Iyi chanel yitwa Ubukire TV ni umuyoboro unyuzwaho amasomo ajyanye n'uburyo watera imbere ukagera ku bukire busesuye kandi wubaha Imana. Tunyuzaho ibiganiro byakunzwe na benshi binyura kuri Life Radio 96.0FM, ibiganiro byitwa "UMUKRISTO MU BUKUNGU N'ITERAMBERE".
Tuganiriraho amahame y'Ubwami bw'Imana nk'uko agaragara mu Ijambo ry'Imana agenga uburyo nyabwo bwo kugera ku bukire. Tunyuzaho n'ubuhamya bw'uburyo abantu bagiye biteza imbere kandi bayobowe n'Ijambo ry'Imana.
NIBA UZI UMUNTU WATANGIRIYE KU TUNTU DUTO AKABA AGEZE AHANTU HAFATIKA, CYANGWA UMUNTU UKORA IBINTU BY'INDASHYIKIRWA UTUBWIRE KURI EMAIL [email protected] TUBASURE TUBISANGIZE ABANDI.
Пікірлер
God bless you 🙏 Mr. Bagire uratwubaka cyane
Byari byiza cyane
Murakoze murabahanga
Muranyubakacyane
Mwagiye he ko mutakiduha ibiganiro
Ahhh sorry ndayibonye numero yanyu. Imana ibahe umugisha I am going to call
Murakoze cyane bavandimwe. Ese mwaduhaye phone number umuntu ukeneye inama yababonaho. Murakoze
Hello muraho neza mufashe mfite ikibazo natangiye umushinga ariko gutinda Kubona umusaruro bituma n' umva ntabireka mujyire inama
Urayasa muvandimwe
Thx kbsa
EEEEH Mana yanjye nukuri icyicyiganiro jyitumye nicara nkitekerezaho pe Murakoze cyane mukorezaho pe
Murakoze cyane 🙏
Bagire Eugene uraho muvandi twariganye kuri apade ugira ibitecyerezo byiza nubundi warumiyobozi wacu uri intwari kuva cyera🥰🥰🥰
❤❤❤❤🎉
One friend of mine told that I am not poor because of my parents, soil erosion, Government policy, he said I am poor because I don't have an idea of becoming rich yet! Aba bagabo ni abanyabwenge! Kandi nkunda ubwenge kubi!
Thank you
Ibiganiro byanyu nibyiza cane , muduhe numéro zanyu mutubgire uwabashaka aho yababonera
Twarababuze pe
❤❤❤ndabakund
Sijya mpaga kubakurikira mutugezaho ibintu byiza ntimuzadohoke
Murakoze cyane 🙏 kubiganiro byiza
Dushimishwa ninama mutugira.
Merci bcp kwiki kiganiro ciza❤from 🇧🇮
Umuntu uzi ino business nampe number nshaka kwiga kandi ndishyura neza
urakoze
Bagire we ndakuzi cyane nawe ifaranga wari naryo. Gusa waratwibye kbs
Ariko se Pastor buriya wowe na Bagire ibi muvuga byakunda bikagenda neza?
Thanks.
Good ndabakunze cyane arikose nkumuntu urigushaka capital akaba abona izaboneka haciye igihe kinini Kandi ashaka kujyakwikorera vuba mwamugira nama ki? Murakoze cyane gusa ndabakunda bambe
Ntakurya ibiryo ngo tubimare munkono.
Courage kbsa muri abigenzi
imyaka 2 ishize ntazi ino channel nabagahe koko.
good job
nabagahe koko
Uranyigishije pe
Byiza cyane
You are the great
birumvikana,,❤ ahubwo akazi gatang'u mushahara gakwiriye guhabwa granti bakavaho hajyaho abandi.
iwacu harakabyara umuntu utarajya hanze niwe utazi ukuntu mumahanga ari habi
iwacu harakabyara umuntu utarajya hanze niwe utazi ukuntu mumahanga ari habi
Thx Bagire, ufite ubumenyi kd natwe urikudufasha kwaguka mubitekerezo. Murakoze cyane ndabashimiye, kd komerezaho rwose kudufasha, udusangize nibindi 🙏
❤
Hey brother! Urakoze cyane nukuri gusa nshaka ubujyanam kumushinga maranye like 3 years! . Niba haruburyo wampa advice wampa address cg contact ! Thank you
nakunze demonstration wakoze bkbsa ya ndyoheye
mperey sudan ariko pe muvuga ibintu muzi neza cyaneeeee ndabakunda sinjya manga kumva bagire ubaza yamenya gusaba umugeni
Oyabwo ubuzima bugomba guhinduka kubera aya masomo.
Muri ba head teacher, turabakunda kubiganiro mutugezaho burikimwe kidusigira isomo rikomeye cyaneeeee.
Dukunda ukuntu mutwubaka.❤
Dukunda inama mutugira😂
Turakwemera hano kukibuye ,nkunda gukurikirana ibiganiro byawe.