NARIKINISHAGA BYANZE nshaka abagabo 2😳NIBA UDAFITE IMYAKA 18 NTUYIREB⛔UKO NAKIZE IBIKOMERE NKAKIZW
WIFUZA GUKIZWA CG GUTANGA UBUHAMYA BWAWE (INKURU YANJYE) WAKORESHA IZO NIMERO ZIRI HASI Cyangwa, WIFUZA GUSHYIGIKIRA UMURIMO W'IMANA
_______________________________________________
MTN Mobile Money : +250 788 20 8757
Airtel Money : +250 733 049 049
_______________________________________________
Ushaka Gukoresha Western Union cg Money Gram watubaza kuri izo nimero, Ushaka kubana natwe kuri watsapp Group Nyura hano: chat.whatsapp.com/FHRYGoxn6MW...
#Irene_0788208757 #Bohoka
Пікірлер: 522
Ndakwibuka disi muri ESAPAG IGITWE, uri mwiza cyane. Courage maman Imana ikwiteho
Babe ndishimye cyane ubuhamya bwawe nubwanjye Borasa
utarakoze icyaha nakimwe namutere ibuye kandi ibyaha byose imbere y'Imana birangana,
@cyogerekyilan6424
8 ай бұрын
Ababantu uko nababonye ubahitishijemo kubeshya no kwikinisha bahitamo kubeshya 😂😢😂😢😂 ntago bazi ntacyaha gito cg kinini imbere yImana byose birangana igihembo numiroro utazima 🔥🔥
@MM-studio1-q4i
2 ай бұрын
Ibya ha ntibingana,ikindi ibyo yavuze yakoraga nta cyaha nakimwe kirimo
Urukundo Imana idukundo ntirushingiye mu gukiranuka kwacu kuko twese dukora ibyaha ark ntibura kutugirira ibambe knd hashimwe Yesu Kristo ubohora imitima yacu. Uyu mubyeyi Imana imuhe umugisha, ubu buhamya busaba imbaraga z' Umwuka Wera kuko burimo ukuri kand ukuri ni kwiza kurabatura🙏❤❤❤❤❤
Disi uri inzu yibitabo yigendera ,,,wanda ni ubuhamya bwigendera ,,,wagize ubuzima bwibitangaza let's jehovah show u love
Kumenya Imana; bitanga ubwenge Umuntu atunzwe nukugira ibanga; Manaweeee!!!!!!!
@vincianeigiraneza9020
8 ай бұрын
Ntaci Imana ikorera ubusa harabaribufashwe kandi bakire
@Ob1021A
7 ай бұрын
@@vincianeigiraneza9020ni iki cyemeza ko ari Imana yabikoze?
Imana ni nziza .Wanda iryo ni ishuri . Ndagusaba gufata ugakomeza Imana yawe. Ntuzayiveho .
Ariko abantu mwandika Comments mujye mubanza mucunge amagambo mukoresha!!! Baca umugani ngo ushaka gukira Indwara arayirata, YESU yaravuze ngo utarabikora namutere ibuye ubu wasanga mwebwe mukora ibirenze ibi yavuze😂😂😂😂😂😂
@user-um6xz8xm8q
8 ай бұрын
Ubuzima yanyuzemo burabimwemerera mwihangane . Nawe uvuga gutyo SI uko utunganye ahubwo ni uko wihishira . Kandi ushoboye wabivuga kuko kubihisha byica nabi ( bigira mubi , kumaso , kumutima , no mungingo nyinshi !!! Niyivugire . Mumwihanganire pe nanjye ntaramwumva nari natangiye kumunenga . Ubuzima ntitububamo kimwe Kandi ibidukomeretsa ntibitugiraho ingaruka kimwe .
@nyiragasanialice2998
8 ай бұрын
ntimugashukane mu buzima nkubu ntago umuntu abushyira hanze
@bitwivyawe9141
8 ай бұрын
@@nyiragasanialice2998muvuge make niba hari ibintu byica umutima nibyaha wahozemo buriya nubwo yokwihana akabireka yumva abishyize ahabona aruhutse cyane ndabizi
@holinessnyana8283
8 ай бұрын
Ngo muri egiputa😂😂
@holinessnyana8283
8 ай бұрын
Nigute ushobora kuba utarabonanaho numugabo, hanyuma ugafatwa mumwuka wo gushaka kubonana nawe? Nonese ko warutarabonanaho numugabo, wabwiwe Niki ko aribyo ushaka? Am confused 🤔
Nimu maman mwiza gutanga ubuhamya bifasha abandi. Ndamukunze uwo mukenyezi kwifata agatanga ubuhamya yemye n'intwari kandi Imana y'urukundo ize imuhe ivyiza yumva yipfuza kugeraho.
Aliko nkubu koko kuki utinyuka kwivamo gutya. Jyewe mbona wakwiherera ukaturira Umwami Yesu icyo icyaha kndi wababarirwa pe. Ntimukimene inda disi. Mujye mwibamo.
@gloriasandez1280
7 ай бұрын
Hanyuma abandi bagakira bate?
@dariusluckyniyonsenga8601
Ай бұрын
Nonese ubundi baturira kuri social media Koko
Imana ishimwe ko wabiretse bibaho singusetse pe usibye nokwikinisha no gusambana twarasambanye gusa Imana ishimwe yatubohoye
Avugisha ukuri disi😊. Ari honest pe. Courage cyane Maama
Imana iguhe umugisha uri intwari. Kandi uracyafite ubugwaneza wakuranye biragaragara wakabaye uvugana ubusharire kubera amateka nibyo wahuye nabyo. Abasebanya bo bihane kuko natwe yaratuzuye ubwo twari dupfuye kandi nzi neza ko iyo umuntu ashyize hasi icyubahiro cye Imana ikiza abantu benshi. Komera
Pole birashika cane cane abakobwa beza nabagore beza bakunda guhura nabagabo babateka kwimitwe arukubabesha wihangane bibaho usenge Imana izokugirire neza nabana bawe
Yoooooh disi unomumama ndamwikundiye ari open cyane pe yamaze kwakira ubuzima yaciyemo
Ariko uwomwuka mubi wabateye wo kwiyanika kukarubanda mwarekeyeho koko!!!! Plaisir rwose ibibiganiro nibyo kwica abantu cyane urubyiruko.
@dariusluckyniyonsenga8601
Ай бұрын
Ibibintu sibyo rwose
Komera wanda nshuti yanjye Imana iragukunda umwana twiganye hobeeee❤
Mpise nipfuka mumaso. Hari ibiganiro biteye isoni bitakagombye kuza in public.Hari igihe abiyita abarokore bimena inda vraiment!!!!!!!Umubyeyi uvuga uko yikinisha imbere yabana🤔🤔🤔🤔🤔 Ntitukabure ubwenge babyeyi.
@user-nz1cc1fk4l
8 ай бұрын
Hoshi nawe !
@user-ri5fu2ef2t
7 ай бұрын
Gukira indwara kwiza nukuyirata
@josuetuyishime1134
6 ай бұрын
Ibyo mwihaye byo kujya muvuga byose nkabasaze ntizatinda kubona ko mwibeshye
Ariko mujyemumenyako murababyeyi wibukeko ejo cg ejobundi abana bawe bazakura nkicyo kiganiro umunsi abana bazacyumva urumva ntagikomere bazagira?
@user-qg6df5rf6p
2 ай бұрын
murahubuka cyane pe
@dariusluckyniyonsenga8601
Ай бұрын
Ibisibyo rwose
Pole nukuri wahuye n'ubuzima butoroshye !! First , kutamenya ababyeyi kandi ukanamenyako bishwe byarakwangije icyo wakora cyose Imana ikorohereze .
@ruthnema1774
8 ай бұрын
Nigikomere gikoneye Cyane pe
@nsengumukizajonatha1276
7 ай бұрын
Urikumubaza nabi ntago biryoshye.
Yoooh, ubu se abayeho ate uyu mu Mama koko? Abana se abareresha iki? Mana we, nakenera ubufasha muzatubwire pe!
Uriho umwuka w'ubusambanyi nubu! Ufite umugabo uri spirtual ! Washyingiwe umuzimu m'umudayimoni utatuma ubana n'umugabo numwe utarakorerwa delivrance yuzuye ! Usabe Imana izaguhuze n'umukozi wayo muzima!
@mukabarangajacky7702
8 ай бұрын
Ark ryose izo delivrance harya zikorwa na bande, kwizera Yesu bikiza ibyananiranye mwe kwizerera mubantu
@nyandikira
7 ай бұрын
@@mukabarangajacky7702 yego ni ukwitonda kuko ni 1 % bafite impano n amasengesho byagufasha! Abenshi bagukuramo bimwe bagushyiramo ibindi.Nka ba bandi boza abagore n abakobwa mu gitsina n abandi,...
@Josiane38085
23 күн бұрын
Amaraso ya Yesu kristo yamubohora naho bano bapasiteri bo bazamumaraho ibye
@user-vs2qg7tz4r
22 күн бұрын
Yesu niwe vyose humura mugore mwiza
Mana yanjye udutabare uduhe ubwenge bwo kumenya ibyo dukora nibyo dukwiriye kuvuga ubitubashishe uduhe izo mbaraga mu izina ryaYESU
@Kayuzi-xd2xo
8 ай бұрын
Nukuri pe Imana idihe ubwenge Nonese wamugize inkoramutima ite uzi.nibyobyakubwiye mbere ngo muryamane. Umva Imana ikwiteho ariko iguhe n'ubwenge
Mana yanje wee urumu mama ukubahuka ukavuga ibintu nkivyo ufise abana ??😢😢burya mubuhamya hariho ibintu bitavugwa
@nkundiye34
8 ай бұрын
ibibazo biragwira kabsa nkubu abana buyu mu mama baba bunva bameze gute koko , ese nkibi arabivuga ngo bimare iki
@Rm-zo7ro
8 ай бұрын
Nyamara kubivuga nibyiza kuko muriwe arakize.ababuze abo babwira nibo bigorewe
@mugoreweraesperance9318
8 ай бұрын
Kuvuga nta kibazo kirimo.Ubuhamya bufasha abandi benshi.Nta mpamvu yo kumugaya rwose.Abana bazamenya ukuri kndi amateka y,umuntu nibwo buzima bwe.
@Ob1021A
7 ай бұрын
@@Rm-zo7roeeeh iyo ushaka gukira ubigenza nkuko?
Ihangane Sha Imana nise wi mfubyi kd irijambo wabanje gusoma riramfashije pe Imana ikomeze igufashe ikongerere Imbaraga no kwihangana
Disi ndagukomeje bitumye ngukunda cyane,icyo igitsina gore dukwiye kumenya n'uko abagabo badufatira kubyo tubabwiye byadukomerekeje.Imana ikomeze ikwambike imbaraga,nanjye unsengere kuko abagabo barambeshya nkumva Ari Imana imumpaye bikarangira nkomeretse ngatukagura Imana nti kuki nitonze ukaba waranyimye urugo?Ariko urankomeje nkwigiyeho nanjye Imana indinde izo ndyarya.❤❤❤
@habinezakinnocent5458
7 ай бұрын
ihangane nshuti, uri ishusho y'imana murasa ntukababare, imana ikurinde
@emmanuelbudiya6661
7 ай бұрын
Humura Uwiteka arikumwe nawe azaguha ugukwiye kdi azakomora ibikomere byose wahuyenabyo
@felicitebacurwuwundi5002
7 ай бұрын
Qaa
@harorimanaelias2092
7 ай бұрын
Umwami IMANA ibahehe umugisha kuko niyo mugenga . Yo yarizi uko uzabaho Siwowe wabishoboye niyo yagushoboje
@nshimiyumukizasteven6756
6 ай бұрын
Abashaka kubaka kdi ntaburyarya turahari ikibazo nuko igitsinagore mukunda ababashuka
Ariko mwahiye Mureka gucirabantuhwiteka Ubuse haribyo yavuze bidasanzwe ibisibyo Duhoratwumva kuriyimihanda Ububuhamyabwe Burakiza benshi Cg ikibazo nuko yabivugiye Kuribohoka Ntibugakabye Ntankayaciyamabere Rata Imana ikwaguririmbago Ibindi namatiku Utarakozicyaha Namuteribuye
@uwirokoyerosette4828
Ай бұрын
Ark ntamuntu wamututse pe niba wasomye comment nuwamutuka ntiyabarimuzima
Nshimiye Data yagukujije,ibindi navyo ninyongera ivyo yakoze nivyo vyari bikomeye cane muvyeyi❤Data yaguhaye Yesu atekeyemwo vyose azoguha nibindi mwizere.nanje mbaye mwene wanyu ncuti.
❤ Imana iravugango genda ubeho kdi uriho urikudufasha usaneza usekaneza disi ntawamenya kowababaye bambe komera ukomeze ufashe benshi
Imana igukomeze kuko wanyuze mubikomeye.nafashijwe nuko wavugishije ukuri kuko harabakora ibiruta ibi ntibabivuge ntagikuba waciye .ndakwifuriza kuzabona umugabo uzakomora ibikomere kuko ntaho itakura umuntu.ntacyo bivuze ibyo wanyuzemo byose kuko wamaze kuba icyaremwe gishya
Iryo jambo ndarikundaaaaa yesu we mbanumva nokwama nisomera ngaho igihe cose narangiza nkishimira IMANA vyonyene
Plair,ndagukunda ariko hano hari ibyo mwari kugira ibanga,hari ibintu biba atari ngombwa kuvuga ku karubanda.Gusa uyu mubyeyi yarababaye ariko Yesu niwe nshuti yonyine
@user-mq4bp7fl9t
5 ай бұрын
Iyo wabohotse ntakintu kiba wagira ibanga utavuga,Imana igukomeze
Yoo ndakwibutse I Brazzaville Umugabo wawe yaragukundaga cyane ndetse Niwowe wamwanze uvugako arukumubona ubunini nubwiza ko atazi gutera akabariro Ubivuga nanjye narimpari nibawibuka twari kumumama witwa Beatrice Vana ibinyoma aho wandaya we
@learn_computerscience
7 ай бұрын
Koko x nibyo ibyumuvugaho kweri??
@yvonneayinkamiye7130
6 ай бұрын
😂😂😂😂😂😂😂 baza bigira beza baciye mugakiza naho ukuri nibo baba bakuzi
Wand komera nkunda abantu nkamwe cyane nidivine cyuzuzo ok abavuga kowabuze ubwenge nibo njiji gusa habwirwa benci hakumva beneyo komera
Shalom Shalom plaisir muraho turabakunda.cabe ukuntu mwitwara mugiye gusura abavandimwe muhezagirwe
Uri umunyakuri mubyeyi Imana yakurindiye muri ibyo byose nukuri izakugirira neza izabana nawe uzajyera kure kuko wa yimenye
Ntimukange ko bavuga ibwa mumabara yazo. Uyu mugore aravuga ukuli mubyamubayeho.iki bazo kilihe? Mushaka gukuza uburyarya gusa ngo ni banga.
Pole sana imana izakugirira neza ukomeze uko kwizera ufite imana ntizita abayo
Ubuhamya kubuvuga ni byiza ariko ncuti wakagiye wibuka ko urumubyeyi nijambo ry'lmana riravuga ngo mugire ubwenge haribyo utagakwiye kuvugira kuri camera pe
Ihangane warababaye lmana niguhoze amarira warize mwizina rya Yesu
Uyu mugore ibi avuga ashobora Kuba abimaranye igihe kirekire ubu nibwo indwara irikugaragara iyi ni dépression si agakiza biteye isoni za burundu😢😢😢
@mutonivivian8429
7 ай бұрын
Nukuri peee mbona hari ibintu bitaringobwa imbere ya camera ngaho Nukuri Reba umwana wawe azabona ibibintu pee ?? Sha murakabyapee
Imana ho mwijuru igukomezw ndumva waranyuze mubuzima nkubwange
Ariko ibyo nibiki muba muvuga, niki yavuze kidasanzwe, ubuhamya yatanze abo bireba ubwo birabafasha. Isi ntabwo isakaye, mubishake mubyange n’abo bana muvuga nabo bahura nabyo. Amaso yavuzemo yakuye muri urwo rugendo rwe, birashoboka ko hari abo byafasha.
@aminatauwase9101
8 ай бұрын
Sukose bigira nkaho ntacyo bazi kandi nibo babi 🤣🤣🤣abo bana barusha nabanyina muba muvuga
Be blesed wanda ; Imana izaguhoze amarira.
Uzabaze first lady niba ntacyo mupfana🥳
Imana yaragukoresheje ngo twebwe dukire
Humura my Sister Imana ni papa wipfubyi kandi ukomere Imana igufiteho umugambi.
❤oya nubwo yarumwana ariko yaramukunze nicyo cyatumye agenda nurukundo niko rutangira
Mana urumuntu w'Imana ihangane ukomere 👏
Ibyuvuze nibyo❤arikwahubivugiue siho shuti ?Imana ,niduhubwenge ku misozi turiho🎉
Iyi story inkoze ku mutima pe. Imana irahambaye! Wowe kora gusa witeze imbere, Ibindi Imana izabikora.
Imana yarahabaye disi Kubona warakuze❤
❤ you're beautiful and honest, God bless you
Nshuti zanjye mujye mugira indanga gaciro nyarwanda mudatukana! Iyo mutinyuka gutuka umunyamakuru;cg umwana utazi nu mufamile numwe,wowe warangiza ukajya kumutuka; sha abantu benshi bafite ibikomere !komera ;kuko ufite ibikomere rwose
Yoooo, nshuti barapfunyika, dis Gusa komatana n'Imana Bitanga amahoro Kd ijya ihitiramo umuntu ibi Mukwiriye Urakoze cyane wubatse benshi
Komera cyane mubyeyi mwiza hashimwe yesu wabaye muruhande rwawe ndumva duhuje
Uyumugore sumusazi sinumwana,azi ibyo arimo azi nibyo agambiriye kwatura amataka bifasha kubohoka ,nogukiribikomere.
@Ob1021A
7 ай бұрын
Ayawe warayatuye nawe?
@MutoniSarah-qz4em
7 ай бұрын
😂😂
Wanda mana we ihanga Maman mbega ubuzima gusa ihangane nguheruka muri APAER
Ubwose umwana wawe azasanga warabaye igitaramo koko!gusa ufite ihungabana kuko ibi sibyo kujya ku karubanda. Ariko c ubundi wajyagahe
Wonder, hari umupapa witwa Doc Rusa, uzamubaze niba ntacyo mupfana
oooooh sebu rya ntiwarangije duherukana twiganaS5 yarafite ukuntu acecetse yaritondaga disi kuburyo no kwishuri bimwe abahungu baba bakunda nabakobwa kwishuri we wapi yabaga yibereyeaho.
Presi, urasetsa nawe, nukuri uwo mubyeyi Yara abate, Umwami Mana amwomore forever 🙏🙏
Ariko rero Irene;Plaisir uzamubwire uzakosore Interview zawe ; yamugoye ; hari ibibazo yagombaga kuba superficiel ;😢😢kabisa; ariko yatumye ujya in deep mubintu bitari ngombwa;any way Imana ibahe imugisha kubwiki kiganiro ; wanda ; ndamukunze cyane.
@iradukundaaline9205
7 ай бұрын
Uyu mudam ni mwiza peeeew
Iyaba Mwari muziko uwo mwuka wokinisha wonyine numudayimoni udashobora kukwemerera kubaka
@Ob1021A
7 ай бұрын
Wabibwiwe niki ibyo?
@kalimbaedouard8250
6 ай бұрын
Kdi yarabisize congo Brazzaville.
@yvonneayinkamiye7130
6 ай бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂@@Ob1021A
Wazize izo pass bagutangangamo mubyeyi mwiza iyo ureka bakiteretera uba ufite urugo rwiza gsa nimipango yimana ifite uko izakubeshaho be strong arko wavuze byinshi abana bawe nibareba iyi vedeo bazifata kumunwa
Yesu niwe mubyeyi wacurata
Uyu mugore Ari gutanga ubuhamya bufasha benshi,kd yagerageje gukoresha imvugo nziza abamunnyega nayobewe icyo mumunenga kabisa!! Inama watanze zubahwee pe😊😊
Nukuri pe Imana iguhe umugisha pe uzaze twibanire nukuri
Nrago wakurikiye uwo yita maman nuwamureze wamukuye mu kigo cy'imfubyi
Imana izi byose butubaho, kdi ikomeze ku komora
Ubuhamya bwawe burababaje ariko bukubiyemo amasomo menshi ! Ni ukwihangana muvandimwe. Ntukihebe, hari n'igihe uzabona undi ugukunda nta buryarya. ❤💙
Kubaka urugo, si Ukujya muri paradizo , urugo rugirwa paradizo n'abantu 2, umugore n'umugabo. Urugo rwubakwa no gucabugufi, kwihangana. Guhura n'ikigeregezo ntibivuga gusenya. Uti nanga abagabo!!!!!!! Imana ni urukundo, kdi udakunda ntazi Imana , uyu mudamu nimwiza w'uburanga, arko nasuzume umwuka umurimo.
Ishyano ryacitse umurizo nta banga rikibaho
Uyu mubyeyi ukuntu yasebeje Satani, Yesu azamuhembe nukuri 🙏
Uyumubyeyi asa na Rebeka Umwari(Alice)
Uri mwiza mamy nubwo urindangare. Hhhhhhhhhhh munyamakuru nawe ntukabaze ibibazo byinshi icyarimwe jyureka babanze bagusubize birambuye. Uzanashak nind micro ntukavugire kurimwe nu mutumirwa. Please hope I am not rude
Uwo Mubyeyi wakureze turamushimiye❤
Ababanyamakuru barabashuka urmva ukuntu wisuka hanze
@izabayocharline6766
7 ай бұрын
Hhhh 😂😂 niba bitagufashije hari abafashijwe Kandi byahinduriye ubuzima rero ihangane niba ariko ubyumva ntukanabirebe ahubwo
Konumvase urikuvuga ubuzima bwanjye😂😂😂 sister
Akakagbo kameze nka gahehesi urumva ukuntu kibarishwa
Ibyo bibaho cyane umuhungu akwizeza ibitangaza , wagerayo ukumirwa? Ugasigara utabaza Imana?!
She is so innocent.....,
Wanda ni izina ry'ikinyarwanda rituruka ku nshinga y'ikinyarwanda yitwa KWANDA risobanura (kwaguka). Murakoze.
@cyogerekyilan6424
8 ай бұрын
Kdi yararyoswe numuzungu 😂😂😅😂😅😂 umuzungu uzi iki kinyarwanda nuwahe raaaa wander yamwise ntago riri mukinyarwanda ahubwo we nuko arivuga mukinyarwanda ariko twe turareba inkomoko yaryo?
Ubuse ujya gutanga ubu buhamya watekereje uburozi uhaye abana baweeee....... Ndagaya abanyamakuru nabo batabyitondera........ Maman aha ntabwo warebye kure hashoboka (abana bawe urabahemukiye bazabaho bagendana ikinegu kd bizabagiraho ingaruka muburyo bumwe cy ubundi)
@experiencemedia8672
8 ай бұрын
😂😂😂😂😂 winsetsa lili ; urimva uri muri kumubwira utyo ??
Imana ibandanye igukomereza mu vyayo.
Wihangane Yesu akubere imugabo Agufashe urere abobana bazagutunga.
❤❤❤ sorry my sister , ufite ubuhamya bwigisha gusa waciye muri straggle love
Komera pe! Uri mwiza kdi Imana iracyagukunda
Urukundo ruragoye kurufatisha ariko nawe wizeye abantu cyane
@user-mq4bp7fl9t
5 ай бұрын
Nawe byakubaho
Witwa wonder( wonderful) nivuga ko yakubonye agatangara. Mu kinyarwanda ni. Utangaje
@philipnsengiyumva8814
8 ай бұрын
No mu kinyarwanda ariko birashoboka! Wanda biva ku nshinga Kwanda (Kwaguka).
Wamunyamakuru we urimbwa mukubaza unjye wumva ibiganiro bya sab mulungi wumve uko yakira abatumirwa nuko abaza wagirango nawe washyunswe
@rusangaheritier2021
5 ай бұрын
Wamukobwa we Ko uribandi
Ese Ububuhamya Mubutanga Mwatekereje Kubana Mwabyaye Kobazabona Ibi???
@uwimbabaziclaudine4262
8 ай бұрын
Cyokoze nanone.
@vincianeigiraneza9020
8 ай бұрын
None c nigiki yavuze umwana yumvise byabaarikibazo? ahubwo nabyumva umwana azakuramwo icirwa nawe amenye ahoyirinda
@user-zt5xf5ud8x
8 ай бұрын
1:42:43
@nsengumukizajonatha1276
7 ай бұрын
Ikibi yavuze nikihe.
Ooh lmana izakurengera azokuvura ibikomere vyose
Se plaisir kasigaye abaza ibibazo biteye umujinya 😊
Ubundi se iyo atanga ubuhamya bw'uburyo yarezwe , agakura , ntibyari kuba bifashije imfubyi kwisubizamo ibyiringiro byuko Imana irera ,igatanga umuryango, ibyo kwikinisha birafasha nde? biramufasha iki? Imana ko itanga ubwenge wowe byakugendekeye bite ? Ijambo ry'Imana rigira riti "nubura ubwenge Imana izaguta " mubigaragara ugira amagambo menshi .
Pole sana maisha ndiyo ilivio Pole sana.. gs turikwisi mama
Ni byiza ko wamenye Imana ukababarirwa.Imana ishimwe.
Yoo rata warababaye yesu ashimwe ko wakijijwe.ariko pe njyewe sinashobora kujya kuri kamera ngo isi yose imbone no muri karitie ngo bambone ahaaa ufite imbaranga pe.
Urumu mama mwiza rata ntagitangaje wavuze ahubwo mwigireho bitazababaho kandi imana igukomeze
Harya ubu ikiganiro cya Plaisir iyo kibaye icya Bohoka byitwa iki!
@Uwimanalice
7 ай бұрын
Uyu Ruhogo ubanza yarabuze content🤣🤣akoresha ibyabandi