Ukeneye kubaka, gusana cyangwa kuvugurura, menya ibyangombwa bisabirwa k'#Umurenge, ku #Karere n'ibisabirwa k'#Umujyi wa #Kigali #UmuturageKuIsonga
Murakoze
Murakoze cyane none x ko maze amezi abiri ntarakibona
Murakoze cyane, nibyiza kubimenya.
Ko batwaka150k!!!!
Jyewe maze amezi 6 nsabye Icyangombwa cyogusana mu murenge wa ndera ariko sindakibona, Muba mutubeshya
Konadepoje nshaka icyangombwa cyogutangira kubaka bakampa iminsi iyomiinsi bampaye yokucyiboneraho igashira kitaraza knd ibisabwa byose narabitanze none nagirango mumfashe mumbarize impamvu bitaboneka vuba Kandi ibyogukoresha nubaka narinarabiteguye none birikwangirika kubera gutinda kwicyangombwa nitwa:uwizeyimana Edouard ntuye mukarere ka kamonyi umurenge wa rugalika akagali sheli umudugudu gatovu
Ko amafaranga yabaye 60k mukaba mutarabimenyesheje abaturajye
Пікірлер: 7
Murakoze
Murakoze cyane none x ko maze amezi abiri ntarakibona
Murakoze cyane, nibyiza kubimenya.
Ko batwaka150k!!!!
Jyewe maze amezi 6 nsabye Icyangombwa cyogusana mu murenge wa ndera ariko sindakibona, Muba mutubeshya
Konadepoje nshaka icyangombwa cyogutangira kubaka bakampa iminsi iyomiinsi bampaye yokucyiboneraho igashira kitaraza knd ibisabwa byose narabitanze none nagirango mumfashe mumbarize impamvu bitaboneka vuba Kandi ibyogukoresha nubaka narinarabiteguye none birikwangirika kubera gutinda kwicyangombwa nitwa:uwizeyimana Edouard ntuye mukarere ka kamonyi umurenge wa rugalika akagali sheli umudugudu gatovu
Ko amafaranga yabaye 60k mukaba mutarabimenyesheje abaturajye