Njye iwacu bandaze ubukene||Ibi bigucitse wazabyicuza||Rwema arakwereka inzira
Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250784838126
Пікірлер: 115
Wamugabowe urumunyabwenjye nukuri ibyobinu byamadeni nukuri kose nibyo byadushyize hasi turarambarara turacyena nukuri uravuga ukuri kuzuye 100%
Sabin thank you. Njyewe nkuyemo byinshi kandi ngiye kubigerageza kuko nfite aho nshaka kuva naho nshaka kugera. God bless you. That was awesome 👏
@uwimaniduhayejeanbaptiste6529
3 жыл бұрын
Ikikiganiro rwose ni cyiza cyaneee,kiranyubatse rwose.Rwema Imana iguhe umugisha
Wauuu ikiganiro cyiza cyane kandi kingira kamaro, mwakoze gutumira Rwema ni umushoramari ukomeye kandi ibisangiza abandi.
Rwema yafunguye Channel "Les Rwema Solutions"... Ibiganiro byo kwiteza imbere bizakomeza. Ngaho tanga abandi kuri iyo Channel, ukore Subscribe, ukande no ku nzogera uhitemo All kugira ngo utazacikanwa! Let's go!
Ibi ndabishimye. Dukeneye abantu nk'aba
Mbega umugabo utuje weee ,uvugana ubwenge
He makes sens, ariko se society yacu yaboze yatega amatwi ikintu cyubaka?!! Reka daa!!! Bashakire slay queens ni zo zibashishikaje.
@uwimananadia6066
3 жыл бұрын
😀reka twe tubishaka twiyunvire disi ubukene nibubi
Ibyo uwo mutype ibyo avuga ni ukuri... Jye Pascal muzi ku ishuri ubwo bukene bumusa umureba ugahita wumva koko adakwiye. Kuko yasaga nuwisuzugura.... ndishimyee ko Pascal breacked through...Ni umunyabwenge
Wagize uti numurozi ugukurikiye mwabarozi mwe ibyo bintu mwazabiretse. Gusa njye ndagushimiye kandi cyane kuko nkuyemo icyanjy kandi sikimwe
Sabin, reka kurogoya umutumirwa please, mureke avuge tumwumve neza.
Pascal I wanna let you know that you’re so brilliant scholar I can’t stop watching you because your Ideas building me up so much.
@jeannedignite5425
3 жыл бұрын
He is a very smart man!!!
@mujawamariyabeatha4779
2 жыл бұрын
Merçi vraiment,je vais commencer
Atanze conseils nziza
Isimbi Tv ubutaha nagaruka muzamutubarize niba izo savings z'igihe kinini icyiza ari ukuzibika mu manyarwanda cyangwa se mu madolari kubera ikibazo cya inflation!murakoze
None ivyobigega kwari vyinshi ayomahera yovahe?ufise nka dépenses zurugo utegerezwa kuzuza?
Urakoze cyane ngiye kubigerageza
Urakoze cane birafashije pe amadeni niyo yatuzigamitse reka tuyikureko kabisa.
Rwema wazandemeye ko nawe IMANA yankwibutse
Ibyo bintu atubwiye Ni sawa cyane ark ikibazo inzi za Kigali zituma tutabigeraho kubera zihenze
Iminota mwamuhaye ntihagije. Ndanginje kumwumva ntabishaka numvaga yakomeza.
Rwema na Sabin God bless you. Mukora ibiganiro byiza, byigisha. Ku bijyanye na numérateur yitwa ikibara naho dénominateur ikitwa ikita. Urugero ufite 23 ugabanya 35 biba ari 23÷35, cyangwa se twakwandika mu buryo bw'umugabane: 23/35 ubu 23 yirwa ikibara naho 35 ikaba ikita. Thx
Noneho nabera ngiki ikiganiro gisobanutse nawe urasobanutse
Uyu papa rwose aranyigishije cyane , lmana imuhe umugisha
@user-gb9fi2pc9c
8 ай бұрын
Gyeweee byarananiyee kubikaaa ku Ruhandee cyane cyane IBYIKIGEGAA ...
This is so informative
Doreko abantu badashima ariko ndizerako ntamuntu wakunenga rwose uvuze ibintu byubwenge gusa gusa kandi bicyenewe
@umutoniappolonie2617
4 жыл бұрын
Ababyeyi be bamukoreye IKIRIYO ARI MUZIMA azira kuva mu idini kavukire/UBUHAMYA butangaje bwa Shakira: kzread.info/dash/bejne/mIeLqbWKZcW_e7w.html
Nanjye ndi kugerageza nimwe muri izi nkingi.
Thank you ndize rwose
Kabisa ndemeye gusa nanjye nkeye nomero ye Sabe kabisa
Numérateur/Dénominateur
Haaa Minazi ni muri Gankenke narahakore umusumwe ariko sinzahibarwa pee,umenya ariho habi mu Rwanda pee mu misozi mibi cyane
Abatagira budget yurugo mwese mumpe likes 🤓🤓🤓
@bellalovely8738
3 жыл бұрын
Hahahah sha winkomeretsa
Sabin uyumugabo tumwifuza ibih vyose kabisa aranyigishije gusa yiyongereye kungingo nzanarafashe gusa anyongereye intege kuko nzangana nkukwangana ndi milliardaires vyanka bikunda kuko changement des mentalites nico dukwiye never big up!!!
Nkunze icyokintu cya positive mind
Numérateur nicyo kibara baba yoo!!!! Hhhhhh twarize erega !!! (atandatu abanza !!!)
@tttbob6863
3 жыл бұрын
Kabs nange ndanyuzwe
Ni twa Mark mba muri USA nkunda. Ibaganiro byawe birumubwenge nubuhanga rwose none nufuza kubabaza. Nibiki nkumuntu ubahanze ya shoramo amafranga mu Rwanda kikamuteza imbere .muroze nutegereje igisubizo cyanyu.
@helenemarierobert8557
3 жыл бұрын
@ ngwino uze umurebe abigufashemo
@tonidieumerci
Жыл бұрын
Nta kindi rwose atari umutungo utimukanwa. Ubona 2000 dollars uza ugura ubutaka niyo Haba ari ahantu hadatuww pfa kuba kuri master plan hateganyijwe imiturire. Niyo wakwiryamira valeur izazamuka. Ubaye ufite nka 30k za dollars ubaka akazu ugakodeshe....... Valeur izazamuka nawe ubone n'a ka rent..... Ni byinshi ariko ibyo nibyo nizeye.
Uyu mugabo arasobanutse rwose!!!! Sabin ninza mu Rwanda uzampuze na we tuganire naho byaba 10 mins!!
Urumubyeyi mwiza nahise ngukunda munjyihe gito nkumenyeyeho
Ibi nibyo biganiro tuba ducyeneye ureke bimwe bya gitumo
Hari Nominateur na Dénominateur....
Rwema urakoze cyane
Turi mubukene nukuri Urakoze
Hello isimbi tv ndabakunda cane nitwa ALEXIS ntuye Nairobi nifuzako mwonfasha telephone za Pascal please
Isimbi TV turabemera cyane gusa nanjye nkeneye cyane number yuyu muvandimwe kuko Hari byinshi ya ngiraho inama murakoze
Sabin ko Isimbi TV utagikora???
Inama nziza reka tuyigerageze
@martheu.8043
4 жыл бұрын
So smart!
Number 1.kbs
@harerimanaemmanuel8525
4 жыл бұрын
Ibyo nimyumvire yarafite cyane ko ubukene bwambere nimyumvire
Sabin naguhaye ikizami uzadushakire Nyirakimonyo wakinnye muri Kanyombya. Cg se Mwanafunzi Simael
@manirafashabonaventile308
4 жыл бұрын
Gakenke twateyimbere uzaze urebe
@christinen8291
4 жыл бұрын
Wowe barimo kwigisha ibintu by ubwenge nawe ukazana ibya Nyirakimonyo!!!!! 🤭 Mu bintu byose bavuze ukuyemo Nyirakimonyo koko!!!!!
@jacquelinebakayiranga7710
3 жыл бұрын
@@christinen8291 😀😀😀👍👍
Rwose wamugabo nkunze ikiganiro cyawe uvuze ukuri
Nyamuna mfatira 45000 rwf bya mwarimu unkuriremo ibyo bintu byose uraba ukoze!!!!!!!!!
@aliceuwimana9291
4 жыл бұрын
Ariko niba wakurikiye neza kuri uwo mushahara utanzeho urugero yavuze ko nyine ugomba kugira ikindi kuruhande kiwunganira kuko haraho biba bidahagije niba nanjye nakurikiye neza
@christinen8291
3 жыл бұрын
Njye ndi mwarimu. Ariko niyubakiye inzu mvanye mu mushara mpembwa. Nazigamye 15. 000 bya buri kwezi mbikora Imyaka 5.naje gusangamo agera muri 900.000 Mpita nyatangizamo boutique. Ubu nubatse inzu yanjye. Kandi noneho nsigaye mbika buri kwezi 100.000. Frw Meze neza cyane. Icyangombwa nukumenya Icyo ushaka. Byanze bikunze uragiharanira ukakigeraho
icyo hejuru ni "ikibara" icyo hasi ni "Icyita".
@martheu.8043
4 жыл бұрын
👍
@lesrwemasolutions
4 жыл бұрын
Yoooo... urakoze cyane byari byatuyobeye. Ikibara n'icyita rusange kweri!!!
@umutoniappolonie2617
4 жыл бұрын
Ababyeyi be bamukoreye IKIRIYO ARI MUZIMA azira kuva mu idini kavukire/UBUHAMYA butangaje bwa Shakira: kzread.info/dash/bejne/mIeLqbWKZcW_e7w.html
@thomasgatabazi706
4 жыл бұрын
Ibi se Sabin yabiguhereye uburenganzira?
@muhozaruth4330
4 жыл бұрын
Sabe nabona gute number yuwomugabo
Numerateur et denominateur
Igihe kirageze kugira ngo abakurikiranye aya masomo bakanabishyira mu bikorwa batangire basarure. Ubu ibyo buri wese yabibye bireze!
@uwizeyimanajeandedieu702
3 жыл бұрын
Nibyo rwose pe
Oya Amahirwe atandukanye Nogukora nibintu 2 bitandukanye
Eregaaa gu Sevinga wa muganii nibyooo Bitunanira
Ariko se mana, njyewe muzambwire akamaro ka mutuelle, niba itagura imiti koko
@Queen-ze1tm
4 жыл бұрын
Espoire umvugiye ikibazo, nkubu umubyeyi wanjye arayifite ariko burigihe tugura imiti 100% burigihe iyo bamwandikira ngo mutuel ntiri muyo yishyura 😱😱😱😱😱 njye mbona arumusoro abaturage batanga bikaba byaranyuze muriziriya nzira mubwenge umuturage ntarabukwe.😭😭 Nuko ari itegeko kuyitunga nahubundi ntacyo imaze.
@irakozeantoine6084
4 жыл бұрын
Mituelle irafasha muvandi, uzagire impanuka ujye kwa muganga utayifite cg ujyane umubyeyi kwa muganga nibwo uzumva itandukaniro ryokuyigira.
@Queen-ze1tm
4 жыл бұрын
Ni hatali niba aribitegereza ko umuntu agira impanuka 😭😭
Mwiriwe Neza Papa Rwema nabona gute telephone number yawe
Nabonana na Rwema gute Sabin ?
Jye ntinya no kumenya depenses zanjye kk nzimenye umutima wahagarara Nyagasani we😏😏😏😏
@helenemarierobert8557
3 жыл бұрын
@ crise cardiaque yahita injyana itazuyaje
Inyigisho zawe ziradufasha
Inyigisho nziza
Nkeneye number yawe pe
Basigaye bavuga ngo ubuzima ni igikuri umuntu ayarya uko yaje ibyejo bikabara abejo
Jye nakuyemwo kwirinda ideni pe umva nanga ideni nu gu savinga ibyo 2 mrci bcq
@trophainamagogwa9991
3 жыл бұрын
Mpore ntuzotunga rero
@semutochristine688
3 жыл бұрын
@@trophainamagogwa9991 gutunga canke guhomba
@trophainamagogwa9991
3 жыл бұрын
@@semutochristine688 gutunga ukopwe hanyuma ukagira icowungytse uba uhomvye se?
@ayii779
3 жыл бұрын
@@trophainamagogwa9991 maze kubona ko kurya utwange navunikiye aritwo tumpa amahoro. Kdi nkatwisanzuramo.
Passive incomes zigihe kingana gite? Weekly, monthly, annually?
Rwema ndashaka number ye pe
Mwigishe les jeunes gukora les plans.etc
Sabin byashoboka ko nabona number y'uwo mupapa muheruka keraaa before Genocide nkiba aho murwanda.So please kindly give me his number.
Uyu mu papa ibyo avuga nibyo pe ariko se iyo mishahara yaho ni gute umuntu ya savinga ahantu harenga hatanu ra?
Gakenke twateyimbere uzazurebe
Nobyo kbs
Ufite ubwenge wa mugabo we, Isimbi ijye iguha umwanya uhagije utwigishe. Yesu aguhezagire, akomeze akwagure mu bumenyi
@nshimyumukizajames2686
4 жыл бұрын
Sabin ndagushimiye kuwo mugabo ngewe inamaze nazikurikiye neza zizangirira akamaro gusa numuhanga kdi azi gusobanura kdi koko abantu dukunda kugendera kubandi ugasanga wiganye umuntu ugahita ngoyaguze imodoka nange ngo ndayigura kdi ntabushobozi bwayo uragira nibindi tugomba gukora ibintu kumurongo tudahubutse
Uyu mugabo ujye umuha igihe gihagij...Na 5h njye namwumva p
@frizonyvette3391
3 жыл бұрын
Ghd
Rwema ndamwemeye Nadine number
Jack ma is not the richest man in China 🇨🇳🤣🤣. He is in top 5 but he is still rich though.
wamugabo we ibyo uvuga birumvikana ariko ???ariko wibike ntawe uba inbwa abishaka ??? shimira imana ariko wikwishongora ngo ubukene umuntu araburagwe ?? no ntawe ukena kubera abitewe ??? shimira imana impono yawe ariko wikwishongora ngo hari iki kibitera oya ??? kirahari ndabyera pe ?? nyumvira nawe kwizirika umukanda kukihe wabonye??? aho ugeze ubu uwagabanyaho 70% ayo uvuga watangira kuyumva???
Ababyeyi be bamukoreye IKIRIYO ARI MUZIMA azira kuva mu idini kavukire/UBUHAMYA butangaje bwa Shakira: kzread.info/dash/bejne/mIeLqbWKZcW_e7w.html
None se wakodeshaga inzu nka 150mille, ukaka ideni muri Banki ukubaka inzu, ukava mu bukode, ubwo ibyo hari icyo bitwaye?? Gusa uyu mugabo ndamukunda ni uko AGOSORERA MU RUCACA kubera ko sociétés zo muri Afurika zabaye umwanda; nta mibare ni nzapfa nzakira simbizi!
@Noe30
3 жыл бұрын
Hahahahahh uransekeje cyane gusa nibyo cyane ibyo uvuze
@leonnshuti995
3 жыл бұрын
Nejejwe no gukurikirana inama nziza za Pascal kdi ndumva ngiye guhera ubu nzishyura mu bikorwa Mfite ikizere ko nzahinduka umukire kubwizinama Imana ihe umugisha mwinshi Pascal nawe Sabin! thanks
@kabarezephanie3573
3 жыл бұрын
Hhhhhh urancekeje rwose ninzapfa nzacyira simbizi