Social Life, Entertainment ,Beauty&Health
Peanut butter se umuntu yazibona hehe
❤
Uzabitwere ubwisiga uko bikurikirana
Turakwikirije maman
Vyiza
❤❤❤
❤❤❤❤ 💋❤️💞💞😍💐Dqrc ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊
Nonese ubwo uba usobanuriye abantu Koko ? Ngo karori .urumunyarwanda sobanura neza abantu bumve neza.
Ubunyobwa aburya gute nkumwana ufite umwaka nigice
Wafata nkamata nimbuto ugashyiramo ikiyiko cyubunyobwa buseye (Peanut Butter) hanyuma ukabisya (ukabi blendinga) ukamuha akanywa
Mfasha muga nakor iki k umwana wanjye arimumirire mibi
Waduhaye numero yawe, twakubona gute?
Merci beaucoup
Thank you
Thank u baby boo
Wampa Numero kazakubaza aho nabikura Koko 🙏
Thnk u nukuri
Jya wirinda gusubiramo kenshi ijambo wavuze.
Uri umusirimu kbs I like your hair
Yooooo urakoze ma chr nanje nuko nisiga pe😘😘😘😘😘😘
Yooo urakoze cherie menye vyishiiiii😘😘😘😘
Thank you @ AGAPE 🙏🙏
Mujye musobanurira abantu ibintu byukuri,kuko utabizi uba umubeshye,ntibyemewe kurangaza umwana mugihe cyo kurya.
Urakoze kuduhugura
Njye afite imyaka 7 isanga 8 ariko nkubwije ukuri ntarya iyo TV njye hubwo iramurangaza ahubwo igatuma atarya nkayizimya
Urakoze cyane
Good work.thank you
Ahubwo ikibi n.abagore basigaye bakora ibyo abagabo bakora guca inyuma kurwana kunywa kugira ba Mario
Abagabo bagenda icyo abagore basabwa nukwitonda kuko ntacyo wakora ngo ataguca inyuma .niba agenda aragenfa ❤❤❤.abagabo bose bagira inshoreke .ninkumwe 1% utayigira
❤❤❤❤❤komera❤❤sis❤❤
Nene nimwizaweee.u mwana uhiye disi
Uzaturangire aho bigurirwa
Agape na shekinnah nakunze ikiganiro cyanyu kdi ndabakunda❤
Ese Agape wagiye he? Ko twakubuze???? Turagukumbuye rwose gira ugarukeeeeee❤❤❤❤
Nanjye ndabakumbuye cyaneee ! Nzagaruka bitari kera♥️
Urakoze kunama uduhaye! Ariko ndabaza ko abahanga batubuza kugaburira umwana arangaye areba TV cg phone ndetse natwe abakuze barabibuza ariko kumwana we bavuga ko bishobora no kumutera cancer y’ubwonko kurya areba😢 ubwo ntakibazo tubyizere tumirangaze arya?
Ndagukunda
Thx you are smart
Turamuzicyane kbsa
Courage
Uzatwereke ibyo ufata umunsi wose
Murakoze Agape.
Ese ko uvuga ibintu tutumva tuzakora ibyo tutazi
Urakoze ariko ubutaha wajya ubitwereka kd ukagerageza kuvuga Mu kinyarwanda twumvikanaho twese.
Nene ndakubona cyane byiza dukeneye nimero yawe ya fone
Erega urukundo nigikorwa gikorwa nababiri kandi buriwese akumva ko yashyizemo imbaraga ziwe zose, impamvu birababaje kuba umuntu atakwiteretera umusore ngo babane kandi yabishobora neza cyane ukumvango umuco ntubyemera, ahubwo mboneyeho kubaza ababifite munshingano zabo bazadukorere igitabo kigaragaza amategeko yumuco nyarwanda uretse kubivuga gusa bikabuza umuntu amahirwe
Aka love story kameshe pe 😊 Cyakora yabonye umugore w' umwana mwiza 👌
Iyo make up ni nziza, ariko isaba umwanya ☺️
❤❤
Thank You so much Agape this was needed ❤️
Ubutaha muzakore video mutwrkelw uko twashyiraho contourna lipstick .
Video nziza rwose 👏 thank youu mpora nshaka kwiga gukora make up arko ndashaka guhera kuribi uri kutubwira. Hanyuma rero ubutaha uzatwereka ukuntu ubikoresha naho buri kimwe bagisiga 😊. Thank you❤
Пікірлер
Peanut butter se umuntu yazibona hehe
❤
Uzabitwere ubwisiga uko bikurikirana
Turakwikirije maman
Vyiza
❤❤❤
❤❤❤❤ 💋❤️💞💞😍💐Dqrc ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊
Nonese ubwo uba usobanuriye abantu Koko ? Ngo karori .urumunyarwanda sobanura neza abantu bumve neza.
Ubunyobwa aburya gute nkumwana ufite umwaka nigice
Wafata nkamata nimbuto ugashyiramo ikiyiko cyubunyobwa buseye (Peanut Butter) hanyuma ukabisya (ukabi blendinga) ukamuha akanywa
Mfasha muga nakor iki k umwana wanjye arimumirire mibi
Waduhaye numero yawe, twakubona gute?
Merci beaucoup
Thank you
Thank u baby boo
Wampa Numero kazakubaza aho nabikura Koko 🙏
Thnk u nukuri
Jya wirinda gusubiramo kenshi ijambo wavuze.
Uri umusirimu kbs I like your hair
❤
Yooooo urakoze ma chr nanje nuko nisiga pe😘😘😘😘😘😘
Yooo urakoze cherie menye vyishiiiii😘😘😘😘
Thank you @ AGAPE 🙏🙏
Mujye musobanurira abantu ibintu byukuri,kuko utabizi uba umubeshye,ntibyemewe kurangaza umwana mugihe cyo kurya.
Urakoze kuduhugura
Njye afite imyaka 7 isanga 8 ariko nkubwije ukuri ntarya iyo TV njye hubwo iramurangaza ahubwo igatuma atarya nkayizimya
Urakoze cyane
Good work.thank you
Ahubwo ikibi n.abagore basigaye bakora ibyo abagabo bakora guca inyuma kurwana kunywa kugira ba Mario
Abagabo bagenda icyo abagore basabwa nukwitonda kuko ntacyo wakora ngo ataguca inyuma .niba agenda aragenfa ❤❤❤.abagabo bose bagira inshoreke .ninkumwe 1% utayigira
❤❤❤❤❤komera❤❤sis❤❤
Nene nimwizaweee.u mwana uhiye disi
Uzaturangire aho bigurirwa
Agape na shekinnah nakunze ikiganiro cyanyu kdi ndabakunda❤
Ese Agape wagiye he? Ko twakubuze???? Turagukumbuye rwose gira ugarukeeeeee❤❤❤❤
Nanjye ndabakumbuye cyaneee ! Nzagaruka bitari kera♥️
Urakoze kunama uduhaye! Ariko ndabaza ko abahanga batubuza kugaburira umwana arangaye areba TV cg phone ndetse natwe abakuze barabibuza ariko kumwana we bavuga ko bishobora no kumutera cancer y’ubwonko kurya areba😢 ubwo ntakibazo tubyizere tumirangaze arya?
Ndagukunda
Thx you are smart
Turamuzicyane kbsa
Courage
Uzatwereke ibyo ufata umunsi wose
Murakoze Agape.
Ese ko uvuga ibintu tutumva tuzakora ibyo tutazi
Urakoze ariko ubutaha wajya ubitwereka kd ukagerageza kuvuga Mu kinyarwanda twumvikanaho twese.
Nene ndakubona cyane byiza dukeneye nimero yawe ya fone
Erega urukundo nigikorwa gikorwa nababiri kandi buriwese akumva ko yashyizemo imbaraga ziwe zose, impamvu birababaje kuba umuntu atakwiteretera umusore ngo babane kandi yabishobora neza cyane ukumvango umuco ntubyemera, ahubwo mboneyeho kubaza ababifite munshingano zabo bazadukorere igitabo kigaragaza amategeko yumuco nyarwanda uretse kubivuga gusa bikabuza umuntu amahirwe
Aka love story kameshe pe 😊 Cyakora yabonye umugore w' umwana mwiza 👌
Iyo make up ni nziza, ariko isaba umwanya ☺️
❤❤
Thank You so much Agape this was needed ❤️
Ubutaha muzakore video mutwrkelw uko twashyiraho contourna lipstick .
Video nziza rwose 👏 thank youu mpora nshaka kwiga gukora make up arko ndashaka guhera kuribi uri kutubwira. Hanyuma rero ubutaha uzatwereka ukuntu ubikoresha naho buri kimwe bagisiga 😊. Thank you❤