Ibyo uvuga nukuri kuzuye ingo nyinshi zipfira muri fiancalle pe Kd burya fiancalle niyo foundation yurugo benshi muri bakora divorce muri fiancalle baba barabonye ibimenyetso byuko bitazagenda neza bakabyirengagiza
@HubertSugira
11 ай бұрын
abanyarwanda baravuga ngo umwana pfira mu iterura..thanks for listening
@UmukundwaJoie-ku9eq11 ай бұрын
❤❤❤❤
@Mienne-11 ай бұрын
💓💓
@mutejacky274611 ай бұрын
❤
@AfazariJean Жыл бұрын
❤❤❤
@IngabireRachel-mf6nb3 ай бұрын
Hubert kora ubuvugizi habeho aba councelors benshi nizo campain wavuze zukorwe abantu babagane nibura abo muzafasha nibimenya bazabasha kumenya compatibility zabo; naho ubundi some mariages hanze aha ni ikibazo biteye agahinda😭. Just due to lack of knowing who you you are and who to live with for the rest of life
@charlottefuraha710811 ай бұрын
Iyo mwasezeranye ibavanga mutungo Umufasha kwishyura ni myenda umusanganye.
@ndagijimanadominique41677 ай бұрын
Ikiganiro cyiza cyane. Murakoze Sabin na Hubert umutumirwa. Imana ibahe umugisha. Umuryango mwiza ni ishingiro rya byose pe. Ku bw'amahirwe macye nkibonye nyuma aya masomo yiswe "Mastering relationship programm yararangiye". Ese ntabwo bizagaruka mu kindi gihe? Nibishoboka Yaduha numero ze tukazamushaka byumwihariko.
urabaza igiciro cyo gufata amasomo ya relationships? ubundi ni 500,000 kuri course yose, harimo ibikenerwa kwiga byose, ndetse na coffee break, na certificat …ariko hari ubundi buryo butandukanye bwo kwiahyura hari rwose nukuntu wabigenza ukiga nta mafaranga akuvuye mu mufuka…thrabaha amakuru yose arambuye vuba aha
@annonciatauwingabire393410 ай бұрын
uruwambere ufite ukuri kinship ndagukunda❤❤❤
@frederickmunyehirwe46918 ай бұрын
Sabin kuvanga umutungo bivuze kuvanga ibyo mutunze harimo n'amadeni (ibyitwa assets and liabilities), rero amadeni ni liabilities nayo murayafatanya.
Watching as the baby comes out is wring doctors shouldn’t allow it. Husband should be there to hold hand and support but not watch. I couldn’t do it without him holding me, it gave me courage. He was scared but so was I.
@francoisenadacyayisaba847
11 ай бұрын
Congratulations
@god___is___love11 ай бұрын
Hari abantu ubundi bakwiye kuyobora ministry of family Hubert sugira , pastor rutayisire &Madam batamuriza uherutse gukorana igikaniro na @roseTV show ibyo bavuga barabyumva neza 🎉ikibazo twe babwira turumva ? Nyagasani atwubakire ingo azuze amahoro & nurukundo
Ibyo bintu bya credit bizana amakimbirane cyane pe. Niyo umuntu ayatse bari kumwe (barashakanye) Hari igihe umwe Yanga gufasha mugenzi we kwishyura
@mukashingirogaudencedarlen108611 ай бұрын
thank you Sabin to invite this intelligent man
@HubertSugira
11 ай бұрын
thank for listening
@TelesphoreUzamukiza-ci9nz11 ай бұрын
Ufite inama nziza kbx najye wangirinama pe ndazikeneye
@user-dp1yw1sg8f11 ай бұрын
Sugira Hubert ndamwubaha nubwo tutarahura i love you ❤❤❤❤ Sabin nkunkunda impanuro ziwee❤
@HubertSugira
11 ай бұрын
Murakoze cyane
@phildenkuriza532311 ай бұрын
Sabin je ne suis pas d'accord avec toi à ce point, uhakanye numuntu afite crédit Kandi yarabibwiye mbere Yuko mubana mwarangiza mu kavanga umutungo iyo crédit muba muyifatanyije mwembi sinon umuretse ngo yishyure wenyine haba hajemo égoïsme,à moins que mwaba mutaravanze umutungo %
Пікірлер: 184
Abemera bakanakunda uyu Muntu mumpe like🥰
Merci à toi Sabin🙏🏽j’aime la manière dont tu poses les questions à tes invités!tu es vraiment professionnel
Mwaramutse, ndifuza kugira clarification mbasangiza kuva ku munota wa 35 -40:iyo abantu basezeranye ivangamutungo rusange icyo gihe baba bavanze ibyo batunze hamwe n'imyenda umwe muri bo cg bombi yafashe/bafashe mbere yuko basezerana. Naho iyo basezeranye ivangamutungo muhahano buri wese yishyura umwenda yafashe ku giti cye mbere yuko basezerana keretse iyo agaragaje ko umwenda wafashwe mu nyungu z'urugo rwabo nibwo bashobora kuwufatanta.
Cyakoze uyumupapa cyakoze numuhanga knd avuga ukuri 🤝❤️❤️❤️🇦🇪🇷🇼
Ooh mon Dieu nacistwe 🤩🤩Hubert karibu encore kw’Isimbi Tv 🙏🏾
Wamugabowe uvuga Amagambo y ubwenge 🙏💕💕
Ugufite yarahiriwe! Ufite ubumuntu Yabaga wabwiraga abumva 😔
@berwaonlinetv9734
11 ай бұрын
Ubwiwe Niki nimba umufasha we yishimye mubyukuri? Buriya ibintu umuntu avuga nibyo akora hari igihe biba bitandukanye,hari igihe umuntu ashobora kuba icyapa kirangira abagenzi nyamara icyo cyapa cyo ntikigeyo.ikindi Akenshi mbona nta muntu ukwiye kuvuga kubyingo kuko bihinduka nkigicu.byose ni sataniii
Wakoze cyane kuzana Huber ubutaha uzatuzanire paster senga plz
Ndagukunda Imana yaguhaye ubwenge uzaburinde neza wubaka benshi
Nice podcast uzadukorere ikiganiro cy relationships hagati y ababyeyi n'abana.❤
Iryo shuri rwose nimumfashe mumbwire ibisabwa ndashaka kurikurikirana, ndumva Ari ryiza cyane
Thx papa!uri umuhanga uri umunyabwenge,kdi uri umugabo w'Imana,nukuri imbaraga z'Imana zikubeho
Ahubwo bazashake ukuntu bashyiraho isomo mboneza mubano mumashuri
Thank you Man of God
Ikiganiro ciza cane Thanks Sabin Much thanks Mutumirwa 👌👍👏🇧🇮🇨🇦
Waoh Sabin wakoze kuzana uyu mu papa ndamukunda cyane afite ubwenge bw'Imana muri we. Muduhe nber ze
U'r are amazing wamugabowe urarenze vrmnt wagirango Uba mungo zose peeee
This is my true story 90%! Neza neza pe. Mwakoze cyane
Murakoze cyane rwose ku kiganiro muduhaye habwirwa benshi yakumva bene byo
I can't wait for that
Sha sabe uzana abantu bubwenge kbs akakantu nukuri abantu dukunda ubukwe kurenza urungo kuko haribyonshi ubona ariko ugasanga atinye amaso yababwiwe ko harubukwe uyumugabo ndamwemeye gusa byarangiye 😭
Good topic,uvuze ikintu cyiza inyigisho zo kubana ziba bamaze guhitananamo ahubwo bagahata abantu kuzihangana no kwihambira ,ababyeyi bagahata abana gushaka batarabateguye,...so byose tubikorera vue extérieure kandi divorce yaba bakibaza impamvu! Migeprof na Minaloc bashake Hubert bige izindi policies.
Mbaye uwa mbere☝️☝️ ka numve ikiganiro 👍👍
Sabin ndagushimiye cane kuru mukozi w'Imana utuzaniye arampezagira cane mubisazwe avuga umengo aba mu mitima ya bantu
No comment uwampa aho nivuza ibikomere mfite naho urugo ni 0 😭😭 mbabara cyane ahubwo
Ooh uyu mugabo ampay inyishu yikibazo canj vraiment 😊
Sugira Ibert Imana ijye iguha umugisha ibiganiro byawe biratwubaka cyane! ❤
Ikiganiro kiza cyane peeee ❤️
Good example ❤❤❤❤ ufite icyaka icupa ririho agatwe ka acid , wanywa 🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Nibyiza kubwiza ukuri uwo muzabana akamera ukuri nibyago cyane kubeshya uwo muzabana .ikindi ibintu birashakwa bikaboneka cyane iyo ubunebwe budahari.
Nukuri Sugira Uwiteka akomeze akwagure kd age aguh imigisha myinshi
Cyakora wavugishije ukuri Uko Niko kuri bibaho cyane guhubuka up
Uyu mugabo yuje ubwenge Kandi asobanura neza ibintu gusa next time sabin uzamureke akore ikiganiro neza utamuca mwijambo kenshi plz
Nukuri Hubert, gushaka kwemeza abantu kandi nimugoroba baragenda ba critika decoration, ibiryoe ect.....,
@uwiringiyimanaclarisse7372
11 ай бұрын
🤭🤭😥😥yegosha ngo mbega ibiryo ngo mbega ukuntu bari bambaye😏😏😄😄
Uyumu papa mukunda kubi❤❤❤❤❤❤
@HubertSugira
11 ай бұрын
🙏🏾
Ngewe sindabona igisobanuro cyurugo pe🤔 iwange harubwo mbona ari nko mwijuru bwacya kabiri nkabona arinko mumuriro🤔 ahaaa narumiwe
@user-de9bs4ui5l
11 ай бұрын
Nago byoroshye urugo ni ukwihangana nahubundi ndakurahiye ndunva turikumwe
@Motivation2023-mb3zs
11 ай бұрын
Same here rwose😂😂😂
@yvonneayinkamiye7130
11 ай бұрын
Urugo mbona nta formula rugira
@akimanasophie6992
11 ай бұрын
Wagirango urinjye
@Gwiza737
11 ай бұрын
@@Motivation2023-mb3zs😂😂😂😂😂😂😂😂
Iyo muvanze umutungo muba muvanze byose n'amadeni arimo. Nicyo kimwe no kuzungura uzungura azungura imitungo n'amadeni.
@uwasemaimouna7893
11 ай бұрын
✋
💯 % 💯 Mfite nibihamya bibyemeza
❤❤ uyumu papa sabin wakozeee kumuzana ndamukunda❤❤❤
😁Reka mbasangize ibyo umuganga aba yiyumvira :burya yita cyane kubutabazi nikizere uwamusanze yamuhaye, numusaruro uri buvemo. Ikindi banyura mwishuli niyo mpamvu batangira stage kare bakora observations muma service. Iyo afite umutima woroshye abiviramo aho. Mukazi burya unabivuze bagufasha gukora ibyo ukunda ushoboye kurusha ibindi. Thank you.
Wise man❤❤❤❤❤❤
Ibyo uvuga nukuri kuzuye ingo nyinshi zipfira muri fiancalle pe Kd burya fiancalle niyo foundation yurugo benshi muri bakora divorce muri fiancalle baba barabonye ibimenyetso byuko bitazagenda neza bakabyirengagiza
@HubertSugira
11 ай бұрын
abanyarwanda baravuga ngo umwana pfira mu iterura..thanks for listening
❤❤❤❤
💓💓
❤
❤❤❤
Hubert kora ubuvugizi habeho aba councelors benshi nizo campain wavuze zukorwe abantu babagane nibura abo muzafasha nibimenya bazabasha kumenya compatibility zabo; naho ubundi some mariages hanze aha ni ikibazo biteye agahinda😭. Just due to lack of knowing who you you are and who to live with for the rest of life
Iyo mwasezeranye ibavanga mutungo Umufasha kwishyura ni myenda umusanganye.
Ikiganiro cyiza cyane. Murakoze Sabin na Hubert umutumirwa. Imana ibahe umugisha. Umuryango mwiza ni ishingiro rya byose pe. Ku bw'amahirwe macye nkibonye nyuma aya masomo yiswe "Mastering relationship programm yararangiye". Ese ntabwo bizagaruka mu kindi gihe? Nibishoboka Yaduha numero ze tukazamushaka byumwihariko.
Njye byambayeho Sabin nahagaritse ubukwe nsigaje ukwezi 1 kuko narimaze kumenya uwo twari tujyiye kubana n'ubwo navuzwe cyane ariko ubu ndatuje kandi nababandi hasigaye babwirako nafashe umwanzuro wa nyawo ntampamvu yo gutinya ko bazakuvuga kuko urugamba uzarwana ujyezeyo uzaba uri wenyine ibyo byose muvuga nari nabicitemo uurenge narawukoze na Envitations nari narazitanze
@HubertSugira
11 ай бұрын
Wabaye intwali cyane! Thanks for sharing your experience
@niyonemeraclarisse7015
11 ай бұрын
@@HubertSugirayou are so wise man ❤ I see 😢we have a problem of failing to make decisions.
@user-tw7ug5me4d
10 ай бұрын
@@HubertSugira wambabariye ukampa number yawe
Uyu mu papa ibyo avuga rwose nukuri pe.Nanjye haruwo nzi wagiye gushaka avuye hanze yari yarakunze ifoto ageze yo asanga uko umukobwa aboneka kuri pictures bitandukanye kure kandi baramaze kwiyandikisha mumurenge .Imusore aravuga ngo yabiherahe kumwanga ko bigeze kure.Ariko yakomezaga kuvugako ari igihano k'Imana ndetse nibindi byinshi .Ubu ntumbaze uko urwo rugo rubayeho nyuma yo kumva ikikiganiro mpise nibaza urwo rugo ibyo ruri kunyuramo.
Njye ampaye inimeroye nabagize umugisha koko mbona byarandenze ibyurugo rwanjye
Ndabashimira knd cyane peee 🙏 umumbarize ese kwijira nagahe murakoze mugire amahoro
@HubertSugira
11 ай бұрын
urabaza igiciro cyo gufata amasomo ya relationships? ubundi ni 500,000 kuri course yose, harimo ibikenerwa kwiga byose, ndetse na coffee break, na certificat …ariko hari ubundi buryo butandukanye bwo kwiahyura hari rwose nukuntu wabigenza ukiga nta mafaranga akuvuye mu mufuka…thrabaha amakuru yose arambuye vuba aha
uruwambere ufite ukuri kinship ndagukunda❤❤❤
Sabin kuvanga umutungo bivuze kuvanga ibyo mutunze harimo n'amadeni (ibyitwa assets and liabilities), rero amadeni ni liabilities nayo murayafatanya.
Mumbabarire nibariz none ko muvuz ko uwudashatse kubera ibikomere runaka azisanga akeneye abiwe muri kazoza, ntabashaka ntibavyare? Ntibaronk abana? Ikindi guhitamwo twese twashaka vyiza ariko biragoye cane kumenya umuntu wimbere mumutima , rero numva vyose nugusenga Imana ikaduha Amaso abona ,ibindi vyo biragoye cane
@nirenganira8433
11 ай бұрын
Bareke bavuge aha utagira umwana kandi yarashatse ababona nkabasazi. Nutabonye urugo akagera muri 48 atarabona umushira mumago akandi atampamvu yiyiziho ituma abengwa ababona nkabasazi.
🤝🤝
Muzavuge no Kumwanda ngo Harabantu badakora Isuku Nukuri Mumakuru kumpande zombi Mumaguru kandi Kubigaragara utabibona
Urakoze chane ibyingobyo nibyinchi pe.
Ibyo uvuze ndabyemera cyane, ingo nyinshi rwose zubakiye kukibi 100%
@HubertSugira
11 ай бұрын
ni ibibazo rero!
Neveu nkunda ukuri kwawe k,umuryango!
Anicet Niyomugabo uzamuzane Sabin Kubwimbabazi Z'Imana
Ibiganiro byanyu biratwubaka rwose pe. Ariko dufite ikifuzo ko wazaduhuriza Hubert na Benny bakaduha impanuro ari bombi kuko byadufasha kurusha. Umuryango mwiza ni ishingiro ryo kugira igihugu kiza kdi kiteje imbere.
Sabin ndakuramukije caneee goseeeeee hamwe numutumire wawe,ndumva uyumu Papa yangirira Inama mfite ibibazo birenzeko murugo,nabuze icomfata nico nakora.😢
@sifayvonne9058
6 ай бұрын
Yooo impore disi uzamushake akugire inama
Urugo nta formula rugira
Ariko hari nabandi bashumba ryose babakozi b'Imana kandi bafite nimbuto za gishumba
@HubertSugira
11 ай бұрын
Ibyo uvuze ni ukuri
Mwakoze kubw'ikiganiro kiza! Nonec, umuntu ukeneye Sugira Hubert byihutirwa yamukura hehe?
@HodariaPrisca
11 ай бұрын
Ibyu rugo byihorere
Watching as the baby comes out is wring doctors shouldn’t allow it. Husband should be there to hold hand and support but not watch. I couldn’t do it without him holding me, it gave me courage. He was scared but so was I.
@francoisenadacyayisaba847
11 ай бұрын
Congratulations
Hari abantu ubundi bakwiye kuyobora ministry of family Hubert sugira , pastor rutayisire &Madam batamuriza uherutse gukorana igikaniro na @roseTV show ibyo bavuga barabyumva neza 🎉ikibazo twe babwira turumva ? Nyagasani atwubakire ingo azuze amahoro & nurukundo
@rosineabayisenga1374
11 ай бұрын
Urakoze cyane shenge
Oh byiza cyane pe turagukunze
Nukuri uvuze ukuri iyaba abantu batarubaka babyumvaga bakabikurikiza Nukuri
Uwa 3 hano, ka numve Hubert
Ibyo bintu bya credit bizana amakimbirane cyane pe. Niyo umuntu ayatse bari kumwe (barashakanye) Hari igihe umwe Yanga gufasha mugenzi we kwishyura
thank you Sabin to invite this intelligent man
@HubertSugira
11 ай бұрын
thank for listening
Ufite inama nziza kbx najye wangirinama pe ndazikeneye
Sugira Hubert ndamwubaha nubwo tutarahura i love you ❤❤❤❤ Sabin nkunkunda impanuro ziwee❤
@HubertSugira
11 ай бұрын
Murakoze cyane
Sabin je ne suis pas d'accord avec toi à ce point, uhakanye numuntu afite crédit Kandi yarabibwiye mbere Yuko mubana mwarangiza mu kavanga umutungo iyo crédit muba muyifatanyije mwembi sinon umuretse ngo yishyure wenyine haba hajemo égoïsme,à moins que mwaba mutaravanze umutungo %
Dukeneye abanjyanama nkamwe hanzaha ingo zirarimbuka bulimunsi💐
Uyumugabo ndamukunda cyane
@HubertSugira
11 ай бұрын
murakoze, love you back
@ellabenita7856
11 ай бұрын
Wibuke uduhe nimero yawe
Ivy'ingo n'Imana gusa kabisa. Kubwanje mbona ari ishure ridahera
Imana idufashe guhitamo neza
@HubertSugira
11 ай бұрын
Imana yumve amasengesho yawe
Turakwakiriye mwarimu wacu
3:36
Sabin, abashakanye bavanga byose Pasif na Actif muvanga byose harimo nibyo mukiri ingaragu mwari mufite harimo n'amadeni
uradukomeza pe inyigisho zawe ziradufasha Sugira
38:56
Mwiriwe uwo mugabo ndamukunda ukeneye ubujyanama bumuturutseho yamubona gute?
Ni yesu gusa
🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼❤❤❤❤❤
Vyukuri ntamuhinga wiyi si hari nabavyaye benshi ariko babapfushij Bose , nukuri nkunda ibiganiro vyisimbi tv, ariko iki co kije gukora munkovu ababaye nkumpande zitandukanye pe ,nyakubahwa wagize amahirwe kugira urugo rwiza, ariko da wagonvye gutahura ko abisanze mumakuba ataruko bari bayakunze mugenzi
Nukuri ni twemere kushaka abadufasha mu nibazo.
🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
hhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhh ibaze gufata credit ngo urashaka kujugunya ayo mafaranga mubukwe hhhhhhhhhh
Yewe byumvuhore ni mwene icecekere, ijoro ribara uwariraye n' uwarirwanye 💔💔
@inezanoella427
11 ай бұрын
Hahahhaha habaye iki gituma uvuga ngo ijoro ribara uwariraye koko ?
Nukuri wumve ko ubuzima bubi ntamuntu yobujamwo abwipfuza, nubwo harabagenda bahunze ivyo barimwo biranashika akisanga mubiganza vyiza , numva noshima ikiganiro caane .
@HodariaPrisca
11 ай бұрын
Niko bimeze pe ,na nge nunva ntashaka aho n
Uvuze ukunu wanyoye vinegre nibuka ukunu nange nahurudutse nkankwa amavuta nkagotomera ngirango ni juice irimukabido hhhhhhh
@uwizeramariesarah8951
11 ай бұрын
😂😂😂same to me 😂😂
Nkunda umuntu uvuga ukuri uko kuri.
Imitima yabantu irarushye mwabantu mwe
@HubertSugira
11 ай бұрын
yego hari abantu benshi bananiwe, ariko ikiza ni uko hariho ibisubizo
None Hubert proffession ye ni iyihe atandukaniyehe naba psychologues?
@HubertSugira
11 ай бұрын
ntago ndi umu pyschologue ndi relationship coach
Mujye mureka imiteto di. Niba umuntu aguhaye viza, genda numara kubona ubwenegihugu uzabitekerezeho. Apfa kutakwanduza sida ibindi numutungo udacyendera.