Sabin turabakunda cyane hano mu Budage. Uzatuzanire pastor Nsenga asobanure neza iki kintu cyo kuganduka ku mugore no gukunda ku mugabo afite ukuntu a bisobanura neza cyane biri pratique rwose kuburyo buri muntu wese yiyumvamo kdi nzi ko byafasha benshi🙏
@aanton8601
Жыл бұрын
Sabin rwose aba bagore baza kutwigisha ko kugarama aribyo byubaka nukuri bazadusenyera pe. Ubuse ko byanze kuki burigihe aza kuvuga kumugabo kdi aziko amfite undi muryango sugushaka kumusenyera, ngo famille yumugabo iza kusura ikivugako umugore ari uwambere, ibi nugusenya undi muryango. Ubwose abana bavutse muruwo muryango wundi bazakundi abo kwase koko. Nukuri murekeraho kuza gusenya imiryango mugirango muri kuyubaka.
@namberwaflorence4530
Жыл бұрын
⁹
@alinenimbeshaho7649 Жыл бұрын
Uko ni ukuri pe. Abantu benshi sibabi Ariko bubatse ingo zitari mwisezerano ry’ Imana. I speak by experience. Thanks Jacky.
@niyonsabahyacinthe5971 Жыл бұрын
Yesu akomeze abane nawe maman Queen,aguhe mwuka wera wo kugukomeza mururu rugendo ,Uwiteka naduhe mwuka wera abe ariwe muyobozi wacu ajye atuyobora mugutsinda amarangamutima yacu,urakoze mubyeyi mwiza kuduha ukuri.
@kakungulubirungi5969 Жыл бұрын
I've been blessed listening to you. You have a beautiful heart. Nkunze kandi mpeshejwe umugisha n'ukuri kwawe. Ufite umugisha w'Imana mwinshi cyane! Love from Uganda.
Ikindi umugore n'umugabo buri umwe agomba kumva ko ari inshingano ze kwemera ibiganiro mu gihe abisabwe n'uwo bashakanye because the communication is the best medicine when there's an issue between them
@nisueliezel8811 Жыл бұрын
Uyu mugore numuhanga 🙏😭
@ggoman9781 Жыл бұрын
Imana ikwiteho mama ndagukunda uranyubaka pe.
@muhimpunduchristine4714 Жыл бұрын
ibyo ndabyemeye cyane harabantu bihuza uwiteka atabahuje pe najye niko bimeze rwose ntacyiza umuntu yakubonaho niyo wakubaha gute
@@uwimanacecile9115 Njye ntakibazo mfitanye muri 16 ans tumaranye kandi iyotwagize icyo tutumvikana ho ntitugicyemuza sex !!!Turakiganira ,tuga kora icyogikorwa twishimye !!! Vous n’êtes pas des animaux quand même 🙄🙄🙄
@annauwa1844 Жыл бұрын
Mama rwose biragaragara ko nta makosa wakoze mu rugo rwawe, ahubwo Mana urebera imfubyi nabapfakazi kuki wemera ko uyu mu mama arengana gutya, akava mu rugo rwe, akenda kwicwa qzira ubusa, azira ingeso mbi zu mugabo. Mana uyu mugabo we uzamwibarize ibyo yakoze kuko Mana ni wowe wenyine ushobora kurenganura abagore. Uzabimubaze🙏🙏🙏
Ariko njyewe kuba uyu mubyeyi umugabo we yaramwanze kandi umurebeye inyuma ubona ari umugore umuntu yakwifuza hari impamvu. Niba atari akigukunda afite icyo yaguhoye nawe cyari kiremereye umutima we. ibintu biba mu buzima bwacu hari ibyo tugiramo uruhare kandi hari n'ibiza gutyo gusa. icyo nzi cyo nta kiba ku muntu Imana itabizi kdi izi impamvu. Wasanga iyo muhamana uba utarimo kuvuga ubutumwa bwiza, Ubwo washoboye kubyihanganira ukabibamo birahagije. Muzarekere aho kubivuga birarambiranye
@mutonisabrina3916 Жыл бұрын
Sha ibi ni ukuri, utari uwawe ubyiyumvamo cyane
@verababubabu4711 Жыл бұрын
Nkukunda cyane
@emmanueldushimimana123 Жыл бұрын
Uravuze uti Haba habuze iki? Nuko Haba habuze urukundo nyarwo hamwe numwuka wera w'Imana ,ibyo Byombi nibibura nicyo gisenye Ingo zubu zubakiye k'ubirenge(akarenge kamwe kaba Kari mu rugo akandi Kari hanze). Ikindi ntabwo zikigira abaranga bazubaka bahuriye muri tax,mu kabari,muri gare Nyabugogo bagahita batahana mu rugo rushya ,undi rimwe na rimwe ibitekerezo bishingiye Ku mutungo yabonanye mugenzi we ati tubane.ahhh mbenizo Ngo zizubakwa kweli? .Nimujye Ku birenge bya Yesu Ni we rutare rukomeza impfuruka z'ingo.
@F20ization
Жыл бұрын
Raphaël rutagaramba,wibagiwe kuvuga ko banahurira no mu irigara
@neriic
Жыл бұрын
Aho byapfiriye ni hamwe ni ukwibeshya ko "urukundo"ari rwo rwubaka cg ko ari rwo bagomba kugenderaho bashakana aho niho ingo zapfiriye nta handi.mwabonye uko ingo za kera kubw'abami zakomeraga kandi umuntu anafite abagore barenze umwe kandi bakabana neza bose n'abana babo bagakura bumvikana by'abavandimwe?ubwenge ni cyo abantu birengagije,nushyira imbere urukundo aho kuhashyira ubwenge uzaba wibeshya cyane. Aba kera bajyaga kubana batarana kururukana ibyo by'inkundo ntibabikurikizaga none ko ingo zabo zakomeye abo kuki mutabigiraho?batoranyaga gute?ababyeyi barebaga umuranga akajya muri bene wabo (mu bwoko) akarebamo inkumi n'abayibyara,kuko yabaga yamaze kumenya ko ari abo mu bwoko bumwe nabo aje gushakira intambwe yambere yo kumenyako amaraso yabo atazaba acitse ahubwo azaba yororotse kuko batagiye kwivanga nandi maraso atari ayabo yabaga irangiye.ubundi agakurikizaho kubaririza uko ababyeyi bayo babana nabandi baturanyi ibyo bikabaha kumenya uburere bahaye iyo nkumi ariko n'imyitwarire y'iyo nkumi nayo akayibaririza yasanga ibyo byose babishima akabona kujya kubwira abamutumye ibyo yiboneye maze ababyeyi bagahura bakibwirana ndetse akenshi bakisanga bahuriye mu bisekuru runaka kuko babaga bahuje ubwoko bumwe mu moko 3 y'abanyarwanda ibyo byahitaga binaborohera cyane bakisanzuranaho bati abana ni abacu ,imirerere ari imwe,abana bagahura bagashimana kuko ababyeyi babaga bababwiye bati runaka ndamuzi ni uwacu yashatse mu bacu, abana neza bati kandi n'umuhungu we cg umukobwa we yatojwe atyo ndetse n'abamuzi bamutangira ubuhamya. ubukwe bugata abana bagashyigikirwa,aho bagonganye mu rugo batabasha guhangana nabyo bakabibwira imiryango bagashakira hamwe igisubizo kuko babaga bashatse muri bene wabo bityo abana babaga ari ab'umuryango ntawahagurukaga ngo ararengera umukobwa we cg umuhungu we ahubwo barebaga aho ikosa riri bakarishakira umuti hamwe bose bafatanyije ,naho abubu nuwagize amahirwe yo kugira ababyeyi arihenura ngo urugo ni urwa babiri ugasanga ntakoresheje amahirwe afite yo kubagira ngo abagishe inama cg ababwire ibitajyenda bahababere,ikindi abandi bagashaka abo ababyeyi babo banze,mbese hajemo ukwigomeka mu nshako zubu ,hajemo kuzamura intugu bamwe bavunira ibiti mu matwi kandi gushaka si bishya byahozeho abazi ubwenge bajye bigira ku ba kera.iyo abahuje ibi mvuze babanye,urukundo rurizana,niyo mpamvu abakera batigeze bashingira ku rukundo igihe batoranya uwo bazabana kuko bari bazi neza ko urukundo ari akantu gato cyane mu rushako bityo katagomba gushingirwaho ahubwo uguhuza haba mu maraso no mu myifatire myiza ari byo bifatanya abantu bakaba umwe ndetse nayo marangamutima y'urukundo akaziramo batanayashakishije.
Mwaramutse neza Mama Queen hari kintu kimwe atarumva, amaze gupfukama asaba imbabazi, umugabo yarasubije ko yamaze gushiraho umutemeri. Peut-être ni défauts y'abagabo muri rusange, iyo umugabo yamaze gufata umwanzuro biragoye cyane kwisubiraho. Icya kabiri gusaba listes yibyo ugomba gukurikiza ntacyo byamara, udakoze ibintu ubikuye ku mutima gusa ntabwo ngamije kugutera i buye. Komera
@mwisenezajeandedieu1052 Жыл бұрын
Umugore Wingare niyo yaba yuzuza inshingano zo mugitanda te ! Urwo rugo nubundi ruba ruzasenyuka!
@Mocha_211 Жыл бұрын
Birababaje cyane kubona problem y’abanyarwanda igomba gukurikira bible y’abayuhudi.
@olyi826 Жыл бұрын
kubana n intambara , abashoboye kuyirwana bayigumamo
@jeanmarievianneykaramaga2123 Жыл бұрын
Uyu mudamu ni Umu kristu pe! Gusa turasaba Sabin azakore ibishoka byose azezegere umugabo we nubwo yaba yanga kujya kuri tv azaguhe audio gusa. Byadusha cyane. Uwo mu mama aravuga ko umugabo atanywa inzoga, abana na bana be, arabasura nta kibazo, kandi uwo yashatse yari inshuti ye, ibyo byose bikadutera urujijo. Uwo mugabo ntabwo ari ikinani. Gusa ashobora kuba yanga socio-media.
@lrutagengwa2875
Жыл бұрын
Uriya mugabo ni muri bamwe bagira impu ebyiri , bakihinduranya nk uruvu . Uyu munsi yiyerekana mu isura imwe , ejo akirekura akaba igikoko . Ahubwo uyu mumama ni imfura ntiyerura ngo avuge amabi y'uriya mugabo . Gusa umugabo ni muri bamwe biyoberanya .
asante sana ninapenda sana kusikiliza habari zako? kunamafundisho mengi? sex na heshima + unyenyekevu vinamfanya mwanaume apende tendo la ndoa ndani ya ndoa.nikweli kabisa mwanamke akimlidhisha mwanaume ktk pande zote hufanya mwanaume kuwa na mawazo mazuri hasa katika kujenga mji wake
@imafrican5870 Жыл бұрын
Urakoze cyane nanjye nuko niyunga na grfrnd wanjye 🤭🤭
@joorisndongoziproduction3276 Жыл бұрын
Uvugisha ukuri Madame et Félicitation au journaliste Sabin
@usabyarahabwagaudence8735
Жыл бұрын
Wamunamakuru we ndagukunda pe utuma abantu baruhuka umutima
Ibyo avuga nibyo kubyerekeye n'imibonano murugo n'akamaro abagabo babiha. Ariko sinemeranye nawe kubyo ahamya ngo nta bagabo bananira abagore babo cyane kandi umugore aba yamuhaye iyo mibonano kuburyo buhagije yemwe akanivuna akabikora ababaye kuko azi ko umugabo we ataza kumusaba imbabazi. Ariko kubera kamere y'umugabo mbi nyine akamubanira nabi akamutoteza ahubwo
@kanguka-drumsnkurunziza3186 Жыл бұрын
uvugishije ukuri, niko imana yaremye umugabo
@dusabingabiremarieclaire388 Жыл бұрын
None se Maman Queen ntiwagandukaga mu buriri ko wavuze ko ari cyo cya mbere kirusenya ko iyo uhagandutse rudashobora gusenyuka?
@umuhozabrigitte1303 Жыл бұрын
Ndikumva cyane,gusa rekereho kwicira urubanza
@mukandamageodette5030 Жыл бұрын
Ndagukunda pe wahuye nakaga maze niba iyo ari perique wambaye uzayireke nikibi kuko Data yaguhaye byinshi byiza.
@mendezappocalypto6957 Жыл бұрын
Nibuka cyera tugikora za examen d Etat “ exetat” twese twarakijijwe icyo gihe. Imana ishimwe yaratwumvise. Umugabo ashobora kunanirana bibaho, she might be right koko umugabo yara munaniye. Ariko se urundi ruhande rwo ? Ese umuntu abyuka from no where aka nanirana? I can’t judge muri ino case. I feel sorry kubyo uyu m mama yaciyemo. Gusa kutamenya version y umugabo…
@user-cj6on2wv5t Жыл бұрын
Imana igufashe wamubyeyiwe😢
@carolinenakirutimana1559 Жыл бұрын
Warakoze mama birya byose bagushimiye kiriya gihe, ubundi bakwihishemo kugirango bitabavaho. Burya no kugutoteza bari babizi. Ibyo kugura inzira kubagabo twese turabikora .ikibabaje nuko nubwo wakwita ku rutare atagushaka ntuhaba. Nibe nawe yarakubwi ko ashaka divorce. Uwugufata nabi akagusuzugura, mu biwabo , nuruhinja ruvutse, nibisanira byo hanze bikakuruta ukagura inziiiiiiiiiiiiiiiiiiira Ahubwo agakomeza akaguhonyora kuburyo wibonamo zero
@afri_life1996 Жыл бұрын
Abagabo ntibashima,, none nkuyu nawe yazize iki inyuma ya 20 ans ya mariage
@kabegacyesh1357
Жыл бұрын
mwe muri abana
@papykulimushi2800 Жыл бұрын
Madame vous dites la vérité surtout sur le caractère des hommes.
Пікірлер: 447
KANDA HANO UREBE IBIGANIRO BYOSE MAMA QUEEN AKORA: www.youtube.com/@isanamitimatv/featured
@yvesmugabo2627
Жыл бұрын
Muduhe ikiganiro mwagiranye muri 2019 twakibuze. Murakoze
@marie-rosemugoyikazi9574
Жыл бұрын
Ok p
@DPurpleHeart
Жыл бұрын
Sabin turabakunda cyane hano mu Budage. Uzatuzanire pastor Nsenga asobanure neza iki kintu cyo kuganduka ku mugore no gukunda ku mugabo afite ukuntu a bisobanura neza cyane biri pratique rwose kuburyo buri muntu wese yiyumvamo kdi nzi ko byafasha benshi🙏
@aanton8601
Жыл бұрын
Sabin rwose aba bagore baza kutwigisha ko kugarama aribyo byubaka nukuri bazadusenyera pe. Ubuse ko byanze kuki burigihe aza kuvuga kumugabo kdi aziko amfite undi muryango sugushaka kumusenyera, ngo famille yumugabo iza kusura ikivugako umugore ari uwambere, ibi nugusenya undi muryango. Ubwose abana bavutse muruwo muryango wundi bazakundi abo kwase koko. Nukuri murekeraho kuza gusenya imiryango mugirango muri kuyubaka.
@namberwaflorence4530
Жыл бұрын
⁹
Uko ni ukuri pe. Abantu benshi sibabi Ariko bubatse ingo zitari mwisezerano ry’ Imana. I speak by experience. Thanks Jacky.
Yesu akomeze abane nawe maman Queen,aguhe mwuka wera wo kugukomeza mururu rugendo ,Uwiteka naduhe mwuka wera abe ariwe muyobozi wacu ajye atuyobora mugutsinda amarangamutima yacu,urakoze mubyeyi mwiza kuduha ukuri.
I've been blessed listening to you. You have a beautiful heart. Nkunze kandi mpeshejwe umugisha n'ukuri kwawe. Ufite umugisha w'Imana mwinshi cyane! Love from Uganda.
Muvyeyi ndunvirije témoignage yaw nunva umubabaro wagiz,burya kuvuz ahow urakize mumutima,uziko harabantu bagenda imitima yabo yarabay inva yumubabaro wurugo kugeza iyo soit azosarira cnk agasenya urugo p.ariko mwijuru har'Imana itabara.
Ntabwo washobora kuganduka Mu buriri umugabo atakweretse urukundo. Umugore ni amazi agomba kunyobwa abanje gushyushywa. Bagabo mwige gutegura abagore banyu. Niho ruzingiye.
@muhinyuzajerome1461
Жыл бұрын
Hahhahha uzategura ute umuntu washatse afite target yimitungo??!!uri umuswa mubi!
@chantalmbabazi8515
Жыл бұрын
My role model lmana igukomeze ;iguha imbaraga n'imigisha myinshi.
@bibakumanajeandedieu1162
Жыл бұрын
Iyo hari amakuru akuziho yuburaya ntaba akigushaka
Uyumumama numunyembaraga yiyemeje kwiyambika ubusa akatubwira ubuzimabwe kugirango yubake abantu kwisi hose yarakomeretse abanabe numuryamgowe ninshuti ze bajye bamuba hafi nanjye personally ndamukunda
Murakoze kubw'Ikiganiro cyiza muduhaye ariko hari ikintu jyewe ntarasobanukirwa Munsubize nonese icyo gikorwa abantu bavugako ari ingenzi iyo kibuze urugo rutamera neza jyewe Siko mbibona bishobora kuba wenda arukudasobanukirwa ariko jyewe mbona iyo umugabo n'umugore umwe muribo avuga nabi cg abwira nabi mugenzi we cg igihe nta mahoro urugo rufite mumivugire umwe adahuza n'undi na Kiriya gikorwa ntago kigenda neza rwose peee munyomoze rwose ikindi umuntu ashonje sinibaza ko kigenda neza gusa mbona kubaha umuntu ushingiye kumwihariko w'imiterere ya buri muntu byaba byiza. Murakoze
Maman queen, intahe yawe ndayumvise. Nitwa Kinuma Léon ndi umurundi aba i Bujumbura. Pole sana. Erega wari wagenewe kuba queen. Ariko iyo queenness yabaye muri dimension you mw'isi. Gusenga kwawe nom ku mw'ishengero vyatumye wibwira KO ataco utakoze imbere y'Imana, y'ubutegetsi mbere n'imiryango yawe. Niyo mpamvu nanje wanyumije muri sagesse uvugana ibintu. Ariko jeho ndazi ko utumviye abakozi b'Imana ngo bagutoze indero y'abagenewe kuba umu queen muri dimension yo mw'Ijuru. Mbere n'umuhanuzi nti wamwumviye. Ijwi ryo mû mutila wawe nti waryumviye. Uri muri benshi mw'ishengero batinjira muri dimension y'ukwizera mbere bakarwanya abakoreshwa ibitumvikana. Wahamagariwe kuba hejuru uca ugendra hasi. Umva rero n'ubu umugabo wawe wo muhamagara yonyaruka kuza. Wategerezwa ku muhindura u mu Prince muri dimension you mw'ijuru kugirango agutahure. None wigenjeje nk'umu Princesses wo mw'isi. Satani kugira aguhohoshe aburizemwo imigambi ikomeye Imana igufitiye. Yoheje umutware wawe kuba intagondwa ngo akuruhishe mpaka. Injira rero muri mpwemu. Senga I Mana iguhe umu Père spirituel abibereye. Ikindi ihane, ikindi hamagara ibitaboneka nk'ibiboneka. Ni naza murwanda nzokurondera. Ariko menya iki abahamagariwe Ubu queenness benshi cane muri iyi si bari muri déception yatewa soit kutumvira ijwi ryo mû mutila yabo soit bananije leur père spirituel soit banse ukwizera kubacisha mû nzira yaga nk'uko n'abandi batayikundo. Mpore rero go ahead na cane cane usenger uwuzo gusimbura muri iyo queenness (umukobwa wawe).
Mama Queen turamuzi nabana be numutware we turamuzi, ibyo avuga nukuri
@rocketsakira3719
Жыл бұрын
Umutware we?! They're divorced🙄
Ibyo uvuga nibyo koko. I have then same experience. 21 years. Ababaza ngo imyaka 20 buriya buri mugore akunda kwubaka, dukunda ubuzu cyane. Hari igihe uhura n'umugabo cg umugore mubi, noneho ukihangana mu myaka ya mbere wibaza ko mugenzi wawe ashobora guhinduka ari nako ugenda ubyara imyaka yisunika ujya gufata icyemezo ndetse kitoroha gufata unaniwe cyane warapfuye uhagaze. So, ihangane tuba twarihuse tugashaka abo Imana itaturemeye. God bless you Imana izaguha iwawe yakuremeye. Amen
@gasagasajeanne6756
Жыл бұрын
@Annet ko umuntu yagenda yabenze abandi kdi urugo rukakubihira ra rukakugeza mu gikōmbe cy'ishidikanyaMana kdi abadasenga babanye nezaaa ibi uyu mubyeyi avuga x ko twabishakiyeho amahoro tukayabura ukagirango uruwo kurongorwa gusaaaaaaa usinziriye wivuye ugiye utashye ngo ubone amahoro y'umutima ukiyoroshya ukishyira munsi ya tapi arko guhuza bikanga kdi ndi muri 16yeas nubatse urumva 20yeas nyiburaho ingahe kdi ko niyo bimeze gutyo iterambere ridashoboka rirabitaza ujya kuzamuka ugahanuka. Ahubwo twiyakire kujya mu bagabo ntibyemewe n'Imana arko iyo byanze wibera igishubaziko byo biremewe ibyo uyu mubyeyi yakoze sinzi abazimu baba mu ngo muzisengere abasenga
@natashapendo3517
Жыл бұрын
Yoo ihanagane nange nabibayemo imyaka 12
@natashapendo3517
Жыл бұрын
Gusa naje kurekura mbivamo
Maman Queen, Imana iguhe umugisha ku buhamya utanze. Nk'uko wabivuze harikintu gikomeye abantu benshi bafata ko ari gito ariko ariyo nkingi y'urugo hagati y'umugabo n'umugore bashakanye. Iyo rero umugore abonako imibonano mpuzabitsina murugo aribisanzwe ntazi ko kuri twebwe abagabo ariho urugo ruhagarariye. Umugore aguhaye umugongo mu buriri wamuhindukiza ntakwiteho niyo ntango yo gusenya .Guko mu nshingano zagukuye iwanyu niyo vyose vyubakiyeko. Imana iguhezagire.
Urakoze cyane mama!ibintu uvuze Niko kuri,nkuko ubivuze Hari abihuza Atari kubwisezerano ry,Imana!nanjye ndi umuhamya wo kubihamya,kuko urubavu rwawe byanga byakunda ruzafittinga ntamananiza! Kdi muzumvikana Muri byose!
@buhirebeline5712
Жыл бұрын
Ndafashijwe uri umuhanga pe Imana yasenye urwawe 1 ngo Wibuke nyinshi
Isomo nakuye muri Histoire yanyu !Nuko iyu muntu yakubwiye ko atakigukunda ,akabisohora akabyatura !!!Birababaza mais kugirango wirinde gukomereka cyane ,wamubohora , buriwese akayibuka muruhande rwe !kuko iyoyakwanze ntiyabigarura
Maman Queen Imana ikomeze igushyigikire ugira ukuri cyakora icyo uvuze cyo kwihuza ntimufitinge byo birashoboka. Nta compatibility byo ni ikibazo
Ikindi inama natanga, reka kuvuga uwahoze ari umugabo wawe. Yashatse undi mugore, wamureka akiyubakira kuvuga uko yari ateye uri gukora amakosa akomeye. Ikigaragara ntabwo urabyakira. Niba umwubaha rekera aha, niba wubaha n abana mufitanye kuko uri kumukomeretsa cyane. Kandi abagabo ntabwo tuzi kuvuga. We ndabizi ntiyagusubiza. Ndagusabye reka ibindi biganiro bimuvuga. Amen
Mama balikiwa Sanaa,uraduhuguye rwose pe!
Urakoze cyane jyukomeza ubatwigishirize !!
You're right a 100% Jacky. Thank you so much
Uyu mumama ahora ari mwiza nukuri,iyo umuntu yakwanze biba byarangiye gusa nibura yagombaga nibura kwihangana kubera abana.komera maman Queen
Sinubatse , ariko votre témoignage me touche sincèrement ! Merci beaucoup Maman
Birashoboka ko uyu mubyeyi har'imyuka mibi yavangiye urugo rwabo, kuko niba ibyo avuga ariko biri m'umutima we ; ndumva inama atanga zaba iza ngombwa kuri buri wese , nizimuhereho zimufasha kuko no kwihanganira umugabo mubi ndumva yabishobora. Imana imufashe yiyunge n'umugabo we . Gusa imyaka 10 ni myinshi ariko niba atarashaka na se w' abana akaba atarashaka birashoboka kwiyunga, abana bakongera kubona umunezero uturuka ku babyeyi bombi byanezeza benshi.
@uhfvf1083
Жыл бұрын
Umugabo we yarashatse kdi umukobwa wamutwaye umugabo yari inshuti yabo basengana
Ndagukunda Maman ariko singanya Imana yo igukunda kundusha kandi ivyakubayeh ni kugira igishingantah cawe gikomez benshi ukomere urumuhizikazi❤
Umuhezagiro turawakiye cane🙏
Isimbi TV, mbanje kubasuhuza. Ni ubwa mbere nkurikira ikiganiro kuri TV yanyu nkarenza iminota 10 ; ariko iki cyo, nakirangije. Umutumirwa wanyu ni intagereranwa: Umunyarwandakazi mwiza uvugana ikinyabupfura kinshi, ufite ibitekerezo byiza kandi uzi neza ibyo avuga. Ni uwo gushimirwa.
Uri umubyeyi mwiza Maman Queen, ntabwo ukwiye gusaba imbabazi, wageraheje uko ushoboye. Gusa ufasha izindi ngo, Imana iguhe umugisha.
Mana yanjye ndashimira sabini irijambo uzuvuga rirubakabantu nanjye ryaranyubatse nimuri stress nubu itarashira ariko nizerimana yomwijuru yaturemye yoyo ihinduribihe harigihe izampinduriribihe ,Imana izikoribintu tukababara ariko Imanayo ibifotimogambi so hibahwe Imana yomwijuru yaturemye twese abatuyisi 👆🏽🙏🙌🏾🙌🏾👏🏾👏🏾❤️
Uzivuze cyangwa bazakuvuze Barakuroze wumve uko Ikirezi Ester bari bamuterereje imodoka
Komera mukundwa humura Uwiteka arakuzi, byose biberaho kugirango twige 💞💞
Barakurogeye nshuti.bakugiriye ishyari maze baramuguhuza!.
Zana GAFARANGA HANO Turamukeneye🖐️🖐️
@mugishanaome5682
Жыл бұрын
Sab urumva
@francineuwamahoro8869
Жыл бұрын
The bible said " Everything happened for good for those who trust him.". just see everything as a test and focus on God... U will be fine my sister🤗💪
@munezerofrancine8208
Жыл бұрын
Alfredo MUREGO umvugiye ibintu, namuzane GAFARANGA turamukumbuye
Ntiwongere kwicira urubanza. Move on. Komeza utere imbere Kandi wumve ko umutima wawe unezerewe kd ubabarire byukuri
URUKUNDO ruruta byose. Nirwo rwubaka urugo. umuntu mwashakanye atagukunda niyo wamuha iki ntibyemera .
ndababaye ukuntu ushobora kuba warubashye umugabo bikarangira mutandukanye ndumva ntako utagize ihangane komera arko urimo kuvugira abagabo cyane kandi baratubabaza cyane nubwo hari nabagore bananiranye arko abagabo ntibatanga imbabazi abenshi pe
Ibyo nukuri chr wajye ntamuntu numwe ubawifuza gusenya mubuzima kuko nikintu kibabaza cyaneeeeee
Imana iguhe umugisha uvuze ukuri Amatorero nagire ubugabo bwo kubwira ukuri Abakristo kurusha kwirirwa bacira abantu Imanza ngo batandukanye ari abakozi bImana,aho bakabaye bari gishije urubyiruko kare mbere ko bashakana Uyu mubyeyi akwiye gukoresha igiterane was cy abapasiteri akabahugura Kuko bavuga iby umwuka Ariko ntibamenye kubyubahiriza Aha niho hari umuti w ama Divorce cyane munzu yImana igiterane kirimo ( Antoine Rutayisire,gitwaza paul,mignone kabera ,Mazimpaka Hortense,julienne kabanda ,masasu ,n abandi benshi)
So beautiful and Honest💌
Iyo usenga ukaba uriko ugender mu nzira Imana itakugomberamwo harih ijwi Imana rikuvugiramw mu mutima iyo uryirengagije uhura n ibyago bikomey
Yes ubu noneho utubwiye impamvu rwasenyutse ni uko atari uw'isezerano ryawe bigatuma mudahuza . Ntakundi Imana iragukomeje kdi yaraguteguye ngo uge wigisha imiryango yindi.
Mbega umumama mwiza, ndagukunze cyane, humura Imana iragukunda aho kuguhomba yaguhombya.
Ikindi umugore n'umugabo buri umwe agomba kumva ko ari inshingano ze kwemera ibiganiro mu gihe abisabwe n'uwo bashakanye because the communication is the best medicine when there's an issue between them
Uyu mugore numuhanga 🙏😭
Imana ikwiteho mama ndagukunda uranyubaka pe.
ibyo ndabyemeye cyane harabantu bihuza uwiteka atabahuje pe najye niko bimeze rwose ntacyiza umuntu yakubonaho niyo wakubaha gute
Urumuhanga pe, ariko birababa ko wasenye kandi ntakindi wakora ,komeza utwigishe Imana izakwiture
Mubyeyi uri umwana w'Imana pee, umwami Yesu arinde imiryango ayikize umujura satani umurimbuzi umuhemu umwazi wabantu b'Imana imbwa yahereye cyera muri Eden nabugingo nubu aracyafite ubukana, ndababaye gusa, arko igihe nkiki kuba ufata ibyakubayeho ngo ubisangize bandi bri mukaga nkakawe, ndkubwiza ukuri Yesu azakugororera.
Ubuse woba wishw nagahinda ngo muburiri bikagenda neza?
Yoooo pole San ujyiye utanga inyigisho ihoraho byafasha benshi twubatse kumucanga pe
She’s beautiful I like her hair ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
@athanasentibankundiye1839
Жыл бұрын
Wazize KO ntaco warushoboye gukora nintoke zawe ziravyerekana ubwo wowe urashobora gucumba umutsima urazi gusasa n'uburiri bwawee? Urazi guha umugabo wawe karibu ?burya Abagabo bakunda icubahiro ubwo wowe ntiwubaha umutware wawe muri vyose
Oyaa, umuntu akubabaze, umuhembe kuryamana Nawe mutaganiriye. Uraba umumenyereje nabi. Ahubwo urabizambije. Yakuzaniye gift se niba adashoboye gusaba imbabazi. M Queen, uratubeshye. Ibyo ni ugusabiriza urukundo, imibonano si amazi yo kunywa, biba muri mood. Utameze neza ntibizacamo na MBA. Urigura ark urushywa n'ubusa
@josephuwimbabazi3732
Жыл бұрын
Ibyo uvuze byayobywa benshi ahubwo; Kuko abantu benshi bashakana ntabwo Imana iba yavuze; kuko ubuhanuzi bw'iminsi ubugendeyeho urugo ntirwatera kabiri;
@godisgood4047
Жыл бұрын
Bibaho 100%
@mimibe4206
Жыл бұрын
Nanjye ndi d’accord nawe pee faire l’amour Nuko muba mwishimye mwembi ,sindikwibona muri yo actes narakaye 😳
@uwimanacecile9115
Жыл бұрын
@@mimibe4206 ibyo iyu mugore jack yavuze ni ukuri niyo mpamvu umwemerera ibindi bikaza nyuma rero uwo mujinya utuma wima umugabo niwo ingo nyinshi zisenyukira ndumazemo iminsi nanjye ndabihamya ahubwo mugerageze muhinduke
@mimibe4206
Жыл бұрын
@@uwimanacecile9115 Njye ntakibazo mfitanye muri 16 ans tumaranye kandi iyotwagize icyo tutumvikana ho ntitugicyemuza sex !!!Turakiganira ,tuga kora icyogikorwa twishimye !!! Vous n’êtes pas des animaux quand même 🙄🙄🙄
Mama rwose biragaragara ko nta makosa wakoze mu rugo rwawe, ahubwo Mana urebera imfubyi nabapfakazi kuki wemera ko uyu mu mama arengana gutya, akava mu rugo rwe, akenda kwicwa qzira ubusa, azira ingeso mbi zu mugabo. Mana uyu mugabo we uzamwibarize ibyo yakoze kuko Mana ni wowe wenyine ushobora kurenganura abagore. Uzabimubaze🙏🙏🙏
Umwalimu mwiza nkawe tulamukeneye cyane imana ijye igukomeza
uwiteka aguhe umugisha kubw'inyigisho utanze birakwiye wowe ukurikiye ikikiganiro gutecyerezaho
ntago byoroshye kuryamana numugabo mwarakaranyije byaterwa nicyo mwapfuye kuko hari nabarakaranya icyumweru kigashira ikindi guca inyuma uwo mwashakanye cyane nabyo byangiza urugo nonese ko aza atagucyeneye wakora icyi koko ibyo gukora imibonana kubashakanye byo ibikomere bishobora gutuma igenda nabi birutwa no kubireka burundu rwose zubakwa kwinshi ntawakubaka nkundi abo bitagenze neza twihangane urugo nitonbora
Ariko njyewe kuba uyu mubyeyi umugabo we yaramwanze kandi umurebeye inyuma ubona ari umugore umuntu yakwifuza hari impamvu. Niba atari akigukunda afite icyo yaguhoye nawe cyari kiremereye umutima we. ibintu biba mu buzima bwacu hari ibyo tugiramo uruhare kandi hari n'ibiza gutyo gusa. icyo nzi cyo nta kiba ku muntu Imana itabizi kdi izi impamvu. Wasanga iyo muhamana uba utarimo kuvuga ubutumwa bwiza, Ubwo washoboye kubyihanganira ukabibamo birahagije. Muzarekere aho kubivuga birarambiranye
Sha ibi ni ukuri, utari uwawe ubyiyumvamo cyane
Nkukunda cyane
Uravuze uti Haba habuze iki? Nuko Haba habuze urukundo nyarwo hamwe numwuka wera w'Imana ,ibyo Byombi nibibura nicyo gisenye Ingo zubu zubakiye k'ubirenge(akarenge kamwe kaba Kari mu rugo akandi Kari hanze). Ikindi ntabwo zikigira abaranga bazubaka bahuriye muri tax,mu kabari,muri gare Nyabugogo bagahita batahana mu rugo rushya ,undi rimwe na rimwe ibitekerezo bishingiye Ku mutungo yabonanye mugenzi we ati tubane.ahhh mbenizo Ngo zizubakwa kweli? .Nimujye Ku birenge bya Yesu Ni we rutare rukomeza impfuruka z'ingo.
@F20ization
Жыл бұрын
Raphaël rutagaramba,wibagiwe kuvuga ko banahurira no mu irigara
@neriic
Жыл бұрын
Aho byapfiriye ni hamwe ni ukwibeshya ko "urukundo"ari rwo rwubaka cg ko ari rwo bagomba kugenderaho bashakana aho niho ingo zapfiriye nta handi.mwabonye uko ingo za kera kubw'abami zakomeraga kandi umuntu anafite abagore barenze umwe kandi bakabana neza bose n'abana babo bagakura bumvikana by'abavandimwe?ubwenge ni cyo abantu birengagije,nushyira imbere urukundo aho kuhashyira ubwenge uzaba wibeshya cyane. Aba kera bajyaga kubana batarana kururukana ibyo by'inkundo ntibabikurikizaga none ko ingo zabo zakomeye abo kuki mutabigiraho?batoranyaga gute?ababyeyi barebaga umuranga akajya muri bene wabo (mu bwoko) akarebamo inkumi n'abayibyara,kuko yabaga yamaze kumenya ko ari abo mu bwoko bumwe nabo aje gushakira intambwe yambere yo kumenyako amaraso yabo atazaba acitse ahubwo azaba yororotse kuko batagiye kwivanga nandi maraso atari ayabo yabaga irangiye.ubundi agakurikizaho kubaririza uko ababyeyi bayo babana nabandi baturanyi ibyo bikabaha kumenya uburere bahaye iyo nkumi ariko n'imyitwarire y'iyo nkumi nayo akayibaririza yasanga ibyo byose babishima akabona kujya kubwira abamutumye ibyo yiboneye maze ababyeyi bagahura bakibwirana ndetse akenshi bakisanga bahuriye mu bisekuru runaka kuko babaga bahuje ubwoko bumwe mu moko 3 y'abanyarwanda ibyo byahitaga binaborohera cyane bakisanzuranaho bati abana ni abacu ,imirerere ari imwe,abana bagahura bagashimana kuko ababyeyi babaga bababwiye bati runaka ndamuzi ni uwacu yashatse mu bacu, abana neza bati kandi n'umuhungu we cg umukobwa we yatojwe atyo ndetse n'abamuzi bamutangira ubuhamya. ubukwe bugata abana bagashyigikirwa,aho bagonganye mu rugo batabasha guhangana nabyo bakabibwira imiryango bagashakira hamwe igisubizo kuko babaga bashatse muri bene wabo bityo abana babaga ari ab'umuryango ntawahagurukaga ngo ararengera umukobwa we cg umuhungu we ahubwo barebaga aho ikosa riri bakarishakira umuti hamwe bose bafatanyije ,naho abubu nuwagize amahirwe yo kugira ababyeyi arihenura ngo urugo ni urwa babiri ugasanga ntakoresheje amahirwe afite yo kubagira ngo abagishe inama cg ababwire ibitajyenda bahababere,ikindi abandi bagashaka abo ababyeyi babo banze,mbese hajemo ukwigomeka mu nshako zubu ,hajemo kuzamura intugu bamwe bavunira ibiti mu matwi kandi gushaka si bishya byahozeho abazi ubwenge bajye bigira ku ba kera.iyo abahuje ibi mvuze babanye,urukundo rurizana,niyo mpamvu abakera batigeze bashingira ku rukundo igihe batoranya uwo bazabana kuko bari bazi neza ko urukundo ari akantu gato cyane mu rushako bityo katagomba gushingirwaho ahubwo uguhuza haba mu maraso no mu myifatire myiza ari byo bifatanya abantu bakaba umwe ndetse nayo marangamutima y'urukundo akaziramo batanayashakishije.
Mazina komera ,umva ba Jacqueline nabantu bakundurugo turekura tubonako twananiwe nanjye nimyaka 14ariko nararekuye peeeee nimana Irabibona peeee,umuntugasabimbabazi ukakimbabazi ntabihagaciro ,nukuli amazina y Jacqueline yubahwe hashimwe uwarinyise ❤️
Wakoze Cyane Sabin kugarura Jack arankomeza , hari akantu keza avuze ati abantu barananirannywa Nibyo pe, ntawunanirwa ahubwo abubakanye barananizanya buri wese abayanze kwemera undi uko ari ngo urugendo rukomeze, ❤️❤️❤️❤️🙏🙏🙏
@bibakumanajeandedieu1162
Жыл бұрын
Ese urugero ari nkindaya yu mugabo cg umug cg yumugore ,….umusinzi buri wese abagomba kwakira undi uko?
I've never seen a wonderful woman like you. You just have award from God!
@suleimanjannabo313
Жыл бұрын
You're wrong, she is blue side
@TTT80533
Жыл бұрын
@@suleimanjannabo313 are you sure ??
You're honest
Big up Sister!Jah be blessed our family
Mbega umugore uzubwenge🥰🤔💓👏
Urakoze cyane Divorce ntabwo ari nziza nange n'a maze imyaka 20 murushako nyuma biba birababaza kuruhira urugo rwawe imyaka yose .
Mwaramutse neza Mama Queen hari kintu kimwe atarumva, amaze gupfukama asaba imbabazi, umugabo yarasubije ko yamaze gushiraho umutemeri. Peut-être ni défauts y'abagabo muri rusange, iyo umugabo yamaze gufata umwanzuro biragoye cyane kwisubiraho. Icya kabiri gusaba listes yibyo ugomba gukurikiza ntacyo byamara, udakoze ibintu ubikuye ku mutima gusa ntabwo ngamije kugutera i buye. Komera
Umugore Wingare niyo yaba yuzuza inshingano zo mugitanda te ! Urwo rugo nubundi ruba ruzasenyuka!
Birababaje cyane kubona problem y’abanyarwanda igomba gukurikira bible y’abayuhudi.
kubana n intambara , abashoboye kuyirwana bayigumamo
Uyu mudamu ni Umu kristu pe! Gusa turasaba Sabin azakore ibishoka byose azezegere umugabo we nubwo yaba yanga kujya kuri tv azaguhe audio gusa. Byadusha cyane. Uwo mu mama aravuga ko umugabo atanywa inzoga, abana na bana be, arabasura nta kibazo, kandi uwo yashatse yari inshuti ye, ibyo byose bikadutera urujijo. Uwo mugabo ntabwo ari ikinani. Gusa ashobora kuba yanga socio-media.
@lrutagengwa2875
Жыл бұрын
Uriya mugabo ni muri bamwe bagira impu ebyiri , bakihinduranya nk uruvu . Uyu munsi yiyerekana mu isura imwe , ejo akirekura akaba igikoko . Ahubwo uyu mumama ni imfura ntiyerura ngo avuge amabi y'uriya mugabo . Gusa umugabo ni muri bamwe biyoberanya .
@hagumajean1456
Жыл бұрын
Urwumwe ruvuga amata! Biragoye kumva iby'urugo wumvise umuntu umwe! Umuntu agera kurwego rwo kuzinukwa bigeze kure
@victoriabalisasa9880
Жыл бұрын
Hari ibintu byinshi Satani ari gukoresha asenya ingo, umugabo akagenda kandi mubya kimuntu ntacyo yabuze, ubwo Satani aba y'iyi iye kurusura.
@lrutagengwa2875
Жыл бұрын
Victoire Balisasa . Njbyo ingo zirasenyuka , kuko rwubakwa na babiri . None se umuntu atagushaka wagira ute ? Erega hari uba ashaka kukubabaza agashaka undi nawe akamubabaza .... Abakozi ba Satani bariho.
Noneho mucyumba nihohagusenyeye muransetsa cyane hubaka Imana nasanze byose arizero ikindi hubaka Imana nushake wikwayagure umugabo utumva abatumva
@beatauwimana3681
Жыл бұрын
Urakoze nukuri hubakimana
@manishimweprovidance479
Жыл бұрын
@@beatauwimana3681 yego cyane Imana imbere cyane nshuti urugo nibindi bintu
Uburozi bubaho ndabyemeye, kureka umugore usa gutya ukajya gushaka undi mugore? Urumva byimvikana? Nyagasani akurengere mubyeyi mwiza aguhoze amarira n'ibikomere. We love you💋🌹
@nkurunzizafrancodesanto2280
Жыл бұрын
Ubwo afite impanvu dear kuba arimwiza nibyatuma ataba mubi gusa I don’t judge her arko biba byiza kunva kuri side zombi
@TheDreamFamily0
Жыл бұрын
Nubundi kubigaragara nimyuka mibi bateje umugabo kbsa! Nikibazo bamugiriye ishyari baramusenyera satanic 💔💔😭
asante sana ninapenda sana kusikiliza habari zako? kunamafundisho mengi? sex na heshima + unyenyekevu vinamfanya mwanaume apende tendo la ndoa ndani ya ndoa.nikweli kabisa mwanamke akimlidhisha mwanaume ktk pande zote hufanya mwanaume kuwa na mawazo mazuri hasa katika kujenga mji wake
Urakoze cyane nanjye nuko niyunga na grfrnd wanjye 🤭🤭
Uvugisha ukuri Madame et Félicitation au journaliste Sabin
@usabyarahabwagaudence8735
Жыл бұрын
Wamunamakuru we ndagukunda pe utuma abantu baruhuka umutima
Umutima w'umuntu iyo wakwanze ntakindi warenzaho.Umuntu nakubwira ko atakigushaka zinga ibyawe ugende kuko iyo uhatirije uhavana ibikomere by'umutima n'umubiri. ibitubakiye ku rukundo byose ni zero. Imana ubwo yagufashije kwiyakira birabaye rwose pe! Kandi ubwo wamenye ko atari uwawe,ndasaba ngo uwawe azaze kdi nawe uzamwakire kuko kwibana biraryana sha.
@niyoyitamichel4119
Жыл бұрын
Umugore natandukana n'umugabo abe igishubaziko . Nashaka undi mugabo uwa mbere akiriho , aba akoze icyaha cy'ubusambanyi.
@rebeccauwagirinka8975
Жыл бұрын
@@niyoyitamichel4119 iyo biri ku bandi murabikomeza byabageraho cg byagera ku banyu mukabyoroshya. Mwibagiwe ko Imana idaca imanza nk'abantu. Izi ikibazo cya buri muntu n'icyagiteye. Ni cyo cyatumye yima abantu uburenganzira bwo guca imanza za bagenzi babo.
Maama Queen emaana eguhe omugisha
Ijambo ry’Imana riravuga riti, umugabo numugore nibatandukana muribo ntihakagire ushaka kugezaho umwe azapfira, undakabona gushaka.
Uyumudamu ibyavuga nukuri.
Watuzaniye gafaranga
Ndabizi nabibayemo , jye utansabye imbabazi , mu buriri mbasha nagusaba , wampa nkarangiza nkigumira muri ya mood yuburakari bubucecetse butarimo intambara kugera ubwo uzans asnsaba ibiganiro byo gusaba imbabazi
Habaho n,abarozi babanyeshyari bazisenya . Gusa ndagukunze wa mudamu we uri umuhanga
Ariko ndashaka mumvarize uwo mubyeyi, Ko avuga ngo muburiri bitagenze neza aribyo bituma umugabo yarya hanze, umugabo we ko yamutaye agaska undi migore, uwo mugore ntabwo yashoboraga ibyo muburiri ???? Mumumbaize muzaba mukoze.
Ibyo avuga nibyo kubyerekeye n'imibonano murugo n'akamaro abagabo babiha. Ariko sinemeranye nawe kubyo ahamya ngo nta bagabo bananira abagore babo cyane kandi umugore aba yamuhaye iyo mibonano kuburyo buhagije yemwe akanivuna akabikora ababaye kuko azi ko umugabo we ataza kumusaba imbabazi. Ariko kubera kamere y'umugabo mbi nyine akamubanira nabi akamutoteza ahubwo
uvugishije ukuri, niko imana yaremye umugabo
None se Maman Queen ntiwagandukaga mu buriri ko wavuze ko ari cyo cya mbere kirusenya ko iyo uhagandutse rudashobora gusenyuka?
Ndikumva cyane,gusa rekereho kwicira urubanza
Ndagukunda pe wahuye nakaga maze niba iyo ari perique wambaye uzayireke nikibi kuko Data yaguhaye byinshi byiza.
Nibuka cyera tugikora za examen d Etat “ exetat” twese twarakijijwe icyo gihe. Imana ishimwe yaratwumvise. Umugabo ashobora kunanirana bibaho, she might be right koko umugabo yara munaniye. Ariko se urundi ruhande rwo ? Ese umuntu abyuka from no where aka nanirana? I can’t judge muri ino case. I feel sorry kubyo uyu m mama yaciyemo. Gusa kutamenya version y umugabo…
Imana igufashe wamubyeyiwe😢
Warakoze mama birya byose bagushimiye kiriya gihe, ubundi bakwihishemo kugirango bitabavaho. Burya no kugutoteza bari babizi. Ibyo kugura inzira kubagabo twese turabikora .ikibabaje nuko nubwo wakwita ku rutare atagushaka ntuhaba. Nibe nawe yarakubwi ko ashaka divorce. Uwugufata nabi akagusuzugura, mu biwabo , nuruhinja ruvutse, nibisanira byo hanze bikakuruta ukagura inziiiiiiiiiiiiiiiiiiira Ahubwo agakomeza akaguhonyora kuburyo wibonamo zero
Abagabo ntibashima,, none nkuyu nawe yazize iki inyuma ya 20 ans ya mariage
@kabegacyesh1357
Жыл бұрын
mwe muri abana
Madame vous dites la vérité surtout sur le caractère des hommes.
@Mr_g-screen
Жыл бұрын
Kabisa byapfuye kera ahubwo Uzi kwihangana
@lrutagengwa2875
Жыл бұрын
Siko bose ari abagome
Good idea
Byatewe nuko wanze kumvira bwabuhanuzi rero wemere noneho uko Imana ikuyobora nibura uzabona ubugingo
Mada nakwemeye pee. Ibyo uvuze byoseee ni ukuri abantu ba bikurikije byakubaka Société
Umuntu yararirimvye ngo " Ingeso yurugo ntiyubaka urundi "
Uko nukuri mama uwiteka agukomeze
Love you Sabin
Wamudamuwe ibyuvuze nukuri100%