Gynecologist: DORE IMPAMVU ABAGORE BAHORANA INFECTION😔 AMAKOSA BAKORA |UKO WAZIRINDA👌Dr Jean Paul
Ойын-сауық
Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Пікірлер: 540
Abaganga nkuyu ni bake bavugisha ukuri mubwenge. Rose urakoze cyane kumutuzanira kandi uzamugarure❤
@alphonsineuwamahoro2748
15 сағат бұрын
Ariko hari abagira confusion ku bisa ni umweru hari umweru wa normal , hari ibindi biba bimeze nk' ikivuguto biranga infections bijyanye na candidoses
Rose wakoze kuzana uyu mu Dr twe nk'abagore hari ibyo twungutse.
Hano I Burayi ntamuntu ugura Antibiotique Muganga atazikwandikiye.Kbsa Ubabwije ukuri❤
Muganga ni muganga pe urabona ukuntu twese twaje kumva urasobanura neza cyane muganga
@UwimanaRachel-og8md
Күн бұрын
Numuganga ngewe yaramvuye king faisal yumva abantu cyane
Muganga wanjye w’imfura utinuba uzi kubaha umugore Imana iguhaze uburame❤
@joselynemusabyimpundu7973
Күн бұрын
Uraho neeza! Shan wandangiye aho akorera umuntu yamusanga!
@muhozaariane2949
Күн бұрын
Faisal @@joselynemusabyimpundu7973
@ruthntukabumwe1929
Күн бұрын
Akorera Faisal nokuri Avega nkumuntu mwiza cyane
@UmutesiClarisse-tl3mv
Күн бұрын
Bakurangire aho akorera kdi bahavuze mukiganiro!
@missvava7148
Күн бұрын
avega ni haganahe
Dr wacu Imana ijye iguha umugisha iguhaze kurama wuzuye ubumuntu uri imfura cyane.
Dr Imana izaguhemba ijuru kuko ufasha benshi Kandi unavura neza ntuhutaza umurwayi
Uzamugarure atuganirize kubyerekeye kwinjira muri Menopause. ❤
@gift2622
Күн бұрын
Kabisa menopause ntago ikunda kuvugwaho
Mwiriwe neza Rero mbambwire ba rubanda rugufi twicwa nabyinci kuko twe rubanda rugufi ntitubasha kwivuza muburyo bwa nyabwo amavuriro twivuzaho niyayandi Dr yavuze baduha ibisubize 20min murumva reroko turindembe nihereyeho
@uwimbabazijoselyne4142
20 сағат бұрын
Dr wacu turamwemera Nyagasani azamuhe Kurama akomeze atwiteho.
@uwimbabazijoselyne4142
20 сағат бұрын
Uranasetsa kabisa
@kanimary5642
19 сағат бұрын
Ariko na hygiène irakenerwa imbere y'imibonano, kuko nkabagabo badasilamuye bamana umucafu
@kanimary5642
19 сағат бұрын
Nivyo kweli naje mperuka kurwara candidoses nkivyara vyaranshikiye rimwe, kandi ntamiti nafata mvyaye vyaca bihera. Gusa ngitwite vyarandya nkiyagaza
Rose ugira ubwenge bwinshi kbs wakoze cyanee kutuzanira Dr nkuyu kbs
Abantu batonda umurongo kwa Dr Byiringiro twubahwe uziko na 22h z’ijoro aba acyakira abantu❤ noneho akubyaza agusetsa agusabira indirimbo umva abo yafatanije Imana guha abana turamushimiye cyane urakabaho uragahorana Ibyiza n’abawe bose🙌
@aniellamoon
Күн бұрын
Njye mukunda cyane Dr wanjye mwiza Imana ijye imuha umugisha
@Leonard_Leo
Күн бұрын
Puuu ntamugabo ukwiriye kubyaza naho amahano aheraaaa
@auroretuyizere4212
Күн бұрын
@@Leonard_Leoahubwo iyaba abagore bose baretse kubyaza
@Mukabugingoaline-cm3nb
Күн бұрын
Mutubwire akorera he ? Muraba mukoze cyane pe.
@natumwecesariejosephine3496
Күн бұрын
Loi Faisal no kuri Aveg@@Mukabugingoaline-cm3nb
Dr Byiringiro urabizi cyane turanezerewe kubera inama zawe
Dr Byiringiro yampaye umwana afatanyije n Imana.I Love Him❤❤
@mariemusabyineza2589
Күн бұрын
Akorera hehe
@mutonidenyse6889
Күн бұрын
Sha nanjye yaramumpaye we nimana sinzi icyo namuha ppppp❤
@dianegatesi4430
Күн бұрын
Nanjye Sha yaramumpaye akoreshejwe n Imana binyuze no muzira zikomeye cyane, merci beaucoup my doctor 🙏
@BOHOKA250
Күн бұрын
King Faysal @@mariemusabyineza2589
@mutesigisele7841
Күн бұрын
Faisal no kuri Avega@@mariemusabyineza2589
Mu buzima nkunda ko utuzanira abantu bingirakamaro peuh abantu bagira icyo batwigisha ku buzima bwacu Imana iguhe imigisha itagabanyije kandi ikomeze ikwagure muri byose❤❤❤❤
Ooooooooooh thanks Roza kutuzanira uwo mumu Doctor ❤️
Umwanzuro wanjye nka Rumashana, umuti bandikiye umugore ujyanye n' indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ajye awusangira n'umugabo we, kuko izo indwara bashobora kuba bazisangiye.
@morganangel3063
Күн бұрын
😂😂😂😂Rumashana??
@agahire0907
Күн бұрын
Nubundi harabajya kwivuza bakabatuma abagabo babo nabo ngo babavure
@olivermuziranenge5368
Күн бұрын
True
@fika5406
11 сағат бұрын
Hoya gusangira imiti ntago byemewe. Ikiza nuko mwese mugana muganga akabaha imiti kdi mwese mwapimwe. Kuko abaye ari indwara wenda mwese mufite harubwo mudakirira rimwe ugasanga havuyemo kongera kwanduzanya….. so nibyiza cyane kujya kw amuganga
Abajo bari hano mumpe like❤❤iki kiganiro ni kiza vraiment
Dr wageze ku ishuli unicara mu ishuli iriga rwose! Ndi muri sector ya Santé ni Wowe wa mbere nyuma ya mwalimu wanyigishije uvuze ko Vagin atari ahantu HANDUYE!!! Kd benshi bazi ko ari organe ihora irangaye! Ndagukunze ndagukunze ndagukunze!!!
Thx Dr and Rose.Nkunze cyane ukuntu abujije Abantu kuremera.Ntampamvu yo kuremera.Imana ijye ibaha umugisha Abaganga.Muritanga cyane.
Yewe nimuganga pe avugisha ukuri namusaba akajya ashyiramo ikinyarwanda cyinshi kuko benshi dukurikira Rose ntitwumva icyongereza❤
Ngewe uko nabisesenguye neza nuko Dr atababujije kwitawaza!, ahubwo yababujije kugera muri ngenda hahanda mucengezamo intoki imbere cyane! Nashimishijwe nikintu yabavwiye cyokwirinda kwica bonding nyuma yogukora sex ugasimbuka umugabo ngo ugiye gukuramo amasohoro kandi cyaricyo gihe kiza cyogufiringana igikorwa mumaze gukora agahita agupfumbata mugasinzira mostly during night! Amasohoro iyo asohotse hanze ya sex wanayahanaguzaho bavette ariko utangije bonding ngo ugiye douche😂😂
@Ish1703
Күн бұрын
Bavette we😂😢😅
@AnnikaNiyoyita
Күн бұрын
@@Ish1703 Nanjye ndasetse😂😂😂😂😂😂😂😂😢😢😢
@ayijac7740
Күн бұрын
😂
@nyiraminanimadeleine3066
15 сағат бұрын
Bavette no ndumva warugiye kuvuga serveite 😂😂😂 abagore duteye nabi
Rose wakoze kutuzanira uyu muganga, ndamuzi yaramvuye afata abarwayineza turamwemera kabisa❤
@uwizeyevenuste6410
Күн бұрын
Duhe number yiwe
@GOODLIFECYIZATV-tj2xg
Күн бұрын
Akorera hehe?
Rose ndagukunda cyane ibiganiro byawe biramfasha,noneho kwakira Umuganga bibaye akarusho peeee!!!!
Dore ikiganiro rero ahubwo.👏👏👏👏
Dr BYIRINGIRO mukunda cyanee niwe wamfashije njya kubyara umwana wange wimfura yasanze nenda gupfa pe imana iramukoresha aramfasha cyane bigenda neza
Rose uzamugarure atubwire kubijyanye nindwara yibyimba byo munda yabagore
Mbonabihita yarabivuga da kandi ukabona uwo baganira yitwengera, Noneho muganga arabivuze
Aba Jo muri hano mumpe like
@uhfvf1083
Күн бұрын
Hoshiii
@user-ec4jh3ly3d
Күн бұрын
😂😂😂@@uhfvf1083
@marcellinemushimiyimana7301
Күн бұрын
Apuu
@Username-jl7ey
Күн бұрын
😂😂 ese we ibintu by aba jo mpora mbona mwamamaza Ni ibiki?😂😂
@marcellinemushimiyimana7301
Күн бұрын
@@Username-jl7ey 😂😂😂😂
God bless you my Dr. for the help ufatanyije nimana mwampaye umwana mubintu ntekerezako imana izaguhembera numuhamagaro yaguhaye yokuvura urimo pe❤
@Username-jl7ey
Күн бұрын
Nanjye Ni uko Sha.I LOVE HIM❤❤❤
@mariemusabyineza2589
Күн бұрын
Mundangire Aho akorera sha
@mutonidenyse6889
Күн бұрын
Nanjye yaramumpaye Sha imana ijye imuha byiza gusaaa❤
@sekatv2020
Күн бұрын
Mutubwire sha natwe tumugane
@dianegatesi4430
Күн бұрын
Nanjye Sha mpora mushimimira musabira n imigisha
Hey Dr Jean Paul disi❤ Twiganye ari umuhanga kd akunda ishuri, ntago byatangaza abaye umuganga mwiza🎉
Nukuri numu doctor mwiza agira umutima mwiza mbese imana ijye imuha umugisha peeee . he's caring person
Murakoze ku bw'iki kiganiro, Rose we waziye igihe ni ukuri!! Dushimiye n'umutumirwa ku bw'ukuri agaragarije abakurikiye ikiganiro
Vrai Docteur mbura uko nkuvuga Imana ijye ikurinda waje ukenewe !uri umuhanga peeeeee
@Md.bahizi8358
Күн бұрын
Akorera he?
@user-nc1uk7yw4x
Күн бұрын
Mudufashe mutubwire aho akorere
Ohhh doctor wambyaje akanyitaho narimpasize ubuzima j.paul imana iguhe imigisha myinshi nukuri uruwambere❤🙏🙏🙏🙏
My Doctor Byiringiro❤❤❤❤,nziko ugiye guha abantu ukuri🙏🙏🙏
Rose urakoze cyane iki kiganiro kiradufashije! Duhe nmb ze rwose! Azadufashe!!
Yewe twogamo tuziko Ari isuku none sibyiza
@sekatv2020
Күн бұрын
😂
@alphonsineuwamahoro2748
Күн бұрын
Si byiza Imana yaharemanye ubwitonzi bwaho , isabune irabwica Gukoresha amazi gusa Kandi ntakwinjira cyane imbere
Ubutaha muzadusobanurire kuri Diabete. Sibyo Roses 🌹
My Dr🫡🫡tu m’a sauvé avec mon bebe que Dieu te benisse jpaul ufite impano ndetse n’Imana 👏👏
Ariko nk’ubu koko kuki Rose TV Show igifite sub. 180.K gusa koko!!! Rose komeza uduhe ibiganiro byiza nk’ibi bihugura abantu!!
@user-bn7yb2fk7w
Күн бұрын
Niba byashobokaga ngo u subscribing more than once😢😢
@user-ot3bm9ex4l
Күн бұрын
Reka mpite nkora subscribe kbs
@marieclaire7564
22 сағат бұрын
@@user-ot3bm9ex4l Ntiwumva se!! Byiza cyane!
Urakoze Dr! Kujya kwa muganga no kugira laboratories nzima nibyo byadufasha kumenya uburwayi nyakuri umuntu afite
Rose mbona uri umuntu uri humble no mubuzima busanzwe nuko? Icyo nshaka kugusaba rero, uzatuzanire na Dr ushinzwe abagabo cyane cyne uzi kubijyanye nintangangabo thx
Doctor watoranyijwe n'Imana! Ni wowe busobanuro bw'Umuganga mwiza! Ubu muntu ugira, uwiteka azahore abukwitura ukiri ku Isi hamwe n'Umuryango wawe! Nyagasani akomeze akuturindire!
@kazealisha3143
Күн бұрын
Mwaturangiye Aho akorera🙏
@mutesiodette3228
Күн бұрын
@@kazealisha3143 Faisal na Avega
@rosemukunde1926
Күн бұрын
@@mutesiodette3228Avega mbese nivuriro rusange? Umuntu ufite assurance yajyayo se?
@mutesiodette3228
Күн бұрын
@@rosemukunde1926cyane rwose bafite clinique assurance zirakora
@uwimanaclementine1409
Күн бұрын
@@mutesiodette3228Ese iyo umuntu Azana ibintu byumweru mumyanya nyibarukiro byinshi , bimeze nkamata, yajya kwamuganga bakamubwirako nta infection arwaye ubwo abarwayiki Koko. Nonese bivugwa Niki Koko? Please mumfashe Koko birabangama cnee
Murakoze cyane kuzana uyu muntu nukuri reka ntege amatwi nange ndabiziko ndunguka byinshi 🙏
Nangako numugabo ankoraho kuva ndumukobwa birambihira ndetse haba hanumye narinzi ngo ni abagabo baba batazi kubikora ngo ndryohegwe none ninje kibazo.
@umurerwaclemence912
Күн бұрын
Warivuje birakira ?
@nyirangondoassoumpta5651
2 сағат бұрын
Nubona umuti uzambwire
Rose we ntabwo ari ukoga ahubwo turironga we,
@Grace-tx3eg
Күн бұрын
😂😂😂😂
@inezahousina1971
Күн бұрын
😂😂😂😂
God is the best doctor ever... 😍
Ohhhh my Doctor disi❤ Imana ijye iguha umugisha mwinshi kuko uri imfura cyane
My Dr umuhanga cyane kd ubikorana urukundo
Hello. Murampuguye pe! Many thanks & God bless you Doctor & Rose.🙏
Well done Rose. Iyi subject ni ingenzi
Merciii la Rose🌹 mwakoze kutuzanira muganga mwiza!thank u Doc
Ooh my Dr,Byiringiro thank you for sharing this important information !!!
Mrc chr uzamugarure atubwire kugaruka zokuboneza urubyaro nuburyo bwiza wakoresha
@rosemukunde1926
Күн бұрын
Ako kantu pe 👌👌👌👌
Ni Doctor mwiza Cyane abatamuzi bazamugane rwose azi kwita ku badamu Cyane 👍👍👍👍
Thanks Dr. for that great information.
the best OGBYN and caring doctor!
Oooh Doctor wanjye w'ibihe byose💞💞💞Thank u so much my Doctor
Ndagukunda ro ❤️ ❤❤komeza utsinde🎉🎉
Urakenewe ngo tukubaze ibibazo byinshi. Kandi uri umuhanga
Amateka y'ubuzima bwawe, ibyo unyuramo/wanyuzemo, ushobora kubyandikamo igitabo, bikazabera abandi inyigisho nawe bikaba byagufasha kuhuruhuka mu mutima.Nyandikira ubundi nkwandikire iyo nkuru ubashe kuyibika neza cg no kuyisangiza abantu bawe kdi rubanda itagutaramye. Kora kuri iryo zina cg iyo shusho urabonamo uburyo twaganiramo. IMANA IKUGURIRE NEZA.
@musabyimanaimmaculee5693
Күн бұрын
Dukore hehe...byanze
Time of feelling each other🥰🥰🥰🥰! ndabikunze cyane. Thank you ROSE. Ni ukuri turahuguwe cyane.
Muganga Mwiza Cyane Wita ku rwayi Rwose Imana Ijye Iguha Imigisha Myinshi Cyane uri Imfura
Byiringiro wabonye umuhamagaro wi Mana Imana izaguhe ijuru Koko abagaganga muribindi biremwa iyutarabyara ntago wamenya akamaro kabaganga ariko muri ntwari Yesu azabahembe
My Dr waranfashije cyane kuburwayi narinfite, ugira care Nziza, uganiriza abarwayi neza mbese Imana ikomeze iguhe kurama. We love you
@mutesihappy7349
Күн бұрын
Waduhaye number ze
Dr. Mbyiringiro N'umuganga mwiza cyane, guys mumugane azabafasha neza wakoze Rose twungutse byinshi
@mariemusabyineza2589
Күн бұрын
Akorera hehe?
@j.u7846
Күн бұрын
Faysal
Urakoze rose kutuzanira uyu mutumirwa imana ibahane umugisha ndungutse❤❤❤❤❤❤
Rose wee watubabariye nyakugira Imana wee koko ukatubwira uburyo twamubonaho either nbr ze cg ubundi buryo bundi. Turakwinginze pee!
We love and Respect Dr Byiringiro 🙌
My Dr 🔥🔥🔥
@umurerwaclemence912
Күн бұрын
Mwaduhaye number ya Doctor
J.paul❤❤❤❤ sinakwibagirwa ukuntu wantabaye wambereye nka malayika murinzi
Umuganga w'imfura cyaaaaaane. Imana imuhe kurama, afite ubuzim a buzira umuze
Rose wakoze kumuzana kanze nicare hamwe , mukurikire nari mukumbiye, akantu keza akora nuko communication ye arinziza cyane aragukurikirana cyane kd aritanga numuhamaharo umurimo ,
Rose wazanye umu Dr mwizaaaa ndishimyeee ! Infection nziheruka ngishaka ziraryana weeeeeee ariko ubu maze imyaka 8 ntazirwara !
@sandraumuhoza6714
Күн бұрын
Wabigenje ute ?
@bnjamindayisaba1326
Күн бұрын
Wakoz Iki mama
@ahirwa0077
Күн бұрын
Naretse kogamo isabune
@ayijac7740
Күн бұрын
Tubwire ibanga rero 🤦🤦
@niyonkurumerci
15 сағат бұрын
Rata woe wakoresheje iki? Wakihanganye ukambwira ko zanzengerwje Koko?
I'm happy to see you dr kandi nejejwe ninyigisho umpaye
Dr wacu turamukunda cyane nu muganga mwiza akurikirana umurwayi
Wakoze cyanee gutumira Dr ubutaha uzamugarure
Uno muganga aratuje,avuga neza Imana ibahe umugusha.
Waw nishimiye ikiganiro cyanyu my doctor
OK Dr arakoze cyane rwose
wakoze cyane roze kutuzanira docter haribyonungutse🙏
My doctor thank you for all 🙏🙏🙏🙏
Rose uzatuzanire umuntu uzi neza ibijyanye n'uruhu.(amavuta,amasabune)
@UWINEMAAnnieCyprienne
Күн бұрын
Yego rwose pee Nkabakunzi be nadufashe
@uwaseclarisse2578
Күн бұрын
Rose wakoze cyane peee uzamugarure Dr Byiringiro numuhanga, uzatuzanire numu dermatologist cyane cyane wuruhu rwo mumaso.
Wooow, ntaranacyumva, my Dr J poul niwowe ibihe byose
Murakoze cyane pe menye aho napfiriye
Merci! Iki kibazo cyo kwikurugutura kiri kubadamu benshi pe! Inama zanyu ni ingenzi cyane!
Mwakoze cyane iyi ndwara iratuzengereje cyane
@yuhichance7504
Күн бұрын
nawe urinkajye s wee, twarashize
@IntareOnlineTv-l8m
Күн бұрын
Abagabo barangiza bakakirigata
@IntareOnlineTv-l8m
Күн бұрын
@@yuhichance7504nonese iraryana ?
Dr azagaruke rwose numuhanga yakoze cyane
Très enrichissant 👍
Oohhh my doctor ndamukunda 100/100 ❤❤ knd uri ipfura p❤
Wow !! So useful info👌
Merci Rose, wazanye incabwenge, yaduhaye ikiganiro ciza c'ubwenge, mu majambo meza yumvikana
@FrancineMuteteli
Күн бұрын
Ahubwo bazashireho itegeko ryo gudatanga imiti muganga atanditse
Ndahoza koko indani hamwe mbona atagacafu nakamwe nsigaye nkaheza nkagwara ama infections koko.mbonye ico bivako pe!
@yambabariyeimmaculee7193
Күн бұрын
Rro ubwo umwanzuro nukubihagarika
@umuhirwajoyeuse9457
Күн бұрын
Ceceka sha kuhoza gusa😂😂 mana we ntago tuzongera
@calvinlucky1320
Күн бұрын
😂😂😂😂😂
@chantalrupfura9953
19 сағат бұрын
😂😂😂😂 hafite ubushobozi bwo kwiyoza.
Murakoze cyane ❤❤❤
Rose wakoze kabisa njye banteye urushinge ndimo kubagwa rwanteye impungenge kd muganga ntiyansobanuriye akimara kuruntera nahise nunva utuntu tunjomba mumutwe nka masegonda 30 birashira byaranshobeye mumbarize muvandi
Mpise nibuka story zawe Dr iyo uri muri Theatre😂😂cyakoze nkunda ukuntu wicisha bugufi ukaganiriza buriwese utitaye kucyo aricyo
Thx my doctor ❤❤
My Dr wajye ndagukunda cyane❤
My Dr. Wambyaje neza, ukurikirana ababyeyi neza, uri muganga mwiza peeee. Wubahwe ni ukuri
Shn urakoze cyane rosa