No video
Uko wafasha umwana utarya part 2.
Igihe umwana yanga kurya hari tekinike umubyeyi akwiye gukoresha kugirango yongere kurya. Izo tekiniki ziri mu byiciro 4. Muri iki kiganiro turakubwira tekiniki ukwiye gukoresha muri buri gika, n'imyitwarire ukwiye kugira kugirango umwana wawe arye neza. Tuguhaye ikaze
Пікірлер: 13
Nukuri nawe urakabaho🙏 ibiganiro byawe biradufasha cyane
@MutuyimanaCelestin
Ай бұрын
Urakoze cyane, Ibyiza bikubeho
Ok
@bahosmileinstitute4801
20 күн бұрын
Murakoze
Urakoze cyaneeee kubiganiro uduha biradufasha
@MutuyimanaCelestin
Ай бұрын
Murakoze cyane namwe rwose kureba ibiganiro byacu
@bahosmileinstitute4801
15 күн бұрын
Murakoze cyane rwose kudukurikira
❤
@bahosmileinstitute4801
20 күн бұрын
Murakoze
Murakoze cyane Doctor! Nukuri Ibiganiro byanyu biradufasha cyane.
@bahosmileinstitute4801
Ай бұрын
Turagushimiye cyane. Kudukurikira nibyo bidutera umuhate wo gukomeza.
@BettyNyiramana
19 күн бұрын
Doctor wamfashije ko mfite umwana wanze kurya kd narasuzumishije ntaburwayi afite ark agize hafi 4ans apima 11kg. Nakora iki rwose???
@bahosmileinstitute4801
19 күн бұрын
Urakoze cyane rwose ku kibazo. Hariho ibiganiro 2 bivuga uko wabigenza n'ibyo ukwiye kwitondera. Uzabyumve byose niwumva bitagufashije uko ubishaka wanyandikira kuri WhatsApp yanjye +250788846884. Murakoze