UMUGAMBI MUGARI W'IMANA KU BUZIMA BWANJYE -- Past. Hortense MAZIMPAKA
Uru ni urubuga runyuraho Ijambo ry'Imana mu kinyarwanda. intego yacu no
gukwirakwiza ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo ko yaje mu isi
ngo umwizera wese ahabwe ubugingo buhoraho ku buntu.
wadufasha kugeza ubu butumwa ku bandi bose bataramenya inkuru nziza y'agakiza
Tito 2:11-12
Kuko ubuntu bw’Imana buzanira abantu bose agakiza bwabonetse,
butwigisha kureka kutubaha Imana n’irari ry’iby’isi, bukatwigisha
kujya twirinda, dukiranuka, twubaha Imana mu gihe cya none
Murakoze
Пікірлер: 10
Mpwemuyera yongere aguhishurire nibindi vyishi wongeye kunkurahamwe unshilanyahandi yesu akongere umugisha mwishiiiii❤
Yesu aguhe umugisha Mushumba
Amen. Ndagukunda yesu aguhe umugisha
Amen Amagambo yawe ajyanfasha Ariko irir IRI riruseho God bless you
Uhoraho akugirire neza bwira abana b'Imana bahore bibaza bati : nyoborwa nande ? Imbere yo kwikura mu mugambi w'Imana ❤
Amen. Unsabire maze igihe mfashe umwanzuro woguhindura imisengere yanjye , ubundi ndigusaba lmana ngo yemere imbere umuturanyi , inyigisho yejo yaramfashij kok iyo ufite umuturanyi wumukire kd afite numutima mwiza . Ntacyo wabura nanjy niko mbyizera unsengere unsabire imana basi yemere kwirengagiz uwondiwe kuko ndumunyabyaha cyn yemere aze abe hafi yanjye . Imana iguhe umugisha pasteur
Yesu aguhumugisha❤❤❤❤
Imana iguhe imigisha. Ndagusaba Mushumba ngo umfashe kunsengera iryo sengesho
🎉🎉🎉❤❤❤
Ujyitangira nemerako utashanse cga ngo ubyare ntubawuzuye Uba urijyice nikobyumva nkunda inyijyisho zawe mushumba