NAGIZE AGAHINDA NKIRONGORWA N'UMUZUNGU|Nta mugabo waguha UMUTUZO MU MUTIMA|Hadjat JOLIE ku ISIMBI TV
Niba wifuza kuvugana natwe, duhamagare kuri: +250784838126
☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#IsimbiTV_0784838126
Пікірлер: 345
NUMERO YABO KU BIFUZA KWIFATANYA: +32484119140 (Hadjat Jolie)
@safiam5338
4 ай бұрын
Barak Allah fik
@user-tj7zr1tk5w
4 ай бұрын
Jazakalah khairah hajat
@ngendahimanathomas3746
4 ай бұрын
Mukomerezaho
Ndabaramukije abantu bari busome iyi message. Abantu bavuga amakuru ku nkoranya mbuga mwagerageza mwanjya kuvuga inkuru mukavuga inkuru yanyu ntimushyire mu bwishi kuko muvuga ibintu mukabyitirira abantu bose hano umva ukuntu uvuzengo ( Abazungu na banya mwanda) Vuga ngo umugabo wawe yaru munyamwanda si abazungu bose. Niba uva muri France vuga ibyo munzu yawe wivuga ibya banyagibugu cyose. Ubu kigali abantu bose babaho kimwe. Bantu mutuganiriza muradukomeretsa kuko muvuga ibyanyu ariko mukabivuga mubwishi. Iyi yari Inama. Murakoze
@penninah_penninah3318
4 ай бұрын
Urakoze kubwiyonama, nibyo abazungu bose si abanyamwanda Ariko nange nagize amahirwe yo kuba mubihugu bitandukanye, Ariko abazungu benshi ni abanyamwanda pe!! Ugereranije nabirabura. Nizereko ntawe nkomerecyeje.
@clementinehabiyambere6233
4 ай бұрын
Ntabwo umuntu avuga byose ariko kdi ajye yibuka ko hari abamuzi n"uwo muzungu we rwose bareba ibi biganiro bye, abazungu we rwose sink'abandi nawe arabizio😂😂😂😂
@sandragataba7555
4 ай бұрын
Ahubwo numu gabowe sumu zungu numwarabu 🤣🤣🤣🤣 bariyemera
@jeanpaulbizumuremyi5967
4 ай бұрын
Sha n'abanyamwanda ntaco yabeshe
@aimableniyibizi1937
4 ай бұрын
Sha abazingu ni abanyamwanda pee niba warahuye numunyesuku ubwo ni amahirwe.
be blessed Ma, sinzigera nibagirwako inzara yarinyishe ukangaburira , Imana izajye iguha amahoro, umugisha, uburinzi nkwifurije kunezerwa ndagukunda❤❤💕💕💕💕🙏
Amahoro yo mu mutima atangwa n Imana gusa.aya mahoro iyo uyafite bagutetesha,bagutuka ntaho ajya. Nicyo kizatuma urebera umuntu inyuma ukabona yugarijwe n ibibazo ariko wareba neza ugasanga arasa n ubihagaze hejuru. Amahoro yo mu mutima atanga umunezero no mu bihe by umubabaro.❤
Turemeranwa 💯 % Amahoro y'umutima atangwa n'Imana gusa
Asalam Aleykum Hadjat. Narinfite umugabo wumuzungu. Yinjiye idini, dukora Nikay, tubana imyaka cumi nibiri. Ariko yagiraga isuku na mbere ataraba umu islam. Yewe ntakintu kibi namubonyeho pee. None rero abagabo babazungu baratandukanye. Agahinda karanyishe kuko yitabye Imana umwana ushize. Abagabo bose sibamwe.
@saoudandagano146
4 ай бұрын
Yoo, pole cyane ! Yego, abantu bose si babi
@aminatauwase9101
4 ай бұрын
Yooo ihangane Allah amushyire aheza amumurikire🤲🏾nibyo sibose pee bagira isuku.
@user-kl5ks4zh9z
4 ай бұрын
Pole sana mama Allahu aguhe ivyishimo hano kw'isi no kumunsi w'imperuka
@user-ny2db4bi7j
4 ай бұрын
Assalaam alayikum warahmatullah wa barakatuh.uvuga ubuislaam neza hadjat.Allah se agukunde fi Dunia wal Akhera
Hadjat ko nakwandikiye ntusubize kweli 😢 hashize amezi 2 niba ntibeshye pe gs I love you
Ndakwinginze wowe unyuze aha ima kanda kw foto ube umaye ibizantunga imisi sigaje kw isi lmana ihe umugisha wowe ubikoze 🤲🏿🥲❤️❤️❤️❤️🫂🙏
@nambajepierre2667
4 ай бұрын
Nabikoze peh nyagasani akongerere ibigutunga hamwe numuryango wae
Abazungu abarongowe nabo ntibabwiza ukuri abantu nibo 1 bagira Stress na depression imico yabo iragoye cyane Avuze oya ni oya ego ni ego Ntibagira mbabarira bw
@lolitaimena9782
4 ай бұрын
😮true
@janviermuhire689
4 ай бұрын
Nkunda ko oya yabo itaba yego
@khloecalala7606
4 ай бұрын
Sha umugabo wese numugabo, yaba white or black! Believe me! Yaguhindutse ntago bireba ibara! Uzabaze abafite ababirabura uko bari depressed 😭 kandi noneho ari numunyarwanda mugenzi wawe 😢muvuga ururimi rumwe! Buriya ahubwo icyo twavuga nuko nta mwana wumuntu cy ikintu icyo aricyo cyose cyaguha amahoro! Nkuko Jolie avuze amahoro atangwa nImana. Ikica abantu nuko abantu bajya gushaka bibaza ngo bagiye kubona urukundo= amahoro! 😹😹😹😹😹😹noneho ugasanga ibibazo nibwo byaba byatangira😂
@sarahnyamugisha8489
4 ай бұрын
Nukuri pe
@UMUCYOKITCHENTV
4 ай бұрын
@@khloecalala7606 Yega rata, abazungu rwose icyo dutandukaniraho ni Systems zubuzima bwabo zubatse ukundi naho ubundi umuntu ninkundi rwose.
Abanyafrika muragowe sinzi ryari muzoba open mumutwe none abobagabo banyu babirabure babafashe neza. Kandi nimba wahuye numugabo wikigoryi abantu bose ntibameze nkuwawe first of all wibuke ko uyo mugabo uvuga wamugiyeko utamuzi? Kandi at least umusonenere kuko ni de wabana mwavyaranye .
@nmnteamdknn8405
4 ай бұрын
Ibaze kuvuga big abazungu barumucafu…. Yavuze uwe…
Imana Ikomeze ibagure Ibahe ibyo mwifuza . Pole pole njo mwendo asante sana.❤❤❤❤
Merci beaucoup @ Isimbi tv yatumye mba Caviar 🙏🏽
Ndagukunda cn jolie
Mashaa Allah uraberewe
Amahoro y'umutima atangwa na Yesu 🙏
Amahoro yo mu mutima ava ku Mana iyo wakiriye Yesu Kristo nk umwami n umucunguzi w ubuzima bwawe by ukuri aguha amahoro yo kumutima. Aya mahoro kandi azana KUNYURWA. Iyo ufite aya mahoro unyurwa ni uko uri,nibyo ufite,ni ibyo ubonye.....
Imana ikomeze ikwagure kbs urumu mama mwiza
1.Nta muntu numwe uri kuriyi si waguha amahoro cy ibyishimo 2.Ntakintu nakimwe muriyi si cyaguha amahoro cy ibyishimo 3.Ntahantu nahamwe kuriyi si haguha amahoro cy ibyishimo 4.ibyishimo cy amahoro tuvugako dufite aba aribyigihe gito kuko wishima uyu munsi ejo hakaza ikikubabaza 5.Nimuri Kristu honyine tubonera amahoro nibyishimo birabye kd bihoraho setu.
Ndagukunda cyane mama❤
Shukrani ma cherie ❤
Ukonukuri Allah bless niwe byose
Uwambere, saben ndagukunda cyane ibiganirobyawe bikomeza umutimawange knd nacyopfite GS bituma numva nifitiye ikizere konange igihekizagera imana igahindura amateka
@murekeyisoniemelyne4393
4 ай бұрын
Sabin❤
Uyu mu Mama Ndamukunda
Asalamwaleykumu Warahmatullah Wabarakatu naam Alhamdulillah , shukran yewe ,nanone ndakwibutsa gako ugye ubanza ukareba uti ese Islam ibuvugahw'iki .urakoze .
Très belle maaa ❤
Yesu nice gusa utanga amahoro yo mumutima
Urakoze cyane ma belle soeur ❤ kandi turagukunda tugomba kugushyigikira muri byose ukora kandi byiza OCOGV hejuru cyane
Atl Amahoro n'Imana iyatanga kuko niyo urwaye akugumamo, uvuze ukuri wamugorewe❤❤
Urakoze mubyeyi amahoro atagwa n imana
Naringukumbuye p❤
nibyiza cyanne umuntu ushaka kwifatanya namwe nabakurahe
Merci maman,message bien reçu
Imana ihezagire uyumubyeyi
Jolie aravuga ukuri ❤❤❤
Nyamuneka umuntu ufite amafrang ye bwite atari inguzanyo ya bank kuko njyewe umuntu ukoresha credit ntago mufata nkumucyire ahubwo mufata nkumupangayi kuko isaha nisaha bank yamuvudukana uwo twabonaga atwaye V8 tukamubona ateze igare rya 200f rero nimba ufite cash zawe zidafite ideni ukaba udafite amahoro yo mumutima ndakugira inama yokwijyana karayesi cg bazakujyane amaguru adakora hasi byajaguye rero abakire mutaba munguzanyo za bank mwubahwe babyeyi Kandi abakire tumenyane
@cyizaumusalama8521
4 ай бұрын
Abakire mwubahwe rwose
@auroretuyizere4212
4 ай бұрын
Hhhh abakene natwe tumenyane
@user-br7wk4lx3b
4 ай бұрын
Hhhh oya ntacyotwafashanya tumenyane nabadufata ukuboko bubahwe@@auroretuyizere4212
Jolie urumuntu mwiza❤❤❤
YESU ntiyaremwe ariko ni Imana.
Jolie is good women avuganeza ijambo ry,lmana ndagukunze uvuga neza courage madam jolie
Mama weee! Wahuye n'abazungu koko pe! Buriya lero niwa mugani baca ngo kujya mubajiji utar'umujiji.
Pole sana hajat jolie
Sabin Imana igishyoboze peee urarmeshya imitima inaniwe.
Mama Jolie, you are so beautiful 😍 useka neza nukuri😊
Asalam alaykum, Allah akworohereze, mukomeze ici gikorwa.
🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮 ManshaAllah
Ikibazo kihari n’uko abagore Baja kurondera agakiza mubagabo. Abagabo baba abazungu canke abirabure si Imana kuko ntuzoronka vyose kubera urongowe
Nabonye waba ufite amafaranga menshi cq utayafite upfa kuba ufite Imana muri wowe ufite mwuka wera mibwo uzabona amahoro n'umunezero
@justineingabire688
4 ай бұрын
True 👍
@justineingabire688
4 ай бұрын
True 👍
@kingofking1692
4 ай бұрын
Vrai
Blessings Blessings 🙌 mummy mwiza ❤❤❤❤❤
Muvuze ukuri abantu burukoba rwumweru Yesu wange barumwanda bikabije
Jolie ndagukunda cyane maman ugira umutima mwiz❤❤❤❤
Oya oya il faut pas généraliser mû ki tu na kimwe ,si abazungu bose batagira isuku, vuga Uwo wawe n’abandi wabonye! Merci
@Mutimukunda
4 ай бұрын
Exactement
@user-ho2ed6ij4f
4 ай бұрын
Ntago bagira isuku ni byo 100%ibyo ni muri rusange ntayo bagira.
@lolitaimena9782
4 ай бұрын
😂😂😂😮 birashoboka ko bawugira kuko maze kubyunva na benshi
@user-ld9mg1hf2v
4 ай бұрын
Abazungu ntbuzi nabnyamwanda ntabeshe mbabayewo😂😂😂
@rwandamum8323
4 ай бұрын
Njyirango aravuga abatari aba islamu.kuko bo boga kenshi barabangamirwa.nabirabura kandi nuko.nta suku birabangama byajyera ku ba musulmans bikarusha
Jyewe byararangiye
Uvuga imana neza
Wowe warasaze ahubwo! Nukwikunda bikabije ntakindi
Asalaam alaykum watahmatullahi wabarakatuh manshallah uyumunsi nuwambere mubuzima bwange kunva umugore ufite taqwa aka kageni niba koko ibyuvuga aribikurimo( jolie) ndagusaba kunyemerera tukabonana inshallah
nkunje ko uvuga na yesu neza rwose, nukuri uri umu maman w imana
Uyumungore niwe wananiye umungabo
@user-mu5kd6gs1s
4 ай бұрын
Banange
@immaculekubwimana314
4 ай бұрын
Nanjye Niko byumva ahubwo uyu muzungu yarihanganye kuko numvise imyumvire ye ndabona atarikubana numugabo wumunyarwanda kabiri kuko abanya Rwanda Banga agasuzuguro uyu mugore yashatse kumugira inganzwa amubera ibamba uyu mugore ni Satan ni indashima
@UwaseSalma
4 ай бұрын
Byaramunaniye
Sabin uzabatumire barikumwe na Ashiraf sheik ndayisenga batwigisha pe
Mubyukuri biragoye kumuntu utazi Imana biragoye gutunga amahoro nyayo kuko har'icyo ahantu bita amahoro ariko atariyo ninkuko abantu bibeshya kukitwa umugisha ko ar'ubutunzi hoyaaa Sabe nuko ndi kure nari kuzagusaba ikiganiro nanjye nkigisha abantu amahoro nyayo n'umugisha nyawo
@user-fe1yl8gd7k
4 ай бұрын
Nibyiza Küba ubivuze hari abantu baziko amahoro ari ubutunzi, cg amahoro yo mu mutima ari kujya iburaya,Imana ijye idufasha🙏
Uyu mumama ntabwo asobanukiwe nicyo bita amahoro yo mu mutima. Kuba udahangayitse mu mutima ntawukubwira nabi mu rugo. Iyo ufite umutima unyurwa ukaba ufite ibintu by'ibanze mu buzima ugira amahoro yo mu mutima. Umukobwa wahangayitse akabona umugabo umukunze bajya inama agira amahoro yo mutima.
@mugabodavid3006
4 ай бұрын
Uko niko kuri kabisa.
Uyu mubyeyi ko ancanze, uti Allah yabonye ntintashaka umuzungu nzicwa n'agahinda none uti maze kumushaka nibwo nagize agahinda karenze! Ikibazo: ntabwo Allah abaha ibyo abona mukwiriye, ahubwo abaha ibyo mumusabye byose naho byaba bibi!!?? Njye ndumva warashatse nta ntego ifatika ufite utari usobanukiwe no gushaka icyo ari cyo niba waravugaga uti ngomba gushaka umuzungu byanze bikunze!
@mugabodavid3006
4 ай бұрын
Yaniyemereye ko umugabo we yali umunyamahoro!
@barigirajeanpaul6740
4 ай бұрын
Bamwe bashaka kugirango bazifotoze cg bakize imiryango yabo,mumagambo make kwigurisha ,suko bashaka ngo buzuze Destin,kdi nubu birahari,umuntu wese utishij bugufi,igihe kirabimeereka
Imana iguhe umugisha Joli ❤❤❤❤
Sha turemeranwa i100/100
Umuntu mwabyaranye ntibikwiye kuza kumuvuga hano Kandi abazungu bose si bamwe Kandi mu busilamu ibyo ntibyemewe kuza kumena amabanga yurugo
@ZaninkaLydia
Ай бұрын
Umugire inama pe ntibyewe
Merci da Jolie .ile njokweli amani mungu njo mwenye anayipanaka
Nabwo arabazungu bose mama
Sha byabaye umurengera vraimment nasigaye mvuga ngo iyo menya nkareka kurongora
Kwibombarika numva bisobanuye ko ari nko kujya imbere y'Imana ufite uburyarya!
@madimadi3112
4 ай бұрын
Hoya ahubwo bivuga kwirinda muri buri kantu mbese nukwitwararika
Ngo ba Yesu😮
Iyo urongowe ibibazo biba byiyogeye
@barigirajeanpaul6740
4 ай бұрын
Byiyongera iyo wabyihamagariye,ubayeho wifuza ubuzima bwiza kdi biuhenze utarabukoreye,...kuko irari niraha no gukunda ibitakorewe byishe urubyiruko cyane abangavu,ntibibagwa neza ,...
Allah Akbar
Hadjat ndamukunda cyane ❤❤❤❤
Nmbr 1
❤❤
Ntabwo abazungu bose ariko bagira umwanda schunti yanjye Ubwo uwawe nyine niko yimereye ariko sibose....
Wahuye Numuzungu wumunyamwanda Sikobose bameze
Ideni rya Bank uziko utasinzira sha njye sinjya nsinzira😅 niba namwe ari uko nkandira ku ifoto mve m'ubushomeri nzabone imibereho y'abana Imana ibahe umugisha uzabahoreho 🙏
@uwimanaclarisse3907
4 ай бұрын
Kereka utabasha gukora ngo ubone umushahara uhagije
Mama uri belle.
Basha kuva narongorwa nibwo nabonyee KO nihuse 😢
@ZiziGhagt-vn7yr
4 ай бұрын
😂😂😂😂
@scoviam.ndahiro4960
4 ай бұрын
😂😂😂😂
@user-ui7vs5dx7j
4 ай бұрын
😂😂😂 pole kbs
Disi Sabin nukuri uyo madame abuze ukuri jewe ndifuza akazi keza ariko umusi nakaronse niwomusi nabuze amahoro
Imana imbabarire wamu mama we aho twahuriye umunsi wambere nkumenya wambereye umuntu mubi.gusa Imana yo mwijuru Imbabarire kandi nawe Umbabarire kuba ntari narakubabariye
@user-gu6zp5lx5n
4 ай бұрын
Pole chr wanjy ntiwamenya impanvu yabiteye gusa imana iragukunda
@gakizamediatv5077
4 ай бұрын
Ngaho re , yagukoze iki se ?
@ayijac7740
4 ай бұрын
Kagire inkuru!
Ngo abantu bakoresha igipapapuro ca ciment😂😂😂😂
Shikamo maman 🥰🥰🥰🥰🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Ariko abazungu koko mubakundira iki? Baraharara kdi 80% nta Rukundo bagira akenshi Ni condition babaha kubyarana nabo, nabyo nibibazo Ironda ruhu 😢, family zabo nikibazo😢
@nirenganira8433
4 ай бұрын
Nuwonyica ntaruzungu nogira incuti nkiyo icambere sinipfuza umumetisi ndabakunda ndabona kubandi atariwe wabavyaye
@Annarosa42
4 ай бұрын
Oh yeah? Umuntu n’umuntu! Abirabura se nibo bagira urukundo? Hera mu rwanda umbwire @goodksu! Umwirabura ashobora kuguhemukira et la même chose s’applique kubazungu!
@gcwavey4099
4 ай бұрын
Umuntu numuntu. Arskubera mwiza canke mini ari umuzungu cank umwirabure.
@pacifiqueinamahoro6387
4 ай бұрын
Bihorere sha nama familles angahe yatunzwe nabagore babazungu? Iyo byanze biranga mu bwoko bwose.
Ibya Yesu byo ntukabivuge kuko ntabwo ubizi
Ndakwikundira disi nkakunda nuko urera urera abana
Yego babwire aho abantu badupinga ntabwo dufite ibya mirenge ariko icyo bita les besoins essentielles pour un être humain zirahari rxose.
Yesu atanga amahoro pe
Amahoro yo mu mutima atangwa na Yesu Kristo wenyene. Ntamuntu, nakintu nakimwe canke amafaranga yaguha amahoro yo mumutima nagatoya atari Yesu Kristo ayaguhaye.
Umva rero nkubwire wamu mama we mwiza uzi impavu usa gutyo cg Sabin akuvugisha yaciye bugufi cyane nuko uri umucyire naho nta mafranga ufite yakuganiriza nkuko aganiriza ba mitsutsu cyereka lmana ikumvise ikakwambura ubucyire ufite byibura 1years wenda ukajya wirirwa wiruka nabanyerondo nyabugogo amaguru yarabaye nkaya banyonzi nibwo wamenya ko amafrang kubayafite abarinda byinshi rwose ngiye kugusabira ucyene maze uzagaruke kuri isimbi TV maze utugereranyize umunezero wumucyire nuwu mucyene Amen
@umugwanezazuhura1801
4 ай бұрын
Esubu kk ubu ni wamwumvisenabi mana we ngugiye kumusengera🙄🤔
@user-fy8kd6gw8j
4 ай бұрын
Bya nago ubeshye ariko si wamusabira kubura amafaranga pe ahubwo abone meci cyane ,naho Sabine we araronda afasha abafite ntago yagufasha udafite pe maze umwaka urenga namezi mubwira ko harumuryago yafasha ariko ntansubiza pe naho uyu mu mama nabone amafaranga pe ntakene ,reka kumwifuriza gukena pe
@NsengiyumvaHussein
4 ай бұрын
@@user-fy8kd6gw8j Oya buriya acyennye nibwo yamenya agaciro cg ubwiza bwifaranga sha
@twizerimanadorothee-qo6wb
4 ай бұрын
Winsetsa numukene ajya ibyo bijumba agatuza baza umukire urara hanze yubatse etage @@NsengiyumvaHussein
@janviermuhire689
4 ай бұрын
Wowe uzanaroga ngugiye gusenga ubu c Imana yabyumva urashonje woweee
Umva chr nukavuge ibyerekeye umugabo wa we kuko muri islamu nibyemewe kuvuga ibibi byuwo mwashakanye gushyira aibu zu rugo ntago islamu ibyemera
@lolitaimena9782
4 ай бұрын
😂😂😂arik NTI mukabya ye😂😂😂 umuntu areke kuvuga ibuamubayeho NGO yivure NGO islam ntibyemera😂😂😂😂uko nukuba imbata yidini ubu abantu ba turike Roho NGO islam ngwiki?😢
@ZiziGhagt-vn7yr
4 ай бұрын
Ariko mufite ubujije kweri. Ubwo umugabo azarinde akwica ngo niwabivuga. They brainwashed you🤣🤣
@immaculekubwimana314
4 ай бұрын
None se kuvuga ngo umugabo we numunyamwanda ntiyoga biri munsi . Ntabwo ajya gusali nibintu bizima njye ndabona uyu mugore ari umwibone yumva ko ibintu byagenda nkuko abyifuza .ese abagabo boga biri munsi nibangahe kwisi? Nuyu mugore si mwiza numugabo we yari yararushye none Ari ku generaliza ngo abazungu bagira umwanda! Ahaaaa@@ZiziGhagt-vn7yr
Jolie ,Asalaam alaikum,nfakwibuka kera kurya kabiri kwa Mualim Rajabu,wakundaga gutwara igare,Na mushiki wa Rugaravu Salma tuba mumugi umwe hano USA.Kadenge
Ntiboga kubera kurondereza Rechnungen yumuriro ihenze, ntibahindura nimyenda cyane kubera nyine imashini yokumesa irya umuriro mwinshi.
@Mutaaga13
4 ай бұрын
Kandi ngo bafite ibintu byose bifuza 😊
@UMUCYOKITCHENTV
4 ай бұрын
@@Mutaaga13Yega ariko iryoterambere ryabo rirahenda cyane kandi kubakozi imisoro irihejuru cyane wongeyeho nuko Systems zabo zubatse ntago byoroshye kuhaba bisaba gukora cyane. Abanebwe rero bo rwose 😏
@umulicealice4471
4 ай бұрын
Ubagize abakene rero! Reba ikindi uhimba.
@janviermuhire689
4 ай бұрын
Oya urabeshye numuco wabooo...ngo ntiboga kuko batinya facture wapiiii urabeshyeeee
@umulicealice4471
4 ай бұрын
@@UMUCYOKITCHENTV ariko umenya ubwo burayi muvuga budahuye nubwo ndimo! Cyangwa muri gushyushya inkuru gusa.
Cyokoze kwisi mbona ntabyishimo bihari peee🙏
@migishayvon
4 ай бұрын
Iyo ufite Yesu muri woe uba ufite byose umunezero n'ibyishimo n'amahoro yo mu mutima
Ariko Jolie je suis desole abazungu bose si nk'umwe wawe peeee. Kdi nawe urabizi ko bose atari bamwe njye uwanjye agira isuku ntabwo yatara atoze nk'uwo wari ufite.
Nukuri imana yonyine niy itanga amahoro
Ahubwo nibwo bibabitangiye
mwiriwe
Uvuze ukuri abazungu n'abanyamwanda. Ntiboga Ama parfum niyo abatunze. Imishatsi usanga yandagaye hose. Kubana nabo n'ingorane
C'est la même chose kbs agahinda ke yakajyanye mu mutima nkuko yajyanye visa card yuzuye ngo ahungiye hôtel!
murahoo