri, utangirira hejuru ugeza hasi, isi iratigita, ibitare birameneka, None se mu ijuru byagenze bite? Heb9:1-11, 23-28 Heb10:10-14. Heb6:17-20 Heb 10:19-24 [19]Nuko bene Data, ubwo dufite ubushizi bw'ubwoba bwo kwinjizwa Ahera cyane n'amaraso ya Yesu, [20]tunyuze mu nzira yaduciriye nshya kandi y'ubugingo, inyura mu mwenda ukinze ari wo mubiri we, [21]kandi ubwo dufite umutambyi ukomeye utwara inzu y'Imana, [22]twegere dufite imitima y'ukuri twizera rwose tudashidikanya, imitima yacu iminjiriweho gukurwamo kwimenyaho ibibi, n'imibiri yacu yuhagijwe amazi meza. [23]Dukomeze kwatura ibyiringiro byacu tutanyeganyega, kuko uwasezeranije ari uwo kwizerwa, [24]kandi tujye tuzirikana ubwacu kugira ngo duterane ishyaka ryo gukundana n'iry'imirimo myiza. Umwenda watabutse igihe Kristo yatangaga ni ikimenyetso cy'umubiri wa Kristo wari utabuwe utubereye irembo rikinguye ritwinjiza ahera cyane (atubereye umuhuza: 1Tim2:5) ibi byabaye ahagana mu mwaka wa 33AD. None koko abantu bazanye inyigisho ko Kristo yinjiye ahera cyane mu 1844AD ni bo bigisha iby'ukuri?
@niyonzizamugasainnocent1509
Жыл бұрын
Amen. Ikibabaje ni uko Ukuri nkuku, abenshi mu basinze umusemburo wa Helene White badashobora kukumva.
@kayumbasteven7784
Жыл бұрын
God bless you so much, this is very clear in scriptures, but unfortunately devil is still deceiving people
@alafatiog
Жыл бұрын
@@kayumbasteven7784 Mvunabandi yaravangiwe niba umunyamakuru nawe afite gahunda yo guhishura ukuri natumire impande zombi nk'uko njya mbona Primo tv ibikora ,uruhande rumwe ruhakana urundi rwemeza. maze ikinyoma gikubitirwe ahabona.
Mwene data Imana ishimwe kubwo kuguhishurira ririya Banga rikomeye ry,'Umwukawera rero nibyo Koko Imana ntirobanura kubutoni 2tim. 2:19;Ibyak. 10: 34,35 Dukomeze dusengere nabandi bagihumirije Imana ibasige umuti kumaso babohoke.KOMEREZAHO
@niyibiziprofil4758
Жыл бұрын
Ntamuti wamaso yohabwa,ari muri comedy,Mubadive ntamafaranga yaronse,uyu muzehe ashaka kwugurura ishengero ryiwe atangure no kuvugishwa ngo ni mpwemu yera!!!.ashaka amafaranga kuko mubadive yarayabuze ashaka kuba umutubuzi.iyi nimisi yiherezo.
Itorero rya Lawodikiya NTABWO ARI ABADIVANTISTE. - Itorero rya Lawodikiya ni Abapantekoti - Abadive, Abayehova, ni ingabo zikomeye z'INZIGE ziyobowe na Marayika w'i kuzimu witwa APOLUWONI. ( Ibyah.9) - Ariya mayerekwa yose ya Helen White YAYAHAWE na Apoluwoni.
@linettebasa4170
Жыл бұрын
Vuba biraja ahabona muzobona abamenye Imana y'ukuri bakayikorera nabatayikoreye.
@ishimwedebolar1520
Жыл бұрын
😭😭😭😭😭
@ishimwedebolar1520
Жыл бұрын
Buri jambo Riva mukanwa ryose rirandikwa
@niyonzizainnocent7892
Жыл бұрын
@@linettebasa4170 Yego rwose: NTIBIGITINZE. Abayobowe na Apoluwoni bagiye kugaragara, N'abayobowe na Kristo nabo bagiye kugaragara, kuko igihe cyo kuza KUTUJYANA ntikigitinze.
Kuki abantu bataza bagira ubwenge ,ubuse kurikurahakana ibitabo vya J.white ugahimiriza abantungo basome ivyuriko urandika ubwo wewe ntamakemwa urimwo,nibashishoza neza abo uriguteka imitwe bazosanga bsgusize muri sazaneza,nabo inzara ,mbwira uwumva numwana wu....,nirenganira ga ngiye kumviriza ivyo muri Ukraine .
Naje nahozemwo candarivamwo kugeza nubu
Am23
Mukosore ntabwo Ellen G White ari umuvangirwe ahubwo ni intumwa ya satani, point et trait. Namwe mutaza kuyobya abantu bakagira ngo wenda Imana yaramutumye nyuma aza kuvangirwa.
@niyonzizamugasainnocent1509
Жыл бұрын
Yego rwose. Bisobanuke bityo: Helen White NTABWO YAVANGIWE. Ubutumwa yahawe ni nabwo yagumyemo kugeza ku iherezo. - Ubutumwa yabuhawe na Satani : Ariya mayerekwa yose yayahawe na Satani. -yumviye uwamutumye kugeza ku iherezo: ntabwo rero yavangiwe.
@rebeccasanyu
Жыл бұрын
@@niyonzizamugasainnocent1509 KUba wavuga gutya ntabwo byatungurana kuko na Yesu baravuze ngo ni Berizebuli umutware w'abadaimon Kandi bamwe barabyemeye,arko ntibyamubujije gukomeza kwitwa umwana w'Imana,kuko kumwambika isura mbi ntibyari guhindura nature ye
@niyonzizamugasainnocent1509
Жыл бұрын
@@rebeccasanyu Nonese Yesu hari ibinyoma yigishije? - Nyamara Helen White yigishije ibinyoma byinshi cyane: Urugero nko kwigisha ishyano rivuga ngo umurimo wa Kristo W'UMUHUZA WARANGIYE MURI 1844!!
Ahubwo niba izonyandiko utazemera iyo uzireka ariko ntugende usebanya.ikibabaje rero kandi ndabona ukizisoma.njye ndabona ukiriwe,ntanubwo buzakuvamo pe .
@alafatiog
Жыл бұрын
Yego uyu musaza nta kuri yigeze amenya nubwo yabaye mu Itorero Imyaka 40 avuyemo adasobanukiwe.ubusanzwe no mugihe cya paulo na petero hariho abagoreka ibyanditswe byera,kandi na Yesu yiswe intumwa ya satani bamwita zerubaberi.
@pastorsamwel
Жыл бұрын
Gusa imana imukomereze amaboko.
@isaiahluckily1
Жыл бұрын
Ibyanditswe nyakuri ni Bibiliya, ibindi birikuruhande bizamo ibinyoma nokuyobya abantu. Umusaza aravuga ukuri mureke kwihambira ku idini. ✍️✍️
@bucumijeremie5231
Жыл бұрын
Namahoro uyu mugabo vyaramucanze pe yibireye mumubiri yavuye mu vyampemu asozereye mumubiri