My friends leave bea alone cz he's a nature keyboard professional player, abacuranzi mwese mwumve ibintu kimwe. Gusa hatabayeho kwirengagiza ariko Doctor bea ni number 1.
@RushimishaPatric10 сағат бұрын
Uvugukuri kuzuye soliste
@oliverantonio892510 сағат бұрын
Hhhh ariko nkuyu koko aba yumva ari ntasoni afite😂😂😂 umuntu w'umugabo akirirwa yivuga imyato gutya koko!!! Iyo ushoboye urareka abandi akaba aribo babivuga kuko nibo bakwumva kurusha uko wiyumva ikindi kandi haranira kwemerwa n'Imana kuruta kwemerwa n'abantu.
@NdanyuzweMisange-yt3gq10 сағат бұрын
Bamaze kukurenga nyabun😅
@davidmuneza515811 сағат бұрын
Turakwemera
@bernardmani992712 сағат бұрын
Béa kumenya kuvuza ntabwo bisobanuye kwihaya ndetse nogutukana , Umuhamagaro ntabwo ari kuri wowe gusa nabandi barahamagawe . Ibyo uzi n’Imana yabiguhaye ariko ugomba kumenyako babandi ari Imana yabahamagaye.
Пікірлер
Bea rekakwihaya urihasi canee abanabato basigaye bakurusha usigariye kumagambo gs
kora ibyuzi ureke nabandi bakore ibyo bazi ureke kwizamurara papa nawe uwakugeza kundirimbo zitonda wahunga batakwirukanye murusengero
👎👎👎👎👎👎👎👎
Bea uruwambere kugisirimba na seben kwisi yose
Uyu bea nareke kubesha ubu baramurusha Beshi nagabanye kuvuga kuvumbura se nibyo byerekana gucyuranga neza ahhhhhhhhh
My friends leave bea alone cz he's a nature keyboard professional player, abacuranzi mwese mwumve ibintu kimwe. Gusa hatabayeho kwirengagiza ariko Doctor bea ni number 1.
Uvugukuri kuzuye soliste
Hhhh ariko nkuyu koko aba yumva ari ntasoni afite😂😂😂 umuntu w'umugabo akirirwa yivuga imyato gutya koko!!! Iyo ushoboye urareka abandi akaba aribo babivuga kuko nibo bakwumva kurusha uko wiyumva ikindi kandi haranira kwemerwa n'Imana kuruta kwemerwa n'abantu.
Bamaze kukurenga nyabun😅
Turakwemera
Béa kumenya kuvuza ntabwo bisobanuye kwihaya ndetse nogutukana , Umuhamagaro ntabwo ari kuri wowe gusa nabandi barahamagawe . Ibyo uzi n’Imana yabiguhaye ariko ugomba kumenyako babandi ari Imana yabahamagaye.
Igisirimba nange ndemerako Atari umuziki kuko ntiwacuranga igisirimba muyandi mahanga ngo bumve icyo ushaka kubaha muvavuranzi bacuranga iyo style ushobora kuba ubizi ariko international ntiwacuranga igisirimba ngo uvugeko Uzi gucuranga
Turabakunda nigospeltv❤
Niba Mwarageze ku rwego rwuko iyo mucuranga ,muririmba mubwiriza mubikorera Imana ,mwese Imana irabemera kandi irabishimira,ariko niba byose mubikorera abantu cyangwa kwigaragaza niho amatiku ahera yo kuvuga ngo ninjye gusa ubizi abandi ndabarusha biba byabaye amatiku byose no kubwiriza Ntago muba mukiri gukorera Imana
Bea aracharenze munjya mwera sibzos❤
Urabizi Cyane, Ntawe Ukurwanya, Gusa Umenyeko Ntaho wageze Abandi batogera Uja Gupfobereza Abandi Imbere Yimbaga Igana Gutya Ugamije Iki Twemera Ibyo ukora Nawe Uzawemera Ibyabandi Bakora Nimba Bitagufasha Harabobifasha So Inama Naguha Uzucuranga Uceceke Kuko imvugozawe Zibamo Amakosa Menshiii Ntugasubire kwemerako Bakwita Dr Utabifitiye Ubumenyi Nukuguca Umugani😊😂
😂😂😂😂😂😂😂
Bea uzi Uwo mukunga non Musique papa ntabyuzi peee ariko se Igisirimba kubaho muri sortes za Musique?
Microphone 🎤 ni nziza kuko umenye yuko umuntu azi kuvuga aruko afashe microphone 🎤
INAMA KURI BEYA ----------- Beya uri umucuranzi mwiza cyane niba atari nawe wa mbere! Gusa gabanya social media. Ngire ngo muri kano karere k’ibiyaga bigari ni wowe mucuranzi umaze gutumirwa henshi kandi cyane, rero ntibakumenyeye kuri social media. Camera yo mumatetaniro irahagije ngo yamamaze ibyo ukora. Rero ivuzivuzi ryo kuma channels riraza kugutesha agaciro wigire uciriritse wenyine. Niwishinga abanyamakuru bazagucuruza bagukungute bagute hanze gusa!
Nuyu mwamuvugana ukanda kwihijambo
Ahaaa ubwowageze hano satani yakwatatse kbs tuza utigira nka Elie ngo ni we muhanuzi usigaye
Bea Uzi gucuranga ariko ugabanye kuvuga kuri media sibyiza rwose kuramena amavuta
Ikigora abantu ni ukwemera ukuri ariko uri kuvuga ukuri kuzuye pe. Kd ndatekerezako abo bireba bari kubyumva kd bizabagirira akamaro nibikosora!
Komerazaho muvandi!
Coup de chapon!
Turakwemera kd ucuranga neza!
Ariko kuki abantu batuka Bea kd numva avuga ukuri 100%. Umuntu arasaba abashumba guha abakristo babo umwanya akongera agasaba abacuranzi kwiga kugirango bunguke byinshi mukamutuka koko
Kuko twese dukoora umurimo wimana wo gucuranga but siwoe ugena uburyo umurimo w'Imana uko ukorwa nuko wagenda
Umuntu abonye amahirwe ya interviewing umuntu yagusubiza neza cyane ukanyurwa papa.
Bea numucuranzi mwiza cyane courage muntu wanjye
Bea urumuhanamuhanga ndakuzi Kandi courage uruwambere kuri piano 🎹
Bea Piano arayumva rwose. Gusa kuvuga make noguca bugufi biruta byose. Courage.
❤Turakwemera pe, Imana yaguhaye impano 100%
Bea ni Père w'Umuziki hakika , abatabyemera nabanyeshyari.
Aruko Niwe munyeshyari kuko afitiye bagenzi biwe ishyari Bea ntabwo yize Music
Bea komerazaho papa turakwemera abatakwemera azaze muhiganwe
Siwewe kwamamaza ikikintu ntacivuga akivugwanabandi
Arabizi cn ark ntampanvu zokwisigura cn twese tuzi Yuko abizi cn kd njewe ndamukunda
Muracaribato kbs ntimurakurabingana nokuzamuvugavuga abayumbe mwarubahutse
Bea rekakurengera nturumushumba
😮😮
Va social media man. Utazavuga ibitavugwa. Uzige noguchuranga
Ntiyavuze umuziki uwariwewese yavuze igisirimba sese ? Abo bicara bamu phubya barihe ? Nibaje kuri piano bahangane tumubone muzamwemera ubarusha ikintu mwemere nimba abarusha umukunga nimwemere ntimwirigwe muvuga abakera ngo nibo mwemera nimubazane tubabone njewe ntawe ntemera ariko muzamwemerana ukurusha uvuge ukuri
Ese naho bigeze mumakanisa? Nuguhangana Sinaherutse arugucuranga muramya imana
Umukunga nuwawe rwose 100%
Ese Ninde Uzumuhakanya usibyewe ujakwiyemera imbere Ya Camera
Turamukunda turamukunda abamwanga ntibokuraho impano Imana yamuhaye. Imana ikomeze igushigikire papa Dr Béa Gasore
Uyu mutype azi umukunga kabisa. I can't get tired watching his chords progression with the swaag!!
👍
Ariko s Uku uyumusore karumva amezate Kuel Ng aravumbura harya twebwe tureba Ibigaragara bro nimba abana bari kugutera Depression Icawa wige padi nawe zawe Ureke kwidefanda mumafuti cg ukore Ikanisa Yawe genda
Nkuko kwawe uzuvugubusa peeeee