WARATORANYIJWE NIBA UKANGUKA SAA 3:00 AM
#inzuyibitabo
WARATORANYIJWE NIBA UKANGUKA SAA CYENDA ZO MURUKERERA, URI UMUNYAMUGISHA NIBA BIKUBAHO BURIGIHE.
Subscribe to my KZread Channel:
/ @dashdashtv
IG: / dashim250
Facebook: / dushimimana.dashim.9
Пікірлер: 50
Uko nukuri sacenda wumva umenga nuwugukanguye kandi iyomfukamye iconsavye Imana irakimpa iyo saha yubahwe dashimu nongeye kugukunda kuruta Imana ikongere umugisha uruwudasanwze
Murakoze cyane rwose nange burigihe iyonshoboye kubyuka iyisaha gasegera ikifuzo byaze bikunze iyonongeye nkaryama gahita mbona igisubinzo kibyonasegeye gusa harigihe biza bindahuye nibyoshaka nkajijiganya ariko iyo bimbayeho mpita nibukako nabilose imana iguhumungisha urategula ntusazwe
Nibyo birakora cyane kuko iyo wasenze saa Kenda uwo munsi wirirwa Umeze Neza kuko nabatizera Imana nibwo bakora.
Nukurii isaha ya 3:00 Zi joro ni Saha ikomeye cyanee yo gusenga
Hari nabavugako sa cenda y’ ijoro imyuka mibi iba izerera nigihe Ciza co gusenga kugira twirukane imbaraga mbi za satani. Imana Yubahwe
NI ukuri rwose nanjye iyo saha ndayubaha impuhwe za nyagasani zitugeraho tugasubizwa turi abagabo bo ku bihamya
Hariho umuntu yigeze kubwira yuko ahora abona ibintu ukamenga yarigeze kubicamwo canke kubibona nkawewe ubona wobifata gute dash
Ndagukunda cane Dashim,ur, umugisha kr twebwe, kuko uri Gaciy, ubwenge. More respect you🙏🙏🙏🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Imana iguhezagire mutama ndagukunda cane
S Amakuru dashim turagukunda cyane. Ibiganiro byawe biratwubaka cyane❤️❤️❤️❤️
Nanje akenshi ndikangura hagati ya sacenda na sakumi haraho nsenga ariko kubera intege nke zabantu ndumva imbaraga zisunikira gukubita urumenyetso gw umusaraba nkanavuga ati Uri Mana ushoboye Mwami
Nanjye bimbaho cyane ahubwo najyaga ngira ubwoba nkagirango nibibi,, urakoze cyane rwose
Uri umuhanga pe!
Aho niho nibera ,niyo mpushije ndababara
Thank You Dashim Uri Impano Imana Yaduhaye Umunyamakuru Wambere Uzi Ubwenge Mu Rwanda Ndagukunda Setu %
Ndagukunda cyaneeeeee
Dash watubwiye se guhuza isaha niminota love you
Second!
Niba bitakubangamiye wankandiye kuriyofoto ukankorera subscribe. Murakoze cyaneeeee
Asanteee bro
Courage mukuru wanjye
Mpise nsanga ari 03:03pm
Turagukund i burundi gusa mfise ikibazo mbe murafise group ya wtsp????
I'm the first
💕💕💕
I am a chosen one,uravuga ukuri kbs.
komeracyane muvandimwe
Nkwibariz? Uvuz ko sacenda vyinshi mwikorana buhanga biba vyazimy or muri Africa ari saa cenda nyamara muri Amerika nahandi baba bakiri kumugoroba none ko bamw bavyuts abandi baba badyamy izo saa cenda zose zifise umumaro umwe? Cank saa cenda ya hamwe icigira valeur y'isaha abandi baba bariko? Munpay umuco vyamfasha murakoze.
Reality
guhora se urambura ahantu hamwe mugitabo bivuga iki?nko muri bibiriya ugahora ugwahantu1
Murakoz gusa jew nakunze gukanguka sasita yijoro
Nimba ntabagoye wankoreye subscriber kwifoto yanjye muraba murakoze
@ndacyayisengajeanbaptiste871
Жыл бұрын
Uratugoye
Najya ga mbipi nga uhe reye none ahubwo nda chyi mo alam 3:00
Murakoze cane
Nanjye iteka iyo ndebye isaha aba ari 11h11 sinzi impamvu nanjye gusa mbyibazaho
🥰🤙
Nkunda ukuntu wigish utuje knd ukigish ibintu nyakuri
Muraho neza Dashir njye hari ibintu bimbaho bikanantere ubwoba cyane. Bisa nibyo utubwiye, njye biba kenshi bitangira nsa nurwana nizindi mbaraga like ikintu cyamboshye rwana nacyo then nkakanguka nsa nuwigohotoye ikintu ariko nkumva mfite ubwoba noneho nkajya gufata phone kugira nse nubyibagiwe. Ariko ikintangaza cyane nuko ndeba amasaha bigahura na 1:23 cg 1:24 ntibirenga aho
@joyofsalvation8630
Жыл бұрын
Ubisengere Ubashe kubona ubutsinzi bw'Imana
Thx muzitubwire ku kamaro kamavuta ya elayo ayo bshi bakoresha mukwihumanura mu bintu bitandukanye
Subscribed ✅
mwansobanurira icyokwambara umuringa kukaboko icyobimase.please
Nibyiza ariko ntagihe sa 11 izaba sa 5 ahari nimyunvire benshi badahuje
😂😂😂😂 birantangaje iki kiganiro ncyumvise ubu murebe twe turi 3:00am east time 🇺🇸 kandi sinarinabiteguye
Ahoho ngiye gufatiraho🙄uziko nubwo mba nare ndush binganiki sacend nikangura🙈nahor nibaza ngo birasanzwe ahubw ndumva ngiy gufatirah p
nonese brother iyo urebye k Isaha ugasanga imibare irahura kenshi bivuze iki? ex 10:10 cy 15:15.murakoze
iri npano Inama yaduhaye uduhindurira ubuzima
No no no ntabwo aribyo Ibi muri Psychology yabyita Habitude