NTASHYARI MFITE HABA NAGATO AHUBWO NIBAREKE KUNYIGANA/ BEA AGEZE KURI MIMA WA ALARM AKURA INGOFERO/
Фильм және анимация
Uramutse ufite INKURU, IJAMBO RY'IMANA cyangwa UBUHAMYA wifuza gusangiza abantu waduhamagara kuri 0789261183.
Wifuza guhumuriza, Gukomeza cyangwa se Gufasha abantu bafite ibibazo bitandukanye wagana NiGospel TV tugafatanya mugutanga uwo musanzu.
NIGOSPEL TV Dutambutsa inkuru n'ubuhamya by'abantu bifuza gukomeza abandi no kubaka Imitima icitse intege. Inkuru zacu ziba zifite aho bihuriye n'iyobokamana.
Пікірлер: 124
Igisirimba si music bro urihasi cyaneee kbs uzegere Byinshi , Mima bakwigishe music icarico
NKunda gutegera igisirimba mu modoka ariko iyo ngeze ku njyana ya Bea numva yumvikana neza cyane. Gusa Bea azajya anyemerera ntakajya yihuta cyane iyo yihuse abantu barananirwa bakava muri mood. Azajya agumiza abantu muri rythme iri moyenne. BEA is the KING . We love you Dr.
Ariko mubyeyi ikibazo si inararibonye ahubwo ni injyana irimo amavuta y’umwuka wera.Igisirimba gisengeye nico gikora ku bugingo.Icakubwira ko kuva 2000 ngifashwa na 💾 kandi nkaja mu mwuka.Rero leave alone melodies na experience.
Uwizamura burigihe azojya hasi...abambere bazaba abinyuma..abinyuma babe abimbere
Uyu mugabo azazacuranga ariko ntavuge agira ijambo rike peeeeee
@runezerwabonheur3333
3 күн бұрын
Kabisa uvuze ukuri ntazi kuvuga niyavuga ubona Asa nutongana
@user-hf6td9uy7z
2 күн бұрын
Nta munsi numwe ndafashwa ninjana yiwe hape.Azace bugufi acurange injana yasengeye ubundi areke mwuka akore.
@umushumba-i2f
2 күн бұрын
😂😂😂😂 Cyane
Uri Dr. WAWA BEA, TURAKWEMERA PE! Gusa kweyemera sibyiza! Ariko kujya inama ni sawa
Ariko umuntu ufite imyaka nkiyawe ntugira isoni zo kwirirwa wihaya ngurusha abandi umuntu utazi nama keys 2 kuri piano only f# warasaze umuntu wumugabo. Curanga ibyo bike uzi ureke kwirirwa uvuga ubusa wiyubahe urakuze pls
Umucuranzi wa piano 🎹🎹🎹 Gasore Blaise Imana Iguhe umugisha mwinshi Cyane wuzuye utsindagiye utagabanyije kuko uri umucuranzi mwiza Rwose turakwemera Kd none uvuze akantu keza kihishurirwa mu mwuga ukora!!!
Mwavuye kuri social media? Ijya itesha umuntu agaciro nuko mutabizi Buri wese akoreshe impano ye neza nk'ukorera Imana ntayikoreshe nk'unezeza abantu Mureke irushanwa
Bea nisawa cyane, avugako abarusha igirimba akemerako haribenshi bamurusha izindi njana.
Rwose rekambakure murujijo nje ndumuririmbyi nize Musique nubwo ndachuranga gusa Bea ari inyuma Yabachuranzi benshiiiiiii kuko Ibyo achuranga ntaho biba ntibyigeze nokubaho ahubwo niyegere abacyuranzi nyabo bamwigishe musique icyaricho ubundi Bea azi Injana zingahe nazibabwire Mumwemere biriya bya Sebene ni gisirimba murabizi ko arizo njana zabaswa bahekera abandi Nubuhe bwoko butari twebwe Waja guchurangira Ibyo achuranga avugako arumuhanga hhhhhhhh Bea tuza rwose uzabeshe bariya basirimba non abaririmbyi
@igikundirotv9973
3 күн бұрын
Naduhe Definition ya Music iyariyo kuko mukuri nuko igisirimba Atari umuziki international rero izo njyana avuga nazitubwire
@DavideGood
3 күн бұрын
Bea niwe mucuranzi wambere kumunwa ariko kuri senti niwe wanyuma
@Bassa984
3 күн бұрын
Nukuri uramfashije mukuru wanjye Bea ariyemera Cyn Arabiz ariko arirata
@patricivor5376
2 күн бұрын
Wavuze ko utazi gucuranga so what?? Ese madam we amcurangira nabi ?? Think twice It depends on how you like
@ebenezerndanyuzwe9292
2 күн бұрын
@@patricivor5376Hah umva nawe, ntuzi umuziki my friend, music is so broad more than you can ever imagine, igisirimba na seben ntabuhanga bubamwo. It’s a 1-4-5 progression.
Pp Bea ndabyemera ko uri umucuranzi pe! Ariko uriyogeza cyane ugakabya Reka abakuzi aribo bazakojyeza wowe jya deep mu Mana wicecere. 2 Intego mu bwami bw'Imana ni ugushyira Imana hejuru cyane, ariko icyo nkubonaho ni uko uri gushyira hejuru cyane Bea 🤔 mbese mu kwirata kwawe na Christo ndimo kumvamo ahubwo urimo urazamura cyane wowe kubera talent nziza Imana yaguhaye. 3. Ikindi nakubwirag nuko talent zirikuvuka wazigaye uzikubita hasi pe pe kandi Mr Bea umenye ko uvuka wese aza arebera kuri wowe, hanyuma by experience Imana izabahumekeramo indi creativity nabo bavumbure nkuko nawe wagiriwe Ubuntu ukavumbura, ariko ikibazo cyawe basi nta nubwo urimo byibuza kubashimira aho bageze byibuze wakabaye wishimira ko bacuranga ibyo wavumbuye Koko nkuko ubivuga. 4. Mr Bea ndakubaha pe, iyi yari Inama yanjye kuri wowe. Big up to u uwiteka akomez akwagure akwiyereke muri byose kandi aguhe guhishurirwa ibanga rya Dawid kuko nawe yari umucuranzi.( Naratangaye kubera gucuranga kwa Dawid, iyo yacurangaga, dayimoni iri muri sauli yarahungaga, so there's is a secret behind mu gucuranga kwa David) Imana izaguhishurire iryo banga. Be blsd big Man! I salute you!!! ❤
Bea azi gucuranga but the good thing ari strict kuri style ye which is good that’s why ari top 🥹
Bea ugira ubwenge buke cyaneee uzaza ucuranga ariko ureke kuvuga kuko sibyawe kbs
You're talented papa 🥰,
Uwa, ukuntukiri muManapi, uwishyira hejuru acishwa bugufi, so munzu ya data nta competition pi, urambabaje
Mima ko Yaguhaga Courage Ntabyo Uzi Ariko Ukaba Ahagurutse gusenya Abandi ISHARI Niryo Ryanyuma wiga ugahita Uba Umurozi hhhhhhhh
Rwose uzigisirimba peuh uzigisirimba ariko igisirimbaaa sumuziki piiiiii ahubwo urinyuma yabandi ibyo byigisirimba respect ariko tahobyokugeza bro Kandi wewe wakagobye kuburumutoza ariko uvuganabiiii cane so
Ntaco ubarusha kura ubwiyemezi aho barakurenze kure
yeeeee nubwo wigira utyo ariko uri hasi pe kubera kubura soumission
Nta Music uzi kbc njye nize music Bea ashobora kuba azi key imwe gusa F# ntakababeshe kbc
Ark Bea ntuzi ibyuvuga abatazi umuziki nibo wabesha kd ugabanye
Bea rwose azansetsa rwose azayiyemera agakabya basi uzaza wiyemera ureke gucamba abandi bacuranzi Nimba uzigucuranga ubizi kugiti cawe Kwihaya sibyizaa byakumaze amavuta nigikundiro
@Else113
2 күн бұрын
Numuswa cyaneee ntamuhanga wiyemera ubaho
Komerezaho Dr turagukunda chaneeeee, abakurwanya bazananirwa.
Reka Kwi shirahejuru Ugira ishari Ikiganiro Cawe Nugupfobya Abandi
Ntashyari kandi ntakwiyemera Ahubwo yagiriye Inama abandi bacuranzi, Dr Bea yavuze kubijanye nigisirimba ndetse na Seben, muza mwunva neza yeme
Bea ufite ijambo rike bachu ubundi umugabo nijambo rimugize
Hahahah Ese Bea Niwe wavumbuye injyana yigisirimba ??? Cyangwa Iyonjyana Yavuye Kubandibantu, Mwadusubiza. Murakoze
Yewe cyokora washakaga comment naho kura ubwejye bwinshi muby imana ukorera mumubiri cyane kandi kandi ureke ishari abana bafite amavuta bacurange
Gukorera mu mwuka niko kwiza kurenza guhangana ngo uyu nda murusha gushimwa n'imana birenze byose
Mubacuranzi babahanga nzi ba banyamulenge nturimo kbs kumenya gucuranga igisirimba si ubuhanga bwogucuranga piiii ico uzabimenye niba utanabizi
Yoooo urambabaje pe!waretse abo wigisha bakavuga ko ubarusha bakavuga ko ubigisha utabyivugiye?wari wumva MiMa avuga kuri social Media ko arusha abandi bacuranzi cg yabigishije?maze kukumva inshuro nyinshi uvuga ibi bintu nkagirango uba wacitswe!ugamije iki?uri kwiyamamaza?hanyuma se tuvuge ko urusha abo bose ba Musabwa,Nzungu,.....hanyuma se barakurwanije?ba Nzungu ko bibereye USA bateye imbere babayeho neza ningo zabo watuje ugakomeza ugacuranga uciye bugufi na Ndutira akaririmba ko muba muberewe mwembi mukamera nka Ben na Chance abantu bakabifuza bakabakunda.nabonye na Ndutira kuvuga kuri stage yarabigize ibya mbere kuririmba bigakurikira!!Mugabanye amagambo social media irabakorera agasha nimutayihunga! Mukore cane,muce bugufi,mureke kuvuga cyane no kwivuga,abandi baze babavuga nkuko muvuga MiMa!!!iyi nama nimuyigenderaho izabafasha Nimutayumva simpanuye muzazima vuba cyane nubwo muzavumbura byinshi muzamera nkawa mumarayika w'umucyo wagumutse mw'ijuru(Lucifer)
@singayejeandamour5165
3 күн бұрын
ufite ubwenge niyunve kwicisha bugufi nurufunguzo 🔑
Ikintu koze nukwiyemera gusa oroha
Urumugabo cyane kbs njyewe ndakwemera kbs
Wamugabo we uri ntawe chn nushake uzoreke ntacho uzi 1🎹🎹🎹🎹😜😜😜😜👌👌👌👌♥️
Gucya bugufi niyonzira yonyine yogukomera
Bea ntazi kuvuga nukwihaya nogupfobyaa abandi
❤❤ Turakwemera pe!
Guca Bugufi nibyo byiza pp bea
Ishyari nibwo burozi bwambere
Uyu mu type ishyari ryaramwishe . Yabaye karahanyuze wallah Natuze bamukubite akanyafu .
Dr Bea Ndagukunda wa Urabarusha Baceceke Bumve Inama
Ahhhhhh Bea hanzaha harabana bazi umuziki urawuzi yego ariko ntubarushaa nonese nihehe ugicyuranga waa
Ucuranga neza papa!!!
Bea igisirimba sinjyana plzz Ntabwo uzi gucuranga piiiiii uzi kuvuga gusa
Ntawihuta koko nkuwayobye ark kweri umuntu yokwiratana igisirimba? Nanjye ndumucuranzi knd ndakizi pee ark biteye nisoni kuja kuri camera ngo ucihayane cyonyine ntabindi uzii ntabwenge burimo ark uzi abana basaze kuri music aha hanze knd bazi full music banayize burya koko ngo ingunguru irimo ubusa niyo isakuza
@napoleondjassaofficial2829
3 күн бұрын
Exactly
Iki nico mechanisme ya defance ubu nubwoba ndibazako bea kuva ibijumbura kera nuko ahora rero muzamuenyere ubu barakurasha benshi
Wewe ndagufana100%%
Bea ❤
Ahaha bea nimba uzigucuranga wikwishira hejuru uko urikwishira hejuru nimba harako warufite mubucurazi bwawe nabwo vwoshira kubera kwihaya kandi ico ngusabye ureke kubwira nabi abandi bacurazi koribyawe ureke kubabwira nabi kuko nawe ntabireze ufit kubarusha kuriya niko bashobojwe nawe ushobozwuko ubwo rero nukomezuko imana izokumanura pe uwamenyimana suko abikora yicisha bunguuuufi
Bea azi umuziki 100% ariko se abandi bose uravugako ntanumwe uvumbura ba?
Byizaa
Uyu mujama afite ikibazo😂😂😂 ikibazo cyo kugira Impano udakijiwe
@purp.22
Күн бұрын
Kand ari mubapagani bambere pe😢 samatiku ariko ararenze
@pilotb2504
Күн бұрын
@@purp.22 aya s'amagambo y'umukristo kwirirwa asebya bagenzi be ngo niwe gusa akeneye ko bamuririmba
Uduce tuvuga ibirimukiganiro nitwinshi kandi bidakenewe.
Dr. Turakwemera papa
Kwiyemera gusa
Uri mubacuranzi beza dufite hano muri East africa pe!!!!
Béa azahohotera nyabuna azaceceke abana baramurenze cane😅
Bea niyemere ko igihe ce kirimumarembera
Igisirimba nugusaraho buke ntabwo arumuziki uzaje kwiga Music mubone uburyo bwokwiyemera F# Ntabwo ariko kumenya Note Musical
@solistpianistzimurinda9693
3 күн бұрын
Hhhhh
@user-ys6vy6bx5d
2 күн бұрын
Hhhhhhh😂
Bea uzi injyana yigisirimba gusa ariko uwundi muziki winjyana zisanzwe abenshi barakurusha kandi kwiyemera kuri Social media sibyiza.
Uzabaze icyo avuga kumuranzi witwa Birenzi
Gabanya ubuyayu nyabuna niwowe muswa muri piano
Uko nikokuri kbx gus nzungu acurang ibye kbx
Uzucuranga neza ariko Ugira ubuyayu bwinshi
👍
Byaragucanze pp
Ntukivuge ameza mwana
Kwiyemera weeeee oroha
Igisirimba si umuziki ,gabanya ibikabyo man!🤪
Nyabuna Bea azagabanya ubwibone
Ukonukwiyrmera
❤❤❤❤
♥♥♥
Dr Bea usibye nigisirimba njewe nzanunva nibindi ubarusha ntampaka ababose bari kwandika bamu critiques naba cyuranzi byananiye turagukunda Dr
@MessiJosph-yw9gc
2 күн бұрын
Nabatazabaja mwikanisa kiekie
@UgwanezaOrnella
17 сағат бұрын
Nta muzikiutarimo agakiza mbonye aho
Nyabuna yeme twese tura bizi ko beya niwe wambere na mima Yatangiye kera so he is the master key
@ebenezerndanyuzwe9292
2 күн бұрын
Yewe music ntugire master, ahubwo mubatazi umusic ni Bea ahubwo, twize music and we that Bea ntarinokurwego bwabazi umusic. It’s not just igisirimba and seben. Music is soo broad my brother
Gucuranga ntibigutwara mwijuru
Piano ni igihangano cyawe se?😂 Njye nari ngize ngo hari ikintu waremye none se ubigisha ngo ntibacurange ibyo wigishije?😂
Ngewe ndavumbura cyane nejo harutwo navumbuye hhhhhhh
@MUBWIZAFILMZ
3 күн бұрын
Bambwirir rata muhung wange
@user-ys6vy6bx5d
2 күн бұрын
Hhhhh
Ntashyari ahubwo yabagiriye inama!
@RutunganyaFrank
3 күн бұрын
Iyihe nama wa usibye kwiyemera nokwishyongora kubandi gusa
Ego
Warazimye nyabuna kurashakira Hit Kuma médias ntahishurirwa ugira uracacuranga igisirimba ca 2007 😜😜😜😜😜 Abo bana bacuranga ibintu bimwe gusa pfakuba bazamura amateraniro woe byaranze kabisa
@gikundiroalexis
3 күн бұрын
Ark wa Ninkaho nawe wavangiwe kbs ngo Dr yarazimye??
Hhhhhhhh ko mbona bikaze ese ko atavuga kuma worships akavuga ibisirimba
Unajuwa tuu
@nomemilka1108
20 сағат бұрын
Vcfghb😊
Ntawivuga ibirwi bisobanurako ntabyo uzi numugeri ubacurangira gusa bagakora sport
Urintawe
Arik uyu musore ntakibazo afite kwiyemera ntamuntu wumugabo uja wiyemera gutya ugende wikosore umenyeko harabasore benshi bakurusha
People should respect you but if you want to still on one level have pride and it seems you in the way 😂😂
Uri feke kumenya gucuranga sugukizwa kwihaya kumuntu ungana gutyo ntibikubereye piiiiiiii abobose wawuvuga ngo ntibazi gucungura barabizi CNE icambere sukumenya gucuranga Ahubwo curangana umwuka wImana
👔👔👔
Hhhhhhh
empty man
😂😢
Hhhh😂
🤣
Hhhhhhh😂😂😂👎🏿
@solistpianistzimurinda9693
3 күн бұрын
Musabwa isekere rata nshuti yange ngewe mba numiwe kbc
@user-bt6qg7xw9o
3 күн бұрын
Yavuze kucuranga neza ariko bro nubwo umusetse😂
@user-ph3vs9uz2b
3 күн бұрын
Mn nubwo yabwiye musabwa bea arihaya kandi abwira aband bacurazi nabi imana yomumanuya akumirwa icakoze ntanibyo mbona ashoboye!!!😏
Oncle hejuru cn ihaye urabikora
Kwiyemera kubyo uzi ntaco bitwaye