Ntabwo Imana idusaba IBIRUNDO: Ni ibihimbano byo mu Rwanda n'umutwaro ku bizera/Pr Deo Ntakirutimana

Pastor Ntakirutimana Deo uyobora Intara y’Ivugabutumwa ya Mageragere mu Mujyi wa Kigali asobanura uko Ibirundo ntaho bigaragara mu byanditswe byera ko bikwiye gutangwa, ko ahubwo ari ibintu biba mu Rwanda gusa mu gihe gahunda zose z’Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi zigenwa na Bibiliya, Umwuka w’Ubuhanuzi n’Inteko Nkuru Rusange (General Conference)
Avuga ko ari iri ibintu byahimbwe n'Umuntu umwe wo mu Majyaruguru y’u Rwanda ntaho ashingiye none byarabaye umutwaro ku bizera.
_______
Click the following links to Subscribe to our Channels:
ITABAZA TV: / @itabaza
itabaza.org/​
Contact us:
Email: Info@itabaza.org
Facebook: / ​
/ ​
Twitter: / itabazarw
/ itabazatv​
IG: / ​
© 2023 ITABAZA. All Rights Reserved.
ITABAZA is not responsible for the content of external sites.
#ITABAZA
#ItabazaTV​
#Rwanda

Пікірлер: 263

  • @ITABAZA
    @ITABAZA11 ай бұрын

    Pr Ntakirutimana Deo uyobora Intara y'Ivugabutumwa ya Mageragere asobanura uko Ibirundo ari ibintu bihimbano biba mu Rwanda gusa mu gihe gahunda zindi zose z'Itorero zigenwa na General Conference. Wowe ubyumva ute?

  • @byiringirobosco

    @byiringirobosco

    11 ай бұрын

    Simurwanda gusa nomuri RDCongo irahaba mujye mubanze mubaze neza.

  • @nkurangajoseph1976

    @nkurangajoseph1976

    11 ай бұрын

    Ibyo birinfo babirunze kangahe? Ese barundaga buri mwaka? Cg barunze rimwe gusa. Ibyo bashingiraho baka ibyo birundo ntaho bihutiye nibyo Abadive bakora.Ibyo bakora bizitira abizera kwinjira munsengero.

  • @radjabnshimirimana2077

    @radjabnshimirimana2077

    11 ай бұрын

    Ngo byatangiriye irwanda ngo ahandi ntabyo

  • @jeandedieudushimimana1516

    @jeandedieudushimimana1516

    11 ай бұрын

    @@byiringirobosco Ikibazo si ukuba no muri RDC biriho cyangwa bidahari. Ikibazo ni: Ese ibi bintu tubisabwa n'Ijambo ry'Imana (Bibiliya)? Ese hari abo tubisabwa mu mwuka w'ubuhanuzi? Mbese at least byemejwe na General Conference?"

  • @byiringirobosco

    @byiringirobosco

    11 ай бұрын

    @@jeandedieudushimimana1516 Sinangombwa general conference ngombwa nikimwe ""ijambo ry'lmana""

  • @niyojejoe5625
    @niyojejoe562511 ай бұрын

    Ukuri kuzuye ku buriganya mwene muntu akoresha. Pastor turemeranya 100% Niba Imana ishaka amafaranga ngo iduhe umugisha iyo si Mana ni ikindi kitariyo

  • @user-sh8if9cp7x
    @user-sh8if9cp7x11 ай бұрын

    Pastor Deo rwose Umuntu ukangurira abandi gukoraneza ....aba akorera Imana.

  • @samuelntawiniga6383
    @samuelntawiniga638311 ай бұрын

    Ibirundo ntabwo bushingiye kuri Bibiliya. Mbona ari uburyo twigisha abantu kugura ubugingo buhoraho. Aho kwigisha. Ibirundo byakoreshwa mu maturo ariko ntaho bihuriye na kimwe mu icumi. Bamwe mu Badivantisiti bashyize imbere gukiranukira Imana utazi. Twigishe abantu kumenya Imana no kuyikunda. Pastor Ezira Mpyisi yavuze ijambo rikomeye ko ari nko gukama inka yapfuye. Nihabaho ububyuke, abantu bamenya icyo Imana ari cyo kuri bo bazakuranukira Imana. Ndemeranywa na Pst Deo Ntakirutimana.

  • @m_shyakaemmy469
    @m_shyakaemmy46911 ай бұрын

    Ibintu byo kuvuga ngo twariganyije Imana tubyishyure duhize sibyo. Kuko uko ibirundo byatanzwe siko tubyigisha. Njye singirana ikibazo n'ibirundo ahubwo nkigirana n'uburyo bikorwamo n'inyito bihabwa.

  • @gashemaisidore3455
    @gashemaisidore345511 ай бұрын

    ibyavuga nukuri pe pasteur Ari mukuri

  • @diocresshabimana6646
    @diocresshabimana664611 ай бұрын

    Ko mugihe cya Isirayeli ko umutambyi yinjiraga ahera cyane mu kwezi kwa karindwi.Andi mezi yo ntabwo yabagamo imbabazi.

  • @ernestesibomana3779
    @ernestesibomana377911 ай бұрын

    Nshuti z Imana uyu mugabo niba avugako bitangwa murwanda gusa. Byaba Ari ikibazo koko. Gsa cyaba gifite ababyaka kuko Imana yazabibabaza. Kimwe nuko tumenye ko Ari ikosa natwe tukabitanga twagibwaho n urubanza. Ark jye munenga ko avugako Ari ibyo Kwa hezekiya gusa. Kd bible arimo amabwiriza y Imikorere yacu kugeza Yesu aje.kuko bibaye Ibyo twavuga ko n icyacumi Ari icya merkisedeki gsa.

  • @mutimuramupenzi1913
    @mutimuramupenzi191311 ай бұрын

    Ibirundi ntabwo ari inyigisho yabibiriya niyabadive bo murwanda gusa. Kuberako abantu bigishijwe nabi bituma badatanga icyacumi. Nyuma itorero rikabwira abantu ko hari ukwezi kwimigisha nkaho kari ukwimivumo.

  • @twishimewilson9974
    @twishimewilson997411 ай бұрын

    Ndumva ibyo Pr Deo avuga Aribyo. Nibinozwa neza bikumvikanwaho , bizakurweho kuko hari abagera mu mezi y'ibirundo ntibagaruke gusenga bakazaza byarangiye.

  • @mwezwe
    @mwezwe11 ай бұрын

    Pastor urikugumura abizera kd sibyo nahato! Yesu yavuze ko tugurisha ibyo dutunze ngo tubifashishe abakene, nuko rero icyacumi namaturo tuzabitanga n'ibirundo tuzabitanga , Njye ndi umwizera woroheje gusa ndakureba nkatekereza imbaraga igusunikira guhinyuza Ijambo ry'Imana nkashishwa!! Baramu ntiyari umupagani byatangiye agambaniye itorero ry'Imana ryari mubutayu pastor ndakumenyesha ko urigutakaza indanga gaciro zagishumba,!!wize mumaturo urayahembwa none uyumunsi nibwo ubonyeko bidatunganye Itang 3:1-10 Ndatanga inama kubizera bagenzi banjye Imana nivuga nyawufite ububasha bwo kuvuguruza ibyo yategetse Adamu yumviye inzoka ingarukazabyo tuzihagazemo Kg satani yanyuze munzoka uko ntabantu bariho icyogihe ubu anyura mubantu,mine maso,cyane

  • @jrdaninhokawala1158
    @jrdaninhokawala115811 ай бұрын

    Ukuri kwahishwe igihe kirekire igihe kirageze ngo mugaragaze ukuri.bona niyo wabizira.thank u pastor.

  • @faustinnizeyimana7505
    @faustinnizeyimana750511 ай бұрын

    Tujye twemera ibyo Bibilia ivuga bavandi none x ko hari ibihugu byinshi bitanazi yesu tuzareke kumuvuga

  • @diocresshabimana6646
    @diocresshabimana664611 ай бұрын

    Gutegeka kwa kabiri 16:17 Ahubwo umuntu wese ajye atanga uko ashoboye ibihwanye n'umugisha Uwiteka Imana yawe yabahaye.

  • @bimabeni1
    @bimabeni111 ай бұрын

    Uyu muntu w Imana mukwiye kumufasha niba abayobozi be batamwumvishe neza.

  • @user-ld4st8ng5q
    @user-ld4st8ng5q11 ай бұрын

    Pastor uvuze ukuri pe Imana igihe umugisha

  • @nsabiyumvawilson6868
    @nsabiyumvawilson686811 ай бұрын

    Ndatangaye Kubona Pastor usobanura Ijambo ry'Imana adasoma Bibiliya ahubwo agatanga ingero ku myizerere gakondo. Ufite mission itandukanye n'iyo dutekereza ko urimo. Dore mwabaye intaza ubakandagiyeho wese aranyerera akagwa kdi mwakabaye icyambu. Imana ikubabarire.

  • @bmwiseneza
    @bmwiseneza11 ай бұрын

    Ikibazo: dusaba abantu imirimo batarasobanukirwa umurimo wuzuye utunganye Kristo yakoreye inyokomuntu birangira umuntu abonye ko ibyo arimo bidashoboka. Tureke gushaka imirimo mu bantu ahubwo tubabwire Yesu uwo ni bamumenya agatura muri bo ayo maturo nindi mirimo yose bazayikora.

  • @Y2k44LAFRIQUELIBRE
    @Y2k44LAFRIQUELIBRE11 ай бұрын

    Ariko se umugani Pastor! Ko imisoro dutanga tubona byishi Leta iyakoresha! Burira bwacya tukabona umuhanda! Bwakongera gucya tukabona amashuri yubatswe na Leta biturutse kumisoro dutanga! Nanjye maze igihe nibaza amafaranga batwaka agatugambwenu mu madini especially iryo urimo kuvugaho , ajyahe! Uziko amatorero menshi afite intego yogutanga hejuru ya million 10 mukwezi kumwe! Kandi baradukanda tukayatanga! Kuko utayatanze ntibazagushingira ntanindi gahunda yidini bakongera kugukorera nkagahimano kuko nawe utatanze cya watanze make kuyo wari wasabwe gutanga! Ububusambo Leta ibukurikirano cyane cyane uku kwezi

  • @PhilippeNiyibizi-kn5kf
    @PhilippeNiyibizi-kn5kf11 ай бұрын

    ibyo yavuze ni ukuri kutagishwa impaka sibyo gusa ahubwo hari nibindi bizira bikorerwa mwimbere.

  • @mugiranezajean8426
    @mugiranezajean842611 ай бұрын

    Amaturo n'ibyacumi Imana ntiyabishatse yateguye yesu numva abantu bakwiye kumenye icyo bibiriya ivuga kandi ntabwo bibiriya washakamo ibitari iby'ukuri ngo ubibone barayibeshyera ahubwo ntibafite mwuka wera!!! Heb.9:8-12 ubu dutanga ubufasha si amaturo kuko ibyo byari bifite iherezo ryabyo.

  • @user-sh8if9cp7x
    @user-sh8if9cp7x11 ай бұрын

    Pastor Deo rwose Umuntu ukangurira abandi gukoraneza ....aba akorera Imana. Ikindi kibabaje Pastor Deo avuze abatinganyi, umuntu gusambana n'umugore wa se ....ngo ntibijyanye no gukiranuka....

  • @diocresshabimana6646
    @diocresshabimana664611 ай бұрын

    [7/19, 1:14 PM] MG.HABIMANA Diocress: 2 Timoteyo 3:16 Ibyanditswe byera byose byahumetswe n'Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka. [7/19, 1:14 PM] MG.HABIMANA Diocress: 2 Timoteyo 3:17 kugira ngo umuntu w'Imana abe ashyitse, afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo myiza yose.

  • @Nkindinkindi
    @Nkindinkindi11 ай бұрын

    Ndamwibuka Deo muri ULK mu mpanka z'abanyeshuli ku cyacumi. Abakoramontabure tumubaza niba koko Umushahara (Net Salary) ukwiye gukatwaho 1/10 nyirawo atarakuraho ibyawugenzeho (ubukode, ingendo, etc.) kugira ngo uboneke.

  • @felixbienvenue1348

    @felixbienvenue1348

    10 ай бұрын

    Ubundi se icyacumi ko gitangwa Ku byo wungutse . ubwo watangira net salary gute kdi hari ayo uba washoye ?

  • @Nkindinkindi

    @Nkindinkindi

    10 ай бұрын

    @@felixbienvenue1348 umbaze nkubaze

  • @akarabosifa2803
    @akarabosifa280311 ай бұрын

    Mubyukuri abadive baritorero ryukuri Ariko ubu rifite ibihimbano byinshiiiiiii byerekeye kubyisi . Imana ntakiza nakimwe wayikorera ngo uguhe umugisha cg ngo ukubabarire gusa tubeshejwe nubuntu bwayo gusa ndetse nurukundo yadukunze kuva kera

  • @beauty2787

    @beauty2787

    11 ай бұрын

    Ikibazo nabayobozi itorero ryo rirera

  • @akarabosifa2803

    @akarabosifa2803

    11 ай бұрын

    Nibakomeze babarere bazabazwa na nyiri torero

  • @dusabumuremyiphilemon1655

    @dusabumuremyiphilemon1655

    11 ай бұрын

    Nanubu n.'iryukuri ntaryahindutse

  • @minaninicodeme3958
    @minaninicodeme39587 ай бұрын

    Urasabwa kwihana . Niba bikunaniye genda neza utanduranije Ibyo ni ukugumura ABIZERA. Iyo bikunaniye uricecekera. ugasezera n'aho ubundi ibyouvuga ni ugutoboza umusimari igikombe unywesha pasto Ndabizi ntibiraguhira.

  • @wilsonadamo6735
    @wilsonadamo673511 ай бұрын

    Ibyo pasteur avuga sibyo gutanga kuzana imigisha ibirundo biri muri bibiriya kandi abachristo twabitanze twarungutse muri byose pastor wibuza abantu kubona imigisha kuko ahubwo turakiba Imana ntituragera kurugero

  • @niyojejoe5625

    @niyojejoe5625

    11 ай бұрын

    Hhhhhhhh nuko rwose none c utarabitanze yarahombye ngo tumenye ko Imana irebera ku byo watanze?

  • @ganzadickson5771
    @ganzadickson577111 ай бұрын

    ibirundo bavuga ko ari icya cumi cy',ukwezi kwa kalindwi kongeraho amashimwe yibyo Imana yagukoreye mu mwaka wose

  • @HAGENIMANAJeandeDieu

    @HAGENIMANAJeandeDieu

    11 ай бұрын

    babikura he se? ko aricyo kibazo

  • @jeandedieudushimimana1516

    @jeandedieudushimimana1516

    11 ай бұрын

    Ibyo bigahurira he no gushyiraho intego y'amafaranga umuntu agomba kuzana? Hari umuntu wagushyiriraho urugero rw'ituro ry'ishimwe ugomba gutanga? Cyangwa umutima wawe unyuzwe n'ibyo Imana yagukoreye ni wo ukubwira ingano y'ibyo utanga?

  • @diocresshabimana6646
    @diocresshabimana664611 ай бұрын

    Uyu mu pasitoro akiyobora ASSA KIGALI abantu bakemangaga inyigisho ze none ashohoje ibyo bamuvuzeho. Yoroshyaga amahame cyane. Ihame ryo gutanga ni ihame mvajuru.

  • @yanartmel

    @yanartmel

    9 ай бұрын

    Hahhahha abizerera mubikorwa mukozweho! Ntabikorwa bizotuma uja mu ijuru!!

  • @umuburowisiuheruka8935
    @umuburowisiuheruka893511 ай бұрын

    Pasiter lmana iguhe umugisha cyane.gusa nongere mbivuge uzacecekeshwa,bakwirukane,bagerageze kuguha ibiguzi byinshi ngo uceceke.ariko humura ntuzagurishe ukuri kdi uzabaho .nibindi ujye utubwira rwose.

  • @SDA366

    @SDA366

    11 ай бұрын

    Umva pr DEO yongere amasengesho asabe imbaraga ahagarare Ashikamye kuko uvuze ukuri baramurwanya cyaneee

  • @hopeministry2267
    @hopeministry226711 ай бұрын

    Barakwirukana ariko uzahagarare ushikame kuko Imana izagutunga buriya wahaze ubukoroni bw'idini

  • @user-sh8if9cp7x
    @user-sh8if9cp7x11 ай бұрын

    Pastor Deo rwose Umuntu ukangurira abandi gukoraneza ....aba akorera Imana. Ikindi kibabaje Pastor Deo avuze abatinganyi, umuntu gusambana n'umugore wa se ....ngo ntibijyanye no gukiranuka.... Ikindi nikuki mwakumva ko Umucyo mwiza uhwanye n'umushake bwa Mwuka w'Imana utaturuka mu Rwanda? Uhereye kuri Luther hagomba kubaho new revelation igihe bitera abantu gukiranuka. Murakoze

  • @HAGENIMANAJeandeDieu
    @HAGENIMANAJeandeDieu11 ай бұрын

    Ibirundo, Imana ntabyo yadusabye, abantu babitanga cyangwa bakabireka nta kibazo cyaba gihari. Iyo bigizwe umutwaro rero niho ikibazo kivukira

  • @diocresshabimana6646

    @diocresshabimana6646

    11 ай бұрын

    Umuntu wese ukoreshwa na Mwuka Wera iyo atanze abikuye ku mutima atinuba Kandi adahatwa Nemerako bitamubera umutwaro kuko ntawe bajya kwishyuza iwe ngo nuko atabitanze biramutse bikorwa nibwo byaba bibaye umutwaro.

  • @diocresshabimana6646

    @diocresshabimana6646

    11 ай бұрын

    Mbese ntanga icyacumi n'amaturo nk'iranutse?Niba atariko biri nkeneye guhindura icyerekezo.

  • @uburezi7050
    @uburezi705011 ай бұрын

    You're right brother. Biragoye kugirango bemereko ibyo bakuriyemo kdi barimo atari ukuri. BibiliyaYera ibisobanura neza, ibi ni ibihimbano by'abantu.

  • @baganintwaritheogene8020
    @baganintwaritheogene802011 ай бұрын

    Umugabo Hezekiya uramuz cyangwa ukuri nguhaye ni uko ukwiye kwisuzuma Kandi abaturwanya ni Abo munzu gusa hakenewe handitswe NGO Kandi KIMWE gusa ni ufite upfa ni itorero

  • @Evergreenplants581
    @Evergreenplants5818 ай бұрын

    Iki kigabo ni ikirezi ndakizi ni igipagani cya danger hamwe n'ikigore cy'igicuti cye cyitwa Jeanne Mujawingeri cyari gitifu w'akagali ka Kankuba cy'ikijura kibi cyane none barakirukanye. Ipuuu muzashya mwumve sha Yesu agiye kugaruka abashyire ku mugaragaro mwa nkozi z'ibibi mwe

  • @nsangiranabojackline2326
    @nsangiranabojackline232611 ай бұрын

    Pasteur Deo yavuze ukuri kuzuye ntabwo bagenzi be rero bamushyigikira kandi asa nkaho abubikira imbehe twari dukeneye abantu nkaba bavuga ukuri

  • @user-vz9fp5bs9i
    @user-vz9fp5bs9i11 ай бұрын

    ndaje ntere agatebe numve ikiganiro neezaa noneho njye muri bibiriya ndebe icyo ibivugaho. Ndabona ifaranga rigiye kuzaturoha mu muriro twese. Yaba abayobozi yaba abizera tubigendemo neza.

  • @ukurikwijambodusoma1139
    @ukurikwijambodusoma113911 ай бұрын

    Sindi umudivantiste ariko reka nibwirire abashaka ukuri kwibyanditswe bibiriya ivuga ibyacumi bitatu 1 icyacumi cya abarewi kubara:18:21 maraki 3:10 bagiherewe kuba gakondo yabo 2 icyacumi cyumusuhuke numunyamahanga gutegeka kwakabiri 26:12 mose yabategetse 3 icyacumi cyabafarisayo matayo 23:23-24 na23:2 byari byo mwisezerano rya kera umva icyo yesu yavuze kwituro ryimana matayo 4:32 mwitorero ryambere basangiraga ibyabo ibyakozw 4:34-35 Kandi tumenyeko ubutambyi bwahindutse abaheburayo 7:5-9 buriya ivugako abiringira imirimo itegetswe namategeko aribivume ukuri turakwisomera.

  • @samsonhitimana.-xd4rr
    @samsonhitimana.-xd4rr11 ай бұрын

    Buriya ukuri ni ikintu gikomeye kuri benshi gusa iyo umuntu yisunze Mwuka wera ntatinya kuvugisha ukuri buriya Imana niyo mucamanza

  • @jeanbaptistengiruwonsanga6219
    @jeanbaptistengiruwonsanga621911 ай бұрын

    Ndumiwe kabisa biba mu Rwanda gusa?

  • @mauricetuyisenge2433
    @mauricetuyisenge243311 ай бұрын

    @Itabaza thank you 😊

  • @user-mt2ie9pn8b
    @user-mt2ie9pn8b2 ай бұрын

    Ukuri guca muziko ntigusha komerezaho

  • @hakizimanaalphonse9743
    @hakizimanaalphonse974311 ай бұрын

    PR DEO njye ntabwo untunguye. Gusa tekereza kabiri. Ntacyo bitwaye abamenye ukuri kw'ijambo ry'Imana gutanga batinuba kandi badahatwa.

  • @SDA366

    @SDA366

    11 ай бұрын

    Komeza ubwo buyobe uzareba icyo bizakuzabira ushaka wakwita kucyo or DEO avuga kuko kuba waratanze ibirundo binshi Umutima utarahindutse sibyo bizakujyana mu ijuru.ijuru rireba imico ni myitwarire y'Umutima wahindutse kubwa amaraso ya Yesu

  • @hakizimanaalphonse9743

    @hakizimanaalphonse9743

    11 ай бұрын

    Ndabona warabaye Yesu kuburyo umenya niba ntarahindutse mumutima.

  • @SDA366

    @SDA366

    11 ай бұрын

    @@hakizimanaalphonse9743 nshuti yange ijambo ry'Imana rizageza ryari kuvuga mukabyitirira umuntu abadiventiste tugendera mubyanditse handitse ngo niyo igomba kutuyobora ndetse na Muka wera rero nshuti yajye sinkuzi kandi nawe nabyo unzi ariko icyo nakubwira tabara ubuzima bwawe wongere amasengesho no kwizera kuko igihe turimo nigihe cy' urubanza aho burikintu cyose kirimo gusuzumwa kuri buri muntu wese naho kwiringira ibya bantu bakubwiye sibyo bikenewe muri kigihe ahubwo hakenewe kwiringira ibyo ijambo ry'Imana ryakubwiye vakumihango ujye kucyo isobanuye kandi mubintu 4 bizatera ishungura harimo nubumenyi bucye mubyi Mana rero no kubyiga bigira amategeko 1) ntabwo ijambo ry'Imana baryiga ko kumashuri ngo uri kubirepeta 2) ntabwo ijambo ry'Imana barisoma nk' imvaho cyangwa ibinyamakuru ahubwo usoma make ukayatekerezaho nezaaa ugafata umwanzuro utuje cyaneee ntakindi nakimwe utekereza uretse iryo jambo hanyuma ugafata umwanya uhagije ugasenga cyaneee kubwiryo jambo usomye Muka wera nu waryandikishije agusanga murayo masengesho akagusobanurira biruseho Imana iguhe umugisha nshuti yajye

  • @twasenzimanagaston2114
    @twasenzimanagaston211411 ай бұрын

    Biragoye kwemera ukuri utari umunyakuri pasteur ihangane ibyo bazagukora byose uzabyakire kuko biblia ivuga neza KO umwanzi w'umuntu ari uwo murugorwe,ese basobanura ukuntu ibirundo byabaye ngaruka mwaka ,ikindi iyo bibaye byinshi kuki badahagarika abizera bagurishije ibyabo ikinyoma bakunda indamu

  • @sethnsenga8785
    @sethnsenga878511 ай бұрын

    Mujye murunda muhabwe umugisha.

  • @niyojejoe5625
    @niyojejoe562511 ай бұрын

    Catholic yo yareruye yita mbene ariya mafaranga ko ari Ituro ryo gufasha kiliziya. Niba ari ituro ryo gufasha itorero nzayatanga ark niba binyuranije n'ibyo rwose Bayobozi b'itorero ndabahakaniye kuko ni ibihimbano mwishyiriyeho ntago Imana itubabarira kuko hari icyo twayihaye.

  • @tkofficial4188
    @tkofficial418811 ай бұрын

    Igitabo gishya Inama ku busonga kitugaragariza ko atari ngombwa, ugarura ibyo wariganije igihe ubyibuka neza naho utabyibuka ugarukana umutima wawe

  • @hagumakwihalaurent7764

    @hagumakwihalaurent7764

    11 ай бұрын

    Wabisomye ku yihe page

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias150211 ай бұрын

    nibyo rwose ibyobyibirundo nukwigwizaho umutungo nogutwara ibitemewwmwijamboryimana.

  • @63291
    @6329111 ай бұрын

    Sami Célestin ,nukuzana Rwamapera akagira icyo abivugaho ,sinauheruka.

  • @user-mt2ie9pn8b
    @user-mt2ie9pn8b2 ай бұрын

    Nicyacumi na maturo mwisezeranorishya ntibyemewe .kiko yesu yatubereye igitambo nituro numubabwe uhumuraneza kd ibitambo na maturo ntiyabishatse ahubwo yateguye umubiri wa yesu .

  • @muhirejonathan3918
    @muhirejonathan391811 ай бұрын

    Ko wakoreye ikiganiro ahantu hasakuza, biri kuderanja muvandimwe, byaba byiza ushatse ahantu hatuje

  • @izerimanavincent7573
    @izerimanavincent757311 ай бұрын

    Pr deo bigaragarako yemera ibirundo ahubwo uburyo bikorwamo Nibwo butamushimishije. Kwita ukwezi kwibirundo ukumugisha ntabwo bikwiye kdi ntabwo aritego gutanga ibirundo keretse uhamanya numutima namawe ko yariganije agomba kurunda. Mbona idini rikwiye gutanga umucyo kuriyingingo

  • @hagumakwihalaurent7764
    @hagumakwihalaurent776411 ай бұрын

    "Imana ikorera mu bikoresho bantu ; kandi umuntu wese uzakora umurimo wo gukangura umutimanama w'umuntu , maze akamutera imirimo myiza no kugira ubwuzu bwo kwamamaza ukuri ntabwo azaba abyikoresha ubwe, ahubwo azaba akoreshwa na mwuka muziranenge umukoreramo. Imihigo ikozwe mu bihe nk'ibyo , iba ari iyera ndetse iba ari imbuto iturutse ku murimo wa Mwuka w'Imana. Igihe iyo mihigo ihiguwe , ijuru ryemera iryo turo maze aba bakozi b'abanyabuntu bakandikwaho ko babikije ubutunzi bwinshi mu bubiko bwo mu ijuru . " , Ellen G.White, Inama ku busonga, p.281. Ese Deo aya magambo yaba yarabanje kuyasoma?

  • @Y2k44LAFRIQUELIBRE

    @Y2k44LAFRIQUELIBRE

    11 ай бұрын

    Mw'ijuru hehe Muvandimwe! Niba uri umudive urahamya numutima wawe ko amaturo muriyi minsi akora umurimo w'Imana

  • @SDA366

    @SDA366

    11 ай бұрын

    Nshuti ibyuvuze ni ukuri ariko ubyumva nabi ntabwo uricyara ngo uyatekerezeho nezaaa ngo usobanukirwe nuburyo dukwiriye gukoresha umutungo dufite muri iyiminsi isoza amateka y' isi umva uko Ellen G white yavuze mu gitabo cy' inyandiko z' ibanze page67 Nabonye ko ubutumwa buvuga ngo; “Mugurishe ibyo mufite maze mutange ubufasha,” butatanzwe na bamwe mu mucyo wabyo uboneye, kandi umugambi w’amagambo y’Umukiza ntiwagaragajwe neza. Ntabwo umugambi wo kugurisha ari uwo guha abafite imbaraga zo gukora kugira ngo babashe kwibeshaho, ahubwo ni ukugira ngo ukuri kwamamazwe hose. Gushyigikira abantu bashoboye gukora bakaguma mu bunebwe ni icyaha. Abantu bamwe bagiye baba abanyamwete mu kuza mu materaniro yose, nyamara bataje guhesha Imana ikuzo ahubwo bazanwe n’“imigati n’amafi.” Icyiza kurutaho ni uko bene abo bari bakwiriye kuba bigumiye imuhira bagakoresha amaboko yabo “ibyiza” kugira ngo bamare ubukene bw’imiryango yabo kandi bagire icyo batanga cyo gushyigikira umurimo uhebuje wo kwamamaza ukuri kugenewe iki gihe. Iki ni igihe cyo kubika ubutunzi bwacu mu ijuru no gutunganya imitima yacu maze tukaba twiteguye igihe cy’akaga. Abantu bafite amaboko atanduye n’imitima iboneyegusa ni bo bazabasha guhagara bashikamye muri icyo gihe gikomeye. Igihe kirageze ngo amategeko y’Imana abe mu ntekerezo zacu, abe mu ruhanga rwacu kandi yandikwe mu mitima yacu. {IZ 66.3}

  • @ukunzwenimanaolivier3284

    @ukunzwenimanaolivier3284

    11 ай бұрын

    Ikibazo si uguhiga cg kuba atarabisomye ahubwo ubuyobozi bw'itorero ubwabwo buturega kuriganya ariko nabo barariganya kandi na birasi cyane ubu mu migisho hari amagambo twasomye mu minsi yashize yavugaga kubyakozwe mu gihe cya TMI aho bavuze ko muri icyo gihe hatanzwe inkunga yo kubaka isengero igihumbi(1000) none nta narumwe rwubatswe ayo mafaranga yagiye he,ese ko cyera barundaga kuko itorero nta business ryagiraga ariko ubu rikaba rigira business ese ayo binjiza akoreshwa ate kuki barindira ko abizera baziyubakira isengero amavuriro nibindi munyuma bakabyiyegurira ngo union niyo igomba kujyenzura ibyo abizera bakoze mu butunzi bwabo kuki mu mashuri bubaha nta mwana w'umukene baha uburyo byibuze ngo yige ahubwo bagaturisha abakene bakubaka amavuriro umukene atazivurizamo kandi bitwa abakorera Imana bajye bajyenda nibo bariganya bambere

  • @ukunzwenimanaolivier3284

    @ukunzwenimanaolivier3284

    11 ай бұрын

    Sindwanya guhiga cg gutura ariko se ibihigwa nibiturwa bikoreshwa mu nzira ikwiye nkuko bibiriya ibivuga cyane cyane intumwa uko zabikoreshaga ibyasonzoranywaga ese ubundi isezerano rishya rirabyemera (ibirundo)

  • @jamesntaremusafiri5039

    @jamesntaremusafiri5039

    11 ай бұрын

    Ncuuti yanjye yanjye icyuzabazwa nuburyo wakinanutse naho abakozi bnabo bazabazwa ibyabo. Marayikka udasobwa yandika igikorwa. Cyaburimuntu

  • @twasenzimanagaston2114
    @twasenzimanagaston211411 ай бұрын

    Maraki 3 ni ikibando cyo guhondesha abizera abatazaba maso bazahura n'abungeri gito

  • @NzabavinyumaEmmanuel-ls5mz
    @NzabavinyumaEmmanuel-ls5mz11 ай бұрын

    Urakoze niba gahunda yaba iba murwanda gusa?? Badukure mukayubi ndemerako wibutseko utatanze icyacumi ahahise ubonyuburyo wayazanana nayandi ariko ribe ihame rusange bitewe nigikenewe

  • @niyigenatimothee7602
    @niyigenatimothee760211 ай бұрын

    Niba birimuri bibiliya ndabyizera bitarimo sibyanjye

  • @beauty2787

    @beauty2787

    11 ай бұрын

    Noneho uzajya utera amabuye abica isabato nabyo biri muri bibliya

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias150211 ай бұрын

    bamwirukane ariko avuzukuri.

  • @ellenuwimana1335
    @ellenuwimana133511 ай бұрын

    Ufite ikibazo gikomeye Imana ikugirire neza ikwiyereke kuko ibyo uriho uvuga ntacyo byigisha abantu uretse gutera urujijo gusa Theologie wize ntacyo yakumariye pe cg wabonye diplome yincurano

  • @niyojejoe5625

    @niyojejoe5625

    11 ай бұрын

    Areweeeeeeee ibyo ni ukudashaka gukoresha ubwonko wahawe nshuti

  • @hakundimanajosue2714
    @hakundimanajosue271411 ай бұрын

    Niba utazi ibintu ujye wicecekera .Soma 2 NGOMA 31:6-7

  • @venantnyandwi9391

    @venantnyandwi9391

    11 ай бұрын

    Yavuzeko Hezekiya wabivuze atari umutabyi cg Umuhanuzi

  • @HAGENIMANAJeandeDieu

    @HAGENIMANAJeandeDieu

    11 ай бұрын

    Ntabwo gutanga ibirundo byigeze biba ikintu uwiteka asaba ubwoko bwe n'ikimenyimenyi abisrayeli babitanze rimwe gusa, rero ntabwo yavuze ibyo atazi

  • @jeandedieudushimimana1516

    @jeandedieudushimimana1516

    11 ай бұрын

    Surely! Gute ibintu byakozwe rimwe bikarangira byabaye igikorwa ngarukamwaka?

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias150211 ай бұрын

    nashyirukuri ahagaragara ubusambo bukice mubanubimana.

  • @patienceniyonshima6426
    @patienceniyonshima642611 ай бұрын

    Ubundi se Abantu batanze amafaranga agakora umurimo Pasteur bimutwaye iki ko ariwo yahamagariwe? Abantu basibywa nibirundo sabakene nabanga gutanga. Kdi abatanga menshi sibo babura minerval.... Ahubwo bibura kubera izindi mpamvu pee. Pr sinemeranya nawe

  • @NsabimanaTheoneste-ey8zg
    @NsabimanaTheoneste-ey8zg11 ай бұрын

    Ko abasaba abizera gutanga ibirundo babisoma 2ngoma 31,wekutabitanga abisomahe yerekane ?yerekane umurongo abihanisha areke amagambo

  • @Nsengiauff
    @Nsengiauff11 ай бұрын

    Itabaza TV harya mukorerahe ngo nanjye nzaze nunge mu ry'uyu mugabo

  • @claudensabiyumva2112
    @claudensabiyumva211211 ай бұрын

    Uyumugabo asubije ibibazo nibazaga kuberako niba dutanga icyacumi mubyo twungutse niwoe n,Imana nibazako utayibeshya ikindi kukijyanye nibirundo harukuntu harimo amanyanga kbsa kand biba mu Rwanda gusa ibintu byokuduhamagara ngo twitange rwose wap ntibiboneye bituma twumva duhaze insengero zikigihe kand mumenyeko Imigisha tuyibona burimunsi .

  • @hagumakwihalaurent7764

    @hagumakwihalaurent7764

    11 ай бұрын

    Ibirundo byanditswe muri Bibiliya. Ntabwo BiBiliya yanditswe n'abanyarwanda.

  • @beauty2787

    @beauty2787

    11 ай бұрын

    ​@@hagumakwihalaurent7764abandi badive mubindi bihugu ko badatanga ibirundo,nuko badasoma se😊

  • @ngenziagape5929
    @ngenziagape592911 ай бұрын

    Ibyo mwakwigira byose udafite umutima wabyo ntacyo byabamarira

  • @cyamatareealexis1373
    @cyamatareealexis137311 ай бұрын

    Uvuzukuri nubwo kutemerwa bwose

  • @mauricetuyisenge2433
    @mauricetuyisenge243311 ай бұрын

    He's right 👍

  • @habimanapeter7447
    @habimanapeter744711 ай бұрын

    Paster ndagusaba kuzagaruka ukatubwura inkurikizi yikikiganiro utanze . Kuko ibintu uvuze birakomeye ariko tuzahita tumenya aho ubuyobozi bwacu buhagaze .

  • @Gaga-2020
    @Gaga-202011 ай бұрын

    Pastor Komera pe.

  • @niyigenasalud3548
    @niyigenasalud354811 ай бұрын

    Wiyobya abantu b'Imana

  • @HAGENIMANAJeandeDieu

    @HAGENIMANAJeandeDieu

    11 ай бұрын

    Ntabwo ari kubayobya pe!

  • @umuburowisiuheruka8935
    @umuburowisiuheruka893511 ай бұрын

    Sha pasiter baraje bahite bakwirukana,kuko igihe kibirundo nibyo Koko bahita bahunga insengero....unva bazana ibintu byingero

  • @carinecarine-9451

    @carinecarine-9451

    11 ай бұрын

    Byiringiro araje amukosore

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias150211 ай бұрын

    gewe naracyenye kuberagitanga ibirundo none iyukwezikwa 7 kugeze sijyajyagusenga sengeramurugo

  • @mukandayisengaclaudine6189
    @mukandayisengaclaudine61897 ай бұрын

    Mwemurarira. Murunda1 kumwka muzabaze abatuye muburasirazuba Barunda2 mukwa7nomukwa2 gusanjyewe simbirwanyap nibamuxiko mwakoreje. Abizera Ibitabaho nurubanzakurimw. Gusanawe. Harubujyowarikubinyuxamop .warengereye. kandisinziko. Haruwagujije. Kigirango atangemo. Ibirundo. Umuntu.atanga.ukwashobyoye udaafite. Akavireka Wandagaje. Itorerop.

  • @user-vz9fp5bs9i
    @user-vz9fp5bs9i11 ай бұрын

    Ariko numvisemo ibibazo 3 byo gusubizwa numuntu usobanukiwe: 1. Igikorwa cy'ibirundo cyabayeho ryari? 2. N'igikorwa ngaruka mwaka? 3. Cyakozwe gute? 4. Cyari kije gukemura ikihe kibazo? Munsubize mbere yo guhakana ibyo uyu mugabo avuga.

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias150211 ай бұрын

    ibyavuganukuripe ububutumwa bukwirehose abadivantiste babyumve

  • @jeanuwimana
    @jeanuwimana11 ай бұрын

    Usibye kwibesha ukabesha n'isi yose,uhakana Bibliya n'umwukaw'ubuhanuzi uri ukuboko kw'iburyo kwasatani; Igitabo;c'i byaduka P179 N°639 2Ibyokungoma31:5-6-7-8-9

  • @user-sh8if9cp7x
    @user-sh8if9cp7x11 ай бұрын

    Mbababajwe n'uburyo uyu mu Pastor kdi ugaragagara ko akuze.....Ntabwo barunda Inka hubwo barunda inyama ...abanyazi bamaze kuzibaga nyuma yo kuzisahura...icyakora barunda imyaka...amafaranga.....uyu mu Pastor habindi bintu bimwihishemo. Kwibutsa abantu b'Imana ko barigantije ndetse bagahabwa amahirwe yo kwihana ...rwose ni inshingano y'abatambyi cgwa undi wese wayoborwa na Mwuka Wera. Ezechias y'isanze iguhugu cyiri mumuvumo bitewe no kureka iby'ibya Mwuka kko abatambyi bari bararetse imirimo y'ubutabyi kdi byazaniye akaga n'ibyaha mugihu.

  • @ndayizigiyeedson3170
    @ndayizigiyeedson317011 ай бұрын

    Ubutaha uzamutubarize inkomoko yo kubatiza gatatu uwatatiriye amahame y' idini, n' icyo we yemera ku kuri k' umubatizo wa Biblia.

  • @nepomwarimu8843
    @nepomwarimu884311 ай бұрын

    Ubundi abadivantisiti bari muri benshi bitwa abakiriaito bayobye, ngaho kwihimbira inyigisho ,kwigisha amategeko aho kwigisha kristo kwizera inyandiko zabantu aho kwizera bibiliya ywewe .....

  • @m_shyakaemmy469

    @m_shyakaemmy469

    11 ай бұрын

    Kwihimbira?? Wowe urafata ibintu abantu bamwe bazanye ukabigira iby'itorero. Ntabwo nkuzo sinzi n'ibyo wizera ariko uzige neza iby'abadiventisti ushaka kubimenya Atari ukubinegura uzamenya ibyo bizera apana ibyo buri wese yigisha.

  • @Kubwimana321

    @Kubwimana321

    11 ай бұрын

    ​@@m_shyakaemmy469Wimufatiranya ngo ni uko atari umudive, njye nabakuriyemo mbatizwamo, rero ntacyo abeshye pe, abadive ntaho bataniye n'abagatulika b'i Roma.

  • @m_shyakaemmy469

    @m_shyakaemmy469

    11 ай бұрын

    @@Kubwimana321 Hhhh, ntabwo bintangaje kuvuga gutyo, ubwo wababayemo Uzi neza ko ibyo uvuga atari byo

  • @bunaniismael-di9fw
    @bunaniismael-di9fw11 ай бұрын

    Uwomucyo,murekeutambuke

  • @radjabnshimirimana2077
    @radjabnshimirimana207711 ай бұрын

    Vuba cyane nicyacyumi Amaturo Ifunguro Umubatizo nabyo muzabiha indi ntera Niko ubuyobe buheruka buri kumera 🤷

  • @jeandedieudushimimana1516

    @jeandedieudushimimana1516

    11 ай бұрын

    Aha turavuga icyo Ijambo ry'Imana rivuga ku bikorwa bikorerwa mu itorero! Kuko niba hari ibiza mu itorero bidashyigikiwe n'Ijambo ry'Imana; nta ho twaba dutandukaniye n'amadini yazanye inyigisho zitaboneka muri Bibiliya. Uretse ko iyo atari yo case ihari; kuko niba ibirundo bidatangwa mu badiventiste bose ku isi, bitaboneka mu byo twizera nk'Abadiventiste b'umunsi wa karindwi (bitari mu mahame 28 y'ukuri kwa Bibiliya twizera); ntibibe mu ndongozi y'itorero kandi ari yo itanga umurongo ngenderwaho w'itorero; none n'isomo ryifashishwa muri Bibiliya babisobanura bikaba bigaragara neza ko context yaryo itandukanye na context ibirundo bitangwamo muri iyi minsi; harimo ikibazo. Ibi ntitwabigereranya n'iyo mahame uvuze kuko yo ari evident muri Bibiliya, umwuka w'ubuhanuzi n'amahame twizera.

  • @jeanpierrehabumugisha4227
    @jeanpierrehabumugisha422711 ай бұрын

    Pr simvuze ko ubeshya,ariko urasa nubikora,gusa ngiye gusesengura.

  • @niyomukizaazalias1502
    @niyomukizaazalias150211 ай бұрын

    ibyavuganibyo ndamushyigikiye

  • @daphroseuwingeneye9218
    @daphroseuwingeneye921811 ай бұрын

    Yego paster uzadusobanurire no kucyacumi

  • @bythewaytvamasomo.rwanda7895
    @bythewaytvamasomo.rwanda789511 ай бұрын

    Ndemeranya n'itorero gutanga ibirundo mukwa 6-7 kuko biragoye gukiranukira Imana muri 1/10 ijana ku ijana, mu Rwanda batejereje neza kuriyi ngingo. Icyo nabonye nuko abantu badatanga kimwe mu icumi, nibo bahorana ibisobanuro byo kugandira itorero n'Imana, Pastor urakosheje cyane baguce mu itorero ry'abadiventiste mu Rwanda, gusa ntago uba uciwe mu ijuru, nugaruka ukihana tuzakubatiza mu izina rya Data wa twese niry'umwana niry'umwuka wera. Ariko ntituzongera kukugirira icyizere.Kandi usenge kuko Satani yagusabye usenge cyane utagwa mu moshya ukarundura.

  • @uweragrace5265

    @uweragrace5265

    11 ай бұрын

    Ngaho dusobanurire ukuntu ayamezi abiri Ariyo imana itangamo imbabazi nimigisha utubwire ahobyanditse nukuvugango ibirundo nikiguzi cyumugisha nimbabazi

  • @habimanapeter7447

    @habimanapeter7447

    11 ай бұрын

    Ndumudive ariko nanjye iyo tugeze mubirundo barancanga kuko usanga babigize intambara .barata abazanye menshi ,bakugenera urugero nkaho Bazi ibyo wariganyije ,bazabyite amaturo yo gukora umurimo .

  • @gjoneheartp2151

    @gjoneheartp2151

    11 ай бұрын

    Mbega umujinya we ukaba umubereye umucamanza ,uramubatije uhita umwima inshingano ,mbega imbabazi zigice umuhaye ,mbega ubuyobe mbonye mwi dini ,( Abafarisayo neza neza) nonese iyo umuntu yibye Imana ,itorero niryo tibimenya kurenza umutima w umuntu ukiranuka kuburyo kwikiranura ni Imana ,ahita abyibagirwa akabyibutswa ni itorero ,sibwo itorero ribaye lawyer!!!?

  • @denysenyiramugisha9898

    @denysenyiramugisha9898

    10 ай бұрын

    Kuki mudakunda ukuri?

  • @diocresshabimana6646
    @diocresshabimana664611 ай бұрын

    Umwuka wo gutangana ubuntu ni umwuka w’ijuru. Uyu mwuka ugaragarira cyane mu gitambo cya Kristo ku musaraba. Data wo mu ijuru yatanze Umwana we w’ikinege ku bwacu; kandi Kristo amaze gutanga ibyo yari afite byose, yaritanze ubwe kugira ngo umuntu akizwe. Umusaraba w’i Kaluvari ukwiriye gutera umuyoboke wese w’Umukiza gutangana ubuntu. Ihame ryagaragarijwe ku musaraba ni ugutanga, gutanga. “Kuko uvuga ko ahora muri we, akwiriye na we kugenda nk’uko yagendaga.” 1 Yohana 2:6 {INI 209.4} Ku rundi ruhande, umwuka w’ubugugu ni umwuka wa Satani. Ihame rigaragarira mu mibereho y’ab’isi ni uguhabwa. Biringira kugira umunezero no kumererwa neza; ariko basarura ubutindi n’urupfu. {INI 209.5} Igihe cyose Imana igiha abana bayo imigisha, bategetswe kuyigarurira umugabane isaba. Ntabwo bakwiye kugarurira Uwiteka umugabane abasaba gusa, ahubwo bakwiriye kuzana mu bubiko bwe n’ituro ryo gushima, ari ryo turo ry’ubushake. Bakwiriye gutura umuremyi wabo imiganura y’impano zabo batanganye ubuntu- ari zo ibyo batunze by’inyamibwa n’umurimo mwiza bakoreye Imana bitanze bafite imitima inezerewe. Ubwo nibwo bazabona imigisha myinshi. Imana ubwayo izatuma imitima yabo imera nk’umurima uvomererwa ufite amazi adakama, kandi igihe umusaruro mwinshi wa nyuma uzaba uhunikwa, imiba bazaba barashobojwe kuzanira Shebuja izaba igihembo cy’uburyo bakoresheje impano bahawe batikubira. {INI 210.1} 214

  • @manirahofelicien3005
    @manirahofelicien300511 ай бұрын

    Ninda wakeneshejwe nogutanga?

  • @uweracharmante2881
    @uweracharmante288111 ай бұрын

    Ibirundo ntabwo aringombwa murikigihe rwose, noneho bibaza cyane iyo batangiye gushyiraho target, ese niba ibirundo ari ibyo wariganyije umenya gute umubare wibyo wariganyije ? Ibirundo simbyemera rwose.

  • @mauricetuyisenge2433

    @mauricetuyisenge2433

    11 ай бұрын

    Nanjye ni uko ,ni imitwe kbx

  • @carinecarine-9451

    @carinecarine-9451

    11 ай бұрын

    Uyu mugabo aravuga ukuri

  • @nyamirundigroupscolaireadv5425
    @nyamirundigroupscolaireadv542511 ай бұрын

    Mbona warayobyo utakiri mu byizerwa

  • @beauty2787

    @beauty2787

    11 ай бұрын

    Kuko avuze ukuri se

  • @niyojejoe5625

    @niyojejoe5625

    11 ай бұрын

    Ubwo c yayobye gute?

  • @hagumakwihalaurent7764
    @hagumakwihalaurent776411 ай бұрын

    Iyo umuntu ashatse kuyobya abantu , areka gusoma ibyanditswe, agakoresha amarangamutima ye. Ntabwo bavuga urwandiko rwa mbere rw'ibyo ku Ngoma , bavuga igitabo cya mbere cy'ibyo ku Ngoma, Ntekerezako uwo mugabo yakagombye gutandukanya Inzandiko zanditswe na Paulo , zanditswe na Yohana...... N'igitabo cyambere cg igitabo cya kabiri cy'ibyo ku Ngoma.

  • @jeandedieudushimimana1516

    @jeandedieudushimimana1516

    11 ай бұрын

    Uko yabyita kose ntibikuraho ibyanditswe. Simvuze ko mushyigikiye kuba adatandukanya urwandiko n'igitabo; ariko icyo si cyo kibazo nyamukuru. Ikibazo ni "Ibyo dukora tubifitiye evidences mu byanditswe byera?"

  • @venantnyandwi9391
    @venantnyandwi939111 ай бұрын

    Abantu babtizwa byo urategereza ko bagaruka ugaheba.

  • @SDA366

    @SDA366

    11 ай бұрын

    Biterwa nababishije aho kugirango babigishe Yesu na amaraso ye ahanagura ibyaha kumunyaha ngo bihane byukuri bakigisha ibijyanye nirari ryabo no gushyeshyenga abantu ngo bakunde bemere idini yabo kugirango nibabona bagwiriye babake icyacumi, ibirundo na amaturo ndetse nibindi ngo buzuze inda zabo usome Bibilia wumve uko ibavuga Matayo 23:15 cyangwa uhere uhere ku murongo wa 13 kumanuka nohasi witonze

  • @diocresshabimana6646
    @diocresshabimana664611 ай бұрын

    Ezekiyeli 33:15 umunyabyaha nagarura ibyo yahawe ho ingwate, akagarura ibyo yibye, akagendera mu mategeko ahesha ubugingo ntakore ibibi, kubaho azabaho ntabwo azapfa. Dusobanurire ibyuwo murongo

  • @user-nl5gn9tb9w
    @user-nl5gn9tb9w9 ай бұрын

    uyu Mugabo ibyo avuga n'ukuri. uburyo ubuyobozi bukusanya amafranga jye mbifata nk'Ubwambuzi bushukana.

  • @sebadeyicharles809
    @sebadeyicharles8099 ай бұрын

    .ibyo.uvuga.Byiringiro.azkuvunira.umuheto.urashaka.kubuza.abapasitoro.umugati.mwishe.abantu.mubgonko.murikunda.pe.ntaho.mutaniye.namabandi

  • @paxtvlive
    @paxtvlive11 ай бұрын

    Gusa icyiza nuko ibyo arimo ari itangiriro ry'abandi nkawe mwibuke

  • @emmanuelitangishaka7266
    @emmanuelitangishaka726611 ай бұрын

    Uyu Mupasteur ashobora kuba afite indi mission itari iyi torero

  • @hagumakwihalaurent7764

    @hagumakwihalaurent7764

    11 ай бұрын

    Uyu ntabwo Ari pastor ni umukuru w'itorero. N'ubwo abyiyitirira, ntabwo aribyo.

  • @NzabavinyumaEmmanuel-ls5mz
    @NzabavinyumaEmmanuel-ls5mz11 ай бұрын

    Mumpe Numero ya pst

  • @venantnyandwi9391
    @venantnyandwi939111 ай бұрын

    IBYO PASTER AVUGA NIBYO PE

  • @MartinRugenza

    @MartinRugenza

    11 ай бұрын

    Ibyo pst avuga nukuri gusa itoreroy'Imana niryukuri gusa ikibazo dufite mw'itorero Ubu bimeze bite WE nabayobozi bargize nk'ishyirahamwe ryabo ryijyenga rimwe narimwe abobayozi birengagije uko Bibiria ibivuga Amara gamutima yabo bakavana kUgakiza bakayerekeza kundamu .ikibazo rero uvuzemo ukuri kwa Bibiria binyuranye nibyo barimo bawita umuroberi cy uwagumutse ,kubwabo bayobozi buyu munsi yo uvuguruje ibyo barimo barakurwanyanibindi pst n'umunyakuri pe

  • @Kubwimana321

    @Kubwimana321

    11 ай бұрын

    ​@@MartinRugenzaIri torero ni ishyirahamwe ryigenga nk'ayandi yose ni ikimenyimenyi uzineshye uribangamire bazagusohora bajugunye hanze. None se kuki utibaza impamvu imimuriko izamuka mpaka kuri General conference muri Amerika, none se uyobewe ko abazungura b'abashinze iri dini bagomba kurya ku musaruro urivamo? Muge muca ubwenge ariko, wibaza se ko muri Amerika ariho haba abakene baruta abo mu Rwanda ku buryo ari bo bajya gufashwa n'ayo maturo? Haranditswe ngo muzamenya ukuri kandi ukuri ni ko kuzababatura...

  • @hagumakwihalaurent7764
    @hagumakwihalaurent776411 ай бұрын

    8 Mbese umuntu yakwima Imana ibyayo? Ariko mwebwe mwarabinyimye. Nyamara murabaza muti 'Twakwimye iki?' Mwanyimye imigabane ya kimwe mu icumi n'amaturo, 9 muvumwa wa muvumo kuko ishyanga ryose uko mungana mwanyimye ibyanjye. 10 Nimuzane imigabane ya kimwe mu icumi ishyitse mubishyire mu bubiko, inzu yanjye ibemo ibyokurya. Ngaho nimubingeragereshe, ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga, murebe ko ntazabagomororera imigomero yo mu ijuru, nkabasukaho umugisha mukabura aho muwukwiza. (Malaki 3:10;9)

  • @nyirahirwamariegrace1157

    @nyirahirwamariegrace1157

    11 ай бұрын

    None se ni ibirundo?

  • @umuhireblandine5346

    @umuhireblandine5346

    11 ай бұрын

    Sinzi niba abadive bagendera kumategeko atandukanye, ahomba ntanarimwe numvishe babwiriza ibyibirundo, itorero riba rifite bije yamafaranga azakenerwa. Abizera bakayatanga. None ibyo birundo, amarushanwa yamafaranga uyasangahe muri bibiliya? Numwuka wubuhanuzi urikwitwaza usome neza usobanukirwe unasobanuze.

  • @mukabagambejacqueline

    @mukabagambejacqueline

    11 ай бұрын

    ​@@umuhireblandine53469

  • @habimanapeter7447

    @habimanapeter7447

    11 ай бұрын

    ​@@umuhireblandine5346ubahehe muvandi?

Келесі