Nanjye mbona bagarurwa n'ibibazo na Theo yagarutse aruko abona byanze abantu baramwanze baramutakarije icyizere abagabo ubundi bateye bate uziko wagira NGO baba baratsemo imiriro njye nibaza icyo baba bajya gushaka batabona ku bagore babo bikancanga isyigariwe
@nyiramanaaline6895
2 жыл бұрын
Shan sinziko najye byavamo
@ingabirechristine46672 жыл бұрын
Eeee iyo Ndaya ko yarifite umuhamagaro wo guhugura ibigabo byananiranye.
@girlstalk42252 жыл бұрын
Ibi bigomba kubera isomo benshi, bibe twe tutarubaka cq abubatse. Liliane Imana ijye ikwiheta umugisha kubwo kwihangana. Nibyo koko kwihangana bitera kunesha & finally that award comes to you🫂🫂
@umuhozajose23772 жыл бұрын
Umwami Imana abane namwe mu muryango mushya mutangiye. Turabakunda cyane.💝💝 Maman Lili, uri icyitegererezo cy, ababyeyi bazi kwihangana.
Kalande zibaho ndabizi pe mama Liliane wowe wagize Imana niyabyara hanze ijye ushimira Imana , papa icyo nkwisabira uzajye usengera abandi ba papa nabo bazabohoke bamenye Yesu Kristo ,uzaba ugeze neza
Imana itabare ingo,kuko nyinshi nuko zibayeho,Liliane Imana igihe umugisha n'indishyi za kababaro wahuye nikintu kihanganirwa na bake
@hawamaniragbahawa45292 жыл бұрын
Mwiriwe neza nunvise ubuhamya bwa gasirwa amarira aranyica gusa ndishimye cyane kuba yaracyiriye agacyiza uwo mumama yesu azamuhe umugisha yarihanganye ni clarisse ndi oman
Nkunze ukuntu uyu mugabo asobanuye karande n’urugero atanze ni rwiza cyane. Mbere yo gushakira karande mu by’umwuka (spiritual), tubanze kuyishakira muri environment dukuriramo (ni yo mpamvu ari byiza kwimuka), mu ntekerezo (psychology, ni yo mpamvu habaho abahanga muri mental health) no mu byo turagwa mu buryo bw’umubiri (heredity). Ibyinshi bishobora gusobanurwa n’izo ‘bio-psycho-social’ factors byegekwa ku myuka mibi bikarangira nta gihindutse, ahubwo na next generation ikabifata
@Sunshine-ms4ih Жыл бұрын
Ntimugashishikarize abantu kuguma muri marriages zibangiza, nicyo divorce ziberaho. Inama nagira abagore bari muri situation nkiyi nukugenda; ntimutume iyi video ibabwira ngo mugume mwihanganira ibitihanganirwa. Mujye mumenya agaciro kanyu bagore.
@jeaninehan2 жыл бұрын
Hallelujah 🙌 Nkomeye amashyi menshi Uwiteka ku gakiza ka Etienne 👏 Abagabo benshi bazakizwa kubera ubu buhamya, ndetse n' abandi bari mu byaha. Sabin uwo mu papa uzajya umutumira avuge ubuhamya anabwirize, kuko niwe muhamagaro we 🙏
@Yvonne2nora2 жыл бұрын
Yesu christo mbega umubyeyi wahuye nikigeragezo Sha ndumiwe
@honorinegaju62012 жыл бұрын
Sabin iyo umubaza uti ibyo wakoze iyo aba arumugore wabikoze uba waramubabariye
Ariko Sabin nawe rwose ngo love story. Reka reka iyi si love story yenda byite urugendo rwo kubabarira rwa Liliane cyangwa se urugendo rwo guhinduka rwa Gasangwa uko nabibonye ibya love ntibirazamo neza
Пікірлер: 489
Niyibeshaho Liliane: +250783515006
@twahirwabeatrice890
2 жыл бұрын
Niyiki?
@maeli6300
2 жыл бұрын
@@twahirwabeatrice890 Numero ya telephone ntuzi akazi kayo ariko???
@joselynenikuze5701
2 жыл бұрын
@@twahirwabeatrice890 niyumuntu wese akeneye liliane!afise ivyo gutanga!gusa ndabona naho yihanganye ivyo kuryoherwa yarabihevye ibikomere ntivyoroshe gukira pe!
@antoinettempaimana2724
2 жыл бұрын
@@maeli6300 😂😂😂😂😂😂
@antoinettempaimana2724
2 жыл бұрын
Niyiki wamugani
Powerful testimony kabisa! Iyi temoignage inteye emotion ikomeye! Ikikwereka abantu bakize neza nuko bavuga byose. Yaba Gasigwa na Liliane urabona ko bakize rwose. Mugize neza bavandimwe kubuhamya bukomeye musangije abandi. Imana ni igitangaza.
Dufashe Sabin uganire na Muhire na Marie Leine NGO barabyaye Disi nukuntu Marie Leine bamubwiragako atazabyara icyubahiro nicy'Imana 🙏🙏🙏🙏
@clarisseumubyeyi3888
2 жыл бұрын
Waou Singizwa Yezu, Impundu Impundu
Uyu mugabo dufite amateka ajya gusa.uwo mugore yarenganye nkuwange.igitangaje nange Imana yangaruye mukwa 4 ,2021.dutuye kibungo natwe muzadutumire dutange ubuhamya tuzaza pe
@uwasebetty552
2 жыл бұрын
Yooo!!!!
Ubundi se ubwo ko muzi no kuvuga ubwo warakize, warihannye.... cyangwa nuko ibyo wandavuragamo byakwanze Azongere agukwe atange ikiguzi cyagahinda yaguteye kuko yakubabaje bikabije
Uyu mudamu nubundi umubabaro nturarangira kuko nisuraye irabigaragaza uyu mugabo nibo koko yarahindutse azamube hafi amuteteshe niho bizarangira
Hello ndanezerewe ko mwasubiranye ikindi uyu mugore arihangana afite umutima mwiza ukomeye komeza kuba intwari mubyeyi mwiza gusa icyo nsabye uyu mugabo uyu mugore muhe care umusohokane umuteteshe wibuke Kandi uhe agaciro kwihangana kwe yagize iyo myaka yose umufate neza nukuri numugore mwiza uteye ubwoba
@urujenimireille8637
2 жыл бұрын
Ntabaho
Abagore barihangana kweri UYU niwe mubyeyi.👏👏
Uyu mubyeyi umutima we wuzuye igihinda kiremerereye umutima we nuko yiyumanganya.
Yewe ngize ibyiringiro ko Imana yagaruye Gasigwa izagarura papa .
Never mind, Abagobo murahemuka cyane, iyo byabayobeye nibwo muza mwivugisha ibyo byose ! But abagore barababarira, ariko NTABWO BIBAGIRWA Okey!!!!
@louisedusabe825
2 жыл бұрын
That’s true nubwo aseka ariko yibuka agahinda yagize imyaka 10. Sha warahuritse wamudamu mwiza.
@maeli6300
2 жыл бұрын
Nivyo pe ahubwo agumana nubwoba ko azosubira pe.
@uwamariyaeugenie1845
2 жыл бұрын
Kubabarira birashoboka ariko twibukeko icyizere iyo kibuze bigora kukigarura nubundi ahora abyibuka.
@gloriaakingeneye253
2 жыл бұрын
Yes,sure! Imana yonyine izamwomore 💔
@urinzwenimanaildephonse45
2 жыл бұрын
Icecekere wa!None se Nta bagore nabo babikora!Ruri hose.Ahubwo Icyangombwa ni ukwegera Imana
Ibyo biri mungo nyinshi,umugabo wese unywa inzoga nyinshi atitangira bijyana nubusambanyi nubugome namagambo menshi,mabi cyane
@tumukundeclarisse1015
2 жыл бұрын
Gauthier icecekere nabatazinywa bagira ubugome kdi bakavuga n'amagambo mabi akakaye akomeretsa abantu
@lolaispure4296
2 жыл бұрын
@@tumukundeclarisse1015 yeah nabo babaho pe. Ariko ntiwahakana ko inzonga zizana izindi ngeso mbi.
Wow wow dore ubuhamya bufasha abantu . Warakoze Liiane kwihangana.
@nkuranyabahizijnepo2590
2 жыл бұрын
Nawe nkukunda kubi chr uranyubaka isimbi ndagukurikira cyane
@bienvenuburegeya5278
2 жыл бұрын
Wowe Isimbi rya Yesu narinsanzwe mbona uri umugore umwe murwanda udasanzwe mpise mbona undi wakabiri buriya nkunda kandi nkubaha numugore wumutima uhugura aabandi Abakobwa bifuza ingo nziza bazabegere mubabere ba 《marraine》 Gusa rubyiruko Musenge Imana niyo itanga umufasha, umutware, nurugo nanjye Yarampaye pe kubera Gusenga
Shn nneho nemeyeko abantu bazi kwihangana bakibaho p, Imana ikomeze kubakomeza disi 😭🙏🏾
Haleluya nivyigiciro iyo umunyavyaha ahindukuriye Imana.Liliane Imana iguhe umugisha kandi izaguhe iherezo ryiza uri umugore wintwari Amen.i ndumwe mubo mwabanye muri ETEGE de Mutumba
Ariko Liliane Nubu aracyababaye rwose
@estellaniyonzima9377
2 жыл бұрын
Biraboneka ko akibabaye
@lydiakabanyana2758
2 жыл бұрын
Yego agahinda yagize ntikahita gashira Ako kanya.akenewe komorwa ibikomere yagize
Umugabo wimbwa cyane ntanisoni nuko wakennye niyo mpamvu na Théo bosebabireba nuko yaje yivugisha nuko mugira abagore beza arijye wambona shyiiigariwe
@mukashyakaadeline9737
2 жыл бұрын
Nanjye mbona bagarurwa n'ibibazo na Theo yagarutse aruko abona byanze abantu baramwanze baramutakarije icyizere abagabo ubundi bateye bate uziko wagira NGO baba baratsemo imiriro njye nibaza icyo baba bajya gushaka batabona ku bagore babo bikancanga isyigariwe
@nyiramanaaline6895
2 жыл бұрын
Shan sinziko najye byavamo
Eeee iyo Ndaya ko yarifite umuhamagaro wo guhugura ibigabo byananiranye.
Ibi bigomba kubera isomo benshi, bibe twe tutarubaka cq abubatse. Liliane Imana ijye ikwiheta umugisha kubwo kwihangana. Nibyo koko kwihangana bitera kunesha & finally that award comes to you🫂🫂
Umwami Imana abane namwe mu muryango mushya mutangiye. Turabakunda cyane.💝💝 Maman Lili, uri icyitegererezo cy, ababyeyi bazi kwihangana.
Ubuse agarutse mwaripimishije sida? Niba yarakijijwe ariko Imana igira amaboko, nishimye.
Mana yanjye ibibintu mbizi ahantu neza neza uko iyi couple yarimeze nabo niko bameze Mana tabara😰😢
Liliane uri intwari cyane Imana izajye iguhora imbere pe.
Mbega umugabo wintwari Manaweee sumugabo umwe numwe kwisi wemerera umudamu we akavuga ubuhamya bwegutya gusa Uranagaragara Nkimpfura Imana izabubakire urugo rwanyu peee
Yesu ukiza ibikomere,uzomore lili Burundu.wabaye intwari mukobgaeimana.
Hallelujah there is a God of impossible 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
muvyeyi Imana izoguhe ijuru kk ufis umutima udasanzwe
Imana ntakure itakura umuntu ntanaho itamugeza ikomeze ikugumishe mubuntu bwayo iguhe imbaraga zokutazasubira data wa twese waguhamagaye igufate ukuboko ntikurekure Gasigwa liliane Data waguhaye imbaraga zo kwihangana nikomeze ikomore inguma kdi iguhe umugisha amavuta no kwaguka mwizina rya yesu uburinzibw'Imana bukubeho Amen
Ubuse nta cya Sida wakuyeyo koko!nubundi mbambona Liliane nubu akibabaye we
@mutra9711
2 жыл бұрын
Ashobora kuba atarayirwaye
@mutra9711
2 жыл бұрын
Hari abantu batajya bayirwara
@mutra9711
2 жыл бұрын
Ubu ntiyakongera kugwa. Yabonye akavayo!!!
@Mimi-tm4vi
2 жыл бұрын
Ntibikenew ko babivuga
@gajuribanje5663
2 жыл бұрын
nubwo yaba ayifite umugore yaramwakiriye ntampamvu yo kwibaza kubyo mutazi
Yoooo Imana ishimwe ko Gasigwa yabyutse
Maman komereza aho,nawe wa mugabo Yesu azagufashe ntugasubire inyuma pe
Umubyeyi warezwe rwose❤❤
Impore Liliane mwiza🥰 Hashimwe Yesu waguhaye imbaraga z, umutima. Ntabwo ari inyama n, amaraso byagukomeje ahubwo ni Umwuka Wera w, Imana.
@chayocharlotte391
2 жыл бұрын
Ibyo nukuri
Yesu Arakorape kwihanga nikinu gikomoye nogusenga 🤝 murakoze kabisa
Imana ihabwe icyubahiro ko yakuzuye Gasigwa we. Uwiteka aguhe umugisha Kandi akomeze intambwe zawe
Sabin komereza aho utuzanire abubatse barimo umwe washoboye kwihanganira mugenzi we!!
@josephineuwizeye8250
2 жыл бұрын
AMEN
Haluya nivyigiciro iyo umunyavyaha ahindukiriye Imana Liliane Imana iguhezagire kandi izoguhe iherezo ryiza wabaye umugore wintwari nduwo mwabanye muri ETEGE de Utumba Amen
MBEGA NGO UYU MUGORE ARIHANGANAAAAAA😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Kalande zibaho ndabizi pe mama Liliane wowe wagize Imana niyabyara hanze ijye ushimira Imana , papa icyo nkwisabira uzajye usengera abandi ba papa nabo bazabohoke bamenye Yesu Kristo ,uzaba ugeze neza
Abagore kawe nibobakenewe murikigihe weze imbuto mugihe gikomeye ukihangana kugeza umugabo agarutse murugo naho abaza kuvuga ibyabananiye imana ibakomeze cyane warakoze kwihangana mama uzambikwa ikamba ryokwihangana ukagarura umugabo kumana
No comment pe ...sha imana irahari ..buriya nabandi tuzatabarwa.
Uyu mugore akeneye gukira agahinda amaranye igihe
@lolaispure4296
2 жыл бұрын
Azakira ate muje kumutera imbaraga ngo nababarire uyu muntu utagira amahame numutima. Ejo bundi bazaba bamu dishye tena.
@usherishimwe9597
2 жыл бұрын
@@lolaispure4296 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂sinzimpamvu nabonye umuga bo abeshya
Imana imwomore kuko aracyafite agahinda!!!!! Sabin umugabo azagaruke atubwire ibyo Ari gukora ngo anezeze umugore we, kuko aho yageze amubabaza akwiye kuhagera amunezeza!!!
Ariko harikintu nibaza nkubu Liliane koko mumwaka umwe yaba yizeye uyu mugabo byukuri ? Ikindi Liliane se nubwo bwose asenga ubu ntaburwayi byamuvuramo nkumutima agahinda gakabije, sinanze ko Imana yamukiza pe ariko se uyu mugabo yamuhojeje amarira kurwego rungana nkurwo yamubabaje njye abagabo mbona Imana ibakunda pe akababaza umugore kugeza kurwego rungana kuriya yarangiza umugabo agasaba imbabazi bikarangirira aho ubuzima bugakomeza umugore nawe akahamugarira njye ibi sibyemera kbs umugabo nawe Imana iba ikwiye kumukubita ikinyafu byiza byiza akamenya umubabaro yateye mugenzi we kd arengana.
@ingabirejosianne8754
2 жыл бұрын
Icyonzicyo akabaye icwende ntikoga niyokoze ntigacya wasanga agaruwe nubukene yahuye nabwo cg nicyubahito yataye ngoyongere acyisubize 😒sinahita mwizera cyane
@mukashyakaadeline9737
2 жыл бұрын
Abagabo benshi bagaruka kuko bakennye mbega byanze nanjye uyu mugabo ntabwo namwizera
@jeannedarcuwimana1274
2 жыл бұрын
@@mukashyakaadeline9737 niko kuri iyo bakennye baba abana beza
Ubuse uyu mugabo yarahindutse koko ntabwo rwose ahubwo Liliane akomere kandi agume arwane
Gasigwa Imana iguhezagire kandi iguhumugisha utagabanije uranyubatse cane
Imana itabare ingo,kuko nyinshi nuko zibayeho,Liliane Imana igihe umugisha n'indishyi za kababaro wahuye nikintu kihanganirwa na bake
Mwiriwe neza nunvise ubuhamya bwa gasirwa amarira aranyica gusa ndishimye cyane kuba yaracyiriye agacyiza uwo mumama yesu azamuhe umugisha yarihanganye ni clarisse ndi oman
Abagabo bose uwabaha umutima nk’uwa Liliane nabo bakiga kwihangana aho guhora bihanganirwa 🙏🏻🙏🏻🙏🏻
@lyncaumuhoza9055
Жыл бұрын
Yh
Waouh Imana nigitangaza .nishimiye ubuhamya bwanyu mukomere
Uyu mu maman ariko biraboneka ko yababaye Kuko urabona afise ihungabana
Imana ibabe hafi
Imana ihabwe icyubahiro yo yabonye ko ariyo ikwiriye kugirango igaruke munzira nziza. Ubu rero umenyeko aribwo satani aguhiga kurusha kera kandi ntawe Imana ifata kungufu nudashirambo imbaraga zawe ugakumbura ibyaha izakuburira ariko ntizakubuza kujyayo urasabwa kuba maso ngo utazongera kugwa mumoshya kandi Liliane Imana imukubire.
Abenshi baracyabirimo thanks sabin for that .. Imana itabare abasigaye
Belle histoire.imana ibahe umugisha mwubatse imitima yabantu benshi bantu b imana !!!
Yooo,uyu mugabo ndamwibutse disi!Duherukana cyera Muri ATAMIMORWA!Uraho neza muvandi?Imana ishimwe ni ukuri ndafashijwe n'ubwo harimo inkuru ibabaje!
Introduction yonyiine inteye kuzungurira ayiweeee !! Isi ibamo amasi menshii pe
Gasigwa ko amakosa yose ayashyira kuri Karande?harya ubwo nta ruhare na ruto yabigizemo? Liliane God bless you🙏
@bwimbachristine494
2 жыл бұрын
Byihorere sha,nawe unyumvire..Ese karande wayipimisha iki?yarahemutse,nabyemere nta kibazo. Ni mecanisme de défense.
@bwimbachristine
Жыл бұрын
N'imitwe sha,iyo aza kuba ari umugore wabikoze byaba hari ibindi bindi
Ihangane mugore mwiza kdi ubwo umugabo yagarutse ujye ushima Imana usenge ntabwo bizongera.
Karande zibaho pe gusa Imana iturwanirire iyaba papa yakwemera kureba iki kiganiro nibura yahinduka mwe mwagezweho nibyo bikomere hanyuma mugatabarwa mujye mwibuka gusengera abakiri kuri urwo rugamba imyaka 7irashize papa aretse ubudiyakoni ajya mundaya no mu kabari n'ubugome bukabije.
Umva wa mugore ubwo ayigushyiramo nturuke umva kwica yavugaga ko yakwica nakimena umutwe gisinziriye aricyo icyocyontazi nkagendana nawe IMANA igira amaboko mwabagore mwe kwihambira birarenze natambwambi.
Ubu buhamya Hari byinshi bunyibukije nahoraga nibaza ,mwakoze cyane
Uyu mumama mubigaragara aracyababaye cyane
@zaza8625
2 жыл бұрын
Ntibyapfa guhera akakanya kuko umutima uba warangiritse ariko kumugabo azamugirira neza azabimwibagiza
@lolaispure4296
2 жыл бұрын
@@zaza8625 hahauaha uyu wowe azamwibagiza iki. Uyu nta bu muntu. Umuntu wacuruje indaya nta kiba gisigaye.
Uyumugabo simbona ko yakijijwe neza ngo asabe imbabazi🤔 ari kuza asigura ibintu bya kera, bya karande🤔 ntari gusigura neza uko ingeso zatanguye!! Ubwose ngo karande?? Wabikora usinziriye se?? Iyo mwakenye ntimubura ayo mugaruka muvuga!!
@ingabijean21
2 жыл бұрын
Abagabo ntabwo Bazi gusana ibyangiritse ubwo baribigize nabi urumvako ikibazo atariwe ahubwo ikibazo ni karande. Imana imuhe guhinduka byanyabyo kuko byazatuma uyu mugore ava ku Mana pee
@muteesipoline5779
2 жыл бұрын
Ubuse Yabivuyemo Ari Muzima nta sida Ra??
This is amazing for real if yes give me something😏 ✊
Ubu bahamya ntabwo nari narabwumvise ariko I ama very happy for you Liliane, warakoze gukomera kuko hari umuntu nzi neza neza waciye munzira nkizi mwanyuzemo, ariko nawe arasenga kandi Imana nibishima nawe azagira igihe cyo gutanga ubuhamya bw'ibyo Imana yamukoreye. Gusa binyibukije icyanditswe KIVUGA NGO "nta kigeragezo kitari urusange mu bantu" gusa ijambo rikambwira muri Luke 1:45 ko "Hahirwa Uwizeye, kuko ibyo yabwiwe n'Umwami Imana bizasohora"
Imana ibashyigikire muntambwe mwateye benshi nahita babivamo ukwihangana kubahwe but my god
Nejejwe n’Imana nukuli Imana Iguhe umunezero maman Mugisha urawukwiye pe!
Glory be to God
Liliane ufite imbuto z’umwuka wera peee! Uzi kwihangana birenze ibyo umwana wumuntu y ashobora! Ariko uzashake uburyo wiyitaho kuko ufite ibikomere. Biragaragara
Gusa uwumugore aracafte ibikomere
uyu mu Papa rwose areke ibintu byibitsure cyanke byo kwikakaza ahe care umugore kuko Liliane akwiye impozamarira ivuye kuri wowe Gasigwa, rwose kunda umugore wawe kandu ubimwereke kuko ubønnhørlig ko akababaro aracyagafite
@ingabijean21
2 жыл бұрын
Shahu c no kwihagararaho kwabagano🤭 uzingo yabikora 🙆
@christinesemuto940
2 жыл бұрын
@@ingabijean21 yeah abagabo biwacu baragoye
Mana weeee murakoze cyaneeee ibi bintu biriho cyane,ariko murakoze kubidusangiza.
Uyumudam rwose nimfura ukuntu atuje, ntashobora nokuvuga batamuhaye ijambo umwami Yesu arwubake arukomeze umwanzi ntazongere kubona Aho abyukira.
@agnesbwiza7601
2 жыл бұрын
Amen 🙏🏽🙏🏽
@ikirezichartine2360
2 жыл бұрын
Yaramukandamij ikigaragar uyu mugore atinya uyu Mugabo cyn bidasanzwe
@umwizanana1692
2 жыл бұрын
@@ikirezichartine2360 oya nge mbona atuje nubusanzwe atari gutinya umugabo.
Nkunze ukuntu uyu mugabo asobanuye karande n’urugero atanze ni rwiza cyane. Mbere yo gushakira karande mu by’umwuka (spiritual), tubanze kuyishakira muri environment dukuriramo (ni yo mpamvu ari byiza kwimuka), mu ntekerezo (psychology, ni yo mpamvu habaho abahanga muri mental health) no mu byo turagwa mu buryo bw’umubiri (heredity). Ibyinshi bishobora gusobanurwa n’izo ‘bio-psycho-social’ factors byegekwa ku myuka mibi bikarangira nta gihindutse, ahubwo na next generation ikabifata
Ntimugashishikarize abantu kuguma muri marriages zibangiza, nicyo divorce ziberaho. Inama nagira abagore bari muri situation nkiyi nukugenda; ntimutume iyi video ibabwira ngo mugume mwihanganira ibitihanganirwa. Mujye mumenya agaciro kanyu bagore.
Hallelujah 🙌 Nkomeye amashyi menshi Uwiteka ku gakiza ka Etienne 👏 Abagabo benshi bazakizwa kubera ubu buhamya, ndetse n' abandi bari mu byaha. Sabin uwo mu papa uzajya umutumira avuge ubuhamya anabwirize, kuko niwe muhamagaro we 🙏
Yesu christo mbega umubyeyi wahuye nikigeragezo Sha ndumiwe
Sabin iyo umubaza uti ibyo wakoze iyo aba arumugore wabikoze uba waramubabariye
@christinen8291
2 жыл бұрын
Nanjye nicyo ndimo nibaza
@lucillekankazi8073
2 жыл бұрын
Wapi abagabo barikunda
@gloriaakingeneye253
2 жыл бұрын
Impossible
@ingabijean21
2 жыл бұрын
Umva nkubwije ukuri ntanubwo uyu mugabo aba acyibuka uyu mugore🤦 abagabo barikunda cyane.
Urintwari mama Imana yo mw’Ijuru ibakomeze izabahe ubugingo buhoraho
Abagabo benshi bata abagore iyo bafite inote zabashirana bashobewe bati reka nsubire iwange kwa nyirandarwemeye .izo ndaya zibemera kuko mufite amfranga iyo nta noti ntacyo mwavugana
My God,y're always good 😢😢
Yiiii a abagabo nkaba bagarukira a abagore aruko bakennye bakubiswe, n Imana yonyine ibigiramo uruhare ninayo izakomeza kubigiramo uruhare!
@umuhozaclementine1725
2 жыл бұрын
Nubundi buriya yakubiswe cgw afite ibirwara amuzaniye abagabo sha afite ubuzima bwiza ntashobora kugaruka bibaho
Yoooooo nanjye ndumugore wumusirikare nirworugamba ndikurwana hamwe nogusenga nsubijwemo kwizera konanjye bizakemuka kubera gusenga mujye mukomeza muduhe ubuhamya buradufasha ndishimwe pe
@sunshinetv537
2 жыл бұрын
Komera utwaze gitwari Yesu aragukunda knd muri kumwe❤️❤️❤️
Liliane aracyababaye pee. Kora uko ushoboye uzamumare uwo mubabaro
Uwo niwe mufasha pe🙏🏽 wihangana
Mubyeyi Liliane usengere abasigaye aho wavuye,kuko birakaze,gusa Atari Yesu Udushoboje benshi twacogora.
@kanezaange4116
2 жыл бұрын
Mme Liliane ,Yesu Yarakoze kugufasha kwihangana ariko rwose ukomere kugira ukomeze umugabo wawe ,usenge ugire ivyishimo ,knd umwizere ko Imana Yakoze Ibikomeye mubuzima bwe
Ariko Sabin nawe rwose ngo love story. Reka reka iyi si love story yenda byite urugendo rwo kubabarira rwa Liliane cyangwa se urugendo rwo guhinduka rwa Gasangwa uko nabibonye ibya love ntibirazamo neza
@alphamum2993
2 жыл бұрын
Erega uriya mugabo yaarwaye siwe,Ubwose uwukunda arwaye wamuta
@alphamum2993
2 жыл бұрын
Mmen Imana izaguhe ijuru nicyo nkusabira,hashimwe Imana yaguhaye kwihanganaa
@charlottekarengera2633
2 жыл бұрын
Nubwo bitagaragarira amaso ariko imbaraga zatumye amubabarira zavuye kurukundo yamukundaga hamwe no gufashwa na Nyagasani.
Liliane Imana ikongere amavuta meshi yo kuyikorera yakugaruriye Umutware
Yooo Mana weeeeee Imana ishimwe cyaneeee
Imana yarakoze guhinduka pe👏👏
Iyo ntahe yanyu nivyo biri murugo rwanje,ndatangay cyane
Mana! Wamubyeyi we Imana ihguhe umugisha kubwo kwihangana wagize
Mana yanjye ndumiwe kbs. Wa mugabo we Imana igufashe ntuzasubireyo kuko wahita upfa🤷♂️🤷♂️
nibibazo ibyo bibazo biri mungo nyinshi,musenge cyane!
Gusenga cg kudasenga sinsobanukirwa impamvu umuntu yemera kuba mu gahinda no gukomereka iyo myaka yose akomeza kubana n' umunyamafuti arenze bigeze aho. Sinabishobora nta nuwo nabigiramo inama.Gusa nta jugement mbafitiye ubwo aba afite impamvu zamuteye guhitamo kumwihanganira.Gusa nizere ko uyu mugabo buri munsi azajya akora ibigabanyiriza uyu mudamu agahinda yamuteye ntibibe mu magambo gusa ngo Imana izabikora.
Imana ihabwe icyubahiro
Gasigwa ndamuzi ariko imana ishimwe niba yaravuyeyo
@ikirezichartine2360
2 жыл бұрын
Rahira yarakabije cyn noneho 🥲
Imana Data watwese ugira neza ntiheba uwayo.
Imana ishimwe kwikugaruye ukava mububata bwasatani