I totally agree with this topic, surtout with the new generation!! Aho usanga umuntu ahoza abandi ku nkeke ngo bamuguze cg akabeshya nka mwene wabo uri hanze ko akeneye help yamara kumuha amafaranga ugasanga yagiye muri birthday celebration, photoshots , muri salon as if that was a priority!! Ikindi abanyarwanda bareberanaho icyo umwe akoze nundi abashaka ku gikora!! Utugero kuri ubu umuntu wese ufashe vocation cg honeymoon ajya dubai kuberako abo azi benshi ariho bagiye , kandi kenya, tanzania, Namibia, south africa , egypt ,etc bafite ibyiza nyaburanga byo kureba!!!
@uwasebecca3305
Жыл бұрын
Well said 👏👏👏
@lolitaimena9782
Жыл бұрын
Kabisaaaaaaa
@joyeusensabimana3440 Жыл бұрын
Congratulations Cyuzuzoo
@martashatvshow2404 Жыл бұрын
Mana yanjye nzakomeza mbivuga ko nkunda ukuntu musuhuzanya mufitanye ubwuzu mbisubizamo inshuro ntabara Ndabakunda
@eddienziza9177 Жыл бұрын
Highly talented beautiful ladies. Tipic nziza y ubaka.. Sha ikigali murarenze peee most people live beyond their means
@salomeliliane3787
Жыл бұрын
kbsa
@vincentndayisaba3238 Жыл бұрын
Ladies ndabishimiye mwabampereye like share na comment kweli muri bazima cyane pe financial illiteracy nicyokidukomereye
@yvonnenezamusic Жыл бұрын
I love you guys ❤
@ge2saba722 Жыл бұрын
Cyucyu 💋💋💋
@juvenalturatsinze1734 Жыл бұрын
Ikiganiro cyiza cyane! Ndibaza ariko: Kuki gufata moto byabaye ibintu biciriritse? Niba ugiye mu nama cg interview, ukahagerera igihe, ninde umenya uko waje, kandi niyo yabimenye, ikibazo kirihe? Iyo mitekerereze ituruka ku cyo bita "poverty mentality". Kwiyumvamo ko ukennye, cg ko abantu babona ko ukennye, noneho ukabaho wirarira. Tubeho neza, twishimiye ibyo dufite, ahubwo tubikoreshe neza ngo dutere imbere. Bike dufite aho kubisesa, twazigama cg tukabishora aho byunguka, tukabyubakiraho. Kwirarirano kwigaragaza uko umuntu atari ni bibi, bigumisha umuntu mu bukene.
@wamupepe5301 Жыл бұрын
Uyu mukobwa en blanc ni mu leader wa groupe ,directement mubikore . Elle est éclairée dans le groupe . Elle peut apporter l'équilibre nécessaire.
@salomeliliane3787 Жыл бұрын
Topic aziza pe
@JPRutijana Жыл бұрын
I love you ladies, muzana topics nziza Igihe cyose.
Umva mbese😂noneho niba umwana yaravukiye muri geto azige geto, 😮😮. Study is an investment, so don’t bring that example of going to better school as bad thing
@ButterFly-wv7iz
Жыл бұрын
It's not a bad thing but nyuma y'ishuli umwana abayeho ubuhe buzima!?
@Paccy_I
Жыл бұрын
Imagine kwiga ahantu heza, after all ntubone ibindi bikenerwa byose.. 😂😂
@cecilenyiramanzi46
Жыл бұрын
It's not bad when you can afford. Ariko niba umuntu yirirwa yanduranya aguza, yambura, ari mu madeni adashira icyo gihe byaba byiza kujyana umwana mu ishuri ryiza ushoboye kwishyura utanduranyije.
Пікірлер: 25
IKI KIGANIRO NICYIZA RWOSE BAZACYONGERERE AMASAHA 😊 sibyo raaa???? Plsssss @RTV
Sha ikiganiro kiraryoshye rwose Imana niyo yabayoboye courage mukugira abantu inama
I love you guys, iyi topic yarikenewe. Thanks
I totally agree with this topic, surtout with the new generation!! Aho usanga umuntu ahoza abandi ku nkeke ngo bamuguze cg akabeshya nka mwene wabo uri hanze ko akeneye help yamara kumuha amafaranga ugasanga yagiye muri birthday celebration, photoshots , muri salon as if that was a priority!! Ikindi abanyarwanda bareberanaho icyo umwe akoze nundi abashaka ku gikora!! Utugero kuri ubu umuntu wese ufashe vocation cg honeymoon ajya dubai kuberako abo azi benshi ariho bagiye , kandi kenya, tanzania, Namibia, south africa , egypt ,etc bafite ibyiza nyaburanga byo kureba!!!
@uwasebecca3305
Жыл бұрын
Well said 👏👏👏
@lolitaimena9782
Жыл бұрын
Kabisaaaaaaa
Congratulations Cyuzuzoo
Mana yanjye nzakomeza mbivuga ko nkunda ukuntu musuhuzanya mufitanye ubwuzu mbisubizamo inshuro ntabara Ndabakunda
Highly talented beautiful ladies. Tipic nziza y ubaka.. Sha ikigali murarenze peee most people live beyond their means
@salomeliliane3787
Жыл бұрын
kbsa
Ladies ndabishimiye mwabampereye like share na comment kweli muri bazima cyane pe financial illiteracy nicyokidukomereye
I love you guys ❤
Cyucyu 💋💋💋
Ikiganiro cyiza cyane! Ndibaza ariko: Kuki gufata moto byabaye ibintu biciriritse? Niba ugiye mu nama cg interview, ukahagerera igihe, ninde umenya uko waje, kandi niyo yabimenye, ikibazo kirihe? Iyo mitekerereze ituruka ku cyo bita "poverty mentality". Kwiyumvamo ko ukennye, cg ko abantu babona ko ukennye, noneho ukabaho wirarira. Tubeho neza, twishimiye ibyo dufite, ahubwo tubikoreshe neza ngo dutere imbere. Bike dufite aho kubisesa, twazigama cg tukabishora aho byunguka, tukabyubakiraho. Kwirarirano kwigaragaza uko umuntu atari ni bibi, bigumisha umuntu mu bukene.
Uyu mukobwa en blanc ni mu leader wa groupe ,directement mubikore . Elle est éclairée dans le groupe . Elle peut apporter l'équilibre nécessaire.
Topic aziza pe
I love you ladies, muzana topics nziza Igihe cyose.
@wamupepe5301
Жыл бұрын
Ariko urabikunda bwana! Diiiii urimujanja ebwanaa. Komeza nu komere rutijana .
Maman congolaise en rouge
Nkunda ibiganiro mukora
Ubwo nubugoryi muhinduye ikiganiro mwigira abantu bahenze kd ntacyintu mufite ,kd duke mufite mwakabaye mudukoresha neza urigana umunyaburayi wabivukiyemo
Umva mbese😂noneho niba umwana yaravukiye muri geto azige geto, 😮😮. Study is an investment, so don’t bring that example of going to better school as bad thing
@ButterFly-wv7iz
Жыл бұрын
It's not a bad thing but nyuma y'ishuli umwana abayeho ubuhe buzima!?
@Paccy_I
Жыл бұрын
Imagine kwiga ahantu heza, after all ntubone ibindi bikenerwa byose.. 😂😂
@cecilenyiramanzi46
Жыл бұрын
It's not bad when you can afford. Ariko niba umuntu yirirwa yanduranya aguza, yambura, ari mu madeni adashira icyo gihe byaba byiza kujyana umwana mu ishuri ryiza ushoboye kwishyura utanduranyije.