ISHYA:Abagore basigara mu rugo ntacyo bakora?|Simbona umugore uhitamo kuguma mu rugo 👎/ Impaka hano.

Пікірлер: 69

  • @surTv-bf2rz
    @surTv-bf2rz2 ай бұрын

    Njyewe nahisemo kuba stay at home mum kandi bimpa amahoro yuzuye pee. Nabonyemo inyungu nyinshi, iyo ndebye discipline y' abana banjye mbona itandukanye n' abandi, mu rugo haba amahoro kandi mbona n' iterambere ry' urugo ryiyongera kuko mbona umwanya uhagije wo gucunga urugo rwanjye. Bisaba sacrifices nyinshi ku mumama kuko rimwe na rimwe wirengagiza dreams zawe ariko inside me am so proud of my decision. Abandi bashobora kubibona nka failure ariko njyewe mba numva bimpaye amahoro.

  • @user-jg4wi1ik8s

    @user-jg4wi1ik8s

    2 ай бұрын

    Sometimes it's very true ❤❤❤❤❤

  • @ishimwehope4790

    @ishimwehope4790

    2 ай бұрын

    Nange nabanje kubibamo ndabyishimiye kuko singe wariwabihise mo ahubwo Yari umugabo. Arikonyuma naje gutuza nyuma ndabyishimira byampaye amahoro ndetse nonyungu byinshi Kandi naje gusanga umuhamagaro wanjye haraho duhuriye nokuba umumama wo murugo.

  • @DivineHealthWealth

    @DivineHealthWealth

    2 ай бұрын

    Nanjye nabihisemo kuba murugo ndeka akazi kdi ndi proud pe yabyo pe mba numva arubyiza kwirerera abana banjye rwoss

  • @elt7219

    @elt7219

    2 ай бұрын

    Iyo ushaka kugera ku ntego za kure ukora ubudasa. 👏

  • @fifi6737

    @fifi6737

    2 ай бұрын

    Urakoze cyane rata,buri wese agira uko abaho

  • @arianerutagengwa9408
    @arianerutagengwa94082 ай бұрын

    Sujet nziza cyane. Nzi umugabo ugenera umugore 150K buri kwezi .

  • @niyigenafausta1450
    @niyigenafausta14502 ай бұрын

    Ariko disi cyuzuzo uzi gukora presentation ❤

  • @benimanaesther8385
    @benimanaesther83852 ай бұрын

    Umugore udakora abangamirwa nabyinshi,arko nanone ningobwa ko twita kurubyaro rwacu pe

  • @alineprovidencenkundibiza2702
    @alineprovidencenkundibiza27022 ай бұрын

    Byangwirira , I mean kubera ko akazi kabuze but I can't see myself making that choice of being stay at home mother!! Financial independence matters a lot ku bagore Kandi utakoze biragoye cyane kuyibona!! Iki kiganiro ni sawa cyane! Courage

  • @roseniragire9589
    @roseniragire95892 ай бұрын

    Ngewe nshyigikiye umubyeyi wicara akirerera, ark nanone kwicara murugo si imyaka 20, ushobora kwiha igihe abana iyo batangiye kwirirwa kw'ishuli ushobora gushaka akazi, hanyuma mugahurira murugo nimugoroba

  • @mukamuhirwaclaudine872

    @mukamuhirwaclaudine872

    20 күн бұрын

    Ubwo ugabo wawe aguha buri kimwe.ikindi murabizi ko akazi kabuze ese arateganya kurera abana igihe runaka ngo hanyuma azashake akazi,abwiwe niki ko aho azagashakira azahita akabona?

  • @user-mm9xu2ub1j
    @user-mm9xu2ub1j2 ай бұрын

    Guma murugo imyaka mike yo kubyara umwana natangira maternel uhite ujya kukazii

  • @Marie-jc3up
    @Marie-jc3up2 ай бұрын

    Narakoze kdi naguma no murugo kuguma murugo ninyungu urugo rwawe ibindi ibyabo hanze bafata umugore udakora Reka tuvuge aka leta babona turabasazi cg turta twicaye rimwe na rimwe ugasanga Hari nababyuka bagenda ugasanga umushahara ushirira muma tick ba gakomeza bagenda ngo avuge ko bakora icyo cyubahiro2 Tekereza kwisigira abana lwikigihe abakozi basaze kdi nubibona ngo nukugirango abantu bakwemere nubwo abagore batabyuka bagenda kukazi so bafite icyo bamaze kinini uzasanga ibyangirika turamira yavamo iyo mishahara yinticq ntikize bagenda kuzana ugakoresha umufuka kg25k yumuceri Nyamara uhari ubireba akawukoresha amezi3 abana bahora kwa Muganga wirirwa murugo ntanyatsi uburwayi yaba murugo nibindi (rero bitera nigihari ntampanvu ya imwe byaba scovia nirirwa batukabantu ngo ntibakora kdi buri Rugo ninfura buriwese abazi uko agera ibibazo byiwe kimwe nuko washaka akazi ukakabura cg nigishoro byose ntawanga aheza kdi namahitamo yumuntu

  • @user-jg4wi1ik8s
    @user-jg4wi1ik8s2 ай бұрын

    I love you ladies ❤❤❤❤ one heart for each, 🌹🌹🌹🌹 one flower for each, i love you beautifulz🎉🎉🎉🎉

  • @muhimpundunadia55
    @muhimpundunadia552 ай бұрын

    Hey? Niko abantu ba bifata gusa urugo n'urwa babiri. Njye na bihisemo Kandi biranyuze cyane pe! Kubafite Aho bakura income nyinshi ntacyibazo pe!

  • @brendaange2615
    @brendaange26152 ай бұрын

    Mbakunda cyane muri intangaruge mutere imbere ❤❤❤❤❤

  • @nadineiciza
    @nadineiciza2 ай бұрын

    Ikiganiro ciza cane. Merci les belles dames.

  • @kigalirwanda8564
    @kigalirwanda85642 ай бұрын

    Mwa bagore mwe nta kiza nko kwirerera kuko iyi si tugezemo abana bapfa nabi pee ikinyabupfura gike, ubusinzi, ubusambanyi, umwana wabawe hafi na nyina si kimwe nuwarezwe n'abakozi nabo bagenda bahindagurika buri wese azana imico ye Abagore bubu si akazi gusa ahubwo na za fetes za buri gihe, ubukwe, guhemba,... ugasanga umwana ntaheruka no kubona nyina azinduka agenda agataha nijoro umwana yaryamye Birababaje gushaka independence yose kandi warahisemo kubyara😢

  • @mignonneirakoze6838
    @mignonneirakoze68382 ай бұрын

    Kuba m'urugo si byiza rwose cyane cyane kubagore baherezwa amafranga abana bareba cg basaba ngo ibi byashize. Muricyino gihe to be honest niyo waba ubitaho muri byose, ntacyo uba umaze pe. Ndavuga ababyeyi, abana basaba kugurirwa ikintu ukamusubiza ngo nta frs ufite daddy niyataha😢. Hari ababyeyi babayeho gutyo. Please gukora ni byiza, bituma n abana baba mature enough mukwiyitaho nkuko uba wasize ubabwiye ndetse n izindi responsibilities barazimenya. Uri m'urugo ntibakura.

  • @user-jd8mt5se9z
    @user-jd8mt5se9z2 ай бұрын

    Gukora nibyiza iyo wikorera ariko gukorera abandi urumugore wapi , bivuzeko abagore bazicwa na presure gusa umugore uri murugo agirirwa ikizere kdi abana be babaho neza , kuba murugo nikokazi gakomeye utabona nigihembo ahubwo ikibi nukwaka umukozi uri no murugo gusa niba umugabo ahisemoko umugore aguma murugo namugenere umushahara ariko ikiza nuko buri wese yagira icyo akora gusa gukora byabombi bitiza imbaraga gutandukana

  • @GiseleTVSHOW
    @GiseleTVSHOW2 ай бұрын

    Ndabakunda 😘😘

  • @yvetteumugabekazi7997
    @yvetteumugabekazi79972 ай бұрын

    Icyakoze ndabakunda pe,nkunda sourire muba mufite ukuntu muba mwishimye...

  • @davidleroi1938
    @davidleroi19382 ай бұрын

    BRAVO BAGORE BEZA MURI MURIBAKE I RWANDA BATISIZE MUKOROGO NDABAKUNZE ❤❤

  • @mauriceantoinette-xt4bz
    @mauriceantoinette-xt4bz2 ай бұрын

    mbega byiza ukuntu cyuzuzo atangiye 😂😂😂😂❤❤❤❤❤

  • @user-yy8mf4fv2c

    @user-yy8mf4fv2c

    2 ай бұрын

    Subu yabitekereje ate? Ni umuhanga

  • @mutafaus2765
    @mutafaus27652 ай бұрын

    Murabahangaaa hahirwa abagabo babashatse ❤️❤️❤️

  • @mukayirangacoco230
    @mukayirangacoco2302 ай бұрын

    Ohooooo mbega byiza ntituzababure abachous ❤

  • @UBUKORIKORI
    @UBUKORIKORI2 ай бұрын

    Uyu mumama wafungiye shinyo hejuru,nuyu wa coupe ndemeranya nabo 100%

  • @user-jd8mt5se9z
    @user-jd8mt5se9z2 ай бұрын

    Kuba murugo bitera ubwigungepe guhora usabiriza umugabo wapi

  • @kazealisha3143

    @kazealisha3143

    2 ай бұрын

    Bitera kwigunga noneho hazamo guhora usaba umugabo birabangama ariko nanone kureresha abana umukozi hari uburere batabona iyo uba uri kumwe numwana ararwara ukamenya uko umurwaza ukamenya icyabiteye mbese ibintu byose murugo biba biri kumurongo kabone nubwo waba ufite umukozi ugufasha niko njye mbibona

  • @mariembasabire5326
    @mariembasabire53262 ай бұрын

    yewe nange maze kubyara nabaye murugo ndera abana ndongera nsubira mu kazi,ariko urugo rukenera ibintu byinshi bya mafranga kuburyo iyo umugore agakora ntabwo umugabo yakemura ibintu byose,byaba byiza kurushaho mwese mukora kandi n'abana mukabarera

  • @sylvietuyishime2204
    @sylvietuyishime22042 ай бұрын

    Ndabakunda peeee❤❤❤❤.

  • @DukuzimanaHanriette-tf4tr
    @DukuzimanaHanriette-tf4tr2 ай бұрын

    Mugira ibiganiro byiza haricyo nizemo kbs

  • @MurekateteDenyse-op7nn
    @MurekateteDenyse-op7nn2 ай бұрын

    Murakunditse❤

  • @dianenuyizera7406
    @dianenuyizera74062 ай бұрын

    Mbakunda kubi❤❤❤

  • @GOODLIFECYIZATV-tj2xg
    @GOODLIFECYIZATV-tj2xg2 ай бұрын

    Click on the picture ❤

  • @sylvietuyishime2204
    @sylvietuyishime22042 ай бұрын

    Ladies iki kiganiro ni kiza pe.gusa umu mama ashobora kwiha igihe agafasha abana kwegera hejuru ubundi agasubira mu kazi.

  • @user-cm3nd7um3l
    @user-cm3nd7um3l2 ай бұрын

    hari umuntu udakora se ubaho. mu rugo haba akaxi kenshi

  • @jojochance2695
    @jojochance26952 ай бұрын

    Gen Z (1997 - 2012)

  • @user-jd8mt5se9z
    @user-jd8mt5se9z2 ай бұрын

    Erega abakozi dukoresha si bazima kuko ntamuntu muzima uva iwabo bava iwabo kubera ubukene bateka ibijumba yagera iwawenuti teka umureti nukuri dukore ariko nitutita kubana tuzaruhira ubusa

  • @kazealisha3143

    @kazealisha3143

    2 ай бұрын

    Cyane iyo usigiye umukozi abana niho usanga basubiye inyuma bagatangira kurwaragurika utaribumusigire imbuto ngo azibahe amata akayinywera mbese abana babarera nkuko nabo barezwe adk nanone byibura abana bamaze kwegera hejuru basi kuvuga bamaze kumenya kwiyitaho byibanze watangira gukora ariko gusiga umwana uri munsi yimyaka 5 ntago biba byoroshye

  • @jahbless4997
    @jahbless49972 ай бұрын

    biterwa n'igihari mwa Bantu mwe

  • @chantaltumusifu4565
    @chantaltumusifu45652 ай бұрын

    Akazi karabuze sha😢

  • @user-mm9xu2ub1j

    @user-mm9xu2ub1j

    2 ай бұрын

    Wowe uvuga ngo karabuze nturaburara na rimwe uramutse uburaye bwacya mugitondo akazi wakabonyer

  • @uwasececile4509
    @uwasececile45092 ай бұрын

    Ntakobisa kwirerera abana Nuko ubuzima butatwemerera

  • @roseniragire9589
    @roseniragire95892 ай бұрын

    Kd ntitwibagirwe ko hari nabasigara murugo bakarutwa nabigiriye mu kazi!

  • @ganzashammah5319
    @ganzashammah53192 ай бұрын

    Njyewe shyigikiye Ko umugore akora rwose ntagume murugo

  • @uwimanayvonne2786

    @uwimanayvonne2786

    2 ай бұрын

    Nonese iyo agumye mu rugo ntaba arı gukora?

  • @didi-dr1mj

    @didi-dr1mj

    2 ай бұрын

    Ukora cg uguma murugo atumbere iterambere ry umuryango. Ibindi biterwa n igihari.

  • @nezaalphonsine3076

    @nezaalphonsine3076

    2 ай бұрын

    Oya sibyo,ufite ubushobozi yarera abana umuto yagira nibura imyaka yo kujya kwiga amashuri y,incuke akajya gukora nawe,ariko mugihe umugabo atabasha guhaza urugo mwakora mwembi,abana barezwe n,abakozi hariho ikibura,byaye ngombwa ko nguma murugo mbona abana banjye bari barangiritse ,kugezubu nshimira Imans yatumye mbicaramo.

  • @didi-dr1mj

    @didi-dr1mj

    2 ай бұрын

    @@nezaalphonsine3076 ubwo rero urumva ko ikibazo ari ubushobozi.ariko kabisa ntakiruta kwirerera.

  • @user-dx5ku2qf8s
    @user-dx5ku2qf8s2 ай бұрын

    Mwampuza n' uwo mu MC?

  • @bonnetteUmutoniwase-kb5ez
    @bonnetteUmutoniwase-kb5ez2 ай бұрын

    Nonese umugore ushobora kuba ahembwa udufaranga duke tuza tugashirira mu rugo hanyuma bwo natandukana nu mugabo ayo mafaranga yamufasha

Келесі