No video
ICYO WAKORA NGO UHANGANE
Buri wese agira umubabaro muri ubu buzima akaba yacogora kuburyo aba yumva yakwiyaka ubuzima. Ese hari igihe waba warigeze ugira ibitekerezo byo kwiyahura? Ese waba warigeze ubana n'umuntu ufite umubabaro ukabura icyo umufasha? Kurikira iki kiganiro
Пікірлер: 6
Muraho muraho👐, rwose ntimuzongere gutinda,ariko muziye igiyehe twishimiye kongera kubumva,
@bahosmileinstitute4801
20 күн бұрын
Murakoze cyane. Ubu turahari
Ibi ni ibiganiro byiza rwose. Courage Doctor. Baho Smile Institute nisagambe
@bahosmileinstitute4801
20 күн бұрын
Murakoze cyane
Turabumva twongeye kubakirana yombii
@bahosmileinstitute4801
20 күн бұрын
Murakoze