Dore imyitwarire (habits) 10 nigiye ku bakire n'abantu bafite icyo bigejejeho
Mwiriwe!
Burya ngo bariya bantu bose tubona b'abakire/ abakuru b'ibihugu ndetse n'abantu b'ibyamamare tuzi bagira imyitwarire (Habits) bashyira mu buzima bwabo zibafasha kubigeraho.
Nyuma yo gusesengura iyo myitwarire naje gusanga hari myinshi bagenda bahuriraho bityo nange nyishyira mu buzima bwange ibasha guhindura imitekerereze yange ndetse no kumfasha kwiteza imbere mu buryo butandukanye n'ubwa mbere.
Nifuje kuyibaganiriza kugirango namwe murebe iyo muri gukoresha ndetse n'indi mwakongera muyo mufite hanyuma idufashe natwe kwiteza imbere ndetse no kugira impinduka tuzasiga ku Isi.
Mugire ibihe byiza
#habits #routine #saving #health
Пікірлер: 16
Ndagukunda
Uvuga bukebuke kweli
Ur'Umugisha kuri benshi. Courage
Ndagukunda cyane rwose pe utwigisha ibintu byunbwenge uwampa kukumenya birenzeho
Murakoze ku biganiro byiza mutugezaho, mugerageze mwongere Ijwi .merci
Mukora akazi keza. Uzasome igitabo kitwa "Deep Work" cyandsitswe na Carl Newport hanyuma ugifashije abakunzi bawe. Sinshidikanya ko kizabungura.
Ikiganiro ciza cane, iyo wagerageza kuduza ijwi gato😊 Wiyegereze micro, jewe ndakumva gato cane
We miss u😢😢😢
Thank you😘👌
Josiane thank you.
Ujye ugerageze no kuvuga ikinyarwanda kuko tugukurikira twese SI ko tuzisobanukiwe.murakoze
Number 1 wo kureba mwarimu wacu Josiane , courage ndagukurikiye . Ariko nakwandikiye kuri email ntiwansubiza
Uri umunyabwege peeh umuntu wakwigiraho byinshi.crg
Kuryama kare ukabyuka kare nabyemera. Ariko sinumva amasaha macye uvuga ari angahe? Kuryama ni ungenzi cyane! Kubyibuza bitera indwara.
Courage chch ndagusharingira rwose imana ikwagure muri byose
Mwadufasha mukaduha number yanyu! Thx