Ikibabaje wabona abo bihitiyemo babanye nabi cyane bakicuza
@shyakagaspard6016
8 ай бұрын
Nyamara hari n'abagabo benshi bababaye kubera ibyo abagore babo babakorera! Impande zose ni kimwe!
@nyandikira7 ай бұрын
Psychosocial issues,Family issues,intimate issues,private and personnal issues...have became social media street stories😂 wait we shall see! 😅😅Depression,PTSD,...bishuka abantu ko bahidutse abalimu b'ubuzima baje gutanga amasomo naho bageze muri severe phases batabizi ! Muzakurikire abatanga ibi biganiro nyuma yo ku bitanga # ibibazo bari bafite bavuze birikuba ntibihagarara! Therapists are very needed here!
Thank you Gerard for Listening those Narratives, It seems that most of your visitors are Psychologically harmed, therefore it could be better if you advise them to visit professional therapist for further support. MENTAL HEALTH MATTERS.
@ukl9802
8 ай бұрын
Yego sha. I always wish them to find a good therapist. Mana we fasha aba babyeyi bahemukirwa ni abagabo
@aishaingabire897
8 ай бұрын
😢 ikibazo kirahari byo bakeneye ubufashwa but she needs to get the food on table for her children nibyo byibanze
@umumararungunizeyimana5560
8 ай бұрын
@@aishaingabire897abahe bana?umukuru abakwase,undi aba muri enternant ubu aba wenyine abababayebose baje kuri KZread mwakumirwa mureke sentiment zirenze nabonye akeneye umugabo
@solangeumutoni16648 ай бұрын
Sha wamubyeyiwe wafashe nabi umutungope wakagombye kuba umeze neza wipashe muremure
Yaweeeee 😭😭😭😭😭 Gukunda utagukunda Disi 😢 Arasa numuntu uri innocente 🥰🥰🥰🥰🥰 abagabo mana wee , Elle est très Belle gute se sha , yo yakuriye Disi mumuryango wurukundo 😢😢 Maskiiin arangije ahura ninyamanswa imutera umuruho nagahinda Bambi so Sad 😞 Mana nziza muhoze amarira Umuhe kubaho neza umuhoze amarira 😢😢😢 afite voice nziza weee
@Uaduta48 ай бұрын
Ariko abaganga bize counseling baba he Leta se yashyizeho ikigo kibishinzwe aho gushyira abana bato ku karubanda . Ingo zubahwe. Hari b'ibibazo biri social Leta irakennye
Pole maman Bea ndakumva cyaneee humura imana iri kumwe nawe
@byiringirofidelie10878 ай бұрын
Gusa disi uri mwiza really stunning ❤ uririmba neza mbega ijwii u are so talented ❤❤ Humura Imana irakuzi.Thanks Gerard I love you ❤ Imana iguhe umugisha gutega abantu amatwi no kubafasha
@rukoranyangabo91288 ай бұрын
Such cute smile....
@user-px3wj8tt6j8 ай бұрын
Humura Imana yatumye abo bana biga ,izatuma wishima binyuze mu bana bawe,nubwo urushye ark ujye wibuka ko uzengurutswe n'abandi baruhijwe (ibyo bijye bigutera kwishimira Imana yatumye unyura aho hantu)
Gusa Bea Umwana wambere wabeshye abana na papa we KD ameze Neza igishekeje Umugabo babyaranye umwana mukuru yamumuhaye Ari muto Kandi umugabo ntiyashatse undi mugore yirerera umwanawe kandi numugabo muzima witubashe pe Ikindi badamu beza ntabwo kuza kurira kurizi nkoranya mbaga aribyo abana bacu bazabikuramo ihungabana Bea uzigukora ndakuzi irerere unwana vamubyo kuza kurira hano nuba Ari nubufasha singobwa ibyo byose nukuri niba Ari agahinda gakabije hari abaganga Nubwo tubabara ariko twibukeko turi ababyeyi umubyeyi nyawe ashirira imbere umwana ntamenye ibyabaye
@ganzamary8630
8 ай бұрын
Rekera aho woe😂😂
@peggys.4125
8 ай бұрын
@@ujenezaorthance9961 ko umuzi se wamufashije iki? Kuki arinze kuza hano? Ngo yarabeshye? Ubwo wowe uri umutagatifu bingana gute? Uwo mugabo uvugiye se kuba atarashatse nicyo kimugira mwiza, yarabuze yamuteye inda? Agahwa kari ku wundi karahandurika.
Yoooh ukuntu uri mwiza disi Pole Yesu azagukiza ibyo bikomere byose, wowe uzage usenga Imana ibindi ubiyiharire!
@kayitesigaudance64788 ай бұрын
Ubuzima ntabwo ali umurongo ugororotse,aliko mpore,mpore uzahumulizwa.
@menyiwacutvandradio96978 ай бұрын
Humura Imana irakuzi
@aishaingabire8978 ай бұрын
Yooh impore mama disi uri very innocent no mumaso yawe haragaraga uri agashushungwe abagome bi yisi baragukoresheje arko komera uwiteka azaguhoza amarira
Yego basa na ange kagame peeee barasa cyaneeee humura imana murikumwe
@mukabarerapascaline45108 ай бұрын
Ihangane mama siwowe wenyine gusa ibikomere benshi dufite twagiriye murukundo nibyokomorwa na Yesu
@user-fw3ld4es6c7 ай бұрын
Ibagirwa abo bagabo nibgo Imana izagutabara ,ntabgo aribo mana yawe uri mwiza kd uri muto warabankunda ariko ntabgo bagukunda they just wanted to use you be strong God loves and he and he is able
Пікірлер: 725
Please ngusabye kureba ikiganiro cyose wumve AGAHINDA ka Beatrice. Dushyize hamwe twamuhindurira ubuzima. Nber ye ni 0785 122 231 Beatrice
@claudineuwase1655
8 ай бұрын
Ariko wibagiwe mouchoir z 'abatumirwa Gérard nzakugire nte?
@rwemembabazi
8 ай бұрын
@@claudineuwase1655 oya ntabwo twayibagiwe reba neza. Urakoze
@claudineuwase1655
8 ай бұрын
@@rwemembabaziNsabye imbabazi nashyizeho comment nkiri muri introduction Aho yariraga atayifite.Courage cyane turi kumwe
@Queen-ze1tm
8 ай бұрын
@@esperancemujawiyera7986arayifite nuko ayipfumbatije aho kuyikoresha ari gukoresha urutoki
@Julienne-mr6rz
8 ай бұрын
komera mukobwa mwiza uwiteka azaguha ibyiza kand cyane manawe ndababaye ababagabo bandagaza abana babakobwa nakumiro gusa gusa komera
Abagabo ni muze hano twigaye pee ibyo kubabaza abagore tubireke rwose 😢
@muroramary3019
8 ай бұрын
Oya nibaze bisibireho kuko bakomeretsa imitima yabakunze rwose birababaje.
@teacherjado
8 ай бұрын
Byagusaba kubanza kumva impande zombi mbere yo gufata umwanzuro
@muhanguzidavid1323
8 ай бұрын
Yewe ubumba numiwe peee Imana izandinde rwose guhemukira umugore wanjye
@TUYISHIMIREJeanClaude-gs2gl
7 ай бұрын
Ese mujya mutekereze no kubagabo bahemukirwa? Muri mwebwe, nibangahe babasha kwihanganira gucibwa inyuma? Bagore beza Reka mbagire inama, niba bidakunze gushakana n'umugabo wagutwaye ubusugi. Haro amahitamo 2: Gushaka umugabo wundi ariko ugufata nk'indaya ubuzima bwose, KD Nawel ukabyakira yanakwanga ukaba wari ubyiteguye! Cg se kubyihorera ukabaho ubuzima bwawe, inshuti, abavandimwe n'Imana. Arko umugabo Wese ababazwa cyane no gushaka umugire ufitanye ahahise n'undi Mugabo, bigera ahera he! Dore ukuri karemano: umugabo NTA cyubahiro avukana habe na Gato. Ariko umugore avukana icyubahiro , Ari CYO umubiri we! Iyo rero icyubahiro cyawe ugitanze , ukajyiha umugabo utazi , Uba usigaranye ubusa! Wakwiga amashule menshi, waba umuyobozi ukomeye, waba umukire wo hejuru cyane, NTA cyubahiro Ibyo byaguha! Kuko ukubonye abona amafaranga ariko ntabona umugore! Ukubonye abona general ariko ntabona umugore! Impano yonyine umugire ashyira umugabo y'agacuri, ni ubusugi bwe! Ab'iki gihe ndabazi muri buntuke, ariko ubusugi bw'umukobwa ni CYO cyubahiro cye, ninabwo bwiza bwe imbere y'umugabo! Kuko uko umugabo yagerageza kubihisha kose, iyo arongoye umugore utari isugi, ubwonko bwe, buhita bugira Ihungabana! KD akumva afite ipfunwe, Ndetse agahorana ifuhe, no gutinya ko umugore yasubira ahahise! Gusa abagabo benshi Bazi kubihisha ariko nabo baba bababaye ! N'igikorwa cy'imibonano mpuzabitsina agikora yumva afite ipfunwe kuko ABA atekereza ko uwo mugore azi abagabo benshi, bityo akumva ko ashobora kutamushimisha! Ese kuki mutibaza impamvu abantu Bose barimo gucuruza imiti n'ibiryo, n'inzoga, bagashyira Ku umwanya was mbere ikintu CYO kuvugango byongera akanyabugabo? Abaga benshi bafite ubwoba bw'uko badashimisha abagore babo, KD abenshi babiterwa n'uko barongoye abagore bafite ahahise hanyuze mu bandi bagabo! Iri ni Ihungabana KD batewe n'abagore ! Repeat umugore wese uzashakana umwana Ku umugabo utari se wuwo mwana, ajye amenya ko yihemukiye, ahemukiye umwana kurusha umurozi, Ndetse anahemukiye uwo Mugabo! Bityo yitegure ko azababara ubuzima bwe bwose! 97% Niko bigenda! Kuko
@clarisseuwimana7258
5 ай бұрын
Ahubwo umugabo ufite iyerekwa rizima uyu mukobwa yavamo umudamu muzima
Asa cyane na Ange Kagame mama ihangane Yesu arakuzi kandi bantu bo muri iyi minsi mutunge umutima w'imbabazi ibintu mwandika bigaragara ko benshi mukomeretse imisatsi ni angahe koko?utwo tuntu yisize wowe uje imbere y'abantu ntukenera kwitunganya?ibikomere émotionnel abantu benshi babigendana bisize ariko utabibona imbere kuko mu mutima ni kure komera Yesu arakuzi kandi agire icyo akumarira
@ingabirecharlotte455
8 ай бұрын
Nange turasa
@irihosejeanpaul3295
8 ай бұрын
Gerard uri imfura cyane ndagukunda reka turemere uyu munyamibabaro ariko Yesu azamuhoza nicyo cyamuzanye
ariko Gerard nkunda ukuntu uganiriza abatumirwa bawe, yaba abakize abakennye bose ubakirana urukundo!!! ndabikundaaaaaa cyane!!! ama compliments ubaha😍😍 bro sinkuzi ariko urumuntu nyamuntu!!! ufite ubumuntu peeeeeee komerezaho🤝 Imana ijye ikwagura iguhe umugisha mwinshiiii
@rwemembabazi
8 ай бұрын
Merciiii🙏
@NkurikiyinkaValens-tr7ks
8 ай бұрын
@@rwemembabazi❤❤❤❤❤ ukuntu usubiza comment bigararako ibyifuzo byacu🎉🎉🎉🎉
@mukamazimpakaphilomene6074
8 ай бұрын
Nange mukundira ukuntu avuga ati komera sha Gerard Imana ijye iguha umugisha cyane Abantu bakuruhukiraho
Yewe ubwiza b’umukobwa ntibumubuza kuruha koko 😭😭 uruzi uyu mubyeyi mwiza washavujwe bigeze aha nyabu impore mubyeyi Yesu niwe womora abenshi muritwe turi kukumva turababaye ariko iherezo ryamarira riri bugufi ❤
Abagore benshi barababaye ,bababajwe nabagabo Kandi,bagabo mwisubireho Yezu atari yagaruka
@Icyishatse25
8 ай бұрын
Komera mukobwa mwiza !yezu ni muzima!abagabo si abantu !ubanza barwaye mumutwe!gusa Imana irahana abo Bose bazumirwa!burya Izi guhana uhumure Cyane !ndaguhobeye Cyane kandi Ukomere 😢😢
@inezanoella427
8 ай бұрын
Abagabo nibirara byuzuje ibyangobwa ntakiza kibavaho.usibye kurwaza abantu imitima
@Hillsmy
8 ай бұрын
Ikibabaje wabona abo bihitiyemo babanye nabi cyane bakicuza
@shyakagaspard6016
8 ай бұрын
Nyamara hari n'abagabo benshi bababaye kubera ibyo abagore babo babakorera! Impande zose ni kimwe!
Psychosocial issues,Family issues,intimate issues,private and personnal issues...have became social media street stories😂 wait we shall see! 😅😅Depression,PTSD,...bishuka abantu ko bahidutse abalimu b'ubuzima baje gutanga amasomo naho bageze muri severe phases batabizi ! Muzakurikire abatanga ibi biganiro nyuma yo ku bitanga # ibibazo bari bafite bavuze birikuba ntibihagarara! Therapists are very needed here!
@racheluwimana454
7 ай бұрын
Truth to be told
@suis_pacifique8651
6 ай бұрын
Bro uvuze ukuri kabisa
Uyumudamundamunzi akunda abantu ukowaba umezekose gusa komera shenge❤
Yooooo disi ndakuzi ,nakubonaga ugenda witurije ark mumutima nikure koko gusa pole yesu azakugirire neza
Innocente❤ ! Hindura page abio bagabo ntibagukunze by ukuri! Ihangane ubizima ntiburangiye hindura icyerekezo. Irerere abana ibindi ubiharire Yesu Azaguhanagura amarira yose azagusgumbusha. Shikama
Thank you Gerard for Listening those Narratives, It seems that most of your visitors are Psychologically harmed, therefore it could be better if you advise them to visit professional therapist for further support. MENTAL HEALTH MATTERS.
@ukl9802
8 ай бұрын
Yego sha. I always wish them to find a good therapist. Mana we fasha aba babyeyi bahemukirwa ni abagabo
@aishaingabire897
8 ай бұрын
😢 ikibazo kirahari byo bakeneye ubufashwa but she needs to get the food on table for her children nibyo byibanze
@umumararungunizeyimana5560
8 ай бұрын
@@aishaingabire897abahe bana?umukuru abakwase,undi aba muri enternant ubu aba wenyine abababayebose baje kuri KZread mwakumirwa mureke sentiment zirenze nabonye akeneye umugabo
Sha wamubyeyiwe wafashe nabi umutungope wakagombye kuba umeze neza wipashe muremure
Basaze bacu babasirikare bakomerekeje abana benshi cyane kuburyo abenshi bafite ibibazo bya depression kubera ubuzima bubi , ihangane Maman twese twabiciyemo Imana iradufasha turabakuza ubu ni abagabo n’inkumi batigeze urukundo rwa papa wabo .
Mubyukuri umugabo wakabiri tumubabarire kuko uwakabiri yaramukundaga ariko uyumugore ntiyamukundaga yakundaga uwambere
Pole Maman ibihe birahinduka. God is always there for you
Ooooh Mbega umudamu mwiza weee! Komera ihangane mada! Imana izagushumbusha
Asa nka Ingabire Ange kagame. lmana ikworohereze mama.
Yaweeeee 😭😭😭😭😭 Gukunda utagukunda Disi 😢 Arasa numuntu uri innocente 🥰🥰🥰🥰🥰 abagabo mana wee , Elle est très Belle gute se sha , yo yakuriye Disi mumuryango wurukundo 😢😢 Maskiiin arangije ahura ninyamanswa imutera umuruho nagahinda Bambi so Sad 😞 Mana nziza muhoze amarira Umuhe kubaho neza umuhoze amarira 😢😢😢 afite voice nziza weee
Ariko abaganga bize counseling baba he Leta se yashyizeho ikigo kibishinzwe aho gushyira abana bato ku karubanda . Ingo zubahwe. Hari b'ibibazo biri social Leta irakennye
Anciii mama uteye impuhwe disi humura Imana izakugirira neza ibyobintu ntibihira benshi disi
Thanks Gerard kuduha inkuru ya Beatrice🙋mais ikintu numva nahanura Beatrice bivanye nivyamushikiye. Ntazosubire gufatingingo yihuse. Kuko urya mugabo we wambere birashoboka ko wosanga yarahabutse kumvo zukumva kwateyinda umwana wabandi maze akabanza guhungu kugira azogaruke agashavu kaheze jubavyeyi ba Beatrice.Rero iyo mwene wacu Beatrice yihangana akabwizukuri mama we maze akavyarira iwabo kumbure vyari gushoboka umugabo akazihanura maze akamugarukira amusanga yarifashe akagoranwa umwana aka mutwara murugo. Rero Beatrice yarihuse gufatingingo pe. Hama Imana Imukomeze kandi Imube hafi ye.
Impore mama😢 komera😢Imana iguhe amafaranga,ubuzima bwiza,no kurama,Yesu yomora ibikomere kd umwizere azaguha undi mugabo ugukunda nkuko Christo yakunze itorero akaryitangira❤❤
Arko mana mbega umudamu mwiza we❤️❤️❤️, humura rera abana bawe kandi ujye usenga, abagabo bihorere abantu batinyuka kubabaza umugore mwiza nkuyu kweli
Ikomezi yambere senga Yesu azakuruhure ibikomere byose mubyeyi,naho abagabo benshiii yewe n,abagore bamwe barahemuka,courage ma.
Pole maman Bea ndakumva cyaneee humura imana iri kumwe nawe
Gusa disi uri mwiza really stunning ❤ uririmba neza mbega ijwii u are so talented ❤❤ Humura Imana irakuzi.Thanks Gerard I love you ❤ Imana iguhe umugisha gutega abantu amatwi no kubafasha
Such cute smile....
Humura Imana yatumye abo bana biga ,izatuma wishima binyuze mu bana bawe,nubwo urushye ark ujye wibuka ko uzengurutswe n'abandi baruhijwe (ibyo bijye bigutera kwishimira Imana yatumye unyura aho hantu)
Sorry mama,ariko ugabanye ubutesi nuguhora uvuga cyane ngo waramukundaga Kandi Uzi neza ko yashatse undi mugore,ugomba kumwikuramo nibwo wabasha gukira ibikomere,kuko nundi mwakundana wajya uhora utekereza uwambere Kandi ntabihanga bibiri bitekwa munkono imwe
Mana Nukuri ujye ugenderera imitima y'aba badamu ubomore kuko abadamu benshi barashavuye!
Nubona ushatse rimwe bikanga zibucyira wirerere abana
@mukamazimpakaphilomene6074
8 ай бұрын
Nibyo pe ingero zimaze kuba nyinshi
@vicentiyakaremye5831
8 ай бұрын
Ubwakabiri ntiyashakanye numugabo amukunze nawe arabyivugiye ngo ahubwo yamushatse ngo amufashe mubibazo byinda yasigiwe numugabo wambere,ngewe icyo numvise nuko nta rukundo yigeze yereka umugabo wakabiri kdi nawe arabyivugiye ko agikunda umugabo wambere!rero umugabo aba Ari uwambere iteka ryose! Ngo sindi mubi wokwihambira kumugabo😅😅😅sindi mubi wokubura umugabo😂😂cyokora uyu mudamu aranshekeje numwiyemezi wahatari😅😅
Uri jmukobwa mwizaaaa cyane pe , kandi ni mbere Niko mbibona rwose humura uzabona uwawe byukuri!
Ibyinkundo yahuzuuu never trust a man ever never get attached to anyone gusa Imana izakomora kandi wikwiyaturiraho uburushyi komera l feel you kotana❤
Impore mama Imana niyo byose kandi ujye usenga cyane. Nzi uko bimera gukomereka uri muto Impore,jya wikunda ukunde nabana bawe cyane kuko muraba gaciro❤❤
Mbabazi l etat izagushyirireho igihembo kuko ubu buvuzi ukora ufasha benshi pee. Mme komera Yezu arakubona azagucira inzira nkwifurije kuzasoza ururugendo rwo kuriyisi wishimye. Be strong ❤
Ihanhane mubyeyi Imana ikwiteho Abagabo b’imperuka ibaze kwanga uyu mudamu ukabona akabaraga kogutereta undi😭😭😭😭
Ariko habaho abagore bakunda we! Nukujya umuntu abasengera abantu bafite urukundo nkuru. Abagabo ntabo nabo Imana ijya igumya ibatembereze ibajyane mukivu.
Ihangane birababaza gukunda ukubeshya gusa ubu warakuze nukumenya ubwenge nawe ukabanza ugashishoza.wirerere abana iby'abagabo ube ubiretse ubanze ukire umutima.kandi ujye usenga cyane Imana izagukomeza.
Yoo pole sana dada, well sung. Komera, usenge Imana izagucira inzira wongere useke.
Histoire yawe nayumvishe namenye impamvu urugo rwa 2 rwakunaniye nuko wari ugikunda uwa1 kugeza niyi saha uramuvuga ukarira . Ntago byari gushoboka ko wubaka urugo rwa2 umugabo wa 1 aikikuri mumutwe .
@ujenezaorthance9961
8 ай бұрын
Igitangaje umugabo wambere ntamugore agira yamusabye umwanawe aramurera numusore Bea numwana mwiza ariko tuza wirerere abana ntabwo aribyo kuza kuvuga kukarubanda
@ujenezaorthance9961
8 ай бұрын
Gusa Bea Umwana wambere wabeshye abana na papa we KD ameze Neza igishekeje Umugabo babyaranye umwana mukuru yamumuhaye Ari muto Kandi umugabo ntiyashatse undi mugore yirerera umwanawe kandi numugabo muzima witubashe pe Ikindi badamu beza ntabwo kuza kurira kurizi nkoranya mbaga aribyo abana bacu bazabikuramo ihungabana Bea uzigukora ndakuzi irerere unwana vamubyo kuza kurira hano nuba Ari nubufasha singobwa ibyo byose nukuri niba Ari agahinda gakabije hari abaganga Nubwo tubabara ariko twibukeko turi ababyeyi umubyeyi nyawe ashirira imbere umwana ntamenye ibyabaye
@ganzamary8630
8 ай бұрын
Rekera aho woe😂😂
@peggys.4125
8 ай бұрын
@@ujenezaorthance9961 ko umuzi se wamufashije iki? Kuki arinze kuza hano? Ngo yarabeshye? Ubwo wowe uri umutagatifu bingana gute? Uwo mugabo uvugiye se kuba atarashatse nicyo kimugira mwiza, yarabuze yamuteye inda? Agahwa kari ku wundi karahandurika.
@stephaniemurego9384
8 ай бұрын
Uwo Muntu arashinyagura niba ubwo mugabo atarashatse undi kubera iki yamwihishe?iturize Béa mwiza Uwiteka azagushumbusha ❤❤
She is very beautiful
Imana yakijije abababyeyi amarira koko ko ababagabo badakwiye ku ita kunshingano zabo ntikabanahe abo batuma baba indushyi.
Pole sanaaaa mama wihangane imana irahari ❤❤
can anyone answer me_ ese iyo umuntu asharinze story y'ubuzima bwe mubyukuri araruhuka? Njye numva bazajya banajya kuba therapist ababishoboye. Abatabishoboye bisengere Imana.
Arko Mana abagabo sinzi icyo bakunda pe ,kuko kuntu arimwiza sinzi pe ,kubaka banza aramahirwe nkandi yose pe
@ndingimwananzeki5776
8 ай бұрын
Uyu ntiwamenya,kuko yikundira,abagabo gusa nimwiza,ariko gukunda imbyeyi kwe,ntibizamworohera😅
ibyo bintu by inkundo mujye mubireka aba damu mugira ubutesi cyane .urukundo kurubona ni nka tombora.ujye ubyikuramo urere abana bawe.ubu c umuntu mutavukana akuriza gute ?
Cyakora disi uri innocent rwose , Imana izagushumbushe pee
@estellaniyonzima3031
8 ай бұрын
Très innocente
@meetruthtips
8 ай бұрын
Amen Izamushumbushe
Impore, ma. Uhoraho azaguhoza ayo marira
Ukuri kugira bake ariko Uwiteka areba mu mutima WA buri wese. Ihangane mubyeyi.
Sha mwana twiganye ihangane, gusa rekana ninkundo ushake icyo ukora urere abana bawe naho niba ugishaka gukundana urabehooo ! Ndakuzi uwo ukunze ugenda wese ariko nushake uzinukwe pe😢
@btgamers4323
8 ай бұрын
Azakomeza gukomereka rero ahubwo kunda abana bawe ubahate urukundo abagabo bo wapi
@btgamers4323
8 ай бұрын
Azakomeza gukomereka rero ahubwo kunda abana bawe ubahate urukundo abagabo bo wapi
@uwamahoroclemence8854
8 ай бұрын
Oya Sha umuntu agomba kugira amara ngamutima akagira uwo akunda ahubwo Imana izamuhe nawe umukunda
Nanubu urakyari umutesi cyane😮 open your eyes madame ubutesi ntabo bugikora 😊 Kigali it's not a church 😅 be strong shine your eyes 👀👀👀
@giseleuwanyirigira9344
8 ай бұрын
Hhhhh😂😂😂cyakoze kigali siyo gutemo pe
Ariko useka neza uragatunga ❤❤
Ihorere mukobwa mwiza. Ariko wabihoreye abo bagabo. Mbega abakobwa ntimushobora kuba indépendantes!!!
Humura mama Imana irakuzi
Yoooo Imana ikumvire mubyeyi mwiza,iguhe imikorere wirerere bagabo kuki mwizera abakase kurusha ba nyina w,abana ,ntamukase ukwiye kurera umwana wa mukebawe akiriho,bagabo mujye muhumuka,ishyari murasangira ntimuyaga.
The Love of these days is not for the weak people 😮😮 gs be calm ujye ukomeza gusenga bizagufasha gukomera no kubaho🙏
Icyo musabiye mbere ni ukubanza Imana ikamukomeza umutima ubutesi muri iyi si ntibugikora ubundi ace akenge
Utu mugabo mwihorere ntazatinda kubona ko yibeshye rwose.Imana ibabarire twese : abagabo bakomeretsa abagore n abagore bakomeretsa abagabo.ambaaa! Atakabaye umusurikare koko! Ariko bakwigiye kukri kagame bakareka kumutukisha!
Uri mwiza cyane kandi nyagasani ni mwiza ibihe byose humura uzanezerwa bikurenge❤
Pole mama warababajwe ariko imana izaguhoza kuko yaguhaye numugisha wurubyaro
Tu es jeune et belle .....tu vas trouver l'amour
Ihumurire Yesu aromora.
Mbega umumaman w'umutesi wee, ngo mbese yakwihakana umwana basa!!? ngo ndi mwiza sinakwihambira ku mugabo uwariwe wese,..., bati njye nigirira urukundo,.....yoooo. sha ntabwo yari yamenya isi disi. Cyakora Imana izagufashe kbsa. Hagati aho ongera ushake ibiraka bizaguha igishoro gito kizagufashe gutangiza aka business gato kazajya kagufasha kwibeshaho. Abagabo ubareke kuko ubutesi n'umutima ukunda cyane wifitiye byazakomeza kugutera ibikomere birenze. Komera mama!
yewe inkuru yawe imeze nkiyanjye neza rwose ark harimo itandukaniro rito ryuko njyewe umwana wanjye namwiziritseho nanze kumumuha ikindi njyewe gushaka byarananiye sinkikunda byaranze ndabihendahenda bikanga mbanumva ndikubeshya kd Koko mbanumva ntarukundo rwumugabo mfite ubumwana wanjye agize imyaka 7 agiye p2 ngaho humura ngukomeze komera ubuzima burakomeza nubwo nubwo kwiyemera arikubi pe ntamikomerere tuba dufite abantu nkatwe nimana yirindira umuntu wayo ubundi iyubuze uwukunda agusigiye inda yiwe ubawumva ntacyo ukimaze PE pole mama
Pole sana ,gusa nabagabo twagize depression, dushaka abagore tuziko badukunda ,kumbi bakunda abo birirwana, ikindi bakereka abohanze yumuryango kobakunda ingo zabo, ariko arukwishushanya
Mbega umugore mwiza wahuye nusi 😢😢😢😢😢 urimwiza utuze ugume usenge uzabona umugabo mwiza uzashima Imana kd uzanezerwa byiteka ryose
Sha uyu ndabona ibye arukuri atarikubeshya nkababandi
@bunanimutete8054
8 ай бұрын
Ndamuzi cyane ntabwo abeshya
@NyamboAmie-vj8fl
7 ай бұрын
Nkawe uramwita ibindi nkubwobigushikiye wakwirwa he
Pole sana Dear ❤️
Ihangane maman ....abagore bafite agahinda 😢😢😢ariko yesu ajya yomora Ibikomere...be strong
@chefBlackbeauty03
7 ай бұрын
Abagore bafite agahinda kandi ako gahinda gaterwa n'abagore bagenzi babo.kuko umugabo asiga umugore bavyaranye undi akamwemera.
Imana izahana abantu bahemuka bigeze aha. Ndubatse ariko ibyo bintu sinabikora kuko ntinya cyane gucumura ku Mana no kuwo nakunze.
@user-gd9lx5gz6r
8 ай бұрын
Imana ibiguhere umugisha
Sha ingunzu ninyinshi ihangane Yesu ni muzima
@irihoabby3781
8 ай бұрын
😂😂😂😂😂wowe unshielded kubutaka😂😂 ati ingunzu.amabandi atuzengurutse ni menshi
@habumugishaemmanuel7650
8 ай бұрын
Gerard muhe akazi kubunyamakuru kuri chaine yawe ba Pasteur *Claude* ko Ari abanyamakuru bize angahe?
Nimwiza koko 😢😢Yesu wee mukomeze
Sha nyiransaba ihangane nshutiyange ndumva urugendo rwawe arinkurwangepe najyaga nibaza ahuba naho nibyo byakwihereranye😢 very sorry
Mbabazi ndagukunda cyane
Uyu mu mama afite ubutesi we. Abagabo babiri baraguhemukira ntukamirike koko .ayo marira uyahindure imbaraga zo kwiyubaka wowe nabana bawe . Ntuzigere wongera gutakaza irira ryawe kubera umugabo. Umuntu naguhemukira ntuzigere umwereka ko yakubabaje . Rwana ishyaka urere abana bawe . Abana bawe bakubere motivation kandi uzabazane ubarere rwose . Nkuko ufite urukundo wahawe nababyeyi bawe bakaguha urukundo nabana bawe bakeneye urwo rukondo ruvuye kuri wowe . Imana iguhe imbaraga
Urambabaje p ukuntu ukunda abandi se 😭 gusa imana sinkabantu ejo ni heza.
Komera Mubyeyi lmana izakomora nukuri warababye ihangane mwijuru har' lmana
Komera pe! Uracyari muto Imana izakumpere umugabo uguhoza amarira!
❤❤❤ calme ma cherie ce la vie bisous ❤
Ufite ijwi ryiza cyane
Komera mubyeyi. Yesu ni we ubaruta!
Chris NDIKUMANA utuganiriza muri KANGUKA, yaramubwiye ngo jya uba mu buzima ufitiye ubushobozi. Fata abana ubashyire mu mashuri ushoboye kwishyura, nawe ugerageze kubaho mu bushobozi ushoboye kwitungamo! Iby'inkundo n'abagabo bireke, irerere abana sha.
@Jesusmysavior245
8 ай бұрын
Ibyo bintu nibyo ibyo chris yatwigishije Kandi tujye tubinbwira nabandi yatwigishije ko ntanyatsi ibaho ahubwo Arubuzima twishyiramo tudashoboye ariko Reka tujye dusaba Imana ijye iduha ibidutunga
@Md.bahizi8358
8 ай бұрын
Ikosa rya mbere ufite ni ukumva ko abana bagomba kwiga heza kandi udafite ubushobozi kugeza aho koko ugirisha inzu ushaka kwishyura minervale? Ni ikibazo
@dorotheuwamaria5107
8 ай бұрын
@@Jesusmysavior245 Ubu uyu mudamu yampaye isomo rikomeye! Tekereza kugurisha inzu kugirango urihire abana amashuri ahenze ya Prive! Kugera aho bigushyira ku rwego rwo gucumbika mu bantu!!! Ariko iyo aza kubashyira muri LETA, akabashakira nubigisha Cours, ibi byose ntabwo byari kuba! Gusohora ibyo utabasha kwinjiza ni ikibazo!
@francineumuhoza4705
8 ай бұрын
@@Md.bahizi8358Nawe mu mutwe ntibirimo neza 😂
Yego disi urimfura abagogwe murakundana urini mfura icyigabo cyarakujenjyereje
Sorry!! Sha umuntu aza hano byamurenze,don' t brame her! Abafite rwose mumufashe.Birambabaje disi!!!
Maman Winny we komera ndakuzi
Yoooh ukuntu uri mwiza disi Pole Yesu azagukiza ibyo bikomere byose, wowe uzage usenga Imana ibindi ubiyiharire!
Ubuzima ntabwo ali umurongo ugororotse,aliko mpore,mpore uzahumulizwa.
Humura Imana irakuzi
Yooh impore mama disi uri very innocent no mumaso yawe haragaraga uri agashushungwe abagome bi yisi baragukoresheje arko komera uwiteka azaguhoza amarira
Nibure nawe umwana we afite umushinga umufasha abandi twarumiwe, ahubwo nave muri yamiteto y'abanyakigali njyewe maze imyaka umunani nisangiza inshingano,ariko nariyakiriye inshingano zanjye nzikora neza kdi njyewe n'umwana wanjye tubayeho neza cyaneeee
Nyir'Impuhwe Mana. Imana yongere Urukundo mubo yaremye😢😢😢
Uri imfura wa mu maman we❤
Gerard nkunda ukuntu wakira abatumirwa, uti urabizi ko urimwiza? Numva biryoshye. Komera wa mubyeyi, komera ubundi wakire ibyabaye, wishakire imibereho ,wumveko imbere ariheza,
Ubaye nkanjye chr😢 gusa ihangane wirerere abana imana igukomeze gusa njyew umugabo wa2 turacyari kumwe nasibye umutima sha bibaho nukuri abagabo ntarukundo rukibaho pee
Uripfura mama komera uzabicamo Kandi uracyari namuto
Ihangane abobantu nibo bariho kbs😢😢
ohhh aririmba neza shenge. Humura Yezu arakuzi rwose. Ahindura amateka.
Yego basa na ange kagame peeee barasa cyaneeee humura imana murikumwe
Ihangane mama siwowe wenyine gusa ibikomere benshi dufite twagiriye murukundo nibyokomorwa na Yesu
Ibagirwa abo bagabo nibgo Imana izagutabara ,ntabgo aribo mana yawe uri mwiza kd uri muto warabankunda ariko ntabgo bagukunda they just wanted to use you be strong God loves and he and he is able