MORIOX MEDIA is owned by MORIOX MEDIA , a registered private company dealing with publishing weekly Kinyarwanda newspapers in Rwanda, namely; Planet Rwanda, Mapigo Vibes, The Profile , Spoti Xtra & mores
Imana iragukunda cyane, kuba yarahishuye ibyo bintu wari guhangayika
Yesu iyaba abakobwa Bose bari bameze nkuriya mukobwa Uzi gufata umwazuro
Ati reka gende mbabare amezi angahe aho kugira nzababare iteka ryose yewe uri ntwari iyo nza gufata umwanzuro nkuyu simba meze uko meze
Nigihemu,icyokigabonigihemu,
Rata,wabaye,,nibyowakoze,ibyiza,ahokubabara,murikumwe,wabireka,nawe,waza,kubitwa,na,bi😊
Sha,ihangane,nukuri
Umunyamulrlenge wacyu
Uwo mugabo nibwa ahubwo ntanicyo mwari kumusubiza yo kanyagwa yari kuzagusaza yo kanyagwa
Ark bakinnye content yinya korea😂😂😂
Sha nukuri akeneye ubufasha p
Yari inkwano yawe se waribyaye ?
Ihangane mushiki wacu Imana izaguhorera
Gusa Man muri abana babi kbs muzigihe maze mbategereje nukuri ndabakumbuye cyane guga♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Mbega umubyeyi uwo muruho warushye niwo ushaka ko niwo mukobwa nawe awuruhe avaha ajyaha.
Ibyo wakoze nibyope! Ntawakugaya
Watecyereje neza mama
Ihangane peeee birababaje peee gusa nyine polle imana izagushumbusha knd izaguha uwakamaro
Wasanga bano bagore baranamiroze ngubukwe bubupfe nubundi muzabane kuharise nuwomuhungu ahari. Kutahinduye uwambere
Ariko kuvuga uwomukobwa yarabizi harukunda ishyari mwababyeyimwe icyo yajyaga kuvugana nasheri warabimenyaga mbere 20:02 20:04 20:05 20:06
Komera scovia,ntakosa ufite habe namba ahubwo uyu mugabo arakwamamage buri wese amenye ko ubarirwa mu ntwari!
Mwaduhaye number téléphone ya Muhimpundu Justice
Ihorere mukobwa mwiza Imana izaguha umutware wawe uriya ntiyaruwawe haricyo Imana ikurinze utazi
Nukuri uyu mukobwa ndamukunze mumfa shije mwama namb ze
𝗞𝗮𝗯𝗶𝗻𝘀𝗵𝘆𝗲 𝘂𝗿𝘂𝘆𝗮 𝗺𝘂𝗸𝗼𝗯𝘄𝗮 𝗮𝗺𝘄𝗮𝗻𝗴𝗲 𝘂𝗺𝘂𝗴𝗮𝗯𝗼 𝘂𝗴𝗲𝗻𝗱𝗮 𝗮𝘁𝗮𝗿𝗮𝗺𝗮𝗱𝗮 𝗵𝗶𝗿𝘆𝗮 𝗻𝗼 𝗵𝗶𝗻𝗼 𝘆𝗮𝗿𝗮𝗻𝗴𝗶𝘇𝗮 𝗮𝗴𝗮𝘀𝗶𝗴𝗮 𝗮𝗯𝗮𝗻𝗮 𝗯𝗲 𝗮𝗸𝗮𝗷𝘆𝗮 𝗴𝘂𝘀𝗵𝗮𝗸𝗮 𝘂𝗯𝘂𝗻𝗱𝗶 𝗻𝗶𝗺𝘂𝗴𝗮𝗯𝗼 𝗻𝘆𝗮𝗯𝗮𝗸𝗶
Mada ceceka byihorere rata Sikoviya komera Yesu arakuzi.
Kuba umukobwa akuze ntibisobanuye kwiyahura kdi gukura kwe akuriye muri Yesu niyo mpamvu mpamyako Yesu azamuha umugabo umukwiye.
Sikoviya njye ndagukunze cyane ahubwo abantu mwese mufite umutima nama mureke dutere inkunga uyumukobwa asubize amafaranga icyo kirara ubundi yibonere amahoro.
Nimero zuyu munt naxibona se
I like ur voice chch. Keep on❤
Season two guys please
Muduhe next season plz
Jye ndumva uyumukobwa atakwishyura izonkwano kuko uwomugabo yamwiciye ejo hazaza kuko atamubwiyeko afite undi mugore 28:14
Uzubwenge wubahwe cne!! ❤❤
Mumpe number ye nzamubwire ijambo
Ndabakundaaaaaaaa murumugisha wabenshi
Umva wakigabowe reka usebe ingaruka ibyo wakoze sebarero Niko satani ahemba
Ooooooo umva urumukobwa mwiza cyane Kandi humura ntampamvu yokuzababara ibihebyose❤
Sikivia uyo mugabo nagende Mubutungane bazobatunganiriza Hanyuma Namwebwe murafise ivyomwatanze umunsi baza Gufata irembo mwarabakiriye Umunsi wogukwa mwarabakiriye Ntibagutere ubwoba na bavyeyi Bawe batekane uzubakana Nuwundi yifuza kugira urugo Rwiza uhumure umuryango Wawe siwowogiye kubana Nuyomugabo wafashe ingingo Ibereye ubuzima bwawe butarononekara humura
Ntawe washebeje wakoze neza Kubivamwo hakirikare Uzashakwa urugo niwewe Wokurubamwo abavyeyi bawe Bakumve
Wowe wa mugabo we bakwitondere ntibapfe kwandika comments.
Uyu mugabo yabyaye hanze ku abagore batandukanye.rero niyihanagure.
Nasezerane nuwo babyaranye
Wamunyamakuru uriguteranya yakubwiye ko yarabizi
Ihangane Imana igukijije ikirura cyari kuzakurira m nzu , urarokotse kd uzabona undi kk muriwowe harimo ubwenge👍
Uyumugore yarabaroze rwose
Igicecyakabiro 2:47 ❤
Ihangane uzabona und❤❤❤
Xw kbx😊
Пікірлер
Imana iragukunda cyane, kuba yarahishuye ibyo bintu wari guhangayika
Yesu iyaba abakobwa Bose bari bameze nkuriya mukobwa Uzi gufata umwazuro
Ati reka gende mbabare amezi angahe aho kugira nzababare iteka ryose yewe uri ntwari iyo nza gufata umwanzuro nkuyu simba meze uko meze
Nigihemu,icyokigabonigihemu,
Rata,wabaye,,nibyowakoze,ibyiza,ahokubabara,murikumwe,wabireka,nawe,waza,kubitwa,na,bi😊
Sha,ihangane,nukuri
Umunyamulrlenge wacyu
Uwo mugabo nibwa ahubwo ntanicyo mwari kumusubiza yo kanyagwa yari kuzagusaza yo kanyagwa
Ark bakinnye content yinya korea😂😂😂
Sha nukuri akeneye ubufasha p
Yari inkwano yawe se waribyaye ?
Ihangane mushiki wacu Imana izaguhorera
Gusa Man muri abana babi kbs muzigihe maze mbategereje nukuri ndabakumbuye cyane guga♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
Mbega umubyeyi uwo muruho warushye niwo ushaka ko niwo mukobwa nawe awuruhe avaha ajyaha.
Ibyo wakoze nibyope! Ntawakugaya
Watecyereje neza mama
Ihangane peeee birababaje peee gusa nyine polle imana izagushumbusha knd izaguha uwakamaro
Wasanga bano bagore baranamiroze ngubukwe bubupfe nubundi muzabane kuharise nuwomuhungu ahari. Kutahinduye uwambere
Ariko kuvuga uwomukobwa yarabizi harukunda ishyari mwababyeyimwe icyo yajyaga kuvugana nasheri warabimenyaga mbere 20:02 20:04 20:05 20:06
Komera scovia,ntakosa ufite habe namba ahubwo uyu mugabo arakwamamage buri wese amenye ko ubarirwa mu ntwari!
Mwaduhaye number téléphone ya Muhimpundu Justice
Ihorere mukobwa mwiza Imana izaguha umutware wawe uriya ntiyaruwawe haricyo Imana ikurinze utazi
Nukuri uyu mukobwa ndamukunze mumfa shije mwama namb ze
𝗞𝗮𝗯𝗶𝗻𝘀𝗵𝘆𝗲 𝘂𝗿𝘂𝘆𝗮 𝗺𝘂𝗸𝗼𝗯𝘄𝗮 𝗮𝗺𝘄𝗮𝗻𝗴𝗲 𝘂𝗺𝘂𝗴𝗮𝗯𝗼 𝘂𝗴𝗲𝗻𝗱𝗮 𝗮𝘁𝗮𝗿𝗮𝗺𝗮𝗱𝗮 𝗵𝗶𝗿𝘆𝗮 𝗻𝗼 𝗵𝗶𝗻𝗼 𝘆𝗮𝗿𝗮𝗻𝗴𝗶𝘇𝗮 𝗮𝗴𝗮𝘀𝗶𝗴𝗮 𝗮𝗯𝗮𝗻𝗮 𝗯𝗲 𝗮𝗸𝗮𝗷𝘆𝗮 𝗴𝘂𝘀𝗵𝗮𝗸𝗮 𝘂𝗯𝘂𝗻𝗱𝗶 𝗻𝗶𝗺𝘂𝗴𝗮𝗯𝗼 𝗻𝘆𝗮𝗯𝗮𝗸𝗶
Mada ceceka byihorere rata Sikoviya komera Yesu arakuzi.
Kuba umukobwa akuze ntibisobanuye kwiyahura kdi gukura kwe akuriye muri Yesu niyo mpamvu mpamyako Yesu azamuha umugabo umukwiye.
Sikoviya njye ndagukunze cyane ahubwo abantu mwese mufite umutima nama mureke dutere inkunga uyumukobwa asubize amafaranga icyo kirara ubundi yibonere amahoro.
Nimero zuyu munt naxibona se
I like ur voice chch. Keep on❤
Season two guys please
Muduhe next season plz
Jye ndumva uyumukobwa atakwishyura izonkwano kuko uwomugabo yamwiciye ejo hazaza kuko atamubwiyeko afite undi mugore 28:14
Uzubwenge wubahwe cne!! ❤❤
Uzubwenge wubahwe cne!! ❤❤
Mumpe number ye nzamubwire ijambo
Ndabakundaaaaaaaa murumugisha wabenshi
Umva wakigabowe reka usebe ingaruka ibyo wakoze sebarero Niko satani ahemba
Ooooooo umva urumukobwa mwiza cyane Kandi humura ntampamvu yokuzababara ibihebyose❤
Sikivia uyo mugabo nagende Mubutungane bazobatunganiriza Hanyuma Namwebwe murafise ivyomwatanze umunsi baza Gufata irembo mwarabakiriye Umunsi wogukwa mwarabakiriye Ntibagutere ubwoba na bavyeyi Bawe batekane uzubakana Nuwundi yifuza kugira urugo Rwiza uhumure umuryango Wawe siwowogiye kubana Nuyomugabo wafashe ingingo Ibereye ubuzima bwawe butarononekara humura
Ntawe washebeje wakoze neza Kubivamwo hakirikare Uzashakwa urugo niwewe Wokurubamwo abavyeyi bawe Bakumve
Wowe wa mugabo we bakwitondere ntibapfe kwandika comments.
Uyu mugabo yabyaye hanze ku abagore batandukanye.rero niyihanagure.
Nasezerane nuwo babyaranye
Wamunyamakuru uriguteranya yakubwiye ko yarabizi
Ihangane Imana igukijije ikirura cyari kuzakurira m nzu , urarokotse kd uzabona undi kk muriwowe harimo ubwenge👍
Uyumugore yarabaroze rwose
Igicecyakabiro 2:47 ❤
Ihangane uzabona und❤❤❤
Xw kbx😊