YAGIYE MU IJURU Adapfuye Agaruka Afite Imbaraga Zidasanzwe🔥Yatumwe Ibikomeye😭💔UMUBYEYI UDASANZWE🔥
Музыка
#Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Пікірлер: 56
nkwije imyaka 45 uyuy mubyeyi nakuriye hafi ye ,yajyanaga mubutayu ndi umwana wiga primaire yarandeze nkunda Imana cyane ibyo Imana yamucishijemo byose byarasohoye ,murugo iwe hahora abantu ba abasazi abarozwe ni ibitaro byo gusenga abantu barakira cyane nzimo benshi ubu ndi muri Europe ariko Mubyeyi Vestine sinzakwibagirwa ,uyu mubyeyi atuye hafi ya aga centre Ka GISAKURA aho bita inkenga uba usohotse nyungwe ujya Cyangugu, ndishimye kuba ukibirimo no kuba nuyu musi hakiza abarwayi buburyo bwose Imana ikurimo ikabakiza uzahabwe ijuru nibyiza byaho BAHO NEZA MAMA MWIZA
@bahatijeniffer2480
Жыл бұрын
Ngahose ndumva turabaturanyi wampa nimero ye sibyo ndakwinginze
Imana ishimwe nkunda kumva ngo hari umusozi uriho umuntu nkuwo w'Imana Atari umupfumu.kucyumva binshimanjyiyemo kwizera we..
Ituro ryashyirwaga umutambyi kdi ndumva ari wowe Mutambyi ugomba guhabwa amaturo y' ishimwe kuko ni wowe Imana yanyuzeho gukorera byose abarwayi
Oooh, mbega byiza!! Burya hari abantu bicisha bugufi mu ukorera Imana, Uwiteka ahimbazwe kubw'ibyo🙌🙌🙌 kdi akomeze akongerere imbaraga. Ariko ndababaye, iryo dini asengeramo ntabwo ari ryo rikwiriye kwakira ituro ry'ishimwe rivuye ku bantu uyu mubyeyi yasengeye💔 ibyo ni ubusambo no kwikunda!!!!
Nkunda umuntu uvuga Imana mubyeyi Imana Iguhumugisha kandi Izaguhe Iherezo ryiza
Ariko abo baba bakize harimo abishoboye, za miliyoni bari kuzishyura abaganga bikizungu, bakajya no mumahanga kandi ntibakire, bajye rwose bamuhaho bamufashe yishyure amashuri, agaburire abarwayi n'abarwaza. Rwose arabikwiriye pe. Babyumve. 👌 Si ituro, si ikiguzi, ni ukumufasha umurimo w'Imana muburyo bwanyu. 🙏
Urumukozi w Imana mama Imana ikomeze igukomereze amaboko Mubyeyi
Mubyeyi Imana iguhe umujyisha abandi baratubwirango mbereyokuza kudusejyera ngotubanze tubahe tike none wowe... mubyeyi Imana nukuri ikojyerere kandi iguhe kurama
Imana igushigikire muvyeyi iyaguhamaye ntazagukoza Isoni natwe tutari hafi Muze mudusabira muhezagirwe cyane mwese
Nukul gusengera umuntu agasubizwa ntagaruke gushima navyonamakosa Yesu yavuzeko umurimo wumuntu ukwiye kumutunga
Yesu aguhe umugisha mubyeyi na Pamphile ahabge umugisha n,Imbaraga
Abobadasenga babaye abapfumu Amavuta ava nugusenga reta Mama IMANA iguhe umugisha
Haracyariho7000 bitarunamira bayali we.Yesu abahezagire
utubarize uwo mubyeyi niba hari abarwayi ajya ajya gusengera abasanze mu ngo zabo
Imana iguhe umugisha mwinshi mubyeyi. Komeza uhagarare neza mu murimo wa Data nutagwa isari uzasarura. Pamphile habwa umugisha mwinshi
Wa mubyeyi mperuka cyera disi🥰
Abiri rwa muhangayika ngo mubapfumu ,nimufate akanya mwerekeze kuyu mubyeyi ni Ubuntu ntakiguzi
Uyu mubyeyi Imana imuhe umugisha rwose pe
Waw❤❤❤❤ byizacyane umvandishimyecyanr
#Mubyeyi, abo bantu uba wasengeye bagakira ni wowe bagomba guha ishimwe ko wabasengeye aho kujya kuriha Pastori wawe. Uwo mu Pastori agomba gushyira ibintu mu buryo bwabyo, *ntabwo agomba kwireba wenyine* ahubwo narebe ukuntu usengera abantu n’ukuntu ugaburira abo bantu baba aho iwawe.
Ariko muduhe inomero z'uyu mubyeyi.
Yesu Aguhe umugisha mubyeyi.
Mungu akubariki sana mama pia na huyo watumishi abarikiwe sana tunawapenda toka Tz
Imana iguhezagire mukozi w'Imana
Uwo numukozi wimana yubawe turamukunda
Uyu muntu Imana yaramuhezagiye kweri
Abayo baracaharikabisa IMana Ihabwe icubahiro kubwuyumumama afise gucabufi
Imana iguhe umugisha Mubye
Ndizera mwiza ry'Imana Data watwese.
Thank you
Ameeen Hallelujaaah
Amen
Ariko pamphil kuberiki utadufotoreye aho abasengerwa bari ngo tubarabe munavugane nabarwaye
Uwo mubyeyi acyeneye infashanyo financial support. Kabisa mushyize inomero ye munsi byaba byiza
Amen imana izaguhe ibigukwiriye
Twarashize muturangire aho ari ho.
Mama na mtumishi mbarikiwe
W 😊a
muraho, uwo ni umukozi w'imana imana iba muri we
@ndayisabafabrice
Жыл бұрын
IMANA iguhe umugisha
@ezechielntirenganya8633
Жыл бұрын
Amena
Abo bapasteri bumva ko gusengerwa n'abo bayoboye ari uguta agaciro, uzabambarize niba baruta Paul wahoraga asaba bene se ngo bamusabire, munzandiko zose yasozaga avuga ati : nanjye munsabire !
Disi uyu mumaman ni umunyamurimo w'iKabela Abantu babonanye na Mariamu bafite icyo bakiriye Uyu mumaman arakijijwe by'ukuri
Muraho cyane mwampaye number ze nukuri
Mama, Imana iguhe umugisha
@marorarhenie3794
Жыл бұрын
Abahanuzi bariho pe
Turemerewe nimyuka mibi impande zose
Nomer zuwo mubyeyi uziduhe
Amajwi ntiyumvikana neza
@user-gb2gs7wm3r
Жыл бұрын
ARUMVIKANA NEZA CYANE UREBE IBYO URUKUMVIRAHO KO ATARIBYO BIBAZO
Ibihato nibiki?
Vestina
Ko ntamajwi
Numero zuwo mubyeyi muziduhe turababaye
@tuyishimejulienne5038
Жыл бұрын
Abamushaka aba icyangugu isohotse nyungwe ukabaza umuntuwese ahitwa kwa vestine usenga arahakwereka