Pole sana. Dada yetu Lydia. You shall heal over time.. your a good person and your love is real which is extremely rare in our world today.. you just loved hard the wrong person who is blind enough to see what God has given him. It tells a lot about your character, u don’t just jump into things you didn’t take time to think about…Your too beautiful and loyal that man to have you. You honestly deserve better and the best is yet to come…Glad u never be came bitter due to what has happened . God is good and he will restore all that belongs to you that was taken away ❤️🥰
@Peacine Жыл бұрын
Lydia, I'm so sorry Mbabajwe n'aya marira n'agahinda ufite😭 uri mwiza, uzi ubwenge kandi ukomeje kurwana ku buzima bwawe n'ubwo urira buri ijoro ariko ngushimiye iyo courage yo gushaka gukira agahinda no kubyuka buri munsi ugakora icyaguteza imbere. gukira ni urugendo rutoroshye gusa birashoboka Just don't give up. I'm sending you my hugs🫂love❤️ and prayers🙏
@ingabireirene2707
11 ай бұрын
Pole. Gikobw njye ndakumva cne ndabyumv pe
@ingabireirene2707
11 ай бұрын
Nyamara duhari twarakomeretse turibeshi hora
@Mohammed-sh2wx
10 ай бұрын
Yesu agukize again agahinda akomore inguma aguhumugabo uzagukunda cyane akwibagize
@juliennenyirandikumana5575
9 ай бұрын
Ihangane muvandimwe 😢
@byiringirojean-oo1jg
9 ай бұрын
Ihorere mukobwa mwiza
@vanessamutoni4869 Жыл бұрын
I understand how she feels it took me 3 years to really get over a heartbreak no one truly understands how hurtful it can be when you’re in love with someone and trust them my advice for you girl is to let time heal you’ll be fine eventually you’ll understand why that relationship had to end you definitely deserve the world someone will love and appreciate you ❤️ sending you all the love and healing
@aphrodicehabumukiza5956
Жыл бұрын
Exactly yes
@clementinekaranga3416
Жыл бұрын
So sorry I understand you too 😢😢😢
@Anonymous-tu6ud
Жыл бұрын
I hope she reads your comments and am glad you are doing ok now
@uwinezadjaria1211
Жыл бұрын
Yeah thx VA 😢
@vanessamutoni4869
Жыл бұрын
@Kim Hall it’s by the grace of God and I did reach out to her privately
Pole sana lydia .Imana irahari kandi izi impamvu yagukijije uwo muntu. Sois forte ma belle. Uri mwiza kandi imbere ni heza. Uzagaruka kwi simbi ushima Imana yagushumbushije
Nahageze bwa mbere ☝️ ka ntere isongabugari numve ikiganiro 👍
@yvettenyinawumuntu2270 Жыл бұрын
Lydia be strong, inama nakugira uge usenga cyane lmana uyisabe imbaraga zumutima ,kndi ushime lmana ko uwo musore mutabanye,kuko yarikuzakubabaza de plus,ikindi lmana iradukunda ntijya yemera ko tubaho tubabaye,umunsi umwe lmana ibyaramarira ibihindura ibitwenge,komera kndi wihangane beautiful.
@natukundaphiona5248 Жыл бұрын
Thank you so much for working hard sweetheart 💖. I believe one day you will do things big more than
@blessingbless1606 Жыл бұрын
Lydia, You're beautiful, wise, intelligent, smart and so lovely! Worry not sis, God has a beautiful plan for your life! He has a such a gentleman for you! Everything that happened to you will one day make sense to you and every thing works out for good for those who trust God!
@shalombyukusenge2844
Жыл бұрын
Amen that’s right.. we are praying for your healing ❤️🩹 beautiful 😍
@eugenienyiraminani9045
11 ай бұрын
Pole chr.ibyo biragoro cyane.udafite gukomera muriwowe wana.kwiya hura
Nitwa consolée umva ma chr Lydia nukuri Impore wongere wimpore cyane Kandi usenge cyane kuko muri yesu kristo niho hari amahoro uri mwiza kibondo yesu kuba akikurinze aragukunda nukuri yesu ako gahinda wangize arakazi iturize wibere muri yesu Imana idakoza isoni izakubakira urugo rwiza amarira yose warize yesu azayaguhoza 🙏
Muvandi, uyu muhungu wikomeza kumuha power adafite, wimuha control y'ubuzima bwawe, yashatse kukubaza, nukomeza kubabara araba ageze ku ntego ye Stress ni mbi, ushobora kurwara ukaremba Keep yourself busy, love yours, find something to focus on You will be alright. Siwe muhungu wenyine. Uzongera ukunde undi
@kiberinkaaline
Жыл бұрын
Imana ihora ihoze buretse azabona
@i.e.m5350
11 ай бұрын
Ndikureba le type ari kureb iki kiganiro akisetsa! Lydia niyihangane pee! Yiririra hano nukuri niyihangane ahatane arwane kuko muhaye imyaka 3 azaba amureba yibaze niba yari yarasaze! Yibaze icyo yamubonagamo bimuyobere
My dear , i feel you 100% , igihe cyonyine nicyo kizagukiza , ndakwingize bwira umutima wawe utuze( i know it is not easy) , ubundi uharanire gutera imbere mbabarira wiherenwa n amarira,... 🙏. I swear to you nothing is without cost in this world, he will totally regret , unfortunately it will be too late kuko uzaba uri a happy woman. Time will tell ...!
Imana ifit Icyo yakurinze yishimire.Nibyiza ko yakweretse ingeso ze mbere mutarabana.
@momo-k- Жыл бұрын
Have you ever looked in the mirror and see how beautiful you're gal?? you're worthy, beautiful, intelligent and much more and you deserve better, you will find someone and regret why you shed your tears on that useless man
@trinajanetkirabo9853
Жыл бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 waretse uyu mutesi urizwa nubusa busa ngo ni nyatsi y’umusore!!she needs to have confidence in her first and learn how to put her self first than any other guy!!
@emilien2298
8 ай бұрын
I was about to say the same thing. She is incredibly beautiful 🤩
Only Jesus can help you to overcome all the pain please find a church that loves Christ and fellowship with them there’s a church known as grace room ministries in Kigali please go there, God will do the rest much love from Ug 🇺🇬🇺🇬🇺🇬
Ndakumva cyane chr uburibwe wanyuzemo ndikubukurura cyane ariko humura hari Imana yomora ibikomere pole kbsa
@soniauwitonze4629 Жыл бұрын
Yoooo komera cyane nImana yamukurinze mutarabana...ibaze iyo abigukora mwarabanye...twese tujye twigira kuri témoignages nkizi. Ubu kirazira kwizera umwana wumuhungu ..be strong..u have an expérience...ubutaha uzamenya uko ubyitwaramo nukubigiramo ubwenge bwinshi kdi uhumure Imana yabonye umutima wawe uri très ouvert ishaka kukwigisha isomo ..niko Imana yigisha ...uhumure rwose take ur time ..heal enough urself...work hard as u do ...the future is better than what u've been through gal
Пікірлер: 1 800
NUMERO YA LYDIA: +250 786 582 396
@angeuwamahoro4854
Жыл бұрын
Sabin, urakoze cyane gushyiraho niméro ya Lydia 💓❤️Ndamuhamagara mubere grande soeur. Ndamusengera ngo Yesu wamvuye peine d'amour nawe ayimuvure 🙏
@viateurhitayezu5399
Жыл бұрын
Wamukobwa we Imana igukize !ariko humura pe!Gusa ntakitishyurwa uwo muhungu we azabyishyura kuko byose tuzava hano kwisi tubyishyuye!
@desirenathan3734
Жыл бұрын
Sha Niba Abahemu babaho Aba sore barahemuka cya byagera kubo muri Est Africa. Nihatali
@mucyoolivier6795
Жыл бұрын
Pp
@IshimweEzila-ub2xx
Жыл бұрын
@@desirenathan3734 oyaa ntago uko umuntu akugiriye nabi wabimwishyura ,uramwihorera uduhembera imirimo dukora arahali
A broken relationship is better than a broken marriage 👌👌
@clementine6577
Жыл бұрын
Amen
@kabayizaangelique1340
Жыл бұрын
True
@delphineukubereyimfura9382
Жыл бұрын
Nukuri peee
@desirerukarangira2345
Жыл бұрын
True
@helenemanirakiza551
Жыл бұрын
Lto
Uwo mwana wumukobwa niyihangane uwe ari munzira ndamuhanuriye mwizina rizima rya Yezu❤❤
@CarltonKeyla
11 ай бұрын
Amen 🙏🏼 Imana ibyumve 👌
@Jojo-12336
11 ай бұрын
Amen🙏
@sandraumuhoza7333
10 ай бұрын
Wamuntuwe ntibiba byoroshye, ngewe umuhungu yarampemukiye najyambona babavuga butumwa babwiriza abantu mumuhanda nkabahunga ngobatambwirako Imana igiraneza Kandi ngewe yampemukiye rero nkubwiye ibi kugirango wumveko nkuyumukobwa ubona ikigikomere ntazagikira yakizwa yashaka yakora iki keretse wawundi ariwe ugarutse bakabana naho undi azubakira kuriki gikomere nuwo bazabana niwe uzaba agowe
@HodariaPrisca
10 ай бұрын
Imana yakurinze kubabara kuko mutabante yagatsindwa
@BenemaliaLucie
2 ай бұрын
Ihanganemukobwa😊❤ Bibaho ppl e
Pole sana. Dada yetu Lydia. You shall heal over time.. your a good person and your love is real which is extremely rare in our world today.. you just loved hard the wrong person who is blind enough to see what God has given him. It tells a lot about your character, u don’t just jump into things you didn’t take time to think about…Your too beautiful and loyal that man to have you. You honestly deserve better and the best is yet to come…Glad u never be came bitter due to what has happened . God is good and he will restore all that belongs to you that was taken away ❤️🥰
Lydia, I'm so sorry Mbabajwe n'aya marira n'agahinda ufite😭 uri mwiza, uzi ubwenge kandi ukomeje kurwana ku buzima bwawe n'ubwo urira buri ijoro ariko ngushimiye iyo courage yo gushaka gukira agahinda no kubyuka buri munsi ugakora icyaguteza imbere. gukira ni urugendo rutoroshye gusa birashoboka Just don't give up. I'm sending you my hugs🫂love❤️ and prayers🙏
@ingabireirene2707
11 ай бұрын
Pole. Gikobw njye ndakumva cne ndabyumv pe
@ingabireirene2707
11 ай бұрын
Nyamara duhari twarakomeretse turibeshi hora
@Mohammed-sh2wx
10 ай бұрын
Yesu agukize again agahinda akomore inguma aguhumugabo uzagukunda cyane akwibagize
@juliennenyirandikumana5575
9 ай бұрын
Ihangane muvandimwe 😢
@byiringirojean-oo1jg
9 ай бұрын
Ihorere mukobwa mwiza
I understand how she feels it took me 3 years to really get over a heartbreak no one truly understands how hurtful it can be when you’re in love with someone and trust them my advice for you girl is to let time heal you’ll be fine eventually you’ll understand why that relationship had to end you definitely deserve the world someone will love and appreciate you ❤️ sending you all the love and healing
@aphrodicehabumukiza5956
Жыл бұрын
Exactly yes
@clementinekaranga3416
Жыл бұрын
So sorry I understand you too 😢😢😢
@Anonymous-tu6ud
Жыл бұрын
I hope she reads your comments and am glad you are doing ok now
@uwinezadjaria1211
Жыл бұрын
Yeah thx VA 😢
@vanessamutoni4869
Жыл бұрын
@Kim Hall it’s by the grace of God and I did reach out to her privately
Urumukobwa mwiza ikuremo iyo mayibobo ukomeze urugendo numugabo mwabyaranye araguhemukira ubuzima bugakomeza imana yakurinze byinshi iragukunda ahokugirango uzababare wararugezemo imana yararwanye ngobipfe tuza my sis ntakiba kumwana wumuntu itakizi
@bateteup_2024
Жыл бұрын
Ubivuze neza cyane
@ngamijelouise7677
Жыл бұрын
Nizamayibobo pe zigendera
Pole sana lydia .Imana irahari kandi izi impamvu yagukijije uwo muntu. Sois forte ma belle. Uri mwiza kandi imbere ni heza. Uzagaruka kwi simbi ushima Imana yagushumbushije
Lydia mpore Chrie uraremerew kumutima pe🥺Mwami ndasenga ngo umuhindurire amateka uyu mwana w,umukobwa🙏🏾Umumporeze 🙏🏾
@urujenimireille8637
Жыл бұрын
Amen
@Fannique
11 ай бұрын
Amen🙏
Uretse ko abantu bikurira ibyaha gahoro gahoro kugeza ubwo umuntu akinisha umutima wumuntu ubundi ubonye ko udakeneye umuntu umuhakaniye byagutwara iki? Be strong mama harubwo yibwira ko yakwemeje ahubwo warakize umuruho wahazaza sha.izere Imana niyo nkuru
@kalisainnocent3
Жыл бұрын
Sibyo rata
@Enadominguez8148
Жыл бұрын
Ariko yaramuhakaniye, ahubwo numvise ikibazo aruko yamuhakaniye.
@fannyuwimananshimye8342
Жыл бұрын
❤
@lydiatara9474
Жыл бұрын
@@Enadominguez8148 Sha umuntu ukubwira ngo mufite ubukwe, akabyegeza inyuma, imyaka ibiri igashira mwegeza inyuma , noneho yabona kwegeza inyuma byanze ati ntagahunda mfite, ngo ndagukunda ariko ngo sinzi ikintu gituma ntagushaka... Ubwo urumva ntabugome burimo??
Mpore mukobwa mwiza❤❤❤❤❤❤❤❤ Shaka YESU akwomore fata umwanya uhagije usenge cyane uwo muhungu umwikutemwo kuko hari vyinshi IMANA yagukijije rer kuba mutabanye wumve ko ubuzima atariho burangirira. Hako wosenya mumaze kubana vyakwanga hakiri kare Uwawe arahari kandi harigihe uzicara ugashima IMANA
ujye ufata umwanya wirebe neza;uri mwiza cyane gerageza ugarurire ubuzima icyizere cz ufite ukuntu ugifitemo agahinda muri regard yawe(indoro yawe rwose irababaye) nyamara humura ejo ni heza rwose don't give up!Much lve ma Dear
Be strong Lydia, sorry for that pain, sending you Hugs, love and prayers Dear♥️🫂✨ You are beautiful ❤️ and above all God loves and cares for you🎉
Komera Lydia biragoye! Karma says: When You destroy someone's life with lyies!Take it as a loan! It will come back to you with interest.
@isarosalama202
11 ай бұрын
Ndigutekereza uwo only umunsi yamuhemukiye nka platini bakagabana iyonzu ihenze yubatse anamutuburiye
Nahageze bwa mbere ☝️ ka ntere isongabugari numve ikiganiro 👍
Lydia be strong, inama nakugira uge usenga cyane lmana uyisabe imbaraga zumutima ,kndi ushime lmana ko uwo musore mutabanye,kuko yarikuzakubabaza de plus,ikindi lmana iradukunda ntijya yemera ko tubaho tubabaye,umunsi umwe lmana ibyaramarira ibihindura ibitwenge,komera kndi wihangane beautiful.
Thank you so much for working hard sweetheart 💖. I believe one day you will do things big more than
Lydia, You're beautiful, wise, intelligent, smart and so lovely! Worry not sis, God has a beautiful plan for your life! He has a such a gentleman for you! Everything that happened to you will one day make sense to you and every thing works out for good for those who trust God!
@shalombyukusenge2844
Жыл бұрын
Amen that’s right.. we are praying for your healing ❤️🩹 beautiful 😍
@eugenienyiraminani9045
11 ай бұрын
Pole chr.ibyo biragoro cyane.udafite gukomera muriwowe wana.kwiya hura
@mukamurigojoseline8237
9 ай бұрын
Lidia ntabwo ariiyakira nanubu,gusa akwiye gusenga kdi akammenya gufata umwanzuro akiyakira,kuko uwo muhemu ntiyari akwiye kubana NAA lidia
Pole chérie. Imana Nyir'Ihumure Ryose Ikomore Mw'Izina Rya Yesu Kristo , Amen.
Ntago ar'Uwo muhungu wakwangije..ni shitani ushaka kukwangiza. Yakoresheje uwo muhungu..emera yesu mubuzima bwawe nkumwami wawe..urwane intambara shitani yakwingijemwo..niyo kukwangiza umutima ngo akwibe future yawe..jya murusengero uhamagare Yesu Kristu buri munsi..niwe gisubizo cyaweeee, niwe gisubizo cyubuzima bwawe..ufite future nziza..uzaba Mrs ukunzwe, uzaba Maman ukunzwe ukomeye, business lady..komeraaa
@marimini-ih8ym
Жыл бұрын
Rata nibyo bikora byarankoreye njyewe yesu wazutse niwe uvura umubabaro kuko nawe yababajwe setu
@uwerajoyce9666
11 ай бұрын
Yooo unteye emotions 😭 Imana iguhe umugisha
@mahoromezarosemary2103
11 ай бұрын
A good advice rwose, satani aba abyihishe inyuma. Yesu arabyoroshya ukuntu❤️
@nmnteamdknn8405
11 ай бұрын
Nuko biba bimeze... umuntu aba Sandwell afite ikibazo mumaramgamutima wiwe... buriya niyataba uwo muhungu haboneka ikindi... Kandi ibibazo mwisi bizahoraho, ariko tubibamwo tukababara arikko bigashira... rero arabe therapist ashake counseling, asemge, Imana izamusana umutima... uwo muhungu namwe amurekere freedom ye ntabwo uwo mujundanye mutegrrzwa kubana... axabona uwundi
@LyceeRoyal-lg6rb
8 ай бұрын
Useka neza jya wisekera nukarizwe nabisi
I can't stop crying 😭😭 Pole shenge Imana izakomora komeza uyegere cyane
Lydia nge ndakumva cyaneee hari ababifata bakabyoroshya batabizi ariko nange byambayeho ntibibabyoroshye kubyibagirwa duhuje amateka gusa byanyigishije gukomera ihangane be strong uzahora amarira nawe hari uwawe uzagukunda ndetse unanatete nange namaze imyaka3 ariko nakuyemo igikomere cyangoye peee😭 but now am happy
Niwihangane imana izogushumbusha nkuko murungi ❤❤❤
Byose ubibwire Yesu niwe nshuti itabura guseruka mubyago nomumakuba❤❤❤
Yoooo. Mbega kubabazwa. Ihangane pe n'ubwo bitoroshye. Iyo mba umusore mba nkwihoreje. Ariko Imana irahari. Uzashishoze batazingera kukubeshya. Ababeshyi ntaho bagiye bareze cyane.
Mpore mwiza!icogikombe nanje nakinwereyeko ndakwumva cane.komera Imana izokwomora.
Bazina pole sana ndumva duhuje amateka, dufite ubuhamya bumwe! Ariko humura nasanze haba Hari impamvu komera utuze uzabona ibyishimo.
Komera mukobwa mwiza❤️ Ahubwo Uge utera hallelujah yumurambararo ushima Imana yatumye utabana nawe. hari ibyo Imana yakurinze Kuko iyo akugeza murugo wari kurira kurushaho. Abakobwa Muge mwirinda ko amarangamutima yanyu arenga ubwenge bwanyu. ubwenge buge busumba amarangamutima yanyu. Nugusenga Imana izaguhuze nuguhoza amarira Kuko Niyo imenya uwo wagiriraho umugisha 🙏
@mukashyakarose8584
Жыл бұрын
Yumurambararo rwose 😂😂😂😂
Cyakora urukundo nirubi😢 rurababaza rwo kanyangwa nukuri rubyiruko mwirinde guhemuka, stay strong Lydia imbere niheza❤
@EsperanceNdayi-ws9he
10 ай бұрын
biragoye kwakira ark komera abantu bub barahinduts
@roseniragire2177
10 ай бұрын
Ahubwo wagirango harimo n'amadayimoni si gusa gute wakomeza gukunda umuntu utakwitayeho ?uyu muhungu ashobora kuba aroga rwose kuko ntibyumvikana ukuntu nubu waba ukirira.
@LyceeRoyal-lg6rb
8 ай бұрын
Cherie nkubwire ugomba kwishyiramo ko uwo musore si mfura mubahungu ntabwo ari nabucura mureke uzabona undi peeee
@LyceeRoyal-lg6rb
8 ай бұрын
Uri mwiza uzabona undi kbx va ku munyabwenge buke mwibagirweeee uzabona undi cherie❤❤❤
Impore kibondo, Imana izakwishyurira ihora ihoze ,nshuti, ntuzifuze kwigirira nabi cyangwa guta ikizere haracyari inyanga mugayo uwawe arahari
Ndakumva chr 😢 mbyambayeho kumugabo twabanaga noneho mumahanga biza binyitura hejuru,nabayeho ubuzima bwo kurira, kwivugisha nkumusazi ntawe mbwira we yarigendeye ansiga anyangije, ansiga mubitaro,ariko ubu nariyakiye maze kumenyera,nagize ibikomere kumutima no kumubiri,nawe rero humura bizashira kd imana iguhe amahoro yo mumutima.
@Gwiza737
Жыл бұрын
Pole sana
@louisepeace1185
Жыл бұрын
Yoooooo ihangane nawe chr abagabo barahemuka cyane
@marymgort1160
Жыл бұрын
Kbs.abagabo.bateribikomer
@clementinekaranga3416
Жыл бұрын
Komera 💓
@tinakibyu6587
Жыл бұрын
Komera Dalila
Be strong mama hari umunsi uzacya wisange murukundo ruruta urwuwo mugabo wikigoryi! Ndakumva pe!
Ndakumva cyane mukobwa mwiza gusa be strong ntawakumva kuko ngewe ndikukumva komera komera nshuti yanjye, Après l’échec la vie continu👌 Iraje ibijyenze neza 🙏
@jeannebigirumuhirwe-cn8zl
8 ай бұрын
Mpole isi ntiheranywa
Don't worry, what goes around, comes around Imana izagushumbusha Uwo muhemu nawe ntibizamuhira
Sister inama nakugira nuko wakwitoza kwakira ibintu uko bije, ugomba kwiga kugira umutima ukomeye kuko ikigaragara ufite umutima woroshye ninacyo kibazo ufite. Mubyukuri ikibazo wagize kirababaje ariko nikibazo rusange hanzaha kandi kumpande zose (abahungu & Abakobwa ), nonese koyanakureka mwamaze kubana akagusiga akishakira undi?? Nkanswe ubungubu yakuretse ntanisezerano rifatika mufitanye uretse iryo kumunwa? Itoze ibibintu bitatu: 1.kwakira ibintu bikubaye 2. Gufata umwanzuro 3. Kutikunda bikabije
@bateteup_2024
Жыл бұрын
Ukuri kuzuye
@nyiranshongorejosee-jg7ke
Жыл бұрын
Ibyumubwiye n' ukuri! Ibi biroroshye Niyige kubyakira rwose Buriya ikosa dukora nuguha abantu ikizere ntutugire Ako twisigariza tukabimariramo.
@NiyigenaOlive-qq2ed
Жыл бұрын
Umpore mama ! uzabona undi mwiza uzakomora ibikomere gusa ibyo waciyemo ihangane siwowe wenyine bisa umutima ukomeye nanjye byambayeho ariko maze kwiyakira humura nawe igihe kizagera umutima wawe utuze kd uwo musore akuvemo .Imana yonyine niyo yomora iki gikomere kuko kiragora cyane nanjye ndakumva cyane pe!kuko nanjye nabiciyemo uwiteka agukomereze umutima kuko ntamwana w,umuntu wakumva uko kiryana atarabiciyemo.njye ndagukomeje mukobwa mwiza
@Iranziassia
Жыл бұрын
Niko kuri rwose
@mariembasabire5326
Жыл бұрын
Ihangane mukobwa mwiza, ntukizere umuntu, %,ntacyo wishigarije mugihe ibyo wibwiraga bihindutse, nukubyakira ugakomeza ubuzima, uwawe azaza mugihe ntacyo
Nitwa consolée umva ma chr Lydia nukuri Impore wongere wimpore cyane Kandi usenge cyane kuko muri yesu kristo niho hari amahoro uri mwiza kibondo yesu kuba akikurinze aragukunda nukuri yesu ako gahinda wangize arakazi iturize wibere muri yesu Imana idakoza isoni izakubakira urugo rwiza amarira yose warize yesu azayaguhoza 🙏
Ohhhhhhh,sorry!!!, gusa buriya Naba nawe kuko wababaye ntawe ukuvuna (umwana), rero hari abaruhana ibikomere byumutima numubiri. Poleeeeee dear❤ ❤
@umurazadiane3350
Жыл бұрын
Njyewe unyanze ntamwana dufitanye naserebura pe , ubuse njye koniyakiriye Kdi mfite abana 2 kumyaka 26 . Mureke
Birababaza guhumeka bikanga kwicara bikang kuryama bikanga ndakumva cyane namazwe ukwezi ndarankanuye nkirirwa nkanuye ntarya ntanywa ariko humura hari lmana yomora ibikomere🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
@clementinekaranga3416
Жыл бұрын
Impore Ma'am 😢
@uwingabiremarielouise3406
Жыл бұрын
Imana iracyako
@mamakenny5932
Жыл бұрын
Impore mukobwa mwiza
@uweraclaudine883
Жыл бұрын
Murakoze cyane
@UwaseInnocente-cl6cy
11 ай бұрын
@@uweraclaudine883 Sha nihatali ariko Imana yonyine niyo yomora ibikomere.hanze aha hari inkomere nyinshi zakomerekeye mu rukundo
Birababaje 😢gusa unishime kutamuhekeye kuko warikubabara kurushaho! Rero njyakumavi usenge uwiteka arakomeze 🙏🏾
@ndorimanaildephonse384
Жыл бұрын
Sha mukobwa mwiza ihangane abahungu bikigihe nabokutubabaza arko yesu niwe wenyine womora nanjye byambayeho arko kwiyakira nibyobyonyine byakomora
@noreenmugabo2038
11 ай бұрын
Murekesha iyaba yaramusigiye umwana noneho yari kumirwa neza
@irakozeevelyne6603
10 ай бұрын
ntimumubwire uko bitew nurukundo yamukunda harigih kuba yoba amuhekey vyomugabanij uburibwe .urukundo rurababaza wopfuma urabana nuwomwana urukundo ntarwomuzi
Chr jya usenga Imana izakomora ibikomere njyewe narakize kubera gusenga nihatiye amasengesho cyane birangira Imana inyomoye kdi bikiri bibisi byambayeho 29/03/2023 none ubu meze neza nagarutse mukazi.
Ihorere mama!! Umuntu ukuvuna ntaba aruwawe!! Ubwo hari icyo imana igucyinze😢
Imana izi ibyo dukeneye kurusha twe ibyo ducyeneye buriya siyaruwawe humura Imana izaguha uwawe kandi ugukunda byukuri 😢❤
@dianeumutoni-iu3gi
Жыл бұрын
Humura pe bizageraho agushiremo ujye wibaza nicyonwamukundiraga gusa ejyera YESU Azaguhoza amrira
Pole sana mama urimwiza nyuma ya byose byakugoye uzishima❤
Imana izogushumbusha Lydia❤ ihangane wikorere akazi. Uwo ntiyari uwawe. Yari nokuzokurira munzu. Humura mukobwa mwiza Yesu ari kungoma
Komera pe yôoooo komera nukuri ❤❤❤imana izanguhe undi sibyo nango waremewe kubabara mukobwa mwiza
Muvandi, uyu muhungu wikomeza kumuha power adafite, wimuha control y'ubuzima bwawe, yashatse kukubaza, nukomeza kubabara araba ageze ku ntego ye Stress ni mbi, ushobora kurwara ukaremba Keep yourself busy, love yours, find something to focus on You will be alright. Siwe muhungu wenyine. Uzongera ukunde undi
@kiberinkaaline
Жыл бұрын
Imana ihora ihoze buretse azabona
@i.e.m5350
11 ай бұрын
Ndikureba le type ari kureb iki kiganiro akisetsa! Lydia niyihangane pee! Yiririra hano nukuri niyihangane ahatane arwane kuko muhaye imyaka 3 azaba amureba yibaze niba yari yarasaze! Yibaze icyo yamubonagamo bimuyobere
Sha histoire yawe irambabaje, ihangane. Nanjye nazanye umukobwa mubuzima bwanjye arambabaza byahatari ndadeprima bikabije. Ikintu kindya nanubu kikunshengura nuko nabyaranye nawe, nibura iyo ntabyarana nawe mba naramwibagiwe. Umwaka ugiye gushyira muretse ariko nanubu mba ndemerewe. Lydia ndagukomeje.
@carinecarine-9451
Жыл бұрын
Impore mama Imana iguhe uhimure izaguhe numunezero uzabona ugukunda cyane
@lizateta8855
Жыл бұрын
Nanjye nuko dear
Pole sana Lydia. Ibintu vyose bishikira umuntu bishika kumpavu y'imana. Ni wihorere ntabwo uwo ariwe imana yari yaraguteguriy nagato. Uwo yaguteguriy arahari gose❤humura imana aragukunda cane ❤
Nkukoi Sabin abivugamuri introduction imbere niheza siwe waremewe kubabara, Uno musi biranka ejo bikemera,rero humura kandi uhumure Imana izoguhoza Ayo Maria,❤ from Bujumbura
Va kunzererezi zabahungu nabagabo zadutse, gusa komera Imana izaguha undi uri fresh uzakunezeza ukumva wibagiwe iyo gasiya. Nanjye byambayeho ariko ubu nabonye undi urenze utagize naho ahuriye niyo mbobo. Wowe courage nikibazo kigihe❤❤❤❤
@uwimanayvette4237
Жыл бұрын
😂😂😂😂😂 uti imbobo
@ngamijelouise7677
Жыл бұрын
Nukuri nimbobo %
@gracemartine6814
Жыл бұрын
Nabe kungegera pe,,yendabarinokubana bakananiranwa
@smiledentaltv1276
2 ай бұрын
Ariko abakobwa nibo batababaza?????nibose ark ugeregeza kubyiyibagiza ugasenga imana ikaguha undi.
Pole sana sister 😭almighty God will put a smile on your face my dear we ❤️you.
Iyo mbeta ya mwaku , uyishize mungarani , nibyo kubaza. You're so young , full of physical energys . Just do your best, God loves you. Good luck ✋️
Sabin muhuze na Gahongayire uyo mwana w,umukobwa uzoba ukoz🙏🏾
Ndakumva cyaneeeeee be strong sister ntawakumva kuko ngewe ndikukumva be strong life continue ❤️❤️❤️
@vincentsinaruhamagaye4516
Жыл бұрын
Urukondo ruraryoha Kandi rurababaza ubu nanjye narakomeretse
@marimini-ih8ym
Жыл бұрын
Nanjye ndamwumva ❤❤❤❤
@bettydusengimana5695
Жыл бұрын
Nuko isi imeze 😭💔
@nyambochristelle7640
11 ай бұрын
Uhmmm amenye ko harabakomeretse kumurenza kdi bikomeje yakomera 😢😅😅😂gusa komera mama nubwo biba bitoroshye💔!!!!
@ingabirefrancoise14
11 ай бұрын
Ihangane ma Cherie bizashira ndakumva Cyane
Nyamara mwabantumwe ababasore ntamahoro bazagira nkururugo rwuyumusore ahaaa nihitiraga ayamarira azamukurikira nyamara munjye mwirinda kubabaza umuntu kurwego rugezaha😢😢
@sangwasamuel4566
Жыл бұрын
Ntabwo Arabasore gusa bonyine bahemuka gutya@njye ndumusore byambayeho kdi umuntu wabinkoze numukobwa yahoraga Ambwira ko Ankunda@dutegura ubukwe kugeza ku munota wanyuma@ariko ibyambayeho nanubu njya nicara nkibaza nimba byarambayeho simbishikire ariko narabirwaye .....please life is sohard
@gygygyslaine5016
Жыл бұрын
@@sangwasamuel4566Bose barahemuka
@peacedusabe5950
11 ай бұрын
ibi bintu uvuze nibyo! Amarira yuko umuntu bamuhemukiye ni mabi!
@noreenmugabo2038
11 ай бұрын
Umugabo twabyaranye yarampemukiye urugorwe ntamahoro habe arimo so ndakunva neza pe
Kbs gusa Imana izahembe abagabo pe kuko Ridia siwoe wenyine abenshi bafite amarira gusa pole sana
Be strong Lydia💪, urukundo rurababaza cyane p, ark ubinyuramo bikarangira, ihangane uzabona uwawe. Harigihe Imana yaba yarakurinze byinshi bitari kukugirira neza
Lydia Ndakubuze ngo nguhe un gros câlin. Komera kamdi i will get in touch with you soon ❤
Be strong sister!i can feel your pain icyo nakwifuriza wegere yesu niwe wakwambika imbaraga zo gukomera.humura si woe wenyine benshi babinyuramo kd bagakomera bakanakomeza ubuzima!bamwe nababyeyi baraturetse turirera ubu turakomeye Yesu yatugiriye neza!be strong rero ejo ni heza uzabona umukunzi uguhoza amarira
@kirabograce2276
11 ай бұрын
Ya that tue🙏🙏
@theddyninderere
11 ай бұрын
Lydia komer cane!! Nakunvirinj kuva mu ntang gushits kwiherez!! Nivyo urukund rurababaz uwutabiciyemw niw yogir kurik urigirish!! Rem, Imana iragukund kand natw turagukund!! Ntakamaro n'a kamw KO kubaho utuntuy mu mutima. Sabin yaherej kwijamb rivug ati : mbe iyo agushikan akubwir kwatagushak niho vyari kub vyiza ??? Fata umwany wo guseng ni gutazira, Imana izoguh uwuguhoz amarira!!
Hari umuhanzi waririmbye ngo rwagusaza, rwagucyemesha, rwagukoresha amabara! Humura ibyobyose bizibagirana mama❤
Impore maama Uhoraho azaguha ugukwiye ugukunda.que Dieu te benisse.
Be strong sister ,twe twababajwe inshuro zirenze eshatu hamwe nogusenga tubicamo .aho gutindana numwana wumuntu uzatindane nimana yawe
@keza7926
Жыл бұрын
😊Yh
@KabanyanaSylivie
Жыл бұрын
Imana iguhe umugisha
@murangiradoriane9875
Жыл бұрын
Amena
@mukashyakarose8584
Жыл бұрын
Amata aracyamurimo rata ntaramenya ababaye aho bari 😂😂😂😂😂
@sarahfeni1866
11 ай бұрын
@@mukashyakarose8584 n'iki gisekeje mûrivyo ? Kira umuntu wese agira uko agira amarangamutima ye kugiti ce
Humura Lydia burya Imana yaragukingiye amabi menshi mukugukura mumaboko yuwomutekamitwe. Imagines toi iyo aguterinda? Ahubwo shima Imana ko warokotse. Genda ubaze ubuzima uwobabana ubu arimwo. Numuriro namazabira. Stay blessed sister. Be strong forever.
@isarosalama202
11 ай бұрын
Uramuzise uwomugabo? Wamuhemukiye bimbwire pls nubundi azabyishyura ndabyizeye
@isarosalama202
11 ай бұрын
Imana haribyoyamukimgiye atabizi nzi umuntu yakundanye numukobwa bapanga umunsi wubukwe , igihe kigeze ahita ashaka undi ex chrie,Sha umukobwa yenze gusara nokwiyahura ariko bidaciye kabiri Sha nawawundi byarangiye amutaye mbese nizerekowamukobwa yashimiye imana cyane nyuma yokubona ibibaye
Ihangane cyane, wenda Imana hari ibindi yakurinze utamenya, Imana ureba kure Aho twe tutareba, Ushobora kuzamenya impamvu yabyo nyuma, Komera umutima mama Nka kwakundi utakwemerera umwana gukora mu muriro nubwo yarira cyane ashaka kuwukoramo, Wasanga uwo musore ari umuriro .
Lidia be strong we are here for you do not cry life is short umutesi GoD known you
Be strong Lydia 💪Imana izi impamvu byabaye kandi izaguhoza ayo marira nagahinda ufite 🙏
Pole sana dada yangu 🇧🇮🇧🇮🇸🇦🇸🇦😢😢😢😢😢😢
My dear , i feel you 100% , igihe cyonyine nicyo kizagukiza , ndakwingize bwira umutima wawe utuze( i know it is not easy) , ubundi uharanire gutera imbere mbabarira wiherenwa n amarira,... 🙏. I swear to you nothing is without cost in this world, he will totally regret , unfortunately it will be too late kuko uzaba uri a happy woman. Time will tell ...!
@Praise1167
11 ай бұрын
YES
@uwitonzecharlotte8793
10 ай бұрын
Biragora kwiyakira pe! Iyo ukunda umuntu byanyabyo. Rira cyane bigushiremo rwose. Imana niyo yomora. Iyo ikugiriye lmpuhwe. Kuko ufata umwanzuro umunsi umwe,ejo bikanga . Nukuri yesu akugenderere.gusa iyo nkuru yose wavuze,numvise yesu agukunda kubi. Imana izaguhe umusore yatoranyije.
@MunganyinkaJeanne
9 ай бұрын
Humura, senga knd wumve ko icyo imana yakuvuzeho ntigihera. Ntabwo yari uwawe. Urababaye peee ariko niyo muza kubana wari kuzababara cyanee kurushaho. Yaragukomerekeje peeeee, Ariko hakomera uwakomeretse , kugirango abashe gukomeza abandi. Nyagasani yezu akomore ibi bikomere maze akumare agahinda watewe nabisi. Humura , wihungabana nyagasani imana irumva cyane knd kurusha uko twibwira.
@MunganyinkaJeanne
9 ай бұрын
Birakomeye kugirango yongere gukunda, gusa biragoye knd iyo warumukobwa ubereye urugo. Nyuma ukabona ari kugukina. Biragoye kugirango undi Mysore azamutegr amatwi. Gusa yezu arashoboye. Knd aramora ahakomeretse. Inama, rekura ibyinyuma usingire ibiri mbere. Knd uwawe imana iramuzi cyaneeee, humura byati kuba Bibi cyanee iyo muza kubana.
Komera cyane Lydia Imana irahari ngo ikomore , Kd ikindi komeza ukore cyane wiyubake, wikunde , panga imishinga iguhindurira ubuzima, usengere cyane gukira igikomere nziko Imana izabikora ukazagaruka utubwirako wakize. wirinde icyagubiza inyuma cyane kubyo muhungu wakubabaje, rekura , emera bigende usigare ukomeye .
Lydia I totally understand you heartbroken it's really hurt 😭😭😭 because I'm going through the same thing gusa komera bizagenda neza buricyimwe cyiba kubwumpamvu kd iteka Imana iba idufiteho umugambi mwiza humura uzishima kd urumukobwa mwiza
Apu niba Lydia yarakunzwe atya agahemukirwa ndinde wo gukomeza kubabazwa na mayibobo yambwiraga ibintu aruko byarangiye? Itarangishaga inama ahubwo ikambwira ivuga kwicuza irimo ry,amakosa yakoze? Yambwiraga ubukwe ariko nta na gahunda yo gusura famille yanjye?Yageragaho ikabivanga iti nako twabana tukazaba dukora ibindi? Auu nta Rukundo narimo ndemeye. Pole mukunzi Byose biba mu gusenga uzishiima harubwo uzagaruka aha ufite testimony nziza. Stay blessed and strong
@manzimando2505
Жыл бұрын
🥺🥺🥺😆😆😆 mayibobo Koko
@gakizamediatv5077
Жыл бұрын
Impore Jeanine weee
@lee-yng9098
Жыл бұрын
Iyo mayibobo izicuza nyuma bitagishoboka ko ikubona.
@user-pp1wk7ej7r
Жыл бұрын
Mpor mama twarafpuye kubwivyo ariko tuzozukana ibendera ryintsinzi
@KabanyanaSylivie
Жыл бұрын
Izererezi se shahu ujyakuyivumbura umutima utaraboze sha😢 sintukanye kuko n'a bibiliya benabo ibita ibigabo byibigoryi😏😏
Yoooo, Mukobwa mwiza guma mugitabo cyawe cy,ubuzima, kuko Imana yakumenye utaraba urusoro munda y,ababyeyi bawe, iyo paje rero wagombaga kuyisoma, ariko hari izindi zizakurikiraho zizaba zuzuye ibitwenge, kurira kwararira umuntu, bwacya impundu zikavuga, Ujye usenga Imana izakwibagiza ibyo byose.
Ariko abanyafurica dukunda kurongodwa koko...ahubwo shima Imana kuba ntanda yanagusigiye.ubwo se abobaha izo promise bakabatera namada ntibafashe nabana😮yagize neza uwo ntiyari uwawe 😮uracyarimuto va murayo marira no kwishyira kumugaragaro uzabona undi umuruta uri mwiza cyane❤
Pole Sana igihe kizagera uruhuke nubundi ntaco yari kuzakumarira koko umuntu atuma urira incuro zirenga zitanu dukwiye kubasiba Mumitima yacu Twizera abana babantu tukarenza tukibagirako lmana ariyo igena😭😭😭
I know depression irabaho peee kand irababaza good decision kuba waje ukabivuga biratuma uruhuka time will heal you dear kand be strong 💪
Ntago yari uwawe.Ahubwo ni senga cyane Yesu akwomore ibikomere.namwe abakomerekejwe n urukundo rutariho; pole !!!
Mwihorere sha ayo marira akurijije nawe imana imana izaguhorera humura mukobwa bwiza kndi imana izagukorera ubukwe bwiza
Mbega urukundo Nyagasani,, 😭😭😭 yewe ga! Wow ugomba gusenga Imana wikuraho iyo mbura mumaro, nabe nawe nta bishyingiranwa cg invitations, ntawurumva utegereza abakwe ngo baze gusaba agaheba? Nyuma kd Imana ikamuhuza n'uwe da! Iyo ni Shitani ishaka kukuzirika kuri icyo gikomere gusa! Ihangane kd ukomere usenge umwikuremwo déceptions zibaho cyn kd nyuma umuntu Imana igatinda ikamuhuza n'uwo yamugeneye!
@rosamuhimpundo4516
11 ай бұрын
Arikose naba nawe ntamwana yagusigiye rekeraho Kurita twe twahemukiwe 4 kose kuburyo rekasha Vana ubutesi ahoshaaaa
Cyokora harigihe umuntu atumufatumwanzuro mibi pe,, nsigaye numva ntazigera nonjyera gukundumusore numunsi warimwe,, cyereka umunsi Imana izambwirango uriya niwe wawe👌 iyisi iraruhije san
Pole sana Lydie. IMANA iguhe gukomera no kwihangana pe kuko niyo yonyine yaguhoza
Be strong sister 😢😢😢ibyo abiba nibyo asarura nawe azicuza 😢
Lydia, haguruka ube “inkotanyi cyane” ukunde Imana kuruta byose🫶🏽 ubundi wige kwikunda mbere yuko wasubira mu rukundo ruguha agaciro nu buranga🤲🏾 mugihe ukiriho, ibyiza bir’imbere 🤲🏾🌬💓
@eastafricanlinksltd5591
Жыл бұрын
Right🎉
@nyiragasanialice2998
11 ай бұрын
rwose uvuze ukuri ubu c Koko Niki kidasanzwe cyamubayeho cyatuma arira ibaze aramutse agize ikibazo gukabije kuba umutype yagukatira nta birenze ahubwo ub ugize Imana .ibaze agutanye abana nka ba tanu
@LyceeRoyal-lg6rb
8 ай бұрын
Gusabye kutazongera kumwereka ko ubabaye ndetse wirirwa unarira hoya nampavu peeeee
@LyceeRoyal-lg6rb
8 ай бұрын
Ariko uwo muhungu nigiki???? Ubu mubuzima koko niwe mugabo mwahuye koko
Pole sana mukobwa mwiza,isunge Yesu kandi umwizere ndabizi neza ko azakomora icyo gikomere kigushaririye gutyo
Nanjye byambayeho yaranteye ninda kand naramukundaga cyaeeee gusa be stronge kbx Imana izagushumbusha kandi nanjye nubwo nabyaye ndabyizeye kobizakunda
Sha wamuhunguwe ntamahoro uzigera ugira n,akagahinda wateye unomwari mwiza,Pole uzabona undi humura.
Impore Impore Ndabizi I been there before sweetheart Hari abagabo Imana itazababarira Nukuri Reba ayamarira 😭😭😭😊
@sangwasamuel4566
Жыл бұрын
Ntabwo arabagabo babikora bonyine@ibu byambayeho kdi ndi umusore@ntakintu narimbuze so ibihe bibi iyo bije urababara
@mutonivivian8429
Жыл бұрын
@@sangwasamuel4566 sorry
@Ingabiresofia
11 ай бұрын
Nukuri pol biragoye ndumva ufite ikibazo nkicyanjye ariko komera nzaguhamagara nukuri
@smiledentaltv1276
2 ай бұрын
Ababikora cyane ni abakobwa.
Yooooooo pole san chr umutima ntunjya ubasha kwanga uwo wakunze nanjye byambayeho ark nyuma yibyo ubuzima burakoza nararanga ndira nkirirwa ndira ark ubu meze neza ndashima Imana njyewe namufatanye numugore ubyaye 2 amutera ninda knd twiteguraga kubana gusa humura Imana izaguhuza nuwawe😢
Imana ifit Icyo yakurinze yishimire.Nibyiza ko yakweretse ingeso ze mbere mutarabana.
Have you ever looked in the mirror and see how beautiful you're gal?? you're worthy, beautiful, intelligent and much more and you deserve better, you will find someone and regret why you shed your tears on that useless man
@trinajanetkirabo9853
Жыл бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂 waretse uyu mutesi urizwa nubusa busa ngo ni nyatsi y’umusore!!she needs to have confidence in her first and learn how to put her self first than any other guy!!
@emilien2298
8 ай бұрын
I was about to say the same thing. She is incredibly beautiful 🤩
Lydie uvuze ijambo nanjye nkeka ko umugore nazanye nanjye yaraje kunyivuriraho ibikomere. Uburyo yambabazagamo, yabikoraga yisekera. Birababaza. Wumve ko nararaga ndota angirira nabi.
@honorineumwiza2895
Жыл бұрын
Wari warazanye umuntu wangiritse, wakomeretse cyane ukeneye kuvuzwa, bene abo barakomeretsa. Kdi bagukometetsa bisekera!
@isarosalama202
11 ай бұрын
Kobiteyubwoba we
@NganiziJeandeDieu-zz3ug
16 күн бұрын
Byose by uwo musore bizashira Kandi uzabibona bitinde bitebuke
Kandi uzoronka uwundi ari serieux ,agukunda kandi naw wishimira.Imana ntiyarenwe uwo wenyene.kandi namba yaraguhemukiy harigih Imana yabonako imbere ushobora kuzobabara kuruta uko wababaye. Rero komere wegere Imana,ikuvure.ibisigay ndakuremeshej uzoronka umugabo mwiza agukunda kandi agutahura,ukore ubukwe bwiza.❤
Pole sana lydia.kwisi nuko.kimwe ntuzusubire kugurimpeta.icakabi uzakunda mugabo nizeko utazasubira guherezako.indi navuga ntuze wibagire imana kuko harivyo imana yakubikiye vyinshi yashatse uche mubigeragezo nkivyo.hagarara nkumusoda.ushime kuko atambanyi yagusigiye.ndasaba inimero yawe nkuko wavuze ko ushaka abakuba hafi.
Komera mukobwa mwiza,Yesu azakomore kandi azagushumbushe aguhe Uwuzoguhoza ayo marira , mpore mama❤
@mugabeeric644
11 ай бұрын
Uyumukobwa nimwiza kdi yavamo umufasha ubereye urugo
Only Jesus can help you to overcome all the pain please find a church that loves Christ and fellowship with them there’s a church known as grace room ministries in Kigali please go there, God will do the rest much love from Ug 🇺🇬🇺🇬🇺🇬
Mazina ihorere,Imana iguhojeje amarira menshi wari kuzarira,icyo nakubwira rindira gato uzabona uburyo Nyagasani agihe kuguha umukunzi wawe w'ukuri,uriya ntiyari uwawe.Ayo marira urize Nyagasani aje kuyahinduramo ibitwenge burenze.Uri mwiza Mama.Mpore
Pole sana lydia ihangane pe nanje vyambayeho arik nukur kwihangana nivyovyanse nanje nkuko nyene yarankoreshej imanza arampinduka nkuko ihanag disi iman izishura
😢😢 impore mama Mwiza uzabona uwawe ureke iyongirwamugabo
Pole dear ndakumva cyane be strong Imana yomora ibiguma ikomore komera mama mwiza ❤️❤️❤️❤️❤️
@mahoropeace5489
Жыл бұрын
abasore nkaba nanubu baracyahari hari inshuti yanjye yumukowa mwiza ntashaka kuvuga izina ufite story ishaka gusa niyawe nubwobo batarafata umwanzuro wo gutandukana ,yitwaza idini gusura iwabo byagera umusore akamubeshya ko iwabo batabonetse mbese inzitwazo ahindagura ubukwe ngo ntamafaranga ,gusa njye wabahuje nababaye agahinda ntazakira.imana ijye ibona ayo marira bazayaryozwe.
Ndakumva cyane chr uburibwe wanyuzemo ndikubukurura cyane ariko humura hari Imana yomora ibikomere pole kbsa
Yoooo komera cyane nImana yamukurinze mutarabana...ibaze iyo abigukora mwarabanye...twese tujye twigira kuri témoignages nkizi. Ubu kirazira kwizera umwana wumuhungu ..be strong..u have an expérience...ubutaha uzamenya uko ubyitwaramo nukubigiramo ubwenge bwinshi kdi uhumure Imana yabonye umutima wawe uri très ouvert ishaka kukwigisha isomo ..niko Imana yigisha ...uhumure rwose take ur time ..heal enough urself...work hard as u do ...the future is better than what u've been through gal