UKO WABOHOKA Igihe watanzweho igitambo🤔Abapfa bakiboshye bararimbuka pe💔Imihango y'idini Ntikiza
Музыка
#Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Пікірлер: 98
Uyu mugabo arimwo umwuka wera w Imana 🔥 "Uko umuntu ababazwa niko agomba kujyenda yejyera Imana, ufite bene ibyo byiringiro ntacyo wamujyira nubwo yababazwa ate" 🔥🔥🔥🙏
Umuntu wakiriye Yesu Kristo nk'Umwami n'Umukiza w'Ubugingo bwe, akaba azi imbaraga nagaciro kamaraso bya Yesu, nubwo yakora icyaha atabigambiriye ariko... arihana uwo mwanya akababarirwa. Satani ntabwo aba muri benuwo muntu... kuko azi ukuri. Nubwo ibitero bitabura... urugamba surwacu nurw'Uwiteka kubamwizera
Muvandi iyi mpano hamwe n'ubumenyi bwose wakuye mumashuri yose wize tubishimiye Imana.Maze igihenumva ijambo ry'imana kd ndatikunda.ariko uko nkumvise ngenda nunguka kd mbona igisubizo by'ibibazo byinshi nibazaga.
Murakoze cyane ntiwabohora isi ukirwana n imyambaro ,ibiryo .....
Amen 🙏 gusenga koko bikwiye kuza nyuma yo kwisuzuma .haribyinshi bitugeraho dufitemo uruhari kandi dusenga.
Pamphile nawe uri umunyabwenge, nkunda uko usobanura ijambo ry'Imana ku bwanjye uri ku rwego rumwe nabo wubaha, Yesu akomeze kukwagura🙏🏽🙏🏽
🤚icyo gitekerezo turahari🤚 cyo gusenga tugafata isi🙏🙏
@uwayojannine9913
Жыл бұрын
🖐🖐 rwose pee
@beatamukankuzi6448
29 күн бұрын
Tuzafatanye gusenya illiminati
Iki kiganiro mugishire mu ma episode kuko turagikeneye cyane 3,4,5,6,7,....muhabwe umugisha
Nkibyumva ayo masengesho ndimo🙋mu izina rya Yesu Kristo Amen and Amen and Amen Sasa rero reka ntere agatebe neza numve nsobanukirwe mbohorwe n,abanjye babohoke mu izina rya Yesu Kristo w, I Nazareth wapfuye akazuka Amen🙏🙏🙏
AMEN, GUSIGA AMAVUTA UMURWAYI N’UKUMUHUMURIZA UKAMUKORERA BYIZA BITUMA YISHIMA AGARURA UMUNEZERO N’ICYIZERE CYO KUBAHO RATA IBYO NDABYUMVA CYANE🙏👏
Yesu ashimwe kandi abahe umugisha kuko mutangiye muvuga akantu maze iminsi nibaza tuvuga koturi abakristo ariko usanga njyewe sinumvikana na pamphile ariko dukoze gusenga tugasengera y,umwijima ubundikiye isi tugasaba imana yoyaremye ijuru n,isi tugakoma tugassaba kuko imana yatwemereye kutumva nidukingura imitima
Wa Mugabo we urimo Umwuka Wera w'Imana kdi crge rwose Imana iguhe umugisha mwinshi cyaneeee
Nshimiye Imana cyane kuri inyigisho mutwigishije. Kandi bandimwe nkuko professeur Samuel yabivuze akubwira Pampfire ko bikwiriyeko abantu bajye baterana basenga kurwanya ibitero bya shitani nukuri. Kuko abantu benshyi ntabwo babizi . Benshyi bagenda bamenya ukuri kubera izo nyigisho mwigisha. Imana ibahe umugisha kandi izabashoboze gukomeza ibyo yabahaye gukora. Murakoze cyane mwese.
Muyategure nukuri natwe dutuye iburayi tuyajemo ameeee muzaba mukoze cyaneee
Oya pp Chaluma ntukisusugure 1 uri umuntu ukomeye imbere y'Imana 2 ayo wize natwe ntitwayize 3 natwe turakuba kko nubwo tutaziranye imbona nkubone arko tubona ko ukijijwe (guca bugufi ni byiza arko kwisuzugura sibyo).
Murakoze Pamphile k’ inyigisho nziza 🙏🏿
imbaraga z,umwijima zo zimeze nabi zaduteje inyatsi ,mukomeze mwigishe uburyo twabohoka Imana ibahe umugisha.
Igitekerezo cyo gufata isi ndagishyigikiye ✋✋
Muganira neza , ibiganiro by'ubwenge , muradufasha cyane. Yesu abahe umugisha bakozi b'Imana. 🙏🏻
Mbaye mbasabiye umugisha ku bw' ayo masengesho, dukanguke twirukane umubi mu mpande zose z' isi.
Imana niguhe umugisha
Yesss, fellowship with God. I love that soo much. Ubwo n’ubwenge rwose. Wow! Imana ishimwe cyane kandi Uwiteka akomeze akwagurire muri byose Professor.
Uyu muvandimwe aranyubakaa weee burigihe mwigiraho bishyaa
INYIGISHO NZIZA CYANE🙏👏
Doctor urakoze cyane kunyigisho nziza unkuye murujijo . Imana ikomeze ikwagure
Pamphile ndagukunda cyane na papa samwela Imana iri murimwe
Shalom bakozi b'Imana. Ndasavye docter azoze atwigisha Kuri sujet ariyirangize ata munyamakuru ariko aramubaza ibibazo kuko birangira yavuye Kuri sujet ikiganiro birangira tutumvise neza uburyo twosohoka murivyo bintu
Ibyo byiciro rwose turabikeneye🙏muzagaruke mwinjire in details🥰
Icyo ni igitekerezo kiza cyo gusenga tugafata isi. Umwuka ni umwe. Hallelluya 🙏🙏
Ese ko Kristo Yesu Yatubereye igitambo rimwe,kimwe kandi kizima, none iyo umuntu ari muri Kristo Yesu na We Akaba muri twe tuba tubaye ibyaremwe bisha. Rero ibyaha nibyo bizana abadayimoni,nibyo bifungura umuryango mubi. Rero kwihana no kureka ibyaha bituma Uwiteka Nyiringabo Imana yacu muri Kristo Yesu Ituharukaho Ikaturemera amateka masha. Je
Imana ibahe umugisha iyo gahunda yo gusengera is ni inyamibwa
Amen nukuri natwe turafashwa nibiganiro muduha
Ndafashijwe
Muzamenya ukuri kdi ukuri niko kuzababatura . shimye Imana yatanze ubwenge .Aha niho tuzabohokera n'abacu Bose. Ayo masengesho sinzayaburamo
Excellent
Ndafashijwe cyane
Nukuri nabonye abakoresha Vaserine kuko icyo Gihe Imana yarivuze NGO bayivange ni taka basige umwana we warurwaye ijosi ryenda kuvaho Iwabo basengera kuri ADPR Gasave ninabayobozi bicyumba cya masengesho Kdi Koko yarakize
Yesu abahe umugisha
Muhabwe umugisha mwinshi ...
Imana ibahe umugisha mwinshi 🙏🙏🙏🙏
Nukuri muri gufasha benci nange ndimo ndasaba Imana umunsi nagarutse Mu🇷🇼 kuzabashimira pee ndahamya ko ko yezu christo Ariwe byose.
Imana, imihamagaro ihamagara iratandukanyeee, Imana yitwa Imana. Ivyayo biratangajee
@anesiendaz9890
Жыл бұрын
Pamphile yumvireho kuko Yvonne yamwumvishijeko ,ufise mwuka wera satani atamwegeraaa, umva ,Yesu ntiyarawufiseeee.
Nukuri amavuta murimwo YESU KRISTO abuzuze
Imana iguhe umugisha
Imana ibahe umugisha
Imirimo udakijiwe biragoye
Kandi hari ibitero bigutera binyuranye hari ugutrwa waratanzweho igitambo hariguterwa kubera icyaha utihanye hari guterwa kubera satani hari uguterwa kubera ibigeragezo byakarande hari uguterwa kubera ibyuvuga birikwinshi ariko igikuru uko waterwa kose uhagaze ute muribyo bitero? Uracyafite ibyiringiro no kwizera? Uracasenga ugakiranuka? Harimbuka upfiriye mubyaha cangwa uwatutse mwuka wera
Duteze amatwi, kdi muhabwe umugisha
Ariko se pamphile njyewe simerako umuntu wemerwa n,imana ko apfa nemerako ahubwo asinzira kuko abasinziranye ibyiringiro byuko azazuka akabaho igihe yesu kristo azaza gutwara itorero rye
Ndafashijwe 🙏
Mon Frère wakoze kutugarurira vuba Mwarimu.
Imana ibahumugisha gusa pe
Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa Haleluyaaaa ako kantu ko gusata isi Sha Dr singusuzuguye ndafashijwe ukivuga gufata nzaza gufata isi ntavuye ahondi kubohora abantu
@claudineclaudine6145
Жыл бұрын
Yesu abahumugisha nanj mpora ndavyibaza ukuntu bamw bibaryohera arik ww yaraguhakaniye arik. Namahoro yesu nimwiza ni yubahwe
Standing in the word of God
Mubaboshye nanjye ndimwo. Nanjye mfitemwo 3.
Nukuri uvuze ukuri
Hari ukubohwa umubiri umwuka utaboshwe hari kubohwa ubugingo numubiri kandi kugwara ingwara zidakira cangwa zidasobanutse cangwa zitaboneka mubyuma byaba docteur nibivuga ko upfuye warimbuka Oya umubiri uragwara ariko roho arinzima
Uyumugabo ndamukunda ariko muza dutegurire ikiganiro cyivuga kuri planning family kumu kristo
Biragoye pe,gusa mugira ibiganiro
Pamphile narabakunze p lmana Ibahaze lbyoza
Ivyo vyanditswe birumvikana neza gose umwana w, umuntu gutsinda icyo kigeragezo cya 2 biragoye dore ko iyi si yuziyemwo umukinzi bw, amafaranga n,icubahiro
Nubundi bamwe bazabera abandi abarimu. UmwRimu niwe yigisha abanyeshuli bagatsinda bakimuka we akagumaho ndetse ukazasanda bamurusha ubumenyi
Ibyahishuwe 11-6
Ahubwo mugenzure no munzu zibitabo haribyo bari gusoma ubwenge bukagenda! Isi yumwijima yafashe indi sitratrgie ikoresha ! Abakristo dukeneye urundi rwego rw''UMWUKA. HAKENEWE UMWUKA wa Eliya!!!!
🖐🖐🖐 turahari ahubwo mupange
Buriya harimbuka utihanye kandi nawe hari uzaronkijuru yarikoreye harinuzaronka ijuru kubwimirimo yakoze nurukundo yarafite hari nabazaribona kubera impuhwe
Amasengesho ndayashyigicyiye
Gusenga byirukana satani na yesu yarabivuze
Shalom bakozi b'Imana. Ndasavye docter azoze atwigisha Kuri sujet ariyirangize ata munyamakuru ariko aramubaza ibibazo kuko birangira yavuye Kuri sujet ikiganiro birangira tutumvise neza uburyo twosohoka murivyo bintu ikiganiro c'ibibazo kikaba cihariye journaliste akabaza ibibazo bitandukanye navyo tuba tubikeneye muradufasha cane Imana ibahezagire
@marieaimedushimire9168
Жыл бұрын
✋️✋️
Iyicannel nuwayishinze nuyumudoctor lmana ibahe imigisha myishi ndize pe
Urimo umwuka wImana ibyo nukuri pe
Ico gitekerezo nico.
Amavuta
Ibyo ndabishigikiye rwose gusengera isi wose muzabikore rwose
Mugirevuba ahubwo isi yubame
Rhema ni jambo riza rigahuza na conviction ❤️❤️❤️
@libirano6366
Жыл бұрын
Yambu Nadi
Mukozi.wimana.kuva.ntangiye.gukurikira.ibiganiro.vyawe.ivyukwizera.vyatumye.inzozi.mbi.zaraheze.ibisigay.yesu.azab
✋
@claudineclaudine6145
Жыл бұрын
Yego cane ni muyategure yesu azibikwiye kubizokenerwa turi omani turabakurikira cane
Nonese ubundi niba musenga ntimuse gère isi yose kuki mutabikora?ngewe iyo mfite ibihe byiza ndabikora
Dushyire hamwe dusenge dufate isi muburyo bwo gusenga
Pamphi urakoze ariko umutugarurire vuba atubwire n'ibindi byatuma umuntu abohoka, gusa twumvise ko umusingi wa byose ari ijambo ry'ubuzima kandi rikora imirimo. Mutugarurire kuri TV yawe ni ukuri, mwagiye mu bindi à la fin gusa nabyo byari bikenewe.
@gasiraboathanase6896
Жыл бұрын
Yesu abahe umugisha Muratubwira ibintu byubwenge Ariko nukuli azagaruke p, Atubwire neza uburyo bwo kubohoka Turabakunda cyane.
Imbaraga za Satani ziri muri mystere de sang des homme and his defeat is also in mystere de sang de Jesus. for Satan to capture a soul blood is needed for his magic power to operate and distributed. example magie branche it used through books and science, magie noir, it used earth [ momde de cimetiere] imyuka yabaphuye and fallen angels its called MAGICA ( Indian magic) muri iyi magie iyo bamaze kurya impinja nibwo bahabwa power of metamorphosis [ Magie saints (catholicism] key features died people as well fallen angel. mystic books are used as well blood shed for these fallen angels to act. magie Rouge ...... izi zise ni powerful tools that Satan uses to control and manipulate us.
Nshyigikiye igitekerezo cya Doctor, cyo gufata amasengesho turi ku magazine Yose y'isi tukazamura isengesho rihungabanya ubwami bwa satani, Wenda ubutinganyi bwagabanuka! Ndi USA.
Aman mubikore turababaye
Gusenga turahari
Ya ndirimbo ngo ndangura mpomba🤣
Ndumiwe, none mu Rwanda basigaye bambara ubusa? Eh Ngo muri ADEPR abacuranzi bambara amadreds? Ngo Iki? Ngo abaseculars basigaue baririmba ibishegu Ku mugaragaro,? Yebabaweeee Tabara U Rwanda Mana
Niduduhe number yuyo mukozi w'IMANA
Ngewe naridreveye nanze karande zose ziwacu mumiryango mbwira satani nti sinzishyingira nzakora ubukwe kandi byarabaye
Mutubarize uko twasoma bible kumuntu ushaka kubohoka kuko harabavugako basoma chapitre 15 kumunsi abandi amasaha 4 kumunsi