Afrimax TV twahuye na Dr Emmanuel umuyobozi wa Eden Business Centre adusangiza inzira wanyuramo kugirango ube umukire
Afrimax murakora akazi ducyeneye love u guys
Igishoro ni mu mutwe. Iyo udafite akazi uba ufite akazi ko kugashaka.
Ibintu nibi KBS afrimax murakora
Docteur ndakwemeye urumunyakuri, injiji zifunguke!!!
🎂🎈🎈🎈🎉🎉🎉🎂🎂🎉🎂🔥🔥🔥 à my friend 🔥 à my friend 👍🔥 à my friend you are doing 🔥👍🔥🔥👍👍👍👍👍👍🔥👍👍👍👍 yyyyyy my friend 👍🔥🔥🔥l 😎🎉🎉🎂🎂 buy the house 🏠🏠🏡 you 🔥
@@nzamurambahoalex5148 bl. P ib gc p i. O
Woooow urimo n'umubwiriza mwiza.Imana izahereza umugisha imirimo y'amaboko yacu.Amen.Dukore tutikoresheje dukoreshe amaboko Imana izaduheramo umugisha.God bless you
Ndunva mbaye igishushungwa mumutwe byose biri mumaboko yacu kuba uwo wifuza mwiterambere ryacu congs doctor imana iguhe umugisha kumpanuro zawe.
Dr ibyuvuze n’ Ukuri 100% Kandi imitekerze nkiyo n’iyabantu bakuru Imana i kwongere Ubu menyi
Mbega umupapa nkunze we , ibintu byo kubura akazi nanjye maze guhaga kubyumva pe , mperutse kubwira umuvandimwe ngo akore amandazi ,ati sinabona aho nyagurisha ,mubwiye nti duhere kuri 2 000 000 turebe icyo twageranaho ,ati cyeretse inzu yanjye ibanje kuzura ,ubwo yashakaga ko mbanza nkuzuza iyo nzu ye ,kandi namufashije ,kubona permis ,kwiga ishuri ry'ubukanishi ,mufasha no kugura icyo cyibanza yubatsemo 😚 ubura akazi nibyo ni utararambirwa ubushomeri ,God bless you papa
Hhhhhhh uzanyiterere inkunga rata
Uwo mushinga wariwo ,uzarebe ukuntu amandazi y'urwibutso yungutse.
Wowe se ufite amazu yawe byibuze?
Mbega umu Papa mwiza Ndamukunze cyane p Ntago narimuzi Gsa asobanura ibintu neza kndi numuhanga
Ibyo uvuze nabyo ni ubukire bukomeye!!! Imana iguhe imigisha. Afrimax TV akazi kanyu nako nibwo bukire bwanyu. Ndabemeye mbakurikirana 5/5
😂😂😂yewe, Rekera aho weee uracyari wawundi rwose ndagushimiye kubitekerezo byawe byiza pe. Rwose ntubeshye usanga abantu bagenda imishinga muri za laptops ngo za ama miliyali ahaaa 🤔. Ndagira urubyiruko inama rwabuze akazi rujye kureba uyumugabo nange nuko byaje narabyutse mugitondo njya kumureba yanyigishije Reflexology massage kandi birantunze hano ndaniga neza. thank you from China. 🙏
Imana Ikongere Ibitekezo Byagutse kurusha , Mu Izina Rya Yesu Christo.
Ndanyuzwe. Chapeau, Dr! Uri imvugakuri pe!
Umuntu wicabwenge ,Iman'ishimwe cane kubona hakiri abantu bivugakuri.
bckt wamuhaye umwanya muto inyigijoze mujye muzitugwzaho burimusi hano kbs pe dushaka aho tuzikura tukazibura rero afrimax mwajya muziduha igihe dufite akaruhuko tukazumva,thx ubwo ubusabe bwacu muzabusubiza
Nibyo tugomba kubikora nkuko mubishaka
Yego rata back to thank you Afrimax forever dufite akazi kenshi kd gakomeye cyane
Waou waou bact rwose akazi urikugakora neza uzajyuhora usura uyumugabo cg uzaduhe nimeroze tuzajya tumugishinama
Ufite ikunyabuphura bro imbere yuwo mu papa nta tubazo twamafuti uri kumubaza komereza oho turakwemera cyane!
Afrimax thx kbs, gusa dukeneye inama nkizi nyinshi
I love his advices kbsa
Ahubwo bact ave imbere yawe akijijwe ndagukunze Papa Imana iguhe umugisha
afrimax tv mujye mukora interview nyinshi nkizi aho kujya kureba indaya ziyimbika ubusa zitagize icyo zigisha abantu.
Ndumwe mu bakozi base mubantu babanje kugukorera ugikorera kugitega nagukoreye mu mwaka wo mu 2010 . Ndagusuhuje Dr. Emmanuel wowe wahoze uri Boss wanjye
Thank you, good advice.
Thx Doctor this is the good advises
Ndagushimiye cyane uvuze ibintu nkunda cyane hakubiyemo ubuzima busanzwe kdi ubisobanura ubihuje nijambo ry'Imana nukuri Imana ikongerere umugisha
Dr tuturuka mubugande ingikye Kya Kabale, nukuri Imaana inguhe umungisha wakoze kutwingisha nukuri twabonye izira yubukire , amen.
👏👏👏👏 inyigisho nziza cyane
Thank you Dr ibyo uvuze ni ukuri.
Nkukuriye ingofero Dr!ndibuka nkirangiza secondary nayirangije mpaze amagambo yabotwiganaga avuga ngo akazi karabuze .Nahise nshoka isoko ndikaraga mbona yo imikorere kandi nkomeza nogushaka akazi kibyo nigiye birangira nkabonye ariko pe narasengaga ariko sinigeze mpwema guhiga akazi nogucuruza ,byarangiye rero akazi nkabonye ,mpita mbona na bourse ya kaminuza ndayanga kuko narindi mukazi ahubwo mfata umwanzuro wokwiyishyurira kaminuza nakazikange kadahagaze .rero nabashije kubakira ababyeyi inzu nziza muricyogihe ,nibindi byinshi .please please utuzi turahari twinshiiiii ahubwo abantu benshi nabanebwe gusa
Kbsa you are right!
Ni moja from Muyinga Burundi !! I love u more for your ideas
Dr thanks for advice you give me
Asate sana Afrimax and doctor
Rekeraho uri aho nshaka kujya.,courage komeza uturune nanjye nkurinyuma kdi aho ugeze niho ndota .
Uyu mwaka dufise akazi gakomeye sa me touche vraiment
That’s right Dr.
Dr uvuze ukuri rwose Imana ikomeze ikwagure kd ukomeze ujye uduha impanuro rwose shimye Imana itumye nkurikirana ikiganiro cyawe nukuri dukeneye m'igihugu cyacu abantu nkawe baduha ibitekerezo bigira aho bituvana. Imana ihe umugisha n'umunyamakuru uduhaye amahirwe yo gukurikira Dr.
respect to you Docter.nukuri uvuga ukuri.numvise ngukunz pe.muhezagirw
Afrimax sinahora shyiraho comment ariko uyumunsi munkoreye umuti pe 👌👌👌
Hahaha namuntu urakizwa no kureba television 😂😂😂😂 Uri sanzure mujoo👌
uyu mugabo ndamukunze cyane numuhanga muribyose sumukire gusa
Afrimax urakoze cyane. Mujye mudushakira abantu nkaba
The doctor
Thank u!
Appreciated Dr Rekeraho Emmanuel
Imana ihe imigisha uyu muvandimwe rwose , nabakunze pe!!!!
Much respect rwoseeeee
Thanks to your broadcast BAC T
Thanks Dr and Bacti who visited him
Afirma tv murakoze cane gose ikiganiro ciza pee courage uyumusi wakoreshej ikiganiro.numuntu abishoboy cane kuba umukire nimumutwe nugutekerez ububyo.wagera kure mubuzima .
afrimax tv murigukora akazi cyane rwose uwo mu docter arashimishije cyane afite idee nziza kd zukuri nuko umwanya uba ari muto
Ivyo nivvyo biganiro bikenew cane.courage
urakoze Doctor
Uvuzukuri papa.nugukora tukavana amaboko mumufuko
I like this Dad
Awesome !
Urakoze cyane Dr ibyo uvuze nukuri. Kuko lmana iravugango nubura nimubura ubwenge nzabareka
You are very Claver thanks very much.
Coup de chapeau Papa , bazaguhe ministere yurubyiruko uyiyobore!!
Nukuli pee! Uzakira wakoze kandi wisabiye Imana yawe! Urakoze Dr. Ufite inyigisho nziza.
Kayitesi Louise . July
Dr bandanya uhugura abaswa ndagushigikiye peee. BACT merci
Uyu mugabo yanashobora kubwiriza kbs. Uyu mwaka akazi ni kenshi. Afrimax mutugererayo rwose.
sinoreka gushimira Afrimax Tv Kukigoro mukora kugira mudushikirize ibintu bimez neza caaane.kand mukaz kenshi mufise mwihangan bizogenda neza
Nukuri
Murakoze Tugomba gukira
Rekeraho we Nbyiza ndakwibuka utwigisha Bibiliya Inyamirambo kurusengero none unyigishije nuko ngiye gukira
Doctor ndamwemera
Urakoze papa we inama zawe ziranyubatse uziko nsanze ndi muri -😥
Kabisa
oui bien etude concernant les richer et pauvret partout de monde cela meme chose.
Imana ishimwe kubwiyo témoignage. Ibaze nawe wamugani umuntu akaba yaburaye ariko akajya kuyatanga mu kiriziya. Umuntu akirirwa asabiriza ariko ukumva ari kwirata ngo sinahingira amafaranga, sinakora amandazi wamugani... . Ahubwo rwose bazagutumire kubivuga kuri radio Rwanda kuko abantu benshi banakeneye iyi nama badafite ubushobozi bwo kujya kuri youtube. Merci afrimax tv, merci mubyeyi mwiza utanze inama nziza cyane ubwiye nizo mpumyi zirirwa mubiriziya zitanga ayo zudafite zita n, igihe. 💕
Safi sana muze uvuga ukuri
Uyu yahemukiye benshi n'inkware ze
That is the full trueth
Asante muri Kenya mukorerahe ngo mutwigishe niho dutuye
Ni celestin I rukira/ngoma Dr ndamwemera cyane
Urakoze imana iguhe umujyisha
UYU MUGABO NDAMWEMERACYANE DUHUJE IMYUMVIRE 100% AFRIMAX MWARAKOZE CYANE KUMUSURA!
Am with u
Good preacher
Ahoooooooo nibyo uvuze Nukuli.
Uyu mubyeyi abisobanuye neza kandi ni umuhanga pe.
Uyu niwe muntu wambere nemera mu Rwanda. Aravuga ibyo benshi batavuga. Twahuye kera, turakorana nubu gusa buri munsi ahorana ibishya knd bifatikaaaa
Nice talk100%
Dore icyitegererezo cy'Umunyarwanda wize kandi uzi ubwenge n'ubwo na we agisayagurika mu mitego y'abakoroni yitwa amadini ba bibiliya.
wawoo kbs uwo turemeranya 5/5
Uvuze ukuri kbsa 🙌🙌
Merci beaucoup. Je serai riche demain très tôt
Ndakwemeye bro
La richesse avoir en abondance
Thank you alot
Murakoze kunyigisho mutanze ndunva zinfashije
Merci beaucoup ❤
Eeeh dr akoze umuti...avuze ukuri kwambayubusa!
Uyu mwigisha Imana imufashe azi kwigisha
🤔nibyo neza cyane👍
Sha uyu mugabo turabyumva kimwe kabisa. Uyu ni umuhanga Kandi ibyo avuga birasobanutse cyane
well done doctor
Igihugu gikeneye abagabo nkuyu be reka abantu inzira yubuzima ndetse niya gikrist uko zigendwa vakuri babandi bakubwirango ugiyekujya muri America knd ntacyuzabugiye gukorayo cg ngugiye kubona Etaje knd ntanakazi ugira
Hahirwa Joseph
Wao!! Nukuri ibintu byose uvuze nibyo kdi ibitekerezo byacu nibyo bitugira abo turibo
Much respect to yourself
Yes muntu we ubukire ni twebwe nyene
Yes
Afrimax komeza udushakire abantu nkabo badufashe gutekereza neza
Nama ndamukurikira kubworozi bwe bw'inkoko. Il m'a inspiré
Kbx nanjye ndemeranya na doctor ❤❤❤❤
Uzamutugarurire ndafashijwe
Uravuga ukuri koko
Yesu ntiyaje gutanga amafranga.
Thanks u
Пікірлер: 278
Afrimax murakora akazi ducyeneye love u guys
@nsabimanafrancis2215
5 жыл бұрын
Igishoro ni mu mutwe. Iyo udafite akazi uba ufite akazi ko kugashaka.
@nzamurambahoalex5148
4 жыл бұрын
Ibintu nibi KBS afrimax murakora
@ignacianamutegwaraba5128
4 жыл бұрын
Docteur ndakwemeye urumunyakuri, injiji zifunguke!!!
@abayisengadevote5688
Жыл бұрын
🎂🎈🎈🎈🎉🎉🎉🎂🎂🎉🎂🔥🔥🔥 à my friend 🔥 à my friend 👍🔥 à my friend you are doing 🔥👍🔥🔥👍👍👍👍👍👍🔥👍👍👍👍 yyyyyy my friend 👍🔥🔥🔥l 😎🎉🎉🎂🎂 buy the house 🏠🏠🏡 you 🔥
@mukarukundoemerthe3324
Жыл бұрын
@@nzamurambahoalex5148 bl. P ib gc p i. O
Woooow urimo n'umubwiriza mwiza.Imana izahereza umugisha imirimo y'amaboko yacu.Amen.Dukore tutikoresheje dukoreshe amaboko Imana izaduheramo umugisha.God bless you
Ndunva mbaye igishushungwa mumutwe byose biri mumaboko yacu kuba uwo wifuza mwiterambere ryacu congs doctor imana iguhe umugisha kumpanuro zawe.
Dr ibyuvuze n’ Ukuri 100% Kandi imitekerze nkiyo n’iyabantu bakuru Imana i kwongere Ubu menyi
Mbega umupapa nkunze we , ibintu byo kubura akazi nanjye maze guhaga kubyumva pe , mperutse kubwira umuvandimwe ngo akore amandazi ,ati sinabona aho nyagurisha ,mubwiye nti duhere kuri 2 000 000 turebe icyo twageranaho ,ati cyeretse inzu yanjye ibanje kuzura ,ubwo yashakaga ko mbanza nkuzuza iyo nzu ye ,kandi namufashije ,kubona permis ,kwiga ishuri ry'ubukanishi ,mufasha no kugura icyo cyibanza yubatsemo 😚 ubura akazi nibyo ni utararambirwa ubushomeri ,God bless you papa
@divinedushime3906
5 жыл бұрын
Hhhhhhh uzanyiterere inkunga rata
@sherifmpozembizi5335
5 жыл бұрын
Uwo mushinga wariwo ,uzarebe ukuntu amandazi y'urwibutso yungutse.
@itsroberto922
5 жыл бұрын
Wowe se ufite amazu yawe byibuze?
Mbega umu Papa mwiza Ndamukunze cyane p Ntago narimuzi Gsa asobanura ibintu neza kndi numuhanga
Ibyo uvuze nabyo ni ubukire bukomeye!!! Imana iguhe imigisha. Afrimax TV akazi kanyu nako nibwo bukire bwanyu. Ndabemeye mbakurikirana 5/5
😂😂😂yewe, Rekera aho weee uracyari wawundi rwose ndagushimiye kubitekerezo byawe byiza pe. Rwose ntubeshye usanga abantu bagenda imishinga muri za laptops ngo za ama miliyali ahaaa 🤔. Ndagira urubyiruko inama rwabuze akazi rujye kureba uyumugabo nange nuko byaje narabyutse mugitondo njya kumureba yanyigishije Reflexology massage kandi birantunze hano ndaniga neza. thank you from China. 🙏
Imana Ikongere Ibitekezo Byagutse kurusha , Mu Izina Rya Yesu Christo.
Ndanyuzwe. Chapeau, Dr! Uri imvugakuri pe!
Umuntu wicabwenge ,Iman'ishimwe cane kubona hakiri abantu bivugakuri.
bckt wamuhaye umwanya muto inyigijoze mujye muzitugwzaho burimusi hano kbs pe dushaka aho tuzikura tukazibura rero afrimax mwajya muziduha igihe dufite akaruhuko tukazumva,thx ubwo ubusabe bwacu muzabusubiza
@AfrimaxTV
5 жыл бұрын
Nibyo tugomba kubikora nkuko mubishaka
Yego rata back to thank you Afrimax forever dufite akazi kenshi kd gakomeye cyane
Waou waou bact rwose akazi urikugakora neza uzajyuhora usura uyumugabo cg uzaduhe nimeroze tuzajya tumugishinama
Ufite ikunyabuphura bro imbere yuwo mu papa nta tubazo twamafuti uri kumubaza komereza oho turakwemera cyane!
Afrimax thx kbs, gusa dukeneye inama nkizi nyinshi
I love his advices kbsa
Ahubwo bact ave imbere yawe akijijwe ndagukunze Papa Imana iguhe umugisha
@kaboulepatrick9609
5 жыл бұрын
afrimax tv mujye mukora interview nyinshi nkizi aho kujya kureba indaya ziyimbika ubusa zitagize icyo zigisha abantu.
Ndumwe mu bakozi base mubantu babanje kugukorera ugikorera kugitega nagukoreye mu mwaka wo mu 2010 . Ndagusuhuje Dr. Emmanuel wowe wahoze uri Boss wanjye
Thank you, good advice.
Thx Doctor this is the good advises
Ndagushimiye cyane uvuze ibintu nkunda cyane hakubiyemo ubuzima busanzwe kdi ubisobanura ubihuje nijambo ry'Imana nukuri Imana ikongerere umugisha
Dr tuturuka mubugande ingikye Kya Kabale, nukuri Imaana inguhe umungisha wakoze kutwingisha nukuri twabonye izira yubukire , amen.
👏👏👏👏 inyigisho nziza cyane
Thank you Dr ibyo uvuze ni ukuri.
Nkukuriye ingofero Dr!ndibuka nkirangiza secondary nayirangije mpaze amagambo yabotwiganaga avuga ngo akazi karabuze .Nahise nshoka isoko ndikaraga mbona yo imikorere kandi nkomeza nogushaka akazi kibyo nigiye birangira nkabonye ariko pe narasengaga ariko sinigeze mpwema guhiga akazi nogucuruza ,byarangiye rero akazi nkabonye ,mpita mbona na bourse ya kaminuza ndayanga kuko narindi mukazi ahubwo mfata umwanzuro wokwiyishyurira kaminuza nakazikange kadahagaze .rero nabashije kubakira ababyeyi inzu nziza muricyogihe ,nibindi byinshi .please please utuzi turahari twinshiiiii ahubwo abantu benshi nabanebwe gusa
Kbsa you are right!
Ni moja from Muyinga Burundi !! I love u more for your ideas
Dr thanks for advice you give me
Asate sana Afrimax and doctor
Rekeraho uri aho nshaka kujya.,courage komeza uturune nanjye nkurinyuma kdi aho ugeze niho ndota .
Uyu mwaka dufise akazi gakomeye sa me touche vraiment
That’s right Dr.
Dr uvuze ukuri rwose Imana ikomeze ikwagure kd ukomeze ujye uduha impanuro rwose shimye Imana itumye nkurikirana ikiganiro cyawe nukuri dukeneye m'igihugu cyacu abantu nkawe baduha ibitekerezo bigira aho bituvana. Imana ihe umugisha n'umunyamakuru uduhaye amahirwe yo gukurikira Dr.
respect to you Docter.nukuri uvuga ukuri.numvise ngukunz pe.muhezagirw
Afrimax sinahora shyiraho comment ariko uyumunsi munkoreye umuti pe 👌👌👌
Hahaha namuntu urakizwa no kureba television 😂😂😂😂 Uri sanzure mujoo👌
uyu mugabo ndamukunze cyane numuhanga muribyose sumukire gusa
Afrimax urakoze cyane. Mujye mudushakira abantu nkaba
@olivierangeclementsekimony9430
5 жыл бұрын
The doctor
@olivierangeclementsekimony9430
5 жыл бұрын
Thank u!
Appreciated Dr Rekeraho Emmanuel
Imana ihe imigisha uyu muvandimwe rwose , nabakunze pe!!!!
Much respect rwoseeeee
Thanks to your broadcast BAC T
Thanks Dr and Bacti who visited him
Afirma tv murakoze cane gose ikiganiro ciza pee courage uyumusi wakoreshej ikiganiro.numuntu abishoboy cane kuba umukire nimumutwe nugutekerez ububyo.wagera kure mubuzima .
afrimax tv murigukora akazi cyane rwose uwo mu docter arashimishije cyane afite idee nziza kd zukuri nuko umwanya uba ari muto
@jolisnintunze3796
5 жыл бұрын
Ivyo nivvyo biganiro bikenew cane.courage
urakoze Doctor
Uvuzukuri papa.nugukora tukavana amaboko mumufuko
I like this Dad
Awesome !
Urakoze cyane Dr ibyo uvuze nukuri. Kuko lmana iravugango nubura nimubura ubwenge nzabareka
@nshimiyimanazacky3309
4 жыл бұрын
You are very Claver thanks very much.
@chantalgahigiro5063
3 жыл бұрын
Coup de chapeau Papa , bazaguhe ministere yurubyiruko uyiyobore!!
Nukuli pee! Uzakira wakoze kandi wisabiye Imana yawe! Urakoze Dr. Ufite inyigisho nziza.
@nyandwiconsirie2242
5 жыл бұрын
Kayitesi Louise . July
Dr bandanya uhugura abaswa ndagushigikiye peee. BACT merci
Uyu mugabo yanashobora kubwiriza kbs. Uyu mwaka akazi ni kenshi. Afrimax mutugererayo rwose.
sinoreka gushimira Afrimax Tv Kukigoro mukora kugira mudushikirize ibintu bimez neza caaane.kand mukaz kenshi mufise mwihangan bizogenda neza
Nukuri
Murakoze Tugomba gukira
Rekeraho we Nbyiza ndakwibuka utwigisha Bibiliya Inyamirambo kurusengero none unyigishije nuko ngiye gukira
Doctor ndamwemera
Urakoze papa we inama zawe ziranyubatse uziko nsanze ndi muri -😥
@solangekabatesi1189
5 жыл бұрын
Kabisa
oui bien etude concernant les richer et pauvret partout de monde cela meme chose.
Imana ishimwe kubwiyo témoignage. Ibaze nawe wamugani umuntu akaba yaburaye ariko akajya kuyatanga mu kiriziya. Umuntu akirirwa asabiriza ariko ukumva ari kwirata ngo sinahingira amafaranga, sinakora amandazi wamugani... . Ahubwo rwose bazagutumire kubivuga kuri radio Rwanda kuko abantu benshi banakeneye iyi nama badafite ubushobozi bwo kujya kuri youtube. Merci afrimax tv, merci mubyeyi mwiza utanze inama nziza cyane ubwiye nizo mpumyi zirirwa mubiriziya zitanga ayo zudafite zita n, igihe. 💕
Safi sana muze uvuga ukuri
@bjc2811
5 жыл бұрын
Uyu yahemukiye benshi n'inkware ze
That is the full trueth
Asante muri Kenya mukorerahe ngo mutwigishe niho dutuye
Ni celestin I rukira/ngoma Dr ndamwemera cyane
Urakoze imana iguhe umujyisha
UYU MUGABO NDAMWEMERACYANE DUHUJE IMYUMVIRE 100% AFRIMAX MWARAKOZE CYANE KUMUSURA!
Am with u
Good preacher
Ahoooooooo nibyo uvuze Nukuli.
Uyu mubyeyi abisobanuye neza kandi ni umuhanga pe.
@THEALEPHA
5 жыл бұрын
Uyu niwe muntu wambere nemera mu Rwanda. Aravuga ibyo benshi batavuga. Twahuye kera, turakorana nubu gusa buri munsi ahorana ibishya knd bifatikaaaa
Nice talk100%
Dore icyitegererezo cy'Umunyarwanda wize kandi uzi ubwenge n'ubwo na we agisayagurika mu mitego y'abakoroni yitwa amadini ba bibiliya.
wawoo kbs uwo turemeranya 5/5
Kabisa
Uvuze ukuri kbsa 🙌🙌
Merci beaucoup. Je serai riche demain très tôt
Ndakwemeye bro
La richesse avoir en abondance
Thank you alot
Murakoze kunyigisho mutanze ndunva zinfashije
Merci beaucoup ❤
Eeeh dr akoze umuti...avuze ukuri kwambayubusa!
Uyu mwigisha Imana imufashe azi kwigisha
🤔nibyo neza cyane👍
Sha uyu mugabo turabyumva kimwe kabisa. Uyu ni umuhanga Kandi ibyo avuga birasobanutse cyane
well done doctor
Igihugu gikeneye abagabo nkuyu be reka abantu inzira yubuzima ndetse niya gikrist uko zigendwa vakuri babandi bakubwirango ugiyekujya muri America knd ntacyuzabugiye gukorayo cg ngugiye kubona Etaje knd ntanakazi ugira
@ufitinemaannemarie8406
4 жыл бұрын
Hahirwa Joseph
Wao!! Nukuri ibintu byose uvuze nibyo kdi ibitekerezo byacu nibyo bitugira abo turibo
Much respect to yourself
Yes muntu we ubukire ni twebwe nyene
Yes
Afrimax komeza udushakire abantu nkabo badufashe gutekereza neza
Nama ndamukurikira kubworozi bwe bw'inkoko. Il m'a inspiré
Kbx nanjye ndemeranya na doctor ❤❤❤❤
Uzamutugarurire ndafashijwe
Uravuga ukuri koko
Yesu ntiyaje gutanga amafranga.
Thanks u