Wewe ndakwumva 100/100 kuko nanje navutse gutyo 😭😭😭😭😭😭umugabo wa Mama ngo uzogende kwa so musaza wanje ngo uzive hano uje kwa so mama wanje ndamubajije anterera nka hariya nawe ngo uzoje kwa so 😭😭😭😭😭.Mana narakometetse narababaye bikomeye kugeza na nubu .Uretseko ubu bimeze neza kubera ndi murugo rwanje kandi nshima Imana .Ubuhamya bwanje ni burebure gusa Imana Ishimwe yo Ija yomora ibikomere Ikadusubiza gutwenga no kwishima .
Abantu bafite ibikomere bitandukanye pe. Harinabafite ababyeyi bombi batigeze babona urukundo rwakibyeyi yewe uwashaka yakwizirika kuri Yesu gusa naho kubantu ho ntakigenda pole sana Gloria.
@Rwanda-ps4ml
16 күн бұрын
Yewe duhuje byinshi pe
@umuhozaclarisse8292
16 күн бұрын
Ni ukuriii, twizirike kuri KRISTU YEZU we nshuti nziza👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
Yooo 😭😭😭🙏 polee gloriose Pol peee Ur intwar uy mu sister twariganye nyagasambu Gus ntunguwe n kumva iy nkuru ye pee .imana iragukunda kuba ugihari nuk har icyo imana ikigufitiye
@didi-dr1mj17 күн бұрын
Icyo nabonye muri iyi dunia nuko buri wese agendana inkomere ziwe. Uyu ati sinzi papa ariko umugisha mfite nuwabana Undi ati ndakize ariko nabuze urubyaro Undi ati nabuze umugabo/umugore Uwiteka waremye isi n ijuru iduhe umwuka wayo worohereza imitima.
@FunnyArcticFox-fx3hh
17 күн бұрын
Ingo disi iyise nigateb gatoki buri wese aba afite amatek ye yihatiy
@dorotheuwamaria5107
17 күн бұрын
Yego sha ukabona umuntu abyuka yiruka ngo ibyo yariye bitamugugara, hari nuwiruka ashaka ibyo kurya, rimwe na rimwe akabibura 😭😭😭😭
@dorotheuwamaria5107
17 күн бұрын
Yego sha ukabona umuntu abyuka yiruka ngo ibyo yariye bitamugugara, hari nuwiruka ashaka ibyo kurya, rimwe na rimwe akabibura 😭😭😭😭
@@rwandamum8323 Sha Imana ikwishimire kuba ubizi ko habaho abakire n'abakene!! Mfite Mama wacu (Tante) muri 2011 yarambwiye ngo sinkavuge ko hari icyo dupfana we n'abana, ngo ndi Umukene birabasebya 😭😭😭 Hari n'umuntu wansanze namusuye aravuga ngo ndi Umuyaya we!! Abana banjye akambwira ngo mbamuhe bajye bamuragirira INKA sinzabasha kubarihira amashuri. Abana banjye byarabababaje biyemeza kwiga mu bushobozi bwanjye buke, ubu basoje KAMINUZA, abandi Secondaire.
@jolie718012 күн бұрын
Komera mukobwa wa Yesu! Uwiteka akomeze agushyigikire. Uri indashyikirwa kandi uri determined! Kandi ibyiza biri imbere. Nubwo utazi papa wawe Yesu azakubera papa.
@user-ti7sw3yi8w9 күн бұрын
Urintwari cyanee Kandi uzangerakure mama😭
@nzahorangushimamana957417 күн бұрын
Komera mukobwa wanjye isi iduhekenya bubisi ariko imbere ni heza twizere ko uzabona papa wawe nutamubona kandi uziyakire imbabare nkawe ni nyinshi ubundi usenge Yesu yomora ibikomere
Umugisha wa mbere ahubwo ni urugo! Kuko abana bavuye muri urwo rugo ruzima!
@dorotheuwamaria5107
17 күн бұрын
Hobeeee, mu meze mute Mama? Nishimira kubona Comment yawe!
@JoanaKeza
16 күн бұрын
Uzahmagare imana nayesuu
@uwimbabaziadeline83916 күн бұрын
Ese @Sabin birashoboka ko umuntu yatanga ubuhamya ariko atagaragara mumaso ?? kuri camera 😂 Njye mfite ubuhamya bushobora gufasha benshi cyane ariko ntinya kuba najya kuri camera , cg Wenda wagaruka mur Europe ukambwira tukabonana nkakuganiriza Ibintu bindemereye kugeza nanubu , sindabohoka pe kubabarira ni ikibazo nanjye 😢
Пікірлер: 186
NUMERO YA GLORIA: 0783762140
Abakunda guhitira muri Comment nkanjye mumpe like
@Jeandamascenemasengesho-xx1iu
17 күн бұрын
Comments zitwereka imbere heza.
Ark umuntu ushaka umugore ufite umwana najyayumva atazamukundira umwana ajye amureka rwose ashake udafite umwana😭😭😭😭
Wewe ndakwumva 100/100 kuko nanje navutse gutyo 😭😭😭😭😭😭umugabo wa Mama ngo uzogende kwa so musaza wanje ngo uzive hano uje kwa so mama wanje ndamubajije anterera nka hariya nawe ngo uzoje kwa so 😭😭😭😭😭.Mana narakometetse narababaye bikomeye kugeza na nubu .Uretseko ubu bimeze neza kubera ndi murugo rwanje kandi nshima Imana .Ubuhamya bwanje ni burebure gusa Imana Ishimwe yo Ija yomora ibikomere Ikadusubiza gutwenga no kwishima .
@AbbyHaven
13 күн бұрын
Komera muvandi nanjye byambayeho nubu iyombitekereje numva mbabaye
@musabiremamariejeanne7195
8 сағат бұрын
Yooo! Imana ishimwe ko wabonye urugo uturizamo lmana igukomeze.
Sha mwabantumwe mujye mugabanya kuvuga nabi ubwo buzima yabunyuzemo arko nintwarikazi Kandi Ageze heza nikombitekereza ahubwo mujye murebako harisomo mwakuramo mbere yokuvugana nabi rata courage mugore mwiza urintwarikazi❤💪
Mpagarariy abacyerew nib bishobok wampay like ❤
😢😢polesana mushikanj wabonyevyishi😢😢mump like❤❤murukundo dukomez❤
@jolie7180
12 күн бұрын
👍🏻👍🏻❤❤
Abantu bafite ibikomere bitandukanye pe. Harinabafite ababyeyi bombi batigeze babona urukundo rwakibyeyi yewe uwashaka yakwizirika kuri Yesu gusa naho kubantu ho ntakigenda pole sana Gloria.
@Rwanda-ps4ml
16 күн бұрын
Yewe duhuje byinshi pe
@umuhozaclarisse8292
16 күн бұрын
Ni ukuriii, twizirike kuri KRISTU YEZU we nshuti nziza👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
@jeannekamuhanda7926
15 күн бұрын
Nanjye nakuriye muri situation nkiye ariko jyewe nagize Imana nyogokuru yarankunda cyane. Ninawe wanyikundiraga
@umuhozaclarisse8292
14 күн бұрын
@@jeannekamuhanda7926 oooh! Nyogokuru wawe Uhoraho azamwiture👏👏👏🙌🙌🙌🙏🙏🙏
@user-yg1wg3jc4w
12 күн бұрын
Uvuze ukuri pe! Ubuhungiro ni Yesu gusa ntahandi
Gloriose ndakwibuka twarakuranye turaturanye ark ibyo byox birantunguye pee ark komera
Pole Cherie, Imana izakomore warababaye cyane ariko irakuzi niyo mpamvu yagiye iba mu rubande rwawe muri byose, ndakwikundiye kandi ngusabiye umugisha ku mana❤❤❤❤❤❤
Mbaye uwambere mumpe like isimbi oyeeeee FPR oyeee
@dorotheuwamaria5107
17 күн бұрын
Like ndaziguhaye sha👍👍👍
GLORIA urinwari👏 pe yesu aguhe ibyo wifuzabyose🙏
Iki kiganiro kirandijije birenze pe Niba Ari nuko Ari umuntu nziii simbizi 😭 Pole Gloria 😢❤
@emmanuelb7473
16 күн бұрын
Umuzihe?
Ikindi ushimire umugabo wawe cyane ni intwari cyane yakubereye byose kuruta uwo wakureze
Mbega inkuru iryoshye kuyumva disi mama komera
@seahorseking2624
7 күн бұрын
Mujye mwumve ibyo bamwe bumva bikabaryohera mumatwi niyo mpamvu ngira inama kubantu bahuye nibibazo nkibi bajya bareba abize Ibijyanye na psychology bakabafasha gukira ibikomere naho hano kumbuga wahakomerekera kurusha ho
Glori ndakumva cyane impore,gusa buriya ugiye mu Kagera motors ntibagushakira file y'uyu mukozi wabo ukarebamo address ugashakisha tukareba ko byakunda.
Urimwizacane. Kubamugufi. Canke. Kuba. Muremure. Twese turangana. Kandi. Imana. Idukundakumwe. Kiretse. Umutima. Mubi. Wabamwebamwe bafise. Amacakubiri. Urimwi. Mwizawanje
Sinjya mfa kwandika ark nkubwire ngo uri intwari🏆 knd ikindi mbona nuko Imana igukunda❤ Uzagere kubyo wifuza njye narezwe na Maman utari uwanjye.
Yooo 😭😭😭🙏 polee gloriose Pol peee Ur intwar uy mu sister twariganye nyagasambu Gus ntunguwe n kumva iy nkuru ye pee .imana iragukunda kuba ugihari nuk har icyo imana ikigufitiye
Icyo nabonye muri iyi dunia nuko buri wese agendana inkomere ziwe. Uyu ati sinzi papa ariko umugisha mfite nuwabana Undi ati ndakize ariko nabuze urubyaro Undi ati nabuze umugabo/umugore Uwiteka waremye isi n ijuru iduhe umwuka wayo worohereza imitima.
@FunnyArcticFox-fx3hh
17 күн бұрын
Ingo disi iyise nigateb gatoki buri wese aba afite amatek ye yihatiy
@dorotheuwamaria5107
17 күн бұрын
Yego sha ukabona umuntu abyuka yiruka ngo ibyo yariye bitamugugara, hari nuwiruka ashaka ibyo kurya, rimwe na rimwe akabibura 😭😭😭😭
@dorotheuwamaria5107
17 күн бұрын
Yego sha ukabona umuntu abyuka yiruka ngo ibyo yariye bitamugugara, hari nuwiruka ashaka ibyo kurya, rimwe na rimwe akabibura 😭😭😭😭
@rwandamum8323
16 күн бұрын
@@dorotheuwamaria5107niko isi yubatse twese ntitwareshya,nibyo bihugu byateye imbere bafite abakire nabacyene.ntacyo twabihinduraho
@dorotheuwamaria5107
16 күн бұрын
@@rwandamum8323 Sha Imana ikwishimire kuba ubizi ko habaho abakire n'abakene!! Mfite Mama wacu (Tante) muri 2011 yarambwiye ngo sinkavuge ko hari icyo dupfana we n'abana, ngo ndi Umukene birabasebya 😭😭😭 Hari n'umuntu wansanze namusuye aravuga ngo ndi Umuyaya we!! Abana banjye akambwira ngo mbamuhe bajye bamuragirira INKA sinzabasha kubarihira amashuri. Abana banjye byarabababaje biyemeza kwiga mu bushobozi bwanjye buke, ubu basoje KAMINUZA, abandi Secondaire.
Komera mukobwa wa Yesu! Uwiteka akomeze agushyigikire. Uri indashyikirwa kandi uri determined! Kandi ibyiza biri imbere. Nubwo utazi papa wawe Yesu azakubera papa.
Urintwari cyanee Kandi uzangerakure mama😭
Komera mukobwa wanjye isi iduhekenya bubisi ariko imbere ni heza twizere ko uzabona papa wawe nutamubona kandi uziyakire imbabare nkawe ni nyinshi ubundi usenge Yesu yomora ibikomere
Uwo imana yajyeneye umugisha ntaho ujya uramusanga machr
Abazi inkarishya mwese muze hano...hehehhe sabin ngo ntazo azi😅
@one7933
17 күн бұрын
Imagine 😂😂😂 ntazo azi pe!
@shenge89
17 күн бұрын
Banazita intagarasoryo
@giftnananaomi7092
16 күн бұрын
Bazita katukuma
@nizigiyimanaemmanuelline4054
16 күн бұрын
Iburundi bazita indugu
@kezaqueen4546
16 күн бұрын
Muzazitwereke ntituzizi
Nanjye ninkuko pé sinijyeze mbona ibyishimo mumiryango wanjye, uyumunsi mbona ibyishimo aruko ndikubona umwana wanjye kandi nkamubona yishimye nibwo nanjye numva ibyishimo
Ndababaye muvyeyi kubwawe😢 wihangane shaaaa Imana ikuremere ishimwe nawe unezegwe
Determined, resilient indeed. Prosper young lady.
Uzabababarire,ahubwo ujye ubaremera niba hari icyo ubarusha,nibyo bizabashengura
Ngew rore ibiganiro byo kwisimbi bituma ndira cyana gsa biranankomez nkumva ko mfite abandi duhuj ibikomere tukabasha gukomera
Ihangane cyane mukobwa mwiza komeza wige imana izagufashe usoze ayo mashuri wize bikugoye kandi uzabe umutwe ntuzabe umurizo ihohoterwa wakorewe rirambabaje cyane mukunzi wanjye komera turagukunda pe❤❤
Oohhh pole disi mama link nukuri wari inshuti yange ariko sinarinziko ugendena ibikomere nkibyo disi ni mama lucky from bukeri
Uwo musaza wakwanze mureke.abanyamugisha ntago bavumika.
Ihanga ncuti imana igukomeze ishoborabyose❤❤❤❤❤❤
Umugisha wa mbere ahubwo ni urugo! Kuko abana bavuye muri urwo rugo ruzima!
@dorotheuwamaria5107
17 күн бұрын
Hobeeee, mu meze mute Mama? Nishimira kubona Comment yawe!
@JoanaKeza
16 күн бұрын
Uzahmagare imana nayesuu
Ese @Sabin birashoboka ko umuntu yatanga ubuhamya ariko atagaragara mumaso ?? kuri camera 😂 Njye mfite ubuhamya bushobora gufasha benshi cyane ariko ntinya kuba najya kuri camera , cg Wenda wagaruka mur Europe ukambwira tukabonana nkakuganiriza Ibintu bindemereye kugeza nanubu , sindabohoka pe kubabarira ni ikibazo nanjye 😢
Sha komera ihangane Imana irakuzi izakomora ibikomere byose yegere gusa
Imana ni se winpfubyi nabapfakazi uzayizere uyiture byose
Sabin urakoze nkunda ubuhamya utugezaho
Pore saana mushuti Najyaga nkubona wisekera sinarinzi ko mumutima wawe huzuye intimba ingana ityo
Humura imana izaguhoza nanjye inkuru yawe ihuye niyanjye ariko ubu nijye muvandimwe ihangane mama abana bawe nibo byose
Mbega komera cyane guca mubikomeye bigutera gukomera
Yooh I gatonde ndahaz niho nize cyera hataraza GS . headmaster wahoo Mutuyi yaranyigishije naho imunanira ni ho nyogikuru na bamarume batuye .ihangane disi gusa urashobote
Imana izajye ikuba hafi mama
Inkarishya se nizo intagarasoryi ?
Imana idukorera ibikomeye itatubwiye kubera urukundo idukunda.niyo rero yakujyenzeho kuva ukiba muri ruriya rugo
Nange nkunda kujya muri comments mbere yo gusoma
Pole Sana pe nyagasani ajye abaha gukomera pee
Imana izamumfashirize abone akazi keza arangije Kwiga abe ukomeye urenze maze imigambi y,Imana isohozwe kdi imiryango yamwanze ikorwe nisoni
Ihangane nukuri pe wabaye intwari ...gusa ufite story ijya kumera nkiyange neza neza
Ndamukije buri wese ukunda Sabin first. Ndamukije nabakurikira ibiganiro atugezaho. Njyewe ndibaza nti ko turi munyaka 30 kuzamuka kugeza ahari 50 ans,twakorewe byinshi,twabonye byinshi byashenguye imitima yacu kandi tubikorewe nabatwibarutse cga se abavandimwe baho twavutse yewe nabo twavutse mumaraso amwe ,twebwe bavutse dufite hagati yiyi myaka,nawe uratekereza kugira uwo ubabaza???kuki wamubabaza ???Njywe narababaye peeee ariko mubuzima nanga kubabaza undi muntu cga se ikindi kiremwa,nawe ndagusabye usenge Rurema wakurokoye,cga se wagutabaye akagukura mububabare wari irimo,agushoboze kwirinda kugira uwo ubabaza. Erega ntakamaro ko kubabaza abandi,reka kumutura ishavu ryawe ni ukuri,mureke yibereho mumutima we atagufitemo ngo yibuke uko wamubabaje,ni ukuri mube abumumaro,babyeyi mubabaza abana banyu gutya ndabarahiye imitima yanyu yuzuyemo ibara ryumukara risobanura kuki nahemutse kandi nziko udasinzira iyo wibutse ibyo wakoze. Rero rungano ndabasabye mugire umutima mwiza mureke kubabaza abandi,niba udashoboye kwihanganira undi musabe yigendere ,niba ari umukobwa ukunze akaba afite umwana bakunde kandi niba ukunda mama we banza umukundire umwana kandi utabeshya. Mugire umutima uva amaraso bantu dusangiye kuba hano kwisi. Nta kiza kiri mugutuma ubuzima bwundi bujya mukaga ,rekeraho rekera ho.
Uzashakire Mama wawe itike, akujyane akwereke Papa wawe!
Ese ko atatangiye ashimira umugaboo knd.numva murugendo rurerure yakoze.atamutereranye.madame mushimire cyaneeeee,ALLAH Yakwimye papa wawe aguha Umugaboo n'abana
Wamubyeyiwe urintwari pee
Pole chr ndagukunda
Pole ncuti Imana ingukomeze😭😭😭
Yoooo,urashavuye bambe
Komera Imana niyo Yangombwa ku muntu .
❤❤❤ isimbi TV
Komera disi Imana izakubera so
Yooooo. Komera kandi ube intwari.
❤❤❤
Urintwarikazi maman kdi yesu agukunda urukundo rwinshi
narinkumbuye ibiganiro byubuhamya pe ❤❤!! It’s been awhile 😊😊😊.
Reka mbe ngiye guteka ndabona ino nkuru y'inda / ishuli itari kurangira 😢, ndagaruka yayirangije numve ibyakurikiyeho 😊
@INZORA-w2m
17 күн бұрын
Inda ishuri inda ishuri 😂😂😂😂😂
@Queen-ze1tm
17 күн бұрын
@@INZORA-w2m 😅 na Sabin ahavanye amasomo y'inda mubikino😁
@henrietteikirezi1974
17 күн бұрын
Nimwisekere mutarabyara ntimwabimenya
@helenemarierobert8557
17 күн бұрын
Inda n’ishuri 😂😂😂😂
Sabin🎉🎉🎉🎉🎉🎉🎉❤❤
Komera, Nyagasani akomeze agucire inzira, uzagere kuri byinshi ibyiza bikunezeza, uzabashe no kubabarira abaguhemukiye. Komeza wizere Imana izagufa kuko ishobora byose.
None se kuki mama wawe atakujyanye kuri so nyawe,gusa ihangane
Yooooo pore maman
Ariko ibi biganiro bimeze bitya Mana yanjye , gusa Isi nihatari peeeeeeeee
Mpore mpore❤❤🙏🙏🙏
Komera kd ujye wisengera imana kd Aho ikugejeje ujye uyishimira kuko niyo yagukoreye byiza ufite ubu.
Mbega inkuru ihangane mama warumiwe
Ihangane Sha gogo gusa urimwiza disi urasa neza cn.
Oh mpore mama
Banatwitaga: INTAKARA
Nkwigiyeho byinshi pee!
Yoooo impore bambe gusa wabaga ukomeye rwose ntawari bukeko ufite ibibazo nkibyo pee
Ikosa ryari irya so wigicucu we se ko yari murmured,yogeze amanura insurance?
Izo NKARISHYA uyo mwana bazita INDUGU.
@Highmediastudio
17 күн бұрын
Biterwa n'ahantu, hari abazita intagarasoryo
Ese ubwo warindaga kwenda gushwanyuka nicyo gikomere umugabo wawe ubwo ntiyari yaragutereranye?????? Nwarumvikanaga ubwo?
Kanda iyo link wisomere amakuru mashya utarumva ahandi
Komera bambeeeee
Bararuka;bagize ibikomere by'ibigugu.
@shanthalshanthal1491
17 күн бұрын
Uravuga nabi pe
humurancuti uzabaho ukomere knd imana izagufasha wiyigire imana izakugeza kuntegonziza
komera disi warababaye
Komera kd humura nyuma y ibibazo no kubaho nabi ubuzima burakomeza kd bukaba bwiza
Sst ihanganee pee Kandi mpari kubwawe
Vidimenti 😅
Ariko se abaganga babyaza bakarekeramo indodo zikamara amezi abiri ibyo ni ibiki? Jye narabyaye ku munsi wa kane bakuramo indodo, ndetse ubwa kabiri barambaze bashyiramo agrafes nazo bazi kurimo nyuma y’iminsi itatu! Ko numva indodo zabaye indodo! Amezi abiri umuntu aba yarakize kera kuko jye nyuma y’icyumweru narakoropaga!
Umuseseri 😅
Ewe Mana 🥱🥱🥱🥱🥱🥺🥺🥺
Komera, gusa urintwari y,Urwandwa.
Super women
Abana bawe bazabaroga uzahacike uwakwanze aba yakwanze.
Wanga umwana wundi agakurira n'icyo. Ubuse mubanye mute? Nubwo wakuze nabi ariko uriho!!Imigambi y'abantu siyo y'Imana
Abantu bafite imiti yuzuye urwango
Number 3❤
Kubamugufi nokubamuremure ntacyobivuze icyambecyo nukuriho
Ikikiganiro kirandijije nukuri