Hubert 👏👏 A good marriage isn't something you find, it is something you make, and you have to keep on making it. You choose the same person everyday....love is sweet but life is hard be wise in your choices.
@HubertSugira
Жыл бұрын
You are right Nicole
@t.b.trwanda4851
Жыл бұрын
Fact😘👌
@beg6311
Жыл бұрын
Good reason Nicole
@bluebell2662
2 ай бұрын
Fact
@ericmukolozimba Жыл бұрын
Ikiganiro cyiza cyane Love you girls
@djamilaniwenshuti5662 Жыл бұрын
Mfite imyaka 40. Mfite abanas 4. Ntabukwe pee. Je prefere rester seule. Nta muntu nafata nkicyemezo kubyerekeye umugabo. Ariko I respect my kids dad. I love my kids and loving them, c est respecter le papa ou la mama. Malgre les difficultes between us. Let's only talk about love in a relationship. Especially, devant les enfants. Sh
@HubertSugira
Жыл бұрын
courage djamila
@dianengiraneza3241 Жыл бұрын
Haaaaa Mutamba na Claire mukomere ibiganiro byanyu biraryoha ibintu by'urushako nihatari ni ibintu bigoye kumenya kuko nkuko yabivuze hari abantu bagendana ibikomere indani😍. Ntabwo abikubwira akwihishamo ariko uko mubaho mutabana ubona ari sawa noneho ubibona mubanye ukajya wibaza niba ariwe muziranye.
@HubertSugira
Жыл бұрын
ntago byoroshye kuko akenshi ibikomere na nyirabyo ntago aba azi ko abigendana...until there is trigger
Uno mugabo numuhanga, I agree with what his saying 100%. abantu benshi bagendera kumaranga mitima yabo or yisi, ahokugirango bagendere kumahame yabo bwite. Wamugani expectations nizo zibyica.
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks for listening
@assoumptanumukobwa Жыл бұрын
Hubert nkunda inama zawe cyane lmana ikwagure tugukeneye turi benshi!
Urakoze gushima....! ni nk'ibintu bibiri bihe wize?
@Fina4838
Жыл бұрын
@@HubertSugira murakoze cynee Nakuyemo ibintu byinshi arko bibiri byigenzi nugukundira umuntu uwariwe apana ibyazagukorera cg azaguha. Ikindi nuko Sex doesn't keep a man, kndi ko cohabitation Mubyukuri ntakimaze kuko inyinshi zirangira batandukanye. Anyway ni byinshii Mwakoze cyane kutuganirizaa, muzagaruke rwosee😊
@nickymumu4596 Жыл бұрын
Mwiriwe next time mwadusabira Sugira najya avuga ko ibintu ari kutubwira ari scientific proof kujya aduha references zizo scientific findings
@iragenazakia1291 Жыл бұрын
Wao nari naramubuze ngo numve inama ze we reka nicare pe ndamu❤️👍mwakoze kumuzana rwose
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks for your love Zakia! love you too
@bucurahope2525 Жыл бұрын
Yewe Narinziko Ari umusore ngiye kwiteretera nubwo ngo mumuco nyarwanda bitemewe 🙈 kumbi nayobye ntacyo reka niyumvire ibyubwenge nere kubura byose , your humble Man and Gift from God give Us ,be bless Hubert.
@fettyfetty
Жыл бұрын
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
@HubertSugira
Жыл бұрын
Sorry Bucura...ariko nkuko wabivuze utaza kubura byose wiyumvire iby'ubwenge rwose! Be blessed too
Yesu ashimwe pastor Hubert nakunze cyane ikiganiro cyawe ese nigute umuntu yabona number yawe
@wivetv786711 ай бұрын
Love from wive tv
@kagweramarieclaire84545 ай бұрын
Umenya Abanyarwanda batarabivuze nabi mu kuvuga "Imibonano mpuzabitsina"; ndetse umenya iri jambo mu Kinyarwanda bishoboka ko ritanabahaho kuko ni "translation from English/ French" I.e relations sexuelles;
@nuwemurungiphionah6210 Жыл бұрын
Bring him back Thank you sir 🙏 from 🇺🇬
@t.b.trwanda4851
Жыл бұрын
Sure we will
@clevacleva2738 Жыл бұрын
Point
@peaceishimwe577 Жыл бұрын
Subu Hubert yubatse urugo afite imyaka ingahe koko? Thank you for this show. It's really nice. Iyaba bose babyumvaga bakabyitaho
@HubertSugira
Жыл бұрын
hahahaha sugira yubatse ari muto ariko yari yujuje imyaka y'ubukure da
@mumporezepascaline4372
10 ай бұрын
@@HubertSugira Iki gisubizo kiratangaje kokooo
@dieudonnerukajo9614 Жыл бұрын
Merci bcp mnsr Hubert 👍
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks
@francisgisore5617 Жыл бұрын
Uyu mugabo nko arumuhanga cyane.
@HubertSugira
Жыл бұрын
murakoze cyane
@Fina4838 Жыл бұрын
SABIN WE NEED THIS MAN ON ISIMBI TV😊❤😂
@mimibe4206
Жыл бұрын
Hahaaha Nanjye konarindikubitekereza koko 😍🙏🏾 Hubert turamusabye azasure ISIMBI Tv🤩🙏🏾
@Fina4838
Жыл бұрын
@@mimibe4206 nukuri peee Sabin arabe yumva😅
@HubertSugira
Жыл бұрын
🤔
@ericniyonkuru4398
Жыл бұрын
Why kwa Sabin? Niba wishimiye iki wagisangije ishuti zikagikurikira hano?
hari ibintu bimwe na bimwe wakora ngo ingaruka zigabanuke, icya mbere ni ukumenya ko ibyo wakoze bifite ingaruka, ukabanza ukabihagarika...
@umurerwafrancine35702 ай бұрын
utabashije kubona uwo mugabo se ko Ari Imana imutanga bigenda bite?
@SergeGakunzi-wb9ru Жыл бұрын
Uri umugabo mwiza cyane.
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks
@pierrineineza3165 Жыл бұрын
Ni umuhanga.
@HubertSugira
Жыл бұрын
murakoze
@joeljovan2287 Жыл бұрын
Your so Wise Man of God but I have a question, What is the meaning of two rings??
@HubertSugira
Жыл бұрын
you mean the rings I have? it is just fashion, there is no meaning
@gloriairyivuze17236 ай бұрын
Ese nshobora kubona umuntu wujuje ibyo nshaka byose
@nyangabiredenise84705 ай бұрын
Uvuga ukuri
@soniakabano163 Жыл бұрын
Ikiganiro cyiza Hubert agira ibiganiro byiza.
@HubertSugira
Жыл бұрын
merci sonia
@user-lr6fh1ve2p5 ай бұрын
Nkunda hahandi avuga go gushaka nabi byica ubuzima bwabashakanye uyumugabo numunyabwenge die rwose
@mendezapoccalypto7534 Жыл бұрын
Tbt mwakoze
@jpmaniao Жыл бұрын
Good but I missed a part of statistics. Where is the %ge of divorce in marriages without cohabitations.
@HubertSugira
Жыл бұрын
sinibaza ko twaba dufite stats zihamye mu Rwanda kuko nibwo tugitangira gukora amabarura, buriya tuzaba dufite imibare ya nyayo mu minsi iri imbere, ubu tugendera ku igenekereza
@helenemarierobert8557 Жыл бұрын
Nanjye nemera ko kuryamana n’umuntu musigarana mu mashuka iteka ryose
@egidekatihabwa Жыл бұрын
Ndakunze ikikiganiro kabisa
@HubertSugira
Жыл бұрын
wakoze kudukurikira
@gerardrivuzimana9776 Жыл бұрын
Ntimurakwiza 100 mille ?
@lydian5762 Жыл бұрын
Biological clock ibano mubagabo ntibazaba beshye. Ego kubyara mbere ya 30 niyo best time yokubyara kuko uba uri muri yo prime age scientifically ariko, iyo ugiye kuvyarana numugabo ufite 40 nokurenga nubwo wowe mukobwa ufite 20 ans, you are still at the same risk of having a baby with health issues. No one talks about this but it is scientifically proven that even men exerience biological clock, not that they stop having babies but are high risk for producing very sick babies.
@HubertSugira
Жыл бұрын
ntago ikibazo cya biological clock ari kimwe ku bagabo no ku bagore...nibyo uko umuntu asaza niko nibice byose by'umubili bisaza...ku buryo risks ziyongera ariko umugore we nyine areka kubasha kubyara...bitandukanye cyane no ku mugabo
murakoze Pelagie, nonese buriya wakora ikiganiro kandi ukanahisha?? waba waje guta umwanya ahari hari ibyo ushaka guca ku ruhande...
@pelagiemukapelagie1087
Жыл бұрын
@@HubertSugira kabisa ntampamvu
@gerardrivuzimana9776 Жыл бұрын
Bite bikobwa vyiza?
@mahirweadrien6962
Жыл бұрын
Yes
@janetjordine5454 Жыл бұрын
Abansigaranye mumashuka mukuremo ok?
@HubertSugira
Жыл бұрын
bagukuremo rwose
@helenemarierobert8557 Жыл бұрын
Kuryamana mbere yo gushyingirwa: nta rukundo ruba rurimo, nta determination, nta engagement, nta nta … Urukundo rurihangana, rugira neza …. Niba utaragera aho wumva ko ushobora kuzakunda umuntu mu bibi n’ibyiza , iby’urugo bivemo urikunda uzabanze wige gukunda abandi!!
@rosemarie7426 Жыл бұрын
Imyakura /imisemburo
@ericniyonkuru4398
Жыл бұрын
Imyakurase buriye is nerves, imisemburo ikaba hormones?
Пікірлер: 165
Iyo nkubise amaso ikiganiro cya Hubert mpita nicara nkarambya ubundi amatwi yanjye agakora umurimo wo kumva neza!! Ndababwiza ukuri nk'umuntu umaze imyaka irenga 10 nubatse Ibintu byose Hubert avuga ni ukuri kuzuye kutavangiye pe!!! Ahubwo rubyiruko rwubu mufite amahirwe yo kumva inama z'abantu nkaba mutarashaka ntimugapfushe ubusa aya mahirwe!! Ndabinginze mubyumve mushishikaye muzagera kure heza kandi mwishimiye!! Ahandi ho Hubert Imana iguhe umugisha cyaneeee natwe abubatse twarongeye tumera nk'abavuye mu bitotsi turimo kwiga kandi tugira nibyo duhindura mu ngo zacu
@HubertSugira
Жыл бұрын
Murakoze cyane ku magambo meza akomeza umuntu, akamuha gushaka gukomeza gukora! Thanks verybmuch for your encouragements
@jurustori
10 ай бұрын
@@HubertSugira Ikibazo dufite nabantu badashaka kwiga pe ...
Mwakoze Gutumira umugabo wumuhanga pe !!Ukomwumvise ndiga !Merci 🙏🏾
Urushako ntirwubakwa n' urukundo gusa....dukeneye urukundo + kubahana + Communication (kuganira) + intego zimwe + indangagaciro zimwe
@esperancemujawiyera7986
Жыл бұрын
Urukundo rugizwe nibyo byose uvuze
@GM-op2sl
Жыл бұрын
Burya uwo ukunda uramwubaha kuko utinya kumukorera ikintu cyibi cyose
Hubert uri umuhanga Imana ijye ikomeza ikwagure ndagukunda rwose ibiganiro byawe biranyubaka mwakoze kumuzana TBT
@HubertSugira
Жыл бұрын
murakoze liliane
Hubert courage uradufasha cyane nkunda ukuntu wigisha buri nteruro yawe iba ifite icyo ifasha.gerageza gukotesha imbugankoranyambaga urubyiruko rukunda kugirango ugere kuri benshi🙏🏻🙏🏻
Hubert 👏👏 A good marriage isn't something you find, it is something you make, and you have to keep on making it. You choose the same person everyday....love is sweet but life is hard be wise in your choices.
@HubertSugira
Жыл бұрын
You are right Nicole
@t.b.trwanda4851
Жыл бұрын
Fact😘👌
@beg6311
Жыл бұрын
Good reason Nicole
@bluebell2662
2 ай бұрын
Fact
Ikiganiro cyiza cyane Love you girls
Mfite imyaka 40. Mfite abanas 4. Ntabukwe pee. Je prefere rester seule. Nta muntu nafata nkicyemezo kubyerekeye umugabo. Ariko I respect my kids dad. I love my kids and loving them, c est respecter le papa ou la mama. Malgre les difficultes between us. Let's only talk about love in a relationship. Especially, devant les enfants. Sh
@HubertSugira
Жыл бұрын
courage djamila
Haaaaa Mutamba na Claire mukomere ibiganiro byanyu biraryoha ibintu by'urushako nihatari ni ibintu bigoye kumenya kuko nkuko yabivuze hari abantu bagendana ibikomere indani😍. Ntabwo abikubwira akwihishamo ariko uko mubaho mutabana ubona ari sawa noneho ubibona mubanye ukajya wibaza niba ariwe muziranye.
@HubertSugira
Жыл бұрын
ntago byoroshye kuko akenshi ibikomere na nyirabyo ntago aba azi ko abigendana...until there is trigger
Ooohhh waohh muze mumugarukan vuba bwango aradukoze mumutima🥰 impanuro ziwe zirarashe
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks
Shaka ubuzima mbere yogushaka! Nibyo rwose
Uno mugabo numuhanga, I agree with what his saying 100%. abantu benshi bagendera kumaranga mitima yabo or yisi, ahokugirango bagendere kumahame yabo bwite. Wamugani expectations nizo zibyica.
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks for listening
Hubert nkunda inama zawe cyane lmana ikwagure tugukeneye turi benshi!
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks assoumpta
Wow!!!!! Byose nibyiiiiza ark haricyo nkunze kurushaho ukuntu wagarutse muri comment, ukabiha agaciro uri umuntu mwiza. Urasobanutse kbx ndagukunze. Ngiye kwiga doreko usobanura neza rwose kuko nkomeza kumva amarangamutima yanjye atameze neza.
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks Marine
Ikiganiro cyiza cyneee❤ Hubert Imana imuhe umugisha. Kuri njye nsobanukiwemo byinshii kndi ndanahumutse😅
@HubertSugira
Жыл бұрын
Urakoze gushima....! ni nk'ibintu bibiri bihe wize?
@Fina4838
Жыл бұрын
@@HubertSugira murakoze cynee Nakuyemo ibintu byinshi arko bibiri byigenzi nugukundira umuntu uwariwe apana ibyazagukorera cg azaguha. Ikindi nuko Sex doesn't keep a man, kndi ko cohabitation Mubyukuri ntakimaze kuko inyinshi zirangira batandukanye. Anyway ni byinshii Mwakoze cyane kutuganirizaa, muzagaruke rwosee😊
Mwiriwe next time mwadusabira Sugira najya avuga ko ibintu ari kutubwira ari scientific proof kujya aduha references zizo scientific findings
Wao nari naramubuze ngo numve inama ze we reka nicare pe ndamu❤️👍mwakoze kumuzana rwose
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks for your love Zakia! love you too
Yewe Narinziko Ari umusore ngiye kwiteretera nubwo ngo mumuco nyarwanda bitemewe 🙈 kumbi nayobye ntacyo reka niyumvire ibyubwenge nere kubura byose , your humble Man and Gift from God give Us ,be bless Hubert.
@fettyfetty
Жыл бұрын
🤣🤣🤣🤣🤣🤣
@HubertSugira
Жыл бұрын
Sorry Bucura...ariko nkuko wabivuze utaza kubura byose wiyumvire iby'ubwenge rwose! Be blessed too
@martadoroteia
Жыл бұрын
😂😂😂😂
Year mugezeho pe! Birenze nkunze kiganiro canyu cyane ,kiranezereje ,nukuri kuzuye kuruhura umutima yabeshi mubuzima bwurukundo,mukomere 🙏🙏🙏🙏
This man got them
Ndabona TBT isigaye iryoshye nzagaruka kabisa! Abana barakuze pe! Bravo Claire bravo Juliette 👏
Waw banza umenye ko wikunda, that one!
@HubertSugira
Жыл бұрын
ntago abandi bagukunda kurusha uko wowe wikunda
@umutoniruth9324
Жыл бұрын
Rwose😋
Iburayi ho nyine ubaze usanga umuntu yarabanye n’abagabo cg abagore benshi cyane ugasanga ndetse hari abagikomeje gushakisha kugera bashaje yarabuze Uwo babana, nuko agahera mu ruzerero atyo!
Tamba wambaye neza sha, kuva tumenyanye😂😂😂😂, but it was a nice show with this man.
@t.b.trwanda4851
Жыл бұрын
Thank u 😘 tumenyane rwose
Be blessed All🌹
Wow mwakoze cyane this really helped ❤
@HubertSugira
Жыл бұрын
nice to hear
meerci beaucoup Hubert, cet enseignement était tellemeeeent richeee et consistant 👍!!
@HubertSugira
Жыл бұрын
merci
@t.b.trwanda4851
Жыл бұрын
Merci à vous
Mbere ko nshaka nzabwira fiancé duce kwa Hubert ra 😉😉
@HubertSugira
Жыл бұрын
Karibu
@niyonzimajeanpaul
Жыл бұрын
@@HubertSugira Ahubwo Umuntu Yababona Gute??
@iradukundaangel5420
Жыл бұрын
Hari channel ye yihariye agira?
Those guys who are getting married with girls from diaspora cause of weath,the money there are given, they spent it with beautiful girls here
@HubertSugira
Жыл бұрын
ouch
You're very amazing and wise Hubert. i love you and i'm from bdi. Indeed you're very intelligent
@HubertSugira
Жыл бұрын
Thanks for your encouragement Leonidas
Nkubu ndamutse ngize amahirwe, Sugira akazemera tukavuga kuri telephone, nkamubwira ikibazo mfite😢
My class mate 👏 👏 👏
🙏❤️
Hubert Wazadufashije ukazajya ukora ibiganiro bifasha urubyiruko , nabubatse kubijyanye na relationship, na marriage kuko mbona watanga amasomo Kuri benshi, nisenyuka ryingo zikagabanyuka
I love this mn kbs sugira much loveeee
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks Nadine...I appfeciate your love and support! Much love
I am really confused; Hubert najyaga mubona nkagirango ni umusore cyangwa Jeune marrié none ngo umwana w'imyaka 20😮😮😮
@t.b.trwanda4851
Жыл бұрын
😂😂😂
@ericniyonkuru4398
Жыл бұрын
@T.B.T RWANDA Nukuri ni relation expert peee. Si ukubigiraho ubumenyi gusa abimazemo nigihe muburyo butagaraga inyuma, kandi ibyo yigisha ni ukuli kwambaye ubusa kuko biri logical and spiritual ,ikibazo nuko ari ukuli ikirenwa muntu mu mubili tutadasha kumva mu matwi yacu.
@nicolenindemana44
Жыл бұрын
TBT nukuri ikiganiro cyari cyiza
@HubertSugira
Жыл бұрын
Eric wabonage buriya nkiri ingaragu? hahahaha mfite abana batatu, bucura bwacu afite imyaka 11
@t.b.trwanda4851
Жыл бұрын
@@nicolenindemana44 merci beacoup Nicole❤️
Ewana murabantu beza kabsa Ibi muvuga nibyope imana ibampere umugisha kunyungurana bitecyerezo
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks for listening
Muribeza bana bacu ndabakunda cyane❤❤❤
TBT on top 😍😍😍
Yesu ashimwe pastor Hubert nakunze cyane ikiganiro cyawe ese nigute umuntu yabona number yawe
Love from wive tv
Umenya Abanyarwanda batarabivuze nabi mu kuvuga "Imibonano mpuzabitsina"; ndetse umenya iri jambo mu Kinyarwanda bishoboka ko ritanabahaho kuko ni "translation from English/ French" I.e relations sexuelles;
Bring him back Thank you sir 🙏 from 🇺🇬
@t.b.trwanda4851
Жыл бұрын
Sure we will
Point
Subu Hubert yubatse urugo afite imyaka ingahe koko? Thank you for this show. It's really nice. Iyaba bose babyumvaga bakabyitaho
@HubertSugira
Жыл бұрын
hahahaha sugira yubatse ari muto ariko yari yujuje imyaka y'ubukure da
@mumporezepascaline4372
10 ай бұрын
@@HubertSugira Iki gisubizo kiratangaje kokooo
Merci bcp mnsr Hubert 👍
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks
Uyu mugabo nko arumuhanga cyane.
@HubertSugira
Жыл бұрын
murakoze cyane
SABIN WE NEED THIS MAN ON ISIMBI TV😊❤😂
@mimibe4206
Жыл бұрын
Hahaaha Nanjye konarindikubitekereza koko 😍🙏🏾 Hubert turamusabye azasure ISIMBI Tv🤩🙏🏾
@Fina4838
Жыл бұрын
@@mimibe4206 nukuri peee Sabin arabe yumva😅
@HubertSugira
Жыл бұрын
🤔
@ericniyonkuru4398
Жыл бұрын
Why kwa Sabin? Niba wishimiye iki wagisangije ishuti zikagikurikira hano?
@mimibe4206
Жыл бұрын
@@ericniyonkuru4398 Perso ntabantu tuziranye bangana naba kuriki ra ISIMBI !!! Kandi Harimo inyigisho nyinshi kurubyiruko !Ndumva kwifuza kokirebwa nimbaga nyamwinshi ntakosa 🤷🏼♀️
God bless you Man of God
@HubertSugira
Жыл бұрын
Thanks Safi
Cet homme est un génie ❤
@HubertSugira
Жыл бұрын
merci bcp
Erega muramenya muri diaspora biragoye kubona umuntu wiwanyu muvug,ururimi rumwe numuco umwe! Mwihutira kuvuga uburyo! Hari impamvu nyishi! Ababirwamwo ntibabura Kandi hari ababigiriramwo amahirwe bakibanira akaramata.
@chantalngendanimana2757
Жыл бұрын
Mwebwe muba hehe ?murubatse?
@HubertSugira
Жыл бұрын
ibyo uvuga nibyo..ntago abantu bose baba muri diaspora bibananria rwose
Claire bigeze ku misemburo yihuza barimo kibikora ati "eh tse tse tseee"🤣🤣🤣
Nkunda ibiganiro by'uyu mugabo.
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks for listening
Umva ndabakunze cyane Pee!!!!ark sinziniba narakerewe kureba ikikiganiro gusa nifuzaga ko mumumbariza nyumayuko uryamanye nabantubeshi Niki wakora kugirango ingaruka zigabanuke ?? Murakoze
@HubertSugira
Жыл бұрын
hari ibintu bimwe na bimwe wakora ngo ingaruka zigabanuke, icya mbere ni ukumenya ko ibyo wakoze bifite ingaruka, ukabanza ukabihagarika...
utabashije kubona uwo mugabo se ko Ari Imana imutanga bigenda bite?
Uri umugabo mwiza cyane.
@HubertSugira
Жыл бұрын
thanks
Ni umuhanga.
@HubertSugira
Жыл бұрын
murakoze
Your so Wise Man of God but I have a question, What is the meaning of two rings??
@HubertSugira
Жыл бұрын
you mean the rings I have? it is just fashion, there is no meaning
Ese nshobora kubona umuntu wujuje ibyo nshaka byose
Uvuga ukuri
Ikiganiro cyiza Hubert agira ibiganiro byiza.
@HubertSugira
Жыл бұрын
merci sonia
Nkunda hahandi avuga go gushaka nabi byica ubuzima bwabashakanye uyumugabo numunyabwenge die rwose
Tbt mwakoze
Good but I missed a part of statistics. Where is the %ge of divorce in marriages without cohabitations.
@HubertSugira
Жыл бұрын
sinibaza ko twaba dufite stats zihamye mu Rwanda kuko nibwo tugitangira gukora amabarura, buriya tuzaba dufite imibare ya nyayo mu minsi iri imbere, ubu tugendera ku igenekereza
Nanjye nemera ko kuryamana n’umuntu musigarana mu mashuka iteka ryose
Ndakunze ikikiganiro kabisa
@HubertSugira
Жыл бұрын
wakoze kudukurikira
Ntimurakwiza 100 mille ?
Biological clock ibano mubagabo ntibazaba beshye. Ego kubyara mbere ya 30 niyo best time yokubyara kuko uba uri muri yo prime age scientifically ariko, iyo ugiye kuvyarana numugabo ufite 40 nokurenga nubwo wowe mukobwa ufite 20 ans, you are still at the same risk of having a baby with health issues. No one talks about this but it is scientifically proven that even men exerience biological clock, not that they stop having babies but are high risk for producing very sick babies.
@HubertSugira
Жыл бұрын
ntago ikibazo cya biological clock ari kimwe ku bagabo no ku bagore...nibyo uko umuntu asaza niko nibice byose by'umubili bisaza...ku buryo risks ziyongera ariko umugore we nyine areka kubasha kubyara...bitandukanye cyane no ku mugabo
Wifuza Kugabanyaa umubyiibuho umubyibuho byihuse Kandi ukoreesheje products zizewe zitagira ingaruka watugana Aho dukorera nyarugenge tukaziguha cg tukazikoherereza Aho uherereye hose Numero watuboneraho ziri Muri profile yacu iyo irimwibara ritukura nwajyaho mugakandaho mukazibona Murakoze
Ufite umwana w’imyaka 20 😳😳???Ko wakoreye imbere ga mwa? Jye ndacyabyara 😉😉
Sugira numuhanga,kd ninyangamugayo,ntacyo ahisha.
@HubertSugira
Жыл бұрын
murakoze Pelagie, nonese buriya wakora ikiganiro kandi ukanahisha?? waba waje guta umwanya ahari hari ibyo ushaka guca ku ruhande...
@pelagiemukapelagie1087
Жыл бұрын
@@HubertSugira kabisa ntampamvu
Bite bikobwa vyiza?
@mahirweadrien6962
Жыл бұрын
Yes
Abansigaranye mumashuka mukuremo ok?
@HubertSugira
Жыл бұрын
bagukuremo rwose
Kuryamana mbere yo gushyingirwa: nta rukundo ruba rurimo, nta determination, nta engagement, nta nta … Urukundo rurihangana, rugira neza …. Niba utaragera aho wumva ko ushobora kuzakunda umuntu mu bibi n’ibyiza , iby’urugo bivemo urikunda uzabanze wige gukunda abandi!!
Imyakura /imisemburo
@ericniyonkuru4398
Жыл бұрын
Imyakurase buriye is nerves, imisemburo ikaba hormones?
@innocentndayegamiye6642
Жыл бұрын
@@ericniyonkuru4398 uyo hubert.araciyubwe pe
@beatriceumutoni5353
Жыл бұрын
Mbega ikiganiro kingiramumaro, murakoze cyane mwese abagiteguye
@HubertSugira
Жыл бұрын
@@beatriceumutoni5353 thanks
Sinaja ngukurrikira ariko haruwampaye ibiganiro vyawe navyiriweho pe haraho wankuye pe .