UMURYANGO 2:KWIKINISHA . ESE YABA IMPAMVU YA DIVORCE?
IRISAA TV ni twiyemeje gutanga umusanzu mu kubaka umuryango mu ndangagaciro za gi christo. Hari Inama wifuza kutugira cyangwa ubuhamya wifuza gutanga bijyanye n' umurongo wa IRISAA TV ? Watwandikira ubutumwa bwa whatsup kuri (+250)788429917.
#Irisaatv#umuryango#isimbi #tel_0788429927
Пікірлер: 8
Urakoze ku kuganira cyiza , usanga abantu benshi babatwa ni imigirire mibi kubera kubura kiyobora , mu Ngo ubu rero usanga ingaruka z'ibyo twakoze twiherereye byangize umuryango, abana ubyaye bakaba batujuje imimerere n'imisurire ibereye kubera ibyo bikoreye. Izi sujet ujye uzitegura zirafasha
Sujet sensible... Urakoze cyane Kuri iki kintu kibangamiye abatari bake. Courage courage
@r.filsjoe6225
2 жыл бұрын
@IRISAA TV
Merci pr ce sujet madam
Bsr ikibazo canje niki nkumugore yikinisha agasohora amazi akaruhuka navyo biratera ikibazo murugo???
Turi kumwe
aho gusambana nagatupa tu
@isimbiryayesu
2 жыл бұрын
Hhh Nabyo n'ugusambana kubi cyane. Ahubwo birenze gusamabana