#Scovia_0793812390 NIBA UFITE INKURU YAWE WIFUZA KUDUSANGIZA #DUHAMAGARE_KURI_0790003781 #inkuru_yanjye #rweme_mbabazi
Uyu mubyeyi disi araganira cyane, maze rero uwo mugabo uzamukunde umubere umugore mwiza.ibihe bibi bizashira mujye mwiragiza Imana ibindi bizagenda neza
Murakoze cyane! Nibqo nkibona ikiganiro cyanyu. Nzabasura n'umugabo wawe. Ariko uzampa urya mwana wawe wimfura nje kumwirerera😢
Nkunda ukuntu @Gerard yisekera! Uyu mugabo umunya ari umunyamahoro! Imana ijye imuha umugisha.
Ariko sha Gérard uganira neza we. Ugira ururwiro sha.courage
Ahhhhaaaiii sha narintegereje kumva uwomuyobozi disi.imana izakubakire mama.
Uzakomeze uganirize umugabo wae mugarure umwana murugo areke kubaho nabi ereg urukundo rurihangana kdi habamo nintambara muzihanganire amagambo mabi ya papa w'umwana arik umwana yegukomeza kuharenganira 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Rweme Uzi kuganira rwose👌
Gérard nimfura cyane nabiwabo nuko!ubupfura buba munda mwabantu mwe!!!!!!
Harigihe lmana iguhuza n, umuntu w, umugisha 🌹
Number one like muzimpe
Iyinkuru iraryoshye
Ubukene n' inzara birashira igihemu ni cyo kidashira mwirinde guhemukirana gusa musenge Imana izabagoboka.
Urukundo disi uwomugabo ujye umushima umukunde nukuri ,cyokora ngo ntabyera ngo de urabona ngurasubizwa umwana wawe akabaho nabi . Ubuse uraryama ugasinzira utazi uko umwana abayeho ariko jyawihangana ntakundi ,ubwo nawe iyamuremye izamukuza .
Ariko burya sinasinzira umwana arihaze
Gerald You are very smart but inkuru z'uburayi uzazirecye
Hi inkuru zawe turazikirikira cyane thx
Uri kurya umwana wawe disi!!!
Ariiko uyu mugore azi kubara inkuru koko, gusa Gerard araseka nkumva nanjye biransekeje
Ati reka da😂 kunkuru uruwambere wa mugabo we 😂😂 nanj ndapfuye hahaha
Uwo muyobozi yagukunze urwabazungu kbs.
Uwo mumama afite umutima mwiza uko agaragara pe ibyo yakoze yabitewe n' ubuzima bubi yanyuzemo umugabo namwiteho rwose ni umubyeyi w' umunyamahoro Kandi nubwo avuga ngo umugabo yamukuye ahabi , ahubwo uwo mugabo niwe witoreye INGOMA mu giteme. Urugo rwanyu Imana izabahe amahoro n' umugisha mubane mu Mahoro.
Nibyo pe
Iyinkuru ni film yabayeho
Umubyeyi numwana Sha Imana Izagufashe Sha umwana wawe abone ubuzima buzima
Birangiye umwana abaye victim ariko abagore twige kwiteza imbere
Nukuri ikikiganironikiza Gérard byebye
Ico bita gusanzara 😂😂😂😂😂
Isubiriza igihe
Reka ntere intebe ndavyumvirize neza
Uwo mwana uzageregeze kujya umenya ubuzima bwe disi😢
Jyakuzana. Umwana. Wawe. Mubane. Gamumiteto
Inkuru yabaye nziza dusaba komukomeza
Hi, Gerard! ndagusaba ko wampa amahirwe yo kuvuga iby'urugendo rwanjye rurerure rw'ubuzima
madame byuka usabe umugabo wawe mugarire umwana wawe kuko imfura yawe nayo wasanga ibaye nkase kubera. uburamgare tekereza 2
Ufite gufasha umubyeyi wawe nu mwana wawe sha!!!
Yoo the way Scovia is so happy tho ❤
Ok
Hahaa Gerald ati ngaho
Ariko Mbabazi nawe uzi gutega amatwi aba clients bawe nokubunganira uburyo uba uvuga unaseka bituma natwe tuzitega amatwi .ariko njyewe uzanyishura ibitotsi byanjye wica uziko ngera mugitondo umutwe urya kubera ntaryamye bihagije .
Ariko Uyumugabo abagore ntimuzatuma arwara umusonga di
aha niho rero abakene batandukanira n'abakire, duke twiza turimo urukundo n'ubwuzuzanye dutera umunezero.muzasazane nukuri kuruta byinshi birimo umwiryane .urukundo ruganze.
Urabazubusa.wamunyamakuruwe
Turikumwe jer
Gusa Scovia ibyo akora byose narwane k'umwana we kuko niwe watumye anyura munzira mbi,kandi ashake nicyo yakora.
Azagaruke atubwire ko yaba yarvuje mama we
Nibyo pe harigihe ugirango babarogesheje kwishyira kukarubanda? Ubu koko tuzagire gute
Nibyo nahise menya ko ari uyu munyamakuru baganira,rwose niba yasoma iyi message yantumira email ye tukaganira, mbaye ngushimiye urakoze cane
RWEMA WE uzatuzanire numugabo we
Hanyuma
Nyabuneka Rweme Gérard wodutuburira nk abandi...iki kiganiro cyarahise...please tubabarire...nizereko wibeshye utadutuburira bro😮😮😮😢
Nonese uwo muyobozi ntasebye kweli ndumiwe
Duhe numb zaho umwana atuye kuko niwe ubabaje trop
Uzatuzanire nuwomugabo
Madame lmana izaguhe umugishe rwose.None se umuntu yagufasha gute ?Numva nagufasha kugira ngo uvuze nyogokuru. Ntegereje igisubizo ntuye mubufaransa
Wavugisha Gerald akaguhuza nawe! Be blessed for your kindness
@@BeatriceAbizeyimana-ef8gt Wakoze,who is Gerald ?
@@akimpayeevariste5694 uwo urimo kumukoresha ikiganiro( Rweme Gerald mbabazi)
Kuvuga u buhamya kandi mama wawe utarabimubwira u bwose nabyumva kandi we utabimubwira byo bivuziki inzu irenda kumugwaho ukamuhisha ubuzima bwawe ukabubwira abanyamakuru sibyiza
icyiza nuko bimuhangayikishije, azabikora
Naw’urumugore, azagukwe!!
Byagenze bite ko ikiganiro wongeye kugishiraho!?
Koko umubyeyi wawe inzu imugweho koko getageza urebere u mwana wawe
None se ko akiri indaya ntayo yamwubakiye!
Dore icyo abanyaburayi baturusha! Abana nibo bita ku babyeyi naho iwacu abana baragwa imiruho y’a babyeyi!
Komera Stevia Ilana igufashe uvuze Maman wengere ukunde cane umufasha wewe
Urakigaruye x?
Wowe ubaka iby'iwanyu bireke
Rata niyubake uby’iwabo bazabyimenyere. Ababyeyi urebye nabi badusenyera! Mama wawe nahamagare abandi bana yabyaye!
Urinjiji ntakindi navuga,umwana ninyina ngaho nibagukusanyirize ,Kandi warashatse umuyobozi
Imyaka 16 niyo warufite ujya gukora akazi komurugo ukamaramo 5yrs ubwo watwite ufite 21yrs!!
Haribyo baba babeshya kubera amafranga
Ariko aba bagabo bihakanna babo kweli?😢😢
Ariko se,ko nta mugabo uraza kuri social media avuga umubare w' abagore yaryamanye nabo? Abagore turi indushyi pe
Mwiriwe mumpe namba yuyu muntu
Ntakure lmana itakura umuntu
Ubwo se uwo muyobozi udafasha nyoko yego ko
Iyo biba byiza ntiwari kuza kuvuga hano ko wabaye indaya.
Knd yarayibaye ?
😢
Nge mfite 2k ngizo nazifate agure umuceri 1kg yoherereze uwo mwana
none urabitubwira ngo bigende bite? tuguhe amashyi?????
Urukudo rubaho
Ko atamukoreye ubukwe nk'uwambere?ahindure imyumvire yokubaho ateze amaboko abantu
Ese ubwo wowe namutwara sibo mwiyongoje mute kuza kuri shosho midiya kwitahanze
Ubuhamya uyu mudamu atanze sibubi gusa haribyo a uga kandi iwabo atigeze abwira abiwabo
🤣🤣🤣🤣🤣
😂😂😂
ubwo urumva kwivovota ngo warasambanye ati ndetse nabayozi warabahaye urumva udasebye !?
ayo mabwa urimo RIB izakwemeza !!!?
ego ko
❤❤❤❤❤🇨🇩
❤❤❤❤❤
Ger jyubanza uganirize ababa byeyi bavuge ibiri ngobwa kuko bafite abana bazajya bakurikira amateka yabo
Пікірлер: 96
Uyu mubyeyi disi araganira cyane, maze rero uwo mugabo uzamukunde umubere umugore mwiza.ibihe bibi bizashira mujye mwiragiza Imana ibindi bizagenda neza
Murakoze cyane! Nibqo nkibona ikiganiro cyanyu. Nzabasura n'umugabo wawe. Ariko uzampa urya mwana wawe wimfura nje kumwirerera😢
Nkunda ukuntu @Gerard yisekera! Uyu mugabo umunya ari umunyamahoro! Imana ijye imuha umugisha.
Ariko sha Gérard uganira neza we. Ugira ururwiro sha.courage
Ahhhhaaaiii sha narintegereje kumva uwomuyobozi disi.imana izakubakire mama.
Uzakomeze uganirize umugabo wae mugarure umwana murugo areke kubaho nabi ereg urukundo rurihangana kdi habamo nintambara muzihanganire amagambo mabi ya papa w'umwana arik umwana yegukomeza kuharenganira 🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Rweme Uzi kuganira rwose👌
Gérard nimfura cyane nabiwabo nuko!ubupfura buba munda mwabantu mwe!!!!!!
Harigihe lmana iguhuza n, umuntu w, umugisha 🌹
Number one like muzimpe
Iyinkuru iraryoshye
Ubukene n' inzara birashira igihemu ni cyo kidashira mwirinde guhemukirana gusa musenge Imana izabagoboka.
Urukundo disi uwomugabo ujye umushima umukunde nukuri ,cyokora ngo ntabyera ngo de urabona ngurasubizwa umwana wawe akabaho nabi . Ubuse uraryama ugasinzira utazi uko umwana abayeho ariko jyawihangana ntakundi ,ubwo nawe iyamuremye izamukuza .
@Emanuella814
4 ай бұрын
Ariko burya sinasinzira umwana arihaze
Gerald You are very smart but inkuru z'uburayi uzazirecye
Hi inkuru zawe turazikirikira cyane thx
Uri kurya umwana wawe disi!!!
Ariiko uyu mugore azi kubara inkuru koko, gusa Gerard araseka nkumva nanjye biransekeje
Ati reka da😂 kunkuru uruwambere wa mugabo we 😂😂 nanj ndapfuye hahaha
Uwo muyobozi yagukunze urwabazungu kbs.
Uwo mumama afite umutima mwiza uko agaragara pe ibyo yakoze yabitewe n' ubuzima bubi yanyuzemo umugabo namwiteho rwose ni umubyeyi w' umunyamahoro Kandi nubwo avuga ngo umugabo yamukuye ahabi , ahubwo uwo mugabo niwe witoreye INGOMA mu giteme. Urugo rwanyu Imana izabahe amahoro n' umugisha mubane mu Mahoro.
@DailysolutionLtd
4 ай бұрын
Nibyo pe
Iyinkuru ni film yabayeho
Umubyeyi numwana Sha Imana Izagufashe Sha umwana wawe abone ubuzima buzima
Birangiye umwana abaye victim ariko abagore twige kwiteza imbere
Nukuri ikikiganironikiza Gérard byebye
Ico bita gusanzara 😂😂😂😂😂
Isubiriza igihe
Reka ntere intebe ndavyumvirize neza
Uwo mwana uzageregeze kujya umenya ubuzima bwe disi😢
Jyakuzana. Umwana. Wawe. Mubane. Gamumiteto
Inkuru yabaye nziza dusaba komukomeza
Hi, Gerard! ndagusaba ko wampa amahirwe yo kuvuga iby'urugendo rwanjye rurerure rw'ubuzima
madame byuka usabe umugabo wawe mugarire umwana wawe kuko imfura yawe nayo wasanga ibaye nkase kubera. uburamgare tekereza 2
Ufite gufasha umubyeyi wawe nu mwana wawe sha!!!
Yoo the way Scovia is so happy tho ❤
@SurprisedBalkhHound-xz5mk
4 ай бұрын
Ok
Hahaa Gerald ati ngaho
Ariko Mbabazi nawe uzi gutega amatwi aba clients bawe nokubunganira uburyo uba uvuga unaseka bituma natwe tuzitega amatwi .ariko njyewe uzanyishura ibitotsi byanjye wica uziko ngera mugitondo umutwe urya kubera ntaryamye bihagije .
Ariko Uyumugabo abagore ntimuzatuma arwara umusonga di
aha niho rero abakene batandukanira n'abakire, duke twiza turimo urukundo n'ubwuzuzanye dutera umunezero.muzasazane nukuri kuruta byinshi birimo umwiryane .urukundo ruganze.
Urabazubusa.wamunyamakuruwe
Turikumwe jer
Gusa Scovia ibyo akora byose narwane k'umwana we kuko niwe watumye anyura munzira mbi,kandi ashake nicyo yakora.
Azagaruke atubwire ko yaba yarvuje mama we
Nibyo pe harigihe ugirango babarogesheje kwishyira kukarubanda? Ubu koko tuzagire gute
Nibyo nahise menya ko ari uyu munyamakuru baganira,rwose niba yasoma iyi message yantumira email ye tukaganira, mbaye ngushimiye urakoze cane
RWEMA WE uzatuzanire numugabo we
@migishayvon
4 ай бұрын
Hanyuma
Nyabuneka Rweme Gérard wodutuburira nk abandi...iki kiganiro cyarahise...please tubabarire...nizereko wibeshye utadutuburira bro😮😮😮😢
@uwimbabazichartine9762
4 ай бұрын
Nonese uwo muyobozi ntasebye kweli ndumiwe
Duhe numb zaho umwana atuye kuko niwe ubabaje trop
Uzatuzanire nuwomugabo
Madame lmana izaguhe umugishe rwose.None se umuntu yagufasha gute ?Numva nagufasha kugira ngo uvuze nyogokuru. Ntegereje igisubizo ntuye mubufaransa
@BeatriceAbizeyimana-ef8gt
16 сағат бұрын
Wavugisha Gerald akaguhuza nawe! Be blessed for your kindness
@akimpayeevariste5694
16 сағат бұрын
@@BeatriceAbizeyimana-ef8gt Wakoze,who is Gerald ?
@BeatriceAbizeyimana-ef8gt
15 сағат бұрын
@@akimpayeevariste5694 uwo urimo kumukoresha ikiganiro( Rweme Gerald mbabazi)
Kuvuga u buhamya kandi mama wawe utarabimubwira u bwose nabyumva kandi we utabimubwira byo bivuziki inzu irenda kumugwaho ukamuhisha ubuzima bwawe ukabubwira abanyamakuru sibyiza
@gakubaumuhoza9009
4 ай бұрын
icyiza nuko bimuhangayikishije, azabikora
Naw’urumugore, azagukwe!!
Byagenze bite ko ikiganiro wongeye kugishiraho!?
Koko umubyeyi wawe inzu imugweho koko getageza urebere u mwana wawe
@helenemarierobert8557
5 ай бұрын
None se ko akiri indaya ntayo yamwubakiye!
@helenemarierobert8557
5 ай бұрын
Dore icyo abanyaburayi baturusha! Abana nibo bita ku babyeyi naho iwacu abana baragwa imiruho y’a babyeyi!
Komera Stevia Ilana igufashe uvuze Maman wengere ukunde cane umufasha wewe
Urakigaruye x?
Wowe ubaka iby'iwanyu bireke
@helenemarierobert8557
5 ай бұрын
Rata niyubake uby’iwabo bazabyimenyere. Ababyeyi urebye nabi badusenyera! Mama wawe nahamagare abandi bana yabyaye!
Urinjiji ntakindi navuga,umwana ninyina ngaho nibagukusanyirize ,Kandi warashatse umuyobozi
Imyaka 16 niyo warufite ujya gukora akazi komurugo ukamaramo 5yrs ubwo watwite ufite 21yrs!!
@mugabekelly7729
3 ай бұрын
Haribyo baba babeshya kubera amafranga
Ariko aba bagabo bihakanna babo kweli?😢😢
Ariko se,ko nta mugabo uraza kuri social media avuga umubare w' abagore yaryamanye nabo? Abagore turi indushyi pe
Mwiriwe mumpe namba yuyu muntu
Ntakure lmana itakura umuntu
Ubwo se uwo muyobozi udafasha nyoko yego ko
Iyo biba byiza ntiwari kuza kuvuga hano ko wabaye indaya.
@MessiJosph-yw9gc
4 ай бұрын
Knd yarayibaye ?
😢
Nge mfite 2k ngizo nazifate agure umuceri 1kg yoherereze uwo mwana
none urabitubwira ngo bigende bite? tuguhe amashyi?????
Urukudo rubaho
@mugabekelly7729
3 ай бұрын
Ko atamukoreye ubukwe nk'uwambere?ahindure imyumvire yokubaho ateze amaboko abantu
Ese ubwo wowe namutwara sibo mwiyongoje mute kuza kuri shosho midiya kwitahanze
Ubuhamya uyu mudamu atanze sibubi gusa haribyo a uga kandi iwabo atigeze abwira abiwabo
🤣🤣🤣🤣🤣
😂😂😂
ubwo urumva kwivovota ngo warasambanye ati ndetse nabayozi warabahaye urumva udasebye !?
ayo mabwa urimo RIB izakwemeza !!!?
ego ko
❤❤❤❤❤🇨🇩
@user-fd7ju7tk2n
5 ай бұрын
❤❤❤❤❤
Gerald You are very smart but inkuru z'uburayi uzazirecye
😢
Ger jyubanza uganirize ababa byeyi bavuge ibiri ngobwa kuko bafite abana bazajya bakurikira amateka yabo
😢