KARASIRA DIDIER (DDK TV GOSPEL SHOW)
KARASIRA DIDIER (DDK TV GOSPEL SHOW)
GOD FIRST
BONA AMAKURU Y'UVUGABUTUMWA YOSE GANIRA N'ABAHANZI CG AMAKORARI UKUNDA
UKENEYE KUDUSANGIZA AMAKURU YUBUZIMA BWAWE MU MWIZERERE WADUHAMAGARA KURI
+250788575095
[email protected]
Пікірлер
Inzu yibitabope aho uruhukiye Imirimoyawe myiza ntizibajyirana
uwomuntuw, Imana nimuhe umugsha nkekako ariwewaririmbagabasse muri Humuramugenzieamenye Imana ufite ubugingobuhoraho , naruhuke 😊
Uwiteka azaguhe ubugingo
Merci kuricyo kiganiro gusa nibuka imirimo myiza Umubyeyi yakoze kugirango itorero rya Kimihurura ribeho ndetse hakaboneka n'Urusengero.
Umva ko umuzuko ubaho ndahiye uwiteka uhoraho umuzuko nuwabantu nkaba kdi Amen
Abantu nkaba nibiremwa uwiteka yitoranirije mwisi kdi Amen
Arelluaruya ba divantisiti buminsi wa7 ubu murebe ukuntu uwiteka Ari igihangange ubuzima niyo ibutanga nubwo uyu usaza yasininziriyrke yasinsiranye ibendera ryimana kdi Amen
Ntakundi yarakoze Didie warakoze
Yayay ntakundi uramudukumbuje pe
Karasira. Imbere cyane
Iruhukire pe!
😂😂❤❤
❤❤
Ubutwari bwawe imana izabikwibukire
Yoooo yakoze neza mugihe cye.duharanire gukorera Imana tubikunze hari ingirorano.
Sinshidikanya Ko mwuka wera yakuyoboye mukuganira,namuzehe.niyitahire natwe tumwigirehe.
Aheza nimw' Ijuru
Nkwibukira ku ndirimbo umuraba rest in peace Azalia
Kuba imipaka ifunze bimbabaje ubugira kandi twozosimbutse kuguherekeza ubwa nyuma,Azzaria weeee ruhuka ntabwo tuzokwibagira
Azarias niwiruhukire amahoro,nitwarangiza neza tuzobonana
Yooo,! Mbega ubuhamya bwiza. Niyisinzirire umurimo Imana ya muhaye awusoje gitwari
Mwarimu wee,itahire kabisa!! Didie warakoze gukora iki kiganiro.. twari kuzakura hehe Aya mateka ko yitahiye?
RIP mubyeyi!
Karasira Didier, urakoze. Nawe ukora akazi keza. RIP Muzee Azalia
Woe muntu azi kurimba.
Pole pole ndio mwendo
Yegonchutiyange
Komerezaho
Bernard kabsa ndamwumvise
Courage ❤
Courage didie turagukunda❤
Ameeen amen
Amen Mungu turudishiye heshima kbs
❤❤
Q3wzQ
Monica ilove you or brothers Piter and Hosiana Hahrwa ababyeyi babibarutse.
Komerezaho tirgukuna
Tura mu kunda lmana lmukomeze
Kuva 2000 Milly yabaye ingenzi muri muzika ya SDA hano mu Rwanda. Nkunda ijwi rye kandi nkunda uko akunda Imana. Tumusabiye umugisha
Ise wuwomukobwa twararirimbanye yaririmbaga baze
Much love our singer Milly💕
Ndagukunda
Wonderful gospel sister continue to spread out the gospel globally
Uwo mugore nintwari Kandi natwe Uganda turamwishimisha
Tulabishimiye bavandimwe
Komera Monique, n'ubwo iyi post nyibonye nkererewe. Papa wawe Mafundi ndamuzi murasa cyane, yaririmbaga basse muri Bonne Esperance ya 1988 na nyuma yaho, twaramukundaga cyane. Sinari nzi ko yasinziriye. Imana igukomeze kandi ukomeze kyihesha icyubahiro
Turagushimiye komerezaho
wamunyamakuru we nkuzi watona yandirimbo ivuga ngo yewe mwana w'umuntu umvimirimo y'uwiteka
Nyagasani Imana Yamahoro Ibane Namwe Turabakunda
Inçiii disi muririmba neza bena impano yaragutse cyane ibuka children of heaven Imana ikomeze ibagure