Nasambanye n'Umukecuru w'Imyaka 85 kugira ngo bampe IMBARAGA😳 ATWERETSE ISANDUKU n'IMPETA BAMUHAYE😳🔥
Ойын-сауық
#Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Пікірлер: 337
Ububasha bwa illuminate ndaburimbuye mu Izina rya Yezu Christu mburoshye mu nyenga y'irimbukiro,imitongero n'ibihango byose bya sekibi yakoreye ku bana b'Imana ndabirimbuye byose mbiroshye mu nyenga y'irimbukiro. Abana b'Imana sekibi yaboheye ikuzimu ndababohoye mu Izina rya Yezu Christu Ububasha bwa Christu Umwami mburimbuje ububasha bwose bwa sekibi aho buherereye hose ubwaribwo bwose.mbitegetse mu Izina rya Yezu Christu wapfuye akazuka
Uyu musore aracyakeneye kubohoka neza! Akeneye umuntu Mukuru mu mwuka,UMUFASHA urugendo rwo gukizwa neza! Agire Itorero,ashake umushumba ufite imbaraga,Kandi ahumure Yesu aracyabohora imbohr
Iyi témoignage ni authentique najye nza guhamagara nguhe témoignage satan un grand menteur njye n'a hanganye na maimuna yesu ni mwiza Ubu nda tekanye kubwa yesu j❤ Jesus %
Nsomye mu maso ye ko mbonamo ibinyoma! Yaba abeshya inkuru cg se yaba ataravamo adashaka kwimena inda😢
@user-tz4me8tb2h
2 ай бұрын
😂😂😂😂😂😂
@mukashimwealphonsine688
2 ай бұрын
Ahubwo njye nabonye ashobora Kuba ari muri mission yo kwamamaza kuko gukizwa byo ndabona wapi.
@musaniwaborehema
2 ай бұрын
Njye ndabona akirimo
@sansandra.3440
2 ай бұрын
Nange niba atabeshya inkuru Aracyarimo😂😂
Plaisir ubuse bwo nago agyayo koko mwizina rya yesu imana imukoreho
Imana Ishimwe cyane yuko uri mu twe(abakristo b'ukuri) aruta uri mu b'isi bose,Kandi naho amarembo y'i kuzimu yazukuka ntacyo yatwara itorero(umubiri wa KRISTO=umwizera nyakuri),kuba satani akora haba ibi twumvise cyangwa n'ibindi tutarumva,ntabwoba tugomba kugira kuko turikumwe na KRISTO Yesu wamunesheje i Gologota,ahubwo dukomerere mu Mwami Yesu no mu mbaraga z'ubushobozi bwe bwinshi,kuko abo dukirana nabo atari abafite inyama n'amaraso ahubwo ari abategeka iy'isi y'umwijima(Abef 6.10-18) Kandi twibuke gusabira abera bose,no gusabira abakiri muri ubwo bubata bwa satani,ngo baveyo,basange Umwami Yesu abaruhure,murakoze.
Ndahombye kuba mbonye ikiganiro nta Comment nimwe irajyaho First comments first like kukiganiro! Abahagera mwese nyuma mumpe like ❤❤
@Isidore-bv3mu
2 ай бұрын
Harya iyo tubahaye like bigenda gute? Nayishyizeho munsobanurire tu!
@user-uw1co9po5i
2 ай бұрын
😊
Ntagobirakuvamo , njye numvise ubu buhamya ndasinzira ntagira kurota nabi mwizina rya yesu nturabivamo yesu agutabare usenge cyane, uhamamagare amaraso ya yesu, uzavayo
Biteye ubwoba yesu nakomeze akore 🙏🙏🙏
Yesu akunda abantu. nawe uvuemera gira like
Egoko Mana biteye ubwoba, Imana irokore ubugingo bwabamaze kubohwa. Ikomeze ishyire hanze gukora kumwanzi .
Plaisire, amakuru y'Aline
Yesu christo ni umwami wa amahoro iteka ryose 🙌
Yesu nashimwe cyane uyu musore nizere ko yatandukanye na satani burundu kuko ndumva ubuhamya bwe buteye ubwoba
Imana ikomeze iturengere kandi urakoze kuduha ikiganiro kiduhugura tugomba kuba maso kandi tugasenga tudakurikira ibyisi bizashira tugaharanira kuzagira ubugingo buhoraho
Satani afite imbaraga nyishiiiii cyaneeeeee arko hejuru yimbaraga za satani hari imbaraga Z'Imana arzo zimira izindi
The marriage was a transfer of powers. This is crazy at 3 yrs? Insane!!!
Imana niyikomeye kwisi naho satani yaraneshejwe
Bantu mwumva iki kiganiro mucyumve mumaze gusenga njye nacyumvise ngeze hagati agatotsi karamfata ntangira kubona ibigabo binsambanya malaika anjabuye mubitotsi nahahamutse, ngarutse mvuye mubitotsi nibagiwe ibyo narindimo ariko narindi gutokesha, mubanze musenge nyabuna.
Yesu kristo mwami turengere udukore ku maso naho ubundi twarinjiriwe
Wamusore we niba waravuyeyo egera abakozi nimana basizwe amavuta bagufashe gusenga kuko ndabona ufite intege nkeya cyane byazarangira usubiyeyope
Ubuzima tubuhabwa na Yesu Christo we wemeye kubutanga Ngo tuburonke. Hashimwe Yesu we wakebutse intama ye yazimiye Akayitahura. Ikibazo nibaza, Ese Nyuma yabobagore mwaryamanye, ko wuzuzaga amasezerano, Nyuma iyo ubonanye cg uryamanye numukwobwa, bigenda bite?
Imana igutabare gusa nubu ndabona utarakizwa naza
@MuhawenimanaJeannette-yq1qd
2 ай бұрын
nawe ndabona udakijijwe
Ntukavuge kwari your Lord kuko Uwiteka niwe Mana yawe
Iryo Zina ntibaryemera (ririmo yesu) none ngo wari we 😂😂 biratangaje kbs Mwakire comment yanje gusa 😅😅😅😂😂
Imana iturinde abazimu mwizina rya YESU
Hallellua Imana ishimwe kubwurukundo idukunda Kandi muvandimwe uzakorere Imana nkuko wakoreye Satani
Uwiteka tabara ubwoko bwawe,😢😢😢that thing is really.murakoze cyaneee kuki kiganiro..
Imana itubabarire nukuri Kdi Umwana w'Intama w'Imana atubature
ihangane Imana igukuyeyo ninyembaraga izaguhindurira ibuzima
Mwisi yumwuka harimwo ibintu vyishiii kbs Imana idufashe caaneee.
Iman ishimwe kowabivuyemwo🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇸🇦👏👏
Yesu ni muzima Imana ishimwe
Igice 2 pelizil. Afite byinshi byokuvuga abantu bave mubibi. Ndikwibaza. Abantu benshi. Babigiyemo
Mwiriwe. Yesu nashimwe cyane. None se afite imyaka 3 Ninde wabimujyanyemo
@bennyumulisa8265
2 ай бұрын
Yego ra
Mana we! Mbega inkuru ndende kdi iteye ubwoba! Cyakora Imana ni nziza kdi ishobora byose. Muzaduhe part 2, twumve umuntu Yesu agira neza.
@NirankundabanyangaBlandine
2 ай бұрын
Iratabarape& 4:33
Nyakubahwa Munyamakuru mwajya mwishimira kuvuga. KRISTO YASU KUKO BYOSE KURIWE NIBYIZA RWOSE KUKO IMANA MWIZINA RYA. KRISTO YESU MURKOZE
@uwimbabaziesperance8478
2 ай бұрын
Nibyiza kubivuga kugirango nabandi bamenye ububi bwa satani
@MucyoBless
2 ай бұрын
Nkabizera tuziko kuvuga izina rya YESU KRISTO bibohora.Musore rushaho kwatuza akanwa kawe izina YESU bitari ibyumuhango ujye urivuga bivuye kumutima ugambiriye gukizwa no kubaturwa naryo satani azaguhunga byihuse kdi burundu.
@assielkaruranga6330
2 ай бұрын
Imyandikire yawe irimo amakosa.
Yesu ni ashimwe! Plaisir Yesu aguhe imigisha ku bwo kudukangura utuburira ,no kumenya ibyo tutari dusobanukiwe byo mu isi y'umwijima benshi bahakana ku bwo kudasobanukirwa ibibera yo.
Uwo musore abamwegereye bamufashe bamusengere cyane. Bitange Imana izabaha umugisha
yesu dutabare kandu uturengere kubwimbaraga zawe niwowe ntwari muntambara
Uyu mwana kugira ngo azabohoke bizagorana PE hazaba ho amasengesho menshi cyane kuko ubuzima bwe bwose ni nkaho yari muri iyo si y'umwijima.gusa niyizere Imana kandi asenge cyane amaraso ya Yesu Kristo azamubohora 49:48
Imana ihwambike imbaraga
Imana ishimwe ko wavuyeyo
Uracyakeneye amasengesho menshi cyaneeeee
Ubuhamya nkubu tubatubukeneye ngo dusobanukirwe
Amaraso ya Yesu akwinjire mo,a neutralise ayo yakwivanze mo yanduye,uhinduke umunyago we. Mu izina rya Yesu waducunguye. Amen 🙏
Uyumwana bivuzeko bamutanze arumwana 😭😭😭
Birakaze peee nugusenga cyane bakazi b Imana
Uwo mwnaa akeneye oo tumereka urukundo kdi urkundo tuzamwereka nirwo ruzamubera intangiriro yo kuraraukundo rwawe yambuwe kuko yavuzeko atakigiraurukundo Imana izabidushoboze Murakoze
urabeshya
Yesu n'umwami wabami arashoboye
Sha Yesu aguhe agakiza pe
Imana irakomeye💪💪
Mana we sindumviriza inkuru ariko ndumiwe pe reka nkurikire numvirize ubu buhamya
Imana yo mwijuru ishimwe kubwawe gusa uzatwereke izo mpeta batanga
Amen amen
Ndabona urikubeshya pe
@MugiranezaPierre-pi4du
2 ай бұрын
Arikubeshya nubundi
@UwimanaBeata-yk1oc
2 ай бұрын
Yaba yibeshya ariko ntitwibagirwe ko satani akora mu mbaraga zumwijima
Imana izakurengere kugeza kwiherezo kandi usenge cyane
Imana ikongere imbaraga Niyo dukesha byose
Eriya bamaso usenge cyane batazakugyana. Sha
Ntago byoroshye, Imana iturengere.
Mana we iyi si iberaho byinshi bibi umbe hafi ndakwinginze ntujye kure
Yesu nimwiza cyane
Ni hatari tu❤Isi irashaje igihe guhirima
Ugume usenge cyne wihishe muri yesu knd uku wamennye amabanga yabo baraguhiga cyn usabwa gusenga cyneeee
Yesu atugenderere adutabare
Ikindi gice kirakenewe
Imana lgufashe lgukurahohantu lkuzuze lmbarga
Nicyoshye pe
Mbaye uwambere
Yooo Yesu arakuzi bizagushiramo
Gusa najye ndatangaye gusa abantu bajye bamenya ko isi yimyuka ya dayimoni ibaho gusa Imana ishimwe ko itwitaho
Yesu arashoboye kd arakomeye arahambaye kd natwaza igitugu
Yesu amufate amukomeze arko ndabona atinyitse,gusa yesu arashoboye
Akeneye abamufasha gusenga akajya no mubyumba by'amasengensho, kugirango izombaraga z'imyukamibi zihagarare.
Uwiteka agukomereze mumbaragaze✊✊
Imana lfite ibushobozi nububasha tuyinambeho ntaho itakura umuntupe!
Ariko Koko blez ibibintubibaho? kompora nkubona ukora ibiganiro bitandukanye haribyo wabonye imbona nkubona?
Ariko abanyarwanda mwadufashe nkinjiji koko!
Hageze kwavugako yakiriye YESU NKUMWAMI NUMUKIZA kuberiki yaravye inyuma ..ntiyarivuze neza yarikwefye naho wosubiz inyuma ukaraba il est pas clair le ga!!
🙏
Sinzi impamvu numva abeshya
Aha nibyoroshye
Yesu agutabare nukuri pe!!!!
Yesu weeee 😢
Wamusorewe Amaraso Yayesu Kristo agutwikire
@assielkaruranga6330
2 ай бұрын
Ntabwo bandika ngo Yayesu Kristo, bandika, ya Yesu Kristo.
Ahaaa
Oh my God Imana nitabare abari mwisi😢😢😢😢
Plasair weee iki kigaro n' ukubeshya pe!!illuminate ntijyamo ba gafifi nkabo pe!!!
😊
Uhhhhh
Yesu aracyakora pe kdi imbagaze ziracyahari
Nukuri isi yararangiye pe imana idutabare
Kwacinara yesu😳🙏
Yesu mwana y'Imana
Yesu agutabare
Yesadufashe
Nidange
Nk'uyo yotwara EAC gute kandi tuzi ko itwarwa n'aba président. Ariko ikiganiro kiraryoshe vyiza mwari kugicamwo2 Kuko ni kirekire
Urabesha Koko,,,murabura ibyo mukinishaaa ubona bokujyanaaa Wowe?? Hmmm ntabatindi bakorana rwose