Igihe n'Amafaranga - Uburyo umushomeri aruta ukorera intica ntikize - Abayafite badafite igihe ...
Rejoignez cette chaîne pour bénéficier d'avantages exclusifs :
kzread.info/dron/a5Lkf7Mh-GmihXm5xCKbyg.htmljoin
Twandikire kuri Whatsapp +2507906970003
Kuyi iyi channel tunyuzaho ibiganiro bishishikariza abantu kwiteza imbere, inyigisho n'impanuro z'abahanga mu byo kwiteza imbere. Twibanda cyane ku gukira ukiranuka. Indangagaciro tuvana muri Bibiliya nk'Ijambo ry'Imana nizo ziyobora ibiganiro byacu, tukongeraho n'impanuro ziturutse mu bunararibonye bw'abategura ikiganiro bayobowe na Pastor Aimable Nkuranga, umaze imyaka myinshi ayobora ibigo by'imali. Iyi channel yitwa UBUKIRE NYABWO TV kuko twemerako UBUKIRE NYABWO bugira agaciro muri ubu buzima bwo kw'isi ariko umuntu akazanabwambukana no mu buzima bw'iteka. Ntugende udakoze SUBSCRIBE kzread.info/dron/a5Lkf7Mh-GmihXm5xCKbyg.html?view_as=subscriber Kandi nugira ibyo ukundamo ukande LIKE ndetse na SHARE kugirango n'inshuti zawe bizigereho. WIBYIHERERANA
Пікірлер: 53
Ibiganiro byanyu ndabikunda, birimo ubuhanga. Mushimire umutumirwa azi gusobanura ibintu bikunvikana. Imana ibahe umugisha
Aimable na Bagire rwose jye nta kiganiro cyanyu cyancika kuko mutubgira ibintu byumumaro kandi mutatekeraza ku nyungu zanyu. Merci bcq
Muratuganiriye neza pe ndiyumvise Imana ikomeze ibagure mubwenge
Ndabashimiye cyane , Nabigiyeho byinshi cyane birimo guhindura Imikorere yanjye.
Ngeze hano ntinze ariko nziye igihe, muri abagabo cyanee!! Ndi gukanguka bikomeyee
Uyumugabo BAGIRE Eugene sinziko harikiganirocye cyanshika
Mukomereze aho turabakurikirana 5/5 ibiganiro byanyu biratwubaka
Wooow mwanyunguye ubwenge cyaneee , aho narindi siho nyiri
Murahoneza mukomerezaho turabakurikirana umunsi kumunsi
Twari tugukumbuye cyane " Bagire"
Imana ibahe imigisha kbs
Nukuri muratubwira tukumva tugiye guhindura ubuzima ariko implémentation ikomeje kwanga bagire watugira iyihe nama njye nisanze ntagihe ntamafaranga so nukuri Imana ijye ikongerera ubuhanga
Bagire turakwemera
Murakoze, amasoo ya kamaro.
murakoze cyane Aimable hari akantu keza urangirijeho jyewe ntabgo mba mu Rwanda ariko ndifuza kuganira namwe ese birashoboka ko mwampa phone yanyu irimwo WhatsApp byaba ari byiza. Imana ibampere umugisha
@UbukireNyabwoTV
2 жыл бұрын
Urakoze Christine, utwandikire kuri whatsapp +250790697003
Bagire he is very wise! Gsa ntimugatinde!
@UbukireNyabwoTV
2 жыл бұрын
Ntabwo tuzabatenguha rwose. Tuzajya tugaruka vuba cyane
Ndabasuje barimu beza mubyukuri mwarankebuye pe nubwo imyaka irikurenga 40 ariko ndakeka ninkurikiza inama zanyu nzasaza neza knd mbirimo
I love the guy who knows crypto financial independence
Mutanga inyigisho nziza pe
@tuyizerejacques9134
2 жыл бұрын
Izi nyigisho ntizikwiye kudupfira ubusa pe! Abenshi turi indushyi!
@tuyizerejacques9134
2 жыл бұрын
Izi nyigisho ntizikwiye kudupfira ubusa pe! Abenshi turi indushyi!
Uhoraho akomeze abahezagire kuko turabungukirako
Bagire hejuru
Sounds interesting
OBB na TECOM sha😆😆😆 I like this.
Ndababwiza ukuri muri abahanga dukeneye muri iyi minsi pee
👌
turabashimira kubwa information zidufitiye akamaro mutugezaho muri inzu zibitabo pe
Ndabakunda cyane mugira ibuganiro byiza,arikose ndashaka kubabaza,muri crypto currency ntamabandi abamo atwara amafaranga yabantu yitwaje crypto currency?
I like this conversations. But I would like to explain more to the people who fail tochoose one of these things study or making money (business) to make/prepare bright future .
Ndabaramukije'turabashimiyekuntumutwigishijetugiyegushiramubikogwa
Nifuzaga ko mwazatugezaho ikiganiro cyijyanye na pi network crypto please ?
Bagire niki utekereza kuri E-commerce. Kuri wowe ni line of business umuntu yakurikira?
Muraho neza! iki kiganiro kirimo inyigisho zubaka igihe kirahenze gusa volume ni nke cyane kugeza ku munota wa 11 mwagerageza kongera.
@UbukireNyabwoTV
2 жыл бұрын
Ako kabazo ka technic twakumvise, ubutaha tuzagakosora. Murakoze cyane
I really appreciate Bagire's Topics.I'm going to start a small business from his ideas.then How can I meet or call him. Thx
@UbukireNyabwoTV
2 жыл бұрын
Twandikire kuri Whatsapp +250790697003 tuzabahuza
wow ibibintu ndabikunze umuntu yabigeraho gute kd ndabona TEL mwatanze irarenga mudufashe muduhe number mukoresha
Eeeeh Bagire nari narakubize uri umuntu w umugabo ndakwibutse kuri APADE dukorana ivugabutumwa na chorale abarinzi ndetse na Habineza Jean Claude from America ndaje nkwandikire kuko muravuga ibintu byabagabo ndi Alias Byaravuzwe hhhh vuba ndaje mu Rwanda mfate kubukire nyabwo
Rwose muraba akamaro gakomeye ndabashima cyane ariko niba bishoboka mwampa number ya bagire kuko ndamukeneye cyane
@UbukireNyabwoTV
2 жыл бұрын
Utwandikire kuri Whatsapp 0790697003 turaguha nimero ye
Volume ntayo
@UbukireNyabwoTV
2 жыл бұрын
Ihangane ukomeze, imbere birakemuka ibya volume. Iminota mikeya ibanza niho harimo ako kabazo ka volume
Mwaduha number za Eugene Bagire plz niba bishoboka kwanza reka nkore subscribe
@UbukireNyabwoTV
2 жыл бұрын
Mutwandikire kuri whatsapp kuri +250790697003
@DDenise376
2 жыл бұрын
Doyen Bagire na kera wari umuhanga mu ishuri kdi uri umurokore rwose reka ntege amatwi.
Volume ni nto bavandimwe
@UbukireNyabwoTV
2 жыл бұрын
Komeza imbere birumvikana cyane
@TUYIZEREBenjamin-xi9yf
Ай бұрын
Mugira ikiganiro byiza,arikose muri crypto currency ntamabandi arimo yitwaza crypto currency bakiba amafaranga yabantu