Isimbi rya Yesu uri umuhanga cyane. Nibazaga niba hariya wasobanuye dépendance affective (kuko iyi ni pathology iruhije kwigobotora kandi wowe uri très équilibrée) muli iriya minsi ya mbere y urugo rwanyu bien que koko wari warabuze papa ukiri muto, noba ahubwo atari phase Eros wari ukirimo kuko nk uko ubivuga niho impinde kubagore ziba zikaze, noneho uko winjira muri philia na Agape bigashira. Ntiwibeshyere, wari muli phase 1 ya les 3 de la vie du couple. Ntiwirenganye rwose ni suite logique...kandi sagesse ufite ubu irasobanura temperament yawe. God bless you and Hervé.
Nivyiza ko yavyakiriye ariko hariho ivyo bita language d'amour ...umwumvirije bisigurako language d amour yiwe ntiyarihuye niyumugabo Kandi birasanzwe.so iyabantu bari murukundo rwukuri atarurwo rwogutimbirako excuse moi du terme... umwe wese yiga language d amour yuwundi hama ugakunda uwundi uko yumva kakunzwe donc suivant son language d amour.kuko murukundo nukwiheba mukiheberanira. Nivyo nibaza urukundo rwukuri ahumwe anezera uwundi uko abishaka. Ex ashaka gukundwa nko muri film nyene yarigukundwa nko muri film normally. Gusa nintwari ko yashoboye kubana navyo Kandi ubu akaba anezerewe.
@salama5156 Жыл бұрын
Good 👍
@kindness87632 жыл бұрын
Iryo ni ibanga udakwiye kuza kuvugira kuri camera
@beatricesabin5607 Жыл бұрын
Sha ibi biranyubatse pe
@ingabiregrace2965 Жыл бұрын
Sha wagirango niwange pe keretse tubashe kuganira visa a vi Wenda byanfasha.
@bulegeyanathan48262 жыл бұрын
😍😍😍😍😍😍😍😍
@hhhhnukoye21282 жыл бұрын
urumunyabwenge pe
@abimanamaritha5959 Жыл бұрын
Nkunda udu story twawe ugenda ucangamo
@mukamutarajacqueline7758 Жыл бұрын
Ariko disi musaza wacu yagiyey he ko atagikoma! Yabaye amahoro kweri
hari nigihe biterwa nuko abantu batabw izanije ukuri mu gihe cyo kurambagizanya
@nduwayezuancille65062 жыл бұрын
Mujye muvana imiteto aho.ubundi se ko muba muhuye mukuze mugahuriza kumushinga wo kubaka urugo ikindi muba mushaka ni iki .musabwa kwakirana hagati yanyu.kandi bakobwa ntimukibwire ko ingo zizaba nziza kuko abo mwashakanye babumvira kuri buri kimwe cyose
@agnesishimwe4204
Жыл бұрын
Ariko ubanza ufite ibikomere.erebyinshi,!!! iyo wumva udafiticyo kuvuga ntiwakwicecekera ukareka kwuka abantu inabi, come down sanga isimbi muganire kuko usa nurushye mu mutima my dear
@soson10752 жыл бұрын
Sha niko ingozimera , nibenawe ugezekure nahotwe nibwo turikuzinjiramo
kzread.info/dash/bejne/g2p_uqdsgbu6iZM.html Ndabakunda cyane kbs
@abelsontv4976 Жыл бұрын
kzread.info/dash/bejne/gW2upbKOdNaZibQ.html Yitwa Turahirwa Moses. Ageze ku rwego two kwambika Jason Derulo kandi hari abamupingaga ngo akora ibidahura. Ni umusore 32 aged uri gucicikana kuri social medias kubera ibikorwa byo kugaragaza amafoto ndetse amashusho yerekana ubwambure bwe ariko akaba yari asanzwe anafite inzu y'imideli yambikaga abakaze bifite harimo na Presidence y'igihugu.
@-Diane19992 жыл бұрын
Lol
@thewayofyahusha46072 жыл бұрын
Ibi nibyo amasengesho akora kzread.info/dash/bejne/Y2x5sq9-mqzLhNo.html
@chaniasuperkid75792 жыл бұрын
Urugo rwarakunaniye, biragusa pe!
@prospermuziranenge
Жыл бұрын
Yari akiri muto
@nikobizabachristian77122 жыл бұрын
Igihinde cyahindaga muri we mu bwonko bwe harimo "intambara y'igihinde n'Uburokore"!!!! Ahubwo nyuma y'iki kiganiro Mbabazi Gerard azadushakira "Umuganga wo mu mutwe" nka Patrick Rwagatare (CHUK) aze kutubwira uko bigenda ku mugore mu bwonko harwaniramo "igihinde n'uburokore"! N'umugabo we umutumiye ukamubaza gusa uko "igihinde cyahindaga" twakumirwa! Mbabazi ashobora no kuzadutegurira ikiganiro ku kuntu kubandwa byagabanyaga bene ibyo bibazo. Nta muti nta rukingo kuri bene aba bagore uretse kubandwa cga akajyanwa nk'aho babyina ikimansuro, mu tubyiniro bikamufasha "gukina igihinde" umugabo agahabwa amahoro.
@nyirandaberetseolive1535
2 жыл бұрын
Ariko ubanza utumvise ibyo yashatse kuvuga,igihinde yavuze si za ndirimbo ahubwo ni romance ibamo kimwe no muzindi film zose,uyu mudamu kimwe nabandi bagore benshi yumvaga bakundana bigaragara kbsa akamuterura bagakina nibyo yashatse kuvuga.
@nyirandaberetseolive1535
2 жыл бұрын
Ariko ubanza utumvise ibyo yashatse kuvuga,igihinde yavuze si za ndirimbo ahubwo ni romance ibamo kimwe no muzindi film zose,uyu mudamu kimwe nabandi bagore benshi yumvaga bakundana bigaragara kbsa akamuterura bagakina nibyo yashatse kuvuga.
@andrengabonziza56042 жыл бұрын
Gérard Mbabazi! Ese burya, uri mubanduye indwara yo kuvuga nabi ururimi rw'ikinyarwanda? "Ndi kuvuga" koko! Urwo ni urugero rumwe mu makosa akorwa na benshi. Ku munyamakuru ho ni igicumuro! Uvuge amashapure icumi rero! Ubundi ukora akazi kawe neza.
@bizimunguadolphe1973
2 жыл бұрын
Hhhhh Mubabarire
@sangwapierrine134
2 жыл бұрын
Icumi yose 😍😍😍Uramuhannye koko
@andrengabonziza5604
2 жыл бұрын
"...mu banduye..."
@mukarugiradative7688 Жыл бұрын
Unkoze ku mu tima unsengere nange iyo umugabo ambabaje ndarira kd ambwirako bimubangamira sasa noneho kuvuga birananira nkaba namara 2h amvugisha kumusubiza byanze ni ukuri.😭😭😭
Пікірлер: 140
KURIKIRA IBIGANIRO BYA ISIMBI RYA YESU HANO kzread.info/dash/bejne/om2AybephaytgLw.html MUGORE IBI BINTU NUBIKORA AZAHORA AGUKUMBURA
@lucillekankazi8073
2 жыл бұрын
Sha ndumva duhuje Byinshi, gusa njye nteye ukuntu birangora kubabarira kd sinzi kuryarya ubwose nzabigenze nte ngo mbashe kubirenga bagenzi???
Isimbi nkunda ukuntu iyo uvuga ku rugo utaba umuhezanguni biblique, féminine… you always balance & make it very interesting and real!
Uyu mudamu icyazampa rimwe tugahura ndumva dufite expérience zisa kurugo njye étape y'urugo rubi nayimazemo imyaka irenga itanu muby'ukuri ntabwo aba ari rubi ahubwo njye nabyita KO aba ari inshuri abashakanye baba barimo bikagera igihe cy'ibizamini mukabitsinda mukimuka bikagera igihe cya stage ikarangira mukabona diplôme hanyuma mukajya gushyira mubikorwa Ubu ndi muri étape y'urugo rwiza ni ukuvuga mugushyira mubikorwa bitavuze ko ibibazo biba byarangiye burundi ahubwo umuntu ABA yaramenye uburyo bwo kubikemura Cyokoze njye sinigeze ntekereza ibya divorce ahubwo nari ntangiye kwakira numva KO ariwo musaraba wanjye Ariko iyo umuntu amaze guhumuka akamenya KO umwanzi barwana atari umuntu burya biba byakemutse
Yesu ampere umugisha uyumu maman nanje nisanze ivyanje bimeze nkibi vyari bimuriko kera nn ndarose umuti.ngiye kuza ndabishira mungiro ndabeko bizorushiriza kuba vyiza!knd tudahendanye abakenyezi benshi tumeze uko mungo!turishavuza habaye akatagenze neza!!Yesu aguhezagire Maman urampinduriye amateka ndagukunze cn ndi i BURUNDI i GITEGA
My favorite journalist 👍👌 nkunda ibiganiro byuyu mubyeyi byose, elle est très sage et belle.
Uzatumire umudivorce ushaje nawe atubwire icyamunanije cyane ko aba yarihanganiye byinshi akananirwa akuze.
@jkjk1194
Жыл бұрын
Ibyo biterwa nuko washatse abo ba divorce uvuga ubwo bashatse nabi ariko ntibivuze ko uwe yarameze nkabo
Sha kuva nareba ibiganiro bica kuma online Tv mbonye ikiganiro gifatika!😅reka nkore sub😂kwa Isimbi rya Yesu!! She’s Honest
@mussaafsa7066
2 жыл бұрын
Yes giravuba kbsa , uyumubyeyi azikwigisha!
Intururo nkuyemo:hari igihe ufata umuntu ugashaka kumugira nk'uko wowe utekereza noneho bigatakaza kumubonaho ibintu byiza afite.Merci madame.
Mfashijwe,nuko muribyose wihereraga ukabyereka Imana.Isengesho nintwaro ikomeye mukubaka urugo.
I like the voice of this girl
Umugore wubwenge yubaka urufo rwiza ndagukunda isimbi rya yesu
Mana wee. Ndisuzumye nsanze mfite ikibazo pe. Kuko iyo mbabaye cyane mpita numva natandukana n'umukunzi wanjye kandi nkabimubwira maze akababara akandakarira agahita antonganya ngo kuki nkunda kumubwira ikintu cyo gutandukana. Finally menye ko mubabaza gusa we ahita ambwira ko ndi kwibeshya tutazatandukana ko ankunda. Akenshi akunda kumpobera akambwira ko ankunda maze ngacururuka. Akenshi icyari cyimbabaje tukakiganiraho bigashira tugaseka. None nsanze muremerera. Gerard wakoze kutuzanira uyu mubyeyi.
@soson1075
2 жыл бұрын
Ntago ariwowe wenyine
Ubuzima bw'iyi si Niko bumeze ni ishuri duhuriramo n'abarimu benshe batandukanye,mwumve ko Ari urugamba kdi umusirikari warwanye intambara nyinshi nubwo yakomerekeramo,aba azi inguni zose umwanzi aturukamo urugo ni ishuri benshi birukira kubaka nk'uko umuntu yakurira vora ngo atware atarigeze yiga amategeko y'umuhanda
Ntabwo biba byoroshye ibyingo zubu uwo mufandimwe nakomere nange byambayeho ntakwabuki nzi😭
Aba gore barihanga na koko GUsa Njye mbona twaga kwiye kubaha uburenga nzira bwabo
@chamu2627
Жыл бұрын
mbonye umugabo ubonako abagore bakeneye uburenganzira bwabo!!!imana iguhe umunezero wamuntu we
Sha isimbi ndakwikundira nkwigiraho vyinshi. Nukuri ufasha benshi kandi urincabwenge
Unkoze ku mu tima unsengere nange iyo umugabo ambabaje ndarira kd ambwirako bimubangamira sasa noneho kuvuga birananira nkaba namara 2h amvugisha kumusubiza byanze ni ukuri.😭😭😭
She is amazing woman! Abandi baraza ngo braaaaaa umugabo yankoze ibi kandi babeshya
Nkwigiyeho byinshi ndumva nezaneza aringe nukuri nonehongewe ikirenze ibyo kubera gukura ntababyeyi numvaga ariho nzatetera mbese nkibagirwa agahinda kubupfubyi ariko nasanze bitandukanye
Basha nsanze duhuje ubuhamya kandi nsanze turi benshi twahuyr nabenivyo.Ariko hashimwe Imana yamfashije nubu ikimfasha nkaba ngenda nsobanukirwa.
Njye ndinze nsaza ntarabona umugabo w’umunyarwanda uri romantique!!!! Ngirango baba bumva ahari baba batakiri abagabo!!! 🤷🏽♀️
@sandrinedudu1798
Жыл бұрын
Babaho pe
@lus4277
Жыл бұрын
@@sandrinedudu1798 ah bon! Ntawe ndabona pe!!
Mubiganiro byawe nanjye mpigira ibintu byishi cyne kandi nsanze nanjye mfite amakosa nukuri urakoze cyne mugore mwiza.👍❤💋
Ariko nagirango mbabaze Niki. Burya ahanini abagore tuzira inzara. Buriya nyabusa iyo haza kubamo n'inzara mwibyo byose uba wararebye ibintu mu bundi buryo. Kuko umugabo umeze utyo akongeramo no kudahahira urugo rwe , aragora kumugumaho. Muzavuge no kuri Abo bantu. Ni buryo ki umugabo yakwitwara Ku mugore mu gihe habonetse crise cyangwa ntabyo kurya biri kuboneka. Mbega ndavuga mu nzara.
Urantwengej waruziko ujekwikinira agahindi 😍🙌💗
Wawooo!!! Good uri umumama mwiza cyane kdi utanga inama nziza cyne
Urakoze cyane sister uratwigisha mubintu nbyinshyi Imana ikomeze kukurinda
Inkuru nziza vraiment , iribufashe abantu benshyi.
Isimbi rya Yesu uri umuhanga cyane. Nibazaga niba hariya wasobanuye dépendance affective (kuko iyi ni pathology iruhije kwigobotora kandi wowe uri très équilibrée) muli iriya minsi ya mbere y urugo rwanyu bien que koko wari warabuze papa ukiri muto, noba ahubwo atari phase Eros wari ukirimo kuko nk uko ubivuga niho impinde kubagore ziba zikaze, noneho uko winjira muri philia na Agape bigashira. Ntiwibeshyere, wari muli phase 1 ya les 3 de la vie du couple. Ntiwirenganye rwose ni suite logique...kandi sagesse ufite ubu irasobanura temperament yawe. God bless you and Hervé.
@urayenezanoel4778
2 жыл бұрын
uyumukobwa azubwenge p
@fannyyamfashije1511
2 жыл бұрын
Murwubake rugume isimbi urimwiza urimo ubuhamya bwakomeza abageze mumanegeka.bravoooo
Nanjye umugabo yatanguye kunkubita maze ibyumweru bibiri iwe kandi yari yantoye ndi sugi maze ibyimweru bitatu dusezeranye yankubise umugeri nubu ukuguru kurandya maze imyaka 18 nubatse ariko naratanye 😭😭😭
Uri imfura pe. Imana izakubakirw ruhame. Que l’Eternel t’eloigne de cet enfer. Amen
Umugabo wuyumugore ameze nkajye ibintu byogusabana cyane byarananiye pe
@eugeniedushimimana132
2 жыл бұрын
Sha bibaho pe. Gusa kuko ex husband wanjye yari acecetse ubu ntinya abantu bishima ntubimenye.Ubu umukunzi mfite ababaye ndabimenya,yanakwishima ndabimenya. Turashwana sometimes ariko numva ko ariwe rukundo nari narabuze kuko igihe tumaranye twarakiranye. Numva ndyohewe cyane. Ariko hagati aho niba wowe ubasha gutobora ukabwira umufasha wawe cg umukunzi wawe ko umukunda uri intwari cyane.
@nshimiyeemmy160
2 жыл бұрын
@@eugeniedushimimana132 byose biva kukuntu ubawarakuze urerwa kenshi kurerwa bagukanga nizongaruka bitera ex wawe wabona waramurenganyije
Kuvuga ko umugabo yaguciye inyuma se ubwo ntibizagusenyera mubyeyi? Iyo unabivugira kuri channel yawe byazaba ngombwa ukazisiba. Naho igihe uzakenera kubikuraho Gerard ashobora kuzakwangira Kuko video izaba yararebwe cyane
Isimbi ryayesu , umugore mwiza kandi ufite ubwenjye kandi ukora Cyane ❤️🥰 Urakoze kutubwira igihe utari wishimye murugo kuko bibaho pe, gusa akantu wonjyera kumenya ufite umugabo mwiza kandi ugukunda nkurikije ukomwatangiye, iyo azakuba ari umunyamujinya yarikujya agukubita muri icyo igihe wamwiyenzagaho ushaka ibyo adafite rero aho niho urugo rusenyuka burundu. Ujye umushimira yamenye inshingano ze zo gukunda umugore we akanihangana bigashira. Imana ikomeze ibabe hafi muri byose🥰🥰
@hitamungujeandamascene5710
2 жыл бұрын
urugo ni kaminuza itarangira
@lus4277
2 жыл бұрын
Nta gitamgaje yakoze, umugabo n’umugore bombi bahura badahuje dna, batararezwe n’umubyeyi umwe, bataragije experience imwe y’ubuzima; byanze bikunze bagira ibibatanya! Rero uko umwe yamera, uko undi yamera; yaba umugabo, yaba umugore bakwiye kwihangana! Kera amafuti y’abagabo yarashyigikirwaga! Bati ni bwo buryo bwe!!! Bigatuma abagore bose babaho kuri depression kuko nta effort abagabo babo bakora! Abagore yaba afite akantu umugabo adakunda, akakagira excuse kumusenda, kumushakiraho undi, guta urugo etc. Kandi ikibi cy’abanyarwanda (abagabo) hari n’indi mvugo ivuga ngo “urukundo rw’umwana ruba ku mukondo wa nyina” VRAIMENT!!!!! TRULY!!!!! Umugabo akaba fiere akumva ni umugabo kandi atazi uko abana be bariho, atazi uko barya, atazi uko biga ngo ntagikunda nyina ubabyara! Nyamara yakinjira inshoreke ifite abana, akabakunda akabarera nk’abe!!!!! Nyamara amafuti y’umugabp niyo amwica! Iyo baba bayemeraga bagahinduka, u Rwanda rwabaye rwiza!!!! Imana ijye ibafasha!!! Muri 2022 nta mugabo wagombye kuba agitekereza gutya!!! Na Bibiliya yabagereranije na Kristo ariko igiye kugereranya abagore ibagereranya n’inzabya zoroshye! None kuki biba le contraire muri Africa?!? Kuki abagore aribo bubaka, bavunikira ingo?!? Yewe no ku matorero yacu nabonye abagore bigishwa iby’ingo n’imyitwarire 5fois plus que abagabo!!! Nabo bakeneye kwigishwa pe!!! Abahungu banjye bazi ko hari ibintu ntazemera mu ngo zabo!!! Bakeiye kumenya ubwenge!
Shawe nanjye mfite umudamu ateye Nkuko umugabo wawe yarateye ndabihiwe peee ntiwabyumva Ariko ntakundi?
Ikiganiro kiranyuze pe. Urakoze isimbi rya YESU
Iyo titre ko iteye ubwoba Gérard uhava umukwegera Hervé aramwirahira. Urazi gukuramwo umuntu inkuru ivyo bintu sinari bwumve Isimbi rya Yesu abivuga.
Imana iguhezagire cyane unkoreye umuti unsanze mugihe nyacy pe
Wahavuye uhindura titre y' iki kiganiro Gérard, waragize neza Isimbi wacu vyari kumuteza ikibazo n' umugabo wiwe ndazi ko nubundi ntihabuze akaciyemwo. Kandi ntiyari yabivuze précisément nkuko wari wavyanditse muri titre yari yabiciye iruhande nawe.
Isimbi rya Yesu you are special
Tukuri inyuma isimbi we kandi courageux kbsa. Gsa kandi woe duteye kimwe mana weee numiwe pe
Wari wararebye film zi gihinde cyane
Oooooh i love you Isimbi❤️❤️❤️🔥
Rwose ubuhamya bujya busa ndemey ,Uzi gutera agastory bikarangira arinawe usetse wenyine
Isimbi 😍😍😍😍😍😍
Isimbi ndagukunda mukobwa mwiza
Gufana équipe zose noneho uranyishe 🥰🥰
Erega abakobwa bakiri amasugi nubwo tubakunda kugirango bazaryohe nikibazo ese ubundi dukundira iki amasugi kandi twaraporomotse twagiye twifatira ibihomoro bigenzi byacu nka isimbi yagiye murugo bamuca inyuma yarakiri nyiramasugi ubwo rero bamuzengurutse kubera ko umutware we yikumburiraga ibihomora
@fridahmurungi1789
2 жыл бұрын
Mbega comment😁😁😁😁😁😁😁😁
@clementinekaranga3416
2 жыл бұрын
Ahuii 😃 😃 😃 mbega wowe, ikibazo ibirara niyo bishakanye ntibibana
@chamu2627
Жыл бұрын
Uti guporomoka😂😂🤣🤣🤣🤣🤣
Imana iguhumugisha umvugiyibintu
Isimbi ndagukunda peee ndi umusore ariko ninjya gushaka nzaguhipa kuko mbona uzafasha byinshi my future wife!!
isimbi rya Yesu nawe uranryoheye can .ikikiganiro gitumye nzohora ndaba isimbi rya Yesu.kwubaka ntivyoroshe kuel.jew mbere ndatinya
@enockniyomushumba5618
2 жыл бұрын
Yego rata isimbiwe abagore benshi Niko tumere iyotutarasoba nukirwa aboturikumwe
@uwamahirwejosiane5261
Жыл бұрын
Wao ndagukunda pe urumuma utanga inama nzima
Ngukunda cyane mama
Gerald ibintu bya e-guriro wagiye ubyihorera koko! Kugirango ubyumve neza, uzabahe link y'ikintu ushaka kugura maze rebe additional cost bashyiraho!
igihe warira niho warukomeye .ahubwo guhura numugabo atagutetesha utabony na papa waw nikibazo.uranyigishij can .
@mushimiyimanaclementine8109
2 жыл бұрын
Nzatetera mwijuru
🤣🤣🤣🤣 Isimbi,uransekeje caaane, wubahwe 🙏🏿
Ndakwikundira uwo mumma
Ancient inyuma nazamuca inyuma nanjye!!
Ivugire sha:Ukize ingwe arayiganira!
@therencempabwanayo8920
Жыл бұрын
Impore my friend. Ndumva warababaye
Yesuweee nijyewe gusa gusa mbese duhora dutangira kwelii 😂😂😂 arko ndigaye pee ntibizongera
Ibyonibyobihe benshi bagwamwo indinenjye yigitsinagore nuko batisanzura ngobavugukuri kubagabo babo
Mana weeee! Umugore uzi ubwenge,mwiza nkawe.... umugabo akaguca inyuma. Abagabo nabarozi.
Mbega agakobwa keeeja
Gerald urumuhanga mukubaza gusa wahuye nunuhanga nanone mugusubiza byari biryoshye
Ibyo b'ukuri ararazwi kandi neza. Atang'inama zihumuriza.
Ndumva tumezekimwepeee
Uza mumbwire afane rayon wowe se ufana iyihe?
Wakoze amakosa !!!!wagombaga kuba warabyize !!!!lol Experience was needed
Nkunda isimbi disi. Story yawe iba iryoshye kandi uzi kwigisha cyane 💗
@hitamungujeandamascene5710
2 жыл бұрын
sha mu rugo haba byinshi ariko urugo rubi rurutwa na gereza! uzi umugabo/gore usahura urugo?uzi umugore uguca inyuma akanabikwereka kandi mutagitandukanye aha ndashaka kuvuga mufitanye abana kandi utari bumwirukane ngo ba bana ubabonere undi nyina ukazibukira ukabana n'icyo gisebe mu mutima kugeza upfuye utumvise umunezero n'uburyohe bwo kubaka urugo na rimwe.
Uri uwagaciro muri iki gihe kabisa!!!IMANA Ikomeze Iguhezagire nukuri!!Niba utazi nicyo waremere,nibyo nukuri. Ukomereze aho,IMANA ibigufashemo.
@muhorakeyehenriette5886
2 жыл бұрын
Fhhyuuiiio
Komera Gerard we! Tugusabye kwigiza micro yawe Kure y'umunwa Gato. N'umwuka wawe urahuhamo bigasakuza. Murakoze.
Nivyiza ko yavyakiriye ariko hariho ivyo bita language d'amour ...umwumvirije bisigurako language d amour yiwe ntiyarihuye niyumugabo Kandi birasanzwe.so iyabantu bari murukundo rwukuri atarurwo rwogutimbirako excuse moi du terme... umwe wese yiga language d amour yuwundi hama ugakunda uwundi uko yumva kakunzwe donc suivant son language d amour.kuko murukundo nukwiheba mukiheberanira. Nivyo nibaza urukundo rwukuri ahumwe anezera uwundi uko abishaka. Ex ashaka gukundwa nko muri film nyene yarigukundwa nko muri film normally. Gusa nintwari ko yashoboye kubana navyo Kandi ubu akaba anezerewe.
Good 👍
Iryo ni ibanga udakwiye kuza kuvugira kuri camera
Sha ibi biranyubatse pe
Sha wagirango niwange pe keretse tubashe kuganira visa a vi Wenda byanfasha.
😍😍😍😍😍😍😍😍
urumunyabwenge pe
Nkunda udu story twawe ugenda ucangamo
Ariko disi musaza wacu yagiyey he ko atagikoma! Yabaye amahoro kweri
Ko waba se ugiye kwisenyera niba byarabayeho koko
Akajwi kawe ariko…. Kanyuze umutima peeee!!!!
Gerald azi kubaza koko
Uraberewe uduhe numero yuwagusutse uraba ukoze.
uti ngwiki??
ikiganiro cyiza kirimo ukuri ariko kwiyubashye
@lolitaimena9782
2 жыл бұрын
Rwoseeee
Urugo rubi rurutwa na gereza pe
Mujyemudushyiriraho nambazabo
Nubwambere numvishishe umugore yemerera amakosa ye!!
Karabaye Noneho 😆😆😆
hari nigihe biterwa nuko abantu batabw izanije ukuri mu gihe cyo kurambagizanya
Mujye muvana imiteto aho.ubundi se ko muba muhuye mukuze mugahuriza kumushinga wo kubaka urugo ikindi muba mushaka ni iki .musabwa kwakirana hagati yanyu.kandi bakobwa ntimukibwire ko ingo zizaba nziza kuko abo mwashakanye babumvira kuri buri kimwe cyose
@agnesishimwe4204
Жыл бұрын
Ariko ubanza ufite ibikomere.erebyinshi,!!! iyo wumva udafiticyo kuvuga ntiwakwicecekera ukareka kwuka abantu inabi, come down sanga isimbi muganire kuko usa nurushye mu mutima my dear
Sha niko ingozimera , nibenawe ugezekure nahotwe nibwo turikuzinjiramo
@prospermuziranenge
Жыл бұрын
Hhhhhh!nimwambare uniform mufate amakaye n'amakaramu mwige!
Guteta ntimugatete
kzread.info/dash/bejne/g2p_uqdsgbu6iZM.html Ndabakunda cyane kbs
kzread.info/dash/bejne/gW2upbKOdNaZibQ.html Yitwa Turahirwa Moses. Ageze ku rwego two kwambika Jason Derulo kandi hari abamupingaga ngo akora ibidahura. Ni umusore 32 aged uri gucicikana kuri social medias kubera ibikorwa byo kugaragaza amafoto ndetse amashusho yerekana ubwambure bwe ariko akaba yari asanzwe anafite inzu y'imideli yambikaga abakaze bifite harimo na Presidence y'igihugu.
Lol
Ibi nibyo amasengesho akora kzread.info/dash/bejne/Y2x5sq9-mqzLhNo.html
Urugo rwarakunaniye, biragusa pe!
@prospermuziranenge
Жыл бұрын
Yari akiri muto
Igihinde cyahindaga muri we mu bwonko bwe harimo "intambara y'igihinde n'Uburokore"!!!! Ahubwo nyuma y'iki kiganiro Mbabazi Gerard azadushakira "Umuganga wo mu mutwe" nka Patrick Rwagatare (CHUK) aze kutubwira uko bigenda ku mugore mu bwonko harwaniramo "igihinde n'uburokore"! N'umugabo we umutumiye ukamubaza gusa uko "igihinde cyahindaga" twakumirwa! Mbabazi ashobora no kuzadutegurira ikiganiro ku kuntu kubandwa byagabanyaga bene ibyo bibazo. Nta muti nta rukingo kuri bene aba bagore uretse kubandwa cga akajyanwa nk'aho babyina ikimansuro, mu tubyiniro bikamufasha "gukina igihinde" umugabo agahabwa amahoro.
@nyirandaberetseolive1535
2 жыл бұрын
Ariko ubanza utumvise ibyo yashatse kuvuga,igihinde yavuze si za ndirimbo ahubwo ni romance ibamo kimwe no muzindi film zose,uyu mudamu kimwe nabandi bagore benshi yumvaga bakundana bigaragara kbsa akamuterura bagakina nibyo yashatse kuvuga.
@nyirandaberetseolive1535
2 жыл бұрын
Ariko ubanza utumvise ibyo yashatse kuvuga,igihinde yavuze si za ndirimbo ahubwo ni romance ibamo kimwe no muzindi film zose,uyu mudamu kimwe nabandi bagore benshi yumvaga bakundana bigaragara kbsa akamuterura bagakina nibyo yashatse kuvuga.
Gérard Mbabazi! Ese burya, uri mubanduye indwara yo kuvuga nabi ururimi rw'ikinyarwanda? "Ndi kuvuga" koko! Urwo ni urugero rumwe mu makosa akorwa na benshi. Ku munyamakuru ho ni igicumuro! Uvuge amashapure icumi rero! Ubundi ukora akazi kawe neza.
@bizimunguadolphe1973
2 жыл бұрын
Hhhhh Mubabarire
@sangwapierrine134
2 жыл бұрын
Icumi yose 😍😍😍Uramuhannye koko
@andrengabonziza5604
2 жыл бұрын
"...mu banduye..."
Unkoze ku mu tima unsengere nange iyo umugabo ambabaje ndarira kd ambwirako bimubangamira sasa noneho kuvuga birananira nkaba namara 2h amvugisha kumusubiza byanze ni ukuri.😭😭😭
@muzirankonibetty9450
Жыл бұрын
Pole murwatwese