MBEGA UMUPASTOR UVUGA UKURI WE🤣NGIYE KUMENA AMABANGA B'ABATUBUZI B'ABAVUGABUTUMWA BAKOMEYE MU RWANDA
Ойын-сауық
#Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Пікірлер: 21
Uko niko kuri nibwo bitanezeza kamere muntu ariko tujye dukora ibyo Imana ishima kd ishaka Amen
Gusa inyigisho nkizo tuziheruka kera abenshi bafite ibisa nubutumwa ariko atari ubugeza abantu kumusaraba gusa Imana iguhe umugisha
Pamphile abantu nkaba nibo is ikeneye kumva Imana imuhe amahoro ni migisha.
Amen gusenga nubundi buzima
Amen Imana ishimwe cyane kubwirijambo ry'Imana
Ooooh Imana ishimwe cyane naguherukaga kera inyanza ukiri muto, Imana ishimwe ko ukibirimo neza.
Hallelujah
Imana inshoboze gukora divoruce nibyaha rwose
Nshimye umwami Yesu Kristo kubwo iri jambo. Imana ibahe umugisha.
Umva uri mukuri pe abatubuzi bo bariho cyane.
Nibyo rwose pe! Uwiyemeza gusenga agomba kubanza akareka ibyaha.kuko amasengesho Imana yemera nay'umukiranutsi.
Uvuze lmana neza lmana lshobora byose lguhe umugisha
Uze nkurangire ubutayu
Amen, Amasengesho arakora
Imana Ibahe umugisha
Imana ijya ibasusurutsa wa😅😅
Ukuri rwos
😂😂😂
Yesu nashimwe naringukumbuye twarabanye inyanza
Ngumamo
Nonese ubwo kuvuga ururimi nibyo bisobanuye ko urumunyamwuka? Ntabwo Bose bavuga mundimi Kandi sibyo bigaragaza agakiza kuko kwitabantu abanyamubiri ugendeye ko batavuze mundimi numva ataribyo