N’UMUGABO WANJYE NTAZI AHO NAKUYE UBUKIRE🚐🚞🤷🏻♀️UBU NDASHAKA KUBA DEPITE👌Celine ATUBWiYE BYOSE
Ойын-сауық
Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
Пікірлер: 175
Uyu mumama aracyarumujene Akwiye gushyigikirwa Afite byinshi yazatugezaho nku Rwandaza rwejo twifuza Amahirwe Masa 🎉 Wapfura we👋
@solangeingabire4522
3 күн бұрын
Amahirwe masa pe, ako kantu kubuhinzi kanyuze cyane
Sha celine ndakwibuka muri IPK nubundi waruzi ubwenge cyane ndi Grace tuzagutora rwose urashoboye
Uri umunyabwenjye kuko uzi kwishakamo ibisubizo ukwiye kuyobora abari bakiga byinshi ubafitiye ❤️❤️❤️❤️🙏💐💐💐
Nanjyaga numva ubwenge mbonye umuntu ubufite iiiieeee nigitangaza
Umva , bazagutore rwose wagirira igihugu akamaro. Ahubwo iyo uza mbere ubu mba ngeze kure , nkungukiyeho byinshi.❤❤
Respect for her, aho yabereye intwari yo kubaka kandi agakomeza akagera kuntego zubuzima bwe niho hatsinze benshi bakabura amahitamo hagati y' urugo cyangwa gukurikira indoto zawe iyo umuntu ahisemo kimwe yicuza ikindi kandi society ntimwumve ariko we yamenye ibanga ryo ku bikoraho balance 😮😮
Nukuri ndumugabo wo kubihamya muziho ibikorwa byinshi byiza cyane ndetse yakwemera no kwitanga ngo abandi babeho kutamutora nuguhomba
@ZuhuraMugwaneza-em3lt
3 күн бұрын
Nu mudam mwiza urabyumva nuko asobanura ibinu birumvikana knd nu mwana mwiza
Woooooow maze igihe kinini kuri you tube ariko nubwambere nteye comment, Celine rwose urakz cyn numvise story yange kd Irankanguye peee, batubwire uko batora nzagutora ishuro zose zishoboka peeee, wumve ko iki kiganiro ngo savinze kuva naza kureba ibiganiro kuri KZread nubwambere❤️❤️❤️
Dore umugore ufite mind nzima abantu bakwigireho Uve kuri Bahavu ngo ndi proud yo kwirya, hanyuma se
@ukl9802
4 күн бұрын
Uriya ntacyo atwigisha
@uwamurengeyeconsolee5871
Күн бұрын
Egokoooo 😂😂😂😂😂
@uwanyirigiraevelyne9358
9 сағат бұрын
@@ukl9802nukoye aho ajyezese urahamujyejeje ese uziko naziriya flim ariwe uzandika
Courage na murumuna wanjye sha yarafite bakanyabunyobwa akagira amafr twe ntayo dufite kd kk yavuyemo umucuruzi 🙏🙏🙏nanubu pe kd ashuma Imana
Ngo umugabo uzokubera umugabo akanakubera umugabo ( twasangije iciyumviro) ariko iyo usanze atariko bigenze ugira agahinda kadahera
@IshyaJudy123
17 сағат бұрын
Ntabwo umugabo yakubera umugabo na papa wawe .Ntibibaho sha
Nukuri nkunze uyu mutumirwa nzamutora mperereye mumajyepfo ansubije imbaraga mubuzima anyibukije intego narimfite ngiye kongera mbyuke mumpe nimero ze
Yewe nzagutora 59! Arko ibyobyo rwoxe uratubeshye pe!! Ntabwo byarigukunda kuva 100000frw ngo uhite ugera mubushinwa mugihe gito kbx!!!
None se tel ya Celine ko ntayibona? Tuzamutora azi ubwenge cyane. Bravo.
Wowe va mu budepite, ufite more opportunities. You have open-minded. Hariya kwirirwa wicaye, usinzirije impano, nta mpamvu. Wowe ndabona uzagera kure
@appolineuwineza
4 күн бұрын
Nanjye nicyo nibaza ko ashoboye yakomeje agakora ahubwo agaha akazi abantu(muri bo akaba ariho anyura avuganira cq yigisha)kuko nkurikije uko yivuze yakomeza agakorera hanze ya politike,uwo mwanya wa badepite akawuharira abandi
Uyu mu Maman ntasanzwe arashoboye rwose courage cyane aduhe nimero ye njyewe nzamutora ntintoki icumi namano icumi
Naryohewe nikiganiro cyanyu none none birashiririye,gusa ndaryohewe kandi courage mukobwa mwiza
Numvaga kubera ashoboye kwikorera atakagiye muri politike
Niwowe , Dukeneye Céline Urabikwiriye pe urakoze Kubuhamya bwawe Bravo!!
Sinkuzi ariko ufite confidence ijwi ndariguhaye👌
Uwibaza ngo céline ntiyavuze kurubyaro ndamuvugiye yarabyaye afite umukobwa mwiza Owen
Yo Ndabikunze Ejo Harahantu Twahuriye Uje Kwisigisha Disi Turavugana Urambwira Ngo Urakunda Ariko Iyo Wanze Ubawanze Nanjye Ndakubwira Ngo Nanjye Niko Nteye Ngoho Courage Imbere Cyane Kandi Heza❤
Uyu mutumirwa namukunze. Ibintu avuga birasobanutse tumuhe amahirwe yo kuduhagararira mu nteko ishinga amategeko❤
Uyumudame azubwenge cyane rwose 👌 ndamukunze 🥰 akwiriye gutorwa ndabona yatugeza kuri byinshi
Strong woman for sure tuzagutora rwose,niwowe ukenewe nukuri
Very good Celine. Uzatsinda ndabyizeye. Uzagaruka Gashora dukoma amashyi. Hejuru hejuru cyane
Bagutore kabisa ndumva umenyereye kuba umuvugizi wa rubanda kdi ubateza imbere
Celine is very brave and intelligent lady Rwanda needs her. Good lucky sis.
Kutagutora nuguhomba kbs nibayaguhundagazeho ufite gahunda nziza Rwose kandi inzira wanyuzemo ziraguha amahirwe kbs👍
Nukuri urashoboye mukobwa mwiza👏🏿👏🏿👏🏿👌👌 . Komeza rwose kandi Imana izagushyigikire utsinde.🙏🏿❤️
Rose iki kiganiro kiratwubatse cyane.kdi ndagukunda cyaneeee
Ufite ibitekerezo bizima utanatowe abanyarwanda nitwe tuzaba tuguhombye ❤
Nkunze ukuntu rose abategerereje umushyitsi kumarembo binyibutsa byabihe nukuri tucyiri abana uburyo twacyiraga abashyitsi
@umurisadudu7514
5 күн бұрын
Visitor's care❤
Ooooh! Ndanyuzwe kubwumutumirwa wazanye ❤❤ we are Rose wacu😘
Uyu mudamu akwiye kuba umu depite pe. Azubwenge kand merci for sharing your experience.
Congratulations ma chr❤❤❤❤ respect
Sha ndagukunze niwowe muyobozi ukwiye tuzagutora urashoboye
celine wange proud of you mama
@nicolemushimiyimana5358
4 күн бұрын
Imana ibahe imgisha mwembi ndabakunze kukiganiro kiza cyane
@nicolemushimiyimana5358
4 күн бұрын
Ubundi nkwifulije amahirwe yo kuzatorwa namajwi menshi urlimfura kazi cyane
@MukeshaClaire
11 сағат бұрын
Number 59nazifashe mumutwe nzagutora kbs
Uwo mutumirwa ndamukunze cyane, azi ubwenge
Uri intwali cyane ariko imihigo yawe uzayisubiremo neza pe.ntingana nibyo utubwiye wakoze😊
Umva nzagutorera ko uzatubera ikiraro nzajye nkwinyuriraho rwose!Your 're really ambitious 🥰👌 Gukinisha igishirira 😂
Céline you inspired me very well, you are my role model
Ndagukunda cyane knd nukuri ukwiye kuba ikirararo cya abagore URI intwari , wakubakamo beshi imbaraga, abagore Benshi turitinya cg ukumva haribyo utakora kuko biciriritse
Très intelligente. Batagutoye bazoba bihombeye. Chapeau à toi.
Wowe uri incabwenge ufite ibitekerezo tukuri inyuma nkawe wabaye mu buzima bubi byanakorohera kumenya ibibazo abantu bahura nabyo.
Umva rose we uyumudame arashoboye ikiganiro ndakirangije gusa ndakubashye pe kdi urashoboye rwose nibagutore
Umugabo wawe aranyumije pe!! Kubana n'umuntu utazi ibyo yirirwamo koko!!!
Uyumumama tuzamutora arabikwiye ikiganirocye kirapfashije cyane
Ndagushimiye Celine, uri umudam w’intwari ariko hari akantu nagirango nange mvugeho kubera ikiganiro uduhaye, ikintu cyo Kuba umugabo yarakubujije kujya mukazi ugakora rw’ihishwa nagirango mbwire abagore ko kuba umugore/ Kobwa bidakuraho akamaro, ubushobozi n’ibindi bitandukanye , kuba warabashije kugira ubwenge bwo gukora ibyo wakoraga ukunguka, ntabwo aruko abandi bantu batabikora ari uko badafite ubwenge ahubwo abantu bafite ubushobozi butandukanye bitewe nibintu bitandukanye, ni iyihe mpamvu yatuma nkora n’ihishe kandi ndi umunyakuri? Niki cyatuma umuntu ambuza gukora kandi mbishoboye kandi adashobora guhaza ibyifuzo byange byose?ubundi numva umwe mubashakanye akwiye kureka gukora kubwimpamvu bumvikanye bitewe ninshingano zindi z’umuryango eg: mwabyaye kandi koko nawe urabona ukwiye kuba murugo ie kubushake atari agahato! Ntampamvu nimwe yatuma nkora n’ihishe Kandi ndi umuntu mukuru ubyemerewe nfite inshingano, nfite umuryango, nfite ubuzima kandi nkuko ubivuze nuwo mugabo mwatandukana ugasigarana inshingano udafite aho uhera! I mean being a woman doesn’t make you less of important than a man you are a team if you are married and you agree on what to do according to what is benefiting your family( agreement not by force) Sorry I don’t support any kind of abuse
Celine proud of u ❤🙏 Childhood
Ndakuzi uzi urindwanyi cyane chr
❤❤❤ trying everything 👌
Nanjye nize nyagatare muri UR rwose ndamukunze uyu mumaman ❤❤
Uranyemeje mada 🎉🎉🎉❤
Amazing Story ❤
Nkuzi kuri kaminuza ariko rwose wagiraga confidence
Nimwe tuba dukeneye kbs👌 urumunyabwenge uruwogutorwa tuzagutora✊
La patrone wacu 🥰🙏 Turagukunda
Wooow mbega umutumirwa mwiza ufite inama nziza zubaka pe! nzagutora
Nukuri nanjye ndanyuzwe kubwiki kiganiro❤❤❤❤
Cyurimpundu numudamu mwiza cyanee ufite kumutima wurukundo
@Kagame should see this talented woman she deserves the best
Wamubyeyi we imigabo nimigambi yawe rwose nimyiza ariko ikibazo nuko mubivuga mwitamamaza twabatora mukadutenguha.kdi rwose tubatora ngo mutuvuganire.bne chance kdi haricyo unyigishije
Urabikwiye, turagushyigikiye, uri intwari pe.❤
Ndamukunze cyane❤
Congratulations Celine tuzagutora
Dore Umugore ukwiye guhagararira abandi rwose
Kanicare nige numvireho Aho abandi baronkera amahera😂
@ishimwenadia2183
4 күн бұрын
😅
Tuzagutora chr Cerine
Courage ni wowe urwanda rukeneye
celine ni indwanyi tu kandi arashoboye.niba muburasirazuba nabo bemerewe gutora nzamutora pe
Umucyo Kitchen TV mudutere inkunga nyamuneka ❤❤🎉
Waaao she is so smart and confident 👍
Wawuuu nzagutora ndagukunda
Yoooo Imana imushyigikire pee
Wow 👌
Yooo. mbega umumama ufite ibitekerezo byubaka weeerrr
Tuzagutora kbs mama urumujene kbs ahantu hose
Rose ndagukunda cyane cyane
Muranyubatse pe rose nanjye pfite inkuru ndumukobwa mbimuhanga nasangiza urubuiruko
Ndagutoye rwose, ubudepite urabukwiriye ariko sinumvise uvuga abana, mwaribarutse???
Tuzamutora Rose mwiza turanyuzwr pe
Mbaye uwambereeeeeeeeeeeeee
Courage bambe
Ndumva ngukunze pe ❤❤❤❤❤
My vote goes to you
Sha uri. Mwiza uzubwenge
Rose ndagushimiye nkunda ukuntu uzana abantu bingirakamaro.sinzi impamvu ntarimo guhaga kumva Celine😮
Ndaje nzagutore nukuri ndamukunze
Iyakaba abarundi twemeregwa gutora murwanda nacanza kukwitorera wantwariw mrc bc
Woow❤❤
Nzagutora chr.
Tuzagutora cyane
🔥🔥🔥
Tuzagutora rwose
Kuva navuka ni ubwambere numvise ibigwi by' Umuntu nkumva birarenze
Nzagutora pe
Nzagutora
Hi chou ninge Rachel warayee murugo mama ajya akumbaza❤❤❤❤
@IradukundaYvette-uc1lg
Күн бұрын
Yooo birumvikan Ko mwaburanye muzongerr mujye muvugana pe
Hmmm suspicious