So sorry, gusa ntekerezako uwo mukobwa yaguye mumutego wabajyanama babi! Uwo mukobwa wamushoye kuruwo mugabo agira ati nanjye mba mwifatiye! Yari kukagambane pe niwe pfundo ryunuruho we yaramushoye
@user-yk1uz8nx3o
2 ай бұрын
Ese Jannette yaba yarashatse kubuhamya bwuwo musore kurusengero! Ngo amenye uwo musore afatwa ate kurusengero!!!
@Chandelier320
2 ай бұрын
Kurusengero se niho umenyera imico yumuntu? Ho ntago yakiyorobeka?
Ati Sabin nyamara iri zina hari abo ryiruhurira umutima, ubundi uzitwe umwami wa bashiki bacu abo rwose niwowe ukwiye iryo zina utaryiyise , hari abo uhamagara se, ntibizana? nyamara abantu benshi bazi ko bakugeze imbere baruhuka kandi nibyo , nkeka abaje bunamye basubirayo bemye, ubufasha bwawe kuri societe n'ubwo rero ibindi jya wirira winywere , Imana yaguciriye inzira inyurwamo n'abandi benshi kandi bakaruhuka , Merci et toutes mes félicitations mon frère Sabin pour ton travail , 1 M d'abonnés, ce n'est pas le fruit du hasard mais de ton travail qui se distingue.
@ugirumureramariegrace7412
3 ай бұрын
Umwami wabashiki banyu😂😂😂😂
@lucumuhire1390
3 ай бұрын
@@ugirumureramariegrace7412 None ko ari intero n'inyikirizo se, izina naryo rifite ukuntu riruhura uri kuvuga, mureke umusaza yikorere isanamitima , Nyagasani amuhe umugisha umuryago wa isimbi waguke cyane.
@christineumuziranenge3118
2 ай бұрын
None se niyitwa umwami Yesu we azitwa iki?
@lucumuhire1390
2 ай бұрын
@@christineumuziranenge3118 hh Yesu se niwe mwami wenyine kuri iyi isi! cyangwa izina uwami ryavuzwe yesu Yari yakamenywa mu rwanda , umwami ni izina rusanjye , Yesu akaba umwami w'abami, abo bandi nabo babaho, mu byiciro byabo, ntawe urumva bita umwami wa ruhago se?
@christineumuziranenge3118
2 ай бұрын
@@lucumuhire1390 Njye Yesu niwe mwami nzi kuko navutse abo bandi badahari et en plus hano mu Rwanda nta wundi muntu ufite iyo title mu buryo buri official!kuko na Sabin nurimuha ntabwo ku mazina afite bazigera baribanzaho pe!!Ku isi ho byaba ari indi case kuko twivugiraga abanyarwanda naho ahandi ho ndabizi ko hari abami...ariko iwacu I doupt!
@rebeccaimanishimwe32242 ай бұрын
Jeannette wajye ni Rebecca wabambitse komera kuko wahuye ni bandi uzikuntu yadusinyiye cheqwe itazagamiye yiriza nkemera nkabaha imyenda kugeza nubu umuhungu yaranyambuye namujyanye no kuri RIB ariko yambereye ibande niba yaratorotse RIB yanze kunyishyura nubu ariko uyu mugabo yambuye abantu bose abakabati abagitanda hhhhhhhhh yewe Murungi we mu mukomeze
Komera Mukobwa wa Yesu.. Jeannette humura...nta kitagira iherezo Kandi nabonye Byose Yesu Abishoboye ,, Ajya Arengera Uwasebye Kandi Uwatawe n' abantu.😢
@laetitiakanzayire42163 ай бұрын
Ihangane mukobwa mwiza Imana izaguhoza ❤❤️
@user-yk1uz8nx3o2 ай бұрын
Mumurenge burya hakenerwa a small group kuba pare atarabyitabiriye byo ntakibazo, ahubwo iyo couple yabuze icyo bita communication nonese Ms Jeanette, ntekerezako uba waratangiye kugira amakenga hakiri kare kuki utabajije abateguye ko bahawe avance? Ubundise bateguye iki niki? Sungirango nimwe ( wowe numufiancee wawe) nimwe mwamuhaye commande !
Пікірлер: 668
NUMERO YA JEANNETTE: +250 787 121 971
@user-yk1uz8nx3o
2 ай бұрын
So sorry, gusa ntekerezako uwo mukobwa yaguye mumutego wabajyanama babi! Uwo mukobwa wamushoye kuruwo mugabo agira ati nanjye mba mwifatiye! Yari kukagambane pe niwe pfundo ryunuruho we yaramushoye
@user-yk1uz8nx3o
2 ай бұрын
Ese Jannette yaba yarashatse kubuhamya bwuwo musore kurusengero! Ngo amenye uwo musore afatwa ate kurusengero!!!
@Chandelier320
2 ай бұрын
Kurusengero se niho umenyera imico yumuntu? Ho ntago yakiyorobeka?
@lolitaimena9782
2 ай бұрын
@@Chandelier320😂😂😮😢 suko
@lolitaimena9782
2 ай бұрын
@@Chandelier320😂😂😮😢 suko
Njye ndi mubamwambariye gusa buriya inkuru mbarirano iratuba , twe twari duhari twarumiwe !!! Jeannette humura ..❤
Ariko mwabahungu mufise agakiza,mwiyemeje kwubaka ntimwofata uyu mugeni ko mbona ari mwiza Kandi ari Tayari kwubaka❤❤❤❤❤
@mwisenixdesire322
2 ай бұрын
Birasaba ko abanza kwishyura amadeni yayo macheki kuko yayafatanye numugabowe bari baramaze gusezerana ivangamutungo kandi cyane ko yazaga mumutungo wurugo then babone kumuha divorce abone gushakwa buriya aragwatiriye muri make
@IradukundaYvette-uc1lg
2 ай бұрын
Yooo chn Imana izamuhe umugabo muzima kuko umukobwa wese ukuze ABA Azi ibyo arimo ashaka kubaka ntbw ABA acyireba kuruhande @@mwisenixdesire322
@GyslaineAkimana
2 ай бұрын
@@mwisenixdesire322Araboshe peee ndumva umu type yabikoze abibona
Yewe inkuru yuyu mukobwa yarambabaje nabonye isi iriho abantu batandukanye Abeza na babi gusa ihangane imana izagushumbusha kd iyobyanze kurumwe undi biremera isimbi Tv hejuru cyane ❤❤❤❤
@salimamusemakweli8926
3 ай бұрын
T😊😊😮
@mujawayezuannonciata4014
Ай бұрын
Aliko yali yarakuroze!!! None se kuki wamusigiye ubutunzi bwawe!!? Aho rwose wararangaye pe
Umusore ufite iyerekwa atware uyu mugore nimwiza pe
@user-dk7ke2ed3p
2 ай бұрын
Nibyo rwose
@OdetteM.Ntagwabira-ur8yr
2 ай бұрын
Hhhhhhhhhhh
Janette mukobwa mwiza ihangane, nyagasani azaguhoza amarira warize Kandi nkuragije yezu nyirimpuhwe. Nyagasani yezu nyirimpuhwe niwowe womora imitima yamenetse nkweretse uyu muvandimwe umwomore Kandi umube hafi ndabigusabye. Amen
@NiyigabaAlodie-rc6kj
3 ай бұрын
Nukur urakoze kumusengera pee🙏
@GyslaineAkimana
2 ай бұрын
Imana imutabare peeee🙌🙌
@IragenaClarisse-zc3xv
2 ай бұрын
Amen
Ati Sabin nyamara iri zina hari abo ryiruhurira umutima, ubundi uzitwe umwami wa bashiki bacu abo rwose niwowe ukwiye iryo zina utaryiyise , hari abo uhamagara se, ntibizana? nyamara abantu benshi bazi ko bakugeze imbere baruhuka kandi nibyo , nkeka abaje bunamye basubirayo bemye, ubufasha bwawe kuri societe n'ubwo rero ibindi jya wirira winywere , Imana yaguciriye inzira inyurwamo n'abandi benshi kandi bakaruhuka , Merci et toutes mes félicitations mon frère Sabin pour ton travail , 1 M d'abonnés, ce n'est pas le fruit du hasard mais de ton travail qui se distingue.
@ugirumureramariegrace7412
3 ай бұрын
Umwami wabashiki banyu😂😂😂😂
@lucumuhire1390
3 ай бұрын
@@ugirumureramariegrace7412 None ko ari intero n'inyikirizo se, izina naryo rifite ukuntu riruhura uri kuvuga, mureke umusaza yikorere isanamitima , Nyagasani amuhe umugisha umuryago wa isimbi waguke cyane.
@christineumuziranenge3118
2 ай бұрын
None se niyitwa umwami Yesu we azitwa iki?
@lucumuhire1390
2 ай бұрын
@@christineumuziranenge3118 hh Yesu se niwe mwami wenyine kuri iyi isi! cyangwa izina uwami ryavuzwe yesu Yari yakamenywa mu rwanda , umwami ni izina rusanjye , Yesu akaba umwami w'abami, abo bandi nabo babaho, mu byiciro byabo, ntawe urumva bita umwami wa ruhago se?
@christineumuziranenge3118
2 ай бұрын
@@lucumuhire1390 Njye Yesu niwe mwami nzi kuko navutse abo bandi badahari et en plus hano mu Rwanda nta wundi muntu ufite iyo title mu buryo buri official!kuko na Sabin nurimuha ntabwo ku mazina afite bazigera baribanzaho pe!!Ku isi ho byaba ari indi case kuko twivugiraga abanyarwanda naho ahandi ho ndabizi ko hari abami...ariko iwacu I doupt!
Jeannette wajye ni Rebecca wabambitse komera kuko wahuye ni bandi uzikuntu yadusinyiye cheqwe itazagamiye yiriza nkemera nkabaha imyenda kugeza nubu umuhungu yaranyambuye namujyanye no kuri RIB ariko yambereye ibande niba yaratorotse RIB yanze kunyishyura nubu ariko uyu mugabo yambuye abantu bose abakabati abagitanda hhhhhhhhh yewe Murungi we mu mukomeze
@user-jj5ox7yl6g
2 ай бұрын
Ndumiwe koko
@musaniwaborehema
2 ай бұрын
Yankuri nimpamo
@isarosalama202
2 ай бұрын
Iyobqshiraho amafoto yakokabwa ntikazagirundigahemukira
Warakoze kwifata nturyamane na Shitani peee Ndagushimiye Imana izagushumbusha❤
Aba Jo murihe❤❤❤
@user-hv6io1ul6d
3 ай бұрын
👆
@murekeyisoniemelyne4393
3 ай бұрын
Turahari sweetheart ❤❤❤❤❤ Mbaza ngo bitesee😂
@umwaliwasediane3642
3 ай бұрын
Jo twins show🎉🎉🎉🎉
@Cloudette372
3 ай бұрын
🤣🤣🤣🤣🤣 Nabonye❤❤❤😂
@belyseakimana7670
3 ай бұрын
Aha❤
Uri mwiza Jeannette, Warahemukiwe kweli Imana,izaguhoze amarira pee😍.
Nkunda isimbi tv rwose💝, Byumwihariko sabin ni muzima cyane👌🥰
Tuza cheri Imana yakubashishije kuva muri urwo rugo amahoro Izakumenyera ibigukwiriye tegereza humura abenshi ntago tugutera amabuye n'abayagutera isi ntisakaye izabanyagiza nabo bumirwe
Utaramuhaye umubiri wawe sha nagukurira i chapeau ukamwereka ko ntamugabo nawe yarimo atarakwiriye kukwigaraguraho nta nta rusoni mais niba waratsinwe kandi ukemera ko muba umwe umwaku nubundi yarawuhuteye uzajye gusenga yisu akumwakure .ibindi ntugirengo abagore benshi bararushye uretse ko bahuye numugabo witwa yesu
@clementinekaranga3416
3 ай бұрын
Najye ndagushimye
@user-iu9nm3ef4u
2 ай бұрын
Mujya gushaka mwitaje ibiboro gusa,ibindimukabiharira abagabo!! Indabo zirarongora Toka kwimaumugabo ntacyo uvuze
@user-iu9nm3ef4u
2 ай бұрын
Mujya kumurenge mwateguragiki ?bashake ribu bagufunge watayeurugo washakaga ubukwe ntiwashakaga umugabo yaragukize!!
@user-iu9nm3ef4u
2 ай бұрын
Ntacyo yarafite mukobwa
@uwiragiyejulienne9826
2 ай бұрын
g@@user-iu9nm3ef4u
Yooooh, humura Imana ifite Izaguseburura!Abagiye baseba muri ubu buzima dutere Hallelujah yo gukurwaho igisuzuguriro.
Nyagasani azakomora humura , ndetse azaguha urugo rwiza❤
Impore ni ukuri warababaye!Ariko rwose abarokore mugabanye ubujiji!Imana iravuga ndabyemera ariko amajwi yose mwumva ntimukayafate nk'ay'Imana nta bimenyetso bihagije bihari. Uri umuvugabutumwa,umunyamasengesho....Rwose ntiwagakwiye kwizera ubuhanuzi!
Pole muvandimwe warakomeretse cyane ark imana izakomora inguma iteza ikigeragezo ikemura ikindi ubu irikugutegurira ibyiza byinshi ihorere ma'am ❤
Number one❤❤❤ mumpe twa tuntu
@mutesimarceline8072
3 ай бұрын
❤❤❤
Gusa wabaye intwari ntiwakomeza kwihambira ngo ubyarane nuwo mugabo uri irresponsable warikuzaba umugore umubyeyi windushyi hari abahumuka babyaye 3 cg 2 noneho ugasanga nabana babigendeyemo courage Imana izaguha umunezero urambye
@Umuhozaisarocarine
2 ай бұрын
Sha yagize ubwenge pe, twe twihambiriye aho imiruho itugeze turahabona nabana ntaho twaberekeza.
@fillety7816
2 ай бұрын
@@Umuhozaisarocarinenturi wenyine courage à nous ❤
@user-vf6cb5ey8s
2 ай бұрын
@@Umuhozaisarocarineyoooo ihangane bambi
@Umuhozaisarocarine
2 ай бұрын
@@fillety7816 njye ndenda kuzasara kweli.
@user-tu5cf2gd5u
2 ай бұрын
Sha njyewe rwose mfite abana babiri mumwaka ushize niho nahumutse ntangiye kurwara umutima nibindi birwara menyako biterwa na stress yumugabo nendaga guzapfa nirirwa mumisozi,ninde wagiye kanyarira,kinyamakara,murya niyindi Sha nafashijwe niwacu ndigendera njya hanze,sindamara numwaka ariko ubu nibura ndanezerewe kuko ndikumwe nabana banjye kdi maze kugira ikizere cyubuzima bwanjye nabana kdi bwiza!nzabaha ubuhamya ninza I Rwanda
Reka numve ikiganiro ndatanga comment nyuma! Sabin n'abanyamuryango ba ISIMBI TV mwubahwe👏👏👏 njye ndacyacyeza nyereza URUKWETO, kubera 1M SUBSCRIBE 🕺🕺🕺
@anatholiekantengwa5683
3 ай бұрын
Ahubwo se wowe urukweto ntirurahengama ko jye rwahengamye cyeraaa nkaba naraguze urundi😂ISIMBI TV umuryango wacu mugali wubahwe
@anjemolin4469
3 ай бұрын
@@anatholiekantengwa5683😂😂😂😂😂
@dorotheuwamaria5107
3 ай бұрын
@@anatholiekantengwa5683 Sha wowe uri Inyamibwa👏👏👏👏👏 uri umuntu wo MW'IJURU kabs 👍👍👍👍
@maeli6300
3 ай бұрын
Nuguceza mpaka inkweto nizashira tuzogura izindi 😂
Komera nukuri 😢 abagome baruzuye Gsa Imana Ibyo ikora irabizi 😊
Ihangane shenge Imana yaramugukijije😮 Waramukizee apuuuu nagende!!!
Shn uri intwari peh! Koko iyo utazi kuzinukwa uhora ubabaye. Ibaze noneho ukuntu warikuba ubabaye iyo utavayo😢 Ark humur pe yesu arakiza❤
@cecilenyirahabinshuti1199
2 ай бұрын
Nukuri rwose
Idini rya Adepr riri kwisonga mugutuma umuryango nyarwanda ubaho nabi. Kuko bahambiranya ibidashoboka babeshya abayoboke babo.
Yooo pole sana, Imana itajya yibagirwa imirimo n'amarira warize izaguhoza. Komera kandi wumve ukomeye.
Mbandeba 1M nkumva ndafashijwe
@user-us9dr9np7w
2 ай бұрын
Amen ❤
@lolitaimena9782
2 ай бұрын
😢❤ gahunda ni 2 M
@user-hf6ty2fc4c
2 ай бұрын
Humura Jeannette wekomera mama nange nitwa Jeannette sawuda
@IshimweAline-cx7bs
15 сағат бұрын
Tugeze kuri 2M
Ark ibi nibicyikoko🤔 ubanza Umuntu warushye atajya aruguka pe ako humura Amana irahari uzishima cyane💃
Uwo mugabo wawe ni Escro gentil.Niko bameze bavuga neza ,ntiwapfa kubavumbura.Nanje ndabizi ibimeze gutyo bibaho.Pole sana mukobwa mwiza.Komera
@user-kd3iv1ow5e
2 ай бұрын
Reka reka ba escro gentil baruzuye mwabantumwe Yamara abakwobwa tuzedusenga cane inzira yacu yubuzima imana iziyikuramwo ibikoko intare zabagabo kandi twige guhagarika ibintu amazi atararenga inkombe ubundi ibibazo vyomungo bibavyatanguye kugaragara mukiri fiancé ariko kubera urukundo rwabaye ikirenga ibibazo ukabibona ukabirenzako uruhu rwamaso rero haraho mugere murugo bikarenga ihaniro bikaba ibitihanganirw nukur nukuza dufata imyanzuro ibintu bikirihafi murakoze🙏🙏🙏
Pole kubera imana uzamera neza mubyeyi urimwiza cyane 😢
Yoo komera mukobwa mwiza ❤ Nyagasani agukomeze,
Pole Mukobwa wa YESU ni ishuri ritoroshye kubyumva no kubyakira ariko komera cyane
Imana ivuga ko nubura ubwenge izaguta, ihangane rwose nawe wabigizemo uruhare rwose, ubwose wunvaga biri burangire mugeze munzu. Imana nayo murayibeshyera.
Umva humura Imana izagukorera ibirenze cherie
Mujye mwitonda mwabakobwamwe.Suyu bibayeho gusa hari nabandi .Gusa bakobwa mushake ipinda nka Bianca Baby 😢
@henrietteikirezi1974
2 ай бұрын
Ipinda niki?
@user-vf6cb5ey8s
2 ай бұрын
Ipinda ni ikofi wa kintu we
@Tetaolivia-rh8df
2 ай бұрын
Amafaranga se yakubuza kubabara
@kidamage176
2 ай бұрын
@@user-vf6cb5ey8syego wa 😂
@user-cg8mp8mi3t
2 ай бұрын
@@Tetaolivia-rh8dfyego ra
Komera mama Imana izaguhoza.Abo ba type ngo baba bategereje ibitangaza by'Imana ku munota wanyuma kandi kenshi ntibibahira
Ikikiganiro citwa ayo nabonye😢 Mpore turagukunda.tambutsa iyerekwa bahuuu❤
@GyslaineAkimana
2 ай бұрын
Ninamwiza peeee
Humura chr wakoze igikwiriye Kandi ntarubanza pe humura Imana irabizi byose
Komera Mukobwa wa Yesu.. Jeannette humura...nta kitagira iherezo Kandi nabonye Byose Yesu Abishoboye ,, Ajya Arengera Uwasebye Kandi Uwatawe n' abantu.😢
Ihangane mukobwa mwiza Imana izaguhoza ❤❤️
Mumurenge burya hakenerwa a small group kuba pare atarabyitabiriye byo ntakibazo, ahubwo iyo couple yabuze icyo bita communication nonese Ms Jeanette, ntekerezako uba waratangiye kugira amakenga hakiri kare kuki utabajije abateguye ko bahawe avance? Ubundise bateguye iki niki? Sungirango nimwe ( wowe numufiancee wawe) nimwe mwamuhaye commande !
Yoo mbega agahinda,.pole kabisa Jeanne ❤❤
Komera komera muvandimwe,humura Uwiteka azakugarukaho bundi bushya wirinde ikibi ugumane na Yesu.
Disi pole nukuri Imana igukubite umugabo ubazengereza gafaranga rwose
❤❤❤komera mubyeyi mwiza Imana izi byose byawe komera kumana yawe urekane nabisi😢😢
Neza iyi nkuru irasa niyange nange ibyo byambayeho maze ukwezi . Sabin gusa lmana ijye iguha imigisha myinshi kuko ukoresha igihe cyawe neza ufasha benshi bahuye nibikomere kongera kuba abantu. Gusa nange ndagushaka pe kd nkunda ibiganiro byawe nkunda kugukurikira cyn
Turahar aba Jo humura Imana murikumwe💓💓💓💓
Imana irikumw nawee ❤
I love Gafaranga kuku avuga ukuri Kandi humura mukobwa mwiza imana izaguha umugabo mwiza .
Nta mukobwa uvuka Nyamagabe w'indyarya nkurikije abo nzi.Wagombaga guhagarika ubukwe rugikubita kuko uwo mugabo wawe imitekerereze iri hasi cyane
Humura, komera warababaye igikomere ufite uzabona ukikomora kdi bidatinze. Abagusetse, abakunenze, abaguciye, babandi banezezwa nibibazo bibaye kubandi, bose bazakorwa n’isoni bamaze kubona ibyiza bizakubaho. Imana ibyumve kdi ibiguhe.
Ese ubu nzaza kwisimbi ryari ra ko kuvuga Sabe mbanumva bindyoheye kbx Sabe Sabe sabe
@umurerwadiane3131
2 ай бұрын
Sibyo rata😅
@gorethemurekatete6047
2 ай бұрын
😂😂😂😂😂
@basengitekadorcas5504
2 ай бұрын
yigosha ngo sab ubundi niwe wacu🤣😍
@abimanamaritha5959
2 ай бұрын
😂😂😂
@user-os4ry1jh9f
2 ай бұрын
Sabe sabe wacu
Jeanette uri mwizaaa intwari, mbegaaaaa umusatsi mwizaaa weeeee urimwiza 🎉🎉🎉❤
Ati narasenze ndaseba😢😢😢😢. Komera pe. Tujye tumenya kuva mu bintu hakiri kare. Ntakwirengagiza ibimenyetso.
@user-rh2ms9br7j
2 ай бұрын
Cyakora pe yabonaga ibimenyetso😢
Icyakora uraruhuka ubwo ubonye aho uvugira agahinda kawe , Imana ikomore inguma pe. Ndumva mbabaye pe Imana igukomeze mukobwa mwiza
Mwakoze ubukwe nta badget kandi biragaragarako ariwowe wabumushyiragamo cyane we yashakaga gukocora ikindi mwizeye intwererano cyane kandi abantu babaye abacuyi gusa pole
@Nova7726
2 ай бұрын
Wazize kubura abajyanama iki kintu kikugiyeho ni icyasha gupfusha ubukwe ibya kabiri bishobora kuzakubana bibi kurusha ibya mbere ugomba gusobanukirwa icyo bita ubudasa abakobwa benshi mugira ishusho y'ubukwe mu mutwe kandi iri kubasenyera n'abasore bari kwirarira bategereje intwererano agatanga Ama avance hose agategereza amafaranga azava mu bakristo yabura ake escroca uwo mugabo si mubi ahubwo wabuze ubwenge bwo kumwakira uko ateye kandi nta Malayika muzahura Ku isi ubudasa mu rushako bisobanura KO uwo muntu azaza mutandukanye mu mico kandi urugo ni urugendo umuntu ahora atungurwa n'ibintu byinshi nubwo wamaramo imyaka 20 uhora atungurwa wowe urivugira ngo umugabo yaritondaga wowe urabona KO ukaze burya yari kujya akwihanganira muri byinshi ,urabona KO uri responsable we ari irresponsable mbese wamenya gushakisha undi WE si cyane wagombaga kumenya KO uje guhagurukira urugo utaje kujenjeka nuko ingo nyinshi zubatse nuza wumva KO uje guteteshwa cyane ibyo nta kizere nguhaye cyane naho mwakoze budget zibarenze mwishyira mu birere cyane cyane wowe iga guca bugufi utarabyiga nurwa kabiri nta mahirwe mbihaye nubatse nkawe ariko bimaze gukomera twarakize dufite inzu nziza imodoka Wazize abajyanama babi kandi turakundanye kandi nanjye byatangiye ndira ariko nshyiramo ubwenge kuko umugabo wanjye namukundaga nawe ankunda yego wenda ntiyagejeje ah'umugabo wawe ariko natwe twabuze ibintu ndarira ngaho bonne chance
@Nova7726
2 ай бұрын
Wazize kubura abajyanama iki kintu kikugiyeho ni icyasha gupfusha ubukwe ibya kabiri bishobora kuzakubana bibi kurusha ibya mbere ugomba gusobanukirwa icyo bita ubudasa abakobwa benshi mugira ishusho y'ubukwe mu mutwe kandi iri kubasenyera n'abasore bari kwirarira bategereje intwererano agatanga Ama avance hose agategereza amafaranga azava mu bakristo yabura ake escroca uwo mugabo si mubi ahubwo wabuze ubwenge bwo kumwakira uko ateye kandi nta Malayika muzahura Ku isi ubudasa mu rushako bisobanura KO uwo muntu azaza mutandukanye mu mico kandi urugo ni urugendo umuntu ahora atungurwa n'ibintu byinshi nubwo wamaramo imyaka 20 uhora atungurwa wowe urivugira ngo umugabo yaritondaga wowe urabona KO ukaze burya yari kujya akwihanganira muri byinshi ,urabona KO uri responsable we ari irresponsable mbese wamenya gushakisha undi WE si cyane wagombaga kumenya KO uje guhagurukira urugo utaje kujenjeka nuko ingo nyinshi zubatse nuza wumva KO uje guteteshwa cyane ibyo nta kizere nguhaye cyane naho mwakoze budget zibarenze mwishyira mu birere cyane cyane wowe iga guca bugufi utarabyiga nurwa kabiri nta mahirwe mbihaye nubatse nkawe ariko bimaze gukomera twarakize dufite inzu nziza imodoka Wazize abajyanama babi kandi turakundanye kandi nanjye byatangiye ndira ariko nshyiramo ubwenge kuko umugabo wanjye namukundaga nawe ankunda yego wenda ntiyagejeje ah'umugabo wawe ariko natwe twabuze ibintu ndarira ngaho bonne chance
@Nova7726
2 ай бұрын
Kandi rwose nubwo mvuze ibi bintu nagiraga ngo nakwereke KO wananiwe guhishira umugabo wawe njye sinigeze nereka iwacu KO hari ibiri kubura wabuze ubwenge kandi nyuma ushobora kuzicuza iyo nama nguhaye iraguha bacye muri commentaire ariko nzi ingo nyinshi zubatswe gutya nyuma zigakomera ibi uri kuvuga benshi twabiciyemo ariko wowe urabona KO wasuzuguye n'umugabo ukana gira ikintu Cyo gukurikirana utuntu rwose nk'umu polisi ese ubundi iyo ujya gusinyira umurenge ukambara agatima Pastor akabasengera mugataha umugabo wawe yabeshyaga abantu ategereje intwererano aha nubundi uwa kabiri nawe ntazagushobora umuntu wize rimwe rya primaire nukuntu uri mu bicu ntibizavamo nubundi
@mwisenixdesire322
2 ай бұрын
@@Nova7726 nova nguhaye inka umvugiye ibintu rwose abakobwa bishyiramo ubukwe cyane kugirango bereke ari abo mumuryango bagiranye ibibazo aba ex.babo
@abcdfg853
2 ай бұрын
@@Nova7726kuki umugabo atamubwije ukuri?
Yewe komera warakubititse,gukomerekera murushako birakomeretsa cyane,ark ubuzima burakomeza
Impore jene. Ndagukunda
Wowe ikibazo cyawe urashaka gushimisha isi ,ishimishe wowe
Ubuhamya bwabarokore bavuga ko bakoze ubukwe ntanijana bafite nibwo umugabo wawe yiganye .ubundi buriya buhamya bwica abantu beshi mumutwe .bakora ibintu ngo bategereje ic'Imana irakora kumunota wanyuma .
@shaloomshaloom6213
2 ай бұрын
😢 humura
@ntirenganyamariegrace1682
2 ай бұрын
😂😂😂😂 ubu iyo babana aba yirirwa azenguruka insengero avugako yakoze ubukwe nta nijana afite , ko yabonye inkwano k'umunsi " ubukwe HHhhh
@LeonciaRamba-bu1rm
2 ай бұрын
Arikorero iyinkuri irababaje arikose nibamuntu kwiyeretse bwambere waribona bwakabiri jyewe narikumureka tukiri muridote menya yaramushakaga umugabo cyanep
Jye nkumva cyane kuko nanjye narasebye sha
Wowe mureke Imana izamuhembera aha kwisi uzaba ubona tu humura ntibizamugwa amahoro ntawuhemuka ngo bimugwe amahoro .igihe cye cyirabaze azaseba cyane ….wowe utuje urikwisekera.
Impore mukobwa mwiza kdi Imana izagusubiza izabigenza neza 🙏
Ihangane mamaa Imana izakomora
Ihangane chr humura ntacyibaye kandibibintu byakubayeho biber abakobw isomo nimubona byanze mutarasezerana mwihatiriza,nimwige guhakana,nimwige gufat ibyemezo.nonesubu ntureba ko wishyize mumubabaro kandi warabibonyembere yigihe 😢
Iba abanubose barekaga kwihambi yabikoze abishaka yaraziko ufitamafaraga ariko arayabura nubundi nimwarikuban gourugo ruzima yarikukwicanabi akaguta umazekubyara rero Iman yarakuregeye
Yoooo polle Nyagasani niwe Uzi ibyihishye ni bigaragara
Akantu ko kwikokomora kuri camera,ubutaha uzabyigengesere sister
Pole sana. Imana iragukunda.
Ihangane Imana irakuzi
Ark izina sabe riroroshye Koko, mujye mucishamo muvuge na Murungi😂
@berthildeumuhoza8762
3 ай бұрын
😂😂,nge nzajya mvuga na MUNYENGABE
@ibyimanikorabeatrice631
3 ай бұрын
Nge ubumbanumiwe ahubwo narinzikobaringe wabyumvise gusa
@NiyigabaAlodie-rc6kj
3 ай бұрын
Kuvuga Sabe bibaryohera nkokunyunguta sugar😂😂😂 Sabe Sabe Sabe incuro magana😂😂😂😂 bagebamubabarira da@@ibyimanikorabeatrice631
@ClemenceTv
3 ай бұрын
🤣🤣
@inor8458
2 ай бұрын
Hari ababihuhura bakivugira SABI.
Komera mukobwa wa Yesu. Niba ìtorero riguciye Imana irakwiyereka. Nturorere gusenga Imana. Washaka ahandi usengera kuko itorero n idini biratañdukanye. Aho wajya ugasenga nta wakubuza. Ntukigunge kuko Imana iba hose. Kujya mu nzu y Imana biraruhura wiguma mu nzu kuko nta cyaha wakoze. Yesu akomore ibikomere byose niwe wenyine uhindura byose bishya. Kandi azaguhe umugabo ugukwiriye kuko arabafite beza kandi bagerageza gutunganira Imana.
Imana yaravuze ngo nubura ubwenge nange zaguta , ubwo icyo atari yakweretse niki cyatumye wemera gusezerana nawe.
@LeonciaRamba-bu1rm
2 ай бұрын
Najye nibyonibaza ubukoko nikitariyabonye mubyukuri
Jeannette ageze no kwisimbi tv se. Ndabona ho aje arira cyane kuri zaburi nshya ntago yarize.
@christineumuziranenge3118
2 ай бұрын
Nari nihanganye kubivuga nanjye nabibonye!Tayari Ibitunguru mu kazi.😅😅😅 Ariko disi icyemezo wafashe iyo ugifata ukimenya ko yanze kwishyura ibiryo by'abandi. Ese mujya gukora ubukwe mwe ntabwo bagupimye ko bagutwereraga inda?
Urukundo mubarokore ntarukibayo humura mama Yesu aragukunda Kandi azagukiza icyo gikomere wagize
Ariko utujama twikigihe twigize ibiki utubwa gusa ihorere Mama uwarushye ntaruhuka
@user-vf6cb5ey8s
2 ай бұрын
Hoya Sha Hari igihe imana ikuruhura
@LeonciaRamba-bu1rm
2 ай бұрын
Nibimwe bavugango agahinda gashira Kandi aribagara😂😂😂😂
Nzakwisurira Jane❤
Ihangane ncuti y'Imana izakomora ibikomere
Rata nge ndakumva peee duhuje agahinda pee 99%turanganya abagabo bafite akarimi keza niryaryambi😭😭😭😭😭Sha pole pee ariko niryo geno2 ariko tubicamo ubuzima bugakomeza kuko imana iba izimamvu
@angelcriss7931
2 ай бұрын
Sha nukuri nanjye nuko namubwira p 😢😢
@IradukundaYvette-uc1lg
2 ай бұрын
@@angelcriss7931chn abahugu ni babi cyn baraducyin tukananirwa kwigobotora gs Imana ijye idushoboz p
Komera Janet dore uri kubyibuha cyane kd uri mu bibazo wiyiteho utaba waragize depression
Ihangane ncuti warakomeretse, ariko Imana ivyo yakugeneye bizoshika.
Yooooo Pole ma chr
JEANNETTE ndagukunda cyanee cyanee ihangane
Yooo impore mama YESU arahari azaguhoza, ababeshyi bo barahari ariko icyambere ni ugusenga
Sabin nkunda ukuntu wamuteze amatwi ntumuce mwijambo
ihorere mama lMANA izogushumbusha
Impore mama
Wakoze ibikwiye rwose Jannette ndakwemeye
Pole lmana izaguhoza
Ubu rero ngezaho numva si ubukwe pe wagira ngo ni filme.. Mana weeeeeeeeeee😢😢😢😢😢
Cyokora Sabin nanjye uwampa kukubona nageze aho ndagukunda
warambabaje wamuntu we ariko Yesu azaguhoza. uriya mugabo yarakubabaje ariko azabyishyura .Humura inkoni y,Imana izamwereka ,nabandi bose babigizemo uruhare .bazabona . yesu ajya yemera ko tubabara ariko humura .amatorero yo ni menshi uzajye aho wunva ufite amahoro,abandi ubareke
Imana igukomeze kdi ukomeze wature urwanye satani wature kubaho wature ibyiza!
Yooo pole maman imana niyo injyimara umubabaro
pole chr uzabona uguhoza tubisabye imana kandi data ubyumve
Jeanette Impore nukuri. Ariko se nkwibarize Jeanette Wabuze umuntu ukubwira ko Wenda hari icyo Imana yabimweretseho koko???
Ntiwagombaga gukomeza ubukwe kuva ucyiva mu murenge Imana yarakweretse ahubwo ntiwabona uguma uhatiriza ibidahari
@cecilebukuru2298
3 ай бұрын
Erega yemwe ntivyoroshe kuva mu bontu last minutes.Namwe vyababaho da.Ku munota wa nyuma abantu batashe ubukwe ngo wahita Ubivamwo.
@RubegaDebor-tt3kj
2 ай бұрын
Ibyuvuze nibyo kbs
Akakazina ka Sabin karashimishije😂 Sabin ndababaye sabin,oh sabin ariko sabin 😂😂😂😂gusa be bless urakorera therapy abantu indirectement kandi bakanyurwa ❤
@lolaispure4296
2 ай бұрын
Hahahahah nanjye numbise Sabin babivuga sana😢😂
@Kakakakmmmmbbbbb
2 ай бұрын
Hahahah sha nihatali
@gorethemurekatete6047
2 ай бұрын
😂😂😂😂
Uwo mugabo we ajyira inyatsi arakora ariko ahora mumadeniiii❤ajyambabaza nukuri nyamara ujye umusejyera pe
@user-vf6cb5ey8s
2 ай бұрын
Uramuzi se we?
Ivyarivyovyose uyumusore yaraziko ufite agafaranga.