Umva Leilla, Papa wawe ntabwo yakwanze buriya aracyari muri Deuil. Bigaragara KO yagukundaga cyane agufiteho pretentions nyinshi hanyuma azibuze agasa nuhungabanye. Uwo mwana wawe kumwakira ntibipfa gukunda ako kanya kuko amufata NK uwatumye ibyo byose bibaho(deplacement). Kandi amubonano uwo mugabo wakwangije. Ariko humura bizarangira. Keep approaching other family members ubakunde nawe azakwakira. Imana ibibafashemo
@mugishabetty44692 жыл бұрын
Nibyo Koko ubugabo subutumbi cg imyaka Njyewe phite urugo umugabo nabana2 am 24yrs umugabo wanjye afite 26yrs but niwe mugabo mwiza nabonye mubo mbona Bose kuko he is a real A man Impamvu mbivuze abakobwa rimwe na rimwe mwibeshya kubagabo ngo Niko babarusha imyaka ariko mumyukuri njyushishoza urebe neza undashukwa nimyaka cg igihagararo am sorry niba haruwo nkomerekeje
I Icyaguha gukora ukiteza imbere Kuba yaragutaye ukamwihorera Ugashaka lmana Umuntu numuntu Papa wawe muveho Shaka lmana azakugarukira Cga nawe isi izamwigisha
@christiansindayigaya99272 жыл бұрын
Pole kabisa ariko ico je navuga kuri souffrances urimwo zirasanzwe kubishikira d'autres filles, mpere kuri ww rero ntusubire kwiyanga ngo ushak kwiyahura ivyo nibisanzwe... Guma uri strong naho situation yoba degradée gum uhagaz niko bimez kwisi. Papa il est toujours ton meilleur ami niba vyaranse kwakuvugisha urabandanya wew ishavu rizohera mwongere mube inshuti urazoba warabaye wararush ariko bizokunda. Ntusubire kwikeba cank kurya imiti rinda... Senga Kora sports numurimo ushoboye wukore wihe amahoro
@claranikiza_42392 жыл бұрын
Papa Paradis, wowe ko urugo rwakunaniye ugatandukana na maman wa Paradis, kucyi uri gucira umwana wawe urwo gupfa kandi ibyamubayeho bisa n'ibyakubayeho! mubabarire kuko nkuko yabivuze ntawiyifuriza ikibi! kandi buriya ntawumeya aho bwira umuntu ageze, wasanga ejo nawe uzamukenera! bibaho cyaane! ca inkoni izamba umubabarire! she is your blood!
@@auxy9583 erega arabeshya abatamuzi kandi ntamenye ko itangazamakuru ligera hose ubu se ntiyanze kwiga Bali bamwishyuliye ahubwo ashaka gusanga umugabo Bali kumwe ubu witwa jihadi
@mutra9711
2 жыл бұрын
Kandi ntakuvuga ngo wakoze ibyo ushoboye byose kuko umubyeyi ntarangiza gutega amatwi abana be. Kandi kuyabatega bituma ubohoka kuri byinshi byubuzima. Nimwebwe ababyeyi. Ntabwo mwakwemera ko umuryango utatana kubera impamvu iyari yo yose. 1. Utandukanye na ntina wabana 2. Urongoye undi ufite umwana 3. Umukobwa wawe arabyaye, 4. Wanze kwemera umwuzukuru Ubwo wamubyeyi we!!! Wakwicaye hasi ugasaba Imana ikaguha inzira yubuzima igororotse. Inzira irimwo kwihangana, gukundana no gukora inshingano zumubyeyi
@kwizerafabien923
2 жыл бұрын
@@mutra9711 wowe mbere yociraho iteka papa we jya karuruma uramenya paradis nuvayo ujye Ku gisozi haruguru ya cafe uramenya uwo mukobwa neza maze ujye na beretwali uramusobanukirwa nushaka umbwire nguhe number za mutwarasibo wabo agusobanulire ububi bwa paradis ,ubaze mutwarasibo ko se atohereza ibihumbi 200000/ by a buli keezi. Kandi akayatungangamo umugabo we jihadi. Numwana we ubwo koko hali uko umubyeyi aba atakoze mujye mushyira mu gaciro
@bady1442 жыл бұрын
Arko abahungu bo mu Rwanda bamwe n'a bamwe bigize ba himemu nezaa nezaa😬😬gusa papa wawe nawe ntiiyakubereye umubyeyi pee
@MMathy1162 жыл бұрын
Umubabaro, agahinda k' umuntu ni ntakorwaho kandi ntawe ukagereranya n' ikindi kintu icyaricyo cyose...uyu mwana kumutuka ,kumuvugiraho amagambo apfuye , kumwita amazina mabi nta bumuntu burimo, nta bupfura, nta burere....udafite ikintu cyiza cyo kubwira umuntu nkuyu jya wicecekera, kuko iyo asomye comment yawe mbi iramusonga ..plz kindness is free! Impole mukobwa mwiza, Imana izaguha ayandi mahirwe uzaba umuntu ukomeye, uzakira ibikomere.Papa yakwiye gushima Imana ko yamukijije umukwe udashobotse
@s.m.91262 жыл бұрын
Ariko Sabin, tuzakurahe aba bahungu n abagabo,n abagore bahemukiye aba batumirwa bacu ngo nabo baduhe ama version yabo. Kuko mba numba nabo bafite za depression na trauma. Imana iduhane umugisha
@immaculenyirabizeyimana4923
10 ай бұрын
Arewe abagabo nkabo se badafite umutima wakimuntu bazatwigishiki
@balancedlifetv2 жыл бұрын
Nta kibabaza mu buzima nko gukunda umuntu nyuma ugasanga ari umutekamutwe, umutubuzi n umujura 💔💔💔😭😭😭 ikintu nyamukuru gituma umusore agushushanya aba yabonye ko washyushye urukundo rukugurumanamo. Akabona umubuze wapfa. Ikibi kirenze ni ukwishora ku muntu noneho wamuvumbuye ko ari mubi. Gusa ibibaho byose iyo bitakwishe biragukiza. Bituma ugira imbaraga zo kutazongera kugwa mu mutego nk uwo. Humura Leila Uwiteka akubereye maso, uzabona umugabo mwiza ugukwiriye kandi uzamenya agaciro ufite akanakubaha. God bless you abundantly 🙏🙏🙏
@@treasurerango4308 uravuga ukuri rwose, Imana niyo yo gutabara abayo!!!
@johnsonuwimana3469
2 жыл бұрын
Leila, Humura hejuru y'imibabaro duhurira nayo kuri iyi si, hari igihe cyo guhozwa, iki kiganiro biba ngombwa ko nkisuniramo 3 kugirango numve neza uburemere bw'ibibazo wanyuzemo, kubeshywa n'uwo wakunze ukamwimariramo, Nyuma ukangwa n'Umubyeyi wakubyaye😥😪😭, Arko se nka muka So we waje m'Umuryango utarashatse kuba ruvumwa ngo ace Umuryango, abure n'URUHARE RWE NA RUTO? Mbega isi? Benshi twabayeho tudafite imiryango ubu twarakuze, turabagabo bafite ikizere cy'unuzima bw'ejo hazaza, Tuza ujye ufata akanya wumve indirimbo za Gospel, ntukamare umwanya uri ahantu hawenyine, iyo ndwara nzi benshi bayirwaye bagakira nawe uzakira humura, n'ubwo umutima wababaye💝, hakaba hari byinshi biwurwaniramo, ejo uzakira❤️, Turagukunda.
@balancedlifetv
2 жыл бұрын
@@johnsonuwimana3469 iryo jambo ni rizima rifite imbaraga zo komora inguma n ibikomere. Ibyo uvuze ni ukuri pe, igihe gito ibi biraba ari amateka kuri Leila kandi Imana ntizamuhana na hato. Igihe gikwiriye kigeze Imana iduha ibirushijeho kuba byiza. Imana ikomeze ikwishimire kandi ikubere maso!!!
@dianeumurerwa2166
2 жыл бұрын
Sha najye nuko byagenze rwose umusore yarambeshye ngo urukundo dukora umushinga ngo Ari kubaka , amafaranga arayarya nyuma anyita umusazi ngo Nta mafaranga namuhaye kdi yarambeshye ngo maman we arwaye cancer muhe amafaranga ibaze yanga ko mpura na family ye 🤦 , Sha we amafaranga nakoreye 2021 niwe wayariye yose 🥺 nyuma arambwira ngo nari kumuha amafaranga duhuriye he , tugura iki !? Sha abasore we ... Nukuri Imana izahane abafitiye imico mibi 💔
@nadegecyizere72132 жыл бұрын
😭😭😭Fille Mère Imana ijye idukomeze kumunsi mubi
@rwigemagilbert7462
Жыл бұрын
Courage ma soeur ! La vie continue
@KimQTv20502 жыл бұрын
Ariko ababyeyi biki gihe twabaye dute? Ubu se umwana w'uwo mugore yashatse we ko ari kumurera wenda ntiyavutse nk'uwo uwo mukobwa we? Amaraso ntajya aba amazi uwo Uta niwe uzakenera ko akurundarunda igihe nawe bizagucanga. Stroke, cancer etc byabaye byinshi kd ntibihitamo . Gira neza wigendere mubyeyi.
@emmanueldukizwanayofabien56592 жыл бұрын
Ihangane gusa ubabarire mama wawe uko yabakaniraga anabakubita cyane yari afite ibikomere bya papa wawe bigaragara ko yari yaragowe niba papa wawe atakugirira impuhwe yarakubyaye urumva nyoko uko yari amerewe! Imiryango iraremerewe!
Ubwo se aho gusaba imbambazi kwa papa wawe wakwibaririye and then move on dear, some people they don't feel your pain 💔
@user-nf2dz1zf9t5 ай бұрын
Papa wawe rwose nakubabarire uko nakubonye nturi umukobwa mubi, Imana azakugirira neza kandi kera uzagaruka kwa Sabin uvuga ibyiza umaze kugeraho
@assumptainema67192 жыл бұрын
Paradis please please senga, Yesu ni Papa wacu udukunda kuruta ab isi ni umugabo uruta abandi gerageza usenge umusabe ko yakwiyereka. Mbabarira ntiwongere kwiheba ngo ugere aho kwikata. Komera Yesu ni Byose kubamugannye. Incuti umugabo umubyeyi udatenguha.
@naomieumwiza2 жыл бұрын
We are the same age but I have 3years old sun, we have the same story. sinzi igihe aya marira turira azashira narinziko arinjye wiheba nkashaka kwiyambura ubuzima ariko turi benshi. Be strong dear, Imana niyo yonyine dukwiye guhanga amaso. Be strong
Ese ubwo uwo musaza( papa wawe) yarayobewe nta mubyeyi ucutsa? Cg umugani uvuga ngo ubyaye ishyano araryonsa yari atarawumva aho ucibwa? Ubundi c uretse nta n,Inka wari waciye amabere,... Ubwo yararebaga agasanga wowe wari wiyanze? Sha uwo mubyeyi ubanza ataziko kwitwa umubyeyi Ari inshingano , umubyeyi agomba gufata mu Bibi no mu byiza! Sha umuntu yiyangira umwuzukuru? Uwo mubyeyi lmana lmubabarire 🙏
@musoniemmanuel7735
2 жыл бұрын
Numvise ngo ntamugabo ubyara
@HairHeaven-SmartGagdets1415
2 жыл бұрын
Ubwose atari uwicuruje wumva yabyumva nkawe gute, tekereza ari umwana wahaye uburere atavukiye mu buraya(terera iyooo), tekereza niba umwana we yatinyaga kubimubwira...kubabaza uwawe nubwo waba utabishatse...ntibyoroshye...wavutse nabi ntiwabyumva ariko ikibazo si wowe ahubwo umva abandi...uwanjye nabyumva ariko byambabaza.
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@HairHeaven-SmartGagdets1415 gusa ndabona unantutse kdi ngewe ibyo navuze birumvikana! Sinaterana amagambo nawe kuko ntacyo naba nkurushije , sinkuzi , gusa ndakugaye cyane! Nta buraya navukiyemo, navukiye ku babyeyi bafitanye isezerano, ndi umwana wa 4 mu muryango! ...urantutse peeee! Kdi n,abana bavukiye mu buraya nabo bafite ijambo kabisa. Naho kuvuga ko uwakumva uyu mukobwa Ari uwicuruje...ubwo impundu zavuga ku bicuruje kuko ndumva waba ushatse kuvuga ko aribo basigaranye umutima wa ki muntu! Ahubwo aya magambo yawe atarimo uburere ndabona wagirango wigeze kubaho umwana w,umuhanda!
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@musoniemmanuel7735 arabyara! None c umugore arifata akitera inda? Sinjya numva se no mu mategeko bavuga ngo umwana ni uw,umugabo? Gusa ngewe, mbona umwana Ari uw, ababyeyi bombi!
@Fannyweightlossfitness
2 жыл бұрын
@@auxy9583 mu kinyarwanda umwana w'igicucu ni uwa nyina .umwana uz'ubwenge agatera ishema se.Imitima yacu si imwe .
@godisgood40476 ай бұрын
Paradis ,tubyumve kimwe papa wawe ni umwana mwiza,ntuzi ko hari nabapapa batemera kurera abana babyaye?nyine waragowe ariko papa rwose uzamukunde cyane,nuko ukuri kuryana ariko ntuzarakarira papa
@mariekazeneza17422 жыл бұрын
Mpore mwiza we. 💗 Ndakwikundiye, wabaye intwari kutemera kwihambira ku muntu par peur yo gu sauva honneur y'umuryango. Your own happiness matters too, so good for you for choosing yourself! Courage cyane! ❤️
@odetterichter32542 жыл бұрын
Iyi signe yo kwikeba ni depression imaze kurenga.... ntanubwo we abimenya ko yabyikoze. Nimutabare uyu mwana abamuli hafi plz!
Sha ihangane gusa ntiwumve ko hari igikuba cyacitse abatekamutwe babaho. Papa wawe nawe ni umubyeyi gusa imyumvire y ino iwacu iragoye ariko abantu bari bakwiye kubirenga kuko personne n est parfait. Wewe ibereho kandi papa waww nakomeza kunangira umutima ntacyo uzaba utarakoze hazaba hasigaye ahe na data wo mw ijuru wewe uzaba umwere. Songa mbele👌👌👌👌
@amanipatience14492 жыл бұрын
I can feel your pain dear,but stay strong ukomeze usenge umubyeyi azakubabarira Kandi your very strong woman byose bizakunda🙏
@tvteguraneza21952 жыл бұрын
Ndikukumva pe ! Gusa ihangane cyane senga wige kubana nibikomere byawe ejo Ni heza kora cyane ureke kureba kubantu so umwibagirwe byiteka
@blessings15802 жыл бұрын
Ariko kweli uyo mu papa ntiyumva ko yoherej umukobwa wiw mu ngeso mbi?Ibaz ngo kuriha inzu ariko ibindi uzimenya🤔🤔🤔😡😡 wihangane mukobwa mwiza Imana iraca inzira!!
@uwimanaaimee7652 жыл бұрын
Imana yanjye 🙊 ndababaye cyane sinarinashoje ikiganiro ndagishoje kirandijije umwana twabanye koko ndababaye kbs ariko ndaguzura vuba humura nturiwenyine kibonda naranagukundaga twaraburanye ndumva nishinjije kuba ntarakomeje kugushaka ngo dukomeze kuba tuvugana mbabarira ndumva mbabaye cyane
@mararaalpha-arsene54932 жыл бұрын
Pole sana! Hari impamvu byakubayeho! Ariko umubyeyi utababarira nabwo aba ari gito. Intambwe yawe wayigezeho.
@kidamage1762 жыл бұрын
Shaka abakozi b'Imana bagusengere mu Mana niho hari ubuhungiroHari nigihe byaba byaratewe namarozi ngo basigaye baroga umwiryane,nicyangiro birakarangira umuntu yiyahuye
Ladies mumfashe dutsimbarare ku dufranga twacu, nah,ubundi ndabona aba bahungu bariyemeje kwigira abakuzi b, ibyinyo! 💔💔 Ese ubundi aba bahungu babeshya ko bagira akazi bafite n,ama cartes mahimbano ,l,état yagiye ibakurikirana?? Yooo! Paradis pole, you are young, beautiful and smart! Komera cyane ibyiza biri imbere!
@yesunibyosetv
2 жыл бұрын
Nukuri si twese pe hari abagifite ubumuntu batakubeshya. Don't judge the book it's cover ? Just navigate the pages carefully, don't rush!👉
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@yesunibyosetv ndabizi si mwese ariko abenshi niko basigaye barabaye!
@yesunibyosetv
2 жыл бұрын
@@auxy9583 uzakurambagize rero uzitondere kuryama nawe? Uzihe agaciro kandi usenge umwitegereze witonze . Ntuzabura ikikwereka ko ari feke cyangwa ari umuntu utazakubabariza umutima.
@soson1075
2 жыл бұрын
Mufate masomo sha, nanjye nararifashe isomo
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@yesunibyosetv nararambagijwe! Mfite umwana ugiye kugira imyaka 14! Ngewe mu barambagizwa sinkirimo! Gusa barumuna bacu bagomba gucana ku maso!
Cyakoze ababyeyi baragwira nukuri papa wae Imana izamusange kuko uracyaru mwana we uko byagendakose kuko nta mubyeyi ukwiye kurakara gucyo sha byambabaje pe gusa komera Bizahinduka nshuti Imana ikube hafi mfite ubushibozi naguha support yo kukuba hafi ark kuva wagezaha birasobanuka
@evaristtebuka92572 жыл бұрын
Sabin,shakira uwo mubyeyi psychologist/psychiatrist amufashe hakiri kare.Uko kwikebesha urwembe ni "self mutalation" nizo paracetamol yanyonye ni "attempted suicide" bivuze ko ari "depressed" bikabije.Indi nama namugira nuko yashaka inshuti ya Papa we akamuhuza nawe akamubera "mediator".Yamaza kumenya ko yahemukiye umuryango,arabyicuza anabisabira imbabazi.Jye ndumva kuri we yarakoze ibyo agomba gukora murwego rwo gushaka "reconcilliation" numuryango we.Ahasigaye uwo mubyeyi namubabarire ntamuntu ubaho adakosa kuriyi si.Nabyanga ubwo niwe uzaba usigaranye icyaha cyo kudatanga imbabazi
@mutra9711
2 жыл бұрын
Ariko se ko yanze akaba ari ntamuntu wa mu forca kubabarira uyu mwana. Ubu umuryango agiye kugira nitwe. Ntabandi kuko abandi bahomye amatwi namaso ngo ntibumve imitakiro ye
@ngaboniyo17772 жыл бұрын
Papa yaragukundaga ni uko wamubabaje. Abana b'abakobwa mujye mumenya ubwenge cyane. Abahungu turi imbwa cyane. Rwose mumenye ubwenge pe.
@ingabireyvonne20602 жыл бұрын
Komera Maman , Hejuru ya byose hari Imana. Humura uzahozwa ndabyizeye
@joselynemubirigi11682 жыл бұрын
Humura chr uruwagaciro kandi umwana wawe numugisha bihe igihe umurwanire ishyaka un jour uzabibona nzaguhamagara in box tuvugane.merci Sabin
@pamelamuyuku51422 жыл бұрын
Yewe wa mugabo we wababariye uyu mwana koko ko nta muntu udakosha. Ko wazanye umugore ufite umwana niwe wabonye wo kwitabwaho cane gusumba umukobwa wawe afise amaraso yawe??? Mana yanje aka sakumiro?? Leïla wihangane mwiza ikintu cyose kigira intango kikagira niherezo courage
Impore Paradis Imana ni Umubyeyi humura kandi imbere ni heza.humura nturi wenyine 🙏🙏💔
@ibrafamilytv64752 жыл бұрын
Sabin Imana ijye iguha umugisha tv yawe ituma benshi baruhuka imitima,abandi bagahindurirwa ubuzima bajya mubwiza BE BLESSED
@patrickmunezero97102 жыл бұрын
Njye ndabona isimbi rikora ibintu biri munshingano za ministere 2 ( imibereho yabataruge, urubyiruko )kubera izo mpamvu Mujye muhamagara Min Bamporiki aze ashakire ibisubizo aba bana kuko abana bari kubyara mugihe cyimyaka 15 aba bana bari kubyara bazaba aba marine, abandi bazajya bacukura amazu .
@suzanneuwamariya26332 жыл бұрын
Umbabarire ubusanze sinkunda kwandika kuri social media . Ndi umubyeyi . Inkuru yawe yankoze ahantu niyo mpamvu nkugira iyi nama: fata ingamba yo kwikunda uracyari muto you have a bright future. Uwo musaza mwihorere n.imfubyi zibaho. Naho mama mu kubakanira si ukubanga yakoraga wenyine uko ashoboye ngo abarinde icyabangiriza ubuzima. Ibyakubayeho nta ruhare abifitemo. Bishoboka ko nawe yari aremerewe ku ruhande rwe. Muri iyi minsi abana bahura n.ibibazo by.inzitane ahanini ziturutse ku babyeyi batarabasabye ku babyara. Bigaterwa ahanini n.ubusambo ubwibone butewe n.umurengwe bakibagirwa Imana bakimika inda nini ubusambanyi bakibagirwa impano ikomeye yitwa umwana. Humura humura haracyariho ibyiringiro. Ce qui ne te tue pas te rend forte. COURAGE COURAGE KD AMAHIRWE MASA
@inor84582 жыл бұрын
Yoôooo. Papa wawe nakubabarire nace inkoni izamba nk'umubyeyi. Niyibuke ko hari ababuze urubyaro ariko we uwe arimo kumutererana.
@imfurayabojoyce2 жыл бұрын
pole sana. cherie humura ubuzima buzahindukq
@nadegecyizere72132 жыл бұрын
Ubu koko Papa wawe yakubabariye😭😭😭 nanjye musabye imbabazi nanyumve
Thank you all for the kind words and support it really means a lot to me. May God keep blessings upon you and your loved ones ❤️❤️❤️❤️❤️ sending love and peace with prayers comes success🙏
@mutra9711
2 жыл бұрын
Nyohereza amazina yawe mbone icyo nkora
@queenleila282
2 жыл бұрын
@@mutra9711 Leila paradis
@juventinemujawase8901
2 жыл бұрын
Don’t cry Leila, all will be alright! Sending love! Ntuzabe ikigwari ngo wiyahure twakugaya! Sibyo se?
@uwimbabaziaurore1516
2 жыл бұрын
Komera,wagize neza kudashakana nuwo muntu wari kuzabyicuza for the rest of your life, turagukunda courage Imana irakuzi
@claudinedusenge7311
2 жыл бұрын
Be strong honey. Nizibika zari amagi, you will be great after this storm. You are not alone, you have our respect ❤
@dieudonnebarekensabe58152 жыл бұрын
Papa Leila Paradis wagize imbabazi z' umuvyeyi ukamuba hafi ko mbona yahenzwe nuyo muhemu w' umusore none nawe uce umuta kweli? Turakwingize ugire imbabazi z' umuvyeyi.
Laila Paradis,take a heart dear ♥ I know you're hurting but remember tough times never last...though tough people do last...you're worthy to be loved and your loved...
@tumukundealphonsine94562 жыл бұрын
sha umubyeyi ni maman ubuse koko papa wawe ntakosa yigeze akora none arimo kurerera abandi
Пікірлер: 684
Leila Paradis: +250 788 392 243
@leonardhabiyaremye7519
2 жыл бұрын
"le linge sale se lave en famille" Ujye ugira abantu inama yo kubanza kunyuza ibibazo nk'ibi mu muryango.
@leonardhabiyaremye7519
2 жыл бұрын
"le linge sale se lave en famille" Ujye ugira abantu kubanza kunyuza ibibazo nk'ibi mu muryango.
@joselynemubirigi1168
2 жыл бұрын
Wakwicecekeye koko shuguri zohanzaha ziracyatuma imiryango yumvana
@mutra9711
2 жыл бұрын
@@leonardhabiyaremye7519 ubwo se uramushigikiye cyangwa nuwundi muzigo umuteretse kubitugu? Askyi!!!!!! Arheeee!!!! Ceceka wambura mutima we!!!!
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@leonardhabiyaremye7519 ivugire! Ubundi c abantu Bose bagira famille? Cg famille z,ubu ziracyumvikana?
Yewe koko mu kinyarwanda baca umugani ngo “ impfizi irabyara ariko ntivumera” Uzi icyo bisobanuye bijyanye n’iyi nkuru ampe like!!!! Leila komera, umuryango wabuzemo urukundo nawo utwimisha umugisha!
Umva Leilla, Papa wawe ntabwo yakwanze buriya aracyari muri Deuil. Bigaragara KO yagukundaga cyane agufiteho pretentions nyinshi hanyuma azibuze agasa nuhungabanye. Uwo mwana wawe kumwakira ntibipfa gukunda ako kanya kuko amufata NK uwatumye ibyo byose bibaho(deplacement). Kandi amubonano uwo mugabo wakwangije. Ariko humura bizarangira. Keep approaching other family members ubakunde nawe azakwakira. Imana ibibafashemo
Nibyo Koko ubugabo subutumbi cg imyaka Njyewe phite urugo umugabo nabana2 am 24yrs umugabo wanjye afite 26yrs but niwe mugabo mwiza nabonye mubo mbona Bose kuko he is a real A man Impamvu mbivuze abakobwa rimwe na rimwe mwibeshya kubagabo ngo Niko babarusha imyaka ariko mumyukuri njyushishoza urebe neza undashukwa nimyaka cg igihagararo am sorry niba haruwo nkomerekeje
Papa waw numugome.yarongoye umugore azana umwana WE mwebwe abana biwe arabasohora!!!!ndumiwe neza pe!!!mwihoze wite kumwana wawe nokur wew.Imana izokugirira neza ikindi usenge cane
Paradis impamvu ucyibabara cyane nuko utaribabarira ubwawe. Ikintu ugomba gukora nanone nukujya kureba inzobere mumitekerereze bazagufasha gusubira kumurongo.ugomba kwikunda kdi ukigirira ikizere.Nyagasani ushobora byose aguhe imbaraga kdi ujye ubimwereka niwe ugukunda wenyine abandi barahinduka.
Sha ndumva duhuje ibyo urikuvuga ndumvarinjye byabayeho gusa Jyusenga Imana ikiza ibikomere
I Icyaguha gukora ukiteza imbere Kuba yaragutaye ukamwihorera Ugashaka lmana Umuntu numuntu Papa wawe muveho Shaka lmana azakugarukira Cga nawe isi izamwigisha
Pole kabisa ariko ico je navuga kuri souffrances urimwo zirasanzwe kubishikira d'autres filles, mpere kuri ww rero ntusubire kwiyanga ngo ushak kwiyahura ivyo nibisanzwe... Guma uri strong naho situation yoba degradée gum uhagaz niko bimez kwisi. Papa il est toujours ton meilleur ami niba vyaranse kwakuvugisha urabandanya wew ishavu rizohera mwongere mube inshuti urazoba warabaye wararush ariko bizokunda. Ntusubire kwikeba cank kurya imiti rinda... Senga Kora sports numurimo ushoboye wukore wihe amahoro
Papa Paradis, wowe ko urugo rwakunaniye ugatandukana na maman wa Paradis, kucyi uri gucira umwana wawe urwo gupfa kandi ibyamubayeho bisa n'ibyakubayeho! mubabarire kuko nkuko yabivuze ntawiyifuriza ikibi! kandi buriya ntawumeya aho bwira umuntu ageze, wasanga ejo nawe uzamukenera! bibaho cyaane! ca inkoni izamba umubabarire! she is your blood!
@auxy9583
2 жыл бұрын
Kabisa! Sha ngewe ndatutswe! Jya muri commentaire nanditse kuri papa wa paradis urebe ibyo uwitwa : Ukurokwose imahanga ambwiye! Aravuze ngo uretse umuntu wicuruje niwe wagirira imbabazi uyu mukobwa.... Antukiye ubusa pe!💔💔💔💔💔
@Fannyweightlossfitness
2 жыл бұрын
@@auxy9583 disi wababaye.pole sana.tujye twishyira mu cyimbo cya buri umwe.burya buri wese agira intambara n'ibikomere bye.turangwe n'impuhwe
@kwizerafabien923
2 жыл бұрын
@@auxy9583 erega arabeshya abatamuzi kandi ntamenye ko itangazamakuru ligera hose ubu se ntiyanze kwiga Bali bamwishyuliye ahubwo ashaka gusanga umugabo Bali kumwe ubu witwa jihadi
@mutra9711
2 жыл бұрын
Kandi ntakuvuga ngo wakoze ibyo ushoboye byose kuko umubyeyi ntarangiza gutega amatwi abana be. Kandi kuyabatega bituma ubohoka kuri byinshi byubuzima. Nimwebwe ababyeyi. Ntabwo mwakwemera ko umuryango utatana kubera impamvu iyari yo yose. 1. Utandukanye na ntina wabana 2. Urongoye undi ufite umwana 3. Umukobwa wawe arabyaye, 4. Wanze kwemera umwuzukuru Ubwo wamubyeyi we!!! Wakwicaye hasi ugasaba Imana ikaguha inzira yubuzima igororotse. Inzira irimwo kwihangana, gukundana no gukora inshingano zumubyeyi
@kwizerafabien923
2 жыл бұрын
@@mutra9711 wowe mbere yociraho iteka papa we jya karuruma uramenya paradis nuvayo ujye Ku gisozi haruguru ya cafe uramenya uwo mukobwa neza maze ujye na beretwali uramusobanukirwa nushaka umbwire nguhe number za mutwarasibo wabo agusobanulire ububi bwa paradis ,ubaze mutwarasibo ko se atohereza ibihumbi 200000/ by a buli keezi. Kandi akayatungangamo umugabo we jihadi. Numwana we ubwo koko hali uko umubyeyi aba atakoze mujye mushyira mu gaciro
Arko abahungu bo mu Rwanda bamwe n'a bamwe bigize ba himemu nezaa nezaa😬😬gusa papa wawe nawe ntiiyakubereye umubyeyi pee
Umubabaro, agahinda k' umuntu ni ntakorwaho kandi ntawe ukagereranya n' ikindi kintu icyaricyo cyose...uyu mwana kumutuka ,kumuvugiraho amagambo apfuye , kumwita amazina mabi nta bumuntu burimo, nta bupfura, nta burere....udafite ikintu cyiza cyo kubwira umuntu nkuyu jya wicecekera, kuko iyo asomye comment yawe mbi iramusonga ..plz kindness is free! Impole mukobwa mwiza, Imana izaguha ayandi mahirwe uzaba umuntu ukomeye, uzakira ibikomere.Papa yakwiye gushima Imana ko yamukijije umukwe udashobotse
Ariko Sabin, tuzakurahe aba bahungu n abagabo,n abagore bahemukiye aba batumirwa bacu ngo nabo baduhe ama version yabo. Kuko mba numba nabo bafite za depression na trauma. Imana iduhane umugisha
@immaculenyirabizeyimana4923
10 ай бұрын
Arewe abagabo nkabo se badafite umutima wakimuntu bazatwigishiki
Nta kibabaza mu buzima nko gukunda umuntu nyuma ugasanga ari umutekamutwe, umutubuzi n umujura 💔💔💔😭😭😭 ikintu nyamukuru gituma umusore agushushanya aba yabonye ko washyushye urukundo rukugurumanamo. Akabona umubuze wapfa. Ikibi kirenze ni ukwishora ku muntu noneho wamuvumbuye ko ari mubi. Gusa ibibaho byose iyo bitakwishe biragukiza. Bituma ugira imbaraga zo kutazongera kugwa mu mutego nk uwo. Humura Leila Uwiteka akubereye maso, uzabona umugabo mwiza ugukwiriye kandi uzamenya agaciro ufite akanakubaha. God bless you abundantly 🙏🙏🙏
@treasurerango4308
2 жыл бұрын
😢😢😢abatekamukwe nibo buzuye umuntu kukubeshya urukundo akagutwara nibyawe nigikomere kidakira 😡😡😡
@balancedlifetv
2 жыл бұрын
@@treasurerango4308 uravuga ukuri rwose, Imana niyo yo gutabara abayo!!!
@johnsonuwimana3469
2 жыл бұрын
Leila, Humura hejuru y'imibabaro duhurira nayo kuri iyi si, hari igihe cyo guhozwa, iki kiganiro biba ngombwa ko nkisuniramo 3 kugirango numve neza uburemere bw'ibibazo wanyuzemo, kubeshywa n'uwo wakunze ukamwimariramo, Nyuma ukangwa n'Umubyeyi wakubyaye😥😪😭, Arko se nka muka So we waje m'Umuryango utarashatse kuba ruvumwa ngo ace Umuryango, abure n'URUHARE RWE NA RUTO? Mbega isi? Benshi twabayeho tudafite imiryango ubu twarakuze, turabagabo bafite ikizere cy'unuzima bw'ejo hazaza, Tuza ujye ufata akanya wumve indirimbo za Gospel, ntukamare umwanya uri ahantu hawenyine, iyo ndwara nzi benshi bayirwaye bagakira nawe uzakira humura, n'ubwo umutima wababaye💝, hakaba hari byinshi biwurwaniramo, ejo uzakira❤️, Turagukunda.
@balancedlifetv
2 жыл бұрын
@@johnsonuwimana3469 iryo jambo ni rizima rifite imbaraga zo komora inguma n ibikomere. Ibyo uvuze ni ukuri pe, igihe gito ibi biraba ari amateka kuri Leila kandi Imana ntizamuhana na hato. Igihe gikwiriye kigeze Imana iduha ibirushijeho kuba byiza. Imana ikomeze ikwishimire kandi ikubere maso!!!
@dianeumurerwa2166
2 жыл бұрын
Sha najye nuko byagenze rwose umusore yarambeshye ngo urukundo dukora umushinga ngo Ari kubaka , amafaranga arayarya nyuma anyita umusazi ngo Nta mafaranga namuhaye kdi yarambeshye ngo maman we arwaye cancer muhe amafaranga ibaze yanga ko mpura na family ye 🤦 , Sha we amafaranga nakoreye 2021 niwe wayariye yose 🥺 nyuma arambwira ngo nari kumuha amafaranga duhuriye he , tugura iki !? Sha abasore we ... Nukuri Imana izahane abafitiye imico mibi 💔
😭😭😭Fille Mère Imana ijye idukomeze kumunsi mubi
@rwigemagilbert7462
Жыл бұрын
Courage ma soeur ! La vie continue
Ariko ababyeyi biki gihe twabaye dute? Ubu se umwana w'uwo mugore yashatse we ko ari kumurera wenda ntiyavutse nk'uwo uwo mukobwa we? Amaraso ntajya aba amazi uwo Uta niwe uzakenera ko akurundarunda igihe nawe bizagucanga. Stroke, cancer etc byabaye byinshi kd ntibihitamo . Gira neza wigendere mubyeyi.
Ihangane gusa ubabarire mama wawe uko yabakaniraga anabakubita cyane yari afite ibikomere bya papa wawe bigaragara ko yari yaragowe niba papa wawe atakugirira impuhwe yarakubyaye urumva nyoko uko yari amerewe! Imiryango iraremerewe!
Ooohhh God😭😭imitima myinshi iraremerewe peee!! Abaremerewe mwese mukaze isengesho" Iman' irumva🙏🙏🙏
Paradis , dore uri muto kdi uri mwiza, witonde ntihagire abasore baza kugukururukaho bitwaje kuguhoza amarira, hato bataguteza ibindi bibazo! Take your time, wiyiteho, wikunde ukunde n,umwana wawe, ibindi lmana lzabikora! Kdi humura kugera kure siko gupfa 🙏
@antoinettempaimana2724
2 жыл бұрын
Yooooo wewe uru muntu nwiza umugiriye inama
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@antoinettempaimana2724 Niko bimeze muvandimwe! Merci .
@uwerajuliet780
2 жыл бұрын
Thx chr kumugira inama nkiyo nabonye byeze
@HairHeaven-SmartGagdets1415
2 жыл бұрын
yatanze nr ni ukumureka 2 weeks ka watsapp kakamugeraho!
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@uwerajuliet780 bonjour! You are welcome! Yeah bireze, akari hanze hano ntago koroshye!!
Tugusabiye imbabazi papa wawe, papa mubabarire duciye bugufi umubabarire 🙏🙏🙏🙏
@kwizerafabien923
2 жыл бұрын
Ariko ubundi amubanarire yamutwayiki iyaba abantu Bose bari bafite umubyeyi nkawe uwambaye ikirezi ntamenyako kera umuntu umusore wambere araje muriye udufarangatwe yarariye amajoro aragiye ufashe nundi nawe mutacyasangira imitungo ya so warangizamgo waratereranyw ahubwo mbona ibyakubayeyo byose na diomed ntasomo byagisigiye ushatse washyira agapira hasi leila urambabaje ibintu papa wawe yagukoreye nubu akibikora sinakekako wakora ibibintu uzicare wigaye
Pole sana mama, Imana ishobora byose izakomore ibikomere wakoze , ihangane Kandi ukomere usenge wizere Imana izahindura ubuzima bwawe
Jyewe sindi umukire ariko ngiye kugufashisha akantu nibura 50.000 fr ngiye kureba ukuntu najya nyakohereza buri kwezi. Abandi niba mwanfasha mukamuhereza icyo kureresha umwana ni mumpe like
@auxy9583
2 жыл бұрын
God bless you. nange nzajya mufasha uko nshoboye.
@umunezerojanviere5250
2 жыл бұрын
Ugize neza Imana igukubire inshuro igihumbi ibyo wiyemeje aho bizajya biva hajye hajya ibindi .imigisha myinshii niyo ngusabiye
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@umunezerojanviere5250 Amen! Nawe lmana lguhe Umugisha 🙏
@mutra9711
2 жыл бұрын
@@umunezerojanviere5250 none se amazina ye yose waba uyazi?
@umunezerojanviere5250
2 жыл бұрын
Oya ntabwo nyazi nuko nabonye wamwemereye ubufasha ariko ubwo urahamagara numero bayishyizeho
Pole mamy nanje yambayeho ndavyara umuryango uranyanga .ubu haheze igihe nariyubatse ubu barankunda vya hatari .Ico noguhanura icambere wihe imbabazi,ica kabiri abakwanse bose ubahe imbabazi hama ubuzima bubandanye Imana izogufasha.kandi sorry ndazi kandi ndatahura ingene umutima wawe ubabaye.lmana ikomore.
Haba harimo na Destin ariko abakobwa nabo avance ibakoraho buri gihe.abakobwa bagabanye gutanga avance kuko nibo Bishyura pe,niyo mubanye ugasanga ntakubaha yishyiramo ko uryamana n,abagabo Bose CG akajya agucyurira Ngo uroroshye( Uri facile a draguer)
Ngusabiye imbabazi papa ndagusabye Bavaria umwana yego yarakosheje ariko ko yagusabye imbabazi mubabarire rwose Kandi imana izakongerera umugisha uyu mwana arababaye
Mama ni ingaruka zo kubyara abana batazwi sha. Abakobwa twaragowe. Ahasigaye ni ahacu ho kwirinda. Amaguru nyamara ni ukuyabumba, iyo mari iteza ibibazo rwose harageze ngo ifatirwe icyemezo. Mumbabarire koko bakobwa beza mwihangane mwifate mwifate cg mufate icyemezo. Ababyeyi bacu ntibadutuma kubyara nta n’inshingano zo kuturerera bafite twihangane. Dufate amasomo. Mumbabarire ndabinginze urukundo ntirugatume umanika amaguru 😭😭😭
Mana weeeee ark nigiki gikura urukundo rwumwana n'umuvyeyi koko😭😭😭? Kuki mutagirimpuhwe zabana banyu ? Iyo dépression mutera abana banyu muzabimenya mubusaza bwanyu 🤗 be strong Kana Keza Imana ikube hafi igikomeze
Abagabo ngewe baranyobeyeee, wagirango ntakintu baba bapfana na bana babo , yaba abitwa ngo niba Dada, yaba abo tubyarira nukubihorera umuntu akimenya n' Imana akakwagura
Inkuru nkizawe ziri mubantu benshi abakobwa twaragowe pe gusa Komera mukobwa mwiza ikiza waribarutse kdi uzabaho Imana itananirwa gutabara abandi nawe igutabare igucire inzira igukomeze iguhe imbaraga zoguca mubyo urimo
Paradis, nabaye indondogozi! Reka nkubwire! Sha ntuziyahure! Sigaho , umwana wawe aragukeneye, wimugira imfubyi, muhe amahirwe yo gukura afite uwo yita Maman, ujya kumutwita nta ruhare yabigizemo, rero sigaho kugira uruhare mu kumugira imfubyi! Namara gukura , mubasha kuganira, azakumara ishavu n,umubabaro! Uwiteka lmana Abane naw muvandimwe 🙏
@onlygodknowsall776
2 жыл бұрын
Ufite inama nziza cyane ariko ashobora kutazibona kubera ubwinshi bwama comments rero fata iriya number ye bashyizeho uzamuhamagare umuganirize cg umwandikireho
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@onlygodknowsall776 bonjour! numéro ye nayifashe déjà. Merci
Numvishe papa wawe nawe yarazanye undi mugore ufite abandi bana, bimeze nkaho Abana biwe yibyariye yabibagiwe , ni akumiro,
@Coco11982
2 жыл бұрын
Nyine umugabo yabwiye umugore we ati,ntundateho abana ntaho batabyara! Imana ijye ibabarira abatware b'ingo kuko ntibyoroshye
I can feel what you re experiencing now. 😫 Sorry btfl girl. Don't panic Isimbi is true family 🥰❤️
Wihangane Uhoraho agufitiye umugambi mwiza ,kandiikiruta vyose Yesu aragukunda cane kdi azahindura amateka yawe
Ubwo se aho gusaba imbambazi kwa papa wawe wakwibaririye and then move on dear, some people they don't feel your pain 💔
Papa wawe rwose nakubabarire uko nakubonye nturi umukobwa mubi, Imana azakugirira neza kandi kera uzagaruka kwa Sabin uvuga ibyiza umaze kugeraho
Paradis please please senga, Yesu ni Papa wacu udukunda kuruta ab isi ni umugabo uruta abandi gerageza usenge umusabe ko yakwiyereka. Mbabarira ntiwongere kwiheba ngo ugere aho kwikata. Komera Yesu ni Byose kubamugannye. Incuti umugabo umubyeyi udatenguha.
We are the same age but I have 3years old sun, we have the same story. sinzi igihe aya marira turira azashira narinziko arinjye wiheba nkashaka kwiyambura ubuzima ariko turi benshi. Be strong dear, Imana niyo yonyine dukwiye guhanga amaso. Be strong
@kalizashema5415
2 жыл бұрын
Bakobwa mwige gukoresha protection , bizabarinda kwishyira mubibazo bitaringombwa, mwige ubwenge kandi mufate responsibility ya poor decisions mubamwagize, ibyo nikobimeze. Ababyeyi banyu ntibashinzwe kubarerera kuko mwabyariye murugo, babikoze nubushake bwabo ariko ntibari obligated .
@naomieumwiza
2 жыл бұрын
@@kalizashema5415 Reka nubahe your opinion ark ubutaha jya ubanza utekereze neza
@kalizashema5415
2 жыл бұрын
@@naomieumwiza ukuri kuraryana ariko niwomuti uzana ibisubizo my dear! Mukomere , mwihangane ariko ibyobyose mubivanemo inyigisho zitazatuma musubirabmuribyo bibazo. Good luck
@marieangeraissauwamungu9155
2 жыл бұрын
Be strong young mama, you got this ❤❤
Ese ubwo uwo musaza( papa wawe) yarayobewe nta mubyeyi ucutsa? Cg umugani uvuga ngo ubyaye ishyano araryonsa yari atarawumva aho ucibwa? Ubundi c uretse nta n,Inka wari waciye amabere,... Ubwo yararebaga agasanga wowe wari wiyanze? Sha uwo mubyeyi ubanza ataziko kwitwa umubyeyi Ari inshingano , umubyeyi agomba gufata mu Bibi no mu byiza! Sha umuntu yiyangira umwuzukuru? Uwo mubyeyi lmana lmubabarire 🙏
@musoniemmanuel7735
2 жыл бұрын
Numvise ngo ntamugabo ubyara
@HairHeaven-SmartGagdets1415
2 жыл бұрын
Ubwose atari uwicuruje wumva yabyumva nkawe gute, tekereza ari umwana wahaye uburere atavukiye mu buraya(terera iyooo), tekereza niba umwana we yatinyaga kubimubwira...kubabaza uwawe nubwo waba utabishatse...ntibyoroshye...wavutse nabi ntiwabyumva ariko ikibazo si wowe ahubwo umva abandi...uwanjye nabyumva ariko byambabaza.
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@HairHeaven-SmartGagdets1415 gusa ndabona unantutse kdi ngewe ibyo navuze birumvikana! Sinaterana amagambo nawe kuko ntacyo naba nkurushije , sinkuzi , gusa ndakugaye cyane! Nta buraya navukiyemo, navukiye ku babyeyi bafitanye isezerano, ndi umwana wa 4 mu muryango! ...urantutse peeee! Kdi n,abana bavukiye mu buraya nabo bafite ijambo kabisa. Naho kuvuga ko uwakumva uyu mukobwa Ari uwicuruje...ubwo impundu zavuga ku bicuruje kuko ndumva waba ushatse kuvuga ko aribo basigaranye umutima wa ki muntu! Ahubwo aya magambo yawe atarimo uburere ndabona wagirango wigeze kubaho umwana w,umuhanda!
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@musoniemmanuel7735 arabyara! None c umugore arifata akitera inda? Sinjya numva se no mu mategeko bavuga ngo umwana ni uw,umugabo? Gusa ngewe, mbona umwana Ari uw, ababyeyi bombi!
@Fannyweightlossfitness
2 жыл бұрын
@@auxy9583 mu kinyarwanda umwana w'igicucu ni uwa nyina .umwana uz'ubwenge agatera ishema se.Imitima yacu si imwe .
Paradis ,tubyumve kimwe papa wawe ni umwana mwiza,ntuzi ko hari nabapapa batemera kurera abana babyaye?nyine waragowe ariko papa rwose uzamukunde cyane,nuko ukuri kuryana ariko ntuzarakarira papa
Mpore mwiza we. 💗 Ndakwikundiye, wabaye intwari kutemera kwihambira ku muntu par peur yo gu sauva honneur y'umuryango. Your own happiness matters too, so good for you for choosing yourself! Courage cyane! ❤️
Iyi signe yo kwikeba ni depression imaze kurenga.... ntanubwo we abimenya ko yabyikoze. Nimutabare uyu mwana abamuli hafi plz!
@angetesi5285
2 жыл бұрын
Nibyo rwose ni dépression imaze kugera kure, kandi nadatabarwa azashyirwa yiyahuye. Muri ibi bihugu byamahanga duhura nizi ngero. Akeneye abize ibyihungabana nagahinda gakabije.
@janvieretwahirwa220
2 жыл бұрын
Uzajye kwa muganga uvura mu mutwe.Bakuvure anxiety na depression.Otherwise bazakujyanayo byakomeye.Nta muntu utababarirwa.Babyeyi dukeneye kujijuka.Imana izaguhire mukobwa mwiza
Ndababaye cyane. Mubyeyi (Papa wa Leira), nubwo umwana yahuye n'uwamubeshye urukundo, yemewe amakosa yoseee, nayo atagizemo uruhare arayemeye. Ca inkoni izamba, mubabarire rwose. Tumusabiye imbabazi.
Sha ihangane gusa ntiwumve ko hari igikuba cyacitse abatekamutwe babaho. Papa wawe nawe ni umubyeyi gusa imyumvire y ino iwacu iragoye ariko abantu bari bakwiye kubirenga kuko personne n est parfait. Wewe ibereho kandi papa waww nakomeza kunangira umutima ntacyo uzaba utarakoze hazaba hasigaye ahe na data wo mw ijuru wewe uzaba umwere. Songa mbele👌👌👌👌
I can feel your pain dear,but stay strong ukomeze usenge umubyeyi azakubabarira Kandi your very strong woman byose bizakunda🙏
Ndikukumva pe ! Gusa ihangane cyane senga wige kubana nibikomere byawe ejo Ni heza kora cyane ureke kureba kubantu so umwibagirwe byiteka
Ariko kweli uyo mu papa ntiyumva ko yoherej umukobwa wiw mu ngeso mbi?Ibaz ngo kuriha inzu ariko ibindi uzimenya🤔🤔🤔😡😡 wihangane mukobwa mwiza Imana iraca inzira!!
Imana yanjye 🙊 ndababaye cyane sinarinashoje ikiganiro ndagishoje kirandijije umwana twabanye koko ndababaye kbs ariko ndaguzura vuba humura nturiwenyine kibonda naranagukundaga twaraburanye ndumva nishinjije kuba ntarakomeje kugushaka ngo dukomeze kuba tuvugana mbabarira ndumva mbabaye cyane
Pole sana! Hari impamvu byakubayeho! Ariko umubyeyi utababarira nabwo aba ari gito. Intambwe yawe wayigezeho.
Shaka abakozi b'Imana bagusengere mu Mana niho hari ubuhungiroHari nigihe byaba byaratewe namarozi ngo basigaye baroga umwiryane,nicyangiro birakarangira umuntu yiyahuye
Ariko izo ngegera zikina n’urukundo koko 😳😳😳
Chouchou ntuzigere wibabariza umwana ngo umuhindure imfubyi.ahunwo ba intwari mubuzima urwane ishyaka .ntuzigere wiyaka ubuzima bwawe rwose .Umubyeyi.wakubyaye yakwanga ariko Imana ntishobora ku kwanga rwose. Nhumura humura
Ladies mumfashe dutsimbarare ku dufranga twacu, nah,ubundi ndabona aba bahungu bariyemeje kwigira abakuzi b, ibyinyo! 💔💔 Ese ubundi aba bahungu babeshya ko bagira akazi bafite n,ama cartes mahimbano ,l,état yagiye ibakurikirana?? Yooo! Paradis pole, you are young, beautiful and smart! Komera cyane ibyiza biri imbere!
@yesunibyosetv
2 жыл бұрын
Nukuri si twese pe hari abagifite ubumuntu batakubeshya. Don't judge the book it's cover ? Just navigate the pages carefully, don't rush!👉
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@yesunibyosetv ndabizi si mwese ariko abenshi niko basigaye barabaye!
@yesunibyosetv
2 жыл бұрын
@@auxy9583 uzakurambagize rero uzitondere kuryama nawe? Uzihe agaciro kandi usenge umwitegereze witonze . Ntuzabura ikikwereka ko ari feke cyangwa ari umuntu utazakubabariza umutima.
@soson1075
2 жыл бұрын
Mufate masomo sha, nanjye nararifashe isomo
@auxy9583
2 жыл бұрын
@@yesunibyosetv nararambagijwe! Mfite umwana ugiye kugira imyaka 14! Ngewe mu barambagizwa sinkirimo! Gusa barumuna bacu bagomba gucana ku maso!
Bakobwa mwe. Muze duhaguruke ducane kumaso kuko abasore b'ikigihe ndabona barimo kutubabaza imitima
@agnesneema4533
2 жыл бұрын
😭😭😭😭😭😭😭 aba atumye nibuka mbyinshi
Cyakoze ababyeyi baragwira nukuri papa wae Imana izamusange kuko uracyaru mwana we uko byagendakose kuko nta mubyeyi ukwiye kurakara gucyo sha byambabaje pe gusa komera Bizahinduka nshuti Imana ikube hafi mfite ubushibozi naguha support yo kukuba hafi ark kuva wagezaha birasobanuka
Sabin,shakira uwo mubyeyi psychologist/psychiatrist amufashe hakiri kare.Uko kwikebesha urwembe ni "self mutalation" nizo paracetamol yanyonye ni "attempted suicide" bivuze ko ari "depressed" bikabije.Indi nama namugira nuko yashaka inshuti ya Papa we akamuhuza nawe akamubera "mediator".Yamaza kumenya ko yahemukiye umuryango,arabyicuza anabisabira imbabazi.Jye ndumva kuri we yarakoze ibyo agomba gukora murwego rwo gushaka "reconcilliation" numuryango we.Ahasigaye uwo mubyeyi namubabarire ntamuntu ubaho adakosa kuriyi si.Nabyanga ubwo niwe uzaba usigaranye icyaha cyo kudatanga imbabazi
@mutra9711
2 жыл бұрын
Ariko se ko yanze akaba ari ntamuntu wa mu forca kubabarira uyu mwana. Ubu umuryango agiye kugira nitwe. Ntabandi kuko abandi bahomye amatwi namaso ngo ntibumve imitakiro ye
Papa yaragukundaga ni uko wamubabaje. Abana b'abakobwa mujye mumenya ubwenge cyane. Abahungu turi imbwa cyane. Rwose mumenye ubwenge pe.
Komera Maman , Hejuru ya byose hari Imana. Humura uzahozwa ndabyizeye
Humura chr uruwagaciro kandi umwana wawe numugisha bihe igihe umurwanire ishyaka un jour uzabibona nzaguhamagara in box tuvugane.merci Sabin
Yewe wa mugabo we wababariye uyu mwana koko ko nta muntu udakosha. Ko wazanye umugore ufite umwana niwe wabonye wo kwitabwaho cane gusumba umukobwa wawe afise amaraso yawe??? Mana yanje aka sakumiro?? Leïla wihangane mwiza ikintu cyose kigira intango kikagira niherezo courage
Imana izagufashe cyane mwese, dabasegera cyane mwese.
Impore Paradis Imana ni Umubyeyi humura kandi imbere ni heza.humura nturi wenyine 🙏🙏💔
Sabin Imana ijye iguha umugisha tv yawe ituma benshi baruhuka imitima,abandi bagahindurirwa ubuzima bajya mubwiza BE BLESSED
Njye ndabona isimbi rikora ibintu biri munshingano za ministere 2 ( imibereho yabataruge, urubyiruko )kubera izo mpamvu Mujye muhamagara Min Bamporiki aze ashakire ibisubizo aba bana kuko abana bari kubyara mugihe cyimyaka 15 aba bana bari kubyara bazaba aba marine, abandi bazajya bacukura amazu .
Umbabarire ubusanze sinkunda kwandika kuri social media . Ndi umubyeyi . Inkuru yawe yankoze ahantu niyo mpamvu nkugira iyi nama: fata ingamba yo kwikunda uracyari muto you have a bright future. Uwo musaza mwihorere n.imfubyi zibaho. Naho mama mu kubakanira si ukubanga yakoraga wenyine uko ashoboye ngo abarinde icyabangiriza ubuzima. Ibyakubayeho nta ruhare abifitemo. Bishoboka ko nawe yari aremerewe ku ruhande rwe. Muri iyi minsi abana bahura n.ibibazo by.inzitane ahanini ziturutse ku babyeyi batarabasabye ku babyara. Bigaterwa ahanini n.ubusambo ubwibone butewe n.umurengwe bakibagirwa Imana bakimika inda nini ubusambanyi bakibagirwa impano ikomeye yitwa umwana. Humura humura haracyariho ibyiringiro. Ce qui ne te tue pas te rend forte. COURAGE COURAGE KD AMAHIRWE MASA
Yoôooo. Papa wawe nakubabarire nace inkoni izamba nk'umubyeyi. Niyibuke ko hari ababuze urubyaro ariko we uwe arimo kumutererana.
pole sana. cherie humura ubuzima buzahindukq
Ubu koko Papa wawe yakubabariye😭😭😭 nanjye musabye imbabazi nanyumve
Uwiteka azakomore muvandimwe,isi yabaye mbi mama,ariko dufite Imana ibera hose icyarimwe
@Jesus-to4cx
2 жыл бұрын
Isi iraregana abantu bamwe nabamwe babaye babi
😭😭 Yesuu wee komera Paradis. Uwiteka akomeze akurinde kandi akumpere imigisha. Humura ntabwo iminsi ihora ari mibi, nkwifurije ko ibihe bihinduka ukagarukana amashimwe🙏🏽🤗
Ese ko abahungu bakomeje gukinira kubwonko bwa bakobwa bite ra??
Imana ivugire muri vie wawe akubabarire kandi Imbere niheza
Pole mama...vieux wawe ntamutima afite nukuri....Imana umubabarire.
Imana yakuremye Urakura irakuzi cane wowe kuba warasabye imbabazi warazihawe nimana Komera I byiza birimbere
Ayiweeee sha pole sana agacherie keza. Abagabo ba batekamitwe babaho cyane. Njyewe hari uwantekeye imitwe ngo akora muri ministry y'ubucuruzi. Hhhahhaaa. Sha nubwo bitoroshye kuri ikigihe kwirinda kuryamana n'umuntu mutararushinga ariko birafasha kuko iyo umenye amanyanga ye uramureka ariko iyo mwaryamanye noneho unatwite ntayindi choice uba ufite uretse kwihambira. Pole mama ikitakwishe kirakwigisha. Uwo mugabo yarafite uburwayi bita mythomania. Ni indwara yo kubeshya .
Tu es jeune, belle, intelligente Gerageza wibabarire..ushake akazi cg wige utekereze umwana wawe. Komera pe. Umwana wawe azakubera byose..
Pore sana.Bakobwa beza ndabinginze twiyubahe ntabintu byo kwiha abahungu tutarabana batera inda bakatwihakana😭😭 Tanga imbabazi mubyeyi turakwinginze kw,isi nta marayika🙏🙏
Chr kubyara ntakosa buriwese byamubaho Gusa warisobanukiwe
Mukobwa mwiza senga,ukore ,papa azizana Njye ubukwe bwa pfuye 22h vendredi ibintu byose nabishize kumurongo,ndanga ndishyingira,nicwa ninzara mfite uruhinja,ariķo kubera Imana ariyo mubyeyi mukuru ubu ndatumirwa nkanagishwa inama So, papa wawe siwe buzima bwawe komera kandi usenge wirere umwana uzaryoherwa nyuma yubusharire
papa tutubarire ubabarire ikibondo cyawe.Imana Igukomeze.
Shimira Uwiteka ko nutabanye ngo akwice uhagaze kuba warabyaye sikibazo uzongera ukundwe numuntu utameze nkuwo muteka mitwe. mwino minsi bireze cyane.
Your sweet little girl mama. May God protect you more
Please, komera cyane! Kandi ntuzigere wiyambura ubuzima. Ikibondo cyawe niwowe afite ntawundi
Sha icyombona nuko ntamuntu icyigira ukuri kuriyisi yaba abahungu cyangwa abakobwa ntamuntu muzimambona pe,nange ubwange nabeshywe numukobwa imyaka ibiri yose ngiye kuza hageze ngo tubane arankatira sha abisi bikigihe wapi
Uracyari muto disi humura nanjye byambayeho gusa njye b ya r an yi gi shi je
Ababyeyi b'aba papa nta sentiments bagira chou😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭❤️😭😭😭😭😭
@charlottekarengera2633
2 жыл бұрын
Yego niba ntampuhwe abapapa benshi ! Iyo udafite maman wawe ngo akuvuganire biba byarangiye ,ubundi baravuga ngo iyo wanze umugore n'abana mwabyaranye ntabwo uba ukibakunda. Biteye agahinda pe!
@lowkey4507
2 жыл бұрын
@@charlottekarengera2633 aho ntabwo aribyo kuba baratandukanye ntabwo buri gihe aba ari ikibazo cy umugabo
@gentle9055
2 жыл бұрын
Cyane iyaba ari mama we badigaranye yarikumurwa inyuma ukobyarikubabimeze kose.
@auxy9583
2 жыл бұрын
Ndebera nkuriya ngo ukuri lmahanga amagambo nyandagazi yanditse hariya....💔💔💔💔💔💔
@charlottekarengera2633
2 жыл бұрын
@@lowkey4507 reka nkosore ho gato kuko ntanubwo tuzi uwo byaturutseho gutandukana kw'ababyeyi be, akenshi biba bigoye ko umubyeyi w'umugabo yita kubana uko bikwiye iyo atakibana na nyina w'abana. Gusa tutitaye ku mubyeyi byaturutseho ngo batane ntabwo abana bakwiye kuba victimes y'ibibazo by'ababyeyi babo ,bagomba gukomeza inshingano zabo za kibyeyi buriwese mubushobozi bwe!
Ubuzima n'ishuli turiga burimunsi nawe ihangane warize ikosa wakoze ntuzasubira kandi courage uzabona umuntu ugukunda dore urimuto ,ikunde nicyo cyambere ikindi nugushaka uwo mwabana kuko azajya akuganirize kugirango utitindaho ntugatecyereze ibyahise byakubabaje ahubwo Reba imbere niheza uharanire icyaguteza imbere nkuko wahoze....(mana nkweretse umwana wawe umurengere Aho yakoshe umubabarire umuhe amahoro atarayo isi itanga umuhe umunezero umuhe inshuti nziza ,tukweretse na abyeyibe uhindure umutima wabo ubagarurire igikundiro kumwana wabo bamugarukire kandi nawe azababarire ,Yesu mwambike igikundiro cyawe ahanyura hose no mumuryango ,nuko dusenze twizeye Amen)
Very strong laddy, humura mama kdi wirinde uzashaka neza wubake kdi uzaryoherwa ntarirarenga rwose, komera Leila.
Abagabo baribwumve iki kiganiro babonereho isomo nigute usohorabana murugo washakanye na nyina ahubwubayintwari wasohoka ugakodeshereza uwomugore muto cg ukagurisha ukaguramo inzu ebyiri zamake ariko ntiwitere hanze abana
Pole sana nange byambayeho Gusa amahirwe aracyahari ikunde ubundi usenge
SABIN ndagushimiye uko wakiriye uyu mwana mu kiganiro. Ukomereze aho mu kazi kawe.
Pole aga chérie bibaho bikagusigir inyigisho uzaha abandi
Ibyo bintu byo kwikebagura nikimenyetso kibi cyane cy'ihungabana navuzwe hakiri kare birakomeye
Thank you all for the kind words and support it really means a lot to me. May God keep blessings upon you and your loved ones ❤️❤️❤️❤️❤️ sending love and peace with prayers comes success🙏
@mutra9711
2 жыл бұрын
Nyohereza amazina yawe mbone icyo nkora
@queenleila282
2 жыл бұрын
@@mutra9711 Leila paradis
@juventinemujawase8901
2 жыл бұрын
Don’t cry Leila, all will be alright! Sending love! Ntuzabe ikigwari ngo wiyahure twakugaya! Sibyo se?
@uwimbabaziaurore1516
2 жыл бұрын
Komera,wagize neza kudashakana nuwo muntu wari kuzabyicuza for the rest of your life, turagukunda courage Imana irakuzi
@claudinedusenge7311
2 жыл бұрын
Be strong honey. Nizibika zari amagi, you will be great after this storm. You are not alone, you have our respect ❤
Papa Leila Paradis wagize imbabazi z' umuvyeyi ukamuba hafi ko mbona yahenzwe nuyo muhemu w' umusore none nawe uce umuta kweli? Turakwingize ugire imbabazi z' umuvyeyi.
Chère Leila ntabwo unzi sinkuzi ndi umubyeyi ukuze ariko inkuru yawe irababaje . Inama nakugira uzajye muri centre ikizere bazakuganiriza kandi bagushakire n'umu psychologue nziko Imana izagufasha bikagenda meza. Ndagusabira.
Ihangane mukobwa mwiza kwiyahura siwo muti irerere umwana wisengere Imana niyo ihoza marira
Komera cyane warababaye bidasubirwaho
Impore bambe Uruwagaciro kandi Imana iragikunda.
Laila Paradis,take a heart dear ♥ I know you're hurting but remember tough times never last...though tough people do last...you're worthy to be loved and your loved...
sha umubyeyi ni maman ubuse koko papa wawe ntakosa yigeze akora none arimo kurerera abandi