UWAHANUYEKO HARINYUBAKO IZWI IGIYEGUSHYA MUMUGI NYUMAYUKO IHIYE ATANZE IMBUZI KUBANYARWANDA UMVA UKO
#IMANIRAHARI TV#0789265760#
Uru ni urubuga runyuzwaho inkuru z'Iyobokamana duhagurukiye kwamamaza Ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo.
Mwadushyigikira mukora subuscribe,share like na comments
MURAKOZE CYANE!!!!!!!1
Wifuza kuvugana natwe cg kuduha ibitekerezo n'Inama waduhamagara kuri 0789265760
Пікірлер: 34
Ariko munyamakuru wowe iyo ubaza ngo abantu bakore iki wowe ubwawe ntiwakwisubiza? Reba ubwicanyi,ubugome,uburiganya,uburyarya,ubusambanyi,ivanguramoko,... biri muri iyi si cyane cyane mu Rwanda! Naho gusenga uvuga rwose mu Rwanda Turimo turabakirisitu benshi ariko basenga nk'abafarusayo! By'umuhango! Mana dutabare pe😭😭😭😭
Ibyo uyu muhanuzi yahanuye rero Hari ubuhanuzi bukakaye cyaneeee 😭😭😭 nabisomyemo muri 2015 ko Hari inzu ndndw izashya muri Kigali akaba yaravuze ngo icyo ni ikimenyetso cy'uko ibyo avuze bizaba bigiye gusohora!
@ruberanzizamartin9417
19 күн бұрын
Wiriwe nubuhe buhanuzi yari yavuze icyo gihe? Gusa dukwiye gusenga cyane
@ashwida5883
18 күн бұрын
uuuuhh, Uriya wavuze iby’inyubako ndende izashya muri Kgli, we yavuze ko bizagorana kuyizimya ngo bizasaba ko haza indege, yongeye avuga inkongi I Rwamagana na Ngoma, Uriya we sinamenya da 🤷♀️
@ashwida5883
18 күн бұрын
@@ruberanzizamartin9417ni bumwe bita ngo ni Chorale Ikosora bwa Hakizimana J Bosco 🏃🏻♀️🏃🏻♀️🏃🏻♀️🏃🏻♀️ Nububona uzabwumvane gutuza n’ubwenge uvangura urobanure ibikwiye
Erega ntimugahanure ngo muse nabafite ubwoba kuko niba muhanura mu izina ry'Imaana isumba byose,mumenye ko Imana idakunda agasuzuguro.Kandi ibyo Imana yavuze byose bizasohora.
Uwiteka ongeramavuta kubakozibawe Eric Imani kuzamure kdi amavuta yuwiteka akurangweho
Nkunda ukuntu udakabya, mtàkwishyira hejuru wigirira disi
Ubyuvuga byo nukuripe dukwiye gusenga cyane
Ntamahoro y abanyabyaha niko Uwiteka avuga
Nukuri IMANA iguhe umugisha ukumutima utera dusenge gusenga ubuzima papa nukuri
IMANA. Iguhe umugisha❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊😊 14:30
Mana weee,uturengere pe! Gusa muze duce bugufi dusenge lmana yakwibuza kutugirira nabi!
IMANA iturengere Amena
Imana itwumve kdi idushoboze
Iyo yavuze ntawaceceka
Nibyo inzu yarahiye amavuta
Urakoze imana iguhe imijjyisha
Yesu aturengere
Ikibazo si ugusenga kuko urebye insengero ziruzuye,imisozi yuzuyemo abasenga,imizigiti yuzuyemo ba Shehe! U Rwanda ngira ngo ni cyo gihugu cya mbere muri Africa gifite abasenga benshi. Ikibazo kiri mu guhinduka kw'abantu! -Jenoside yaje abantu hafi 99% basenga! -Insengero ziciwemo abantu bazihungiyemo Kandi bishwe barimo gusenga! #Ufite amatwi arumve !
@nyirangirimanaagnes8651
19 күн бұрын
Nibyo....abanyarwanda twihane,tduhinduke butyo duhunge umujinya w,Imana.
@ferdinandrurangwa7910
16 күн бұрын
Ariko u Rwanda ibyo muba muruvuga nuko aricyo gihugu Kibi kwisi,muri Africa ahubwo muba muri mubyirari ryanyu ahubwo mwubahe Imana ninzira zayo muve muby'amarari y'amoko muba mubana nayo munsengero mwarota ibyo mwirirwamo mukavuga ngo mweretswe mbabazwa cyane nabatarabamenya icyo nababwira ni mukizwe banyarwanda icyo twazira ni ibyaha byacu ubundi muve kuri aba baba biyita abahanuzi kuko ngirango murabibona ko bagwiriye kandi ibimenyetso murabibona nuko mutabyitaho uzumve ibyo barabivuga bamwe bakakubwira nukwezi nitariki numwaka mujya mubona biba? Mwebwe murwane intambara yo gukiranuka gusa nibyo dusabwa naho abavuga igihugu bo mubareke baba bafite impamvu zabo
Abanyamahanga nabo bafatiyambere bibwirwa isi yose.
Nukuri.imana.iturengere pe
Nkunda ukuntu uvuga wirurije rwose pe! Sinkabamwe bazana ibikabyo bakangata!
Yeeeeeeeeeeeee yooooooooooo Bamwizi inyezi
Niwe wayitwitse se😂😂
Ubirimo wowe
Genocide barayihanuye ntiyabaye? Nonese ibindi byo ntibizasohora?
Aragira ati Ndabwira isi yose! Ubu se ko avuga mu kinyarwanda abacyumva ni bangahe ko ari abanyarwanda n'abaturanyi bacu nabo bake!
@claudehabimana3109
17 күн бұрын
Wowe wumvise yibwire yibwire Utekerezako igihugu kitarimo uwumva ikinyarwanda kwisi wagikurahe?
@anesiendaz9890
17 күн бұрын
Uuuuu, hari isi ubu idafise amatwi??? Abantu barumva ,bara translating mundimi bumva.
Ni igihe gito byo