She is a walking goddess yasasa, gorgeous gorgeous 🥹🥰🥰. Uuuuhhh. 🥰 even her voice is still so young, beautiful
@TYFashion_cosmetics4093 ай бұрын
What i realised is this, nutrition arayumva ariko Menopause ntago ayisobanukiwe neza, Uzatuzanire Dr kanimba or Gynecologist . Thanks.
@mukamanaeugenia3604Ай бұрын
🎉yewe urakuze nibyo
@ukwitegetsemathilde213 ай бұрын
Les dattes ni nziza cyane.
@mutambajustine9898Ай бұрын
Urakoze cyane mubyeyi mwiza
@Aline.kankindi2573 ай бұрын
Ako ka music si sawa ugakuyemwo vyoba vyiza
@venerandariziki223 ай бұрын
Urakoze cyaneee !!! QUE DIEU VOUS PROTÈGE ET VOUS BÉNISSE !!! Amen amen 🙏🙏🙏❤️❤️❤️
@lapin-fu5no2 ай бұрын
Ni amahirwe ni naturel ntawokubyirata Bitangwa n'Imana
@lindankurikiye98813 ай бұрын
Murakoze caaaane Très intéressant ❤ Mfis'ikibazo , mwombwira sport ya nage (koga) kumuntu afis'imyaka 50 ans nivyiza , ni sport nziza cank'ifasha ??? Murakoze
@tetamediatv74993 ай бұрын
Iyo music iratuderanja cyane
@Batagoma-lw6kb3 ай бұрын
Uyu mubyeyi azi icyo ubuzima buvuze... Reba uwo "Musatsi wa Naturel!!! Nabwo nubundi bwenge... uribaza kumara icyumweru utoga mu mutwe ngo ni igisirimu
Uyu ariko azi ububi bwa produits ni uburozi bubi urebe KO yihoma Ama fond de teint ni 100/100 naturelle
@anne-mariekazoviyo25683 ай бұрын
Sabin cette dame est très réservée mu nyishu ziwe nta nakimwe ariko arishura gitomoye kubera ashaka ko tuja muri office yiwe ! Dumoins jewe niko nabitahuye 🤷🏻♂️ mumbarire 🙏
Dates are too sugary! Nafashe dates for a month naratumbye nenda gupfa yes, is natural sugar but boy boy boy is too sweet biteye ubwoba! Ahubwo lemon tea yafuma da. Naho ubundi Quioa, flaxseed, lentils, chia seeds, turmeric Brocolli,watercress baby spinach, celery juice, organic apple cider these will help to reduce weight plus drink alot of water and eat at least before 6pm at least! Or and don’t forget cloves tea
@anne-mariekazoviyo25683 ай бұрын
Ma soeur hariho abantu bavyibushe naturellement uko Imana yaremye gutryo 🤷🏻♂️ariko mauvais colesterol niyo nibaza ko iterwa ni gufungura nabi
@DivineAkimana-rv2tf3 ай бұрын
Hejuru cane
@user-uw6xd1yv9m3 ай бұрын
Yooo araberewe cane.nkekaruko yavyaye gake.
@user-uz3hr3jw4b3 ай бұрын
Najye jyabona nazaza pe abantu babwira ko nfite 26 ans kandi imyaka yajya wa
Kubyibuha ni umubiri w umuntu, nkunda kurya byose kandi all the time kandi ndananutse pe. Mbese mfite taill batangarira ndi umubyeyi w abana. Gusa ndimo kwisubiraho kuko niyo waba unanutse ntibivuze ko utagira ibirwara byo kurya nabi. Thank you kunyigisho mubyeyi.
Пікірлер: 279
Murakoze kuduhugura Abakunda sabin nkange Mumpe Like
@Mr_manpower1
3 ай бұрын
Hello guys nitwa uwiragiye viateur murugo ni nyagatare gusa siho kavukire ndumusore wimyaka 23 pfite mama gusa nkabandi umwikorezi wimizigo i Kigali nyabugogo gusa mama,aba mucyaro nize amashuri 3 abanza navukiye mubuzima bubi kunjya kwiga. Byabaga bigoye kuko nanjyanaga na mama guhinga nkamufasha indi mirimo simbashe kwiga naje kgl gushaka ubuzima ubundi umukarani gusa ukunda akazike guys nyeneye ubufasha mbonereho gusaba imbabazi kumakosa nakoze ndayemera pee nkavugako mama yapfuye kandi ariho bamwe bakama ubufasha gusa ubufasha nahawe twaguzemo ikibanza kuko mama yabaga mwikode mbona bimbabaza cyanee ubwo twaguze ikibanza gusa turi gushaka kubaka kugirango abone aho yaba yikinze ndasaba ubufasha bwanyu banyarwanda banyarwanda kazi nubwo yaba 500fr yavamo amatafari 2 nubwo wabona ibati waba ukoze cyanee nanjye mbanagerageje gusa biragoye imizigo ntikiboneka ? 0784144275 murakoze cyaneee 🙏🏽 uhahira nyabugogo wanjya uma akazi nkagufasha guhaha
Kuba utabyibushye sibyo byakugaragaza ko udakuze, njye nabonye biterwa n'imiterere y'uko Imana yakuremye. Nzi abantu bagaragara nkaho badakuze Kdi batanabayeho neza babaho uko biboneye.
@agathemukarugwiza9429
3 ай бұрын
Nanjye nikomeze rwosw
Amategeko 8 y'ubuzima N: Nutrition E: Exercise🤸 W: water💧 S: sunshine 🌤️ T: Temperance A:Air(oxygen) R: Rest 🛌 T:Trust in God🙌
@rosineabayisenga1374
3 ай бұрын
Wakoze cyane kukwandikira those laws
@murangiradoriane9875
3 ай бұрын
Thank you so much
@arleneisingizwe1503
3 ай бұрын
Ubwo se ni gute Trust In God Ari Yo Iba Iyanyuma Ahubwo ? Byose birapfuye.
@Twe7
3 ай бұрын
@@arleneisingizwe1503 uko ni uko yabipanz gusa ubundi imbere ya vyose haza oxygen 😂
@esperencenyiramubyeyi9197
3 ай бұрын
@@arleneisingizwe1503Ahhh bivuze ngo nyuma yibyo byose twakora Imana ni yo iduha ubuzima
Ntago ubeshye rata kwicara cyane bitera ubumuga mba norvege ariko murimugitondo genda kushuli ntago arikure ariko ubu nicaye murugo mfite umwana muto rero kubera kuba munzu cyane ukirirwa wicaye nibibipe iminsi irarya na maguru.burya mwabantu mwe nubwo utakora siporo zirenze kugenda abaribyiza waba ikimuga da.reka sa nikosore njye mfata umu bebe wanjye tujye dutembera nubwo haba arigice cyisaha byaba byiza.urakoze mubyeyi ikiganiro cyiza cyane pe❤❤❤❤❤
Noneho ibi bintu byimiziki bivuga mukiganiro Sabin😢ko ntabyo wagiraga koko ubizanye ute? Byatumaga dukurikira ibiganiro neza nta derangement irimo none ndumva nubikomeza bitazaryohera bamwe nanjye ndimo😢
@Hi5392
3 ай бұрын
nukuri peee... nagerageze basi bivuge buke dushobore gufocusinga kuvyo baba bavuga
@KamanziFrancois-zm4lj
3 ай бұрын
TC
@sylvanehicintuka5662
3 ай бұрын
Sabin nkunda ibiganiro vyawe. Ariko iyo musique imbujije kumviriza kino. Ça fait mal à mes oreilles
@user-vh7rs1ey4z
3 ай бұрын
Anjyabishiramo ikiganiro kirangiye
@uwizeyimanajosiane8784
3 ай бұрын
Ugeramo hagati warwaye umutwe😢😢
This is all we need from this channel!
Nkunda uko uyobora ikiganiro Sabin , Kandi wakoze cyane kutuzanira uyu mubyeyi mwiza ,wubaha Imana ikaba yaramuhaye ubu bwenge agashobora gufasha ababikeneye 🙏👏
Iyi music washyize mukiganiro irigutera stress nayo 😢😢😢😢😢😢😢 nakavuyo
@fannynyampinga7856
3 ай бұрын
Biratera umujagararo wubwonko😢
@uwimanayvette4237
3 ай бұрын
Biratuma tujya muri menopause kare😅
@kalisainnocent3
3 ай бұрын
@@uwimanayvette4237 🤣🤣🤣🤣🤣yigo pe
@josemukaneza7883
3 ай бұрын
@@uwimanayvette4237😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@123kk14
3 ай бұрын
@@uwimanayvette4237😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Sabin uzamugarure haribyinshi adufashije 👏 murakoze
Sha Sabin, uratubarije pe...merci bcq
Sab ndagukunze cyane___ ibyumubajije byose nibyange ndize ngie kugerageza nanjye ndi muri monopz imana ikomeze ibampere imigisha nuwo mubyei
Urakoze cyane nikiganiro cyiza mujye mumuzana keshi atuganirize.
Murakoze cyane azahore aza kutwigisba uko dukwiye kubaho mubuzima bwa minsi yose asa neza cyane ❤azagaruke atubwire ibyo yisiga biragora hara kwibintu byosee akoresha ari naturele
Uyumubyeyi afite byinshi byubwenge ujyumutumira kenshi Asante Sana!
Ako ka musique mwatanguye gushira mu biganiro numva atari keza kara derangea kandi kabuza concentration mukumviriza ikiganiro.
@Mr_manpower1
3 ай бұрын
Hello guys nitwa uwiragiye viateur murugo ni nyagatare gusa siho kavukire ndumusore wimyaka 23 pfite mama gusa nkabandi umwikorezi wimizigo i Kigali nyabugogo gusa mama,aba mucyaro nize amashuri 3 abanza navukiye mubuzima bubi kunjya kwiga. Byabaga bigoye kuko nanjyanaga na mama guhinga nkamufasha indi mirimo simbashe kwiga naje kgl gushaka ubuzima ubundi umukarani gusa ukunda akazike guys nyeneye ubufasha mbonereho gusaba imbabazi kumakosa nakoze ndayemera pee nkavugako mama yapfuye kandi ariho bamwe bakama ubufasha gusa ubufasha nahawe twaguzemo ikibanza kuko mama yabaga mwikode mbona bimbabaza cyanee ubwo twaguze ikibanza gusa turi gushaka kubaka kugirango abone aho yaba yikinze ndasaba ubufasha bwanyu banyarwanda banyarwanda kazi nubwo yaba 500fr yavamo amatafari 2 nubwo wabona ibati waba ukoze cyanee nanjye mbanagerageje gusa biragoye imizigo ntikiboneka ? 0784144275 murakoze cyaneee 🙏🏽 uhahira nyabugogo wanjya uma akazi nkagufasha guhaha
Sabin wacu dukunda rwose iyo miziki waduhaye njye yanteye menopouse kuko iratera derangement mumutwe pe😂❤
Ni anomalie yuruhu, kudasaza kwama cellules ahubwo agahora yiyubura ni uniqueness impano yImana
Mbaye uwa munani mumpe like
@Mr_manpower1
3 ай бұрын
Hello guys nitwa uwiragiye viateur murugo ni nyagatare gusa siho kavukire ndumusore wimyaka 23 pfite mama gusa nkabandi umwikorezi wimizigo i Kigali nyabugogo gusa mama,aba mucyaro nize amashuri 3 abanza navukiye mubuzima bubi kunjya kwiga. Byabaga bigoye kuko nanjyanaga na mama guhinga nkamufasha indi mirimo simbashe kwiga naje kgl gushaka ubuzima ubundi umukarani gusa ukunda akazike guys nyeneye ubufasha mbonereho gusaba imbabazi kumakosa nakoze ndayemera pee nkavugako mama yapfuye kandi ariho bamwe bakama ubufasha gusa ubufasha nahawe twaguzemo ikibanza kuko mama yabaga mwikode mbona bimbabaza cyanee ubwo twaguze ikibanza gusa turi gushaka kubaka kugirango abone aho yaba yikinze ndasaba ubufasha bwanyu banyarwanda banyarwanda kazi nubwo yaba 500fr yavamo amatafari 2 nubwo wabona ibati waba ukoze cyanee nanjye mbanagerageje gusa biragoye imizigo ntikiboneka ? 0784144275 murakoze cyaneee 🙏🏽 uhahira nyabugogo wanjya uma akazi nkagufasha guhaha
Kwizera Imana nicyo cyambere, ikindi kuruhuka "kuryama kare" kunywa amazi no gukora sport .
Merci Jeannette, ikiganiro ni ciza. Ariko rero umu damu akuze ateruye ibintu biremereye cane aragwara tendinites
Be blessed ma, you're Genius kweri❤
Twaramukunze cyane elle est belle et douce
Twarakwandicyiye turakubura😊
Urakoze Sabin kutuzanira umuntu w'ingenzi mubuzima bwacu. Jye nafashe agakayi nanditse
Wow turagukurikira sister Jeannette ❤
@Mr_manpower1
3 ай бұрын
Hello guys nitwa uwiragiye viateur murugo ni nyagatare gusa siho kavukire ndumusore wimyaka 23 pfite mama gusa nkabandi umwikorezi wimizigo i Kigali nyabugogo gusa mama,aba mucyaro nize amashuri 3 abanza navukiye mubuzima bubi kunjya kwiga. Byabaga bigoye kuko nanjyanaga na mama guhinga nkamufasha indi mirimo simbashe kwiga naje kgl gushaka ubuzima ubundi umukarani gusa ukunda akazike guys nyeneye ubufasha mbonereho gusaba imbabazi kumakosa nakoze ndayemera pee nkavugako mama yapfuye kandi ariho bamwe bakama ubufasha gusa ubufasha nahawe twaguzemo ikibanza kuko mama yabaga mwikode mbona bimbabaza cyanee ubwo twaguze ikibanza gusa turi gushaka kubaka kugirango abone aho yaba yikinze ndasaba ubufasha bwanyu banyarwanda banyarwanda kazi nubwo yaba 500fr yavamo amatafari 2 nubwo wabona ibati waba ukoze cyanee nanjye mbanagerageje gusa biragoye imizigo ntikiboneka ? 0784144275 murakoze cyaneee 🙏🏽 uhahira nyabugogo wanjya uma akazi nkagufasha guhaha
Number one
Omg wagirango afite 25ans peeh😮 yemwe bezabanjye twikomereze munkandire kwifoto tumenyane yemwe ❤❤❤
@Mr_manpower1
3 ай бұрын
Hello guys nitwa uwiragiye viateur murugo ni nyagatare gusa siho kavukire ndumusore wimyaka 23 pfite mama gusa nkabandi umwikorezi wimizigo i Kigali nyabugogo gusa mama,aba mucyaro nize amashuri 3 abanza navukiye mubuzima bubi kunjya kwiga. Byabaga bigoye kuko nanjyanaga na mama guhinga nkamufasha indi mirimo simbashe kwiga naje kgl gushaka ubuzima ubundi umukarani gusa ukunda akazike guys nyeneye ubufasha mbonereho gusaba imbabazi kumakosa nakoze ndayemera pee nkavugako mama yapfuye kandi ariho bamwe bakama ubufasha gusa ubufasha nahawe twaguzemo ikibanza kuko mama yabaga mwikode mbona bimbabaza cyanee ubwo twaguze ikibanza gusa turi gushaka kubaka kugirango abone aho yaba yikinze ndasaba ubufasha bwanyu banyarwanda banyarwanda kazi nubwo yaba 500fr yavamo amatafari 2 nubwo wabona ibati waba ukoze cyanee nanjye mbanagerageje gusa biragoye imizigo ntikiboneka ? 0784144275 murakoze cyaneee 🙏🏽 uhahira nyabugogo wanjya uma akazi nkagufasha guhaha
Uratubeshye ku isukari,iy'umweru ikorwa muri betrave ziri blanche ,iyi brun iva mu bishecye.Ntago ari ikibazo cya processus ya transformation.Nibyo ,iyo mu bishecye niyo nziza kurusha iy'umweru nubwo ariyo ikora cyane
icyo mbona cyo nuko na Nolesi wa klement nawe azagira nkiyo myaka akiri inkumi pee
@ukwitegetsemathilde21
3 ай бұрын
Ntubeshye n'a Knowles ntasaza pe. Ahora ari mwiza azi kwiyitaho
@MarieIngabire-wj7xi
Ай бұрын
Mugira umunwa weeeeee!knowless yavutse muw'1990 ntabwo angana n'uwo mukecuru.ngewe ndamuzi neza sinzi impamvu muhora mumugira umukecuru.hari nabo bangana batarashinga ingo.aho nyuze mbona mumuvuga ngo:ntagaragaza ko ashaje ukagirango mwaramubyaye muzi imyaka ye.nange ntabwo namubyaye ariko twaraturanye turi abana twiga primary.nabakubitira kuri kabebe mwita umukecuru@@ukwitegetsemathilde21
Nijana mbona uzoikwiza wimereye uko kabisa 😋😋😋😋😋😋😋
Ndabakunze cyane❤
Uyu music ndumva udataha ark ikiganiro ni cyiza❤
Nice mama
Ndagakunda cyane ibiganiro byanyu biradufasha, gusa ndumiwe uziko twitiranwa amazina yombi!!!!.
Sabin iyo music wapi kabisa
Uwo mubyeyi arakoze cyane mpamenyeye byinshi, jyewe nagize İmana nagiye muri menopause ku myaka 52
Iyi music irikurya mumatwi nukuri
❤ nkunze ikiganiro cyawe Jeannette.
Ese Koko iyi myaka koko arayifite
Iyi background sound igiye gutuma ntiyumvira icyiganiro di😌
Ariko uravuga nkabadive.
@GyslaineAkimana
3 ай бұрын
Ucuvyumva kariwe numu Tempela atarya inyama😂😂😂
Urakoze cyane kunyigisho Kandi njye nanyuzwe, dukeneye fone zawe.
Urakoze kutubariza sabin
Jeanette baho Imana iguhe umugisha.
She is a walking goddess yasasa, gorgeous gorgeous 🥹🥰🥰. Uuuuhhh. 🥰 even her voice is still so young, beautiful
What i realised is this, nutrition arayumva ariko Menopause ntago ayisobanukiwe neza, Uzatuzanire Dr kanimba or Gynecologist . Thanks.
🎉yewe urakuze nibyo
Les dattes ni nziza cyane.
Urakoze cyane mubyeyi mwiza
Ako ka music si sawa ugakuyemwo vyoba vyiza
Urakoze cyaneee !!! QUE DIEU VOUS PROTÈGE ET VOUS BÉNISSE !!! Amen amen 🙏🙏🙏❤️❤️❤️
Ni amahirwe ni naturel ntawokubyirata Bitangwa n'Imana
Murakoze caaaane Très intéressant ❤ Mfis'ikibazo , mwombwira sport ya nage (koga) kumuntu afis'imyaka 50 ans nivyiza , ni sport nziza cank'ifasha ??? Murakoze
Iyo music iratuderanja cyane
Uyu mubyeyi azi icyo ubuzima buvuze... Reba uwo "Musatsi wa Naturel!!! Nabwo nubundi bwenge... uribaza kumara icyumweru utoga mu mutwe ngo ni igisirimu
@Mr_manpower1
3 ай бұрын
Hello guys nitwa uwiragiye viateur murugo ni nyagatare gusa siho kavukire ndumusore wimyaka 23 pfite mama gusa nkabandi umwikorezi wimizigo i Kigali nyabugogo gusa mama,aba mucyaro nize amashuri 3 abanza navukiye mubuzima bubi kunjya kwiga. Byabaga bigoye kuko nanjyanaga na mama guhinga nkamufasha indi mirimo simbashe kwiga naje kgl gushaka ubuzima ubundi umukarani gusa ukunda akazike guys nyeneye ubufasha mbonereho gusaba imbabazi kumakosa nakoze ndayemera pee nkavugako mama yapfuye kandi ariho bamwe bakama ubufasha gusa ubufasha nahawe twaguzemo ikibanza kuko mama yabaga mwikode mbona bimbabaza cyanee ubwo twaguze ikibanza gusa turi gushaka kubaka kugirango abone aho yaba yikinze ndasaba ubufasha bwanyu banyarwanda banyarwanda kazi nubwo yaba 500fr yavamo amatafari 2 nubwo wabona ibati waba ukoze cyanee nanjye mbanagerageje gusa biragoye imizigo ntikiboneka ? 0784144275 murakoze cyaneee 🙏🏽 uhahira nyabugogo wanjya uma akazi nkagufasha guhaha
@Mr_manpower1
3 ай бұрын
Hello guys nitwa uwiragiye viateur murugo ni nyagatare gusa siho kavukire ndumusore wimyaka 23 pfite mama gusa nkabandi umwikorezi wimizigo i Kigali nyabugogo gusa mama,aba mucyaro nize amashuri 3 abanza navukiye mubuzima bubi kunjya kwiga. Byabaga bigoye kuko nanjyanaga na mama guhinga nkamufasha indi mirimo simbashe kwiga naje kgl gushaka ubuzima ubundi umukarani gusa ukunda akazike guys nyeneye ubufasha mbonereho gusaba imbabazi kumakosa nakoze ndayemera pee nkavugako mama yapfuye kandi ariho bamwe bakama ubufasha gusa ubufasha nahawe twaguzemo ikibanza kuko mama yabaga mwikode mbona bimbabaza cyanee ubwo twaguze ikibanza gusa turi gushaka kubaka kugirango abone aho yaba yikinze ndasaba ubufasha bwanyu banyarwanda banyarwanda kazi nubwo yaba 500fr yavamo amatafari 2 nubwo wabona ibati waba ukoze cyanee nanjye mbanagerageje gusa biragoye imizigo ntikiboneka ? 0784144275 murakoze cyaneee 🙏🏽 uhahira nyabugogo wanjya uma akazi nkagufasha guhaha
@Nova7726
3 ай бұрын
Uyu ariko azi ububi bwa produits ni uburozi bubi urebe KO yihoma Ama fond de teint ni 100/100 naturelle
Sabin cette dame est très réservée mu nyishu ziwe nta nakimwe ariko arishura gitomoye kubera ashaka ko tuja muri office yiwe ! Dumoins jewe niko nabitahuye 🤷🏻♂️ mumbarire 🙏
@carinemanirambona2708
3 ай бұрын
Arikubica hejuru ibintu 8sinigexe numva abitondeka
Ariko na stress urashobora gutera umuntu abyibuha cyane, kuko hariho abantu bafite stress barya cyane
❤❤❤
Coffee ☕️ 😊 mbega kureka ikawa 😢😢
Please come back! Sabin invite her again ❤
Sabin izi nzaduka z'imiziki wadukanye zirabangamira aba clients😂😂😂
Ikiganiro cyiza Jeannette. Thx.
@Mr_manpower1
3 ай бұрын
Hello guys nitwa uwiragiye viateur murugo ni nyagatare gusa siho kavukire ndumusore wimyaka 23 pfite mama gusa nkabandi umwikorezi wimizigo i Kigali nyabugogo gusa mama,aba mucyaro nize amashuri 3 abanza navukiye mubuzima bubi kunjya kwiga. Byabaga bigoye kuko nanjyanaga na mama guhinga nkamufasha indi mirimo simbashe kwiga naje kgl gushaka ubuzima ubundi umukarani gusa ukunda akazike guys nyeneye ubufasha mbonereho gusaba imbabazi kumakosa nakoze ndayemera pee nkavugako mama yapfuye kandi ariho bamwe bakama ubufasha gusa ubufasha nahawe twaguzemo ikibanza kuko mama yabaga mwikode mbona bimbabaza cyanee ubwo twaguze ikibanza gusa turi gushaka kubaka kugirango abone aho yaba yikinze ndasaba ubufasha bwanyu banyarwanda banyarwanda kazi nubwo yaba 500fr yavamo amatafari 2 nubwo wabona ibati waba ukoze cyanee nanjye mbanagerageje gusa biragoye imizigo ntikiboneka ? 0784144275 murakoze cyaneee 🙏🏽 uhahira nyabugogo wanjya uma akazi nkagufasha guhaha
❤
Waooo
Ark se Tuzarya iki? Protein nziza niyihe Inyama nimbi ,amagi nuko amata 😢 ubu turagira gute ibintu bizima avuga nkizo nyama birahenda!
Oooh ndishimye cyane
@nsabihorahozacharie4821
3 ай бұрын
Byiza cyane Imana Iguhire
Hystérectomie(gukuramo uterus)ntabwo yoroshye barayinkoreye mwitonde gusa byarakunze aruko uburibwe aha udafite ikibazo waba uyikuriramo iki koko?njye nuko nari ndwaye
@Relax-o8b
3 ай бұрын
Pole
MUZE TWIGE COMPUTER (MUDASOBWA) KURI CHANNEL YACU
Ubuse koko urayifite we
Aga publicité karanyishe,ba clients beza nimujyayo ntimuzibagirwe kwiba akabanga,niko Giti ambwiye😂😂😂😂😂
Amagi, shrimps, cheese bafite high cholesterol
@solangemukeshimana9946
3 ай бұрын
Habaho cholesterol mbi ni nziza zikoreshwa mugutakaza ibiro
That background track sounds good!! Congratulations Isimbi TV!!
track it's okay but Kari kumbangamira cyane pe
Murakoze cyane ku bw"'ikiganiro muduhaye.Nyjewe nibwo nkibonye. None Jeannette akorera hehe? Mwaduhaye numero ze? Ikindi ikiganiro mwakoranye bwa mbere mwaduha link tukacyumva? Ndashaka Jeannette mumfashe.
Mbese sipol nziza nikozwe ryari mugitondo cyangwa nimugoroba?
Dates are too sugary! Nafashe dates for a month naratumbye nenda gupfa yes, is natural sugar but boy boy boy is too sweet biteye ubwoba! Ahubwo lemon tea yafuma da. Naho ubundi Quioa, flaxseed, lentils, chia seeds, turmeric Brocolli,watercress baby spinach, celery juice, organic apple cider these will help to reduce weight plus drink alot of water and eat at least before 6pm at least! Or and don’t forget cloves tea
Ma soeur hariho abantu bavyibushe naturellement uko Imana yaremye gutryo 🤷🏻♂️ariko mauvais colesterol niyo nibaza ko iterwa ni gufungura nabi
Hejuru cane
Yooo araberewe cane.nkekaruko yavyaye gake.
Najye jyabona nazaza pe abantu babwira ko nfite 26 ans kandi imyaka yajya wa
Komwanka gusaza kandi. Ahubwo twari dukwiy gutunganya umuntu wimbere agahora arimusha
@carinemanirambona2708
3 ай бұрын
Watumganya uwimbere uwinyuma atameze neza wanjiji we.
Uracyari mwiza p
Murakoze cyaneee Très intéressant ❤ Niba bishoboka mwampa contact ya Jeanette
Sha urashaje rwose. Urabona amaso atarahiye😂
@payton.comedy3964
3 ай бұрын
Urashoboye
Ibishyimbo by umukara byarananiye mbambona busa nabi ariko I like lentil na chickpeas 😊.
@rosineabayisenga1374
3 ай бұрын
Sha maze n ibyo by' umukara twe twarabibuze😢...gusa Nyagasani Ajye Abakomereza Ubuntu bwe
@martheusabwimana9811
3 ай бұрын
Nonese ko chickpeas ko zidashya
@Mr_manpower1
3 ай бұрын
Hello guys nitwa uwiragiye viateur murugo ni nyagatare gusa siho kavukire ndumusore wimyaka 23 pfite mama gusa nkabandi umwikorezi wimizigo i Kigali nyabugogo gusa mama,aba mucyaro nize amashuri 3 abanza navukiye mubuzima bubi kunjya kwiga. Byabaga bigoye kuko nanjyanaga na mama guhinga nkamufasha indi mirimo simbashe kwiga naje kgl gushaka ubuzima ubundi umukarani gusa ukunda akazike guys nyeneye ubufasha mbonereho gusaba imbabazi kumakosa nakoze ndayemera pee nkavugako mama yapfuye kandi ariho bamwe bakama ubufasha gusa ubufasha nahawe twaguzemo ikibanza kuko mama yabaga mwikode mbona bimbabaza cyanee ubwo twaguze ikibanza gusa turi gushaka kubaka kugirango abone aho yaba yikinze ndasaba ubufasha bwanyu banyarwanda banyarwanda kazi nubwo yaba 500fr yavamo amatafari 2 nubwo wabona ibati waba ukoze cyanee nanjye mbanagerageje gusa biragoye imizigo ntikiboneka ? 0784144275 murakoze cyaneee 🙏🏽 uhahira nyabugogo wanjya uma akazi nkagufasha guhaha
@khloecalala7606
3 ай бұрын
Lentils, quinoa, chia seed, celery juice that you make from home
Yooooo duhuje amazina yombi ndumiwe
@mukamazimpakaphilomene6074
3 ай бұрын
Murakoze sabin Uzamutugarurire
Ibijyanye no gusaza byonumubiri wumuntu harabantu baryagagura ark ntibabyibihe agahoro aringaniye kd atarwaragurika gusa tugomba kwiyitaho ark ibintu byose bigenda uko byakagombye kugenda
@NishimikijimanaBelyse
3 ай бұрын
Uko nukuri bivana numubiri wumuntu jew ndazi abantu bakuze kandi bameze nkuko nyene ariko bafungura vyose ariko batagaragarako bakuze
@kalisainnocent3
3 ай бұрын
@@NishimikijimanaBelyse nibyo rwose umuntu niko aba ateye buriya ninko kubyibuha harabantu babyibuha kd barya nkibyabandi barya undi akananuka kd arya cyane
@mignonneirakoze6838
3 ай бұрын
Kubyibuha ni umubiri w umuntu, nkunda kurya byose kandi all the time kandi ndananutse pe. Mbese mfite taill batangarira ndi umubyeyi w abana. Gusa ndimo kwisubiraho kuko niyo waba unanutse ntibivuze ko utagira ibirwara byo kurya nabi. Thank you kunyigisho mubyeyi.
Ayiwe kongiye kugira 50 ntarabona ibimenyetso byo gucura ubwo bimeze bite mumfashe
Abashyira Ibiryo kuri gahunda ni ababifite izo nyama hari nabatajya bazibona kubera ubukene
Mbega music mukiganiro😢
Abakunzi ba isimbi tv ❤️🧡💛💚💙💜🖤⚪ like hano!
Sabin wakoze kutuzanira uyumuntu rwose ahubwo yaduha yamategeko 8 tukisomera
Uhabwe umugisha, ubuzima bwiza ni ingenzi
Mwaramutse Nduhinama Umezenentawabimenype
Nonese nibiva mubutaka ko basigaye babitubura kdi organic kwisoko byihagazeho twakora iki???ariko kandi murakoze cyanee🙏🏻🙏🏻🙏🏻
@user-yu9jq9ub4w
3 ай бұрын
muraho neza,jya ukunda gukoresha igikukuri kidetruisa cyane chemicals zinjiye mu mubiri,wakinywa mu mazi,...
@musabyimanaclaire3773
3 ай бұрын
Ndagushimiye cne 🎉
@NyinawaseAnge
Ай бұрын
None ushyiramo ingana gute mu mazi angana gute@@user-yu9jq9ub4w
Nagira ngi uzamumbarize kubijyanye no guterura ibyuma ese kukuba ukuze ntacyo byatwara ntangaruka
Sabin ntukatubeshye imyaka 52😮😮😮😮😮???
Nber ze twazibona gute dushaka kumuvugisha?
Hhhhhhh number one comment section 😂😂😂😂
Jeannette ni mwiza pe. Ndamukunze kabisa. Wagira ngo afite 30 yrs