UMUGORE MUTAMENYE WABYARANYE N'UMUHERWE MIRIMO|Bashatse kunyica kenshi😭Nari imfubyi ya Jenoside😭😭
Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe ndetse n'ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri #IsimbiTV_0784838126
Пікірлер: 824
INGABIRE PRISCA: +250 782 983 984
@nyiranshutidjamila5378
2 жыл бұрын
Muramutukira ubusa ,ariko ,icya mbere mwibuk nuko byamubayeho ari umwana, knd w,infubyi ,ibyo birahagije kuba yanyura muriyo nzira mwimuciraho iteka ndabinjyinze
@ikazetv2192
2 жыл бұрын
Uyu mudamu yantangaje. Ntahantu na hamwe nigeze numva avuga ko yigeze akora. Umwana wimfubyi utarigeze ashaka gukora koko agahabwa amafrw ntagire icyo ayashoramo agakomeza yiruka ibihugu byose. Ngo yaryamye mu cyumba cyumugabo utari uwe, utari se cg musaza we NGO ntiyavuniramo urufunguzo....ubwo se wabaga wagiye kumariki ra! Aranabivuga ari a l'aise erega nkaho ari byiza.... ese ubwo muba muje kwa Sabin gukoriki koko!!! Kuvuga ko mwakoze uburaya? Ndi wowe naceceka kbsa. Ko yapfuye se urashaka iki? Ubwo amafrw wumva aryamye kuri compte koko!!!
@uwasekelia8775
2 жыл бұрын
@@nyiranshutidjamila5378 30 years old yari umwana 🤔 ntimukabeshyere ububyubyi icyo numvise nuko yari umunebwe yakundaga guhabwa
@queen3marie
2 жыл бұрын
@@uwasekelia8775 suko🤦🏾♀️🙄
@niyonizeyechantal1366
2 жыл бұрын
@@nyiranshutidjamila5378 ntawamuciraho iteka pe. Kuko abantu ntibareba kure muburyo bungana
Yegoko!! Uziko waje uje mwuyu muryango!! Wakurikiranye nigihe yavukiye cyokora ndize pe. Gusa ntuzongere kuvuga kumugore wa Mirimo urukundorwe n umukunziwe niwe uruzi ntago waza gusambanayo ngutangaze n ibikomere byaho kuko mubikomere byurugo indaya niyo number one
Uri injiji wamugore we!!!! Ugakubitana na mirimo akarinda apfa ntaninzu umukuyeho none uri kuvuga ubusa
@sadianishimwe3156
2 жыл бұрын
Sinkibyo byose araho arasamye ngo yabyaranye numuherwe ntanigare afite .
@bahatinadia1601
2 жыл бұрын
Nubundi yari igihomora niraha ryari ryaramubanye ryinci yamukuyeho umwirato gusa ntanikyo bimumariye
@yvonneayinkamiye7130
2 жыл бұрын
Kudahirwa nirari yarafite yogusohok
@djamilamukandayisenga2135
2 жыл бұрын
Yamwizezaga kujya iburaya
Impore gusa abantu dukwiye kunyurwa nu buzima turimo tukaragwa no kwihagana twihaganira ibintugerageza dusaba Imana imbaranga Paul yavuze ngo dushobozwa na Kristu uduha imbaranga harabanyura mubuzima bugoye cyane ukongera ngo bugoye batigeze bemera amafr ya bagabo nyamara inzara ubukene guseba gusekwa gucumbika warigeze inzu cyagwa warigeze urungo ect kwiyakira uko uri nicyo ngikuru. Niwengera Imana nayo izakwengera ikurinde igutsindire ibishuko..God bless your
Icyakoze uretse ko yatsinzwe ariko ipfubyi nyishi zahuye nimitego myishi Isa nkiyuyu mubyeyi ababashije kuyisimbuka tuge duha Imana icyubahiro, Kdi nibyo koko iyo uri ipfubyi ukabona umuntu mukuru ugirango azakubera umubyeyi akazakwiyereka uko utamutekerezaga.ababizi barabizi Uhoraho akurengere mubyeyi
@Sharon_Nimwiza
2 жыл бұрын
umuntu w'imyaka 30 ubwo yashakaga umubyeyi ngo amumarire iki ?
@Sharon_Nimwiza
2 жыл бұрын
izi ni ingaruka z'amakosa dukora
@nyirangondoassoumpta5651
2 жыл бұрын
Impfubyi se ibura ubwenge?Milimo uwo se ni se yari yabonye.
Ko mwese mwari ibihomora kuki wumva uwo Valentine yarakubereye mubi kdi mwese icyo mwapfanaga na Mirimo ari kimwe!
@rosamuhimpundo4516
Жыл бұрын
Wewe wishakiraga kwitwa umuhabara wumunya mafaranga ntasoni koko ko utamusabye nu mutahe uribwirako ubu haribyo wakwibonera
@rosamuhimpundo4516
Жыл бұрын
Warindaya Kuko wifuje amandorari
@nyirarukundoceline5490
3 ай бұрын
Si ibihomora gusa bari n'abajura kimweNone ati "Valentine yanyiciye future y'abana banjye!!!"Wowe uzi uko wishe future y'ab'uwa mbere wa kirara we!?
Ibi nibyo bita "Kubaka ibimenyetso by'ubuhamya" , mugore mwiza se wavuguruzwa nande ko uwo ushinja yajyanye n'ibanga rye munda y'isi. Gusa ugende gake kuko ngo : UBESHYERA INTUMBI, UGAPFA NKAYO 🙏🏾🙏🏾🙏🏾😭
@ellabenita7856
2 жыл бұрын
Hhhhhhh bazajya bivamo ashidhikajwe no kuvuga uko yasenye urugo rwabandi Imana izabahana
Nihanganishije umudam wa Murimo mukuru. Izi ndaya ninazo zamuroze. Murenjye leta dore niyo ifite ibyamirimo ibindi barimo gusenya. Cyakora mwaragowe pee
@cyusajohn6513
2 жыл бұрын
wapiiii ,ntiyarashobotse turabizi . yangaje umugabo aramusaza nubwo n umuhabo atabyifashemo neza
Muzajya mwirirwa mutambikije ku bagabo bubatse nimurangiza muze gutera isesemi
@uwimanasylevestre6329
2 жыл бұрын
Wagiye uvuga uziga muvandimwe
@jeanboscondihokubwayo251
2 жыл бұрын
Buvuga make sha
Ufite abana nyakubyara! Uwo ni umugisha wawe mubyeyi! Abo jya ubabonamo impano zavuye ku Mana, dore ko mwasigaye muri INGERERE uko nabyumvise ubivuga! Uwo ni Umuryango Imana yakwihereye shenge!!
Nyamara ibi nibinwe mungaruka zubupfubyi cyane cyane umuntu akiri muto hari I ibintu byinshi byangirika mumikurire nubwo ntawabishyigikira ariko kumutuka sibyiza
@yvonneumulisa1743
2 жыл бұрын
Yego tujye twirinda gutukana ntago aribyo ahubwo byigishe abantu cyne cyne igitsina gore
@MMathy116
2 жыл бұрын
Yego rata kumutuka sibyo rwose
@3bbrightbravebrain994
2 жыл бұрын
Ntabwo yari muto, yari afite imyaka igera kuri 29. Yavuze ko yabyaye afite 30.
@Hubbs567
2 жыл бұрын
@@3bbrightbravebrain994 nibyo ariko yavuze ko yabaye imfubyi muri 94 afite 16ans, byinshi byatangiye kwangirikiraho,
@josianemukeshimana6647
2 жыл бұрын
Nonese ba sugar daddy bahura nimpfubyi gusa? Upfa kuba ukenye ugahura na sugar daddy ufite cash🙄
Sabin nawe rwose,ngo yari bushyiremo agafunguzo? Arikukujijisha bari babipanze.
Umugore tutamenye se abandi bose babyaranye nawe turabazi? Ntabo tuzi di ! Ntanabo dushaka kumenya!
Yoooo! Nukuri Imana izakujye imbere ibyabaye byarabaye ariko abana bagomba kubaho .humura bizagenda neza
Wabaye umwana , kuba utaranamukuyeho inzu,, naho ibindi byari uburaya mwikoreraga, ukwiye gutuuza ukirerera abana, kdi Imana izagufasha bazakura neza
@umwizabelyse2828
2 жыл бұрын
Harikintu abakobwa bibeshya umugabo niyo yaca inyuma ariko umugore wiserezano aba afite agaciro uyu mugore rero yaricaye ati nzajya ndya cash ntiyibuka no kwizigamira akirira akaryama ngo andi azaza rwose wabaye umwana kuko wivugiyeko wamuburaga abana bakicwa ninzara mwahura ukongera ugatwita ese ubwo wumvaga utishiraho indi mitwaro
@mukampungalea4424
2 жыл бұрын
Ntakintu wabakuraho ndabazi nibisambo bibi niyo haricyo mwashakanye mukakigeraho birangira babikuriganyije ugashiduka usohorwa munzu kdi waruziko uri nyirayo!
@gracemartine6814
2 жыл бұрын
Yarafunzwe mumutwe mirimo aboyateretagabose yaboherezaga hanze uyuwe yirukiye za uganda na kenya atahiribyo
ahhhhhh cyakoza umuco waracitse tugeze mu bihe bya nyuma nkubu waje mu itangazamakuru ngo bigende gute koko ko atari urukiko, ibi bintu mukora abana banyu bazajya baba victime nihitiraga da
@gracemartine6814
2 жыл бұрын
Umbwire koko
@v.5522
2 жыл бұрын
@@gracemartine6814 njye numvise birenze kuburyo nahise ndekeraho kubyumva ariko ibaze Vraiment ukabyarana ni umuntu 3 kose uziko ari umugabo ufite urugo ikindi Mirimo yarafite cash nyinshi ntiyanamukuraho n'inzu kugeza kumbyaro eshatu ntaho afite ho kuba urumva se Nyakwigendera we atari yamurebye mu bwonko, uziko ni abapambe ba Mirimo yari yarabakijije koko nkanswe umuntu babyaranye so sad kabisa
@gracemartine6814
2 жыл бұрын
@@v.5522 buriya nuyumukobwa yakurikiye cash ,njye nzi umukobwa wapangaga na Mirimo amurihira Home inyamiranbo ,umukobwa wumusirimupe chanbre ye yabagamo burikimwe cyose kiza bizakugeraho,murimo amushakira ibyangombwa amwohereza Europe,,yakundaga uwomukobwa burimugoroba yabaga yajekumureba,,,uyurero niba barabyaranye koko sinibaza ukuntu atabamwubakiye,,,
@odilleodille5306
2 жыл бұрын
@@gracemartine6814 uyuyarigi cucu cyanyuma yibindi ntiyanatekereje kwari mpfubyipe 🤭🤔🤣🤣iyame nyubwenjya babayeho neza fite business imutungi yabana bafite nahoku bahabo bwite rwose 🤷♂️
@gracemartine6814
2 жыл бұрын
@@odilleodille5306 gutukana si byiza gusa yabuze ubwenge ibyobihugu byose yabagamo ayomafr yarikumwubakira inzu muRda,arikontakundi natuze arere abana be twese turabafite twareze twenyine kdi barakuze
Uyu mugore ni umwasama pe yari yararyohewe n'inoti z'umukire akishimira gutura muri étage ho atafashe utwo dufaranga ngo atubyaze umusaruro ahubwo akiririra gusa abanebwe niko bamera.
Yooo ! Ihangane mama. Aho ababyeyi batari n' inshuti Imana ijya ihaba ikarera kwifurije kuba muri Yes.
5000milles muri2008 yyaguraga nikibanza cyiza cyane,ubwo se waruziko muzahorana,yewe yewe ,n'abandi bakobwa bumvireho mujye mubakuraho ibintu bifatika kuko nubundi muba mwiyemeje kubabera indaya
@mayramesalam7375
2 жыл бұрын
.
@rachelmukazayire8293
2 жыл бұрын
Niyo mpamvu ari byiza kugira properties zifatika 🚗 cg 🏡 kuko amafaranga ni Asset itabikika.
@user-ow8pc7ji6c
7 ай бұрын
Uzabeshye abandi ycakora umuntu yaguraga no kawunga25 kg
Icyo mbona cyo Mirimo ntacyo namushinja cyane kuribi bintu. Cyane ko yanigendeye atabasha kugaruka nawe ngo avuge uko byagenze ! Gusa ntiyarafite umutima mubi cyane. Burya harigihe umuntu ajya mubintu ntamugambi mubi afite arimpuhwe gusa ariko bitewe nuko umukobwa cyangwa se umugore amwitwaraho agahindura gahunda. Abagore ni incakura niyo wabafasha ntagahunda mbi ubafiteho bakora kuburyo babikugushamo Kandi bigira nyoni nyinshi ngo ntibabishaka bikosakosa ariko aribyo bashaka barakubaze cyane iyo uri umunyamafaranga. Ubwo se tuvuge ko kumyaka 30 aribwo bwambere warubikoze ? Niba arinabwo bwa mbere se ko wari mukuru ibintu byose yagukoreraga wabonaga ari so ,nyokorome, musaza wawe, sogokuru wawe cyangwa se iki kindi cyawe ? Warabibonaga ko ariyo maherezo. Aguhamagaye wagombaga kumenya ikikujyanye waba udashaka gusama cyangwa se kwandurindwara runaka ukitwaza udukingirizo ukamubwira uti sawa ndemera ariko ukoreshe agakingirizo niba utabufite natwizaniye sindindaya ariko ndi mukuru nabonye umpamagaye kurara hano menya gahunda ushaka Kandi ninabyo bibaye. Ukaba uririnze Kandi ukemuye n’ikibazo cy’umuntu waririye ibye. Abagore mwisubireho.
@nyandikira
2 жыл бұрын
Abantu nkaba nibo barangiza bavuga ko bafashwe ku ngufu.......
@Sharon_Nimwiza
2 жыл бұрын
ubagiriye inama pe,ubundi se wamugani yumvaga abimukorera nkande ibyo byose, ko wumva se ntawufata undi kungufu byagenze bite ?
@valensnkubana7905
2 жыл бұрын
Ubundi yarabishakaga kuryamana nawe kuko umukobwa iyashaka kugukuzaho yitwaza umuherekeza.
Sabin ,ujya Uzana abantu batanga ibiganiro birimo amasomo afatika . Gusa kuri ubu uhuze imvugo yuyu mu maman mbona utari muto na gato wuzuye ibinyoma no kwitaka ,ikindi Sabin 70% bigitsina gore kiza cg kiba mubugande birangira bishoye muburaya .ntibakavangire Rurema (Imana) ngo barasenga ,nawe uri mukuru uhuze izi mvugo ze zuzuye ubwonko bucuye no gusenga yiyitirira !Gusa buri cyose kibaho kubw impamvu
aba bakire bagiye bashukisha abana benshi b'impfubyi amafaranga, umwana akazisanga future ye yarangiritse kera. n'uyu nuko abivuga mukinyabupfura ariko birumvikana ko Mirimo yari sugar daddy rwose. kubeshya ni icyaha
@nzizabella8115
2 жыл бұрын
Wabiyotse kabisa niko benci byagenze ubundi tukabacira imanza kakahava😔
@michelleumutoni9129
2 жыл бұрын
igo rata munezero
@indebakuresetu5203
2 жыл бұрын
Kd mirimo ngo yararwaye VIH 🤗🤗🤗🤗🤗🤗
@carinemanirambona2708
2 жыл бұрын
Muratangiye kutavuze atarapfa.
@chefBlackbeauty03
2 жыл бұрын
Oooo les filles.umuntu ntakitwaze ubumpfubyi yabonaga bamuha for gratuit.twese turizo ariko ni wew wiha personnalité...
Uzabarere utitaye ku bukire bwa se utakiriho! Abo bana ni umugisha wawe.
MurasetsA cyane iyo muvuga ko umunyamasengesho yababwiye ibintu namwe ubwanyu mwatekereza mukareba. Yewe na Ababyeyi banyu babona mumasegonda huuuuuuuu
Yewe wagize ubwenge buke rwoseee! Kuba utaramukuyeho igishoro, sinibaza impamvu waje kubivuga hano kuri KZread 🤔
@Sharon_Nimwiza
2 жыл бұрын
nanjye ntyo,kubivuga bigamije iki?
@dusaberuth1709
2 жыл бұрын
Apuuu ntimukiteze ibibazo NGO mugaruke musebanya
Ahaaaaa ,yarigendeye naruhukire mu mahoro .
À bantu mukunda kuvuga nabi pe, uwobitarabako yivugira ibyashyatse, mama komera wirerebana nyagasani yaguhaye . Wariwarandikiwe kuzacya muribyo
Ahubwo ndumva waje gusebya umugore wa Mirimo!! Wamwangirije urugo none uje nokuvuga ububi bwe? Ubwose ikindi wamuvuga n iki? Rwose ndumva unteye ibihe bibi!!
Ese nk'ubwo uje kuvuga iki ku muntu witahiye?ariko abagore musigaye mwarasaze ?
Ibi byitwa gushyekerwa🤦🏻♂️🤦🏻♂️🤦🏻♂️ Warya se amafaranga y'umugabo inshuro imwe, ebyiri, eshatu bikarangira gutyo gusa. Noneho umugabo ufite umugore w'iseserano. Rwose uyu mu mama nawe yiriraga inoti gusa, ntacyo yanazikoreshagamo, 🤦🏻♂️🤦🏻♂️🤦🏻♂️ Ndumva yari yararangije kwishyiramo ko ari umugore wa Mirimo. 🤦🏻♂️🤦🏻♂️🤦🏻♂️🤦🏻♂️
Iki kiganiro harimo amabanga menshi cyane bikabije🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭🤭
Mbese warugiye kumuvura ibikomere,indaya mbaya ubwo se ko wari wibye umugabo wabandi waramusigaranye !cyakora Imana yo mwijuru ninyembabazi
Mwese mwaringegera Niko twabyita uwabyumvishe ampe like
@KayitesiCharline
3 ай бұрын
Ntabugegera burimo niba urugo rwambere byari byaranze yari afite uburenganzira bwokugerageza andimahirwe
Ntimugace imanza kuko namwe ibyo muba mufite sibike gusa abana bafashe nkuko bikwiye kuko ntaruhare babifitemo kandi na mama wabo imana imuhe umugisha kutikuriramu umwana
ICyo bita kubura ubwenge......
Mirimo yari umugabo wigihagararo cyiza , yari umukozi, ariko yasize umuryango we mubibazo. Kubera gutunga inzoka yi cyatsi cyibisi, ukananirwa kuyifata umunwa, bikarangira ikurumye. Iyi nzoka yicyatsi cyibisi yica abakire benshi. Umuryango wa Mirimo wihangane. Ubuzima butabamo Imana buragorana nubwo waba utunze ibyamirenge.
@indebakuresetu5203
2 жыл бұрын
Iyo nzoka ubwo isobanuye iki gs ntamukire ugira umugore umwe kd bapfa nabi bagateza ibibazo umuryango
@nathanndamage173
2 жыл бұрын
@@indebakuresetu5203 Inzoka yi cyatsi kibisi ni uburumbucye, muri macye ni ubucyire. It's just symbol of Greenland ,green grass, opposite of dry. Snake is a symbol.
@indebakuresetu5203
2 жыл бұрын
@@nathanndamage173 ooh my god
@ellabenita7856
2 жыл бұрын
Sha uvuze ukuri
@mukandayisengaclaudine6189
2 жыл бұрын
@@indebakuresetu5203 ibyuvizenikokurip
Wafashe umwanzuro wo kwiyahura kubera umugabo w'abandi? ? ?? Ibaze noneho umugore we batangiranye ubuzima!
@alineonyango4208
2 жыл бұрын
Hhhhhhhh
Imitwe iraha kbs . Ngo FARG yarabishyuriraga nimirima ntakibazo mufite kd Mirimo yaraje yabona ukomubayeho akagira agahinda?
Sabrin , wakoze ibiganiro byinshi ubu noneho uratuyobeye. Icyo kiganiro gifashije iki twe tukireba?
@ariellagirl4673
2 жыл бұрын
Tuzajya twirya twimare nitumara kugira icyo tugeraho indaya ziruke inyuma yabagabo bacu ark mana
@jeanmarienyamurangwa1753
2 жыл бұрын
B
@mamakensane8388
2 жыл бұрын
Nange numiwe ntacyo mbonamo
@mppc3912
2 жыл бұрын
Abo bagabo banyu c kuki ataribo biruka mundaya🤣🤣🤣wamudamu we sinkuzi ari umanure imyumvire pe kuko nubwo waba wubatse birashoboka ko ibi uyu yaciyemo wabicamo mugihe gito
@vennyblessed3813
2 жыл бұрын
Nta na kimwe!
Sabin uzashake counseling team maze banjye bakuvomamo ibyo bibazo byose bitazakugiraho ingaruka mbi
@allymimi8789
2 жыл бұрын
🤣🤣🤣🤣🤣
Ariko Mana. Sha mbabwire niba Imana yarashyizeho itegeko ryo gukoresha ibitsina mu buryo bukwiye ni uko iziko harimo ingaruka zikomeye z’ibihe birebire zibyara ibibazo by’ibihekane bikagera ku buzukuru n’ubuvivi.
Izina ryabaye umuntu kabisa mi travaux.
Ubu Ntiwanatekereza kumikurire Yabana wabyaye Ngo ubone ko Ibi bizabagiraho Ingaruka Ubwo Utangiye Gushyira Uburaya bwawe hanze Akaba Arinabwo Wababyariyemo kd Aribinege Barengana mwagize Ubwenge Koko Kizwa Imana Ikugirire Neza I've Muruwo mwijima Urimo
Ubwenge bucye bwo kutiga buragatsindwa!😪 nkubwo ko wabonaga ubyarira umuntu ugutesa gutyo kubera iki utamubwiye ngo nakugurire inzu ugumemo nabana ureke uruzerero koko?? Uranyumvira ukuntu wariwarabaye mobile woman kdi uhekeye umuherwe!injiji gusa! Waryaga amaraha yo muma appartement ukumva ugezweho ye! Ntasoni uravuga iki koko??
Mbaye uwambere 💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃💃
Ooh! Impore Kibondo n'ubwo ibitutsi nduzi ari uruhuri. Warihambiriye none urahambutse. Imana humura ntiyanga abanyabyaha yanga ibyaha, nubwo byorohera mwene muntu guca imanza. Ibikomere biragatsindwa, ariko nta mvura idahita. Nyagasani abatabare, abomore kandi akurerere. Mirimo nawe kumutuka yaratashye nta nyungu. Imana ni Karuhura. Turi ku isi mu rugendo. Amahoro
Dukunda ibiganiro byanyu cyane 🎙️🎷🎙️📣🎶📢📢🎹🎹🎧🎼🔈🔈📯🎤🎧🎸🎹💕📢🎹
Ngo yaragukundaga akubwira gukuramo inda! ahubwo wari impumyi ya amafranga satani ajya ahemba nabi, njye numva wari bubanze ukanumva nu uruhande rwu umugorewe mukuru mbere yo kumucira urubanza, ntukwiye kubabara kubwiyo nshoreke yakabiri kuko nawe wari warabikoze umugore mukuru. Inkoni ikubise mukeba uyirenza urugo.
@rachelmukazayire8293
2 жыл бұрын
Nta mugabo ugukunda ugusaba gukuramo inda ✋🏾✋🏾 abagore/abakobwa duhumuke
Sabin rero usigaye udutuburira…. Nkuyu aje kuvuga iki? Batangira ibyo bakora mwibanga, barangiza bakazana amabara yabo hano atari bugiririre abayunva akamaro. Uje kurata ko wasambanaga koko?🤔 Urashyira abana kugasozi gusaaa, ese uziko bizabagiraho ingaruka mumikurire yabo??
@alineonyango4208
2 жыл бұрын
Iyi sinkuru rwose ,ahubwo wasandayeee
@nyakasimbijoseph6728
2 жыл бұрын
Izi nkuru si nziza pe cyane cyane ku bana. Bajye bajya mubupfayongo bwabo ariko bareke kwangiriza abana future.
Gusa ntiwari incakura y'umukobwa pe, burya kugutuma za Uganda ni uko haribyo yatinyaga kandi aho nyine niho wari kumufatira nawe iyo utaza kuba umutesi...Gusa icyo nakubwira uzegere umugore mukuru umusabe imbabazi azagufasha ndamuzi Maman cedrick n'imfura cyane. Ibyabaye byose hagati ye n'umugabo we niyamambanga y'urugo...ariko bariya bantu baribeza bose haba Mirimo haba Umugore sha rwari urugo rw'abanyamahoro sinzi ibyitambitsemo pe.
@hategekimanajohn1132
2 жыл бұрын
Qqqqqqq@q
@uwasesifa7563
2 жыл бұрын
Umugabo yaratuje ariko akunda ijipo.wasanga ariyo yazanye sababu murugo.
@Bobajolie
2 жыл бұрын
Nizindaya zabavangiye wamuntuwe ubuse urabona uriya mumama atari yaragowe koko
@rachelmukazayire8293
2 жыл бұрын
@@uwasesifa7563 nibyabindi ngo ivu rihoze ryotsa inzu 😂😂😂😂 nta kwitonda kumugabo munsi yumukondo kubaho my dear, wanabona nuko kubeshyera umugore wa mbere ngo kwiyica byari ukureshya uno mu mama 😭😭 abagabo ni abanyamitwe 100%
@mukabahizijeannette1500
Жыл бұрын
ni bene nkuyu nyuine
Ntacyo mvuze ariko ibyo dukora twihishe amaso yabantu imbere y'Imana ntuzayihisha. Ijisho ryayo rizagutamaza
Ihangane ubuhamya bwawe njye bwambabaje cyane bigaragara ko yagufatiranye kubera ubuzima Gusa courage urebe ko qarenganurwa
This lady is me in her conversation. I wld love to know what exactly she is saying as I don't understand Kinyarwanda. Someone plse advise.
💥💥💥iyo urebye ibyo umuryango wa MIRIMO uri gukorerwa muri iyi minsi (gusenyerwa,gutabururwa...) Wakwibaza impamvu uyu aribwo avuze ⁉️ ukibaza aho aturutse n'impamvu ibiri inyuma 🤷🏿♂️stay tuned ibyiwacu bisigaye biguruka nta mababa🏃♂️🏃♂️
@carinemanirambona2708
2 жыл бұрын
Reba nkumugore nkuyu arya kukarubanda kwihaya ubusambanyi nugusenya ingo 🤭🤭🤭mwisubireho social media zirabasiga kumuhanda
Njyewe rero nkunda ubuhamya bwaba bagore, ariko iyo batangiye kuvuga ibyukuntu babyaye rimwe, kabiri, gatatu numva binteye asyi. Ese ni gut umuntu atagufasha kumwana wambere ugakomeza kuryamana nawe ntunaboneze, nuko mwirirwa mubyara abana mudafitiye ubushobozi bwo kurera. Abagore ni mukanguke
@yvonneayinkamiye7130
2 жыл бұрын
Hhhhhhhhhhh
@amidangirente5173
2 жыл бұрын
Ahubgo bakongeraho ngo babyaye abana beza. Narumiwe gusa 🤔
Ihangane mubyeyi wiririye nabi..ntago warebye kure peee.iyo ugira ubwenge wari gu serving yaguhaye amafaranga menshi...wifashe nkumugore wumukungu ..wibagirwa ejo haza.
Mbega, mbega Sabin ibiganiro nkibi bishishikariza abakobwa kuba indaya zisenya igo zabandi ntanyigisho zubaka zirimo,. Umuntu asenya urugo rw’abandi yarangiza akaza no kubirata 😭😭😭 biteye agahinda.
@mukandayisengaclaudine6189
2 жыл бұрын
Nanjyenumiwep
@phidodidododo8805
2 жыл бұрын
🤣🤣🤣🤣
@phidodidododo8805
2 жыл бұрын
Urubatse??ceceka wimucira urubanza
Ndabona benshi kabisa babona uburaya bw'uyu mugore gusa. Ariko n'umugabo ubwo yari umukliant w'indaya, tutitayehoko urushako rwaba rwari rwaramugoye. Abavuga ko nta somo, njye narikuyemo: IMIRIMO myinshi, mu BURYO bwinshi, itera nyirayo IMIRUHO myinshi, igasigira imiryango IMINIHO myinshi. Ndasaba Sabin azampere iri somo abarimo bamutera amabuye.
Rwose Imana iruhure Mirimo imubabarire kandi ice inzira, ibibazo byakurikiye urupfu rwe bikemuke.
Muvyeyi Imana Ikuje imbere
Mwica urubanza,umucamanza ni umwe rukumbi"Yezu Kristu"
@buzimanubeho
2 жыл бұрын
Amen
Ariko Ubwo ntago ushaka gucisha umugore wisezerano umutwe koko? Ngo yashatse kukwicisha? Ubwo se ubifitiye gihamya?? Wamugore we Nizereko ko utari inkozi yikibi cya nawe hari uwagutumye? Sha niba ubeshyera uriya mugore uzabone ishyano. Kuko niba warabeshye Mirimo ngo umwana we wumuhungu yarapfuye nubundi ntawakwizera ko ibyo uvuga ari 100%
Wakoresheje urugingo rumwe mungingo nyinshi,,mumutwe bwenjye ntayo.
Muhemukira abana gusa!Bo ni. Abamarayika Imana ibarengere bazakure neza!
Ariko ngo president abyinjiremo!! Mbega kugorwa!
Hello Sabin! Conseil d’ami: iyi nkuru uyikuyeho byaba byubatse umuryango nyarwanda kurutaho.
@KayitesiCharline
3 ай бұрын
Ayikurehose murumva ntacyo ivuze kumwanawimfubyi uwabigushyiraho nibwo wabyumva arashaka ubutabera kubanabe
Mbega umugore weeeee, tuza wicecekere ntabyubusa bibaho, wumva umugabo mutaziranye yakugirira imbabazi uri umukobwa winkumi akaguha cash ze!
Sabin nukuri uwo mu fille mère agutesheje umwanya kuva kuntango niwe yishoye
Ikitarakubaho ntukagire ngo ntikibaho madam.ntuzongere kuvuga ko nta muntu ufatwa ku ngufu kuko hari benshi ukomeretsa byabayeho.
@mukampabukaolive2114
Жыл бұрын
Suko se ahubwo uyu mudamu afite ibikomere byinshi pe.iburayi,mirimo ubupfubyi,ubukene.mbega yaragowe
Sha iziningaruka zubupfubyi pe , kandi umuntu wese wamututse Imana izabiguhore kandi humura ukomere uzabaho
@uwase9068
2 жыл бұрын
Mbonye umuntu ubyunvishe kimwe nanjye. Kuba impfubyi nukugorwa.
Nkibona introduction na comments z'abandi iyi nkuru sinayikomeza rwose!
Wa muntu we wakagombye gusaba imbabazi umugore wa Mirimo. Kuvuga ko yatandukanye n' umugore ntibivuzeko ariwe munyamakosa. Ikigaragara mwe mwumvaga ko umugore we hari icyo mumurusha. None se ntubona ko uwo mugabo yabakinaga mwese mwese! Please women wake up and stop ruining other women's lives!
@kigalingali9883
2 жыл бұрын
Sibyo se sha bano bagore bose baza bivugisha mirimoooo bose Ngo yabateye inda nubu Uyu Ubu aje gutaburuza umurambo Mana yanjye Mirimo Mirimo uri kumbabaza ndagusabira misa rwose urwamenyo usinzire kuko nturuhutse urabona igihe baguhereye mwaretse Uyu mugabo akaruhuka
@aliceniwemukobwa7844
2 жыл бұрын
Yeah true we need to wake up
@uwerapriscille7004
2 жыл бұрын
biteye agahinda.hari abagore benshi bubashye imana bahuye nibibazo bikomeye ntibiyandarika,none ngo uri kuduha temoignage? ubwose harimo irihe somo? ntasoni mukigira?imana ntizakomeza kurebera pe ndakubwizaukuri. ngo yamana yange? egoooo
@francineka5790
2 жыл бұрын
👌🏾👌🏾👌🏾👌🏾👌🏾👌🏾
Nawe ntuzi kuzigama ayo mahoteli wirukagamo wangiza ama frw wabuzemo icyo wakora koko
@indebakuresetu5203
2 жыл бұрын
Harayo yari yavunikiye c agombe asesagure
@niyonizeyechantal1366
2 жыл бұрын
@@indebakuresetu5203 😅😅😅
@rurangwasylvia3954
2 жыл бұрын
Nibyo mugihe ubyaranye nu'mugabo nkowo ugombo gukoresha ubwenge ukumubonamo ibizatunga abana akiriho kuko iyo apfuye bibi birangiye gewe mbagomba kugushakamo ibyabana banjye ukiriho
@ibambe6565
2 жыл бұрын
Uriya mugore wundi yavuze Valentine we yamurushije ubwenge amakuraho ibyangombwa byo muri america
@solangeingabire4522
2 жыл бұрын
Cyakora uyu mudamu yabaye umwana pe, bibere isomo abandi iyo ufite ifashanyo nukuzigama da kuko ejo n ejobundi ifashanyo ishobora guhagarara.
Mbega ibi coment byakuze abantu bariye karungu🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣 ahwiiiiii ndapfuye mbega mirimo
Ariko se mirimo akiri muzima warurihe mada mwagiye mureka Abantu bakiruhukira mumahoro koko. Jyewe narumiwe pe Umuntu uvugaho yarapfuye umugani wuwavuze ngo iyinkuru irateigisha iki ubwo ibyo wowe urabivuga utyo wajyaga kumusura wumvaga afite. Icyumba cyama sengesho cg Sabin ujye ubanza wumve inkuru yumuntu pe
yoooo urumuhanga warakoze guturira Imana ishimwe ry Umwana wawe umwana wawe Imana izabana nawe ibihe nibihe
Nibwo bwambere ndebye umuntu avuga ubuhamya bwe nkumva arabeshya ! Wowe usenya urugo karma yagufata ukaza kurira humm... Imana ifashe abana bawe ukomerekeje kuko nibobazumva ayamahomvu uvuze . Ngo ntabantu bafatwa kungufu hummm... isi ntisakaye mama . Imana ikurinde
Njyewe narumiwe igihe gishize nibwo ujye kubivuga wamugorewe nawe ndabona utorosheeee
Mbaye uwa 2
Haricyo mbaza Sabin: Isimbi yahindutse Urukiko cg Office ya counseling ???Purpose yibi biganiro n'iyihe???
@b.estherihirwe1266
2 жыл бұрын
@@update653 Niba ari ubufasha bashaka, ntabwo ari ngombwa kuvuga ubuzima bwabo bwose kuri social media, kuvuga abo babyaranye nibindi bitari ngombwa.Nukuri ntacyo byungura audience, Sabin avugurure imikorere birakabije.
@3bbrightbravebrain994
2 жыл бұрын
😁😁😁
Wacyigore uteye iseseme KBS ntanubwenge nabucye ufite
Komera mubyeyi
Uyumugore anteye umujinya mwabantu mwe mungire Inama ubu uyu ntiyasenye urugo rwabandi Koko ntakwiye guceceka? Njyewe mufashe nkikozi zibibi pe, Imana imbabarire kuko mufashe nkumuhemu pe
@Mienne-
2 жыл бұрын
Uziko isoni zashize mubantu koko🥺😭ubu abana nibo bazaharenganira pe...uziko yigamba amabi
@princiaPriscillah
2 жыл бұрын
@@Mienne- ibi nibibazo kbsa ntanisoni afite pe aha
@KayitesiCharline
3 ай бұрын
Isonizikise abandi bajagarara munkundo zabandi ntanicyo baribukuremo nkanswe umwana wimfubyi warubonye aho akinga umusaya
Ahaa 😏😏 Imana irihangana Narumiwe 😏🙄😏
Nakunda kureba isimbi TV, iyi nkuru iyo muyiharira inkiko.
Yooo! Ndumiwe arasa nabantu biwabo na mama wange.😍
@indebakuresetu5203
2 жыл бұрын
Mufite icyo mupfana c gs nintwali pe
@amidangirente5173
2 жыл бұрын
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Kubaha Uwiteka nibwo bwenge kuva mu byaha niko kujijuka.
@prime_a
2 жыл бұрын
Ahaaaa mwakwiyubashye mukareka uwitekA ko ari mukazi ke mwa
@Rehema969
2 жыл бұрын
Amém
Ese intego y'iki kiganiro ni iyihe? Uyu mubyeyi ari kwigamba ko yafashije Mirimo gusenya urugo. Mirimo turamuzi yari umuntu mwiza ariko izi ndaya zaramuvangiye byiyongera kuba yarashatse uko yashatse. Ngibyo ibyamuteye stress akarwara ibirwara bya stress kugera umwuka umushizemo. Mumureke aruhukire mahoro.
Sabin muramurenganya atanga Micro umuntu akavuga,ni nka Cyuma nuko babaza abantu batandukanye,sabin yibariza abagore bavuye I buraya batandukanye ni abagore ,none ageze kubaca umugani ku manywa
Pole mama nzagushaka kabisa Kandi courrage
Ikiganiro nacumvirije cose simzi imlamvu aje gusevya umintu yatabarutse.
Ntautuka uwapfuye ariko ntawabura kuvuga ko MIRIMO yari ingegera n umugore we wisezerano Mayibobo yujuje ibyangombwa byose, ikinangaje n uyu w'inshoreke ye kabujiji wabyaranye nawe imbyaro zingahe atamwubakiye n'inzu🤔 nukuri biteye umujinya pe😭 Mbabajwe nabo bana mwateye kubaho nabi bitari ngombwa. Nizere ko ubuyobozi buzafasha abana kugirango babone kimwe mubya papa wabo kizatabara abana, batitaye kubujiji bwa maman wabo
@berwacom8787
2 жыл бұрын
Nta ndaya yubaka inzu zirapangisha
Ati:Mirimo yarakundaga cyaneeee arongera yambwiye ngo nkuremo inda,ampa na mafaranga yo kuyikuramo 😳🤔 None umuntu ugukunda akubwira ate ngo wice umwana we? Ndahamya neza iyaza kuyigutera uru muntu usobanutse atari kukubwira ngo uyikuremo
@uwase9068
2 жыл бұрын
Sha waruvuze neza UTI: umuntu ugukunda ntagusaba gukuramo Inda,👍👍 aho ubyiciye UTI; iyo Aza Kuba arumuntu usobanuste ( BURYA IYO URIPFUBYI NTABUSOBANUKIRE, UMUGABO/ UMUSORE ,ARAGUKUNDA ARIKO KUGIRANGO AGUKINISHE, KENSHI NTAGAHUNDA ABA AGUFITIYE) SUKO RERO WABA UTARI UMWANA MWIza ahubwo nuko UBA URI IPFUBYI
Isi irikoreye !!!!!!uryamana nuwo mutashakanye hanyuma habyuma ukumva ufite ishema ukanarwanira imitungo nihatari .
Namafiyeri menshi erega nta n'isoni😏😏😏
@alineonyango4208
2 жыл бұрын
Aha
@jonathan_kblol3364
2 жыл бұрын
Muho ntusetse nihatari
@nyandikira
2 жыл бұрын
Umuco uri kuzima!
@ericishimwe8464
2 жыл бұрын
Hhhhhh yabuzwa Niki ko yabyaranye nu umukire
@KayitesiCharline
3 ай бұрын
Cyane kuko yabyaranye numuherwe ntabwo yabyaranye nimbobo
NGEWE IKIMBABAZA MURI BYOSE NI ABANA MUZANA MWITANGAZAMAKURU😥 MUKEREKANA N'AMASURA YABO KD BATABIBASABYE KERA BIZABABAZA😥
Ariko se ubu uyumudamu ati Mirimo yarankunda arongera ati ariko ansaba gukuramo inda😀niko mada nimyaka ufite ubu umuntu ugukunda agutegeka gukuramo inda? Urwo nirwo rukundo uvuga yagukundaga? Uziko utaranakura neza!! Nundi azaza agutere izindi😀 cyakoze nubwambere mbonye ikiganiro giteye umujinya nabaho 😏yayayaya ubwo nibyo uzigisha abana? Ndakurahiye uwapfuye yarihuse 🤔
Umucyo waracitse nta soni bakigira. Mbese uyu arashaka imitungo. Nonese kuki ataje kubivuga mbere?igihombo cy,icyaha ni ?
@nathanndamage173
2 жыл бұрын
@SASHA BANKS THE BOSS Ntabwo navuze ko Mirimo yaratunze inzoka. Iyo ni slogan yange bwite nkoresha kubantu bahiriwe , ariko bakananirwa kwifata. Ntabwo rero Mirimo yaratunze inzoka. Cyane ko ari mugabo nubahaga cyane. Kuko ndamuzi neza.
@uwishemalosine4252
2 жыл бұрын
Azayikurahe se ko mbona ibyo kwa Mirimo imbwa zabirwaniyemo
@prime_a
2 жыл бұрын
Yaramunzwe ahubwo
Sabin, iyo ushyiraho Number ye, Umuntu yazamushakira Noel y Abana!!!Sha Ihangane Mubyeyi!!!Iy Isi yaratubabaj
@frediyakaremye6194
2 жыл бұрын
Bayishyizeho ariko
Abarokore bigize indaya gusa , ibi uvuga bimaze iki? ngo warasengaga Imana iguha Mirimo rero, uriigicucu jya kumasambu y"iwannyu uhinge