MUBYUMVE😳Nubwo WARIRA amarira Akuzura🥲Ihangane|Ev.GAHAMANYI😳Byose NTIBYAYINANIYE umva ICYO usabwa
Музыка
#AGAPETV
Ganira natwe #250782196087 (Whatsap)
Kora S U B S C R I B E ujye umenya byinshi unafashwe mu biganiro n' ubuhamya bwa GIKIRISTO
AGAPE Tv ni urubuga dusangiriraho ubuhamya, inyigisho, ibiganiro bya gikritsto ndetse rukakumara amatsiko ku nyandiko z'abahanga, Abatubanjirije mu rugendo,Ibyibazwa....bigamije kukubaka mu gusobanukirwa ibyo wizera.
Twubakiye ku ndangagaciro z'abavutse ubwa Kabiri nkuko Ijambo ry'Imana ribivuga mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Yoh 1:12. Bityo ni ibyo dutanga hano byose bigamije gukomeza gushyigikira Umukristo udukurikira.
Wifuje kutwandikira koresha: u.theos2030@gmail.com
Wifuje kudushyigikira: +250782196087(Momo,WorldRemit,...)
Пікірлер: 44
Number ya Ev.Gahamanyi +250725279540
@sebudandimediatrice389
8 ай бұрын
Mwene Da ibyo uvuze ni ukuri ?? Abakristo bimye Pastor intebe koko ?
@sebudandimediatrice389
8 ай бұрын
Nukuri abashumba ni bakomere , kuyobora abantu bo mu misi yanyuma ntibyoroshye.
Imana yo mwijuru yumveko gahamanyi mukunda irabizi igihe yariyarabuze byari byaranjyanye kure
Hashimwe Imana yo yagukomeje cyane mubibazo waciyemo watewe nisi nabantu gusa rwose ntuzigere ucika intege kuko urigukiza ubugingo bwa benshi
Ndafashijwe cyane
Amen ndafashijwe Imana iguhe umugisha kandi igukomereze amaboko
Muvandimwe Gahamanyi. Warakoze kudusura. Imana igukomereze amaboko rwose.
Ndafashijwe abigisha nkamwe nimwe dukeneye muvuga Imana ukwiri mutikundiriza kubantu cg kubayobozi
Pastor. murakoze cyane. Nkurikiye iyi message . My kuri kujya mu Ijuru hari ababyitiranya! Ntabwo ari imikino😢😢 UWITEKA AZATUHIRITE IBAMBE. NUMVISE NGO INKIKO 37 UMUNTU ANYIRAMO IYO AVUYE MY MUBIRI, AYIWEEE NDAYINYA CYANE. MANA TABARA ITORERRO, UZAFUHE KUKUBONA TUFAASEBYE! YEGO MANA WEEE , YESU WATWITAMGIYEEEE, TABARA ABAWE.
Naringukumbuye sana !! Imana iguhe umugisha. kdi yarakoze kugukiza🙏
Mbega Gahamanyi weee , temoignage yawe yuko watsinze iranyubatse cyane
😭😭 nukuri numvaga mfite agahinda kenshi natewe no kuba narakubuze. Nanone ndungutse cyane. Nishimiye no kuba mbonye number yawe. Icyampa tuzabonane byonyine
Imana Muvandimwe ko wongeye kugarukaho Ndishimye kdi Shimye Imana kongera kukubona Ndakwibuka cyane Mu Matyazo kdi Imana ishimwe ko guhaye Umuryango naho ubundi Hashimwe ,Yesu ko hakiriho 7000 bitafukamiye bayari ,Kuko izamu ryivanze na Bajura pe
Yesu agukomeze mubuntu bwe. Uravuga ukuri kunaniye abantu benshi murigihe.
Byiza cyane nibyo nanjye muri class byari byaranze nkora umurimo nyuma Umwami Yesu aratabara mbona bourse
Amavuta menshi mukozi w Imana ❤❤
Ndakwemera kubi kuva mucyahafi waranyemeje
J'aime une predication accompagnee des temoignage.
Amen rwose
Amen
Mwene data jyambere: Gusa mwigishe abantu kwihana kuruta kugwiza ibyisi. Mukomere uwiteka mutaryarya mwitondera ibyo yababwiye, nibwo muzagororerwa.turabakunda.
Umwigisha agabane n'Uwigishwa
IMANA NITUZUREEEE. NFIGUHURA N'INTAMBARA NYINSHI KUGEZA UBU, GUSA SINARETSE IMANA, GUISA NDAYISABYE INKOMEZE, IMPE IMBATAGA ZAYO ZO KWIHANGANA NO GUKOMEZA NTACOHOYE KUGEZA KU HEREZO RY'URU RUGENDO. PASTOR NDABISABIYE MYJYE MUNYIBUKA MIMUSENGA. NZAGERE MU IJURU AMAHORO.
Muvandimwe Imana ishimwe kohari ibihumbi bitari byakumvimira bayari uwiteka aguhe umugisha uvuba yesu neza agukomereze amaboko rwose.
Imana igukomereze amaboko 🙏🙏
Irijambo ntiwaryumva neza utaryumvise ryose. Basi muryumve mugeze hagati. Yatangiye wagirango ntacyirimo ariko nukuri ndanezerewe
Ibyuvuga nukuri pe ABANTU binjyize ibyinjyenjye nibagishaka kuyoborwa
Ntabwo wakumva ukuntu ngukunda mutumishi ukuri uvuga ugira kuruzuye wigisha ibintu bikurimo nzashirwa nkubonye Nari narababaye muminsi yashize nari narakubuze
Imana yacu nishimwe
Imana iguhe umugisha
Nibyo
Ubundi uyu niwe muvugabumwa ukenewe muri ikigihe kabisa. Nukuri ndafashijwe
Mwene data jyambere: Gusa mwigishe abantu kwihana kuruta kugwiza ibyisi. Mukomere uwiteka mutaryarya mwitondera ibyo yababwiye, nibwo muzagororerwa.turabakunda
@urimutv7436
8 ай бұрын
Amahoro mubyeyi. muzaza mu Rwanda ryari?. mwarakoze namwe mugihe cyanyu twabigiyeho byinshi
urakoze gushyiraho izi number muvandimwe. Yesu aguhe umugisha nshuti ya Yesu.
Hezagirwa
Nukuri mwene Data, atwara original agasiga pirate
Ariko mana nukuri iyaba abigisha Bose bavugaga nkuyu, bagaca bugufi nkawe, bakihangana nkawe. Sinzibagurwa ubutwari wagize mugihe wahagarikwaga na Pasteri Vincent
Ndakwibutse twize hamwe disiii
Waoooooooo
Ngeze kumunota wa 45 numva amarira aranyishe pe!.
gahamanyi we wansekeje sana ku bwo mugore wasuzuguye umugabo gusa Yesu aguhe umugisha aba nimwe mbona idini rya Adeper mukariyobora kbs
Amen